Ubuhakanyi n'ububangikanyamana bumaze kugwira mu isi. Ese ninde dukwiye kugaragira?
#Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
MoMo pay *182*8*1*Inkunga# Dawah tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Пікірлер: 16
MashaAllah Allah akongerere ubumenyi kand agutize igihe kirekire ukiri mubadawati
Allah aguhe umugisha k'urwibutso rwiza
Inyigisho nziza cyane , urwibutso rukwiye . shukran sana sheikh wetu Barak'allah feekhum ❤❤
Allah Akwishimire sheikh Ally pepe ❤
Barakallaahu fiykumu Yaa sheikhuna habibina Ally Pepe, Allah agushyirire ku munzani w'ibyiza ibikorwa nk'ibi bya dawa byo gucyebura,.....
❤❤Allah ajye abaha ibyiza bihoraho pe
Barakallahu fiikum
Sheikh wacu Allah aguhundagazeho impuhwe ze❤❤❤
Masha Allah
Shukran shehe
Sheikh wavuze kukijyanye no gusoma ukarira kubera kumva(gusobanukirwa) imwe mu mirongo ya qor'an. Sheikh mperuka kumva abasoma bakarira kera. Ubu hari ukuzindara gukabije. Dusigaye turizwa na episode,.... Allah aduhe HIDAYAT
Sheikh Allah ajye akorohereza
❤❤❤
Sheikh ndamutse nshatse gukora IBADA nayikora gute? Hanyuma nshatse gukora ISTIANAT nayikora gute?
Sheikh, alfatiha ntago ariyo sabaminal mathaniii. Ahubwo ahsanu HADITH kitab mathani
@allyndabishaboye6829
Ай бұрын
وَالْقَوْلُ الثَّانِي: أَنَّهَا الْفَاتِحَةُ، وَهِيَ سَبْعُ آيَاتٍ. رُوي ذَلِكَ عَنْ عُمَرَ وَعَلِيٍّ، وَابْنِ مَسْعُودٍ، وَابْنِ عَبَّاسٍ. قَالَ ابْنُ عَبَّاسٍ: وَالْبَسْمَلَةُ هِيَ الْآيَةُ السَّابِعَةُ، وَقَدْ خَصَّكُمُ اللَّهُ بِهَا. وَبِهِ قَالَ إِبْرَاهِيمُ النَّخَعِيُّ، وَعَبْدُ اللَّهِ بْنُ عُبَيْدِ بْنِ عُمَيْر، وَابْنُ أَبِي مُلَيْكَةَ، وشَهْر بْنُ حَوْشَب، وَالْحَسَنُ الْبَصْرِيُّ، وَمُجَاهِدٌ. وَقَالَ قَتَادَةُ: ذُكِرَ لَنَا أَنَّهُنَّ فَاتِحَةُ الْكِتَابِ، وَأَنَّهُنَّ يُثْنَيْنَ فِي كُلِّ قِرَاءَةٍ. وَفِي رِوَايَةٍ: فِي كُلِّ رَكْعَةٍ مَكْتُوبَةٍ أَوْ تَطَوُّعٍ. Uwo ni Ibun Kathir, yavuze imvugo zose wifata imwe, jya gusoma urasangamo ayo magambo urafayidika