Twirinde gutwika imyanda yo mu ngo, ibiyorero, amapine, pulasitike n'ibindi kuko byangize ikirere

Umujyi wa #Kigali uributsa abantu bose ko ibikorwa byo gutwika imyanda yo mu ngo, ibiyorero, amapine, pulasitike n'ibindi bibujijwe kandi bihanwa n'amategeko. Ibikorwa nk'ibi bihumanya ikirere, bikangiza umwuka duhumeka. Igihe ubibonye, ihutire kumenyesha inzego zikwegereye.

Пікірлер

    Келесі