TWAHUJE Pst. MUSISI&PADIRI RUSHIGAJIKI: GUSENGA AMASHUSHO | KWIHUZA KW’AMADI NA KILIZIYA GATOLIKA

Niba hari amakuru, ikiganiro cyangwa ikindi wifuza ko twasangiza abakunzi bacu, watumenyesha uduhamagara kuri 0785455520. Ntukibagirwe gukora SUBSCRIBE niba utarabikora, kugirango ujye uba mu ba mbere bakurikira inkuru yacu.

Пікірлер: 117

  • @delphineuyisenga6968
    @delphineuyisenga6968 Жыл бұрын

    Pastor Musisi komeza uvuge ukuri kw'ijambo ry'Imana ngo nibamenya ukuri Niko kuzababatura,kwitwa ko uri muri kiliziya bise ntagatifu cg irindi dini ntibiguha kuvuka ubwakabiri ukitwa umwana w'Imana , ikibyarwa numuburi numubiri , nikibyarwa numwuka numwuka, yesu cg yezu ntibamwiga muri theology gusa ahubwo baramuhishurirwa."ngo iyo nzira izitwa iyo kwera abajyenzi naho baba arabaswa ntibazayiyoba!!"

  • @patrickpaandi6759
    @patrickpaandi67593 ай бұрын

    Pastor Musisi Umwuka Wera akongere imbaraga zo guhamya no kugorora inzira Amadini yagoretse 🙏🙏🙏🙏🙏

  • @irakozejoselyne5176
    @irakozejoselyne51763 ай бұрын

    Paster komereza aho burya turibenshi tuguteze amatwi👍👍👍

  • @jbwajesus705
    @jbwajesus705 Жыл бұрын

    Ariko Pst Musisi nzakugurira kabisa kandi nzabikora kuko ndagukunda

  • @patrickpaandi6759
    @patrickpaandi67593 ай бұрын

    Umwuka Wera w'intumwa za Kristo YESU wa kuzukiyemo dufashe natwe tumenye iyo nzira 🙏🙏 Pastor Musisi duteze amatwi

  • @jeanpierremanirihose3960
    @jeanpierremanirihose39607 ай бұрын

    Turabashimira kubwibiganiro mwagiranye ndashima uko mwasobanuye cyane cyane Padiri wasobanuye neza ndagirango mvaze #paster kuki paster uvugako Kiliziya ari ubuyo Bibiliya yera byanditsemo ikindi kuki mwafashe bibiriya niba koko muyemera ko ari ijambo ry'Imana kuki mwayifashe mukayihindura mukagira bimwe mubyo mukuramo mwashakaga kugera kuki?

  • @user-yk1uz8nx3o
    @user-yk1uz8nx3o6 ай бұрын

    Father pierrot you re smart, be blessed indeed

  • @philippeniyibizi9058
    @philippeniyibizi9058 Жыл бұрын

    karinijabo ntanka fite nakayikugabiye 🐄🐂uzahuze musisi n rushigajiki n rutangarwamaboko tugumye tumenye twige👏🙌👋✋🤝👍🙏❤️👩‍👩‍👦‍👦. harabura urukundo mubantu imana igaragarira mubantu

  • @ihumureiwacutv
    @ihumureiwacutv Жыл бұрын

    Pastor musisi, rwose uradufasha kujijuka! Keep growing up 👍

  • @jeanclaudengenzi4776
    @jeanclaudengenzi4776 Жыл бұрын

    Ngo abantu bagatanga amafranga ngo bakire ibyaha!!! Ubu rero byahindutse kuyatanga ngo bashime Imana!!!!! Bijya gusa pe

  • @nesunneter
    @nesunneter Жыл бұрын

    Outstanding Karinijabo

  • @ndayishimiyeprosper1671
    @ndayishimiyeprosper1671 Жыл бұрын

    Bavandimwe,Nimureke Imana ibigarurire.Kiliziya kuba ari i Ntagatifu:Urabisanga muri BIBILIYA FEZ 5:26-27 ; kumva ni uburenganzira bwanyu. Papa Nyirubutungane ni umusimbura wa Petero Mutagatifu, Petero akaba uhagarariye Yezu kristu kuntebe ya Kiliziya. Petero noneho nkubwiye ko Uri Urutare kandi kuri urwo rutare nzubakaho Kiliziya yanjye n'Ububasha bwo mu kuzimu ntibuzayitsinda.Nzaguga imfunguzo z'ijuru,icyo uzaba waboshye mu isi kizabohwa no mu ijuru,n'icyo uzaba wabohoye mu isi kizabohorwa no mu ijuru.Niba Yezu Ari intungane y'Imana uwo yashinze Kiliziya ye ariwe Petero nawe ni intungane (Mutagatifu Petero). Ni muri urwo rwego rero uwasimbuye Petero kuri iyo ntebe ya Kiliziya ariwe papa yitwa intungane cg nyirubutungane.We ubwe(Papa) ashobora kutaba intungane cg ntakore ibitunganye ariko umwanya ariho ujyenewe intungane kuko intungane Yezu kristu niwe wawubanjjeho.Ubu se ko twitwa aba kristu ubu tugiye kureba neza uburemere bwijambo ( Uwa kristu) twasanga dukwiye kwitwa iryo Zina?? Ntawasa na Kristu ijana ku ijana. Ariko kubera ko twabatijwe twemerewe kwitwa gutyo. Rero Biciye mugukora icyo ivangili itubwira nitwe tuzahuza izina twitwa nukuri kwaryo. Murakoze ni uko bimeze ,kandi icyo tubingingira kuri Nyagasani, ni uko mwacika burundu kubuhakanyi,mukemera Kiliziya na Kristu wayo;maze mukaba umwe hamwe natwe muri KRISTU YEZU.YEZU yifuza ko twaba umwe nk'uko arumwe na Se. Papa Nyirubutungane turemeza ko ari umusimbura wa Petero intumwa, naho Petero intumwa akaba yarahagarariye Yezu Kristu,bityo Pope uriho ubu akaba ahagarariye Yezu Kristu kuko Kristu Wese n'ub ubasha bwe bwite ahari. Inyito yo guhagararira no gusimbura nibyo mukwiye gusobanukirwa kandi mukemera kujijurwa.Uwo uhagarariye burya We aba ahibereye mu bubasha bwe. Mugihe Uwo usimbuye aba ari ahantu hari Fixé,cg s atakiriho. Papa cyangwa se undi Musaserdote;Yewe na Padiri tureke na Pope; hano ahagarariye Kristu bidakuyeho Ko Kristu ahibereye Icyarimwe. Ndetse na Paulo Mutagtifu arabwira muri BIBILIYA ABANYAKORINTO,2kor 5,20 Ati Ubu rero duhagarariye Kristu,ku buryo Imana ubwayo ari yo ibahamagara ari twe ikoresheje.Ariko Uwo Pope arahindukira Agasimbura Mutagatifu Petero Intumwa kuko Petero We atari hano ku isi. Naho kwigira intagondwa ugasuzugura intumwa witwaje rya jambo ngo yesu yatanze uburenganzira ntamamvu yizindi ntumwa ;mugatobatoba ndetse mugatuka ibyo Imana yatagatifuje!Natwe ubwacu twabamo abariho urubanza kubwo gushidikanya. Ubwo niba bimeze bityo,umuhakanyi wabyo We urumuriho ruri kuruhe rugero? Mais d'autre Part, il ne faut pas desahabiller Saint Paul pour Habiller Saint Pierre.Muvandi Muri cumi n'ebyiri za Yezu;harimo intumwa imwe hamwe n'indi yiswe intumwa y'amahanga;bityo izo ntumwa ebyiri zitwa inyingi za KILIZIYA; reba no mubyahishuwe 11. Ikindi Yezu yabwiye Petero ati ragira Intama zanjye....;Uri urutare Nzubakaho Kiliziya yanjye.......;nguhaye imfunguzo z'ijuru ,icyo uzaba waboshye ........, wibuke uko Petero yagiye agaragarwaho ubuyobozi n'ubuchef bwo guhosha amakimbirane,imvururu no kutumvikana,....... ; So mureke impaka, Kiliziya ni imwe ntagatifu biri muri Bibiliya. Byabindi bajya babeshyabeshya ngo iri mu ibanga; murwego rwo kwanga kwitsinda.Imana ni imwe kandi ishaka bose,ntiyo mpamvu yitwa Data wa twese;yunze ubumwe na Kiliziya rero.

  • @user-dg8xz9vx8c

    @user-dg8xz9vx8c

    5 ай бұрын

    Sobanukirwa ncuti: Kwitwa Nyirubutungane no kuba intungane biratandukanye cyane. Nyirubutungane ni ugira umuntu intungane. Nyirubutungane rero ni Yezu Wenyine kuko ni we ukuraho ibyaha byari mu isi k'ubwamaraso ye. Papa rero yaba intungane k'ubwamaraso ya Yezu ntabwo Ari we nkomoko y'ubutungane ngo Araba Nyirabwo. Intumwa petero ararikira abantu gusanga Yezu nkuko yabyanditse ntabwo abararikira ko baza kuri petero. Soma inzandiko ze. Imana zabaye nyinshi kandi Uhoraho aravuga ati "Ntukagire izindi mana mu maso yanjye". Kubwibyo Ibigirwamana hasi Umuremyi n'umucunguzi Yubahwe.

  • @uwamahorodevothe8593
    @uwamahorodevothe8593 Жыл бұрын

    Primo, Ababantu b'Imana bombi barakenewe cyane, uzongere ubagarure vuba

  • @user-yk1uz8nx3o
    @user-yk1uz8nx3o6 ай бұрын

    Nshimiye Pst Musisi na padiri kukiganiro bakoze cyane cyane kuri pierrot

  • @Ntucikwe
    @Ntucikwe7 ай бұрын

    Uzadushakira umu postol wumudive umuhuze na padiri badusobonurire inkomoko yo gusenga cyumweru abandi ku isabato murakoze

  • @sukuenglishvideos.4216
    @sukuenglishvideos.4216 Жыл бұрын

    Good!

  • @UBUTUMWA.
    @UBUTUMWA. Жыл бұрын

    We neeed part 2 please 🙏🏻🙏🏻🙏🏻

  • @twagitheog
    @twagitheog Жыл бұрын

    Pastor Musisi: Tandukanya amakosa y'abantu ku giti cyabo n'inyigisho za Kiliziya. Ibyo Kiliziya Gatolika yigisha ntibyigeze biinduka kuva mu ntangiriro. Icyahindutse ni abigisha n'uburyo bakoresha. 2. Amadini menshi ni umugambi wa Shitani kubera ko Yezu mbere yo gusubira mu ijuru yabiye UBUMWE abamwemera (Yohani 17:22)

  • @vincentlion7487
    @vincentlion74874 ай бұрын

    Nicyo nkukundira mushumba musisi

  • @hakizimanabadrou8566
    @hakizimanabadrou8566 Жыл бұрын

    Uzatumire umupadiri numu shiekh

  • @niyonzimabokafo8970
    @niyonzimabokafo8970 Жыл бұрын

    Amanota atatu yuyumunsi musisi arayagutwaye padiri we, gusa primo nidutegurire retour, padiri tumuhe andi mahirwe, kuko musisi uyumunsi ibye yabisobanuye neza cyane. Ikindi ntago mwacanyemo nko kwarutanga.

  • @arsenempendwa7266

    @arsenempendwa7266

    10 ай бұрын

    Ngo uyu minsi? Naho ubusanzwe abisobanura ate? Ubundi mubyimana NTA competition Ahubwo umutima water Niko Uzi ukuri niba Koko uri uwa kristu

  • @nsengiyukuriemmanuel8566
    @nsengiyukuriemmanuel8566 Жыл бұрын

    bavandi uwajya gusesengura iby'Imana Byarangira atabisoje kd buriwese yavuga ibitandukanye gusa reka mbabwire : kuba abantu batabona ibintu kimwe bizahoraho ariko igipimo kikwereka ko wataye inzira ni ukwitandukanya nabandi kuko igitantukanya abantu aba ari shitani.

  • @michealrugigana8731
    @michealrugigana8731 Жыл бұрын

    Muri messages za Bikiramariya i Medjugorge Bikiramariya yavuze kenshi ko amadini azagenda avuka ari menshi, ariko nyuma bose bazagaruka muri gatolika cyane cyane uhereyemu bihe by'itotezwa ry 'abakristu rigeye kuba muri ibi bihe bya nyuma.

  • @Ob1021A

    @Ob1021A

    Жыл бұрын

    Waruhari se 😄

  • @user-dg8xz9vx8c

    @user-dg8xz9vx8c

    5 ай бұрын

    Nibande bazaba bagira nabi? Imana izabatungura! . Bikiramariya baramushyera ibyo nibihambono bya kiliziya Catholic.

  • @arsenempendwa7266
    @arsenempendwa726610 ай бұрын

    Padiri na Pasitoro barakoze, gusta ikizakujyana mu ijuru sibyo bavuga Ahubwo woe mutins wawe niwo Uzi uturi niba umukristu cyangwa utariwe. Aho usengera Imana ntizahakubaza Ahubwo izareba imbuto zawe juri iyi si. Mwibuke wabmusore abaza Yezu uko yagera mu bwami bw'ijuru, ntiyigeze amurangira idini. Gusa woe Pasitoro usuzugura bikiramariya ngo ni nkabandi bagore ahari mama wawe yasamwe kubwa roho mutagatifu( mwuka sera), se wimye bikiramariya agaciro, ni wow wagahabwa? Bikiramariya n'a Yozefu ni mukize si mudukure muri Aya matiku atazatugeza kumana

  • @ndayishimiyeprosper1671
    @ndayishimiyeprosper1671 Жыл бұрын

    Ukwemera kwatumye Abraham,Musa,Yoseph,kwatumye ,kwatumye murebe muba Heb:; Reka mbabwire nanjye nti" Ukwemera kwatumye Petero yemera inshingano n'imfunguzo, maze ibyo bikomeza kd bishyigikira ihererekanywa ry'intebe n'inkoni y'ubushumba bya Yezu Kristu muri Kiliziya ye, Ukwemera Niko kwatumye Pawulo ahorwa Imana,maze We na Petero baba batyo inyingi mwamba za Kiliziya aho bahorewe Imanaku i kubitiro ni i Roma Nyine. Yohani yemeye ububyeyi bwa B.Mariya,amujyana iwe, maze kubw'mperuka y'izindi ntumwa, bimuhesha kubonekerwa n'Umwana We Yezu Kristu. Uko kwemera ni kwatumye ariyo Kiliziya yo muri icyo gihe,Ari iyubu no mu gihe kizaza izamugira umubyeyi wayo,ikazahora imurata,imwita umuhire n'umugore wahebuje bose. Nikubwuko kwemera ubuhanuzi bwo muri Luka 1,47 buzakomeza gusohora. Ni kubw'uko kwemera ,dusangira ibere rimwe, umubiri n'amaraso bya Yezu Kristu maze twe aba Kristu n'abandi bagendeye muruko kwemera tukazabarirwa mu murage w'abatagatifujwe tubikesheje ukwemera.Luther yananiwe kwihangana,ubuhakanyi nibwo bwatumye ahakana bimwe Kandi atazi ko byari mu mugambi w'Imana,yatangiye ayobowe na Roho asohoreza mu mubiri ahitana n'umubikira(Scandard/Sakirilego),ubuhakanyi rero nibwo bwatumye agwiza amadini adafite umumaro;kugeza ubwo bake babibona ubu baka bivana munzira y ubuyobe by'uburyo bw'uburyarya,ariko ntibanyure inzira Nyabagendwa y'Ukuri iri muri Kiliziya. Mukundwa Musisi Urabwirwa. Nimutuze musabe inema yo kugarukira Imana!

  • @uwimanayagiriyubuntufrank4125
    @uwimanayagiriyubuntufrank41258 ай бұрын

    Mwarakoroninje

  • @user-yk1uz8nx3o
    @user-yk1uz8nx3o6 ай бұрын

    You could rarely long ago hear a father discussing about imyizerere n'ukwemera mumadini

  • @uwamahorodevothe8593
    @uwamahorodevothe8593 Жыл бұрын

    Musisi= Paulo wo mur'iki gihe Padiri= nawe mbona Umwuka Wera yaramugendereye Ari munzira yo kumenya ukuri.

  • @user-yy3lv6vl2q
    @user-yy3lv6vl2qАй бұрын

    Ubundise idini wemera nirihe ko ntumva nadini wemera

  • @ndayishimiyeprosper1671
    @ndayishimiyeprosper1671 Жыл бұрын

    Kiliziya kuba ari i Ntagatifu:Urabisanga muri BIBILIYA FEZ 5:26-27. Birimo rwose abantu bajye basobanukirwa.Musisi ati itorero ry'Intumwa ryavuye kurufatiro ryarasenyutse. Ubwo uyu MUSISI yaba yemeje y'uko Ubutumwa bw'Intumwa bwaturukaga kubantu? Yaba yise Yezu Umunyakinyoma. Siko bimeze ntibinashiboka. Ntimugatuke iby'Imana.Intumwa zifite abigishwa;turababona benshi amateka yabo arazwi;iby'ibyinshi Roho Mutagatifu yagiye abungura nibyo KILIZIYA ifite ubu.Rwose Yaba yise Imana inyakinyoma;Gamaliyeri mwibuke uko yabwiye abayahudi bari barimo gushwiragiza intumwa bazitoteza! Ati mwikwirushya niba bituruka ku Mana ntimuzashibora kubisenya. Na Yezu akaba yari abizi ati Ndi kumwe na mwe kuzageza kumera y'isi. Ati n'ububasha bwo mu kuzimu ntibuzatsinda Kilizya yanjye. KILIZIYA mwibuke ko igererwanywa n'inzu yakomejwe kubakwa erega bavandi! Mwikwita ngo hari ibyo kiliziya ifite ubu;intumwa zitari zifite. KILIZIYA ni imwe Ntagatifu Gatolika,ikomoka kuri Yezu Kristu ikaba ishingiye ku ntumwa.

  • @user-wd3xd4pg4x
    @user-wd3xd4pg4x6 күн бұрын

    Ikiganiro ni cyiza ariko kandi amadini amwe yibyaduka ni Business.

  • @mboningabajeanbosco444
    @mboningabajeanbosco444 Жыл бұрын

    Rwose padiri ibyo avuga nibyo 100% Gusa ibyimisengere bisaba gushishoza cyane kuko abenshi ibyo bavuga sibyo bakora

  • @celestinrwigema9179
    @celestinrwigema9179 Жыл бұрын

    Uazduhurize padir na mpyisi

  • @user-gq3vj3lw5q
    @user-gq3vj3lw5q3 ай бұрын

    ibibyose murimo murigushimisha ikibi kuko nicyifuzako twakumvikana murumva nakibazo kuba mukuze ark kumva ibinu munzira itanga amahoro mwese muri gukoreta satan ark nimubizi

  • @twagitheog
    @twagitheog Жыл бұрын

    Ubutaha aba bagabo bazaze bakoze ubushakashatsi; ibiganiro byabo bishingire kuri SOLID THEOLOGICAL AND HISTORICAL EVIDENCE, NOT JUST HALF-BAKED SPECULATIONS. Bazabanze basome ibyandiko amateka ya Kiliziya n'inyandiko z'abakuru ba Kiliziya (Church Fathers) mbere y'umwaduko wa Lutheri. Musisi namara kuzisoma in good faith and with a humble heart, for certain he'll become catholic!

  • @ChristInMeHopeOfTheGlory
    @ChristInMeHopeOfTheGlory3 ай бұрын

    ukuntu muganir mutuje... icerekana incabwenge.

  • @Inzirangufi1532
    @Inzirangufi1532 Жыл бұрын

    Padiri abo mwagiye mufungira amasakaramentu mubaziza ko batashya ubukwe bwo muyandi madiri mwabazizaga iki mubyukuri?ubuse mwabasabye Imbabazi kuri Ako karengane bakorewe? Ubwo butungane bwa eglise catholique bwaba burihe mugihe umurongo wayo wubuhezanguni burenganya ugaragarira buri wese?

  • @rugambaevariste6876
    @rugambaevariste6876 Жыл бұрын

    Karinijabo abo bagabo uzongere ubagarure bombi kandi bazatangirire aho basoreje nibwo tuzamenya aho tuvuye.

  • @mushimiyimanaalice2084
    @mushimiyimanaalice2084 Жыл бұрын

    Kuvuga ngo urufatiro rwarasenyutse nukuvuguruza Yezu.we wabuze ngo nububasha bwikuzimu ntibuzayitsinda.

  • @user-kb6fl5sm3x
    @user-kb6fl5sm3xАй бұрын

    Ko wagirango Pastel ntiyize Teorijiya se? Asangiye imyumvire n'Abagabo bahaze ka Rufulo

  • @gisanurakirenga9331
    @gisanurakirenga9331 Жыл бұрын

    Ubwo no kuzuka kwa yesu ndetse n'ubryo bivugwa ko yasamwe ni inkuru(legend)@Padiri

  • @Padiripierrot

    @Padiripierrot

    Жыл бұрын

    Ibyo uvuze ni ibiki, ubikuye he?

  • @biziyaremyeaimable9512
    @biziyaremyeaimable9512 Жыл бұрын

    Ababa philosophe raaaa

  • @michealrugigana8731
    @michealrugigana8731 Жыл бұрын

    Ntabwo basenga amashusho, ahubwo reba ukuri icyo bishushanya.

  • @Ob1021A

    @Ob1021A

    Жыл бұрын

    Ni nkande mufataho urugero muri Bibilia?

  • @chadrackniyonkuru6711
    @chadrackniyonkuru6711 Жыл бұрын

    Ntivyoroshe kuzozimurura impumyi yazimijwe n'impumyi nkayo.Padiri nashake yemereko catholic iri mubuzimire nubwo agerageza gutanga insobanuro zubuzimire bwabo.Harya ntamuntu yigera abura insiguro zintege nkeya

  • @ChristInMeHopeOfTheGlory
    @ChristInMeHopeOfTheGlory3 ай бұрын

    Padiri yakoresheje ubwenge naho atari mu kuri

  • @augustinkayumba3110
    @augustinkayumba3110 Жыл бұрын

    Ibi biganiro byoguhuza abanyamadina batandukanye nibyiza komerezaho haribyo twungukiramo.

  • @gisanurakirenga9331
    @gisanurakirenga9331 Жыл бұрын

    Kugira ngo Abantu bamenye Imana neza. Bivuze ko batayizi Ari wowe uyizi. Ubwose yaguhisemo ite kubikumenyesha wenyine? Kuki itabimenyesha bose icyarimwe nina Koko ishobora byose?

  • @uwamahorodevothe8593

    @uwamahorodevothe8593

    Жыл бұрын

    None c Paulo niwe waruz'Imana wenyine?

  • @gustaveniyibizi
    @gustaveniyibizi3 ай бұрын

    Muzasubire mutubonere umwanzuro ukwiye. Nawe c? Katorike,protestant,pentekote,pentekote ubumwe,pentekote y'umuriro,adventiste,abagorozi,abatisita,abayehova,prespiterienne,own church,.... Ni agatogo,kandi nta nkumi yigaya.

  • @mushimiyimanaalice2084
    @mushimiyimanaalice2084 Жыл бұрын

    nonese ubu mwebwe situri kubakurikira kumashusho.

  • @Ob1021A

    @Ob1021A

    Жыл бұрын

    N'ikoranabuhanga ariko se hari amashusho ya Yezu waba uzi neza ko iryo koranabuhanga ritabagaho?

  • @josephndayisaba9971
    @josephndayisaba99714 ай бұрын

    Hhhhhhh...Padiri uwo murongo wa Kiliziya wo kudashaka Padiri wowe ubwawe ntiwakunaniye? Ndavuga kudashaka

  • @viterinzinda453
    @viterinzinda453 Жыл бұрын

    Nonese ufisabana bibirara bacanze nabana neza,Bose ntubitabana cyangwa ngubahe ibyokubatunga Bose,kuko Bose bakwitumuvyeyi,nawe ubita abana!

  • @agathamukamugema3432
    @agathamukamugema3432 Жыл бұрын

    Sekibi yazanye ubuyobe mu Kiliziya, ububasha bwayo imbaraga zayo amayeri yayo ndabitwitse ndabirimbuye Mu Izina rya Yezu Kristu.Amadini n'amatorero n'ibyumba sekibi yashinze ndabitwitse ndabirimbuye Mu Izina rya Yezu Kristu.Abo yagize abakozi bayo ndababohoye Mu Izina rya Yezu Kristu.

  • @didierndayininahaze9294

    @didierndayininahaze9294

    Жыл бұрын

    Nawe ur mubayobye

  • @mgk5214
    @mgk5214 Жыл бұрын

    Padi ako gashati weeee 😪😪😪 ka nkurikire hagiye gushya mwembi ndabemera

  • @bahizimarry9352

    @bahizimarry9352

    Жыл бұрын

    Agashati se koko (ndimyoje)

  • @cyusacharles9945
    @cyusacharles9945 Жыл бұрын

    Padiri arikurya iminwa arimanganya

  • @niyongaboleonard9828
    @niyongaboleonard9828 Жыл бұрын

    cyakoze abantu baragowe ubu Koko nk'abigishwa nuyu musisi ntibafite ibabazo bikomeye!!!

  • @chantalmboningabira3751

    @chantalmboningabira3751

    3 ай бұрын

    Caaane

  • @jeanclaudengenzi4776
    @jeanclaudengenzi4776 Жыл бұрын

    Yebaba we!!!! @Musisi no kuvuga aho usengera ubwabyo bikubereye ikibazo? None ngo waje kugira ibyo uvugurura? Ese ujya wibaza impamvu iyo protentisme urimo igenda yigabanyamo ibice?

  • @pr.musisipeter626

    @pr.musisipeter626

    Жыл бұрын

    Soma 1abakorinto 11:19

  • @jeanclaudengenzi4776

    @jeanclaudengenzi4776

    Жыл бұрын

    @@pr.musisipeter626 Mbese wowe wishimiye ko abemera bacikamo ibice kugira ngo ubone icyo ukora (uvuga)?!! Ese iryo torero (secte) ryawe rimaze imyaka ingahe ribayeho? Mujye mureka gutuburira abanyarwanda!!!

  • @nepojean8676
    @nepojean86769 ай бұрын

    Mukuvuga isesengura mujye mwitonda haribyo mutazamenya mukiri uyu mubiri, Catholic church gukoresha amashusho ni ikimenyetso,idini niri Catholic universal panteconte iri muri Catholic ibanga ryumutima Wu muntu iyo sms muyigeze kuri musisi

  • @AyingeneyeJBosco

    @AyingeneyeJBosco

    Ай бұрын

    Nange sms yawe ndayibonye, ark icyo wamenya nuko ucyambaye amarineti atuma utareba imbere.

  • @niyonzimabokafo8970
    @niyonzimabokafo8970 Жыл бұрын

    Hhhhhh!!! Iriya coup d'oeil ya musisi areba padiri niyo irikunsetsa gusa

  • @ndayishimiyeprosper1671

    @ndayishimiyeprosper1671

    Жыл бұрын

    Hhhh nawe wayibonye

  • @viterinzinda453
    @viterinzinda453 Жыл бұрын

    Bibiliya nibaruko musisi ntiyaba arigisubizo kubantu kuko yazanyintambara muritwe!!

  • @didierndayininahaze9294

    @didierndayininahaze9294

    Жыл бұрын

    Musisi ntantambara yazany ahubw wew warayovy caneee

  • @cyusajohn6513
    @cyusajohn6513 Жыл бұрын

    Pastor Musisi , urababaje kuko ugaragaza ubuswa kdi atari ngombwa , kubera gutsimbarara kumahame yu buporoso ntabushakashatsi bufatika ugaragaza

  • @michealrugigana8731
    @michealrugigana8731 Жыл бұрын

    Luther Martin ajya gupfa yaguye mu bitaro bya KIRIZIYA Gatolika. Banavuga ko yasabye guhabwa isakramentu rya nyuma ryo gusigwa kw'abarwayi.

  • @nyandwijeancloude4913
    @nyandwijeancloude4913 Жыл бұрын

    Nonese ko bible handitsemo ngo ntugasenge ibishushanyo ntukabyikubite imbere ubwo bisobanuye iki?

  • @nyandwijeancloude4913

    @nyandwijeancloude4913

    Жыл бұрын

    @@yizerevalensyv2503 nonese ubwo ari abasenga, baramya cg bikubita imbere y'ibishushanyo nabatabikora ugendeye kuri uru rugero utanze nibande baba bari munzira yukuri?

  • @uwamahorodevothe8593

    @uwamahorodevothe8593

    Жыл бұрын

    @@yizerevalensyv2503 byari mw'isezerano rya kera

  • @michealrugigana8731
    @michealrugigana8731 Жыл бұрын

    BIKIRAMARIYA YARAVUZE NGO:" IKIZAHORA KIRANGA ABANTU BOSE BITANDUKANYA NA KIRIZIYA YUMWANA WANJYE (GATOLIKA) N'UKO BAZAHORA BACIKAMO IBICE "

  • @Ob1021A

    @Ob1021A

    Жыл бұрын

    Yabivugiye hehe?

  • @gisanurakirenga9331
    @gisanurakirenga9331 Жыл бұрын

    Ko hari amakuru avuga ko Constantino yagize uruhare mu GUHITAMO ibitabo bigize Biblia ubu? Nina wemera biblia Ubwo na constatin.

  • @Padiripierrot

    @Padiripierrot

    Жыл бұрын

    Ayo makuru yatange nyine

  • @michealrugigana8731
    @michealrugigana8731 Жыл бұрын

    Bikiramariya yavuze ko amadini yose ndetse n'amatorero yose azabonekamo abayobe ndetse n'abari mumurongo muzima. Niyo mpamvu abagatolika bamwe basengera muri traditional mass. Uburyo basengaga mbere y'umwaka wa 1960. ( sesengura ibanga rya gatatu: UBUTUMWA BWA BIKIRAMARIYA I FATIMA)

  • @ndayishimiyeprosper1671

    @ndayishimiyeprosper1671

    Жыл бұрын

    Yego Muvandi;kandi Ubushake bw'Uhoraho buzasohoza ibi.Roho Mutagatifu ni we wikorera

  • @michealrugigana8731

    @michealrugigana8731

    Жыл бұрын

    @@ndayishimiyeprosper1671 ariko rero hazamo n'amahitamo yaburi muntu, guhitamo inzira y'umusaraba kugeza uwubambiweho.

  • @michealrugigana8731

    @michealrugigana8731

    Жыл бұрын

    @@ndayishimiyeprosper1671 ibanga rya gatatu ry'i FATIMA ntabwo ryari ryatangazwa ku mugaragaro, bisaba rero ko umenya ibanga rya mbere ndetse n'irya kabiri, kandi ayo mabanga yombi bisaba ko usoma igitabo cy'ubutumwa bwa Bikiramariya yatanze i FATIMA. Numara gusoma ayo mabanga yombi uzahita wumva irya gatatu nubwo bwose ritaratangazwa, ariko birimo birasohora.

  • @michealrugigana8731

    @michealrugigana8731

    Жыл бұрын

    @@ndayishimiyeprosper1671 ibanga rya gatatu ni ibigiye kuba muri iyi si ariko bizatangirira muri Kiriziya hariya i Roma bivuga ko itorero rya Kristu rigiye kubambwa ku musaraba nkuko Shebuja yawubambweho, yaradupfiriye none ni igihe cyacu cyo kumwereka ko natwe tumukunda...

  • @ikome2129
    @ikome2129 Жыл бұрын

    padi byinshi MUBYO UVUGA NI UKURI ARIKO MU ISAKARAMENTU RY'UKARISITIYA MWAMAMAZA UBUSAMBO BURI LIVE. MUTI YAZU YARAVUZE ATI MWAKIRE MURYE MUNYWE ABAKIRISTU BAKARYA NTIBANYWE MWE MUKANYWA? HARIYA MURATUBESHYA LIVE....

  • @Padiripierrot

    @Padiripierrot

    Жыл бұрын

    Ubusambo buhe se kandi abanntu bahazwa byombi?!

  • @ikome2129

    @ikome2129

    Жыл бұрын

    @@Padiripierrot KUVA NAVUKA NANYOYE DIVAYI RIMWE KANDI NABWO NAHEREJE. Fratri ansomyaho. abandi ntibayizi. amayobera akomeye yo kwemera kudaha abakristu divayi benshi ntibayavugaho rumwe na mwe. niba ari impamvu y'ubuke cyangwa y'isuku ntitubizi kuko no muri gatigisimu ntibabitubwira. icyakora batwigisha ko mu mugati na divayi Kristu arimo wese kd nibyo ikibazo kiba hariy padi kuri nkongoro peee

  • @ndayishimiyeprosper1671

    @ndayishimiyeprosper1671

    Жыл бұрын

    @@ikome2129 Yezu arimwo mu mugati wese muvandi. Wibashinza ubusambo.Wikwiteranya n'ijuru! Yezu yavuze ko arimwo wese. Yezu aravuze Undya azabaho iteka 6.58. Ati ninjye mugati. Umugati aduha ni Umubiri we nkuko ari gutyo yabyivugiye. Keretse niba bibagora kumva igisobanuro. Umugati(Ukaristiya) duhabwa mu misa ni umubiri wa Yezu Kristu. Ariko usibye ubuhakanyi buzoreka abantu;ikitumvikana ni ikihe bavandi?

  • @ikome2129

    @ikome2129

    Жыл бұрын

    @@ndayishimiyeprosper1671 NTACYO MPAKANA MU BYO UVUZE. Nanjye ndabizi ko umugati ari umubiri we divayi amarasoye. none iby'iriya nkongoro byuzuzwa bite ku mukiristu nk'uko iby'ukarisitiya bimwuzurizwaho ayihabwa? ubwenjye bwanjye ni buke no mu ishuri nabonaga amanota ntifuza. niba hari ababumva neza impamvu yo kudahaza divayi abakiristu gaturika padiri akayinywa atabahaye kandi mu magambo ngo Yezu yaravuze ati '' mwakire munyweho mwese'' Ndishimye. Gusa nkubwire byinshi muri catholique ndabyemera ibitansobanukira neza ni icyongicyo kirimo.

  • @akazipro5970

    @akazipro5970

    Жыл бұрын

    @@Padiripierrot bahazwa byombi bate ubaha umutsima akavinyo ukakinywera 😄

  • @jeanclaudengenzi4776
    @jeanclaudengenzi4776 Жыл бұрын

    @Pst. Musisi: Ngo protentisme yaje kunoza!!! Ubwo yaje kunoza iki kandi ariyo yakomeje gucikamo ibice kugeza na n'ubu? Ibyo bikinozwa kuva kuri Luther ni ibiki?

  • @pr.musisipeter626

    @pr.musisipeter626

    Жыл бұрын

    @@ndayishimiyeprosper1671 urakoze nshuti, kuvuga ko turi urubyaro rw'Aburahamu, urubyaro rwa Mariya n'ishyano!!. Ahubwo turi urubyaro Imana ya sezeranyije Aburahamu muri Kristo Yesu,Abagalatiya 3:19

  • @ndayishimiyeprosper1671

    @ndayishimiyeprosper1671

    Жыл бұрын

    @@pr.musisipeter626 Ibaze. Ni ugupfa ubusa. Nonese bitandukaniye he nibyo nkubwiye. None se Uhoraho ntuzi ko yabwiye Abrahamu ati' Urubyaro rwawe ruzangana nk'umusenyi wo kunyanja. Ni byabindi byo gupfa ubusa. Ngaho twibanire mu mahoro; Urubyaro rwa Abrahamu ni urwubaha Imana Ye

  • @raggadee77
    @raggadee77 Жыл бұрын

    Musisi ati jye mubadive bakuza Isabato! Hhhhh ko Ari itegeko ry'Imana uzarihungira he? Itegeko ry'Imana dukandagira rizatujyana mu rubanza!

  • @Ob1021A

    @Ob1021A

    Жыл бұрын

    Nubundi ko udatunganye?

  • @raggadee77

    @raggadee77

    Жыл бұрын

    Sintunganye ariko nifuza gutungana! None urumva nakwifuza gukomeza kugoma se?

  • @Ob1021A

    @Ob1021A

    Жыл бұрын

    @@raggadee77 niba wanduye nyine uranduye icyo wakarushije abandi ni uko wajyaga guhamya ko intungane none uri nk'abandi icecekere hhh

  • @raggadee77

    @raggadee77

    Жыл бұрын

    @@Ob1021A hhhhhhhhh Niba gucecek ariwo muti umuntu yaceceka kbs ariko akazabona ijuru!

  • @gisanurakirenga9331
    @gisanurakirenga9331 Жыл бұрын

    Byose ni amafuti.

  • @jeanclaudengenzi4776
    @jeanclaudengenzi4776 Жыл бұрын

    @Musisi: Niba wumva utajya hamwe n'abandi ngo musenge Imana imwe, uri kure yayo pe!!!!

  • @pr.musisipeter626

    @pr.musisipeter626

    Жыл бұрын

    Ntabwo aribyo nshuti!

  • @michealrugigana8731
    @michealrugigana8731 Жыл бұрын

    Ubutumwa bwa Kibeho ntabwo bureba abagatolika gusa, oya. Bikiramariya yaravuze ngo bureba abanyarwanda bose kandi n'isi yose.

  • @niyongaboleonard9828
    @niyongaboleonard9828 Жыл бұрын

    Musisi numuswa cyane aze hano ansubize itandukaniro riri hagati y'umukobwa n'umugore ndetse n'umubyeyi nirihe? nta bumenyi na buke afite kuri biology!!!

  • @jeanclaudengenzi4776
    @jeanclaudengenzi4776 Жыл бұрын

    @Pst. Musisi: Ngo Imana ihamagara benshi, igatoranyamo bamwe?!!!

  • @ndayishimiyeprosper1671
    @ndayishimiyeprosper1671 Жыл бұрын

    Kiliziya kuba ari i Ntagatifu:Urabisanga muri BIBILIYA FEZ 5:26-27. Birimo rwose abantu bajye basobanukirwa.Musisi ati itorero ry'Intumwa ryavuye kurufatiro ryarasenyutse. Ubwo uyu MUSISI yaba yemeje y'uko Ubutumwa bw'Intumwa bwaturukaga kubantu? Yaba yise Yezu Umunyakinyoma. Siko bimeze ntibinashiboka. Ntimugatuke iby'Imana.Intumwa zifite abigishwa;turababona benshi amateka yabo arazwi;iby'ibyinshi Roho Mutagatifu yagiye abungura nibyo KILIZIYA ifite ubu.Rwose Yaba yise Imana inyakinyoma;Gamaliyeri mwibuke uko yabwiye abayahudi bari barimo gushwiragiza intumwa bazitoteza! Ati mwikwirushya niba bituruka ku Mana ntimuzashibora kubisenya. Na Yezu akaba yari abizi ati Ndi kumwe na mwe kuzageza kumera y'isi. Ati n'ububasha bwo mu kuzimu ntibuzatsinda Kilizya yanjye. KILIZIYA mwibuke ko igererwanywa n'inzu yakomejwe kubakwa erega bavandi! Mwikwita ngo hari ibyo kiliziya ifite ubu;intumwa zitari zifite. KILIZIYA ni imwe Ntagatifu Gatolika,ikomoka kuri Yezu Kristu ikaba ishingiye ku ntumwa.

  • @habimanamussa4924

    @habimanamussa4924

    Жыл бұрын

    Musisi urumuhangape Uwiteka akongerere Imbaraga

  • @AyingeneyeJBosco

    @AyingeneyeJBosco

    Жыл бұрын

    Uravuga ibyimpumyi itarareba cg itarabona. Kd nuguna gutyo uri munzira y'igihogere injyana kurimbuka.

  • @ndayishimiyeprosper1671

    @ndayishimiyeprosper1671

    Жыл бұрын

    @@AyingeneyeJBosco ko wijijisha ko nawe uzi ko Kiliziya ari mwe ra. Guhera kugihe cy'Intumwa Kilziya ni imwe. Na Yezu Kristu arabihamya.Umwubatsi azubaka K'Urutare Inzu.Birumvikana mwabantu mwe, mwishidikanya ku bubasha Yezu yahaye Petero Intumwa bwo kumugira urutare,kuko kuba urutare abigirwa kd akabihabwa na Kristu siwe ubyigira cg ngo abyihe. Ndetse hari ivanjili Yezu yakomerejeho yemeza ko amuhaye n'imfunguzo z'ijuru.Kandi muge musobanura neza buri hantu Ijambo ry'Imana rigenda rikoresha imvugo shusho nk'aho batubwira ko Yezu ariwe buye rizima ,ubwo rero aho umwubatsi aba abaye Imana Se. Iryo buye rizima ku Mana ryaratoranijwe. Ni Ibuye fatizo Umwubatsi yahisemo ngo yubakeho inzu ariyo igenura Twe Abakristu. Ijambo ry'Imana rikabishimagira riti muri inzu yubatswe mukibanza cy'Intumwa n'Abahanuzi. Aha bavuze intumwa n'Abahanuzi nyabo ba Yezu Kristu. Ntabwo Ari ababyiyitirira ngo ba Apostles b'iki gihe cg abakorerwamo n'imana zivuga z'inzaduka. Oya! Turi inzu,twubatswe K'Urutare (Intumwa n'Abahanuzi),uwubatse iyo nzu ni Kristu. Imvugo shusho ntigatume tuba abahakanyi. Ntanubwo bikwiye kwambura Intumwa imwe muri 12 ngo wambike Indi. Kuko buri Ntumwa ifite umurage wihariye Yahawe na Yezu Kristu. Gusa ntitubura kuvuga ko Hari izabaye ibikomerezwa kurusha izindi,Kandi niko biri n'ingero zirahari muri Bibiliya.

  • @ndayishimiyeprosper1671

    @ndayishimiyeprosper1671

    Жыл бұрын

    @@AyingeneyeJBosco Matayo 16,17 Yezu ati Petero Noneho nkubwiye ko uri urutare,Kandi kuri urwo rutare nzubakaho Kiliziya yanjye,ububasha bwo mukuzimu ntibuzayitsinda.Matayo 16,19 Yezu arongera aramubwira ati Nzaguha imfunguzo z'ingoma y'ijuru,ibyo uzaba waboshye mu isi,no mu ijuru bizabohwa;n'ibyo uzaba wabohoye mu isi ,bizabohorwa no mu ijuru.Amen.Rumwe ni ububasha buboha,bufungira. Naho Urundi ni ububasha bubohora, bufungurira. Ngizo imfunguzo Yezu yahaye Petero uko ari ebyiri.Dawe Icyo ushaka gikorwe munsi nk'Uko gikorwa mu ijuru🧎. Izo mfunguzo urwo ku isi n'urwo mu ijuru zirakorana.Ziriya mfunguzo ziri mu ibendera rya Vaticani n'umusaraba uri rwagati mu menyo ya buri rufunguzo(amenyo y'urufunguzo ahura agakora umusaraba). Ibyo ni ishusho y'ibitagaragara mu ijuru.Tweho tuzi icyo ibyo bisobanura kuko Roho w'Imana adutuyemo.Ndetse tureke n'intumwa, na Nyina wa Jambo nawe afite umurage wihariye kandi w'ikirenga.Nyamara Koko, ingoma ya Yezu Kristu iraganje kandi tubifurije kuyakira ngo ibe rwagati muri mwe na Twe. Ntabwo Yezu Kristu yiyambuye imfunguzo z'ijuru zose ngo azihe Petero,Ntabwo Kristu yaziyambuye ngo asigarire aho! Ariko kandi Yezu guha imfunguzo Petero nabwo ya jokingaga.Hano mu isi Hari urufunguzo, mu ijuru hakaba Urundi rwarwo kandi zirakorana.Kiliziya ikiri murugendo ibyo iboshye mu isi,Kiliziya Yeruzaremu yatabarutse y'abatsinze ibiboha no mu ijuru. Commanda wabyo ni Yezu Kristu.Niho isengesho rya Dawe uri mu ijuru rigirira n'imbaraga.Tuti.... Icyo ushaka gikorwe munsi nk'Uko gikorwa mu ijuru.Erega guhindukirira Yezu Kristu muri Kilizya ni umugambi w'Imana. Kuki se atari Imana yari yarashatse ko habaho amatorero menshi nk'aya tubona ariko nayo atavuga rumwe, kugira ngo Imana ibabyaze umusaruro kuruta uko iyogezabutumwa ryari kuguma muri Kiliziya Ntagatifu gatolika.Kandi Imana igashyira muri Ruther umwuka wa Sekibi ariko itagamije kugabiza ubugingo bwe Sekibi. Uko waba umeze kose Yezu Kristu akwemera ,Sekibi ntabubasha agufiteho. Na Pawulo hari aho agira ati nashyizwemo umugera wa Sekibi kugira ngo uwo mugera ujye umbabaza ntikuza. None se twemeze ko kubw'uwo mugera wa Sekibi washyizwe muri Pawulo,Sekibi yari amufiteho ububasha kuburyo yagira icyo amutwara? No.Imana inzira zayo ni Nyinshi ikoresha ngo yagure ingoma yayo!Ya ngoma izira umwiryane,ya ngoma dukirizwamo Icyaha,izira amatiku,izira gushyamirana no kwironda.Ingoma ya Yezu Kristu ntabwo izahanguka.

Келесі