Scheih YUSUF arakijijwe😱/ Avuze abapasteur bahuriye ikuzimu/ ibya GITWAZA na RUGAGI amennye amabanga
Ойын-сауық
#igice_cya_1
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Пікірлер: 553
Wibeshya! Ikuzimu ntiwagiyeyo, urasebanya kdi n'ibya Islam ntabyo uzi. Imana ikubabarire kuko ntuzi ibyo uvuga. Ubaye waragiye iyo ikuzimu uvuga waba warakuyeyo izo mbaraga uvuga ko abandi bakurayo. Wakire Yesu akubohore, uraboshye cyane. Muzamenya ukuri nako kuzababatura.
@emmanuelbaribarira1381
2 жыл бұрын
Ewe wewe wagiyeyo tubarire izo mbaraga Uzizi ute ?
Zaburi nshya mwitonde cyane Mujye musenga Imana mugenzure ubutumwa mutambutsa mutazagwa mu mutego wo gusebanya.
Amen Amen! Ariko Yesu Kristo urakomeye wa mugabo we!!! Niwubahwe Mwami w'abami ubu n'iteka lyose; Alleluia Amen 🙏🙏🙏!
Zaburi nshya we, nimube maso mutazagwa mu moshya,Nimutazajya mufata igihe cyo gusengera abatumirwa banyu, Yesu abasange kdi abongerere ubwenge.ndabakunda
Muraje mumarane kubera amadini icyo nzicyo muri kuzana inzangano mubana bakiri batoya kandi hari nimiryango ifite abavukanyi ba bisilamu hamwe naba kristo mushaka bangane nabose. Sha haribintu ndeba nkababara cyane Mana gira uze utabare abantu bawe batuyobeye.
Icyaha kitazababarirwa nicyo gutuka Umwuka,gutuka Umwuka rero ni ukutizera Yesu Christo nk’Umwami n’Umukiza wacu. Kuko abatazaba barizeye Christo Yesu ntabwo bazababarirwa bazacirwaho iteka,kuko abari muri Christo Yesu ntateka bazacirwaho. 🙏🏽
Nyamara abantu bajye birinda kurebera agakiza muri physical appearance! Kuba yaje yambaye imyambaro ya kislam nta cyaha yakoze ( tureke kuba abarokore b’ubufarisayo rwose , kandi abantu benshi badasoma ijambo ry’Imana ngo Umwuka Wera abasobanulire bazajya bitiranya Iby’Imana nibya satani ) !
Uyu muntu ibyo avuga n'ibihimbano.Zaburi nshya mwataye umwanya wanyu.Ahubwo muramwirinde cyane.
Ikaze kuri Zaburi nshya rwose. Surtout kuri Yesu Christ. Amen
Yesu wapfuye akazuka niyamamare🙏🏻Yesu araje.
@emilendahunga
2 жыл бұрын
Amen 🙏
Numva ububuhamya butorangira ndafashijwe yesu numwami w abami kweli ndabinginzeee muduhe part 2 muzoba mukoze ndafashijwe caane ukuntu yesu ariko yivuga aho ariko atwibwira bundi busha 😭😭😭😭 icubahiro nicamwe mucunguzi wacu yesu kristo
Nukuri ndashyimyimana cyane kuko Ubu ntahantu nahamwe nemerewe kwijirira kuko ijwi ryaje rimbwura KO benshi cya batari gusenga mwumwuka w'imana briyambitse ubuyobe niyompanvu uwubwengye yateranira muriwe ubwe
Shalom ncuti za Kristo✋✋✋Ibihe vyashitse kumusozo ni muze dusenge cane gose 👏🏻👏🏻 Dusome Bible twihane bigishoboka 👏🏻👏🏻
Ubwa mbere na mbere, Yesu Kristo yariho kandi yari Imana, vyose vyaremwe nawe. Yambuye ubumana bwiwe abusiga mw'ijuru, yiyambika umubiri kugira abone uko adupfira. Amaze gupfa no kuzuka yasubiye iwe mw'ijuru aca aturungikira *Mpwemu Yera* ni impwemu yiwe (nk'uko umuntu agizwe n'ibintu 3: impwemu, umubiri n'ubugingo) Ivyo vy'Imana imwe mu butatu ntibikwiye kuducanga kuko kandi Yesu Kristo yarivugiye ubwiwe ati: "uwumbonye aba abonye Data, ati twe na Data turi umwe!"
Yesu ni Umwami ibyaremwe byose bibihamye.
Ndabinginze muzadukorere ikiganira gihuza Ev. Anicet na Scheih Yusuf
@daliusnsengiyunva228
2 жыл бұрын
Arikuronder abatesha umurongo iyonintumwa satani yatumye
@norahnn9930
2 жыл бұрын
Eric ubalikiwe saana uvuze ibintu natecyereje ngifungura ikiganiro
Reka nicare numve koko Yesu urakoze
Hallelujah hallelujah Imana iguhe umugisha kandi YESU agukomeze
Yesu niwe nzira ukuli n'ubugingo ntawe ugera m ijuru atamunyuzeho
Ububutumwa mubwitondere mubugenzure harimo amayeli yasatani yogusenya amatorero amwe 🗣🗣🗣🗣🗣🗣
Uyu mutumirwa twarabanye hano Kuri ADEPR GISENYI,Nari narayobewe iyo Ari, Imana ikomeze imube hafi
Reka ntere agatebe nicare numve👂👂
@muchris302
2 жыл бұрын
Nanjye pe...reka nunve🙂
@johnqueen4008
2 жыл бұрын
Gasiri we gatere Nange nagateye
Mu misi yanyuma hazoza abayovya abantu.muvyitondere.Imana ishimwe kotudasenga abantu kandi twifitiye Ijambo ry'Imana rituyobora.
Igihe kirageze ngo abasengera Data mukuri no mu mwuka abe aribo bamusenga. Iki kiganiro ni cyiza muzongereho ikindi gice. Imana ibahe umugisha
Imana ni data watwese umuremyi Imana Yera y'ukuri,Yesu ni umwana w'Imana waremanye byose na se waje kutumenyesha Imana, Umwuka Wera niwe waje azanye na Yesu hano ku isi igihe yazaga kuri Mariya aka musama(Imana niba ituma amagufa y'umuntu yiteranyiriza Munda ya nyina,nigute itarigutuma Yesu ajya Munda akanakurira Munda ya Marie ntamugabo bahuye,Imana ishobora byose yabikora, ibi nibyo bita kwizera kubabyemera)Umwuka Wera yaje ku isi Yesu asubiye mu ijuru igihe yamanukira ga intumwa, niwe hano ku isi utwemeza ibyagakiza agaca ninzira nyinshi ngo tumenye Imana na Yesu tugendere no munzira zagakiza kugeza igihe itorero rizasoza urugendo rwayo rizazamurwa na Mwuka Wera.
Ngewe ndabona uyu mugabo yahinduye imikorere yo gusenye amwe mumadini, ariko Ntabwo arizera Yesu Kristo.
*#Youssef**, Komerezaho wahisemo neza.👍* *Imana Ishimwe cyane kdi Ikomeze Ikwagure mu murimo wayo!🙏*
Mukozi WImana Imana niguhe umugisha igukomereze amaboko
Ndigufashwa cyane rwose! Yesu Christo niyamamare!!
Ibi njye nsanzwe mbizi, kuri njye nta gishya avuze, abo bose uvuze nanjye nemerako badakoresha imbaraga z'Imana, ahubwo baje kuyobya Intama z'Imana. Bayobeje benshi kandi Bazayobya benshi.
Mube maso knd musenge binedata data womwijuru azahishura ibitatari ibyumwuka nibyumubili Thank you Lord 🙏
Amazing! Nanje reka ndabe aho nicara rwose nsome commentaires. Ni danger kweli izi ni siku za mwisho. Be ready to the end of times my dears ,Jesus Christ come again!
Imana imfashe gusubira kwa Mabuja pe! Imana ishimwe kubwa Zaburi nshya, ndimo gusesa urumeza nukuri!
Uyu si Umwuka w'Imana umuvugisha , ari kuyobya intama
Imana ishimwe cyane ifite inzira nyinshi zirenga igihumbi
Muhezagirwe cane Imana iduhe amaso yo muburyo bw' impwemu kugira ngo tumenye abo dusengana abaribo.
Umva IMANA ihamagara uko ishaka👍nshimye imanako ibyoyaguhaye kujyezakuntorezayo yabishohoje
Muduhe igice cya kabiri twunguke kumenya Imana
Kaze nakaribu muri Yesu hararyoshe👌👌🙏🙏🔥🔥🥰🥰
Ikiganza cy'Uwiteka cyizagukomeze batazaguhitana doreko iyo ubavuyemo,ukanabavuga ngo wabaye umuchristo bahita bagucishaho✊🙏🙏 #Godwin
Igice cya kabiri please 🙏🏽 naryohewe cyane kuburyo aho ntumvise nasubizaga inyuma Christo wagukunze umukomeze 🙏🏽🙌🏾
Ukuri kuzajya ahabona kumenyekane.
Iyo nimitwe yaha kwisi !gute ukizwa ukaguma wambaye ivyicisilam.Isi yaheze.
Abarikunona isyi message Ndabasabye inkunga yamasegesho. Mubwirire Yesu. Antabare. Agirire imbabazi kuko ndi Umunyabyaha
Impano Yo kurobanur'imyuka mur'iki gihe irakenewe ku bantu baseng'lmana!
mwavuze islamu cyane murebe ataba asigaye asenyera online... azabwirize yesu twumve...mbegaaaa amadini ko agowe...christo yite kubugingo ibindi ndabona bikaze...aduhe numwuka wera...
Leta y’Urwanda ijya isenya ibikorwa bimwe na bimwe by’amatorero adasobanutse , au fait Imana Ikoresha leta sometimes abantu bakabifata nabi kandi byari ngombwa !
Data watwese komeza ubohore abana bawe ,bakiboshwe mwizina rya Yesu Amen
IMANA ishimwe yabwiye umugaraguwayo ABURAHAMU ko' ntakizaba kuntorezayo itakimumenyesheje
Imana iturengere mwizina rya yesu kristo 🙏🙏🙏🙏🙏
Nukur kwuzuye Nanj maze kwumva cane umwarabu ambwira ingene Yesu yabayeho narumiwe cane sinarinzi ko bazi amakuru ya Yesu gusa banka kumwizera gusa.
@dddiii2330
2 жыл бұрын
Ikuru za yesu barazizi nezz zose. Ikibishe nuko ngo ngw,lmana ntiyavyaye . Rr nihobibacangira
@dufisimanalahairoynaomi9043
2 жыл бұрын
Uko nukuri haroho abarabu bazi Yesu neza jew narahantu ntabindi baraba muri Tv atari guhimbaza ingene aba Christ basengera abantu gusa
@husseinimtyredyran9923
2 жыл бұрын
Nsabye aho uyu mugabo azaba asengera(cherch) ntibazamwizere bataramugerageza. Njye muziho uburyarya burenze uko mubyumva. Yari atuye muri vunga Arahava ajya igisenyi Ubu tuvugana arabarizwa irwamagana Iminsi izabamwereka
@dhucsy9764
2 жыл бұрын
Baramuzi nyene kandi ukuri kwa Bibiriya yera barakuze baba bwigirishe baraziko Yesu kristo niwe nzira nukuri nubugingo,so babuze uko babivamwo kiretse bature ko yazutse akava mubapfuye ijambo dusanga mubaroma:10:9-10 Aho bazoba babohotse abemeye.
@dhucsy9764
2 жыл бұрын
Nanje mbivuze ndi Arabia saoudite ndavyemeza ko Yesu kristo yababwe umunyanazereti niwe Mana yukuri.
Ikindi naco nobabwira muhamadi numugabo mwiza cane wumwarabu muremure abyibushe mwiza mwiza pe ivyo aba shehe bamwe nabamwe barabiziko arikuzimu ndinginga aba esilamu ncuti zanje nimuze kuri Yesu niwe nzira yukuri nubugingo ntawuzajya kwa Data adaciye kuri Yesu ukonikwo kuri mpagazeho Yesu abohore abakibaswe nivyaha jewe ndu Murundi
IMANA iguhe umugisha kubwo GUHAMYA Uwo Mugabo YESU WAMENYE NAMENYE ,TWAMENYE IMANA ITURINDE KUGIRA IMANA KUMUNWA AHUBWO IDUHE UBWENGE BWO GUYISHIRA KUMITIMA.
1 Yh 2:22-23 [22]Mbese umunyabinyoma ni nde, keretse uhakana ko Yesu atari Kristo? Uhakana Data wa twese n'Umwana we, ni we Antikristo. [23]Umuntu wese uhakana uwo Mwana ntafite na Se, uwemera uwo mwana ni we ufite na Se.
@evangelistd2602
2 жыл бұрын
True
@ndikubwayojeanbosco3825
2 жыл бұрын
Rwose cyane
@dhucsy9764
2 жыл бұрын
Uwuhakana wese ko Yesu kristo,ko atiwe Mana uyo aba ari antikristo
Oooh hallelujah hallelujah hallelujah Uwiteka akomeze intabwe zawe ndaberewe kubwawe yozefu
Icyonsabye ukuremo iyomyenda kuko uradusebya wahisemo kuyoba yoba ariko wekuyobya abandi
Ibitangaza bikorwa na satani gusa ? Imana mw Izina rya Yesu ntirikora ibitangaza ? Ko Yesu yakubwiye akakwereka abakorera satani abayo babahe ngo tubahungireko Tubarize Yesu aho tuja Murakoze
Yesu wacu niyamamare
Yesu Kristo ahabwe icubahiro ibihe vyose. Imana Data wa twese abayo yabatoranije kera. Iguhe umugisha muvandimwe Ku bwo ubuhamya.
Islam ntihangana n’amasrngero kuko ntahobihurira. Ukaba wiyemera nk’abandi ba pastors uzegere Dawa TV Rwanda udusobanurire iyomigambi ya Islam yogusenya amashengero
@trophywilson7211
2 жыл бұрын
Kubera bemera Kristo Islamu ntiyemera Yesu Kristo
Murikinogihe biragoye gusobanukirwa ibyimana nibyasatani idini yukuri nibikorwa byumuntu ibyoguhirikana kwamadini ntitukabigendereho tuzagendere kubumuntu bwumuntu Nukorikibi uzaba wisanishije nikibi Nukora icyiza uzaba wisanishije ni cyiza🙏 bizagufasha kuruta guhurira mumadini.👍
Pst Ntambabazi rwose yumve icyo kintu cyo kwita Yesu umuhungu wa Mariya
God bless u bro
1:49' urababaje kweli, wishe byose kweli kumbe nuko byagenze, sijda urazi neza ko Yesu nizindi ntumwa ariko zasenga ,yabikubuza cg yakubwira ubikore kuko dutegerezwa gukurikiza ibyo yakora. Pole ariko Imana igufashe ntuzapfe gutyo.
Nashakanye n'umugabo w'umu islamu n'ibintu biba bigoye cyane. Twabyaranye abana 2. Kubana n'umuntu utemera Yesu Christo biragorana cyane. Dusabe Imana itwereke inzira.
Urabona.katararonka.cano🙏.mugwizecane.kumuha...tere.agwize.ijamboryimana..abasinziriye...bakanguke🙏🙏ubwo.rero..amazekuronka.cano..azoheza. abwirize..nan je.nditeguye.kumwumviriza🙏🙏🙏
Umukozi wa zaburinsha uzi Ijambo ry'IMANA ,Imana ni NDIHO Nicogituma yesu avuga ati aburahamu atarabahi NDIHO ya shaka kwerekana kwari we Mana iri mumubiri ni ya Mana nyene Iri mumubiri wa kimuntu, abavuga ubutatu bari mubuyobe ni Manimwe yakoze muburyo butatu.
Muri Bibiliya Ntagatifu Yohani 8:48 .... nari ndiho. Dutandukanye Ndiho ivuga izina ry'Imana na ndiho y'inshinga! Nta kuvuguruzanya kurimo. Kuba navuga ko nari ndiho ntibivanaho ko ndiho n'ubundi! Ku birebana na Yezu ntivanyeho ko ariho ibihe byose!
Imana yacu ihabwe icubahiro hose. Yesu christo niyamamare. Yadukuye habi nubu arakomeje guhamagara abiwe.
Amen yes aguhezagir can mukoz w'Imana kumajamb y ubuging utubwiy 🙏🙏iman ishishikar kuko fer inkomezi
Yesu ari hafi, kdi igihe cyo kuvangura ihene n'intama kirageze!
noneho ndushijeho kwemera ADEPR !!!Imana iguhe umugisha mubyeyi!!!!
Hashimwe Izina rya YESU wakubatuye rikakuvana mubuyobe hallelujah hallelujah 🙏🙏🙏🙏🙏💕💕💕💕💕💕💕💕💕💕
Amagambo yawe yuzuyemo gusebanya sinibaza ukuntu baguha ijambo bitwa ngo ni abakozi b Imana.
Amen.Yari yarabitubwiye iki nicyo gihe ngo Yesu asobanure ukuri.Gumamo muri Yesu ni sawa
@agnesishimwe4204
2 жыл бұрын
Mujye mwitondera ibyo muvuga mwita amayerekwa mwirirwa mucanganyikisha aba ntugusa.ese ntiwavugibyawe utavuze abandi? Rugajyi,Gitwaza,nubuyobozi bwa ADPR !!!!wowese Ibyuvuga ikitwemezako arukuri niki???? Imana ijye ibababarire,
Haribimenyetso bigaragaza abakorera Sekibi, Urugero murusengero rwa Rugagi mwabaonaga uburyo ibyo yakoraga byitwa gukiza abantu indwara Ukabona Umudamu wabyaye Arikaraga imbere yabantu imyenda hejuru nama jupo akambara ubusa mubantu Imana ntishobora gukora ibintu nkabiriya ntibibaho.
Wallah uribeshya wowe ngo wize isilam kugirango uce isilamu intege ?!!! Allah avugako ariwe uzirindira idini yee isilamu
Sibyiza uyu muntu Imana yihinduriye kumutera Amabuye, kuko Ibyanditswe bitwerekako na Paulo warwanyaga Abakristo mugihe cy 'Intumwa, kwari Yesu wamwihinduriye Umuyoboke we. Ubworero Umurimo w' Umwuka wera ni Ukwigisha no kwibutsa no kuguha iyerekwa muburyo butandukanye ariko kubamwemeye bonyine, ikigambiriwe kugirango ukure nawe ube Umuvugabutumwa, kuko Umwuka wera Ntabwiriza ubutumwa mubatari bakira Yesu nkumwami numukiza wabo ahubwo abatera gutsindwa nibyaha ngo bihane. Ubworero iyo umubwiriza butumwa atabonetse kubwiriza umuntu Imana Ishaka guhindura nibwo Yesu Kristo we nkumubwiriza butumwa mukuru ashobora kugusanga akakubwiriza, Iyo umwemereye ntiyongera kugaruka kuko Umwuka aba yarangije ku kwinjira. Ikindi Imana izi abayirwanya babigambiriye. Nabayirwanya bibwirako bazi ukuri kuko ban bari ninyangamugayo mubuyobe bwabo: Imana ibasha kubisangira abantu bose bameze nka Paul kuko nubu bariho : Abafarisayo barwanya Yesu babigambiriye kuko batashakaga kwihana ibyaha byabo , bazaga bagambiriye kumugeregeza Atari ukumenya ukuri. ubworero sibwo buryo Paul yarwanyijemo itorero : Kandi urabonako nubuhamya bwuwo Muntu w'Imana burimo gukunda idini yubuyisiramu nkukuri ndetse nogutsembaho andi madini Atari ayukuri abantu bamenye ukuri Atari indamu abashakaho, IBYO NIBYO BYATUMYE YESU AMUBONEKERA ARAMWIGISHA. kuko urwego yari ariho ntawari kumubwiriza ngo ashoboke kuko yari ageze kurwego rwokuyobya benshi, We yibwirako azi ukuri. Icyo navuga muri make nuko Umwami Yesu Kristo abasha gusanga umuntuwese ukunda Imana abicurise kurwego uriho mpaka Yizeye Yesu Kristo akamwozaho Ibyaha bye. Mudakikwa Emmanuel Umuvugabutumwa wo kumihanda ninzu kuyindi no Mwiteraniro rya Bera Hose. Niba ushakako twungurana ibitekerezo kwijambo ryImana nyandikira kuriyi what's app yajye ndi Uganda +256789515823
Imana hakuguhomba yaguhomvya.Allélua Imana ishimwe can 🔥🔥🔥🙌🙌🙌
@nathalienzuzi2648
2 жыл бұрын
Amen
Ntukabeshyere Gitwaza,ni umukozi wi Imana
Imana idutabare p ndumva bitoroshye
Ntabwo nariziko zuburi shya nawe aja ikuzimu ubukoko uyu numutumirwa muzana hano koko usenya abakozi b'Imana kweri musenge cyane kandi mureke kuyobya abantu
Zaburi nshya muratuvangiye murebe neza ko mutari gusenya umurimo w Imana!
Mu kumenya usengwa hagati ya Yesu n'Imana azasome Yohana 14:13-14
Imana irengere itorero ndabona bitoroshye! Ese twabwirwa niki niba nubu atakiri muri misssion? Musenge cyane pe!
Aze agaruke ,avuge intahe yose adasimbagurika, nunvise afis vyinshi vyokuvuga ariko umwany ni muto....Yesu yarakoze ,kumugirira neza akamuha agakiza.
Icyambere pamplile na plaisir nabanyamwuka ntibajya bakira umutumirwa batabajije Imana ... iyu mugabo aravuga ibyo ahagazeho
Innalillah wa inalillah radjiuni😭😭😭😭 uzicuza ibyuri gukora uzabibazwa usebya Iyakuremye
Uyu Mugabo mu mwitondere Cyane, Ntimurwe mu mutego , mwitonde cyaane, Ibintu ari Ku vuga biragara KO ari ibyo yize!!!! Haange saana
Yesu turamwemera kandi tursmwubaha wibeshya gusa icyo twe tuvuga gute ya ba Imana kandi yararemwe
Aba baratojwe cyane bigishijwe uburyo bwogusambura itorero nkuko yesu yabivuze kuvakera na yesu yarabivuze ngo bazaza biyitirira izina rya yesu christon ariko bahakana izina rya yesu christon
Nukurii Imana ihabwe icubahiro yo yaduhaye Umwana wayo ngwaducungure.Zaburi nsha ikomere na part 2 turayikeneye.
Ubuhamya nabwumvirije guherahasi gushika kumutwe,ariko harahantu hancanze sunzi uko wohansigurira,ugitagura wavuzeko igihe yezu yakwiyereka ubwambere yakubiye ko ari yezu mwene maria,none aha ugiye kurangiza ngo yakubwiye ko utazovuga ko arimuhungu wa maria🤔kurijewe numva vyangoye gutahura kweri,gusa yezu kristu naninahazwe imyaka nimyaka amen 🙏♥
Icyo nzicyo bavandimwe nugishidikanya nashaka ahinduke kuko Yesu yaje kuri iyi si amateka arabyemeza si ikibazo cyo kwizera uwo utazi YESU AHIMBAZWE IMINSI YOSE
Urumuntu mwiza cyane ibyawe byadufasha cyane aamen
Iyimyambaro se? Ntacyo Menagura #ibibindi#Bihishemo ayo #Mabanga# yaboyee bamaze benshi bogahura n,Imana...Aboboseee nabandi Imana ikomeze ibashyeeeee #biyoberanya# Imana ibashire hanze
Yesu we urahambaye nukuri nibaguharire ubutware bwawe!ndagukunda Yesu
Yesu Nuwo kwizerwa Amen Imana igukomeze.
Yoooo, uyumuntu, ubuhamya bwe bwandaje ijoro pe, biraryoshye kunva uko Umwami Yesu yamwigarurije. Umwami Yesu Kristu ni mwiza, isezerano iyo yategetse birakomera, iyo yavuze birasohora. Yagize neza kuguha agakiza. Tumuhaye icyubahiro cyane
Iyo Yesu agushaka, ntaho wamuhungira Kandi Yesu ni byose kumufite.