Ibi ni ububwa burenze ubundi !!biriya bisamaki byagagaye!Yesu arenze ka Salongo mwatugabo mwe salongo Iyo njiji imyaka ibiri ifite irigereranya na Yesu Sha
Uyu mupfumu ndamusengeye azure n,Imabaraga z,iruta Izindi nazo si izindi ni Imbaraga za Kristo kandi ndamwatuyeko gukizwa abo yagiye agenda ahubwo ahindukire agende ababwira ivya Kristo nka Paulo
Пікірлер: 443
Hamagara 0783277882 niba wifuza kuvugana na Salongo.
@jeanbernardineza7483
3 жыл бұрын
Umbwirire ko mfite budget yo gukora projet nkaba nshaka ko miliyoni 5 mfite zaba 19 ngo ntangire numve ko hati icyo yamara muhe commission !!!
@mrblackandswan250forever5
3 жыл бұрын
@@jeanbernardineza7483 🤣🤣🤣🤣
@munezejoyeuse
3 жыл бұрын
🤣🤣🤣
@ndayiragijecyriaque9454
3 жыл бұрын
Ariko muriko muhamagarira abantu kuja mubapfumu.Salongo womuhamagara ngo muvugane iki?
@emmanuelntwali3409
3 жыл бұрын
Mwizina rya Yesu kristo iyo nimyuka mibi toka satani
Ntimugafate iryozina ryumwi wacu Yesu Kristo ngomuriwanye nirya salongo cankengo muhwanye ivyo Yesu Kristo yakoze nivyo salongo Akora muri egiputa harabiganye umukozi w'Imana Mose batinkoni hasi zicika inzoka ariko kwiherezo iya Mose irazimira zose nuyo niyigire umunyabitangaza kwiherezo azomaramarana nivyoyizigiye vyose namwe mumwemera nka Kristo Yesu
@gasigwavedaste9884
3 жыл бұрын
Iherezo rya salongo riregereje ngo ahure na Yesukristo ,ashaka kwigereranyaho.
ababonye ko ariya mafi arayo bashyize muri ruriya rushundura nibande?kuko amafi bakiroba aba ateraguza anyeganyega kuko aba akiri mazima.mubo mubeshye njye sindimo.
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ahubwo nureba kbs
@andrewtechnology1329
3 жыл бұрын
Ntanubwo amafi yarari kunyeganyega bigaragara ko yamfuye
@habumugishaemmanuel7650
3 жыл бұрын
Ubwo wowe Salongo aguteye imyuka ye ugirango wanyeganyega
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
@@habumugishaemmanuel7650 hhhhhhhh winsetsa ryose pe
@habimanapatience7579
3 жыл бұрын
Ariya mafi yafpuye keraaaaa Ntanimwe yigeze inizunguza pe
Wowe salongo igihe cyawe nawe urabizi ko urihafi gushyirwaho iherezo kwirirwa ubeshya abantu satani ukorera wowe nawe mufite igihe gito uribuka nzakukubwira ko ugomba kwakira Yesu nkumukiza ibyo ukora nibyigihe gito gusa ndihafi kugaruka komeza unangire umutima wawe ushaka wakwihana ukakira Yesu nkumwami numukiza
Ikinyoma kuki bagiye gushyiramo urushundura bihishe??kuki mutabanje gukamera urwo rushundura??nigute barobye amafi yapfuye??oya ibyo sibyo amafi yarari mugatimba!!!
Uwizela umwana wumuntu wese avumwe nibawizelimana vugango amena
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ahubwo wowe urimubujiji kbs.
@mugabemartinez5695
3 жыл бұрын
Ntacyo wowe ubwo wajijutse kumvako abapfumu babatekamutwe alibo wizeye komerezaho jyenizelimana yonyine
@quizerakbofficail6574
3 жыл бұрын
Amen
@engolivismutama8705
3 жыл бұрын
@@hategeasman7625 ubujiji bunabije:nakizwe amanye yesu areke kwambaza ibihu byimondo nizindi nyamanswa.
@amenaamena9646
3 жыл бұрын
Amen
Imana yararahiye yuko icubahiro cayo itazogisangira numwana wumuntu salongo wewe uriko urigereranya na YESU nukuri Imana yo,mw,Ijuru izokurandura kuko ntaho muhuriye
Iyo umugaragu agiye gupfa yigereranya na shebuja. Kristu yavuze ko icyubahiro cye atazagiha undi. Salongo yutegure inkoni y'Uwiteka mu gihe cya vuba.
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ahubwo uratanganjye kbs ahubwo humuka
Ibi nibitangaza ,, muganga turakwemera cyane hano mumutara,, warakoze wamvuriye umwana baramuroze
@drsalongo956
3 жыл бұрын
Murakoze cyane 🙏
@mugabemartinez5695
3 жыл бұрын
Wavuzeko mukorana
Abakonikoni kwa farao bakoraga ibisa n ibitangaza, ariko birakwiye banyarwanda ko twubaha Imana yo mwijuru n Imirimo yayo gusa.
@iradukundajack873
2 жыл бұрын
Amen💖🙏🙏🙏
Yasuzuguye beshi beshi yigira ukomeye. Ndashaka guhura nuwo mufiristiya atakebwe asuzugura ingabo z'Uhoraho Ndashaka kumubagira Ibisiga vyo mukirere kugira amenye ko har'Imana Iteyubwoba yica igakiza
Salongo ukabije kurengera dore wahereye usuzungura Imana iraje ikwiyereke
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ark iyomana uvuga urayizi we?
Salongo Imana ikubabarirerwose
Ewana kbs solongo urumuntu wigitangaza ibintu ukorera abanyarwanda bamwe biraturenga cyane gusa imana ige ikomeza kukongerera imbaraga mubyo ukora
Muganga Wacu Nukuri Warakoze Muzehe Yarakize Neza Pe,Ntacyo Twabona Twaguha Gusa Imana Izaguhembe🙏
@agabasteven7258
3 жыл бұрын
Ngo Imana , uyu se yemera Imana??
@mireilleirakoze602
3 жыл бұрын
Vyukuri yarakize neza
@inkuruyurugendotvb9825
3 жыл бұрын
Ngo imana izamuhembe cg satani azamuhembe kandi mwarayobye ariko murikurengera iherezo rya salongo ririhafi ntagihe afite
@yyytk3485
3 жыл бұрын
Ubwo araje yongere arware ahubwo yicwe namadayimoni yamushyizemo
Ibi ni ububwa burenze ubundi !!biriya bisamaki byagagaye!Yesu arenze ka Salongo mwatugabo mwe salongo Iyo njiji imyaka ibiri ifite irigereranya na Yesu Sha
UVUGAKO UKORERA MU MANA AHOHO NISAWA ARIKO BIGARA GARAKO ATARIBYO NIBINTU BICYANGANYECYANE KUMUGANI WAMBAYE IRYOKOTI UKABUGA IMANA NAYESU WAZABONA UBUZIMA BUDASHIRA NJENDUMWA WIZERA IMANA CYANE URAMUSTE UBIKOZE UTYO UGAKORERA MUMANA BYABYIZACYANE
Salongo komerezaho waje urigisubizo kuribeshi umwihariko kuringewe ndabihamiriza kuko wangaruriye ibyange bibye
J'aime You Tube pour ses différentes informations qui m'intéressent bcp.
Uwo yatembagaye. Mw'izina lya yesu.
Jamani mungu wangu🙌wakenya mko wapi
Sarongo we nukigereranye na Yesu kuko siwabawe ☝️ nukirirwe ubeshya abantu kbs
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ahubwo niwe kuko imbara afite ziratangaje harundi wabonye ufite ubushobozi nkubwe kweli
Salongo rwose reka imitwe,urabona abantu ari injoji kuburyo umuntu yayoberwa amafi arobwe ari mazima koko?abanyamakuru namwe mushyigikira imitwe nk'iyi ntakigenda.
Afrimax nabakundaga ark mpise mbanga nigute muroba amafi yapfuye mwe murababeshyi ni Filme mukina.nawe ntasoni ngo story ya Yezu wamunyamakuruwe ibyo ukinanabyo ntubizi.
@neggthegeneral5865
Жыл бұрын
Nibura iyo bahishamo ifi zikiri nzima
@belladuranantopierrine1830
Жыл бұрын
Eheeeee nugusenga
Ababishimagiza baracari Impumyi kwel ahubwo gutira umuti kuri Yesu Kristo uragukiza uhumuke ubone inzira ucamwo
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
😛😛😛😛😛 uramuzi s?
Salongo nareke kubesha abantu Arimwo akoreshwa na satani Azeze duhure ndamubagire Ibisiga Jewe ndikumwe n'Umwami Yesu kristo Kugira amenye ko Imana yirahiye ko Icubahiro cayo itazogiha uyundi. Ndashaka guhura nuwo mukozi wasatani kugir'amenyeko hari Imana
Puuuuu toka wowe
Gusa ndashaka kuza kuzagushimira nibabafungurira inzira aho ibugesera kubwa muzehe wajye wamvuriye Dr, salongo
@gisacloude9485
3 жыл бұрын
Nange nashakaga kuza kumushimira none mubugesera nabonye barahashyize mukato ariko bagifungura nzabuwambere uhagara kuko haribyinshi yamfashije
@rubonamichel3077
3 жыл бұрын
Shn numuhanga kbs umva papa yaramaze imyaka myishi pe arko yarankoreye cyane kbs
Ndamushaka nkazamuha amazinay abanyambuye Bose akabashika bakampa udufaranga twanjye
Imana ntizihara ababarozi Birakabije yesu iraje
Uyu mupfumu ndamusengeye azure n,Imabaraga z,iruta Izindi nazo si izindi ni Imbaraga za Kristo kandi ndamwatuyeko gukizwa abo yagiye agenda ahubwo ahindukire agende ababwira ivya Kristo nka Paulo
Muganga Salongo imana ijye igushoboza Kandi ikongerere imbaraga zo gufasha rubanda, turagushyigikiye,, abapinga rekana nabo
@shurwedydy2715
3 жыл бұрын
Imana nyen ntasoni yesu akugendere
Yesu cg Imana byitwibintu byishi
Salongo ndemeye peuuuhhhh ibi nibitangaza cyane ,,, muganga ndagukunda cyane pee,,
Murabeshya aya mafi si mazima.iki kinyamakuru si professional kabisa.muratuburira abantu
Sarongo nutihana Imana izagushyiraho ikimenyetso kugirango uwowaririye amafranga wese aboneko Imana iharikoko komeza ubushye ufitigihegito
@InamaNziza
3 жыл бұрын
Reka ibikangisho
Esubu tuyomewe ifi nzima niyapfuye😂😂😂😂😂
Abatemera ibyo birabareba ngewe mfite ubuhamya kuriwowe bwibyo wankoreye byinshi knd urabizi naje nokugushimira nukuri ndakwemera cyane salongo knd nzanagaruka
Uyu mugabo simana ariko arashoboye pe imigisha ntihwana,ariko yarafashije mukibazo CYari kinkomereye ntavugira hano bwambere jyayo byatanze ,nsubiyeyo biratungana neza.jye ntabutekamutwe namibonyemo pe.
@francoisnduwumunsi7818
3 жыл бұрын
Umpe nume ziwe za watsap ndiburundi
Urashoboye nukuri naje iwawe nkubura wagiye kudutangaza rwose mugitondo ndaza ngusure mfite ibibazo byinshi mfite ibibazo byinshi undwaneho
Love you from Brasil
@drsalongo956
3 жыл бұрын
Thank you so much
@elviskamenge7142
2 жыл бұрын
Bom dia
@BigulandiaHD
2 жыл бұрын
@@elviskamenge7142 bom dia
Salongo ati muradutura mu mazi wahengamiye uruhande rumwe. Umuntu ugendera hejuru y'amazi atinya kuyagwamo se
Mwibuke ko salongo yavuze ngo amafi aze uva i kuzimu ku bilometero amajana. Murumva barovye amajini ya salongo.
Na sawuri yarahindutse, sarongo mumureke azakorera umwami Yesu
@muaminijustine3400
3 жыл бұрын
Salongo yambaye neza cyane
@shattabuse6590
Жыл бұрын
Niko bimeze
Gukinzwa nugukira nukuri😂😂🙏🙏🖐️
Ari mwe banyamakuru...ari Salongo,...mwese mwataye imitwe....ibaze gufata amafi amaze iminsi apfuye (nihe mwabonye ifi iva mumazi itanyeganyego koko!!!! mba mbise "idiots" ariko naba ntukanye. mwabuze inkuru nzima mukora koko!!!!!!
Imana izahorera abowaririye amafrang bose
Ibitangaza mushimagiza ntavyombona kwel canke ntimusoma Ijambo ry'Imana kwafarawo nti kwarukwo abanyamareba ba farawo ntibabikora arko inkoni ya Mose kocayikimenyetso c'Uwuhoraho carigaragaje
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ark koko imana urayizi rutabeshyanye imeze ute?
@themaxwizzypro4616
3 жыл бұрын
Uyumugabo afite igihe gito tamuntu wigereranya Nimana ngabeho ibyo bikorwa ntibizasohora ntago Imana yamukundira
Ndagu shyi kiye
Affrimax muzihane nyamara. Urushundura rwagiye mu mazi ryari? Iyo mukenera kutwereka ukuri, mwari kutwereka uko urushundura baruroha rurimo ubusa. Mbega Pasteur!!!!!
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ark afrimax yerekana ibitangaza byanyabyo rwose kd nawe urabibona nuko mutemera kbs umusaza arashoboye noneho byatangaje abantu beshi
Ngewe ndumwana wo kumazi mwana kdi naranaribye cyane nihehe mwabonye bshindura ifi yapfuye Koko
Wafrimax..jj.pasteur
Esubu tuyomewe ifi nzima niyapfuye😂😂😂😂😂
Rubanda muzi kubeshya abantu , ejo uzanapfira abanyabyaha se ra uzuke?? Uzanatubwirako utanga ubugingo buhoraho.
Ikigaragara cyo nuko uyu mugabo yigereranya na yesu kd dusoma inkuru za herode wishyize hejuru akigereranya nimana uburyo imana yamuhannye
Arega sarrongo yarabivuze yavuzeko atabuza abavuganabi kumuvuga nabi kuko ntawuneza Rubanda ikindi Nuko ibiza muravuga kandi ntibimubuza gukomez"akazike kogufash'abababaye"
@10xtv28
3 жыл бұрын
Nibyo kbs
@bimenyimanajeanpierre173
3 жыл бұрын
Uwaguhumura amaso ngo urebe afrimax na sarongo nabatubuzi ariko ntabwo Imana yo mwijuru izaceceka umunsi umwe izakubita uyu munyamakuru hamwe na sebuja sarongo
Byiza cyane
Ariko salongo wavuye abakwemera, ntujye kubesha kwariwo wishira hanze, ugenda kumazi wowe uyushizemo ibyo berekana ubona ugenda, ah,,,,,,,,,,
J.pasyeur ukili mute ukilirwa wiamamaza nyitabisabo.ntasono.uzajye kwanyirasabo umubaze imhanvu ayesha.kugalura amafaranga yabandi
Ifi ivuye mumazi irarwana cyane, murazana amafi yapfuye ngo
Nukuri Umuntu Ugihakana Ko Uri Number1 Sinzi Pe Gusa Bazemera,Crg Dr Wacu Salongo😍
Ndumiwe koko
Salongo ni umutekamutwe yongwe yaramuvumbuye
Urigereranya na Yesu ntasoni!!!!!!
Afrimax muteye isoni mu gutangaza ibinyoma. Ni gute ifi ikiva mu mazi isa n’iyapfuye kera nta n’imwe yikubita ??? Mbega les escrocs ????
@amatatv2345
3 жыл бұрын
Ntiwemera
@turikumweteresphore4937
3 жыл бұрын
😂😂
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ark witegereje wabona arizapfuye kweli kuki mutemera koko
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ese wazagiye kureba akabikora kureba ra!!
@cyusasamuel8996
3 жыл бұрын
Uribeshya kuko yambereye umubyeyi ibibazo byandembeje arabikemura
Sha is irarangiyep
Kumugana waribwe uba ujugunye ama fr ,akubeshyako bizagaruka ugategereza ugaheba knd wishyura mbere
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ark nimugasebanye salongo aravura njye yankoreye ibitangaza ryose nzabivuga sirimwe sikabiri ryose
Ariko mwajyiye mugabanya kuturagira? ubuse mwabonye aho baroba amafi atanyeganyega kandi aribwo bacyiyaroba koko!!!
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ahubwo mwe mujyemureka gusebanya niba akora ibitanga byakagushimishije aho kuvuga ibyo utazi
@Musafiriclaude62
3 жыл бұрын
Icyobita film nukuragira abantu banishakira views
@mugabemartinez5695
3 жыл бұрын
Nibabura ibyobaroba baziroba ubwabo
Muzabeshye abazungu..ifi iri mu mazi murucundura ihora ari nzima niyo uzamuye urucumbura iba irwana ishaka gusubira mu mazi..Ibi bintu si byiza pe
@bimenyimanajeanpierre173
3 жыл бұрын
Sarongo arababeshya kuko ifi yafashwe murushundura iba irwana cyane ndiyagendeye hejuruyamazi bafashe yamashini iterura imizigo baramuzirika arereta hejuru yamazi imashini imuteruye ikimbabaje nuyu munyamakuru wa frimax ufatanije na sarongo gukorera satani kumugaragaro bigereranya na yesu bashukisha abantu amafaranga ngo bahamye
Turakwemera Rwose Komereza Ahongaho Muganga Wacu,Abahakana Ko Ataribyo Ubwo Sinzi,Ngewe Umaze Kuvura Abantu Bange Benshi Nukuri Buri Munsi Nkusabira Kuramba Pe
Uti nifuzaga ko icyo nateguye cyagenda neza !Nicyo wateguye nyine
Ndumiwe koko salongo uratwemeje
@ndijohn3992
3 жыл бұрын
Yemejye wowe utazi uko amafi ava mukiyaga
episode ya 2 please
Icyatumye satani Imana imuta mwisi nuko yashatse kwigereranya nimama yashatse kwikuza nuyumugabo yarikujije bikabije ariko azabona ishyano
Ayo samafi nimizimu yahinduye amafi
@mahaiiianaaima4123
3 жыл бұрын
Kbs
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Muratangaje kbs
Afrimax muri abatekamutwe igisigaye sinzongera kubakurikira ukundi,amafi adakora mouvement asamba wayabonyehe bakiyaroba,ikinyoma kirigaragaza abo barobyi babahaye akantu ariko nyuma bazabavamo bagaragaze ukuri,murabatekamutwe
jean pasteur ukora akazi kawe neza pe ark ndakunenga iki kintu cyo guha interview abantu utabanje kumenya neza ko ari inyangamugayo simpakanyeko salongo akora ibintu biri byo pe ark umenyeko hari abakora ubuvuzi nkubu batari inyangamugayo bishakira indamu gs kdi byahombeje benshi nange ndimo uge umenya abo uha interview nabo utaziha kuko kugira inyungu zawe utitaye kuzabandi sibyiza nagato murakoze
Ninez
Puh !! Amafi yose nta nzima nimwe yari irimo kandi ziri mu kigero kimwe. Imitwe gusa gusa
Good job safi sana salongo👏👏 254
@kundubuzimahealthcare6907
3 жыл бұрын
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha *REVIVE CAPSULE* bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero. *REVIVE CAPSULE* ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. *REVIVE CAPSULE* ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N'igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w'ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y'Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo. *REVIVE CAPSULE* yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso. *REVIVE CAPSULE* irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. IBYIZA BYO GUKORESHA *REVIVE CAPSULE* - Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. - Yongera libido ku kigero cyo hejuru. - Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno. - Yongera umusaruro wintanga mu bwiza n'ubwinshi. - Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga. - Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro - Ivura guhorana umunaniro ukabije... INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA *REVIVE CAPSULE* mu rugo iwawe. - Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza. - irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore. - nta ntonganya n'ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo. *UWAKORESHEJE REVIVE CAPSULE* -Uwo mukoranye imibonano mpuzabitsina uguma mu mutima we kandi agakomeza kuguhimbaza nk'imana y'URUKUNDO rwe mu buzima bwe. -Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana nawe azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa. - Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye. *UKO REVIVE CAPSULE IFATWA* - Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y'akazuyaze. Revive ntabwo ikoreshwa igihe cyose ukeneye gukora imibonano mpuzabitsina nkuko benshi babyibaza. Ushaka *REVIVE CAPSULE* wadusanga aho dukorera iruhande rwa hotel okapi cyangwa tukayibagezaho aho muherereye. Dufasha kandi abadamu bagira ama infection, ababura ubushake n'amavangingo, abaribwa mu gihe cy'imihango... Dufasha abarwaye: - igifu - umugongo - umwijima hepatite B&C - impyiko - imitsi - ubugumba n'uburemba - amibe - terekomonasi - indwara z'uruhu - umuvuduko w'amaraso ukabije + inndwara y'umutima - indwara y'umutwe w'uruhande rumwe ( migraine) - indwara umwingo - indwara y'amagufwa no kuribwa mungingo _ uburwayi bw'aso - infection kubagore n'abakobwa _ uburwayi bwa prostate kubagabo _ hemoroide - uburwayi bwa diabete 1&2 - tuberculose( igituntu) Ababyifuza bari mu ntara z'igihugu n'inyuma y'igihugu twategura uko twazabibagezaho nyuma yicyi kiza cyatugwiriye. Ku bindi bisobanuro mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira kuri WhatsAp +250785686682 *KUNDUBUZIMA HEALTH CARE DUKORERA KUMUHIMA KIGALI IRUHANDE RWA HOTEL OKAPI MUNYUBAKO BEATITUDE HOUSE ETAGE 3 UMURYANGO 17 TEL 0785686682*
@kundubuzimahealthcare6907
3 жыл бұрын
Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha *REVIVE CAPSULE* bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero. *REVIVE CAPSULE* ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. *REVIVE CAPSULE* ikorwa gusa mu byatsi bisanzwe byitwa Epimedium. N'igihingwa kirandaranda cyiri mu muryango w'ibihingwa bizwi nka berberidacea kiboneka mu majyepfo y'Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri wa kigabo. *REVIVE CAPSULE* yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso. *REVIVE CAPSULE* irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. IBYIZA BYO GUKORESHA *REVIVE CAPSULE* - Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. - Yongera libido ku kigero cyo hejuru. - Irinda ikanavura ububabare bwo mu kibuno. - Yongera umusaruro wintanga mu bwiza n'ubwinshi. - Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga. - Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro - Ivura guhorana umunaniro ukabije... INGARUKA NZIZA ZO GUKORESHA *REVIVE CAPSULE* mu rugo iwawe. - Umugabo wakoresheje revive atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza. - irwanya kwiheba no gusa nabi ku mugore. - nta ntonganya n'ubwumvikane buke cyangwa gucana inyuma biba mu rugo. *UWAKORESHEJE REVIVE CAPSULE* -Uwo mukoranye imibonano mpuzabitsina uguma mu mutima we kandi agakomeza kuguhimbaza nk'imana y'URUKUNDO rwe mu buzima bwe. -Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana nawe azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa. - Gukoresha revive bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo muhuye. *UKO REVIVE CAPSULE IFATWA* - Unywa ikinini kimwe mu minsi ine, ukakinywesha amazi ashyushye y'akazuyaze. Revive ntabwo ikoreshwa igihe cyose ukeneye gukora imibonano mpuzabitsina nkuko benshi babyibaza. Ushaka *REVIVE CAPSULE* wadusanga aho dukorera iruhande rwa hotel okapi cyangwa tukayibagezaho aho muherereye. Dufasha kandi abadamu bagira ama infection, ababura ubushake n'amavangingo, abaribwa mu gihe cy'imihango... Dufasha abarwaye: - igifu - umugongo - umwijima hepatite B&C - impyiko - imitsi - ubugumba n'uburemba - amibe - terekomonasi - indwara z'uruhu - umuvuduko w'amaraso ukabije + inndwara y'umutima - indwara y'umutwe w'uruhande rumwe ( migraine) - indwara umwingo - indwara y'amagufwa no kuribwa mungingo _ uburwayi bw'aso - infection kubagore n'abakobwa _ uburwayi bwa prostate kubagabo _ hemoroide - uburwayi bwa diabete 1&2 - tuberculose( igituntu) Ababyifuza bari mu ntara z'igihugu n'inyuma y'igihugu twategura uko twazabibagezaho nyuma yicyi kiza cyatugwiriye. Ku bindi bisobanuro mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira kuri WhatsAp +250785686682 *KUNDUBUZIMA HEALTH CARE DUKORERA KUMUHIMA KIGALI IRUHANDE RWA HOTEL OKAPI MUNYUBAKO BEATITUDE HOUSE ETAGE 3 UMURYANGO 17 TEL 0785686682*
Uwonumupangu keretse abadafite Yesu muribo nibomwakibeshyera kdi film irategurwa ntimukatubeshye
twarabamenye, ni mitwe
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ahubwo murabo gusebanya gusa ntimwemera
Bantu mutarajya kwasarongo ndababujije mwimfusha igihecyanyu, ubusa kuko arabeshya ijana kwijana ahubwo nabura abo aryamafaranga azarwara bwacyi njye yandiye menshi nigisambo mwabantumwe utarajyayo ndamuburiye
Ahaaaa😂😂
iyo nzu tugomba kuyubaka kungufu,ndabashyikiye
Muri kigihe kubeshya bigeze aha mugafata camera ziherekejwe na bagabo bagiye kubeshya mubizi neza birababaje
Mbabajwe nabazarya ayo mafi, Yesu we bazibonanira nigihe cye kitarangera
Salonga rwose yemera imana.yo.asoma bibiliya.salongo atandukanye na nyirabisabo..
Salongo ni umuntu wumugabo cyane afrimax muri abagaciro,mukomerezaho !
Yebabaweeeee Mbega abateka mitwe ninde wumvishe umu translate wa salongo weee hari uwutumva ikinyarwanda
Salongo nagende no umutekamutwe naramukeneye ngo amfatire umujura anyaka 45500f adira frs ntiyagira icyo ankorera
Umuteguro wubahwe.
Benimana muriho ariko nkuwo muntu ujyendera hejuru yamazi ubwo kuki atajya gufasha abarohama munyanja ya atlatique abagwamo bagiye gushaka ubuzima buribyo bihigu byabatindi batwambuye imatima muntu yacu?
Ewe sarongo nabayoboke bawe bose muyihanye ngomwakire yesu nk umwami numukiza wubungingo bwanyu muzorimbuka.
@hategeasman7625
3 жыл бұрын
Ark se yesu uramuzi kok
ayo mafi ava mumazi atari mazima c, muri abatekamitwe gusaaaa
Nigitangaza
WOOOW......... Saludos y Bendiciones desde Brasil ✌ Afrimax TV 🙏
@josianekuradusenge2215
3 жыл бұрын
Olá es do Brasil mesmo
@VlogEduardaeAlexia
3 жыл бұрын
@@josianekuradusenge2215 👍👍👍🇧🇷
@didier.rwanda
3 жыл бұрын
tão bom
@VlogEduardaeAlexia
3 жыл бұрын
@@didier.rwanda hello
@mugabemartinez5695
3 жыл бұрын
Abo nabatekamutwe bibisambo nahano uganda barahali kandi babita basarongo nonese urabona ayomafi alimazima bayaguze kare bayashyiramo abobaligutukana nabatanga ubuhamya nabakozibe niko abafere bakora
Gusa combikundira nuko numupfumu ivyakora vyose ashiramwizina ryayesu kukwarazi ko yesu amushoboza
Ariko mwagiyemureka kuvuga ibyomutazi ndabwira mwe mubamwatanze comment kuko utarahura nikibazo ngo salongo akuvure ukire niyompamvu muhora murigupinga uyumuganga ariko aboyavuyebo bamuha agaciro
Ariko rwose umuntu se aroba amafi yapfuye? Mwatwifatiye namwe murakabya rwose