RIZIKI Chantal||Mwongere imirimo||Mugiye guhabwa conge|Ubundi butumwa bushya bushobora gutuma apfa
Muraho, Muraho yemwe!! Nshuti bakunzi b'ivugabutumwa turabasuhuje mu izina ry'Umwami wacu Yaesu kirisito. Amahoro y'Imana abane namwe. Mu rwego rwo gushyigikira ivugabutumwa no kugirango ijambo ry'Imana nzajya ntambutsa kuri iyi channel ya #RIZIKICHANTAL250788713311 ritazajya rigucika wibuke #Clicksubscribe. Ushobora no kumvugisha ushaka kungira inama ndetse no kugira icyo wansobanuza kuri +250788713311
Пікірлер: 472
Izaza yoguceceka bene data Hallelujah Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah urubanza ruzatsinda bake
Imana ishimwe kdi imbababarire ungire igikoresho cyayo nkuko igukoresha mukobwa wa Yesu Imana imfashe mururugendo Mana ndakwinginze nkoresha kdi ukomeze uyumukobwa
Yebabawe Imana idutabare riziki ndagukunda ukorera Imana pe
Mushiki wanjye komeza ujye imbere ntugire ubwoba kubw'imbaraga ze ufite uzabaho no mu rupfu ukomeze rwose iwacu mu ijuru bari mw'ijonjora, Imana iri gutoranya abera mu ntore, igihe kirihuta vuba kandi kitagaruka rangurura amahanga yose twumve ibyo Umwuka atubwira. uhabwe umugisha mwana w'Imana
Bivuge uwukwanka akwanke kazima ubushikij ubugombe bw'Imana Jew naho noba ndigice nzogukunda kuko ijambo Imana igucishamwo haraho rinkura naho ringeza Kandi bibwirwa beshi bikumva benevyo komera ushikame
Turagukunda mukoziwimana kuko urabwiriza nkumva nyunzwe pe imana iguhe umugisha utagabanyije ndetse kwagurire imbago nkuko yazagurise abesi iguhe nimbaraga
Hallelujah nukura nkuko ubivuga is I icitse intege nkuko ubivuze babyebyi ntibakiyubaha isi yararangiye pe Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Uwizera wese ni umutambyi afite inshingano yo kwamamaza Kristo. Kandi Yesu nta nyubako yasize nitwe twabaye insengero. Ibindi ni amaco y’inda! Ubu se Riziki afite nyubako yihe ? Et pourtant arigisha tugafashwa!
Nukuri ndagukunda cyane uvuga ibyo imana igutumye utongereye cg ngo ugabanye
Umukristo atangishwa n umutima Icya cumi cyari icyo abalewi batagiraga gakondo. Ubu Twese twahindutse abatambyi b ubwami bw Imana 2 Petero 2:9
Uri umukuristu kweli ndagukunda peeeeee uvuga Imana neza nkumva ndanyuzwe nanjye icyampa ngo njye nshyira mu bikorwa ibyo data aba yaguhaye kuduha.kuko ntuba wavangiwe uba urimo neza. Songa mbere mw'izina rya yesu
Murakoze nkuko ushije sitegekoko ibyo uvuze buriwese abifate nkuko abyumvishe nawe yasenga agasobanuza Imana gusa abantu nibyiza ko babwirizwa ukuri kwijambo ry'Imana kubyicyacumi ibyo wavuze simbyemera icyacumi kigomba gutangwa hanyuma abasigaye nayo simake ushaka gufasha abatishoboye ngirango yabafasha nyuma yogutanga icyacumi
@pacificmugiraneza598
3 жыл бұрын
Abayoborwa n'umwuka wera nibo bana b'Imana. Imana yivugiye ko iba mumuntu; none Uhuye numushonji (ariwe Imana ibamo) umuciyeho ngo ugiye gutanga 1/10! Ubwo se uba ugihaye Imana kdi wayitaye kunzira ngo ugiye kuyishakira murusengero ubwayo yararuvuzeho ko itaba mumazu yubatswe n'abana babantu? Yesu yaravuze ze ngo azakubwira ngo nari nshonje ntiwangaburira none ukwiriye kujya aho bazaririra bagahekenyera amenyo. Haraho wumvise avuga nkibyo kvutatanze 1/10murusengero?
@sergedusengimana6645
3 жыл бұрын
@@pacificmugiraneza598 ese wigeze ufashe abekene kumafaranga yose yicyacumi ukayakotesha??
@lmanaiguheumugishaalice6614
3 жыл бұрын
Imana iguhe umugisha
@sergedusengimana6645
3 жыл бұрын
@@lmanaiguheumugishaalice6614 nibyiza kumva icyo abandi bavuga gusa RIZIKI s'Imana buriwese nyuma yokumva ibyo ababwiriza batandukanye bavuga abagomba kubanza kuvugana n'Imana Yee gusa RIZIKI Imana imuhe umugisha
@user-bk1mo6tv7o
Ай бұрын
@@sergedusengimana6645ese abatajya munsengero bo ko batagitanga ubwo Imana ntibazi Koko Kandi harigihe bazatanga abandi mwijuru
Imana dusenga itubabarire ibyo twayicumuyeho iturengere. Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana kuduhugura ni Ijambo ry'Imana, amavuta ni imbaraga bikomeho ibihe byose mw'Izina rya Yesu Kristo 💕❤
@uwimanaemmanuel898
3 жыл бұрын
Click this link to join RIZIKI CHANTAL Group's freinds: chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF Yesu ashimwe cyanee barokore namwe nshuti za RIZIKI CHANTAL. Nifuje kugira icyo mvuga kuko hari ubwo tutaba abantu beza tukirengagiza umurimo ukomeye Team irigufasha chantal iba yakoze. Maze iminsi mbona muvugango ibibwira byatinze kuki ataduha ijambo muri munsi kandi nturamubaza imbogamizi agira kuringo byibura umufashe kugirango ajye atambutsa ijambo buri munsi hari ibikenerwa ngo ijambo rijye kuri youtube hari : CAMERA, INTERNET, EDITOR ,,CAMERAMAN,COMPUTER,TRANSPORT....Ese bene data muziko ibyo byose uwo muvugako mukunda (RIZIKI CHANTAL) abigira, ese abifitiye ubushobozi? Ndashakako ababishoboye bavugako Bakunda RIZIKI CHANTAL baza muri iyi groupe ya whatsap:chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF , tuzasaba na team imufasha kuza muri groupe tumenye imbogamizi tuyikemure cg tujye twakira ibibonetse kuko ntacyo twahinduraho ariko kwirirwa tuvugango yatinze ntakintu tunamufashije , tutazi n'imvune ibirimo yaba ari icyaha turigukora. NSHIMIYE TEAM YITANGA IKAMUFASHA. Click this link to join RIZIKI CHANTAL Group's freinds: chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF
Ndagukunda wa mukobwawe Imana ijye ikumpera umugisha mwinshiii kd rwose jyukomeza uvuge ukuri ,Uwiteka natwe adufashe gukora ibyo adusaba.Riziki love u
Nukuri lmana igume ikwagure kdi nifuza guhora nyurwa nibyo wigisha, Amin.
Mana yange unyeze kdi untunganye umpindure igikoresho cyawe uhora ukoresha!riziki Imana yo mw'ijuru iguhe imigisha myinci kubw'inyigisho utugezaho.ndagukunda icyazampa umunsi umwe ngahura nawe imbona nkubone
Amena cyane uku Niko kuri
Imana yacu izaza yoguceceka koko ntawutazayibona Hallelujah ni Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Amen Amen❤🙏🙏🙏🙏
Komerezaho rizikiwee ntugatinye abantu uzatinye Imana yaguhamagaye abariyo wubaha
nimuve mu binyoma mwigishe abantu ukuri, ese n he Imana yavuze ko dutabarwa n ibyo twakoze!! mwabigisha binyoma mwe! mwitegure kuzisobanura ubwo Yesu Kristo azaba agarutse! erega nta muntu ukizwa n imirimo yakoze, ahubwo dukizwa n Imana ku bw ubuntu bwayo. nimusome Bibiliya nk uko biri, muvuze nk uko ivuga. yemweeee nimwihane muve mu binyoma.
Muraho nkunda ukuntu uvugisha ukuri uwiteka aguhe umugisha , ni mama joy ndashakako umfasha gusenga murakoze
Nkurinyuma. yesu. Akurinde
Imbaraga namavuta mukozi w Imana vugira uwagutumye kuko ukurimo niwe ukuvugiramo ushaka yunve ibyo mwuka abwira amatorero.kubaho ni Christi no gupfa ninyungu kumu christo wukuri.
Sinzahwema kukubwirako ngukunda mukozi wimana Imana ikumpere umugisha mwinshiii cyane 🙏
@user-qv8cx3nv8k
3 жыл бұрын
yesa mukomeze cane
Nukuri ndagukunda cyane mukozi w Imana imwongerere imbaraga n amavuta uge ukomeza uduhe izi mpuguro nziza cyane. Hanyuma ku byerekeranye n icyacumi n amaturo, uko dukataje twirinda ibyaha niko dukataje no gutanga ibyo byacumi n amaturo no gufasha abakene. Ugende wongere uyitubarize kuko ndumva bidasobanutse.
Twibukeko Imana twizeye yica Kandi Igakiza, Irakenesha Kandi ikanakura abatindi ku cyavu, Icyindi gufasha abakene tubafashe ndetse cyane buri wese biramureba kuko dushaka kujya mu ijuru, Ukuri ku ijambo ry'Imana kubahirizwe kuko twararyize neza, ababishoboye batange ayo maturo n'icyacumi kuko aho yajyaga haracyahari ntabwo bapfuye( byakwandikwa bitakwandikwa) ibyo ntibindeba, kuko Uwanditse ayambere ntabwo yari yanzanira igitabo ngo ngenzure uretseko nabyo atari ngombwa, Gusa uzi gukora neza ntabikore azabibazwa, abantu bareke ingeso mbi, ibyaha, uburangazi bakurikire Umwami Yesu, tube maso tutayoba cyangwa ngo tuyobye abandi, Tube maso , nta hantu na hamwe bibiliya itubuza gutanga icyacumi n'amaturo , uretse igihe waba ufite icyo upfa na mugenzi wawe, Kandi nabwo murabanza mukiyunga mwarangiza ugafata rya turo ukarijyana ukarishyira umutambyi, Nanjye nzapfa ndabizi.
@kathym3978
3 жыл бұрын
Ariko muzansobanurire uwo mutambyi uwo ari we. Ko Yesu Kristo ariwe mutambyi dufite, akaba ariwe watambiwe ibyaha byacu akinitamba, abo batambyi bandi bavuye he? Ko Abalewi batagiraga umugabane na gakondo, ubu abitwa batyo bose hari utabifite? Munsobanurire ndabasabye.
riziki mukozi wimana yesu akwonger amavuta kuko urahembur imitima yumye nanje ndimwo.ndakwinginze unsengere cane kuko imitima wanje urumye. muzoba mukoze
Nongeye kugusuhuza mukozi w,lmana amahoro y,Uwiteka nakubeho iteka ryose , ikomeze ikwagure kandi ikomeze kukumara ubwoba bwo kuyivugira urakoze cyane Yesu akongere imigisha
Imana ntabgo ijya yivuguruza,ijambo ryayo ,,,,ntiwemerewe kuryongereraho cyangwa kurikuraho ijambo narimwe,uzabirengaho azahabwa ibihano byanditswe muri icyo gitabo(biblia) Mm Chantal ,,,,,ubaka agakiza kawe kw'ijambo ry'Imana hamwe Numwuka nyakuri Wera.Ukwiriye kwicara ukabanza ukigishwa neza,nahubundi uzayobera mubuhanuzi.Ibyo uvuga ,,,,ntabgo bizabura kuko turi mubihe byimperuka kandi satani ntabgo arajugunywa muri rwa rwobo,,,,,ese ko nta humure utanga! bimwe uravugisha ukuri ibindi nibitekelezo byawe,,,ushobora kuba waravangiwe ,,,pasteri wawe nagufashe kuko azakubazwa,,,,,cabugufi R.Chntl (ikicumi n'amaturo biveho )nah'ibindi uravgsha ukuri
Riziki WE uwiteka azakwihere ijuru ndarigusabiye gusa tugeze mubihe bibi pawuro yavuze
Amen Uri muri bya bihumbi birindwi bitarapfukamira bayari urakoze gutumikira Imana natwe tugiye gushyira mû bikorwa
Sha mukobwa was Kristo,uwaguha abandi bahanuzi batinyutse nkawe,Wenda ahari ibintu byarushyaho abantu bakumva ahari.!Gusa abakunzi b'umusaraba bakomeze bagusengere Imana ikomeze igutinyure,kuko uri kuvuga nka Elia kugihe cya Ahab ubwo yahagarikaga imvura, agatinyuka ntatinye Ahab.Komera komera,kandi Imana igushyigikire.
Nukuri Imana iguhe umugisha ku bw'irijambo yagushyize ku mutima ugejeje ku bantu batuye isi.
Imana iguhe umugisha
Ndagukunda mukobwa wa Yesu nukuri Yesu yaguhaye kuvuga nkawe ushize amanga
Komera Riziki,Ariko ayomavuta yaguhinduye uyareke,Kandi tuguteze amatwi Vuga Yesu neza Azaguhemba .
@swingimandevu8318
3 жыл бұрын
Ntabwo ari amavuta , kuko n'ikibambasi cy'inyuma yahariya yicaye harahindutse cyane
@MMathy116
3 жыл бұрын
Ntago Riziki yakwitukuza
Mvuze Amen. Irijyambo Amen nijyambo rikomeye ririmwo imbaraga iyo warivuze m'umwuka no m'ukuri . Bana Bimana muhaguruke mwoye kwicyara, muze tujye kumavi dusenge tutayi ryarya. Dufukame dusengere uyu Mwana w'Imana Riziki Chantal. Amajyambo avuga uwo adahindura azoce amenyako Isi imwasamiye. Ndumva agahinda kenshi k'umutima. Mfise vyishi navuga ariko ndumva ntashobora kubikwiza ahangaha kurubuga. Bana Bimana muze twihane. Ndavugango muze twihane nyakwihana. Kuko satani yaramaze gutambagira Isi nabayituyemo bose. Yesu ubahisha Umwana wawe nawe akubahishe. Amen.
Muraho mukozi w'Imana komera wicibwa intege nabagutuka iki nigihe cyo kuvugisha ukuri mubyimana siwowe uvuga n"Imana igukoreramo ukavuga.
Yesu aguhe umugisha kubwubutumwa ariko mbere ya byose turiho kubwimbabazi za Nyagasani . imbabazi zimana rero zihoraho .
Mukozi w'Imana urakoze cyane uraducyebuye nkaho nteranira ijambo ryose barisobanuramu ibyacumi na maturo kdi nukuri ntaho bihuriye nijambo yigishije
Hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah Amena Riziki mwiza yego rata eeeee urakoze kunkangura Imana ibahumugisha 🤲 mwinshi mwizina Rya Yesu
Riziki Ndagukunda cyane urabwiriza ngafashwa nukuri hari aho ngeze kubera inyigisho uduha.Imana igukomeze .amavuta amavuta.
Amahoro! Mukomeze mutubwire pe, ibi nibyo dukeneye mu minsi ya none. Iminsi turimo ni mibi, Umwami Mana adutabare!🙏
Ahwiiiiii .Imana iturengere.aka karirimbo kabafashe nkunda kumva amakuru yumurwa ,uri kure ................
.mbega ivyo haheze igihe batanga ntiboba barakoresheje ivyo?Erega cari igihe cuko bakura mububiko bagafasha abakene nabandi bagowe.kandi twari dukwiye kubanza tugasenga kugira tumenye neza ko ar'Imana yabimubwiye.Ayo mahera aragisibije ahatari hake Aho kubanza kwitwararika intama
Yesu azaguhemba kuko wabwirije mukuri. Imana nanjye indindire ubugingo kuko nanjye nshaka kuyikorera wese,inyambike imbaraga.
Inyigisho zawe zirafasha Imana iguhe umugisha
AMEN IMANA idutabare itugirire imbabazi kandi IMANA igukomeze mukobwa wa YESU ibyuvuga nukuri🙏🙏🙏
@lmanaiguheumugishaalice6614
3 жыл бұрын
Namasarigoma kbs
Amen . Komera Riziki. Yesu agushyigikire cyane👏👏👏🙏🙏Uranyubatse cyane. Kandi nongeye gutitizwa cyane nuko Uwiteka aje kudusura. 😨😱 Mbega azasanga nsa nte? ??Imana imbabarire ibyaha byanjye nibicimuro byooose. Mana nzi ko utabeshya. Uraje pe .Unyejeshe Ezobu ndera. Amaraso ya Kristo atubeho abashaka kuyubaha iteka ryose. Amen.
@theresakawera9794
3 жыл бұрын
Yesu nadutabare
Riziki imana yamahoro iguhe umugisha.uvugisha ukuri.shalom
Vugukuri Imana izagushigikira
Nibyo rwose insengero ziracyafunzwe sinawe wambere Imana ibicishijemo. Ko nifungura bizamenyekana.uramfasha cyanee mukozi wImana
Urakoze kubitangaza kumugaragaro kuko abasenga Imana byukuri barabiziko iyo nzara ihari kdi igiye kuza
Amen amen
Ubuhanuzi bwawe ndabwubaha ...Yesu aturengere cyanee
Wo kabyara we uzonjyere ubaze Imana niba ijwi ryayo ari ryo wumvise kuko aho nabashije gusoma Bibiriya nta na hamwe nigeze mbona Imana ibuza abantu gutanga icyacumi
@beneleop4272
3 жыл бұрын
Hhhhh
2abakorinto 9:7. Umuntu wese atange nk’uko abigambiriye mu mutima we, atinuba kandi adahatwa kuko Imana ikunda utanga anezerewe. Amina
Amen amen mukozi wimana uvuze neza kandi inyigisho ikwiye kwigisha abantu benshi
@mutuyimanaegide2187
3 жыл бұрын
Am
Yesu ndatsinzwe imana iturengere abari munzira nziza imana idukomeze imana iguhe umugisha mukozi w'Imana
@davidniyitegeka4561
3 жыл бұрын
Uri mu mwuka pe!
@nasijojo3314
3 жыл бұрын
@@davidniyitegeka4561 thank you
@nasijojo3314
3 жыл бұрын
@@davidniyitegeka4561 thank you
@davidniyitegeka4561
3 жыл бұрын
@@nasijojo3314 too you
Mukozi w'Imana ko ibintu uvuze bimeze nk'inzozi mperuka kurota?ayiwe grande vacances...reka dushake ubwami bw'Imana dukiranuke twandikishe imirimo kuko imbere si heza...ayiiii
Ndagukunda rwose ,umukobwa utagira ubwoba,uvugira Imana byukuri
Icyampa bakamenya ukuri bakumva ijwi ry 'Imana
Nukuri pe Imana iguhe umugisha
Riziki uvuze ukuli kuko nta mu Kristo utegetswe gutanga Icya cumi. Urukundo rwa Kristo Turi muli twe nirwo rudutangisha ku bw’umutima ukunze atari ku bw itegeko. Musome 2abakorinto 9:7
Ameeeen Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana ijambo ryawe rirampindura umutima wanj ndagkunda cane 🙏🙏 uhezagigwe na Dawe wa twese
Amen Haleluya hezagirwa nshuti yumusaraba.Yesu numwami.Arikungoma. Yakuzanye hagezepe.Imanikujimbere.Amen🙏🙏❤❤Imbaraga na mavuta
@mukazayireagnes4493
3 жыл бұрын
Yesu aguhe umuhisha
Babwire ibyo Bisambo Aho kugirango Barizwe N'umurimo w'imana Bararizwa Na Maturo
Uwiteka aguhe umugisha❤
Yesu ashimwe cyaneee Gutanga amaturo n'icyacumi ni itegeko ry'Imana ku mukristo wese w'ukuri rero ni ngombwa kandi nukuri kw'Ijambo ry'Imana ntana rimwe Imana izigera ibuza abantu gutanga amaturo cg 1/10 a Ahubwo gufasha nabyo ni umurimo ukwawo abakristo bakijijwe neza bakwiriye kwitaho ariko ntibikwiriye gusimbura amaturo cg 1/10 ahubwo byose bikwiriye gukorwa kandi neza!
Amena🙏🤷♂️❤️😍
Riziki uwiteka aguhire !!!nge haricyo mpindutseho Imana iguhe umugisha Amen
Ndagukurikira mukozi w' Imana. Unsengere nkizwe nere ns na sheregi kuko nacumuye ku Uwiteka.
@umutesipelagie7968
3 жыл бұрын
Ndumva ubwo wabimenye wapfukama ugasaba Imana imbabazi ukarushaho kuyishaka n'umwete wawe wose. Liziki yakubwirije ahasigaye ni ahawe n'Imana Nyr'ijuru.
Ndakwemera rwose, ariko ahaho ntabwo turi kujana, Ugenzure neza urebe niba nta vangirwa ririmo kuko icyacumi n'amaturo ntagihe bidatangwa, tugomba kubitanga tugafasha n'abakene ariko ntagisimbura ikindi
Mukozi w'Imana icyakumi mwaba mwarakizeho neza mukadusobanurira icyo aricyo. Kukonziko icyacumi nituro nogufasha ari ibintu bitandukaniye
Imana yicaye ku ntebe y'imbabazi kuko ibyo byose dukora wavuze atari imbabazi tuba twararimbutse , Imana ishimwe cyane kubw'ubutumwa yaguhaye ngo utuzanire
Murakoze Imana iguhe umugisha
Urakoze cane mukozi w'Imana Uranyubaka cane !! God bless u.
Imaniguhumugisha ducyeneye abavugabutumwa nkaba bavugukuri nubwo kurya benshi ariko barahirwa abumvububutumwa bagahinduka. Habwumugisha mukozi wlmana
Mukozi w'Imana, UWITEKA agukomereze amaboko
Riziki guma mo. Iki gihe ubutumwa nk'ubu abenshi ntibabushaka ariko kuri bamwe burakomeretsa ariko buranomora. Gusa Uwiteka uturengere pe!
Imana iguhe umugisha mwinshi utagabanije mukozi W'Imana ,humura ijuru riri kumwe nawe!! Ayo mabandi namasarigoma ntacyo azagutwara Imana iraje iyace.kandi Duken eye ubutumwa nkubu bw'iki gihe. Amen
imanaiguheumugisha
Imana ikwongere amavuta🙌ndagukundira ukuri kuri muri wewe hezagirwa ncuti yanje
Gumamo Imana yacu izaza ntizaceceka Ibyo nukuri rwose
Chantal, nkunda impuguro uduha.Nkwifurije kuzapfira mu Mwamu Yesu.
Niko kuri Imana ninziza kanadi abasenga Imana byukuri barabizi ntagushidikanya Imana igukomeze
Riziki abo bapaster Bari kuku gendaho
Imanidutabare kwer,
Urakoze cyane kudukangura imana ihabwe icyubahiro iguhe umujyisha
Urakoze mukozi w'Imana. Imana ikomeze ikwagure muri uyu murimo wayo.
IMANA IGUHE IMIGISHA
Riziki humura Imana ukorera irakuzi kdi izakurengera,rwose humura
Mana dutabare uduhe kuba hafi yubwiza bwawe kdi twihanire kureka .Amen
Ibyu vuzena rabirose ngirango nava Ngiwe byamaturo muntu yambajijemunzi ngo lcyacumi utanganikikingi rangonavangiwe
Riziki ndagukunda cane urigisha ngafashwa cane komerezaho
Ukonukuri
Muraho neza! Murakoze kutugezaho ubu butumwa ariko kdi muteje urujijo mubabakurikiye! Ese Imana irivuguruza mu byo ivuga? Ngo abantu ntibagatange amaturo kdi ntibagatange icyacumi?! Ibi ntabwo ari umwuka w'Imana wabivuga rwose! Njye nk'umukritso nemera icyo ijambo ry'Imana rivuga ko dukwiye gutura Imana amaturo kdi tugatanga imigabane ya kimwe mu icumi ishyitse! Nyamuneka mujye mugenzura ubutumwa mutanga mutazava aho muyobya abantu b'Imana! Ibikomeye byo bizakomeza kuza ariko abazi Imana bazakomera nibamara gukomera bakore iby'ubutwari!
@pacificmugiraneza598
3 жыл бұрын
1/10 cyabwirwaga bande muri bible? Ese ko mu isezerano rishya ntaho ugisanga? Ibyo bibazo ubyibaze kdi ubishakire igisubizo. Icyindi nakubwira nuko ugomba kumenya gutandukanya ubwirwa mu bible kuko hari ibyabwiwe Abanya Israel nkabaturage bicyo gihugu, nibibwirwa abanyamahanga ndetse nabizera.
@musekurajeandamascene7906
3 жыл бұрын
Kandi yavuze ko iki gihe atari icyabyo, Imana izongera itumenyeshe igihe
@mushimiyimanaaimee1227
3 жыл бұрын
Erega abatambyi ba kera babaga mu rusengero ntibahavaga.bityo batungwagwa nibya cumi namaturo niyo mpamvu byari ngombwa kubitanga. Ariko urebe abubu amaduka na V8 bagendamo.
IMANA iguhe umugisha ,utagabanije