Mukobwa mwiza ntihazagire umuhungu ugukangisha ko nimutaryamana azakwanga nakwanga azakwange azagende ntacyo uzaba uhombye.komera ku ntego wihaye ni byiza pe
abakobwa babaho munzozi bakabaho muri izo nzozi byagezaho bakageraho bagakanguka bagasanga baribeshye imyaka 10 yose nkuyu mukobwa wumvise ibintu avuga uhita wumva ko ari experienced in relationships are ralated things ariko araho aravuga ibinyoma gusa from 0 to z
@josephngendahimana497911 күн бұрын
Uzapfana ubwo busugi bwae dore ko niwanyu muriga!!!!
Пікірлер: 129
Abantu bakunda uyu mukobwa anyihere lies 😂❤❤❤ankandire no kwifoto twimenyanire ❤❤❤❤❤
@AffectionateCherryBlosso-ks8xn
11 күн бұрын
Hey chr
@SarahKayitesi
6 күн бұрын
Difelanse???Mbega pronunciation weee
Umujo twins mukuru ndahasesekaye rwose ❤❤
@UwamahoroTantine-dv3el
12 күн бұрын
Kbc ABA Jo tumenyane
Ase noneho wibagiwe kwambara ndagukunda ark wambaye nabi ❤
@user-ns7yg2vr5x
10 күн бұрын
Jya kwivuza amaso. Sukurwara ahubwo yarapfuye. Ubona ibyiza ukabyita ibibi😂😂 Pole sana
Dj flx ndakwemera ndumu diaspora. Tubigemose❤
Dj flex ❤❤ gusa noneho wambaye nabi
🎉ase nubundi kowambaye nkujyiye gusambana nubundi
@Munanachantal
11 күн бұрын
Ariko ntimugakabye!!
@HategekaJado
11 күн бұрын
Ntaho bihuriye kwambara no gusambana kbxa
@Elyse_royalqfam
9 күн бұрын
Kwambara ntibikagushuke
urinde ijambo ryawr gux you very smart❤❤❤
Aba jo twins murihe kwasabe
Ariko Sabin ko uyu mwana mwiza uri kumutera ubwoba ko azabura umugabo kuko yakomeye kubusugi bwe ngo abahungu bazajya bamwanga niyanga ko baryamana iyo umuntu akwanze kuko wanzeko muryamana uba uhomye iki koko?nonese muryamanye byo bimubuza kukwanga?Abakobwa bajye bashyira ku munzari bibaze bati umuhungu anyanze twamaze kiryamana,ananyanze tutaryamanye aho bimbabaza cyane ni ryari?
I like your vibes ❤
Sha flixxx urasha neza pee ndagukunda
I like you ss you have good attitude❤
Nanjye 2
Ujye wiha agaciro chr utukana cyane peuh
Sabin mwiza umez neza? I love you!!!
Ubwo wowe uraho bataraguswera sha!! Combona!!
Abahungu bi. ikigali baveho uze Nyamasheke Duce impaka
Aho ko aje kwi simbi uzogaruka bayiguteye.
Yesu weeee ndumiwe ukunt yambae ukwiye gusenga kuk ntaco wambariye😂😂😂😂😂
@HategekaJado
11 күн бұрын
Kwambara ntaho bihuriye nuburaya cg nimico mibi
@user-ns7yg2vr5x
10 күн бұрын
Ibyanyu mwambara birere se sinumvise abashumba babizamura bakabajomba ngo intoki mu bitsina😂😂😂 Baza wamuginga wonky isaro tv witemeraga kubi. Nahubundia reka umwana ajyane n igihe cye.wasanga wowe unashaje cg byaragucanze Uraho ugwiriran gusa😂
❤
Uyu mukobwa ndamwemera pe! Afite uburyo ajya atanga Inama kubandi bakobwa ark mbonye uko yambaye ndumirwa pe. Nagerageze yambare ibisa n'ubutumwa atanga.
Nduwambere like 👍
Mbaye uwambere like
Barakuriye barakumaze jyenda
@user-us9dr9np7w
12 күн бұрын
Arko waruhari urunva ukuntu ubishimangira
@user-ns7yg2vr5x
10 күн бұрын
Yaramuhaye se ahubwo🤷
Kandi ubwo wanasanga uyifite abakobwa baransetsa😂😂😂 ericenzo Tv narumiwe 🤔🤔 kbc
Mukobwa mwiza ntihazagire umuhungu ugukangisha ko nimutaryamana azakwanga nakwanga azakwange azagende ntacyo uzaba uhombye.komera ku ntego wihaye ni byiza pe
Uyu mukobwa nawe n'urwandiko😂😂😂
Imyambarire ngo itandukanye ni migirire, . Hhhhhhh 🤣 ntamva itwara inyanya
Icyangwe cyamantaro nicyo kikubera pe
ibyo niza 80 k zikuvugisha bawitonze ikiraka kibura naya me 2u se kuziruka
@user-we7gd7zu5b
12 күн бұрын
Ufite utugambo tubi
@NteziryayoPrisca
12 күн бұрын
Nonese ataratangira akazi yabagaho ate?ubu se abashomeri Bose ni abasambanyi?
@TurabumukizaTheogene
12 күн бұрын
None se ko muba mu mutega iminsi
Munshakire akagasujyi shaaaa 😂😂😂😂😂😂 ariko koko………
Wambaye nabi. Mujye mwambara mwikwije plz
Mbera umukazana sha
Wambaye nkakaraya
That boyfriend is here🖐️
ark abasenga twaragowe kweri kweri😅😅😅😅😅😅
Sha kwambara ubusa birakubereye ariko ubutaha uzaze wambaye agakariso gusa byakubera kurushaho🕺🕺
@alexisrivuzimana
11 күн бұрын
Hhhh
Ahubwo c ubaye witwa ryazina ngo isugi muri kgl!!😢wibeshya abantu.iwanyu niba baroga turabyemeye uriyo.
Aha niho bipfira rero 😅😅, nonese niba besto wawe, aba akubaza, niba wariye, goodnight, goodmorning , akubwira ko wambaye neza, nutundi tugambo turyoheye amatwi nkutwo, iyo afite namafaranga sasa,... Biba biranjyiye kuri boyfriend wawe kuko ntuba ucyimwitayeho kuko nibyo akubwira twatugambo twa besto , boyfriend ajya kutuvuga waraduhase , eeeih ngayo nguko nuko aba besto basenya za relationship vremaint😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
Cyokora murasebanya ikiranga isugi niki imyambarire nimivugire bitandukanye nibyo mutekereza
Ahahahahaha ati umubiri ukurya wawushwaratuye akakana nikeza kbs uzakomexe wifate rata mukobwa mwiza
Kano kana ni keza uwakampa nkakarongora byogutera ivi .incui mama umubiri wo gushinga ivi urandiye rwose
@user-hy7ly7ml7s
12 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂Ahwiiiiiiii
@nteziyaremyefrederic8727
12 күн бұрын
Uwamuguha se , tangira uhinge urebeko byazavamo kbs
@alexisrivuzimana
11 күн бұрын
Hhhh uzi kusetsa
@AZTIPS
7 күн бұрын
Ubwo wawushimye
Noneho yibagiwe kwambara😂😂😂😂😂😂😂
Jya uvuga uziga
😂😂😂nashake uzabireke
Ubwo uziko ako gapira washyizemo kazakurinda uragowe tu
Ariko ivyo uvuga ntabwo bijanye n inyambaro wambaye. Erega wambaye ubusa uriha agaciro cane uhindure n ingene wambara bijanye nivyo uvuga
Eeeeh, uyumwana nakundaga ibiganiro bye ariko noneho aracyishe kubera imyambarire mibi 🤦♀️🤦♀️🤦♀️
❤❤
Uyu mutinganyic yihinduye
❤❤❤
Arko ubwo Uzi abatipe bazareba iyi video baraku......ukuntu bizabasetsa?
Najyane numunyu se yimanaga😂😂.
Toka Nyabingi rekura uyu mwana mw Izina rya Yesu.yewe nshuti! Yesu argukunda kizwa kuko n to uzabwira Imana ko wari ufite umubiri mwiza
@user-ns7yg2vr5x
10 күн бұрын
Ariko warugoryi we, urarogotwa ibiki?? Nyabingi umuzanye Ute? Ubwo rero uzanye bwa bugoryi ngo urasenga😂😂 Kandi nimba na nyabingi ituma umuntu aba mwiza gutya ntacyo itwaye. Kuko njya mbona abarokore basa nk,inkura Kandi bafite yesu 😂
@user-ns7yg2vr5x
10 күн бұрын
Saba nyabingi nawe uzagire ubwiza ahubwo burusha uyu
Besto atoba amata mubirinde.
Si nagucira urubanza ko usambana gusa no kuba wambara guryo birutwa no kubikora kuko abo ugusha kubera iyo myambarire nibeshi Kandi ivyo niba witwa ko ukijijwe ukambara urtyo rwose ntaho uhagaze kuba wanitse ubwo butako hanze ukwiye konjyera ukajya imbere y' Imana kuko ibirango bigaragaza icyo biranga icyari cyo nti mukaroge abantu
ma school mate flix ilike ur idears
-Uyo mwana akeneye agakiza
💖💖💖💖💖
Arko iyi nijipo or nokabutura iri sibara banyarwanda
mbaye uwambere mumbe tu like
Sha genda gake abasore banjye ba Kgl Ntibaryama Sha Tuza Bazakujomora Wumurwe mwa humura Singuteze uminsi Turabakurikiye From USA Texas
@user-qt8rt1vm7p
12 күн бұрын
Ubuho wabwigwa Niki kwatamazikiganiro bacabaja kumus....la
@NteziryayoPrisca
12 күн бұрын
Ikiza nuko ntawe bafata kungufu.ibintu abakobwa bivugisha ngo babashutse nanjye sinjya mbyumva kuko nabo baba bagurumanye babona bibyaye ingaruka bakabeshya
Ndakurahiye ntabusugi afise
Imyambarire itandukanye nimitekereze yanyu
Uravuga nkubwo bamaze pe ntasugi ugira ubugambo bingana gutyo
Wabona nuwigize agahungu ntiyishushanye nindaya.
Wanga kubikora kuko utinya ko bakwanga? Nty wiyizeye
Mbese ucyeneye ruhurumutima
Sabin uzamumbwirire azifatire umujama wincutiye witwa mussa yujuje ibyo ashaka kuri boyfriend 😂😂😂😂😂
Sabe uyu mwana ndamushaka plz
Komera ku busugi maze uzarebeko nta gukwa 3 cows humura Sabin ntagutere ubwo!
Sabin niba uwo mwana ari taya ri kbs mpa number ze mushyire mu mago niba ariseriye kubaka
Urikeza daaa umuntu yakunvahooo daaaa abahungu bajye ndabizeye kgli 😂😂😂😂
@josemukaneza7883
12 күн бұрын
😂😂😂😂😂 Ako ko kubizera Niko kabi 😂😂😂😂😂 Ahwiiiii
@NteziryayoPrisca
12 күн бұрын
Bizere bazagukoza isoni.ubu se agezaha badahari?iyo umuntu agambiriye ibyiza Imana ibana nawe izakimeze imurinde abagabo bibigoryi
Urishakira umugabo Sha Ako nagatiko
Wambaye nabi wamwanawe !!!!.urumunyarwand'ariko? Ntaburere wigezuhabwape.urambara nkindaya igiye kwicuruza koko? Warufite isura isaniyimfura ariko aho warerewe nuburere wahawe burakemangwa kabisa.ninde musore ushaka umugore wakwiteza? Ukome kabisa !!!!
Ba kadafi barakibona guma hamwe
Niba udashaka boyfriend umeze nkawe ukabije kwikunda mukobwa.geregeza uhinduke umure nkuwo ushaka bitabaye ibyo uzakururwa nicyo uricyo ndakurahiye.banza nawe wige gusenga
abakobwa babaho munzozi bakabaho muri izo nzozi byagezaho bakageraho bagakanguka bagasanga baribeshye imyaka 10 yose nkuyu mukobwa wumvise ibintu avuga uhita wumva ko ari experienced in relationships are ralated things ariko araho aravuga ibinyoma gusa from 0 to z
Uzapfana ubwo busugi bwae dore ko niwanyu muriga!!!!
Umukobwa wubwenge. Komeza mwana uzitunga
Nibateguterinda bagutera amabuye
Ushakagutuma abasore bashukura
Nitwa moses ntuye norway , mpasa nimero yuwo mukobwa tafadhari
Uwo musore ushaka rero ntabaho
Sabin hari ikintu utazi iyo umuntu atarakora sex kwifata biramworohera cyaneeee nta kigoye kirimo niyompamvu uyumwana ibyo avuga abizi.kwiha intego nibyo byambere mubuzima.kd iyo umuntu agambiriye ikintu kiza Imana iramushyigikira
Umukobw yiyubash ntahen arikwij kand isug ihirison ntabw itimyuk nkukw kwaw
Sabin bazagufunge nawe worora uburaya abo uba utumira nibwoko ki? Wagiye ubaha impanuro cyakora sinakurenganya uba ushaka views nayanda pe
uyu bamuteye inda byarangiye ibindi muzaba mumbwira
Wambaye nabi ariko
Utwo dushishi turi mugahanga hagati yibitsikye nimisekere birakyemangwa ko waba ukiri sugi gusa singuciriye urubanza ark ibyo nibatari camera ya isimbi nahubundi ntacyo ndikubona
Uri ki nka nyoko ntwajujya mu maguru kbx!!!!!
Rata ntago yagufata, twimenyanire
Keep yourself pure gold and precious stones are deep in the ground.fornication is for people who don't know God
Arko iby'uko uri isugi ntitubyanze pee arko imyambarire yae iratum tugukemanga pee biragoy k isugi yakambara uko nik mbyumva njye
@user-ns7yg2vr5x
10 күн бұрын
Burya se tuvuge ko aba Islam Ari amasugi cg imanzi kuko bamabara birebire😂 Nta mahuriro. Turabizamura tukabigeza mu mutwe u undi haga🔥🔥🔥
Witubeshya ngo ntiwakora sex utarashaka ibyo nagatwiko ubu wasanga umaze kubikora inshuro zitabarika
"ZERO" Content...!!!
Like back
Nta sugi ivuga nkawe chr nawe urabizi
@UwimanaBeata-yk1oc
12 күн бұрын
Ntibazisoma mu maso ariko nukuri 😮😮😮😮😮😮
@TurabumukizaTheogene
12 күн бұрын
@bernard ya raguhaye
@TrRb-bk7kn
11 күн бұрын
Ubusujyi bugaragarira no mu maso cyane cyane mugahanga NDETSE niminwa
I want number of this girl plz
❤❤❤