Nasanze ari BABULONI Ndasohoka: Ngibi IBINYOMA bya Kiliziya byatumye Indakarira - Bibiane Manishimwe
Ubuhamya bw'Umuhanzi Bibiane Manishimwe wamenyeka muri ndirimbo zirimo "Nyemerera Tudengane" mbere y'Uko asohoka muri Kiliziya amaze kubona ko ari Babuloni
_____
Join to get access to perks:
/ @itabaza
Click the following links to Subscribe to our Channels:
ITABAZA English: / @itabazaswahili
ITABAZA TV: / @itabaza
itabaza.rw/
WhatsApp Channel: bit.ly/3ZlNuOJ
WhatsApp Group: bit.ly/3YY75UX
Phone: +250 788 824 677
Contact Us:
Email: Info@itabaza.rw
Facebook: / itabaza.org
/ itabaazatv
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv
IG: / itabazatv
© 2024 ITABAZA. All Rights Reserved.
ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
#ITABAZA
#ItabazaTV
#ITABAZASermons
Пікірлер: 205
Reba indirimbo z'Umuhanzi Bibiane zahagaritswe na Kiliziya: bit.ly/3wbDqh2
Amen ndishimye intama zimana zirikumenya ukuri umucyo wa yesu ugumye ukumurikire natwe turisabjye
Imana izakomeza kugenda igaragaza ukuri maze ubwoko bwayo busohoke muri Babuloni. Iki nicyo gihe cyo kumvira Imana kuruta abantu. Kandi reka nshimire n'itabaza tv kuri ibi bihamya bihindura benshi. Imana ihabwe icyubahiro
Imana irakomeza gutanga umucyo Wayo! Byaba byiza buri wese agiye yiga Ijambo ry'Imana byimbitse kuko ukuri kose ni ho kuri ntabwo ukuri gutwawe na pastor cg Bishop cg Padiri. Oya twinjire mu Ijambo ry'Imana!
@urujenimireille8637
Ай бұрын
Tuzira kutigiramo ngo dutange igihe
@vedastehitimana2307
Ай бұрын
Nibyo rwose uvuze ukuri Uwiteka aguhe Imigisha!
Amen,Bibiane Imana iguhe umugisha, Umwuka wera agushoboze kuvuga ukuli kw,ijambo ry,Imana muri iki gihe gikomeye
Amen. Komera mukobwa w'Imana. Umwami Mana abane nawe cyane.
Nyemerera ngendane nawe mukiza ni indirimbo nziza , isengesho ryiza ntikazime , bayiplayinge pentecostal broadcasting Radio 🙏
Wawoo namukunze uwo ntaramumenya none ndamubonye, umwami amuhe umugisha,Kandi azamenya ukuri kd kuzamubatura.
Ntakindi Nakuvugaho Uretse Kukubwira ngo Amina Mushiki Wanjye Knd Komereza Aho Ngaho
Ni byiza cyane Mushiki wacu kuba waratangiye gushakisha ukuri. Ariko uzirikane ko ikara rimwe ridahisha inkono. Niwiga amategeko y'Imana aboneka mu gitabo cyo KUVA igice cya 20:1- (uzayatindeho)
Barababeshye cne kiliziya si ya papa cyangwa padri niya yezu kristo
Amen abantu Bose bagutege amatwi kuko kwiga ijambo niho Hari ukuri
jye nkurikiye Bibiane , ariko jye nkurikije ibyo avuga , ashobora kuba ataravuye mu kiriziya kubera ijambo ry'Imana ahubwo yarahavuye kubera itiku n'akavuyo kamuri mumutwe . Inshuro nyinshi iyo ubura kureba umutima wawe ukajya kureba ibyo abandi kurusha ibyawe birangira ucanganyukiwe ukabura amajyo n''amaza. Isi iragutegereje kurikira Mutesi na Claude , ejo uraje utubwire n;ibindi
Yooo disi ni umwuka wera wa gusanze , nanjye mbyambayeho njya kuvamo muri catholic , hari inyota numvaga mfite yo kumenya Imana Ku buryo njya no kuvamo nagiye mu misa ya nyuma yo gusezera eglise catholic , naragiye mu ba charismatic ariko nkumva wapi Nyagasani agushoboze muri uru rugendo watangiye 🙏🙏 yaravuze ngo iyo nzira izaba ari inzira yo kwezwa no gukiranuka , abagenzi naho baba abaswa ntibazayiyoba🎉🎉
@umurungafamilychoir9323
Ай бұрын
AMEN
@user-oi2tv9ec4x
Ай бұрын
Impuhwe z' Imana zigutabare . Kiriziya ya Yezu ntishobora kuyoba kuko iyobowe na Roho Mutagatifu. sekibi zose zivana abana b' Imana muri Kiriziya ya Yezu ,zikabaybya zipfukame munsi y' umusaraba wa Yezu zitangire ibihano ndabitegetse mu izina rya Yezu
@user-oi2tv9ec4x
Ай бұрын
Ubwenge bwa mun tu ntibushobora kwisobanurira ibyanditswe bitagatifu ,Roho Mutagatifu niwe utwigisha gusobanurwa amabanga y' Ima
@Pink.53
Ай бұрын
@@user-oi2tv9ec4x Ngaho Gira icyo utubwira kuri biriya bishushanyo mumfukamira, utubwire kubyabariya Bantu bapfuye mwiyambaza(abo mwita abatagatifu) Murakoze
Yesu ati mfite izindi ntama zitari izo murururugo nazo nkwiye kuzizana❤
@dianemunezero7489
Ай бұрын
Najewe Nico nagomba mvuge.nagende azogaruka kiriziya mawe wacu ni musigwa musangwa ni shetani igomba kumucikana naw ngo nivyo yubuye biruta kiliziya catholique.quiter l Église s est quiter jesus😊
@user-fw4oy1mk6u
Ай бұрын
Reka reka yamenye ukuri ava mubinyoma bya cathoric Yesu yamuzanye mumukumbi we ibishushanyo imigenzo byagipagani oya rwise
Wagize umugisha wo kumenya ukuri,ukuri ni ko kuzababatura. Gusa ukwiye kugira aho ubarizwa , ufite ihishurirwa rikomeye cyane.Imana iguhe umurongo ukwiye kubamo. Imana yo kwizerwa yaguhishuriye izaguha n'uko uhitamo.
❤❤❤ibyo rwose ni ko kuri kuzuye Ijambo ry Imana ni itabaza ry ibirenge byacu niryo rimurikira intambwe zacu muri urugendo turi kuganamo.
Bibi njye ndagukunda cyane kuruta uko ubitekereza nitwa evariste manishimwe umwami wacu yesu kristo nurukundo rwImanadata no gufashwa nu mwukawera bibanenamwe amen
@EtienneMaherezo
Ай бұрын
Yesu ATI nomuze kuri jewe mwese abarushe n'abaremerewe ndabaruhira.Imana igushoboze gutahura ukuri kw'ijambo ry'Imana ngo ube umwe wo mubusho bwiwe urusheho kwimbika mw'ijambo ryayo,mushiki wacu Impwemu y'Imana ikuyobore kandi igutahuze vyinshi vyimbitse ntuzisange ataho wavuye naho wafiye ari kimwe naho ntarumva iherezo ryiki kiganiro
Amen.Imana iratangaje pee!
Erega mureke abantu bisanzure mu myizerere.Gusa nuhindura itorero ntugasenye iryakureze rikagira aho rikugeza.Kwita Kiliziya Babuloni ndabifata nkintege nke cyane.Imana igufashe cyane.Shinga itorero niyo business igezweho.Good luck.
@jivamutua773
Ай бұрын
Nihatari kuva mu indini ukarisebya ni bibi
@user-ej5uy7tm6v
22 күн бұрын
@@jivamutua773 ntabwo Ari ukurisebya, kuko ni impamvu bamubazaga zatumye ava muri catholic!
Itabaza ndabashima cyane, kuko mutuzaniye mwene Data Bibiyane wahindukiriye Kristo n'ijambo rye
Gusenga bisaba guca bugufi ukumva icyo Imana ikubwira.Iyo wiyumva kurusha uko wumva Imana bisaba ko wafata pause ukisubiramo.Niyo Waba rwose Hari ibyo unenga ni uburenganzira bwawe.Ariko genda neza.Kiliziya ni imwe itunganye Gatolika Kandi ikomoka ku Ntumwa.
Warokoye ubwawe ugomba kurokora n'ubuzima bwabumvise indirimbo zawe,kandi Bibiana,namba ntibeshe, usenge cane kugira uhimbare Imana vy'ukuri n'umuryago wawe
Nanjye nari narakunze iyo ndirimbo ndetse ndayidaworodinga:None wamenye ukuri ---- Komera ushakashake ukuri Imana ijomeze ikumueikire ukweke mucho wise, tuzabane ibudapfa amen.
Byonyine subiza amaso inyuma urebe uko kiriziya yakureze ukaba umunyabwenge utyo satani abayarakumize bunguri none imbuto zikugaragaraho uri kuzihakana imana ikubabarire wamuhanziwe❤
@KarangiraJmv
18 күн бұрын
Muvandimwe,ntimukizirike kwidini cyane kuko nta dini narimwe rizajya mu ijuru gusa ndasabira buri wese ngo Roho Mutagatifu Abe ariwe ubayobora inzira nziza (respect everybody)
Ni umugisha ko wahishuriwe ibinyoma bya Babylon ndasaba Imana kuguha umucyo wose ukeneye kubwa Kristo wegitambo kizima
@kayirangaevaristeofficial9637
Ай бұрын
Mushikiwacu arimoneza nakomrezaho atubwire ibyizira yubugingo
Kuvuga Bikiramariya cyane ,kuruta Yesu n' Imana Datawatwese nabyo numvaga binteye confusion
@ndayishimiyeprosper1671
Ай бұрын
Hhhh Ariko ko ubeshya BMARIYA avugwa kurusha Umwana We koko. Misa ,Amasengesho ya KILIZIYA ni Yezu Uvugwa cyane. Hanyuma Kumuvana mukanwa burundu s nibyo biguhesha amahoro.
@chantalrugira5590
27 күн бұрын
Muribeshya cyane! Uzakurikire neza Rozaro(ishapure) muvuga ngo tuba dusenga Bikiramariya, tuba duhimbaza ubuzima bwa Yezu kuva k'ugusamwa kwe,ubuzima bwe bwose, kugeza k'ukuzuka kwe!
@ndayishimiyeprosper1671
27 күн бұрын
@@chantalrugira5590Muvandi. Si no kugera ku kuzuka kwe gusa pe,EJO nibwo natekereje ROZARI YOSE numva bimbereye bishya.Ni Ubuzima bukomeza, agasubira mu ijuru,Akaduha Roho Mutagatifu ataretse no gukomeza kubana natwe aha ku isi, Akakira UMUBYEYI We Bikilamariya hamwe n'Umubiri We na Roho Ye Nyuma y'ipfa rye,Akimakaza mu ijuru Uwo MUBYEYI w'Imana nk'Umwamikazi n'Umugabekazi w'ijuru n'isi. Sinzasubira kuba UW UNDI Never and Never.
@ndayishimiyeprosper1671
27 күн бұрын
@@chantalrugira5590baribeshya kbsa
Ndagukunze cyane Imana iguhe umugisha Mwuka Wera akomeze akumurikire
Imana ibahe imigisha myinshi.
Uwiteka agukomereze mu nzira Ifunganye wahisemo❤
Wamaze gusobanukirwa muvandi, rwose ibinyoma ni byinshi, ahubwo uzabasobanurire itorero ni, idini Aho bitandukanira,kuko kristu Yezu yatangije itorero maze idini riramwica,bityo iyo ubaye mu idini cyane Yezu arapfa muri wowe,kdi nimumenya ukuri kuzabaha kwigenga
Nanjye biriya bishushanyo twabyikubitaga imbere ariko nkumva umutima ntitwemeranya
Wanze Nyirubutungane uzasanga Dady! Urarwana n'ibijyanye na organization/structure ya Eglise uzabisanga n'ahandi. Ikiza n'uko uvuga ko ijambo kiriziya yigisha ariryo. Ibyo kudashaka ubihitamo mbere ukabyemera ntawashatse uhatirwa kureka urugo ngo abe Padiri
@kaligirwamarieclaire7239
Ай бұрын
Uyunguyu ntacyo azi! Azisanga yagarutse ahubwo
@user-ns7yg2vr5x
Ай бұрын
Ubu agiye kuyazenguruka yoseeeee😂😂 Ubundi abure narimwe yiyicarire
@mukundenteclaudine8646
Ай бұрын
Asange abarota bugacya babaye ba profete. Niba nabandi mbona babanza bakiga ariko azange ba papa King
@KarangiraJmv
18 күн бұрын
Ubwo mwita nyirubutungane se ntaherutse kuvuga ko abatinganyi bagomba guheshwa umugisha
Imana itubabarire
Mushiki wacu ibyo nukuri ariko Niba warasohotse muri kiliziya ukajya murindi dini ntacyo bimaze kuko Roma ntiriyo yonyine nabakobwa bayo barikumwe .usenge Kandi Imana ikoyobora mwi torero ryayo ube nawe umugeni WA christo .Imisatsi rwose komerezaho kuko ntamugore ugomba kwiyogoshesha .Imana igufashe Kandi ikuyobore kumubatizo nyawo ariwo Mwizina ry'umwami Yesu christo Atari mubutatu
@michelsadiki9228
Ай бұрын
MATAYO 28 : 19( Nuko mugende muhindure abantu bo mu mahanga yose abigishwa, mubabatiza mu izina rya Data wa twese n'Umwana n'Umwuka wera.) Itonde ugenzure neza Umwanzi atakuyobya.
@michelsadiki9228
Ай бұрын
MATAYO 28 : 19( Nuko mugende muhindure abantu bo mu mahanga yose abigishwa, mubabatiza mu izina rya Data wa twese n'Umwana n'Umwuka wera.) Itonde ugenzure neza Umwanzi atakuyobya.
Yego rata uri mu itorero ry'Imana riboneka mu ibyahishuwe 12:17
Ririya ni isengesho imana yarakwihishuriye kandi yarakwemereye muzagendana turagukunze imana iguhe umugisha
Bibiane uzasome igitabo INTAMBARA IKOMEYE,wige iba padri MARITIN Luther,yitandukanya na ROMA intambara yarwanye izakwijyisha byinshi,natwe twari ABA Catholic,tuyoboka ukuri kwa bible Kandi bibiriya yonyine.umwami abakomeze nukuri ❤
@Mayangeeloi
Ай бұрын
Umuntu yo kironka gute?
@EmilienneIradukunda-lf4vb
3 күн бұрын
Uzabwire abadventiste bakiguhe nubuntu@@Mayangeeloi
Ububasha bwa yesu ,mwuka wera na witeka ndaburimbuye mbwohejeje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Amen
Mukiri abana mwaramizwaga amata none iyumuntu amaze gukura arya ibyokurya bikomeye
Bibiane Hali ababaye inkone kubera ijambo ry Imana uzagende neza nta gusebanya
Imana ibahe umugisha ku bw'iki kiganiro cyiza.
Ahubwo wajyanywe no gusebanya ntabwo wagiye kwigisha ijambo ry, Imana
Guhindura idini niuburenganzira bwawe , ariko wigira idini ushyira mumajwi, kuko nirindi winjiyemo niwiha kureba I bitari ngombwa uzabona byinshi rero ,ubwo wagize amahirwe noneho ikaba uri ahowahisemo senga Imana ibindi ubyihorere kuko nubwo wamenye ukuri ariko catorika yarakureze iragukuza.
Yoooo lmana iguhe umugisha❤❤❤❤
Hari iyobera kuri bene abo binjiye cyane bagahinduka ibigusha kubihay,lmana ,birangira nagiye.
Yesu ahamagara mu buryo bwe,abafana ugiye nubona ni abaguhamagarira to join their churches ariko uzahore uzirikana ka wamenye ukuri kubwo kwiyigira Ijambo ry'Imana.Rero uzakomeze kwejesha umutima wawe kumvira ukuri,uve inyuma y'abanyamadini.
Mungu azidikuongoza hadinyumbani
Mu Isezerano Rishya Turimo ntawe Imana igihora ibisekuruza bye ahubwo icyaha ni gatozi. Yeremiya 31,29_30. 2 Abakorinto 5,15_17.
Bibiane niba aho Ari ariho hamuhesheje amahoro, cg akaba ariho yoshimiye . Nakomerezaho.
Ni ukuri Uhoraho Abe Ari we ukomeza kuguha urumuri iteka Kandi Yesu kristo agukomereze intambwe
Uyu mubyeyi njye ndamwikundira mbona amaze nka Clarisse ujya abwiriza kuri Ayalon no kuri Ahava!
Komerera mu ijambo , courage
Ububasha bwa sekibi bwagukuye muri Kiliziya ndaburimbuye mbwohejeje munyenga yirimbukiro mu izina rya Nyagasani Yezu Kristu
Roho Mutagatifu akumurikire ahugure ubwenge bwawe arimbure ububasha n ibinyoma bya sekibi byuzuye muri iki kiganiro. sekibi ziyobya abana b Imana nzirimbuje UKWEMERA kwa KILIZIYA GATORIKA NTAGATIFU yashinzwe na YEZU KRISTU ku ntumwa ze cumin,ebyiri .
Komeza inzira watangiye wicika intege
Kiliziya sibyo yamurinze yarinzwe n' IMANA muhindure imyumvire
Wakwigishije ijambo ry'Imana ukareka Kliziya? Nutiga kureba ibyawe uzahora wigira intyoza. Ukwemera ni uku muntu ku giti cye.
Uwiteka wakuyoboye agukomeze muzabane by'iteka ndanezerewe kubwawe
Umwanzi yaragushutse senga cyane.
@dianemunezero7489
Ай бұрын
Cane arateye ubwoba aragow
Abantu be gukomeza kwitiranya idini n'itorero ry'Imana ,nibashakashake ukuri dore ko ari yo nshingano y'ibanze kandi yihutirwa kuri buri wese.
Yesu ati mfite ni zindi ntama,.... Ndafashijwe
Utaye igitambo cy'ukaristiya akitandukanya na Penetensiya aba yihakanye Yezu Kandi ishami ritari kugiti riruma! Bene ayo mashami barayasakuma bakayata mu muriro agashya!
@NteziryayoPrisca
Ай бұрын
😂😂😂
@Jdmcs19-81
Ай бұрын
Uri gutera ubwoba umu martyr se! Ibyo uvuze uramutse ubikoze udafite urukundo se byagenda gute?
@ntaganzwainnocent5971
Ай бұрын
Singizwa Nyagasani Yezu undinde kutazakwihakana no kwitandikanya nawe bibaho mumasakaramentu yawe matagatifu
@dianemunezero7489
Ай бұрын
Cane
@uwiragiyejean6570
Ай бұрын
Ibyo uyu mubyeyi avuga nukuri pe nanjye nkavuyemo nzakomezwa muricyo cyumweru kuko kumuntu ujijutse usoma udasomerwa urabyibonera ibishushanyo birasengwa Kandi bibiriya ivugako ababyikubita imbere bazahwana nabyo kandingo bigira amaso ntibibona bigira amatwi ntibyumva bigira amazuru ntibihumurirwa•••••••••
Ikiganiro cyiza rwose
Igenzure,igenzure abaririmbyi niko mwabaye umeze nkigishwi cyataye icyari cyacyo
Wazavuyemo x gaturika niyo izaguha ijuru ihute sohoka
Garukira Imana inzira zikigendwa!!!
@intekerezo2023
Ай бұрын
None se ari Kwa Shitani?Vuga UTI:garukira idini naho Imana yo baragumana
Komeza iyo nzira.umwami mana agushoboze
Ndumiwe koko!
Uzashyira umenye ibigukoreramo ibyo aribyo. Sinakurenganya nawe si wowe.
Yoo sister Bibiyana nsanze wajanywe n'utuntu tudafadika, uri kubona ko bikugora gusubiza :1 toza umwana inzira nziza na 2.ihitiremwo ikindi cakugoye ni gushaka kandi hakaba n'umurongo wa Bible uvuga ko hari ababiretse kubera ubwami bw'Imana. Uwakubaza yakubwiye ko Paulo yavuze ko kudashaka biruta ,navyo ni Bible reka gucritiqua ababihisemwo,babihamagariwe.Ikosa mukora mugenda mudasezeye, mudasobanuje. Ariko kandi ndagutahura aho hanze baraguha umurongo wa Bible umwe ukibaza ko ari ukuri kwose kandi baguhishije uwundi murongo, vyiza wari kugaruka kubaza.Ariko ntakibazo, tuzokwigisha ukuru kw' Ijambo ry'Imana nk'uwutigeze akumenya. Ese Bibiyana, tu as la Bible: "...comprends-tu ce que tu lis?"(Act 8,30)
URUGENDO RWIZA MUVANDIMWE BIBIANE. GUSA HUGURA ABANTU KU IJAMBO RY'IMANA NAHO IBY'AMADINI N'AMATORERO UBYIHORERE KUKO NTIBIZAKUGEZA MU IJURU
Abazi gusenga bagusengere ah'ubwo. Sekibi yabonye intera imaze kugeraho akugera amajanja, iraje ikujanjagure.
Sis courage amadini ni babuloni abatarabibona baraje babibone.Catholicians please mureke kumutera amabuye kuko bibiliya ntagatifu ubwayo turayemera ahubwo tuyisome neza turasanga ibyo amadini yose akora bihabanye nibirimo ikindi muraje mubibonere neza muli Abrahamic family house,huuummmm benedata tube masoo
Izi ndirimbo ibyaribyo byose ufite amarangamutima. Nyemereta ngendane nawe , sigitangaza wsririmbaga kubera ibibazo byari byakurinze. Inama iruta izundi" wowe igisha ibyubugingo, naho uratinda kubapadiri na kiriziya, knd ntabwo aribyo uzabazwa. Uzabazwa imirimo myiza wakoze 😊
@giramataclaire5564
Ай бұрын
Urakoze kumuhugura! Arigutinda kuri kiriziya. Ijambo ry'Imana ritubwirako buriwese agomba kuba uwejejwe aho ariho hose !
Ubuyobe ndabutwitse mu Izina rya Kristu Umwami.
Nzagukuramo umutima umeze nk'ibuye... ushaka wese yakomrza inikurikira! Bibiane niyimenye we n'ibikomere bye n'umutwaro we ntakanurire uwabandi ahubwo amenye Uwiteka Imana yambwihoshuriye areke propaganda na views ! Wambonye cg babina inyuma siwe w'imbere!
Amen 🙏🙏
Ese ababyeyi bawe ntibagukingije uri uruhinja? Ntibakugaburiye? Ko batategereje ngo ukure uzabyikorere?
Oya hari amagambo Bibiliya ntagatifu yakuye muri Bibiliya nusoma muri Matayo aho Yesu yogishije abigishwa gusenga urasanga hari amagambo Kandi akomeye bakuyemo
@gskijojo3497
Ай бұрын
WARAGOWE PE
Ujye wunva kd wunvire rata
Urababaje kd uragow
Kristu niba umwemera yacyebwe yahisemo ? Uritonde utazayoga nabi.
Nyagasani nijambo ry icyubahiro bahaga abami bu Rwanda bagira bari nyagasani gira lmana ningoma namashyo muvandimwe
Bibiane mbona nubundi warakagoryi
Niba aho wagiye warabonyeyo ukuri nyako urahirwa. Komereza aho, kimwe nuko naho wahasanga ibindi .
Yooo impano yawe ntikazime , nkurikije ubuhanga bwawe and your character n' inyota ufite y' iby' Imana uzibere umuririmbyi wa chorale Hoziana ADEPR Nyarugenge abantu bakuze mu ijambo ry' Imana bakagufata bakaguheka 🙏🙏 ahantu haba ijambo mu byukuri
@ukunzwenimanaolivier3284
Ай бұрын
😂😂😂😂 ntaho yaba avuye nta naho yaba agiye kuko icyumweru ubwacyo na noheli ndetse na pasika byizihizwa uyu munsi byose nibihimbano bya kiliziya rero naho barabigira ijambo ry'Imana rizamuyobore
@NteziryayoPrisca
Ай бұрын
Ukaba umurangiye idini rero😂
Ni nyir'icyubahiro nyine!!
Ubuse nkwibarize ko umwana avuka ukamwita amazina ? Wagiye urindira agakura akiyita? Iyo ugiye kumubyara se bwo mubamwabiguyeho inama ati ndemerako mvukira kuri ma nkawe? Vuga icyo wapfuye nabo cyukuri we gusebanya? Vuga uti banyimye cash zibihangano zanjye nashakaga naho ibindi ni amateshwa
Uzajye ureka gutesha agaciro ibintu by'abandi. Ubwo numara kubireka uzishingire iryawe torero ujyaneyo nindirimbo zawe. Akabuzubuguzi gasubirana nyirako.
ahatari babuloni ni he se wa!
Ufite ikibazo gikomeye cyaneee kuko IMANA ISHOBORA BYOSE NIYO YONYINE IZACIRA ABANTU IMANZA. Mukore atansiyo bantu mucira abandi imanza kuko ntamutagatifu ubaho kurino si. QUE DIEU VOUS PROTÈGE ET VOUS BÉNISSE. Amen Amen 🙏🙏🙏
Sha waretse guse bya ibyo mu rugo iwanyu ,ukibuka ko wahakuriye uhakunze unahakunzwe
Bibiane uwibwira ko ahagaze aritonde utagwa wabonye gusebya kiliziya Gatolika aribyo bizaguha veiws nyinshi nubundi hatandukana abakundanye koko iyo ndirimbo iragaragaza ko wari ufite aho ugeze mu bukristu none n'ibyo byawe waravangiwe !!!!
None ko ijambo ry'Imana rivuga ibyo guteranira hamwe,gutura,icyacumi,umubatizo uzabihuza Ute nokutagira idini ubarizwamo? Urazirikana se ko na Yezu yari mwidini y'abayuda akaba ariho asohoreza ibyo byose kabobe nubwo yari fite bimwe yayinengaga?
Bibiyane ufite ubwengebwijuru komerezaho
@ntaganzwainnocent5971
Ай бұрын
Yewe ntabwo agira hari ibimukoreramo
Mubona mutari injiji bibiane ko ntawakubujije gusenjyera aho ushaka urarwana Niki? Kriziya ubana Kako wowe wananiwe n'umunwa wawe ushobora kuyisenya niyo wazura Ruteru mugafatanya ko mutayinyeganyeza ubura kubyuka ushaka ibirayi byabana ikirirwa mubucucu nkubwo Kriziya uyishakaho iki? Simbitindaho uri igicucu ujye ujyenda wiyumva ko uricyo
Iryo torero Riba mu kirerese Mada?cyangwa ni kuri Chanel yanyu?
Ubu,asengerahe.