NARI NANZE KUBIVUGA ARIKO NDAGARUTSE|wa muzungukazi yandikiye umurenge ibaruwa|KAYAGA avuze BYOSE
Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Пікірлер: 217
Kanda hano urebe video ye nshya: kzread.info/dash/bejne/aGuK1pOolbzLh7w.html
@lxllxl7783
2 жыл бұрын
Nibakuveko sha,wavuz'ukuri gukwiye !!!Jewe niyo mba,nijewe nitekera,nikoroper'inzu,niyogerez'ivyombo,nisasira nkigororer'impunzu,kand'i Burundi nari mfis'abakozi bakora vyose !!!Ntabwo wababesheye nivyo tubamwo !!!Gusa biravuna mu minsi ya mbere,ariko urabimenyera bigateba bikab'ubuzima bwiza !!!
@highttvtec2585
Жыл бұрын
Turii kkumwe
Nyamara kayaga Niki ko twese tuziranye,abantu baba mubazungu,avuga kitaricyo nikihe? Muriyemera mujye muvugisha ukuri !!! That is Really a story 👆 kayaga courage uzubake,rugume urwa kabiri!!
Uyu mugabo ibyo avuga kuva ku ijambo rya mbere kugera ku ryanyuma ni ukuri ntacyo yabeshye.
nyamara ibyo avuga ni ukuri! abagabo bashaka kuza hanze! take a note. thanks for your advice
Rwose njye ndahaba ntacyo yabeshye :niwe wenyine uvugishije ukuri abandi barabeshya !! Gusa har ikiruta byose iwacu tutagira :liberté et la vraie démocratie !!!! Ibikarito byo turabyikorera gusa liberté d expression 👍🙏👌
@indebakuresetu5203
2 жыл бұрын
Arega namafaranga abarimeshi
100% ukuri being a Rasta man is speaking the truth, ma bro You a real Rasta man.gusa ahali nuko atabisibanuye neza hano ntabakozi Bo murugo bahaba sinahahandi ujya gusiga umwana wawe hamwe nueumuturanyi kdi ukihagera nkuko yabivuze ubanza kwiruka mubyangombwa cg ukiga nururimi none ko muba mugomba kwishyura ikode ryinzu kdi hano sihanwe wishyura ukererewe biba biri automatic na Compte yawe so mufite umwana umugire yagiye kukazi : bagabo bavandimwe ubwo umwana niyituma 8h umugore ataha 16h uzategereza atahe abikore? …. Nibyinshi gusa ndakeka Rasta atarasobanuye akoresheje ingero ziri clear nahubundi ibyo yavuze ntaho yabeshye .Any way bajye bavugisha ukuri uza ufite UNI bakagusubiza mubyo nakwita secondaire……. Nibyinshi kdi nimvune nkazimwe za Tom Close
Very wise words from this man. I enjoyed listening to this! God bless you🙏
Iburayi haba discipline ya cyane.. Itegeko ni itegeko.. Iyo utiteguye kurikurikiza Ubuzima bwawe burangirika rwose....
Uyu mugabo ntacyo abeshya pe Nanjye mfite icyo nabivugaho(par mon expérience) Ndagushimiye Ras Kayaga kw'ubwubuhamya bwawe. Imana ikomeze ikwagure
@run584
2 жыл бұрын
Kandi aho byamugoreye ni uko atahakuriye. Yaje akuze
Sabin Imana Ishimwe ko utugaruriye Kayaga njye naramukunze cyane ndaje murebe nitonze
Gushaka umunyamahanga no kwinjira muri system nyamahanga c'est deux choses differentes!! Kayaga afite raison!! Ibyo tubamo ntitubivuga ariko birakomeye(as woman)
@run584
2 жыл бұрын
Yewe na couple y abanyarwanda ntibiba byiroshye kubaho kinyarwanda muri système y amahanga
@ibambe6565
2 жыл бұрын
@@run584 yego Sha ntabwo biba byoroshye kuko Hari igihe usanga umugabo ashaka kubaho nkuri muri Africa kdi bidashoboka
@run584
2 жыл бұрын
@@ibambe6565 ntibikunda pe!
Salut Maguru ukuri nuko. Kuambiliwakunauongo uje ukajionee. Urumugabo.🤗🌻
Dufite ikibazo gikomeye cyne abagabo b' abanyarwanda bitondere kujya hanze Kuko mu muco no mu mutwe wabo bakuze babona nta mugabo ukora imirimo yo mu rugo (kandi rwose ntitwabarenganya ni wo muco wa kinyarda) . Ikibazo gikomeye rero kirimo n'uko bishimira kujya iburayi ariko ntibabaze neza imibereho yaho ngo babwirwe neza ko nta bakozi bo mu rugo bahaba.Ibyo bituma ahagera umugore yamubwira ko byose babifatanya ngaho koza ibyombo ,gukoropa ,guteka no guhindura pempers y'umwana(Kuko ari papa wamusigaranye nyina yagiye ku kazi), n'uko umuhungu w'umunyarda akagwa mu Kantu ati ingare y'umugore iransuzuguye🤣🤣🤣🤣🤣kandi rwose ntimurenganye uyu mugabo aguye aho atari yiteguye. Inama natanga:mwokabyara mwe ,basaza bacu nimureke kujya i burayi munyuze mu nzira ya mariage niba mutiteguye kuzafatanya n'abagore imirimo yo murugo. Kuko hari ingo nyinshi zabishoboye rwose kandi nta kibazo na kimwe bagira bitewe n'uko babyumva neza ko umugore atakora akazi k'umushara k'iburayi ngo ahindukire akore n'ako mu rugo wenyine byaba ari n'ubugome bikabije yazaturika umugongo. N'ukuri ntabwo ndwanyije uyu mugabo utanze ubuhamya bwe sinzi n'ikibazo cye neza natangaga inama muri rusange ku bashaka kujyayo basanzeyo abagore. Murakoze
@run584
2 жыл бұрын
Tout a tout résumé ! Iyo aza kugera ino Atari kuri mariage expérience yari kuba indi. Uvuga ko abeshya zinzi aho aba
@kaginathimothe4077
2 жыл бұрын
Ntago kuba umugabo yakora imirimo yo murugo mugihe yahasigaye ntakazi afite ntakibazo kirimo abantu nugufatanya
@chrischris7302
2 жыл бұрын
well said
@SunShine-rq9yy
2 жыл бұрын
Erega abantu bakagombye kwivanamo ibyo bakuriyemo mu gihe bageze mu mahanga bakiga kuba muri système bagiyemo. N'abagore hari ibyo batakoraga bakora. Tugomba kuva mu miteto rwose ntawe koza isahane cg guteka byishe ngo kuko ari umugabo kandi tuzi neza ko aba chef cuisinier benshi bakomeye ari abagabo. Ubu se nta mugore ufatanya n'umugabo gusiga irangi cg ku monta akabati?
@run584
2 жыл бұрын
@@SunShine-rq9yy njye Mr niwe uteka kandi ateka neza cyane. No kwita ku umwana usanga afite patience iyo birirwanye. Nanjye nkora byose niba imodoka yanjye ifite ikibazo sintegereza ko ariwe ugikemura...
Ariko simbona icyo ubeshya. Ahubwo ngirango uba wabavugiye ibintu !
@antoinettempaimana2724
2 жыл бұрын
Banka nti bavuge ubuzima babayenwo sabin nanje unyitege ndaje ndaguhe amateka yino peeeeee🇸🇦🤔🤔🤔🤔
@emuw2916
2 жыл бұрын
@@antoinettempaimana2724 abantu banga ukuri pe! Occident ntabwo ari paradizo. Tuza gushaka imibereho ariko mbere yo kubigeraho ( na nyuma d’ailleurs) ni ibikomeye. Ahubwo twanditse ibitabo bibliothèques ntizaboneka 😃
Ibyo avuga nukuri , hano i burayi, buri muntu wese yikorera imirimo. Abagira abakozi ni abaherwe babandi bafite inganda cyangwa company zikomeye. Iyo ushaka ugufasha ,ushobora gufata umukozi for 2 hours or 3 hours
Uri umunyakuri rata nta bucakura ufite, abagusebya ni abafite ibyo bahishe cyangwa bigaragaza uko batari. Nabyo ni ubundi buryo bwibikomere. Ibto avuga byose ni ukuri kuzuye niko ibyaho biri !!
Abasungukazi nabanebwe ntibakunda gukori mirimoyo munzu bagirumwanda cyane
Uyumugabo avyo avuga nukuri nibwobuzima bwacu kuko ntabwo umugore yaja kukazi ugasigarana nabana ngo utegereze umugore ngo niwe iributeke agarutse ck asukure abana uruko atashe kandi abarushe.
Maguru naranwikundiye his so humble 👍
Rasta kayaga ndabona ASA nkumunyamahoro cg uri innocent naramwikundiye wena wamugore ngo ni odette
@antoinettempaimana2724
2 жыл бұрын
Ego nanje kwel bavugisha ukuri
Muzi kuzamura amatiku.abafite ibibazo nibenshi ninaha birahari cyane.mungo 10 ebyeri zimeze gutyo ndetse barara mubikoni
@JeanMarieRPayne
2 жыл бұрын
🤓
🤣🤣🤣 rasta aransekeje pe…. Ngo umugabo niwe basohora hanze……. Kuko niwe afite imbaraga zoguhangana nimbeho.!!
Sha ibyuvuga nukuri ariko abagore babirabura nimubarenganye abagabo babirabura nibokibazo 70/100 batamenya kubuzima bubabuhindutse atarimurafrika mubamwahariye abayaya nababoyi kandi iburayi batabayo il faut komufashanya
Ibyo avuga byose nibyo ntago abeshya iburayi imirimo yose murayifatanya
Every one here should know that there is always two sides to every story
@niwenshutialine8307
2 жыл бұрын
Exactly
@CM-gh3jy
2 жыл бұрын
Absolutely yes kuko uyu ariwe uhora hano undi nawe aje niho wakumva ko film yasobanuwe na younger
Yewe nihangane cyane Uwo muzungukazi ndamuzi ni akaga sumuntu mwiza nagato turaturanye arakabura inka gusa
Kayaga kuri iyi nshuro urasa neza cyaneeee.....Home is the best kweli 👍👍👍👍👍💖💖💖💖💖Jah bless
Nibareke kwiyemera niko bimeze KAYAGA ntaho wabeshye.
Ariko uRda ni rwiza koko Kayaga ndabona yabaye mwiza cyane
Erega akazi karagoye kukabona haba iburayi cyangwa mu Rwanda, murwanda se ntabashomeri benshi bahari ? Reka reka. Abadiaspora bavuga ko badateka, ko badakoropa, ko badahaha, badafura nubwo bafurisha machine ariko barafura, barahaha, bajyana abana kuri crèche cyangwa kwishure cyangwa kuri garderie, abo bantu babadiaspora barabeshya pe. Kayaga avugisha ukuri.
I love the guy...the humble mn
Ubundi mubamurimubiki mujye mushaka benewanyu turaha twaragumiwe twabuze abagabo none murajya gushaka abanyamahanga. eee🤪
@F20ization
2 жыл бұрын
None ko muri gufata abagabo nabi ngo uburinganire urabona bizagenda bite ??Ok si bose ariko se ?ngo marriage ni birthday ??!!
Mpe nigendere izo likes
Uyumuntu arajijutse kbs numwana mwiza Imana imukomeze akomeze atere imbere
NDAKEKA KO IYO BIGUMIRA MURI AFRICA NUKURI UMUGORE WIWE VYARI KUMWOROHERA MBESE AKUBAHA NUMUGABOWE KUKO INO NIWACU BIRATANDUKANYE. GRACE EN BELGIQUE
Urkoze cyn Mr kayaga turagukunda kbx ufite inyigisho nzima .
none se niba ino ubona umukozi wa 15K-30k/ku kwezi mu gihe i buraya bakorera 20$-40$/1hrs urumva byahura ngo ubone uwo mukozi.
Yavuze ukuri Ijana kwijana Kayaga ndamushigikiye. Ababihakana bashaka kwiha ishusho atari iyabo
Waouuu umurasta komera
Iwacu mu Rwanda ni ahambere, ikibazo kubona akazi ni ingorabahizi birazi ,courage.
Man nivyo ino nanjye naje ntaziyuko atamibu ibaho cangwa ibiheri ariko birahari vyose 🤣🤣🤣avugishije ukuri 🇬🇧
Ibyuvuga ni byo 💯 bro , I got almost the same story and I m from 🇺🇸
Ibyo avuga Nibyo abantu barafashanya ariko ntabwo umugabo wavuga ko uba ubaye esclave we. Uretse ko hari n'abagore muva mu gihugu kimwe yagera iburayi akagukandagira ukumirwa
Kabs dukunda kumvirizwa🙌
Diaspora’s life totally different namafoto mubona 🤗💁♂️ aravuga ukuri
@Queen-ze1tm
2 жыл бұрын
Uzabaze Ev Aliane uko aryohewe nubuzima kandi yarahatukaga . Bajye bababeshya mwemere ubundi mugume mubukene n'inzara bya Africa 🙄
@joe48564
2 жыл бұрын
@@Queen-ze1tm nta wambwiye nkubwira ibyo nyuramo njye ubwanjye !!! HOME SWEET HOME , ubukene buba hose ninzara iba hose
@SunShine-rq9yy
2 жыл бұрын
No mu Rwanda hari abirirwa bemeza kuri za status nyamara ahibwo wavuga ko hari abantu bakunda kwiyerekana uko batari kandi ibyo uzabisanga ku isi yose si ibya diaspora. Ikindi buri wese agira experience ye. Njye ndi umu diaspora ukunda ubuzima abayemo nkanabwishimira cyane kuko butuma hari nabo mfasha mu gihugu cyanjye. Iyo uzi icyakuzanye mu mahanga ubundi ntibikugora. Abahora baganya ni uko b1je bataraba mature mu mitwe yabo cg badashaka kuba intégré muri société babamo. Nzi benshi birirwa biriza ngo nta kazi babona kandi ari abanebwe ubona bashaka kwitungirwa na aides sociales gusa barangiza ngo i Burayi ni habi batarigeze bakora effort.
@joe48564
2 жыл бұрын
@@SunShine-rq9yy buriya ugize success ahantu ntago nabandi biboroherera , ntamuntu wumunebwe wananirwa gukorera amafrw ntibibaho , nabakora 12hrs everyday usanga wap kbsa , i burayi rwose sahantu ho gutega amakiriro
Yewe imahanga nihabi uziko ubu aribwo umeze neza kiriya gihe warumeze nkuwarerwaga namukase
Aba generalisa ntimukabahe umwanya kabsa!!!Ku isi hose harabariho NEZA cyaneeeeeeee na buhoro!!!hakaba n'abarimo nabi cyaneee na gahoro
Love from Burundi
@antoinettempaimana2724
2 жыл бұрын
Ndagarutse ntibiratungana
Uganira neza byo 👌, uranafungutse mu mutwe ati akaryana mwibutura karyana no mwijipo
This man is Handsome and intelligent
Ndakumva cyane mama!
Ndabizi cyane uyo mu type arabesha kandi yuzuyemwo amafuti menshi muzabamubaze igituma ari kigali atara subira inyuma. Nuko hari igituma
Ikijany nuwusohoka munzu sigih cose hasohoka umugor nzi umuntu wumugabo yasigay munzu umugor arasohoka knd umugabo numurundi umugor numuzungukazi nabamtu nzi neza rero aho uvymej waba wibesh
Umugabo ibyo avuga nukuri niko bimeze
Hhh amarira niyo yuzuye muri bya bidigi se....
@yesunibyosetv
2 жыл бұрын
Hhhhhh nakwambia!
Uvugukuri nuko banyarwanda bakunda kwihagararaho, bakemera gupfanirana
Ariko c bro ubona Warigutu nga umuzungu Iburayi?
None koyabaga yagiye mukazise ashaka I bibatunga none icyuburana Niki ntakazi warufite none yarikuvamukazi agakora nakomurugo
Kabisa umugabo niwe asohoka iyo vyanse ko mwubakana !!!! N'abanyarwanda twese,ino vyanse ko mwuka n'uko umugabo niw'agenda !!!N'abarundi n'uko umugabo niw'agenda !!!
Amahoro kuri mwese.sabin ndi gushaka numero za Ras kayaga hari amakuru ngira mubaze ndumva we abifitemo ubumenyi.
Sha tuza ni 1% urukundo rwabagabo ndetse cyane
🤣🤣🤣ntiyabeshe abagabo barateka bagakoropa bakozabana vyose nabirabure kubirabure barafashanya ntabirenze IBURAYA gukoropa noguteka urumugabo sabe nibisazwe ahiburaya
@vm-qo1jr
2 жыл бұрын
Ariko rero haribintu tujya tuvuga nkibaza niba turi mukinyeja cya 21 cyangwa turi mucya 19 bikanyobera ubu hari umuntu ukibaza Ngo umugabo yoza amasahane yoza umwana arakoropa ngo iyo nimirimo yabagore reka mbabwire ndumugabo Kandi ibyobyose ndabikora Kandi ntibimbuza kuba umugabo! Ubu umugore azatwita amezi ikenda narangiza age no kugoka arara amajoro ahoza umwana amukorera amata cyangwa kumuhindurira imyenda nsinziriye ngo ndi zamagabo ubwo se ubwo ni ubugabo uwo mwana ABA yaramuvanye iwabo se si uwanjye? Ni ko ngo gukoropa nikibazo iyonzu se njye sinyanduza harubwo ariwe wenyine Uba uyigendamo abana batera Ibintu hejuru bàkamuteshà umutwe biyanduza ngo sinabamesera ese twafatanyije ko twafatanyije byose ko tuba twarasezeranye byose? Oya bagabo twos gukora murugo ntacyo bitwara ahubwo jye bimfasha nogusabana nabana numugore buri wagatanu umukozi tumuha ikiruhuko tukaboneza igikoni nimugoroba twese nabana umukozi akaba boss Kandi niba hari umunsi dukunda ni kuwagatanu!
@marcellinehakiza8441
2 жыл бұрын
Abagabo being Rwanda muhindure imyumvire.Gukora imilimo mu rugo rwawe ntibigutesha agaciro.
@antoinettempaimana2724
2 жыл бұрын
@@vm-qo1jr wewe urazi agaciro kumugore nu mwana uzoze wigisha abandi bagabo uba bwire ko murugo ari gufasha nya kandi lmana iguhezagire
@rodneyslambert2815
2 жыл бұрын
@@vm-qo1jr uzaze kw'isimbi utwigishirize abagabo😘
@niyonsengajoselyne3109
2 жыл бұрын
@@vm-qo1jr mbega byiza mama shenge uwiteka aguhe umugisha nukuri urumu gabo mwiza cyane
😅inaha abagore ni ingorwa,iburayi ni inverse.ariko rero buriya gufatanya inshingano zose ni byiza,ariko imirimo yo mu rugo abagore dukwiye gushyiraho akarusho.ndibaza umugabo arimo yoza abana,anatetse ndi kureba movie😆
@janir9348
2 жыл бұрын
ino turafashanya sinon ntiwabivamo twese tuba dukora iyo utetse undi yoza abana waba urigukoropa undi agatera ipasi undi akajyana abana kwishuli nundi akajya guhaha…umuntu umwe ntiyabishobora
@violettemugisha2713
2 жыл бұрын
@@janir9348 ariko se ukumva atari byo byiza koko? Gufatanya ni byiza cyne.
his life may be true however, some of the stories are more likely linked to culture differences..
@publicrecord578
2 жыл бұрын
I do agree with the cultural differences. It's something that I think the people interviewing these people from the diaspora don't put into perspective. And you can't blame them because all they have known in their life is Rwanda
Bavandimwe Hano muri Europe haragoye. Ndebere nkanjye navuye Aho nkorera Ikigo gikomeye none nsigaye nkora muri poubele ( Garbage) nshinzwe gutandukanya imyanda Aho irunze. Namwe mubonye nkama photo yacu mukazi wakwiruka.
Uyu muntu naramukunze, ni umunyabwenge, nta bunebwe agira kandi avugisha ukuri!
@rwandamum8323
2 жыл бұрын
Numugabo da ntawamuseka,benshi birabacanga bakaba imbwa burundu.bakaba nabi cyane.kuba yarashoboye kubisohokamo tubimushimire.
@Maguru, ndaza kumva uko uwo muzungukazi yihinduye insibika. Komera brother. Komera kandi komeza.
Play don't worry by hakim Sasha pleasel
Kayaga ntabeshya beshi ntibavuga I bibabaho.
Abanya Afrique biwacu biragoye arik mubazungu umugabo gukora nikibazo gisanzwe icakoze iwacu babonyubikora benshi bavugako baguhayimiti ariko nibisanzwe gufasha Madame❤
@denisensenga5422
2 жыл бұрын
Erega gufashanya ni normal cyane ko ino nta bakozi bo mungo tugira kandi tuba dufite inshingano nyishi ziba zidutegereje. (Akazi, amashuli, abana, izindi tâches menagères etc..). Urumva hatabayeho gufatanya umuntu yapfa pe.
Ikiganiro ni cyiza. Ras Kayaga arirekera akavuga ukuri. Ni mwiza
Abanyaburayi Benshi 99.9 Baratubeshya Haribyinshi Baba Badashaka Kuvuga Kugirango Abantu bo Muri afrika Bahore babona ko Barenze, Rero iyo Haje Umuntu Nkuyu Uvuga Ukuri nyako Kuberayo Babifata nabi. 😏
@jessica-py5sf
2 жыл бұрын
Ese ninde ukorera kubantu ngo bamwere nawe uvuze nabi ngo barenze se iyo atabafashije imiryango yanyu ko munungunika??????
@tvshows6389
2 жыл бұрын
Bararenze kuko nudakora Leta imuha agera kuri million Irenga buri kwezi adakora!! Aho hari uyabona?? Ikindi akazi kabi kaho uba uhembwa nka nka 1million 500 , ikindi abantu bose ntibakoropa cya ngo bakore mu nganda kereka abananiwe kwiga kuko hari n'aba docteur babirabura?? Gusa nta mikino Ihaba umuntu ahora ananiwe kubera ukuntu ukora ukavunika , wanataha ugasanga ibyo mu rugo biragutegereje! Mbese usanga abenshi buri gihe abyuka 5h , akaryama buri gihe 20h , nta miteto turuhuka twaje 🌍
Ibyo uvuga nibyo rwose ni ko bimez pee
Ibyavuga n’ukuri.🤙
Indagara z'i Burundi zaramamaye save uranshimisha pe
Sha ntabeshya,niko iburayi hameze
N ukuri pe ntacyo wabeshye ntanicyo wakabije :ibyo niko kuri !!
Mpise nseka ntarareba… mumbabarire niba inkuru idasekeje… nsekejwe na intro 😂… Uyu mugabo agiye kuzajya arumwa nkweshoninga abagabo bafite inda… nibaza niba arumubyibuho cg amarira yuzuyemo 😂
@amandamua
2 жыл бұрын
Iyi comment iransekeje 😂😂😂
Erg nta heza hisi .abo babihakana nabadashaka kwica Profile yabo ,kuko kuba mwabiriya bihugu ababirimo tubafata nkabami cyane knd tukabubaha cyaneee kubera ko ari Diaspola
Uyu musore afite ikibazo cy'agahinda gatuma ayishyira abantu bose mugatebo kamwe! Hari abanyarwanda beshi bashakanya n'abazungu ,bari iburayi n'ahandi kandi babanye neza! Ikindi atubwira amakosa cg ibikorwa bibi yakorewe n'umugore we gusa ntatubwira ibye! Ibyemezo uwo muzungukazi yafashe wasanga yarabitewe n'imyitwarire yuyu musore! Azatubwire amakosa ye nawe atekereza yatumye umugore we amukorera ibyo byose!
Sabin rwose ngo ino aha bazikubitira gusutama😂
@amandamua
2 жыл бұрын
😂😂😂
Ibyo uvuga ni ukuri iburayi iyo umugore ahamagaye police numugabo usohoka umugore agasigara munzu nabana keretse iyo adafite ibyangombwa ari umunyamahanga cg adafite ibyangombwa nanjye byambayeho rwose
Maguru avugishije ukuri 100/100 ibyo avuze bya hano I Burayi niko bimeze uretse abigiza nkana
💯 trusted
Abavuze ko abeshya ubwo nukwanga kuseba. Twe twabinyuzemo turabizi Sha. Umuzungukazi twakundanaga tubana yanyise umucakara ahantu muri supermarket ndumirwa
@chantelbashal
2 жыл бұрын
Sorry prince birababaje peee
Ikindi kibazo Hari level y'ubuzima atazi we akumva ko itabaho!!!!abakozi bo mu rugo hanze babaho biterwa n'ubushobozi ufite
Kuko ntabwo duhuje imivumo n'imigisha bitewe n'ibyo twanyuzemo cg.amahitamo twafashe
Iburayi hacisha bugufi, kandi umuhungu cgw umugabo w umunyarwanda ntitatojwe guca bugufi...
Nikobimeze kayaga aravuga ukuri
Wavuze ukuri
Rasta aravugukuri nokwica inzoka ujya murukiko si muburayi gusa no mur USA nikobimeze Ntibakajye bihagararaho I’m sure
@rushayigiperpetue9821
2 жыл бұрын
Komwagowe ubwo s ije kukurya? Wayireka nayica ubundi nkayitaba hhhh
Muraho!mungirinama y'ukuntu nokurikiranwa nabeshi nkuko mubikora
Ibyo uvuga nukuri
Home sweet home 🏡 💕 👏👏👏👏
Ati nukuzana ifaranga rihagije kugirango ubashe gukundwa
Kayaga ndagukunda cn sh
Ntanahanwe yabeshye ahubwo byose nukuri pee.
Abantu bateye uyu mutype amabuye ibyo avuga ni Ukuri kwuzuye 150% abavuga ko atari ukuri nibabandi bagera iwacu murwagasabo ugasanga bariyemera kuri bene wabo basize. Ndi Canada 🇨🇦
Yee bareke Umunsi umwee bazaza bivugire
Nonese abirabure iyo bashakanye bose babana neza? Ariko mwagiye muvugisha ukuri 🙄🤔