Erega urabarenganya sibo bakwanga ni Satan ukwanga kuko haricyo yakubonyemo wenda uzamurwanya rero Satan yanze Yesu amukubitisha abantu kd ikizakubwira ko Satan akwanga nugushatse nawe arakwanga
@niyubahwetv114315 күн бұрын
Ariko nyamara ntabwo urimwiza pe usanabndi nose cyene nkanjye hanope nawe wabyibeshyagaho
@DuduGloria
14 күн бұрын
Ufse ubugugu wamuntu We knd ugwaye namaso utabonako uyomugore arimwiza
Пікірлер: 141
Delphine 0780 455 978
komera kdi wihangane twese nibibazo usibye kwihangana iyushaka kubaka uhura numuntu udafite gahunda akakwicira gahunda.
Baravuga ngo :fuite ikirezi ntamenya Ko cyera. Mwaratandukanye ariko azapfa atabonye umugore nkawe .
Subwo mwankunze mukama twatuntu
Ooo kubura abaguhamagara koko njyewe ndakugurira simart fon tujye tugutsapra ,tugusubize urukundo wimwe n 'umuryango wawe rwose ❤❤kandi turagukunda cyaneee ...komeraa imana irahari izakugirira neza
@user-ip3ji7eo5i
14 күн бұрын
Habwumugisha❤❤
@deborahnzungu8929
13 күн бұрын
Abwa umugisha mama
Ntacyo babeshye urimwiza kuko waremwe mwishusho y’Imana
Ihangane muvyeyi mwiza, Imana ikiza ibikomere irahari izokugirira neza,uriko uravuga umubabaro wagize usohora utuntu twawe uvamurugo bintera amarira nciyenibuka ko numunsi nkubona iryambere ariyo majambo wavuze nisanga narize,Imana ishobora vyose izogukize akogahinda iguhe umunezero ukiri kwisi.
@JustinaDaka-uo5pg
15 күн бұрын
😊P
@JustinaDaka-uo5pg
15 күн бұрын
P I'll
@gerarduwamungu4902
14 күн бұрын
Nukuri Derphine yarababaye
Muvandi wibabara nurukurikirana rwo mu muryango wabayemo ingorane ,,rema isi yawe wihendahende pe wikunde pe natwe turagukunda imana ikaturusha kugukunda pole impore wibagirwe ayomabi wahuye nayo pole sana ubwo wabisohoye sawa ugegukira ibikomere ihangane wiyibagize ayomateka
URI mwiza mukunzi knd uwakwise mubi niwe uri insecure. ❤❤❤❤ impore cyane nyina Imana izakomore
Yoooo humura Nyagasani niwe womora ibikomere duhura nabyo. Kandi wibuke ko Imana iyo igukerereje inagutegera. Humura ibyiza biri imbere ❤❤❤❤
Sha mbabarira mbabarira ujye wishakamo umunezero . Jy'unezerwa umwenyure , Isi ! Iyi Si ! Yihorere nikw'imeze . Nabuze icyo navuga ariko umunezero mwinshi n'ibyiza byinshi biri imbere yawe .
Iteka ngo mba kuba uwambere kuri Rweme mbabazi
Delphine disi yagarutse ,naragukunze mamy❤❤
Urimwiza chr icyambere nukwikunda humura Imana izakugirira neza❤❤❤
Iryo ni ijambo kirimbuzi risenya ingo, kubatabizi mubimenye, iyo ri wiwe abasanzwe bubatse, kandi rikabwirwa abiyubakiye izabo kugira bazite. Mwihangane mukobwa w' Imana
Uzashake umu mama witwa Cyiza Fabiola ( Mama Bella)utuye iyo i Butate , murasa cyane munavuga kimwe wasanga mufitanye isano ya bugufi . Nawe muvuka mubice bimwe
Imana igukomez mugenzi igifise intango kigira niherezo
Imana iguhe ihumure mubyeyi
Harumugabo uruta abandi yesu yesu ibaze. Kuki umuntu wese muhuye uhura nugukomeretsa. Shaka yesu Ibyo uvuga sugusebya
Uri mwiza cyane😊
Wihangane mugore mwiza disi mama Rweme turahukunda hano Uganda
Ihangane Imana izaguhoza marira
Yoooo!!!! Nyamara uri mwiza p nubwo uft icyo gikomere ark komera cyn
mbaye uwambere kwarweme
@user-hx5ub7jn5n
15 күн бұрын
Joseeee❤❤❤❤❤
@user-wq3em8vd3j
15 күн бұрын
Hhh José bite
@UwimanaDaphi-qu1cq
14 күн бұрын
Rwatuguhaye josepha wacu
Erega iy'isi dutuyeho iyobowe n'imyuka mibi,Ariyo mpamvu buri wese ubona agendana ibibazo aribyo bitera gukomereka gusa njye ubushakashatsi nakoze ni uko iyo ushaka kubaka shitani ariwe muyobozi w,iy'isi aguha wa muntu wagira ngo ni gatumwa ! Ibikomere bikiyongera!
komera mama imana irakuzi
Ndefine
Gusa Imana yadunze mbereyuko tubaho
Oya Delphine uri mwiza peeeee lmana igukomeze ahubwo
Humura mama,ikunde maze wikundire n,abana uzabarinde karande yakubayeho,kd ibihe byiza biri imbere
Komera mama❤❤❤❤
Derefine. Imana yoyakurinze. Gushika. Uyumusi. Imana. Yoyo iragukunda. Ubuyaguhaye. Abandi. Bakuganiri. Nanje. Ndagukunda. Imana. Ninziza. Nanje. Nunva. Unyigishije. Ukwihangana
Ihangane pe,kwihimura kwiza nukubaho neza,humura amarira uzayashira
Sha ihangane ukomere kd uko wavutse nuko wakuze ntibikuraho Umugambi wlmana mwiza lgufiteho turagukunda
Humura mugore mwiza ! Yesu ni muzima 🫣
Imana ntaho itagukura ubuzimabwawe bisa nubwajyep gusa ntampu Imana izaduhoza kuko najye nanubu ntacyababa
Urimwiza mama imana irakuzi
Imana ijye iguha kwihangana ,warababaye ariko komera💪💪
Ahubwo wowe urihangana impore nkandira kuriyo FOTO tubane urakoze wowe ubikoze ndabakunda 👈😊
@CyizaDonath
13 күн бұрын
Ndakunze ikiganiro kuko bisaba kwihangana
wihangane Delphine, bibaho ariko Uwiteka ari aharengeye kandi yiteguye kuguhoza.
Jera ndagukunda peee uzihangane utugarure kKavatiri turagakumbuye
Pole Delphine 😢😢
Ibaze kweri waratesetse ariko uhangane😊
Komer.njewe.uvuga.mama.wihagane
Pore mama ihorere
Uwo mugabo ni umu narcissist bene nkabp ntabwo ashima ibyiza n’abaca ntege, abanyz mashyari mbese yagusaza neza , Iyo utabazi byatuma wumva Ko ari wowe kibazo!!! Mpore bambe Imana iragukunda❤
❤❤
Bone ntiwasanga tubona ubwiza ntitubone ingeso!
Mpore mpore muvyeyi mwiza weeee.abantu bagukoreye nabiii bazobure amahoro mumaso yawe.
Ibuka. Yuko utakuzwe. Nawe usize abana nawe ntubakunda Harikintu kintagajye gushima mama. Kurashima mama gute?ukimusebya Urasenga gute?usebanya Abaguhemukiye. Nawe ubasebya nide ukiranuka Muve muribyo vmwabagore mwe ayomatorero mwakuriyemo yemera ko uvuga ibyo
@user-mv1gi1bw6m
10 күн бұрын
Ubwo niwowe ubakunze buryarere nyiricyaha yiruka ntacyi mwirukankanye
Mbona. Mutanga ubuhamya bugahinduka. Gusebya mama waramusebejye iwabo warabasebejye Umugabo uramusebejye Iwabo humugabo urahasebejye Umugabo wa mama wawe uramusebejye Banyokowanyu urahasebejye Kwaso. Urahasebejye kizwa kizwa Mubyukuri banza wikosore ubwiza bwuburanga budahuye namagambo uvuga nibyo uvuga
@user-mv1gi1bw6m
10 күн бұрын
Ndumva ubagiriyi mpuhwe nawe uru muhemu mubandi
Bavandi uyu mumama yahuye nuruvagusenya kugezaho arikwibagirwa ibyo Rweme Mbabazi amubajije ni hatari kweri
Uyu mugabo bazamufunge bamubaze impamvu yarongoye umugore utaruzuza imyaka kuko icyo nicyaha kidasaza.
Uhoraho akurengere Kandi akuremere ivyishimo
Ubwose urimwiza wapi
Uri mwiza nubwo utabikunda kubyumva! Turahukunda kandi tuzajya tukuba hafi
Umugabo wese ukubita umugore , Njyewe mubonamo ubucucu( igicucu). Umugore ni umudakubitwa.
@mariembasabire5326
15 күн бұрын
reka ngewe yankubita 1 ariko ntiyankubita 2,umugore ubyemera nawe mbona abafite ikibazo
@turibamweali8661
15 күн бұрын
@@mariembasabire5326ngo utaraburogwa avuga ngo mburiye nabunnya ariko iyo bikugezeho nibwo ubyumva cg ubimenya ko byose bishoboka
@Francinekayitesi986
14 күн бұрын
Ntababeshe njewe niryo rimwe yabikora antunguye wenda yankubita, ariko atantunguye ntiyankoraho peee, ikindi ntiyankubita ngo mwihorere peeee, yewe nisafuriya yuzuye amazi nayizana, apuuuu
@muhirwaegide2741
4 күн бұрын
@@Francinekayitesi986 utarabona niwe uvuga sha jurareka!!!!!
Nukuri simbabashye nabonaga ishusho ye ntayifunguye nkagira ngo n'umugabo 🙈
Yoooo 😢😢😢😢ingo zubu biragoye twe tukiri single ntarugero rwiza tubona mububatse pee😢
@nsengiyumvasamuel4284
15 күн бұрын
Oya,Ingo nziza turazugatse,
@nteziyaremyefrederic8727
15 күн бұрын
Zirahari ahubwo Gerd azishake nazo azizanee
Mbaye uwambere mumpe lik
Kudakunda umuntu singombwa kumufata nabi rwose lmana iduhe ubwenge .
Delphine polesan warababayep! Jewendumurundi nakurikiyeiki ganirocabanje nukurikwisibiba hoarikoihanga nebizoherakandi nukuri urimwiza gusaumugabo yakubereye umugomekomera
Ariko abo ba pasteur bakijijwe iki niba bihakana umwana ugakurana umubabaro ungana gutya??bagombaga kugukurikirana kuko uri amaraso yabo kandi bantu mwirengagiza amaraso yanyu muzabibazwa mu ijuru iki ki icyaha gikomeye.Komera mama.
Ariko Gerard nikuberiki uhora wakira abagoregusa ese ntabagabo bafitibibazo?
Komera mubyeyimwiza nubwo byakugendekeye gutyo wimereko imana mwabanye kd mugihecyayo ishora kugukiza ibikomerebyawe byose ikaguha umunezero
Humura rwose jye ndabizi neza bibaho abalone benshi beza bararuha
Uyu mudamu disi afite agahinda amaso yabaye rouge komera ariko mama
Urimwizacyane abarikuvugako utarimwiza nibigarasha gusa
RWEME ABAMAMAN BAKUDA ABANGABO KURUTA ABANA BABO NIBESHI NABAVANDIMWE BAKABANGA NIBESHI IWACU IMANA ITABARA NIMWEGERE
Umuntu ugaragaza ubwiza murubwo buzima yabayemo uwamuha ubuzima bwiza yasa ate
Sha nuko nkennye nagufasha kuko uratuje,nta bugegera ufite,kandi impore mama
Ihangane uve muri social media si byiza. Uri kwivamo ugakabya.
@seziberajeandedieu3021
15 күн бұрын
urumvako aje gushyira umubyeyi we hanzeko yashatse abagabo 3 abantu kiki batagira ibanga
Nibyobyichimo byawe kandi bazaguhozamarira
Yooo delphine wee ubuzima bwawe peeee burasa nubwanjye ubu najye narihanganye kumunota wanyuma ashaka kunyica nijoro mpita nvayo urunva njye ni ejo bundi 11 November nibwo nafashe ibyanjye ndajyenda nari byaye kabiri ark ubu ndamahoro nahise nijyira mu barabu dubai nobonye akazi ark humura nawe uzatabarwa
@Chantaluwayo-vh8tp
14 күн бұрын
Abana bawe warabasize se cg warabajyanye?
Nonese ubu ufite umugabo?
Pore hari impamvu ntakitagira iherezo
Yarapolofise arikonibyiza ko wabyaye abana
Amateka yo Kugisagara yarahindutse? Ariko inseko nubundi ntayo pe! Ni ukuri jya wishing umwenyure.
@donathahirwa21
15 күн бұрын
Wapi ncuti yange,ntabwo guseka byapfa kuza nta mpamvu yabyo ,wowe ushobora kutabyumva kko utazi ubwo buzima ark nge uno mubyeyi ndamwumva cyane kurenza undi muntu.bamwe mushobora kumva ko bitanabaho ari gukabya ariko umuntu aragerageza bikanga nacyo utakoze ngo wubake ark umugabo akakubera ishitani yigendera.
Oya ntukavuge ngo ntakiza cyabagabo,abagabo beza babahp ,kuko wahuye nibyamaswa ariko infura ziracyabaho
Ariko ubu uyu mugore ajya aseka ra 🤔 none se wabana numugore udaseka🤷
Arko abantu twahanzweho rwose ndabaza iyo umuntu avuze ngo urimubi muriwe abona ko hari undi umurenze koko ndebera ubwiza ufite ubuse harubundi bwiza busumbye ubwo mbona ah sinzi abantu ducyeneye abantu nkaba nitubabona hanyuma abadashobotse bakabaronka manawe!?
@NiyobuhungiroEmmuel
15 күн бұрын
Ihangane turagukunda
@NiyobuhungiroEmmuel
15 күн бұрын
Nonese ubonye umugabo ugushaka wamwemerax?
@nteziyaremyefrederic8727
15 күн бұрын
@@NiyobuhungiroEmmuelhhh uzamuterete umwemeze , umuhate urukundo yabuze , Kandi wiyemezeko uzamukundira n 'abanaaa...
@afazarimarcel1819
14 күн бұрын
@@NiyobuhungiroEmmuel haha fatiraho urebe ko wamuvura ibikomere ikibazo nuko waza aho gukomeretsa wowe ukaza uri umwicanyi😏
Mugore. Gukira igikomere sukukivuga gusa. Kubabarira niyonzira yogukira. Tangira kwibabarira. Babarira iwabo waso Mama wawe. Yashatse umugabo ntiyakubwira yariyihaye icyubahiro Babarira iwabo wa mama Babarira. Umugabo wakugize umugore. Ayamakuru. Uvuga. Urakijijwe ?
Ubwose ubwiza bakubwira burihe barakubeshya disi
@afazarimarcel1819
14 күн бұрын
Umenya ariwowe barikuvuga ko uzanye itiku ryinshi😏
@user-ee5bi3nc8g
13 күн бұрын
Nimwizaa pe ahubwo ntubona
Basi se warize
Ikiganiro "Inkuru yanjye" ndagikunda ariko ntimwavuze ubu ingene DELPHINA abayeho.
sijya mbasha kumva izinkuru zivuna umutima wange 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭 gushaka uwo udakunda mukabyarana natwe niho twavuye uko byagenda kose byangiza ibindi abo bashakanye ndetse kandi abana bakabigenderamo kubona mama wawe akubitwa kwitwa ibinyendaro 😭😭😭😭 abatagira ubwenge mana imitima ya mama yarashavuye uzabahe kubona ibyiza bakiriho uravuga inkuru nkumva ni mama wange nubwo twakuze byanze gushira mpora mbisaba imana kutabona urukundo rwaho uvuka basi izaduhe abazadukunda iturinde kuzongera kubona ububuzima twavukiyemo 😭😭😭😭😭😭😭
Fuite abana4 kabone ndiyo waba ufite 10.ubwo uzashaka gushaka uzambwire tuzakore ubukwe bigaragara
@UwimanaDaphi-qu1cq
14 күн бұрын
Ubwowowe ntubeshya koko
@afazarimarcel1819
13 күн бұрын
Umvambese🤔
Naba nawe mwaratanye
@nteziyaremyefrederic8727
15 күн бұрын
Hhh wowese si uburenganzira bwawe gutandukana n 'umuntu ukubangamiye kweri !?
@bitwayikijeanpierre4771
14 күн бұрын
Wowe bimeze bite? Abenshi imitima yuzuye ibikomere
@afazarimarcel1819
13 күн бұрын
Ariko Ibi kugira ngo byemerwe nuko habazwa kumpande zombi naho ubundi ibi ntawapfa kubyemera ubwo se uwomugabo se yaba Ari nyamaswa gati ki🤔
Ubwiza uvuga ufite njye ntabwo mbona pe.Nahengekereje ndabura
@nteziyaremyefrederic8727
15 күн бұрын
Ahubwose wowe urasa Ute , ububibwe urabubonahe ? Ahubwo derefine afite n 'utwanwa twubukungu .
@PierreNDAYIZEYE-vc8dt
14 күн бұрын
Sha nimwiza pe !wewe ngira harico mupfa
@user-ko2kl7lf1z
13 күн бұрын
Yewe uyu mugore ni mwiza pee! Ahubwo wowe sinzi icyo mupfa.
@Iraeli-mp9rd
13 күн бұрын
Nimwiza ndetse cyaane kiretse umuntu ufise Satani
Erega urabarenganya sibo bakwanga ni Satan ukwanga kuko haricyo yakubonyemo wenda uzamurwanya rero Satan yanze Yesu amukubitisha abantu kd ikizakubwira ko Satan akwanga nugushatse nawe arakwanga
Ariko nyamara ntabwo urimwiza pe usanabndi nose cyene nkanjye hanope nawe wabyibeshyagaho
@DuduGloria
14 күн бұрын
Ufse ubugugu wamuntu We knd ugwaye namaso utabonako uyomugore arimwiza
None ubwiza burihe?
@KaveJeanMarie
15 күн бұрын
@MUKANGIRAAPOPHIA,Ububi se wowe hari ubwo ubonye?
@rachelmugema7247
15 күн бұрын
Ahubwo c Aho Atari mwiza nihe? Ark mwabaye mute
@MUKANGIRAAPOPHIA
15 күн бұрын
@@rachelmugema7247 ubwo kurata ntabwo pe
@user-ie4ss9xk5n
15 күн бұрын
Ariko warinze ururimi rwawe
@sangwajdedieu3050
15 күн бұрын
Ni mwiza pe.
Yabwiye uwari uje kumwica ngo agende gake atangiza ibikorwa bye. Umuhanga wabayeho mu mateka. kzread.info/dash/bejne/ZqSWyruymqSels4.htmlsi=RwiCYhAzTTWl4XNl
Kandi byose imana irabireba kandi ichobora byose