Nshimye Imana ko wayimenye- kdi ukaba ugiseka. Iyegamize Uwiteka niwe uzakubera ibuye rikomeye, Bibiliya igira iti" Kwiringira Uwiteka bifite umumaro kuruta kwiringira abantu". Komera kdi ubuhamya bwawe bwubake benshi. Nabonye ko Imana ari se w'impfubyi.
@nezerwatv21172 жыл бұрын
Pole warezwe nabi cyane nukuri kdi nuwakureze sinamurenganya Mana we ibyo uvuga ndumva aribike kurusha ibyo ndikwibyira.mbega ikibi barakubabaje pe. ..kdi nabo bana barezwe ninyamaswa pe.ndumva kumpande zombi abantu bakumva ibi abasenga musengere ibibinti kko birakomeye
@nkinzehikiemmanuel51852 жыл бұрын
N'uburyo useka bigaragara ko Yezu ari kumwe nawe. Ujye usabira abanyarwanda twese tumenye Imana by'ukuri nkawe Ester !
@papahapinesspatrick63712 жыл бұрын
Yewe mwana WA mama, Imana ikomeze IBE hamwe nawe. Ubuzima wanyuzemo ndizerako bwakweretse ko nta muhutu, nta mututsi, muri buri bwoko habonekamo ababi n, abeze.
@UwitonzeJose
2 ай бұрын
Ndi'umuunyarwanda
@mutimuramuhutumushonganono27492 жыл бұрын
Tu es vraiment brave. Uzagaruke dukeneye abantu batwereka ubwiza bw' Imana kandi mu bihe bikomeye.
@claudinemukantambara3176
2 жыл бұрын
Turishimye azagaruke .
@francinemikamutesi64122 жыл бұрын
Mana wowe waremye ijuru isi kandi ukarokora umukozi wawe Esther nubwo wanyiyeretse ukampa nagakiza ndasaba kugirango wongere ungenderere umpe ikigero cy Umwuka wera washyize muri Esther nsenze nizeye ko ubyumvise me Izina rya Yesu Amém
@fidelesimugomwa58152 жыл бұрын
Uwo mu maman ni Intwari itarapfa, ubuhamya bwe nta kiguzi bwabona, burenze uko umwana w'umuntu yatekereza. Uwiteka akomeze amwishimire kandi amunezeze muri byose.
@desirenkurunziza76602 жыл бұрын
2 Kor 1:10 Yaturokoye urupfu rukomeye rutyo na none iracyaturokora, kandi twiringira yuko izakomeza kuturokora
@thethe52552 жыл бұрын
mbega ubuhamya! she is positive and btful smile. Imana ikurinde Esther.
@ndimbirajohnmary43512 жыл бұрын
Nukuri ndagukunze Esther,Imana yo mu ijuru Izaguhe ijuru,ngiye agakobwa kitwa Esther,Uwiteka Azaguhe iherezo ryiza.
@davidmurutubarwe14322 жыл бұрын
Uwo mubyeyi wagutoraguye akakubwira ngo uzahore nawe siwe ni intimba yabimuteye mu wumve. Hari abarokotse batigeze bagira icyo gitekerezo cyo guhora byumvikane ko Abantu batakira Ibintu kimwe kndi no kwiyakira bigatandukana.
@kiberinkaaline
2 жыл бұрын
Siwe bambi genocide ntizongere
@claudineingabire41472 жыл бұрын
Mbega Ester!!! Urakoze k'ubuhamya bwawe, burakakaye, ni inyisho kdi ! Nkwifurije kutababa ukundi.... Kdi uri mwiza imbere n'inyuma . Imana ikwiteho ijoro n'amanywa ubuzima bwawe bwose n 'umuryango wawe uko nyine.......
@bizatubirebatugaceceka95772 жыл бұрын
Gérard témoignage z'uruhande rumwe ntacyo zafasha mu bwiyunge bw'abanyarwanda. Birashoboka ko uyu mugore yatojwe mu mirambo yabishwe n'interahamwe ariko ntibyagutangaza yaranatowe mu mirambo yabishwe n'inkotanyi. So, niba mushaka ubwiyunge n'ubumwe nimuhe n'urundi ruhande umwanya ruvuge ibyarubayeho. Dutange ubuhamya duhereye i Byumba, Ruhengeri Kandi duhere muri 90 ndetse kugeza uyu munsi. Merci
@@sophieuwibambe6836 None se urahakana ko kuva 90, abantu batapfaga za Byumba, Kabongoya, Butaro, Burera n'ahandi inkotanyi zateraga zivuye Uganda? Uhakana se no mu 94, ku ruhande rwazo, zaje zica mu nzira yose zanyuzemo? None se niba se utabihakana urahakana iki kandi?? ko uwo mugore yakuye umwana mu mirambo (niba ari na byo koko), akaba atarabonye ababishe, urahakana iki? Urahakana se ko abatutsi bamwe bishwe n'inkotanyi, zabavangaga n'abahutu, mu myobo imwe? Uzabaze Aimable Karasira cyangwa Baziruwiha babikubwire neza! Keretse niba ugiye no guhakana ko atari abatutsi.
Komera Komeza umutima hashimwe Imana yakwemereye ku yimenya Ibikomere byaratumaze. Ndumva inzira y'ubuzima nyuma ya Genocide zisa kuri benshi muri twe. Njye nzandika igitabo Kuko kuvuga si mbibashije. Courage!
@christinemucyeshimana85422 жыл бұрын
Ooh,Burya Koko ijambo ryiza Ni mugenzi w' Imana,urumva ukuntu kumubwira amagambo meza byagiye bimwomora ibikomere
@kwizerajaphet52442 жыл бұрын
So touching story @ Azatubwire uko umugabo bahuye nuko yakiriye amateka ye@ Amaherezo ya Mukanyandwi nawamuhungu we washakaga kumwica wa mu police wamujyanye kuri ya famille bamufashe nabi nayahe? Mukanyandwi aracyariho? Duheruka wa Muhungu we bamufunga byarangiye gute? Ntiyongeye kumugendaho? Kuki atasubiye muri ya Famille ya Kacyiru yari yaramufashe neza? Ikindi Imana yamubwiye ko aziga akagera lure hashoboka byarangiriyehe ko yahise ashaka akiri muto? Iyinkuru ye iri more attractive ariko irarezimye cyane. Gerald uzamutubarize ibyo bibazo nimwongera guhura.
Ntagisa nokumenya Yesu ,mukobwa wa Yesu Imana ikomeze kuguhumugisha Gerard nawe Imana iguhumugisha ibiganiro uduha biratwubaka.
@ngurukiraemmy3491
2 жыл бұрын
Ubutumwa bwiza bwubaka kdi b ukora kumitima yabenshi
@Gigi-bs1mh Жыл бұрын
Woww you are so beautiful inside and out😍😍Imana ni umukozi wumuhanga twese yaduhaye kwitwa abana bayo mbere ya byose,komera kandi ukomeze wamamaze ubutumwa bwiza burimo isomo rikomeye,God bless you
@maximusfrancois50042 жыл бұрын
Mabazi G turagukunda cyane ujye uha ibiganiro nabahutu niho tuzajya tumenya aho urwanda ruhagaze. Hari nabahutu bakora urutonde rwabatutsi. Niko kwiyunga mumwuka.
Thank you again brother Gerard for hosting Esther... To my lovely sister Esther may our good lord keep you strong like you have been since day one blessings
@mukasafarijulienne4200
2 жыл бұрын
Yego Ester arakoze ku twibutsako nyuma yimbaraga zabana babantu
Ahugeze uRwanda ni mama wawe Kd umubyeyi mwiza atanga imbabazi Niba nta wagusabye imbabazi Mubabarire mbere yuko azikwaka Niryo shema ryiza Ubaka uwaguhetse Umubyeyi wawe ukurimo wose ntawundi ni uRwanda Komera mwana wacu mwa w'uRwanda
@jovanienico54092 жыл бұрын
Esther, umenye ko utari wenyene. Imana ishimwe ko yagukujije none ubu yaguhaye n'abantu bawe. Ubu ufise aba sisters benshi. Warakoze caane gutanga iyo nkuru ku buzima bwawe. Na Gerard turagushimiye caane kuri ako kazi ukora. Imana iguhe imigisha myinshi.
Пікірлер: 633
Nshimye Imana ko wayimenye- kdi ukaba ugiseka. Iyegamize Uwiteka niwe uzakubera ibuye rikomeye, Bibiliya igira iti" Kwiringira Uwiteka bifite umumaro kuruta kwiringira abantu". Komera kdi ubuhamya bwawe bwubake benshi. Nabonye ko Imana ari se w'impfubyi.
Pole warezwe nabi cyane nukuri kdi nuwakureze sinamurenganya Mana we ibyo uvuga ndumva aribike kurusha ibyo ndikwibyira.mbega ikibi barakubabaje pe. ..kdi nabo bana barezwe ninyamaswa pe.ndumva kumpande zombi abantu bakumva ibi abasenga musengere ibibinti kko birakomeye
N'uburyo useka bigaragara ko Yezu ari kumwe nawe. Ujye usabira abanyarwanda twese tumenye Imana by'ukuri nkawe Ester !
Yewe mwana WA mama, Imana ikomeze IBE hamwe nawe. Ubuzima wanyuzemo ndizerako bwakweretse ko nta muhutu, nta mututsi, muri buri bwoko habonekamo ababi n, abeze.
@UwitonzeJose
2 ай бұрын
Ndi'umuunyarwanda
Tu es vraiment brave. Uzagaruke dukeneye abantu batwereka ubwiza bw' Imana kandi mu bihe bikomeye.
@claudinemukantambara3176
2 жыл бұрын
Turishimye azagaruke .
Mana wowe waremye ijuru isi kandi ukarokora umukozi wawe Esther nubwo wanyiyeretse ukampa nagakiza ndasaba kugirango wongere ungenderere umpe ikigero cy Umwuka wera washyize muri Esther nsenze nizeye ko ubyumvise me Izina rya Yesu Amém
Uwo mu maman ni Intwari itarapfa, ubuhamya bwe nta kiguzi bwabona, burenze uko umwana w'umuntu yatekereza. Uwiteka akomeze amwishimire kandi amunezeze muri byose.
2 Kor 1:10 Yaturokoye urupfu rukomeye rutyo na none iracyaturokora, kandi twiringira yuko izakomeza kuturokora
mbega ubuhamya! she is positive and btful smile. Imana ikurinde Esther.
Nukuri ndagukunze Esther,Imana yo mu ijuru Izaguhe ijuru,ngiye agakobwa kitwa Esther,Uwiteka Azaguhe iherezo ryiza.
Uwo mubyeyi wagutoraguye akakubwira ngo uzahore nawe siwe ni intimba yabimuteye mu wumve. Hari abarokotse batigeze bagira icyo gitekerezo cyo guhora byumvikane ko Abantu batakira Ibintu kimwe kndi no kwiyakira bigatandukana.
@kiberinkaaline
2 жыл бұрын
Siwe bambi genocide ntizongere
Mbega Ester!!! Urakoze k'ubuhamya bwawe, burakakaye, ni inyisho kdi ! Nkwifurije kutababa ukundi.... Kdi uri mwiza imbere n'inyuma . Imana ikwiteho ijoro n'amanywa ubuzima bwawe bwose n 'umuryango wawe uko nyine.......
Gérard témoignage z'uruhande rumwe ntacyo zafasha mu bwiyunge bw'abanyarwanda. Birashoboka ko uyu mugore yatojwe mu mirambo yabishwe n'interahamwe ariko ntibyagutangaza yaranatowe mu mirambo yabishwe n'inkotanyi. So, niba mushaka ubwiyunge n'ubumwe nimuhe n'urundi ruhande umwanya ruvuge ibyarubayeho. Dutange ubuhamya duhereye i Byumba, Ruhengeri Kandi duhere muri 90 ndetse kugeza uyu munsi. Merci
@sophieuwibambe6836
2 жыл бұрын
Nonese uwamutoraguye umwise injiji ntiyarazi abarikwica abandi ??Ntimugapfobye ibyabaye ubuhamya bwabantu nibwinshi kd siko bwose wabwumvishe
@claverrubabaza4415
2 жыл бұрын
@@sophieuwibambe6836 None se urahakana ko kuva 90, abantu batapfaga za Byumba, Kabongoya, Butaro, Burera n'ahandi inkotanyi zateraga zivuye Uganda? Uhakana se no mu 94, ku ruhande rwazo, zaje zica mu nzira yose zanyuzemo? None se niba se utabihakana urahakana iki kandi?? ko uwo mugore yakuye umwana mu mirambo (niba ari na byo koko), akaba atarabonye ababishe, urahakana iki? Urahakana se ko abatutsi bamwe bishwe n'inkotanyi, zabavangaga n'abahutu, mu myobo imwe? Uzabaze Aimable Karasira cyangwa Baziruwiha babikubwire neza! Keretse niba ugiye no guhakana ko atari abatutsi.
@jacksonkimenyi3977
2 жыл бұрын
Namwe muzafungure KZread channel zanyu mutage Ibitekerezo uko mubishaka tuzabakurikirana rwose. Wari wabona umugabo ujye murugo rw'undi mugabo akambwira uko akwiye kubaka urugo rwe?
@claverrubabaza4415
2 жыл бұрын
@@sophieuwibambe6836 «Biza Tubireba Tugaceceka» ni KZread channel y'umusore w'ijwi ryiza n'ibitekerezo by'ubwenge; Jean Népo MPORAMUSANGA. Naho kuri ruriya rugero watanze rwo kubaka urugo, iyo urwubatse nabi, inyubako zawe zikamena amazi iwanjye, nisanga ngomba kukubwira ngo ufate amazi yawe atazansenyera inzu. Ni kimwe na hano.
@naramejacky1266
3 ай бұрын
Abantu nkamwe muhakana ukuri muri injiji wamugani.
Esta, uhezagigwe cane. Jewe ndeze abana batagira abavyeyi. Mbese batawe, nise amazina , narondeye amazina y'abavyeyi. Mbese kugira ntibitwe abana badafise amazina y'abavyeyi. Uramfashije pe! Uhezagigwe cane. Imana ikomeze kugusiga amavuta.
Yooo Imana ishimwe bambe.Komeza wishyingikirize kuri Yesu.
Mu Banyarwanda harimo benshi b'abatindi k'umutima.
Yesu yarakoze kukomora. Mbega ubuhamya buryoheye amatwi,umva uzagaruke vuba twagukunze.
Ubuhamya bukomeye cyane. Esther agomba kwandika igitabo kizafasha benshi kandi nshimiye Imana yamurwanyeho nkanamushimira cyane ko yumviye Uwiteka ..kuko benshi barananirwa..nibyo Koko Ijuru rizagerwamo n'Intwarane..intwali zananiwe.
Ndagukunze wamubyeyiwe Imana ikurimo gusa kwigiyeho byinshi Cyane cyane( igisobanuro cyubuphubyi)
urantwengeje caaane nukur iyakurinze ishishikare kugutwenzaaaaa Mwiza IMANA IZI GUTWENZA
Madamu kumera gukurikira Yesu ntibikoza isoni Kandi kumunsi wamateka azaduhanagura amarira twarize yose . Wowe ujye umwikomezaho gusa
Inkuru yawe irandijije Imana ikomeze ibane nawe.
@user-rb6ee5dq9d
2 ай бұрын
Yoooo birababaje
Imana nyenamahoro ize ibandanye ikugirira neza.
Imana ikugirireneza kumpanuro uduhaye
Komera Komeza umutima hashimwe Imana yakwemereye ku yimenya Ibikomere byaratumaze. Ndumva inzira y'ubuzima nyuma ya Genocide zisa kuri benshi muri twe. Njye nzandika igitabo Kuko kuvuga si mbibashije. Courage!
Ooh,Burya Koko ijambo ryiza Ni mugenzi w' Imana,urumva ukuntu kumubwira amagambo meza byagiye bimwomora ibikomere
So touching story @ Azatubwire uko umugabo bahuye nuko yakiriye amateka ye@ Amaherezo ya Mukanyandwi nawamuhungu we washakaga kumwica wa mu police wamujyanye kuri ya famille bamufashe nabi nayahe? Mukanyandwi aracyariho? Duheruka wa Muhungu we bamufunga byarangiye gute? Ntiyongeye kumugendaho? Kuki atasubiye muri ya Famille ya Kacyiru yari yaramufashe neza? Ikindi Imana yamubwiye ko aziga akagera lure hashoboka byarangiriyehe ko yahise ashaka akiri muto? Iyinkuru ye iri more attractive ariko irarezimye cyane. Gerald uzamutubarize ibyo bibazo nimwongera guhura.
Mana wee!! Ubuhamya bwa sister Ester burakomeye. Komera nshuti yanjye warababaye ariko Imana yakwiyeretse yambereye Imana nanjye. Rimwe tuzahura wenda
Naho uvuga ngo Imana yarakuvwite uko abahutu bameze nabatutsi uko bameze. None wowe haraho utaniye nabahutukazi? Hari nabeza kugusumba nakure wariguhava wibeshya
Mbega amateka Mana yanjye weeee. Kibondo urandijijeeee. Ariko Imana irantangaje cyane cyane. Bavandimwe nta hantu Imana itakura umuntu. Muntu ucika intege kugeza naho wumva wakwiyahura sigaho ejo hawe Imana yakuremye ihafite mu biganza.Mwana wanjye Imana ihe umugisha umuntu wese wakugiriye neza, kandi izagutumbagize mu kugutetesha, kuko ni ku bwayo ufite ubuzima. Ntacyo itazagukorera humura. Umuntu wese wakoze amaraso Imana ikomange umutima wawe uhinduke, murabona ukuntu mwashavuje abaziranenge koko?
Cyera abakrisitu iyo babaga bagiye gutanga ubuhamya bavugaga uko basambanye n'uko bibye ngo nyuma Imana ikabwira ko bagomba gutanga ubwo buhamya ngo abakora ibyo babyumve babireke. Ubu rero abubu mutanga ubuhamya ku bwicanyi bwakozwe n'abahutu ariko nta na rimwe bavuga ubwo abatutsi (inkotanyi) bakoze banagikora uyu munsi kuva 1990.
@marcelineuwimbabazi8601
2 жыл бұрын
Wowe urindiriye iki? Urumva Esther kubohoka umutima byatumye abona umuryango , nawe niba utazi iso na nyoko ukaba uremerewe kubera ubugome bw'inkotanyi, stand up and speak loudly nawe uzasubizwa. Hari ibitagereranywa yewe . Ubwo niba interahamwe zarishe abantu muminsi 100 impinja zikandagara imisozi zonka imirambo, abasazi nabasaza bakicwa urwagashinyaguro, none ngo inkotanyi zimaze imyaka 11zica Abahutu mwanze gushiraho muracyabasha kugura data zo kuvuga ubusa Sha. Mwanazishimira ko zica neza
Kumenya Imana niko kujijuka. Kandi Imana yarakoze nukuri ndumiwe ariko ndananezerewe cyane. Imana ko yaguhaye abana numugabo ugukunda. Imana yacu niyubahwe.
May God bless you abundantly
Ndashima Imana yakurinze Ukaba ukiriho byandenze
Ubutaha, Esther azadusobanurire uburyo yahuye n'umuryango we bwite. Gusa ikishimishije, n'uburyo yiyakiriye, akabasha gukomera bigeze aha. Ni byiza cyane.
Ugihimeka byose biba bigishoboka .Guhinduka birashoboka Imana iba idufitiye umugambi w'ibyiza.
Yesu arakomeye mwana atanga byose.
Imana iguhaze ibyo utarabona nibike kko ibyinshi warabibonye.❤️ nukuri haguruka cyane ukore kko ufite ibifatika.
Yahimbye amazing nyine, kugirango yige.
Azagaruke turamukunze cyaneeeeee
Ntabwo ubuhamya mburangije Mumpera zabwo ntibufungutse Yesu uzamunambeho Tubana nawe,asigarana natwe Aho byananiranye
Wow! Yezu arakomeye. Part 2 pls
Ntagisa nokumenya Yesu ,mukobwa wa Yesu Imana ikomeze kuguhumugisha Gerard nawe Imana iguhumugisha ibiganiro uduha biratwubaka.
@ngurukiraemmy3491
2 жыл бұрын
Ubutumwa bwiza bwubaka kdi b ukora kumitima yabenshi
Woww you are so beautiful inside and out😍😍Imana ni umukozi wumuhanga twese yaduhaye kwitwa abana bayo mbere ya byose,komera kandi ukomeze wamamaze ubutumwa bwiza burimo isomo rikomeye,God bless you
Mabazi G turagukunda cyane ujye uha ibiganiro nabahutu niho tuzajya tumenya aho urwanda ruhagaze. Hari nabahutu bakora urutonde rwabatutsi. Niko kwiyunga mumwuka.
Ariko Mana ndumva duhuye naguhobera wowe madam utanze ubu buhamya ufunguye byinshi abantu banarera abana batabyaye nukuri Imana kko ibasange pe.benshi barabababaza cyane.. mbega kdi byitwa ngo murahuje pe.
Nukuri turashaka part 2, uyu mubyeyi anyigishije kubabarira, mumyaka maze kwisi 26, nibwo nize kubabarira. Imana iguhe umugisha nshuti y'Imana😢
@user-iy4wh7ox9d
Ай бұрын
Imana yarakoze pe!!! Nyihaye impundu. Yarakureze iragukuza. Komera komera.
Uwo minister w'ingabo ni kabarebe tuuuu🥰🥰🥰
Ngumupfumu ngoyarakubwiye ngo Uwiteka Imana azabakiza bagiye kubica, ngo Imana izatuma wigamashuri meshi? Ushii uwosumupfumu!!!
Ester may God bless u.Gerard good Job.
Thank you again brother Gerard for hosting Esther... To my lovely sister Esther may our good lord keep you strong like you have been since day one blessings
@mukasafarijulienne4200
2 жыл бұрын
Yego Ester arakoze ku twibutsako nyuma yimbaraga zabana babantu
@mukasafarijulienne4200
2 жыл бұрын
Yego Ester arakoze cyane kutwubutsako nyuma yimbaraga zabana babantu hari izindimbaraga zikora tunashimira abantubose babashije kumwitaho mu mibabaro yose yahuyenayo Imana ibahe imigisha Kandi azagaruke
Ooooh Ester ahabwe umugisha 🙏🙏🙏🙏 Azagaruke vuba
Yesu agora neza atanga amahoro naho bitagashobotse. Imana iguhe umugisha Esher
Imana ikurinde mukobwa mwiza♥️♥️♥️♥️
Esther warabatuwe rwose ndafashijwe pe! Imana ishobora byose. Urakoze cyane Brother Gerard ubundi ndareba nkirinda gukora comment ariko birandenze. Imana ibahe umugisha
Ahugeze uRwanda ni mama wawe Kd umubyeyi mwiza atanga imbabazi Niba nta wagusabye imbabazi Mubabarire mbere yuko azikwaka Niryo shema ryiza Ubaka uwaguhetse Umubyeyi wawe ukurimo wose ntawundi ni uRwanda Komera mwana wacu mwa w'uRwanda
Esther, umenye ko utari wenyene. Imana ishimwe ko yagukujije none ubu yaguhaye n'abantu bawe. Ubu ufise aba sisters benshi. Warakoze caane gutanga iyo nkuru ku buzima bwawe. Na Gerard turagushimiye caane kuri ako kazi ukora. Imana iguhe imigisha myinshi.
Esther courage Imana iguhumugisha waciye murivyishi bikomeye jewe mfise akabazo nonese wamugome yagutoteza baramufunguye??Gerard muzomutumire agaruke arakuribikomere kumutima kabisa nawewe Gerard Imana iguhumugisha Amen
Imana iguhe umugisha Esther kd warakoze kubabarira,ariko shahu usa na Liliane kabaganza wumuhanzi Imana ikomeze ikuzigame🙏🙏🙏🙏
Komera Esther kubaho kwacu gifite impamvu. Gerard komereza aho nawe ujye uzana abantu nkaba bomora imitima ifite intimba.
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭komera Imana izibyose
Imana iguh'umugisha dear Gerard na Ester umudamu w'igikundiro wagiriwe ubuntu. Ubu buhamya buranyubatse. Byazaba byiza yanditse igitabo .
Thanks for testimony? Uzagaruk
Mbega imirimo y'Imana!ariko ntago atubwiye kuri wamutate wamufashije kujya kwiga secondary uko byarangiye
Wamuvyeyiwe uzuhora uvuga Yesu Kristo kuko waramubonyepe! 🙏Kandi yarakugiriye neza yaguhaye kubaho aguharira nivyaha agutoza kugirimbabazi nokumushingira intahe vyukuri yewe nukuri irizabimbuto ntiriburwa 🤭 iyintahe iranyujuju mwimbaraga 👍🇧🇮🇧🇮🙏🇧🇮
Imana ibahe umugisha Esther na Gerarld. Ubu buhamya buramfashije bwanafasha benshi. Bishobotse mwaduha contacts z'uyu mushiki wacu muri Christo
Esther urimwiza kanda Imana yakugiriye neza kandi ntegereje umunsi uzagaruka kuduha ubuhamya Gerard uzameenyeshe murakoze
Alleluia alleluia alleluia;nihasingizwe Iman yacu itugabira umucyo uhoraho ikatweyuraho umwijima ukabije! Komera muvandimwe !❤❤❤
Icyo bita kuba umusirikare nyawe muri Kristu Yezu .ama course warayakoze kweri kandi ntaho wigeze usibira.muvandi nturangare urugendo raracyahari komeza👏👏👏👏
Yooo ngo bamuhaye n’umunani disi. Mbega urukundo
Yoooooo disi urankomeje nanjyaga mvugango Imana yaradukomerekeje arko mbonye ko ntacyo nkwiye kuvuga.gusa Imana natwe yaratwomoye nishimwe.
Mukobwa mwiza Imana ishimwe ko yabanye nawe Kandi ikigindana nawe izagendana nawe Kandi ujyumenya ko urintwari ujye ukomeza kwisekera useka neza Kandi urumunyabwenge peee love u
Ndabasuje urakoze cyane kubuhamyabwawe uzagaruke ndafashijwe
Icyo uzaba cyo kuragutegereza ego maman nibyo 🤝
Mana weee warakoze kumuhindurira amateka peee sait Joseph nubu iriho uzaze kubasura maman mwiza 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Gelard namwe Imana iguhe umugisha ubu nubutumwa bwiza twari dukwiriye kumenya imbaraga zImana zikiza umuntu agahinduka icyaremwe gishya
Esther Yesu akomeze kukungerera Imbaraga ufashe benshi
Yooo Uri mwiza Esther Kandi Imana ishimwe yakoze umurimo ukomeye muri wowe iranakomeje nyabusa.uvuga neza ,useka neza Kandi Uzi kuvuga Imana neza komera mama
ADEPR habamo ni impyisi uretse ni ihene.Gusa nintama zirahaba
Ester Imana iguhe umugisha ndagukunze utwigishije byinshi urakoze cyane
Imana ishimwe kuko ari itumenyera ibidukwiriye
Ihangane wa mwana we . Ndababaaaaye. Mbuze icyo mvuga
Ubuhamya bwawe burandijeje kabs Imana ibandanye ikugirere neza nukuri, ukuntu useka neza uwutakuzi niyomenyako waciye mubikomeye.
We can’t wait part 2❤️❤️may God bless her❤️
Iwacu Ku Mayaga , Imana ishimwe ko Esther yabonye umuryango uwiteka we wakoze ibikomeye
Ariko shenge uri nakiza ndagukunze cyaneee imana ishimwe KO yakwaguye ikunda imfubyi Ntabwo yababaza umuntu iteka
Akazi keza gerarld, uri mu buscologi professionnel frère. Imana ishimwe
Ndalize aliko !!ndabishimiye Wabaye intwali.reka nsabye Gerad azaduhuze. Bahoo.
Hallelujah manaw ukura Kure cakora urankomej
Murakoze cane kuricokiganiro. Gikoze iciza kuri benshi. Imana ikomeze kubazigama. Ester arakwiye kugira chaîne yigishabandi urukundo rushingiye kumana.
Ester genda uri UMUCOMANDO wa YESU KRISTO IMANA IGUHEGIRE AMEN
God bless you
Imana igukomereze uwo munezero wahawe kubuntu bw'Imana kd abandi barawubuze
Imana yarakurinze bambe 🙏🙏
Yoooo uyu mumama ndamukunze cane ihangane nubwo bitaribyoroshe ico gihe ❤
Yoooooo mbega ikiganiro cyiza! Urakoze Rwose Kutuganiriza
For sure ndagukunze pe
Byarambabaje ngo aherutse gupfusha umwana w umuhungu!ihangane mama.
Mukobwa courage singukomeza urakomeye
Amen mukobwawamama ubuhamya bwawe buranyigishije Imanayarakozekubananawe muribyose