Nahanuye Ko HABYARIMANA Azapfa Ari KWIYAMAMAZA😭Ndi Kuzenguruka uRWANDA NSENGA IMANA😭Umuhanuzi MESHAK
Ойын-сауық
#Rebroadcasted
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Пікірлер: 76
Uri umuhanuzi Koko Imana iguhaze uburame Kandi umugisha w'Imana uzakomeho n'umuryango wawe amen.
Yararimo umuka w'Imana ntabwo yarumupfumu ikikiganiro kiranshimishije.Umusaza wacu Imana imukomereze amaboko❤❤
Imana ibahe umugisha nibwo bwa 1numvise ko Magayane yari umukristo,biramfashije pe natekerezaga ukuntu umupfumu avuga ibintu bigasohora
Nukuri mubyeyi, mukama akuwe omukisa webale kuweleeza bambi tugenda kwegayiyalira 🙇🙇🙇🙇🙇 egwanga 🇷🇼lya ffe
Imana ibahe umugisha ndogeye ndamubonye disi yasegeye nanyama rya ndazirya duhurire mugiterane iburasirazuba murwanda
magayane,nyirabiyori, meschak,iyo mana ibakoresha yararimbutse. sekibi serupfu uragurira abantu rwawe, waratsinzwe sekibi ur'igicibwa uri ikivume. Ndakurimbuye mw'Izina rya Yezu Kristu.
Unsabirekumana yomwijuru izabanenajye muminsinshigaje impe ubwenge bwokuyitwaramoneza murakoze
Imana iguhe umugisha muhanuzi w'Imana, urakoze kongera kutwibutsa gukomera kw' Imana
Imana iguhe umugisha mubyeyi mwiza Imana yamahoro ikomeze kugushyigikira ikuzuze imbaraga namavuta
Urukozi mwiza W'Imana mutama papa burya jw ndakwokura caane. Iyonkubonye unyibutsa pp wanje yapfuye kirimuto komera Imana Izakumpere Ijuru ntakindo nokwipfuriza
Murakoze, Ngewe numva amatorero mu ntara zacu zapanga gahunda ya za concert zo gukangurira abantu kwihana kugirango n'abasengera igihugu biborohere, Imana nayo nibwo Izaturinda kurushaho!
Tegura amasaziro yo Mumwuka Meshake we kuko aho uhagaze siho Imana igushaka umutima wawe urabizi nawe kandi jye ndagukunda kuko cyera wariho Umwuka w'Imana
Nukur twizeyeko iyurigutakambira izakumva mubyeyi wacu imbaraga namavuta❤
Imana ikugumeho mukozi w'Imana meshake turagukunda
Mukozi w,Imana igukomeze kd nu Muryango wawe kd ikomeze iguhe imbaraga namavuta
Ahubwo se ninde Muhanuzi wahuye n'ibyago nk'ibya Meshake.iwavu ninde? Kandi akabigumamo ntareke IMANA. Niyo mpamvu nemera ibyo avhanura.
Amen lman ishishikare kutwibutse iyotwavuy🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦🇸🇦🤗
Nsengera mukozi w'Imana!Turagukunda❤
Mubyeyi ijuru uzaritahe rwose warakoze cyane uragasaza neza
Ndishimye nubwambere mbonye uyu mubyeyi ufite umwuzuro muritwe nahabwe umugisha
Uyu umusaza nyamara aravuze pe! Ndabyumvise❤
Imana ibahe umugisha
kuki wowe udapfa ahubwo, imana yo mwijuru niwowe yereka gusa, uri umusazi gica
Uwampa guhanura nanjye ndabikunda nubwo bubamo intambara nyinshi nanjye munsengere inyuzuze
Imana ibashyigikire
Ngo bakugurire imodoka y'iki koko? Ko nta butumwa bwa Christ uvuga, ahubwo ugenda uvuga magayane,uwo muzimu wa Magayane,wamuretse ugakurikira Yesu christo, ko ariwe wagupfiriye ku musaraba koko.
Nanjye hashize igihe imyaka, IMANA Yampaye ubutumwa bw'Abanyarwanda bose mu byiviro bitatu kandi Irambwira ngo nzabutange ku Bantareanda bose kugera hejuru ku Bayonozi b'igihgu kand ibypi narabikoze.Bwaviye no Ninyanakuru bitandukanye harimi n'ibinyanakuru bitandukanye. Ibyo byiciro 3 ni: Abanyarwanda bavitse ku ucumu, Abanyarwanda batahutse bavuye mu mahanga bari barimwe uburenganzira bwo kuba mu gihugu cyabo IMANA Ikavyura muri Gakondo yabo, icyicito cya 3, ni Abanyarwanda bishe abanyarwanda bene wabo bagahunga iyo mashyamba, hanyuma abasabye IMANA kubasubiza Iwabo bagatahuka bagasubira mu buzima bysanzwe. ndetse bagashyirwa mu nzego z'ubyyobozu zitandukanye , ibyo byiciro byose ngo nta numwe utatahize umuhigo ko bazakorera IMANA bakayubaha, IMANA Yampaye ubwi butumwa ibabaye kuko nho abo bose bibagiwe guhingura iyo mihigo. Ubwo butumwa nabuhawe mu nxonzi ndinziye mbibona btanditse ku hikuta cy'inzu maze ndabyuka ndandika ndabutanga. Nuko Yambwiye ngo Bantarwanda mwatibahiwe mwararenzwe. None mwihane muhihutire IMANA. If not mwiikurutira gihugu cy'IMANA Ibyago. Musome Gutegeka kwa 2: 8. Imana Yarabinyetetse.
Iyo urebye imibereho y'abanyarwanda ukabona iterambere rirakataje umutekano niwose ariko ikibabaje kandi kiba giteye agahinda nuko ubona twagiye kure y'Imana.urukundo rwarakonje ubusambanyi (iyo tubona inda zidateganyijwe!!!)n'ubutinganyi nabwo burimo.Dukeneye kugarukira Imana tukabana hagati yacu nta buryarya.
Urakoze
Sinzi niba rero Imana yarabikuyeho😮
Ntamuhamuzi humwibone Meshak urishushanya ushobora kuba uri umupfumu waravangiwe?
None se wa mubyeyi we. Ko eliya yasigiye umwitero elisa, none wowe ukatubwira ko wawusigiwe na magayane, urumva uba utari kuduhahamura uvuga ko ari Imana igutumye? Twemere iki tureke iki?
It means that umwuka wa magayane niwo umurimo abadeper Mwarayobye😊
@TYFashion_cosmetics409
19 күн бұрын
😂😂😂 nanjye ubu mba numiwe pe.
Mbariza pasteur meshake niba akiba mugatenga?
Turagukunda pe!
Mbega ubuhamya
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Twarabyibagiwe rwose ahubwo sinzi ikizakurikira😭
Uwo musaza ndamuzi, ya zanye umugore wa bandi amukodeshrreza murugo ahitwa (lkinyinya) uzambaze ko atahazi ubwose avuga ko yatwe n,Imana ate? ,nijyewe kuko arige ya kodesheje sinjya nemera ibyo avuga uwo mu mama bamwita Maman Cemprisse uzamubaze ko atamuzi
@TYFashion_cosmetics409
19 күн бұрын
😂😂😂😂
Ariko se igihe ubisubiyemo ko ari kirekire ko ntakindi gisohora ntakindi ukibona ntamwuka ukikubamo?
Turakunva komeza ubeho
Umuhanuzi w' umuzaza rwose! ubuhanuzi bwo mumyaka 32 ubwo bufasha iki abantu?
Mwagiye mwigisha abaturage uko bankwiye kwiteza imbere?ubuhanuzi nubwabanyafrica.niyompamvu Africa idatera imbere.
Ikikigoryi igitekamutwe gisigaye giteye iseseme
Magayane ?wowe urazimiza ugira nubwoba.erura nkamagayane.
Wakoze kuzana mishake
Umutubuzi meshaki
Wa Mugabowe waracanganyikiwe
Keretse niba warabyutse, ariko nkuzo waraguye wowe na Pascal Nsengiyumva mutuburira abantu i musanze za 2008, ngo buri wese atange icyo yazanye 🙄🙄
Natunguwe nukuntu upanga amasengesho ugaca abantu amafaranga
😂😂😂😂 ngo magayane yasize akubwiye ngo uzahanure ibyo atahanuye?magayane se niwe mana usenga? Wamusazawe udahindukiriye Imana ugiye gusaza nabi.
Ngo
😮
Hi
Kuki ntakintu na kimwe uhanura ngo gisohore?
None se uba uri sur y ibyo uvuga
None ubahehe ?
Tuributsa abakunda ubutumwa bwiza buca kuri Zaburi nshya ndetse na Meshake TV7 ko turi mu gikorwa cyo gushakira transport(imodoka ) yo kujya ifasha umuhanuzi mu kuvuga ubutumwa ,buri wese ureba ikiganiro atanze Amafaranga igihumbi twabona inkunga ikenewe mu kugura imodoka
@TYFashion_cosmetics409
19 күн бұрын
Ariko ye😂 imodoka azayitwarira mu ntambara ko ahanura intambara gusa😂😂ntimukibe abantu mwitwaje ijambo ry'Imana.twarabamenye.
What??
Uyu musaza azabeshya kugeza ryari koko
Ni uko Habyara mwari mwaramwifatiyei!Uzasare ibyo bisazi ubu turebe!!!
@TYFashion_cosmetics409
19 күн бұрын
😂😂😂😂
Yooooo
Muri burera meshake turamuzi numuhanuzi
Nawe uzapfe wenyine apuuuu ceceka
Uri umukozi wa sekibi
Uzumirwa😂😂
Y
Don't lie
Toka shitani
Hhhhhh
uragurira abantu urupfu rwawe.
Uri umuhanuzi Koko Imana iguhaze uburame Kandi umugisha w'Imana uzakomeho n'umuryango wawe amen.