NA CANADA ABAGABO BARAKUBITWA|UMUGORE wanjye bamunciyeho intege|KOZA AMASAHANI iwanjye si ikibazo
Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
Пікірлер: 137
NICE NDATABAYE: www.youtube.com/@nicendatabaye
@user-dd5zm2bj2b
9 ай бұрын
Nda ba kurikira cyane sabe kuri isimbi. Muzaze kudusura natwe tuba mugiturage cya Canada tubafitiye amakuru meshi cyane muza mpamagare. Uzabaze gitwaza amazina yange nitwa kariza Marie chantal wo Muri kave Kwa gitwaza
@uwimanakarikireclaudine6289
9 ай бұрын
Nice ndatabaye ndagukunda, na madam wawe ni mwiza
@merryiyakaremye948
9 ай бұрын
Sabin uzatumire Young glaise nawe afite ibyo byiringiro nice afite wumve uko abantu bazajya batungurwa babonye yarigendeye mu ijuru bamurebera mubu star bakibwirako abambara ibishura aribo bazajya mu ijuru ntakintu nakimwe umwana wumuntu yakora ngo kimuheshe ijuru uretse kwemera ko uri umunyabyaha ukamanika amaboko ukemera umukiranutsi Yesu ko yagucunguje amaraso yiwe akakoza ukera de
@katushabeapophia4029
9 ай бұрын
¹
@katushabeapophia4029
9 ай бұрын
1
Abantu mwese mwakiriye yesu nkumwami numukiza Kandi mukaba mucyeye mumitima yanyu mukaba mukunda abacyene mwanga nakarengane like plz maze tumwaze Satan nabambari bayo
@UrwibutsoSandrine-lj6bq
9 ай бұрын
Noneho abataramwakiriye bayihorere hhhhh
@songacohen9441
9 ай бұрын
Yego
Ndibuka 2019 ubwo narimfite ikibazo kinkomereye ndasenga ariko mubyukuri kwizera kwari guke pee kuko narebaga uko ikibazo narimfite cyakemuka simbibone pee Mwijoro ndyamye umuntu araza andirimbira iyi ndirimbo "ambereye maso" kuva uwo munsi nagize amahoro mumutima yewe nacyakibazo gikemuka muburyo ntatekerezaga Yesu atubereye maso mumwizere
@dianetuyishime5897
9 ай бұрын
Amen
@BucuraBwaRusine
9 ай бұрын
Amen
Guhera uyu munsi nzajya ndeba indirimbo zawe,nkunze regard ufite ku muryango,kuri couple nyarwanda. Respect ...
@aimeenyirandaganje7626
9 ай бұрын
Najye
Niba hari inama zakabaye zitangwa mu miryango isenga n'idasenga nizi, kuko kutamenya ibi Nice avuga uba ukiri inyuma mu myumvire nukuri, urugo nurw'umugore n'umugabo bakorera hamwe.Gutekera abana banjye madam adahari,arwaye cg ananiwe numva ar'isomo mba mpaye abo bana ntavuze, kdi risigara mitwe yabo.Gukora ikintu kimwe madam arimo gukora ikindi bitanga umunezero kuri mwese kko uwukunda unamurinda imvune z'imirimo zitari ngombwa.Thx
Imana ishimwe kuba hari abantu nkawe. Jya uhora utanga inyigisho ni umugisha. Kristu Mwami ganza. Ntawe uhitamo aho avuka, uko avuka, icyo aricyo, abo avukaho, Bityo rero turapfa iki; kuki tuziza abandi icyo baricyo. Muntu wese cyane cyane wowe Munyarwanda, Munyarwandakazi, byibazeho kandi uhore ubizirikana. Icyo nicyo cyaduha amahoro.
Imisozi yari imbere yacu yakuweho n'izina ry'Uwiteka, iyabikoze n'ubu iracakora,woye gutinya ibiteye ubwoba biri imbere 🪗🪘🥁🥁🥁🎻🎹 niyo nari ndamuziho cne. 🥰🥰
I usually don't comment on KZread but this man is everything 👏 wise man kbs, Abagabo bakwigireho pe!!!
@user-nj1nm7sp9q
9 ай бұрын
Sha nanjye ndamwigiraho 😂😂😂 Brenda nitwa Jimmy Emily ndagusuhuje mwana
Imana Iguhe umugisha kubwo kuganira Ubutumwa bwiza bwana nice ndatabye❤ true gospel rwose❤
Amen amen ufite inyigisho nziza kuri za famille.ati harimo abigizayo abagore babo cg abagabobabo bakiyegereza ba mama cg abavandimwe babo 😂😂😂😂yemwe ababikoraga bahinduke.
Namenyeko ngoswe nigicu ningabo nyishi zikomeye ntabwoba nfise habenagato yesu mbereye maso .ndabaye yesu aguhe umugisha nawe Sabin yesu aguhe umugisha
Nkunda cyane Indirimbo yawe wakoranye na Gentil Misigaro Perfect song
Uyu mupapa numwana mwiza cyane badufasha guhindira lmyuumvire idakwiye yabagabo bagenzibacu Kwigirintare murugo ntibikigezeeho rwose. Gusa tugomba guhindur"imyumvire
Welcome back in Rda, we love your songs, God bless u
Wow!what a wise man Imana ikomeze ikwagure
Wauuuuuuu preach the good news sir ❤Christ is saviour once you receive Him he give u internal peace and made u righteous
Ndaryohewe caneee Wakoze Nice Ndatabaye👏 God bless him abundantly 🙏
Mugye mwigisha bariya bagabo bo Muri Africa ko na muboyi uba Muri Canada Kandi umugore nu mugabo bose barakora so bose bagomba gukora akazi ko murugo sha umugabo atabikoze biramureba nicyo usanga umugore yarushe cyane akatangira kugira umujinya. Noneho birenze akirukana umugabo murugo yafuma abayeho wenyine abyikorere cyangwa aka bikorera abana be. So please 🙏 men don't be a lesi nago byoroshe utafise umukozi cyangwa umuvandimwe
@uwimanakarikireclaudine6289
9 ай бұрын
Koko x?
Woww Nice wlcm turakwishimiye cyane yesu atubereye maso ntabwoba dufite
Ndatabaye uri proud y’uwo uri we that’s really good guy komerezaho uri Umugabo kbsaaaa Abagabo bo muri Africa minds set yabo iri hasi cyaneeeeeeeeeeee ntakindi cyiza nko gufashanya na Mme wawe the most importantly kuba responsable w’urugo rwawe
@joselynembabazi8641
9 ай бұрын
His a good man really
Well done Nice!!!be blessed
Mwakoze cyane kutuzanira umutumirwa wumukozi w'IMANA 🙏
Nkunda indirimboze cyane reka nicare nkurikire iki kiganiro rwose❤❤❤
Twafashijwe pe Ndumuntu Utajyunemerera Ariko Uyumupapa aranyemeje Imani muhumugisha kdi Igume kumuhimbaraga❤ Thx Sabe
Mbega umugabo uganira neza. God bless you❤
Nice Ndatabaye 🙏🙏🙏🙏Isimbi tv na Sabin Mwakoze cyane 🙏🙏🙏
Nkunda SABIN kabisaaaaaaaaaa uzampe ikiganiro ninza mu Rwanda nkunda ISIMBI TV 📺
Amen,Merci Sabin
Abagabo n abasore bajijuke! Good interview !
Shaa, ndabona Sabin arikigaba😂😂😂😂 ntabwo afasha umugore we ibikogwa vyo murugo
Nice Ndatabaye & Hadassah Ndatabaye ❤❤
Kalibu Natabay uri evangeliste mwiza ❤️❤️❤️❤️
Habwa umugisha Nice ndagukunze
Nice man God Bless you and your family
You’re good man and it’s very true
Sha vraiment uvuga ibintu by’urugo neza pe!
Isimbi nzotuzanire ben chance turabakunda gaha muri canada
Ikiganiro kiryoshye ❤
Burya nice nimwene data ngushimiye Imana muvandimwe❤
Nice & gentle❤❤
Urimwo Imana uyivuga bivuye mu nda y umutima ❤🇧🇮
Wow glad to be the first
Urakoze cyane, gutunga Yesu kristo mumutima wawe uba utunze amahoro uko waba kose waba umukire cyangwa umukene, Imana iguhe umugisha
Uvuze Imana neza 👏👏
Yooo mbibonye ntinze disi narikwiyizira ndagukunda Imana ijye iguha umugisha
Imana iguhe umugisha mwinshiiiiiii ufite impano nyinshi kbsa.
I love this man ❤❤
Be blessed amahoro yesu atanga aruta ayisi
Be blessed man of God
God bless you my cousin ❤❤
SABIN, Ntabwo bavuga KOZA ABANA, bavuga GUKARABYA ABANA
You are right,urugo rwose biri natural more than spiritual harabirirwa mubahanuzi ng umugore ,umugore wanjye byagenze gutya na gutya instead yo kwicara ng musase instead
Imana iguhe umugisha mwinshi uvuze Imana neza pe
Proud of u Nice
Iman ikumpezagirire indirimbo zaw ziranyubaka can
Ndatabaye. Imana iguhe umugisha 😊
Imana igumye ikwagure nkunda indirimbo zawe 🙏🏾🙏🏾🙏🏾
From 48min.......end . My favorite part
Imana iguhe umugisha nkunda indirimbo zawe❤
Ariko Sabin wagiye ureka kwita umugabo umutware umubeshya bimaze iki? Abagabo biwacu bakunda ibyubahiro bakarenza
God Bless you nice❤
Nafashijwe Amen
Ndamukunze cyane ntg narimuzi
URI umuvugabutumwa mwiza pe urakoze utumye nsobanukirwa kd uhembuye ubugingo bwanjye
Mbaye uwambere
Courage kwazi nichanditswe courage bro
Urakoze kuvuga Yesu
Wise man
Ushaka gukomeza gukurikira ubutumwa bwiza wakurikira "IJURU NTIRIKORERWA TV"
God bless you 🙏🙏🙏
Uririmba neza kndi Ukunda urugo rwawepee❤❤
I am number one
isimbi tuzaniye ben chance turakunda gaha canada
Nice❤
Love you bro
❤❤❤lv u!!!!
Uko nukuri uwamenye Yesu yamenye na Se
❤❤❤
Nice komereza aho ivyoubuze vyoooooose nukuri nukuri kuzuye peeeeeeee ntibiherere ngaho komeza wigishe ndagukuuuuuunze peeeeeeee ufise ibitekerezo vyiza peeeeeeeee
Umutumirwa nkunda indirimbo ze, ka numve ikiganiro.
❤❤❤❤❤
Ndakwikundira
Uyumukozi w'Imana ndamukunda cyane iyo avuga Imana ubona ari ibintu bimurimo. Nkunda uburyo aganira arasetsa cyane ameze nka Adrien Misigaro uwabahuza mukiganiro kimwe hashya kokoooo🔥🔥🔥😂
@mamaal6949
9 ай бұрын
😂😂😂oya peee uhuje ibintu bidahuye😂😂😂😂 Uyu mugabo rwose arakijijwe no mubuzima busanzwe ni imfura cyane
Ibyutubwiye niba ariko bimeze kera wiberamwijururito ryurugo rata courage imanigushugikire muribyose uve kumyumviremibi yabagabo bigizintare ngonibwo bugabo
@benimanaclaire6467
9 ай бұрын
Ukuri ni ukuri Umugabo cg umugore ahagaze munshingano ze ntabibazo byaba mumiryango
@mamaal6949
9 ай бұрын
Niko bimeze nabihamya rwose si bimwe byabantu bamwe baza bijijisha
Amen amen amen 🙏🙏🙏🙏❤️❤️❤️❤️
sha umanza njye nteka nka 90 % mu rugo iwanjye nibindi mbikora numva ko arugukorera urugo rwanjye kandi ninshingano zanjye kuva ndwubatse.
Kristu Niwe Mahoro yacu
Manaweee uratwigishije pee.
Uzaze Muri Winnipeg Manitoba tuza kubwira ukuri pee
I am a fan
@IradukundaYvette-uc1lg
9 ай бұрын
Uzamwandikire kuri number ABA yayishyizeg
Uri umuntu w'umugabo.
Wooooa men ❤❤❤❤❤❤❤🙇♂️🙇♂️🙇♂️🙇♂️🙇♂️🙇♂️🙇♂️🙇♂️🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🇧🇮❤🇷🇼❤🙇♂️🙇♂️🙇♂️🙏🙏🙏
Nawe nukuvuga ikinyamurenge niyo ushitse mu rwanda kuko ntawutacumva kandi niho nabandi bataza batinya kukivuga. Abarundi abanya rwanda abanyamurenge bose ntamusemuzi akenerwa
Uvuze ikoramutima peeeeee
Muri Africa nibyo haracyari imyumvire yuko umugabo haribyo atagomba gukora .Naho mu mahanga barafashanya muri byose kandi si ukuganzwa n umugore ahubwo nibyo byiza barumvikana kurushaho kuko bafatanya byose
Hhhhh ❤
Harikare ubu ashitse aguhinduka nkakomunda bikakuyobera kandi avuye muri Africa
Hadasa disi waramusize
Ogeraho kobanakubura Ahobakorera kukazi
Uzuhuze sabe ndamukubuye kadi sindamubona