Mu bwoba bwinshi Mama ERIC ahanuriye ku gitambaro uko Imana yamutegetse| Ibyo mwaruhiye ntimuzabirya
Ойын-сауық
#Maman_Eric0784198502
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Пікірлер: 137
Abakunda zaburi nshya mumpe like
@hopewajye5449
3 жыл бұрын
Ndayikunda
@wandauwimana2080
3 жыл бұрын
Aho ntanejeje Uwiteka Angirire ibambe nukuri Sinshaka kuzarimbuka kdi naramenye inzira yukuri Mwizina rya Yesu christo niryo nsenzemo nsaba Amen
@nyampingatherse6417
3 жыл бұрын
Ntawayikunda nkanjye nyemera kubi yampinduriye ubuzima
@lillyelyse9958
3 жыл бұрын
Nyikunda kubi
@keniathumani8694
3 жыл бұрын
Penda sannaa mungu anaongea na akisema ndio hakuna wa kupinga
Manayange Ndakwinginze Umbabarire ntagahigihigi kuko ishyano ryose nararikoze ibizira bishishana byose narabikoze nukuri narenze kuba ingurube ariko Mana mbabarira nciye bugufi umfashe sinzongera nizeye amaraso ya Yesu nagakiza kImana amena.
@muroramary3019
3 жыл бұрын
Yesu akweze agutunganye ariko wihanire kureka.
Imana imbabarire cane nakoze ibibi vyinshi narenze urugero, urukundo rwampezemwo, kudatanga dîme, kudamarara ni vyose nakoze ibitabereye mu maso yawe vyose ivyo nibuka nivyo ntibuka ndakwinginze umbabarire cane ubabarire n'umwana wanje n'umuryango wanje n'abo waremye bose uzoba ukoze cane 🙏🙏🙏
Imana idutabare twihanire kureka ariko zaburi irigukata ubutumwakuko kuko uwabuhawe yabuvuze nibazako ikibazo kiri kurimwe muzabibazwa kuko uwatumwe yasohoje mwe muragabanya
@TheCharity.
3 жыл бұрын
Nibyo nanjye nabonye ko Plaisir hari ubutumwa yagiye akataho. Kandi na John Ryanjye yavuze ko hari ibyo yavuze nuko Plaisir arabika ntiyabitangaza.
Bsr! MamanEric ,ntiwavangiwe!nibyo koko Umwami w,idoma ari bugufi Turebe mu Ijuru!
Amen! Nukuri uwiteka abariwe ujya muruhande rwacu.duhishe mwami mumababa yawe.
Narigukumbuye mama wange Uwiteka abampere umugisha ndabakunda cyne
Mukomere bavandimwe muri Yezu Kristu.Mama Eric Arasa neza kbsa.Ubwiza bw,Imana bumuriho pe.lmana iduhane Umugisha.
Narinkumbuye cyane Mama Eric, umuhanuzi w'imana byukuli, Zaburi shya mwari mwaratinze kutugezaho ubutumwa bw'Imana buva mububiko bwayo. Mama Eric Imana imunyuzamo ibyayo Kandi byihitirwa cyane. uyu munsi mwakoze. Imana ishimwe yo yibihe byose.
Amen Imana ni nyembabazi itubabarire yongere itweze. Iduhe urukundo rwarazimye pe
Maman Eric turakwemera mubyeyi komeza uyivugire natwe yadukoreye ibikokeye turayishimye iyo ndebye iyo nzu wicayemo ndushaho kuyishima ntawayikoreye uzikorera amaboko Amen
Imana itweze iduhishe mumababa yayo. Kdi uduhe ingabire y urukundo rw ukuri.
Yewe Imana iladukunda pe twibukijwe byinji kunyurira muriyi ndirimbo ya 38.Imana iguhe umugisha mama ERIC na bakozi ba zaburi nsha nawe Plesil
@josephinentibateganya9373
3 жыл бұрын
👞👞👞👞👞👞👞👓
@Judbaks70
3 жыл бұрын
😁😇😇😇😇
@Judbaks70
3 жыл бұрын
😁😇😇😇😇
Enfin, la prophétesse qui me semble très juste parmi ceux que j'ai pu suivre présentés sur ce site jusqu'à l'instant en tous cas, Dieu la bénisse.
Imana yacu iradukunda cane ariko ntitwumva ariko duhindukir twikebukeeee!!!birababaj pe ibintu biriko bitakogwa bitey agahinda nihamw lmana idukunda cane ikatwihanganira.ubundiho!!!
Imana iturengere itubabarire
M.Eric Yesu nashimwe twari tugukumbuye
Iyo nkuge ni muri Yezu.arega ntahandi wasanga Amahoro yuzuye atari muri Yezu Kristu.hanze ya Yezu ntabuzima.ubu buzima turimo burazima.ariko Muri Yezu Kristu Hari Ubuzima buzima butazima.mwese mbifurije kuba muri ubwo Buzima Butazima.arko Plaisir Mam Eric ntakubeshyeye witaba Phone bigoye.gusa sinakurenganya uba uri muri rwinshi.
Nkunda abantu bavugana ubwitonzi👌🏻nkanka abantu bisambagura abo simbasha nokubateg amatwi. Murakoze kurunubutumwa
Nciye bugufi mana🙏🙏🙏🙏
Amen 🙏...Umwami akomeze akurinde muri byose 👏
Yesu nashimwe nukuri mama eric wabaye mwiza cyane sinari nkuherutse ndabona haricyo yesu yakoze pe icyubahiro nicyimana
rwoseeeee. imana nigarure icyubahiro cyayo,isabato rwose nibayivugeho be kuyirenza, nibakure abantu bimana murungabangabo,ukuri kurakenewe.
Imana iturengere niyo yonyine duhanze amaso
Umunyabwenge nasengere iby'Ubugingo no Gukiranuka.
Mama Eric twari tumukumbuye cyane. Ndabasuhuje mwese bakunzi ba zaburi shya
Plaisir na Thierry ndabasuhuje cyane Umwami Mana abakomereze amaboko
Nukuri ubwiza bw,Imana bukuriho gumamo
Imana ituma Yona inenewe nukuri yarifite intego yo kuharimbura, ariko baciye bugufi irigarura. Ikibabaje nukubona abantu bemera guca bugufi. Manawe ntuzarimburane inkozi zibibi nabakubaha. Amarasoyo yinzirakarengane amaze gutera ikibazo.
Utubabari uwiteka udukomereze amaboko nti ducogore murugendo. Mama eric Imana idakiranirwa ngo yibagirwe imirirmo iguhe umugisha
Amen. Tubabarire Yesu utweze udutunganye. 🧎♀️🧎♀️🧎♀️🧎♀️🧎♂️🧎♂️🧎♂️
Buno butumwa haribyo bagiye bakuramo kohari amagambo agiye adahura nk'ikibuga cy'indege ko mwagiciyemo kabiri
Amen. Urakoze Mubyeyi kutugezaho ububutumwa. Guma murayo mavuta n umuhamagaro
IMANA iguhe umugisha Mama Éric nukuri pe IMANA itubabatire
Ubuse ko mubikata kandi wenda aribyo Imana yashakaga ko byumvikana.ariko uwumva yumvise
Merci mama imana iguhe umugisha kutubulira
Jewe nsinzwe n ikigiracumi, Imana ingirire imbabazi
IMANA Imbabarire cyane, aho ntabashije KUYIKORERA uko bikwiriye, aho ntayitunganiye hose. UWITEKA ni Wowe mugabane mfite, ndakwinginze WONGERE kumpembura mu buryo BW'UMWUKA WERA, MFATA UKUBOKO UNGENDESHE YNGEZE AHO USHAKA KO MBA. IMANA IGUHE UMUGISHA MUKOZI W'IMANA MAMaN Eric. Zaburi NSHYA, Muhabwe umugisha. Plaisir, Thierry na Pamphile. Nanjye rwose mujye munyibuka mu Isengesho. PAULO YABWIYE Timotheo, ngo ajye asabira Abera bose, kuko ari nta kiveragezo KITARI RUSANGE mu bantu.
Hezagirwa, nikobiri, abamarangamutima nibaceceke, kuko Imana ishika kugarura icubahiro cayooooo.
Gusa Imana ihabwe icyubahiro pe amategeko y'Imana nintakuka pe isabato nisezerano ridakuka pe uwiteka yongeye kubihamya
@niyonsengaclementine806
3 жыл бұрын
rwose nintakuka
IMANA injye iguha umugisha mwinshi
mama eric Imana iguhe umugisha
guta ubutumwa sibyiza. Imigani 16:17 -> Inzira y'abakiranutsi ni ukureka ibibi; Uwirinda mu migenzerezeye aba arinda ubugingo bwe.
Amen.Imana ishimwe ko ituburira buri munsi.reka numve
@janeth.roseusimuachemungua9230
3 жыл бұрын
Mungu akubariki Sana mama Eric ubarikiwe Sana kwa ujumbe wa neno la mungu rimenigusa sana
Amen,ndagukunda mubyeyi Kandi courage
Imana iguhumugisha ubundi imana idutabare
Idont care how u look but u heart ❤ntabwo wejejwe
Imana izandengere njye numuryango wanjye.
Imana imbabarire njye numuryango wanjye
Imana itubabarire
Imana ntaho itakurumuntu kd irasezeranya irasohoza kd ntawayiringira uzakorwa nisoni gsa neza nukubera yumviyimana
Imana idufashe
Tubabarire Mana, uyu mudame asubiye mu byavuzwe na Marcel ku murabyo.
Nkeneye imana ivuga.
Thank you Jesus love you so much Jesus 💓💓💓🙌💕thank you mamma ❤️🇧🇻🇧🇻
@Judbaks70
3 жыл бұрын
Thank you Jesus love you
Plaisir na Thierry Imana ibane namwe. Ariko ibyo avuze ku kibuga cy,indege mwabikase kandi twashoboraga gusenga niba ari bibi bigakurwaho., Na Onapo mwagiye muyikata
Jewe.ndumvise..yesu.aguhumugisha....
Komera mama Eric
Ese mama Eric gusezerana kwabashakanye ni mu murenge cg ni mu rusengero.kuko hari amatorero atemerera abishyingiye gusezerana mu rusengero.
Maman.eric ndagukunda.
Imana itubabarire.ariko uravuze ngo ikibugakindege ntiwabirangiza
@nyirarukundoceline5490
3 жыл бұрын
Babikase
Nukuri imana itubabarire twarahemutse twinangira imitima
Arasa nabicye pe imana ndayishimye pe yarakoze
yesuwe ndunva gizubwoba manawe watubabariye koko
Iyi video irasa. Nkaho haribyavuyemo message yuyu mudamu mukayigabanya !byabarakaga birutwa nuko mwamurangira indi channel akabunyuzaho
Ariko wabaye mwiza
Imana yarabikoze ishimwe
@izabonheur598
2 жыл бұрын
Oh Mana uwo mugore wumugome yanze umwana we arigukora iki ibyo asenga nibiki ?ibyakorabyose ni ubusa uwo ni satani umukoresha si Imana kuko ariyo ntiyakwanga umwana we nabanze afashe uriya mwana bite Abayisenga Jean Dodieu ntarusoni ngo azajya yihandagaza ngo arikuvuga ubutumwa kandi ari umwicanyi gutyo amaraso yuriyamwana wakoreye ubugome kuriya azagukoraho ubugome bwawe ninkubwa satani uwakubona uvuga wagirango uri umuntu nuku igise kiryana watinyuka koko???? Ariko byaranuwe ko mugihe kimperuka ababyeyi bazihakana abana babo koko hakadukaho na bavuga butumwa bibinyoma Mada rekeraho
Habwumugisha n'Uhoraho,
*#MamanEric**, Mukozi w’Imana, ubutumwa bwawe ndabwemera ntashindikanya.* *Ikindi, ubutumwa Imana yaguhaye bujya gusa nubwo Imana Iherutse guha umugabo witwa MARCEL ( yabunyujije kuri Channel UMURABYO TV).* *GUMAMO NEZA!😍❤*
Love u parents first urabeshya
Yesu ashimwe cyanee Mama Eric nari nkukumbuye nshuti y'Imana. Bivuge lata itazakuziza kubihisha🙏🙏
Wabona Aribino birunga nimitingito imana itubabarire
Ma. Eric Yesu nashimwe kandi nazaburinshya Yesu abahe umugisha. Ndashaka kubaza nti ese none Kucyumweru ni kusabato, Nonese ku isabato ni kucyumweru????? Yesu nadushoboze. Mama Eric none ko Imana yakubajije ityo ukuri ni ukuhe?
@mwihorezechristine4478
3 жыл бұрын
Nanjye ndifuza ko yadusobanurira aha hantu!
Uhuuuuuuuuu nyamara nidushaka twihane gusa ngo amatwi arimo urupfu Uwiteka Mana rengera ubwoko bwawe
🙏🙏🙏🙏
Maman Eric haribyo yasimbutse ikibuga kindege yaravuze ko aharenze?
🙏🙏🌹💐
Ngo kukibuga k,'indege? Ntiwatubwiye!
ISABATO niki?sinavyumvise neza
Menya waratinze kubivuga niriya mitingito !!
Manayanj mfasha umbabariribyahabyanj uzompe iherezoryiza
Nihatari kweri ntivyoroshe
turakwicyirije
Dutabare mwami yuuuuu🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Umwe yakuye abayisiraheri muri egiputa nimutayimpa muraba mumpemkie
Ni igiti cyo kumenya ikiza n,ikibi.
Njye mubahanuzi nemera uyumubyeyi ndamwera pee cyabikoze atumwa ibintu bikomeye
@jeandarcnyirambarushimana5767
3 жыл бұрын
Ni Mikaya niwe uhanura ibikakaye
Gukizwa nabi bitera umwaku
Nukuba maso tugeze mubihe byanyuma
Erega turakabije gukora ibibi surtout abanyarwanda
Numbers kuri mesage sinayifashe mumutwe
Amen
Yewe birakomeye PE.! Gusa abantu bakabije ubugome PE. Amaraso yo yamenetse nabakiyamena ni benshi. Njye mbona birenze. Ahubwose KO nabonye ADEPR Irimo guhagarika abantu batambutsa ubutumwa kuri KZread. Ubwo byo turabyita ngwicyi.? Imana idutabare.
Ndasaba numero kuri mesage jamani
Urukundo rwo ku banyarwanda ntarwo kbsa
Mbaze zaburi nsha kuki riziki chantal mutamuzana kuri camera ni kuki?
@yankurijemariejosee8893
3 жыл бұрын
Imana iguhe umugisha mubyeyi
@yankurijemariejosee8893
3 жыл бұрын
Zaburi nshya mwadushakiye Riziki Chantal nawe turamukumbuye pe
@maggiecurl8109
3 жыл бұрын
Riziki ntabwo ariwe wipangira kuza kuri camera kiretse afite ubutumwa yatumwe nabugira azaza nta kijya kimutaangiira.
@maggiecurl8109
3 жыл бұрын
Cameraman ko udakurura Aho icyo gitambaro Kiri Kandi turi kucyigiraho
@maggiecurl8109
3 жыл бұрын
Plaisir icyo kintu giteye ubwoba Imana yamubwiye uragikase ntabwo ugitangaje uzabibazwe kuko utatumye ijambo ryayo titugeraho uko yarivuze . Editing niyo ariko main message is untouchable
Abantu murazinduka koko😊ubu numvaga nabaye uwambere none ku munota wa 16 mbaye uwi 160🤔🙆
@mukahirwajacqueline3204
3 жыл бұрын
Mama Eric,uraho neza mama amahoro y,Imana abane namwe na,plaisir,thierry,zaburi nshya ndabakunda cyaneeeeee
@ferdanernutsinzi7977
3 жыл бұрын
None se ko mu iby'umubiri ubuhamya wo kuryai arara akarabye,mu iby'Umwuka byagenda gute?
Eeeeh yewe uvuze isabato kabisa abanya cumweru iyo umuntu avuze isabato baramubyira ngo nukwizirika kumatege yewe mushishoze neza hagiye kuza akarengane kandi kazaba ari hagati yichumweru ni sabato ukuri ndunva gutangiye kuja ahagaragara praise nawe uzarebe neza isabato niki? Kuki amatorero menshi itabyigisha🙏
@esronniyonkuru1685
3 жыл бұрын
Hahaha, ako karengane murakihutisha
Imana idufashe tuyoborwe nayo.
@ntahomvukiyeluc7799
3 жыл бұрын
Ndasuhuj plaisir ndagukunda
MUGE MUVUGA IBYO MWASOMYE MURI BIBLE MUREKE KUBESHYA NGO MWAVUGNYE N'IMANA . AREGA IMANA IRAKOMEYE NTABWO ARI IGIKINISHO CY'ABANTU