Mbega Ubuhamya😱 Najyaga NIBISHA INZOKA mu Nzu z'Abakire💔 illuminati yansabye ibitambo by'Abantu 30
Ойын-сауық
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Пікірлер: 44
Yessuuuuu wanjye! 😮 Ishimwe rwose kandi yongere ishimwe kuhuga agakiza.
Uyukathalina wakoreyiburundi cyane nibo bishe mujomba wanje yarumukire ariko Imana nikubabarire siwe wabikora nanjye ndakubabariye
Imana ni nziza, iradukunda cane🙏
Mwaje kuba iwacu mukubita papa muhakwa kumwica mwatera ibibuye kumiryango igasambuka mwaza muvuga indimi zose. Mwasahuye amasandugu atatu yamafaranga. Yari muri année 80. Nivyiza kowihanye. Iwacu hitwa kwa Jérôme mu Kamenge. Urahibuka . Umunyezamu mwaramuziritse muramukubita
ibintu bya Salongo biramenyekanye kbs
Jyewe ndakwumva haruwanyibye duhuye munsi ya Mille Coline hari kumwisho w ukwezi manuka ngana kuri sainte famille we yaturukaga i kibungo avuga yuko nimbimvuga azanyica nubu naracecetse nukuri kwa Mungu Papa urakoze hari muri 1973 uravuga ukuri
Yewe mwari mufite umuhate koko, kandi uwo mwagambiriye gucucura mwabigeragaho, nanjye nabaye umwe muri abo mwagiye mutuburira, ariko na n’ubu ninkaho byabaye ejo hashize, kuko bantumye kongera amake nari nifiteho maze nkajya kwiba amafaranga y’ababyeyi!! Maze bampfunyikira izo mpapuro ngo nze gufungura iyo bahasha nyuma y’amasaha 2. [ Ngo yari kwikuba incuro 10 ]. …Ikimwaro cyo kuba narizeye abo batekamutwe. Ubibabarirwe kuko wenda abari kongera kuzagwa muri iyo mitego bazegenda bagabanuka. Imana ishimwe kandi ihabwe icyubahiro.
Imana ishimwe ko Yesu yakurokoye
Uyu mugabo yibye kera kugihe cy'igisambo numvaga cyitwaga SEBUHINGA,gusa we yarapfuye
Abo batubuzi nanjye bangezeho ngo naba Frere mumugi ,gusa nahise mbatahura ndabacika🙆🙆 .Imanishimwe yabigukuyemo
😩😩yooo,Imana ishimwe yo yakugobotoye mur'ivyo bintu😕😕Yesu wee,ur'umutabazi ndabihamya
@umuhozaclaudine6455
Жыл бұрын
Pp
Yooo Imaniguhumugisha amabanga umennye yabatekamutwe,imanizakugarurira ibyo watakaje,niyutangubuhamya ukiri umuyobozi Uba warashyizwe kuyindi ntera
Mwarabagome Imana yabakuye mukaga
Yesu weee
Imana ishimwe yakurokoye ikanagukiza papa
@SaraSara-fp1uf
Жыл бұрын
Imana
@SaraSara-fp1uf
Жыл бұрын
Igukomeze
Abagome nkabo baracyariho nanjye baranyibye. Gusa lmana ishimwe ko yakurokoye
Yemwe yemwe turagowe ubwenge bwigisambo umennye ibanga koko
Ndumiwe pe
Shimwa Mana wahinduriye ababantu amateka
Uyu mugabo ya umwesikoro kweri
Haaa abatubuzi weee byose ninyota yo gukunda ibyotaruhiye
Twaribwe turashije
Mbega ikiganiro kimara irungu nubwo aramateka atemewe ubujura buri kwinshi Yezu adutabare
Frère Dominique 😁😁uje gukuraho abanyarwanda ngo bakire ubukene🤣🤣🤣 abadafite Yesu bararushye
Yego sha abobatubuzi bamafaranga kimironko barahari bari bantuburiye bankuye kumurongo ngo harimodoka zihuta zijya kibagabaga ngo ninze ziri kuri populaire ngo harimpanuka yabaye yaritwaye amaf yabank ngo munce za kinyinya ngo umuntuwese ufite cash na tel bampa env kdi umwe yarimugenzi wundi mpita nsimbukira hejuru gus baba bafite nimiti pe
Yebabaweeee gifaru yamariye amafr
Satani ntabwengatanga nahonoba ndumunyabyaha sinzopfa nbyemeye wapi
Yesu weeee 😭 Imana ishimwe ko yakuvanye muburetwa bwa Satani 🙏
Urakoze muvyeyi
Akantu ko kubrossa inzoka igashiramo amenyo ndasetse pe😂
MUTUBARIZE NIMBA NA SARONGO ATARI UKO ABIGENZA
Ibibintu byigifaru kwa saalongo birenstaye hanze bivugira mugacuma harimo na micro arko biza munsinga rata narabibonye afrimax yamusuye kuri social media birancanga huuuuum mbese burya nizi kata
🤣🤣🤣🤣🤣🤣yampaye inka yikibamba ndakwemeye neza ntabwo ari satani nubujura bubi nyine shitani yumuriro wa djahanama utazima
Yewe mutama amabanga yabo urayamennye kweli usheshe isosi 🤣🤣
Wantumye kwiba ababyeyi banje mu kiyovu up ma ibahasha rimo ibipapuro.
@isacharmaniraguha4593
Жыл бұрын
Azakwishyura se?
Eeeee mwajanye telephone yanjye namafaranga muri uganda
Papa mutoni ibyavuga nukuri twarabanye mu bwiza bujumbura
@IyamuremyePhilippe
3 ай бұрын
58:01
Najewe iniburundi vyarambayeko ivyovyogusengera kugiruronke amafaranga
@jablesinzitunga6199
Жыл бұрын
Salongo ivyiwe bigiye ahabona