MBEGA INAMA MBI BAKOZE: BURYA NUKU BAGAMBANIYE ELYSE? BYOSE HANZE
Фильм және анимация
Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku biganiro n'inyigisho tubagezaho cyangwa ukaba ufite n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788426035
Пікірлер: 226
Ese twazashyize hamwe tugakodeshereza Elisé ahantu yajya akorera ko yagiriye umumaro benshi koko?
@user-kh3tk5ip8s
Ай бұрын
Nukuri ibyuvuga nukuri
@henrydamas9415
Ай бұрын
Nanjye Ndimo Rwose
Abantu icyo bapfa na Erize yafunze ituro arifungisha imisumari ya 15 na Beto n'ibindi
@vedastehitimana2307
Ай бұрын
Wowe ureba kure barenda kurwara ubworo!
Usobanuye Elisé neza kuruta uko we yisobanuye! Nakomeze umurimo w'Imana kdi nawe yirinde kujya akora critiques kuri ziriya ngirwa Pastors, Imana irabazi izabashyira ku karubanda! Kdi rero niyo yaba yakoze icyaha, ni umuntu ntaruta ba Dawidi! Yakwihana ubundi agakomeza umurimo w'Imana! Kumutera ubwoba ngo yakoze icyaha ntibyatuma tumwanga! Shame on you: Claude, Gerard.....
ELYSE BAGUTUMYEHO INDAYA NABA GEHAZI SHA AHUBWO UZATANGE ITURO RYISHIMWE ,URIYA MUGORE BYO BIRUMVIKANAKO YARINTUMWA GUSA NDABONA UMUGAMBI WABAPFUBANYE NUBWO AHO ABANTU BAHEMBUKIRAGA WAHAFUNZE NJYEWE INKUNGA YANJYE NAGENNYE WATANGIYE KUBAKA IRACYAHARI NAHO BAGUSEBYA BATE NZAYITANGA sunzi sinkuzi
Ndasetse ndapfuye nukuri ngo yafunze ituro murababara?!😂😂
Mukozi w'Imana komera cyane naho abo bavuga bigomba kubaho kkurwanya kko ukuri kuraryana Niko kubatera ifuhe kdi iyaguhamagaye irashoboye wowe komera mumurimo wahamagariwe ibindi izabyikorera kko irashoboye.
Elyse turamwubaha turamwemera numukoziw,Imana
Turakomeye dukomejwe na YESU Kristo wenyine
Ndahamya ko elise yazize abapasteri yanitse bakorana n,imyuka mibi akabavuga namazina yabo bamutumaho intumwa nawe ntiyirinda
@habinezajohn2477
Ай бұрын
Nanjye Niko mbibona Abanyamadini urababarirwa
@uwamukijijeepiphanie7876
Ай бұрын
Muuturangire Aho musengera
@uwamukijijeepiphanie7876
Ай бұрын
Muuturangire Aho musengera
Jyenabuze icyomvuga pe Uyumugabo avuga Imana neza akagira nukuri gusa icyonabonye I Rwanda harishyari ryinshi pe Kandi cyane mubantu biyita abakozi b,Imana Imana ibatabare cyaneee
Yego rata wowe mukozi w,Imana Imana yacu irahemba .uwo uvuze ngo ntizubakwa ngo bizapfa ?Imana niba ariyo yayimuhaye izubakwa mwese mubireba kdi mwumirwe
Komera mukozi w’Imana kuko iyo bitakubaho warikuba ukorana nimyuka mibi ariko ibyo nibihamya byuko Yesu ukorera ari muri wowe kuko abocogozwa namagambo nabatazi imibabaro Yesu yanyuzemo
Umbabarire mukozi W, 'imana nari nakurakariye
Imana yo mwijuru nitabare erize umuyobore mubyo akora byose
Erize humura ahubwo senga cyane rwose
Elyse komera kdi komeza umuhamagaro kuko intambara zo ntizabura mu murimo w'Imana
Iriya ndaya nziko izagaruka kuri you tube ije gusaba imbabazi zibyo yavuze.
Komera cyane mukozi w,Imana Masengesho Imana imuhe umugisha agusobanuye neza Gira vuba uzagaruke mumurimo Imana n,abantu abakunzi bawe turagushyigikiye
Nanjye wamfashije guhangana na karande nibakuveho!!!!
Hyuuuuu birababaje nyagasani adutabare pe ariko barabeshya tuzakugwa inyuma Kandi nizeyeko isumbabyose ukorera izakugirira neza birenze
Ndagukunda. Nukondumukene. yesu. Azayubaka
Komera cyane Yesu Aguhe imigisha n'amavuta menshi yo gusengera abantu bakire indwara
Komera k'umurimo Imana yaguhamagariye kdi ibihembo biraguteganirijwe. Ntucibwe intege nabongabo please.
Mbaye uwagatatu mumpe like
Yararifunze umukozi w'Imana wemewe n'amategeko yakoresheje kinubi urahondagura arahonyora arashanyaguza komera mukozi w'Imanaturagushyigikiye komera cyane Imana ibyawe yarabyanditse iragusinyira iguterera kanshe humura komera umutima turakwemera
Wowe ikorerere Imana rekana nibyo bisambo kdi nawe ureke kubavugaho gusa.saba Imana ikwigishe kubana n,abagome n,ibisambo.abadiaspora bareke nibashaka bayabarye iby,abapfu biribwa n,abapfumu.
Komera mukozi w'Imana nanjye ndagukunze unsenhere Imana impe amafaranga nishyure amadene naminerivare Imana ikwagure mumavuta
Komera kumurimo wi ya guhamagaye Elyse
Shutiy Imanakomera yesuwacunimuzima ntujyire ubwoba bwibyo utakoze Abowajyiriye umumaro turahari yesaya54...17 Uwiteka Agukomeze🙏🙏🧎🏻♀️🧎🏻♀️
Imana nidufashe kuguma mu murimo wayo. Njye mfite ikibazo nagira ngo mbaze ese niki nakora ngo nanjye nkomerere mumurimo w'Imana ntagusubira inyuma koko njye ndarambiwe intege nke murinjye gusa Imana ishimwe kubwuyu Mukozi w'Imana Masengesho watinyutse kujya kurubuga lmana ishimwe
Erega Abantu bareke fanatisme bizere Kristo we banze ryo kwizera akaba Ari nawe ugusohoza Naho gufasha satani kushyira hasi abakozi b'Imana byo tubivemo
Imana ntizakurekura mukozi w'Imana
Masengesho Imana iguhe umugisha nge naje hari wa mugabo wararaga yikoreye igitanda cya libuyu ariko gushima Imana. Na Masengesho naramubonye yaranatwigishije ndafashwa cyane NAWE afite impano y' Imana arigisha ukumva mwuka wera araho hafi pe! Imana ibampere umugisha .nubwo ntari nakira nuko nabuze uko nagaruka bwatwiriyeho njye naranaharaye .twabaye benshi ataha saa Munani za nijoro.
Nibwo bwa mbere numvise claude avugishije ukuri👏👏👏👏👍
Else aharihose komere kumwami ❤
Numva wareka kuguma wisonanura uri umuchristo pe
Komera komera cyane rwose ,ibibyo bigomba kubaho
Ihangane , Imana iri kumwe nawe.
Impore mukozi w'Imana.
Yooo ayiweeee claude mukuriye ingofero pe iyamba hafi mba muhobereye komera Elise urikumwe n,Imana
@user-tk8yf9nw2x
Ай бұрын
Erize humura komera
Imana igukomereze amaboko.
Mt 5:11 [11]“Namwe muzahirwa ubwo bazabatuka bakabarenganya, bakababeshyera ibibi byinshi babampora. Komera kumuhamagaro ntugamburuzwe nibigeragezo kuko bitazabura kuza.
Yesu Christ n'ashimwe bene data ubundi nuko abantu bakunda byacitse erega nta go biriya bashinja Elise aribintu byakagombye kuba bikivugwa na nubu kuko abitwa abakozi b' Imana hanzaha bo birirwa mubusambanyi batanavugwa kandi birirwa bahagaze imbere ya bantu babaroga none ngo we yakoze ubyo! Ese iyo aza kuba abyishinja koko ntiyari gutanga ayo mafaranga ba musabaga kugirango uwo mugore aceceke! Ahubwo icyikwereka ko Umukozi w' Imana akijijwe yanze no gutanga ruswa yayo mafaranga! Ahubwo ndushijeho gukunda imyifato ya gakiza kawe iyaza kuba abandi baba baratanze utwo dufaranga ariko kuko ntacyo wishinjaga ugirira icyizere Imana humura nayo Ikubereye maso mutumishi wa muhungu nkeneye kugusura ujye ubyibuka ko nabikubwiye kuri phone mu gikari "ndabikeneye "
Eriz. udahuye. Nintambara. Ntago. Waba. Wemewe😊
Igiti kiriho imbuto nziza nicyo bateraho amabuye
Yegoshenge Clode..navumbuye Ibyabo.inzarirashira Arikwikinyomantigishira.vesitina.arajabone.aboyishingikirije.ndakwemeraweee.kuko Harimpamvu Turikumwe❤❤❤
Komera shikama mukozi wimana
Elyse nayesu aboyakijije nibobamugambaniye,crode ubirinyuma,yavuzeko akuziza,gufungamaturo.mbabarira umuce,amazi umusuzugure,Imanukorera ,ntagihe gishira,itamweretse,abowarokoye,twaridusigaje,umwukawanyuma,tukurinyuma🙏
Ishyari mugira izabata mu mwobo mwabagabo mwe. Nyina wishyari nu murozi. Erisè ntacyo muza mutwara Imana iri muruhande rwe
Na Yesu Christu ntiyabashoboye ntimwamwemeye Elyse mwene runaka niwe mwatinya gusa Imana iramuhagarariye muraje mubone akaga abari kumurwanya
Ngewe rero inama nakugira reka kwisobanura,Imana irakuzi ko uyikorera gusa gerageza kugira ibanga ryinshi nindangagaciro yumukristo.ntukavuge ngo nagize gucya nacya ujye ukora imirimo yo mwibanga
Nta joro ridacya kubabara siko gupfa. Na Yesu yagiriwe ishyari kandi yatsinze urupfu. Iyo urugamba rushyushye ruba rwenda kurangira. Uwiteka ukorera ari kukuburanira ntazemera ko umurimo wayo uhagarara. Imbaraga z'Imana nizo ziri hejuru y'imbaraga zose. Turagukunda❤
Wow waka Elise ibihamya Ko atabikoze ,Nawezana ibihamya Ko yabikoze
@m27645
Ай бұрын
None se ko hamwe aba ahakana ko ariya majwi atari aye ubundi akayemera uragira ngo twemere iki ? Erega nawe yarahubutse mu gushyira uriya mubyeyi ku karubanda amwita umusambanyi .Ibintu byose si ngombwa kubishyira Kuri KZread.Niko mbyumva Njye nta numwe mbogamiyeho
Komera komera mukozi w,Imana Élise ntucikintege Imana iri kumwe nawe
Kwatura ibyaha nokubyihana bikwiriye kubwirwa amahanga yose. Twifuze gutsinda kumunsi wurubanza.
Humura Yesu muri kumwe kdi ari kugusobanura mu mitima yacu. Ikindi ambara imbaraga ubundi ukorere Imana utarebye kubakoze umunwa gusa bishwe nishyayari gusaa
Eryse humura tukurinyuma Kandi n. Imana irikumwe nawe amen
Uzoyubaka mw’Izina rya Yesu Christo.
Komeza wubake kurutare mukozi w'Imana kandi wikomeze kuko inzu yubatse kurutare urabizi ko imivu,umuyaga nibindi....... Byikubita kuriyonzu arko ntiyagwa. Komera rero Imana ikubereye maso.
Usobanuye neza Elyse,Yesu bamuzaniye umugore wasambanye arababwira ati utarakora icyaha Amsterdam ibuye yubika umutwe awubuye abura numwe,niyo yaba ari ukuri ese but were yibaze ibyo dukora
Erega ufite agakiza gazima azi ukuri rwose kereka udatekereza naho abafite amashyari nabo yakoze kunda bo ntibabura nahubundi Imana utakojeje isoni ngo utange ariya mafaranga ukemera ko bijya hanze nayo Yibereye mukazi humura kandi nta byacitse pe jyewe natangajwe no kumva mujyenzi wawe akugira inama mbi! Ariko nawe siyumvaga ko arimbi yo gutanga ariya mafaranga ariko ukamwangira nahise numva nejejwe na Gakiza ka kurimo komera Yesu Christ akubereye maso .
Hejuru yimbaraga zose hari imbaraga zi Imana ndakwizera naho bavuga iki ahubwo komera kumwami turagukunda
ERISE erega urumutu wima.na natwe turagukunda Kandi NIMANA irimuriwowe
Nge ndagukurikira uko nshobojwe .ariko amashyari yabo ngirwa bapastori ntazaguteshe umurimo wi lmana.nabanyamashyari ninzererezi.nibamwe bashaka gusarura ahobatabibye .nge ngusabye ubufasha bwamasengesho narakwandikiye kuri Whatsapp ntiwabasha kunsubiza .ndi mubihugu byamajyepfo ya africa Mozambique
Yoooo wa mugabo we urigusobanura Elyse neza disi❤Elyse komera nukuri yesu muri kumwe
Ihangane mukozi w'IMANA , abo bagambanyi ntiwite kubyo bakuvuga ikigaragara nuko bafite ishyari ryinshi.
Komera kandi Imana iri mu ruhande rwawe ,kandi na Yesu nawe yakoreye neza abantu kuri iyi si ,icyababaje ni uko aribo bamugambaniye bakanamwica, ariko ku munsi wa 3 arazuka ari mu ikuzo
Komera mukozi w'Imana. Uzobandanye uvuga ukuri kandi burya sibo ni satani afise umujinya kuvyo Imana igukoresha.
Nitwa clarisse ntakubeshye Claude niwe muntu nsanze uvugisha ukuri ndabimukundiye wowe rero komeza umurimo imana izaguhembera
Haleluya turashima Imana ku bwawe mukozi w’Imana
Nibyo wikwisobanura utazisobanya ahubwo tumbira Yesu we banze ryo kwizera, amagambo bavuga nagira ngo akurangaze we gukomeza gukora umurimo w'Imana.
Mukozi w’Imana Élysé komera kumurimo wa Data,siwe witoranije ni Data yagutoranije,wisamazwa nabo bagome bibisambo. Uwukurimo arakomeye kandi arahambaye 🙏 Imana ikurinde impande zose
Oyawe Ishari.niryoryatumwe.gahini Yicya Murumunawe Aberi Ndababaye.kukontabufashangonkufashye Dutsinde.abanishya. Ariko Mwijuru Hari Imana Itabara. Naribonye Mubihe Bikomeye Nawe Bibegucyo Na
None c uboneka gute ko tuguhamagara ntufate phone
Elyse Nukuri twarasenganye igihe gito ariko narabohotse koko Imana izakumpembere pe rekana nabagusebya urumwere pe ishyari niribi koko
Komera iyaguhamagaye ibarusha amaboko kandi gukomeretsa ukomeye ni nko kwandika abasakuza mu isoko
Eryse komereza aho turagushyigikiye,Imana iragushyigikiye.nta mvura idahita
Imana irinda ubwoko bwabyo, kdi ukuri guca muziko ntigushye
Turagukunda ahubwo komeza uvuge ubutumwa ikigaragaracyo nuko bwabariye@ claude
Elyse ndamwemera cyane
Elysé komera nta mvura idahita ibyo bisambo bijye guhinga
Aramwaye satani ntagirintebe mwijuru Yesu tukwikomejeho uriho kdi uzahoraho.
Uko kuri kugaruke kubahindura cya ngwa kubatwike.
Cyakoze Imana ni nziza 🙏🙏🙏bazicuza pe
Ariko ntukajye ibyo biganiro tearabyumvise wibisubiramo. Uri kubashotora uri kubasaza nanone ariko wagiye ubihorera ukatwihera ijambo RY'IMANA aho gutererana amagambo ni abanyeshyari bawe
Ikomeze ku Mana ,waradufashije Yesu ni umuneshi
Ntureba noneho ko watuje ,uyu niwe Elyse rero nyawe.Watwigishije kwisengera rwose , nanjye naje nabanje gupinga mu rusengero ariko ibyo niboneye nuko Elyse ufite Impano kndi idaca amafr. Ibyo byo nabihamya pe.
Amen amen else warakoze gufunga iyo minwa yibisambo puuuu tura❤❤❤
Ariko burya iyo Imana irimuruhande rwawe ntacyo isi nabisi bagutwara
Ariko mana nyirijuru nisi. Nibiki koko. Iri iri sebanya. Rizagaru kirahe. Mukozi wimana. Hararara. Na na YESU
Imana lshimwe kubwa Kristo Yesu Yatanguje igikorwa muri wewe azogikomeza ukomere,ndetse vyoba arukuri hoho uwitwa pasteri Claude vyari bikwiye kwavuga mwenedata wundi?ariko nyene ntabwariwe nisatani ico dusengera nuko bakizwa kuko batigeze bakizwa namba ,komera ntunyiganyige
Elisé,tuza lmana izakurwanirira kuko urayikorera.
Kayini na bana be baruzuye ariko nta kibarengera tuzabarya nk'imitsima ( niba Imana iri mu ruhande rwacu umubisha wacu ninde)
Gumamo woe komera Imana izajya yisobanurira ibihishwe
Gusa wumve ngo ndakuzi uri inyangamugayo kandi ufite umumaro, ndagukunda.
Abobagabonarababona nubutumwa bwabo bwababumezukundikuntu Njanyenubwobagiye
Twe tuzi agaciro kawe mukozi w' Imana Imana ikomeze ikuturindire
Imana ikomeze kuguteza imbere
Mukoziwima komera cyane kdi mu ijuru dufite umuntu utuvugira. Waransenge maze igihe kinini ndya makara aya ducana ariko ubu narakize sinkiyarya bareke bavuge bazagaruka bivuguruze.
Elyse rekana nabo pe na yesu nuko bamugenje gusa ndababaye