Hahhahahaa utumye mbyitegereza. Style ya Ndayishimiye rwose
@estherizabayo44852 ай бұрын
Muyoboke Ibya Battle Ben niwe wabyanze abihuza namateka y'igihugu Bruce we yari yavuzeko ntakibazo afite ari tayali ubwose nabyo ugiye kubibatwerera kd?
@karangwaignace4332 ай бұрын
Umva Discipline The ben Nanjye ndayimukundira kandi agira umutima ❤ mwiza cyanee 💯
@IzabayoOrivier2 ай бұрын
The ben Imbere cyanee wa
@Jackjack2992 ай бұрын
Muyoboke is right person askaka amahoro muri game kubwurukundo bwa music, Kandi abanyarwanda tugomba gusupporting umuntu wese uza afite positive mind nkuyu Mugabo bless up Muyoboke
@user-ur2es6rp8o2 ай бұрын
Kbs Ben afite ikinyabupfura Melody arekere hariya
@user-mr4kc8bo2g2 ай бұрын
Irene congratulation ni y igendere kabisa!!!y igumireyo pe!!!
Bruce Melodie Forever and Ever . 🔥🔥🔥🔥 Muyoboke ibyo urimo ni business yabaye failed kuba warakoze mbere ugatwika wari muto ariko ndabona umaze gusaza menya umaze kurwara bya hypertension ndabona umeze nkusigaye uhumekera mu kwaha. Bref mukore mushore cash muve ku bugambo wowe na The Ben isi y'ubu iri Crazy 🔥🔥🔥🔥
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@uwiringiyimanaprovidence3589
2 ай бұрын
Cyazeeee😊
@m.bonneiradukunda7934
2 ай бұрын
💀
@tetagisele89262 ай бұрын
Number uno
@jeanafazari18642 ай бұрын
❤❤❤
@hagenimanatheogene4232 ай бұрын
Ariko ubundi melody Niki ashaka kuri the Ben ko ntasambi badikiranyije ko badasangiye umugore ahubwo urwango Nuku rutangira ababirebera hafi bajye babikurikirana kuko bino bintu harikibyihishe inyuma kuko ukunuguhembera urwango kandi urwango nikintu kibi kandi inzangano zibyara ibintu bibi twarabibonye njyewe rero nagira inama bluce melody yo gukora umuziki we ukamutunga kuko arashoboye ariko akareka gukomeza gusebanya ahembera urwango kuko burigihe ineza yumuntu niyo imutera gukundwa the Ben rero Arusha melody igikundiro kubera uburyo Imana yamuhaye igikundiro ntabwo rero yagakwiye kuzira ko akunzwe kuko niyo atakora umuziki yakundirwa indangagaciro nyarwanda zimuranga agakundirwa guca bugufi no kwiyoroshya ndetse no gukunda abantu bose ntawe asuzugura melody rero nareke urwango ahubwo yicare yige kuko kuba umustar bijyana no kwiyoroshya ndetse no kugaragaza indangagaciro zigihugu uvukamo azarebe uko Ben yubahwa I Burundi cg Yuganda niyo mpamvu rero melody akwiye kwemera ko haricyo Ben amurusha kandi ntibibe impamvu yurwango ahubwo akabimwubahira
@estherizabayo4485
2 ай бұрын
Uzi igihe the Ben uwo yahereye asebya Melody? Siwe ubwe ubikora ahubwo arishyura ubwo Uzi igihe The cat yahereye Melody uretseko Melody Uwiteka amukunda bihebuje none niba Melody abona we adafite ama fr yo gutagaguza akuvugira abizire?mugihe bariya bakozi ba Ben bakiri mukazi Melody simuveba iyo utirwanyeho ntawakurwanaho da😅.
Ese Ninde muyoboke yabereye manager wageze hejuru hashoboka , cg ubu akaba agikora umuziki nanubu? ATI nyiri manager wa ...... Muyoboke agendera kuri ntari umugabo....
@mimibe4206
2 ай бұрын
Hahahhahahahahahahahhaa
@rwandanvibez20242 ай бұрын
Muyoboke ndamureba nkamwibwira 😂😂😂 Manager mba nkubona genda gake.
@user-lu8vg8uh2d2 ай бұрын
Komutonjyeraho amatiku ajyira nubudyadya ajyira kubera Indonke koko se yaramubeshyeye?umugabo wamatiku umunsi agahararo kanyu kashize uzagaruka uvuga ibindi
@hagenimanatheogene4232 ай бұрын
Muyoboke 🙏💯 abenshi tuzi ibikorwa wakoze muri muzika nyarwanda kandi humura ibikorwa byiza birivugira ubuc melody ko avuga ko akora cyane niyihe ndirimbo ye iyisaha aramutse aretse umuziki yasigara ku mutima wabanyarwanda ariko the Ben ahora mu mitima ya benshi kubera uburere bwiza ikinyabupfura ndetse ni ndangagaciro nyarwanda ziranga umunyarwanda wa nyawe ni ndirimbo ze nziza zitari bishegu bishishikariza urubyiruko ubusambanyi naho Melody arira ku mbehe yibishegu ntawa mwibuka rwose kuko yatwangirije abana kubera indirimbo zitagize icyo zimarira abazumva kandi mubuzima iyo utagira ikinyabupfura ibyo ukora byose biba zero kuko birangira nabi ntimukagereranye Ben kuko nu mugabo wumunyamahoro uzumve ukuntu Bruce melody yirirwa asebya the Ben na melody nuko bamurenze kandi ntazigera abigezaho na gato bizamugora kuko nuwo muziki avuga ngo umugize igitangaza nkuko yiyita nukwikina kuko harabawuvunikiye batumye ugera aho ugezuhu abo rero ahubwo bagakwiye kubishimirwa naho guhangana kwa Bruce melody yirirwa asebanya nakomeze gusa nubwo abibonamo umugati kuko atavuze Ben ntiyatwika ariko mugiriye inama yakwitonda mubyo avuga kuko natitonda azarangira nabi kandi muzaba mureba kuko nabanyarwanda barareba burya kandi kuba the Ben adasubizanya nawe nuko arumuntu warezwe kandi wiha agaciro the Ben Imana ikomeze ikurinde ibibi na babi tugukunda cyane musore wimico myiza urangwa no kwiyoroshya no guca bugufi instinzi iri mwisengesho humura Yesu Ari kumwe nawe kandi turagukunda cyaneee 💯🙏🙏🙏❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@user-mz5ds4ps2b
2 ай бұрын
Mbega ibintu biteye ubute kubisomaaa😮
@khenziemcpenny4303
2 ай бұрын
Speak for yourself indirimbo za Melody hari abazikunda ntimukabogame ngo mukabye! Melody numukozi kandi turamwemera ese kuki mutakunda bombi??? Ntacyo muzamutwara! Mumwange mumukunde azakora umuziki! Muyoboke turabizi ko adakunda Melody nta cyadutangaza kubyo yamuvuga!
@Karabo-
2 ай бұрын
Uziko ushaje mu mutwe kuba tucyumva Impala nibivuze ko zabagejeje kuri billboard. The Ben ni umunebwe. Manager we nawe amaze gusaza kuko nta gikora ahubwo agira amatiku
@mami2968
2 ай бұрын
Izo analyse zawe zose wagira uri gatumwa ubuse Melody wamukura mu mitima ya banyarwanda wowe uzi indirimbo bita (telephone) nizindiiiii
@M.A-es6vs
2 ай бұрын
Iyi comment ireshya itya sinayisoma nsomye intangiro ariko ntacyo ntoyemo usibye urwango wanga melody shaka utuzi unywe urebe ko waruhuka
@safaribilly41292 ай бұрын
Uyu mujama afite amatiku afite uruhande abogamiye rwo kwereka thé ben ko arumwera bruce melody hejuru urashaje wagisazawe cyuruhara nuruda
@mento21tvonline942 ай бұрын
Hano camera ya Sabin irimo agaflou
@jamescyuzuzo27492 ай бұрын
Nyamara muyoboke ararenze nice mu manager wambere wamanaginze abahanzi. Knd bakavamo abagabo nt muhanzi wabaye Ibwa wayobowe n muyoboke bose nt abagabo
@aquariumw36882 ай бұрын
Umunyamatiku wigira makaika a.k.a Muyoboke ..wamusaza we ko ukuze waretse urwango ugirira Melody ko bitakubereye kweli ? Intambara za ben na melody niwowe wazizanye kuva mugitaramo cya Burundi noneho urazikabiriza kd mpamya ko abahanzi ntakibazo bafitanye
@vincentdusabe61542 ай бұрын
Melody umurwayi
@Otiesh2 ай бұрын
Izinduru zose nizabanyamakuru.
@johndakar95982 ай бұрын
Melody Vs The Ben ni hatred Hutu vs Tutsi uko mbibona
None se nyine niba ayoboye hari uwamubujije kuyobora, yaretse Ben. Ubundi ninde wamubwiye ko Ben akora umuziki gusa?, Melody yakoze Ibye akareka undi mwana,, nta displine, ubundi yarerewe he?
@user-km5vb4jj6u2 ай бұрын
Melodie yatinye igaruka rya the Ben, kandi yari yarasigaye mu kibuga wenyine.
@RehemaAnge2 ай бұрын
Arega melody rwose ntaho ahuriye na ben mukinyabupfura wenda bahuriye muri music ariko ben numwana warezwe rwose agira indangagaciro na kirazira
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
Nuko yararezwe turabizi na papa we yarabimushimiye
@isimbisylvie7487
2 ай бұрын
Arko utwo tugambo muba mwivugisha ngo the ben numwana warezwe kuba yararezwe bivuze iki kobaba bari muri show biz bareba nibikorwa byabantu baba bari kureba ibafite ibinyabupfura byinshi? ntimikavange show biz na za ideology zanyu zo mumiryango kuko bose bararezwe ntawe utarakuze.
Ese ko mudefenda Ben gusa; ntimwamagane spaces zararaga zituka Melody na Gael.Mureke kwigira beza, mwese murabogamye muri n'indyarya team yanyu niyo igambanira Melody na team ye uretse babasize na kure murata umwanya.Twe turareba results zifatika.
@carineusanase5592 ай бұрын
Irene konamukundaga agiye ate koko arambabaje azagaruke
@Queen-ze1tm
2 ай бұрын
Wenda yasanze cherie kuva kera bavugako afite umudiaspora
@uwiringiyimanaprovidence3589
2 ай бұрын
Musangeyo chou😅
@TuyishimeRorance2 ай бұрын
Nishari bluce abagirira
@gacall20112 ай бұрын
Murindahabi natahe kuko naguma aha ubu agiye kuzima !!
@Blessed128962 ай бұрын
Muyoboke ugira amatiku kandi ukuze!!! Niwowe wakagombye guhuza abahanzi ariko bigaragarako wanga Melody kdi ushaka kumwangisha abantu . Sindi umufana we ,ariko the guy arakora ,mujye mwemera
@IshimweDieudonne-el7zo
2 ай бұрын
None se ubundi wakurikiye ikiganiro cyose cyangwa upfuye kwandika gusa
@Aiuoex2 ай бұрын
Mutama Sabe ndakwibarize ikintu, ukungene numva ubaza ibibazo n'ukungene utereramwo agaturufu ka mbali mbali, burya weho ntakabazo woba ufitaniye na Melodi ?? Imbwa yahiye kumurizo irasimba iti burakeye tuhereke abagabo
Tuvugishe ukuli, indirimbo Melody aheruka ni Fou de toi, nayo siye niya Element. Kuva yajya kwa Gaél, aba ari mukigre, ntago yita kuri principles. Yiyanditseho PRIDE umwaka ushize. Gaél azi neza ko ari LOGO yaba Gay. Kuba Gay sikibazo, ariko kubyamamaza kubera amafaranga ni ikibazo!!! Melody ni umuhanga pe ariko yasubiye inyuma cyaneee....gusebanya, kwishyura abanyamukuru......hatali. Melody arasenga, kwitwara nkudasenga ntago byamuhira. Yisubireho turacyamukunda. The Ben afite principle ntago yari kwemera condition za Gael. No conflict, just my observation
@uwisunzedidier9308
2 ай бұрын
Kdi Koko mbambona Bruce melody we ntamutima mubi afitiye The Ben 🐅 buriyax nibyo ra??? Think twice
@user-kv3fz1go7u
2 ай бұрын
Muyoboke courage kbx
@nassrasaid5680
2 ай бұрын
@@uwisunzedidier9308Wapi yanga Ben openely
@beckythehustler2981
2 ай бұрын
@@HonestHezaat least mbonye umuntu wabonye ko melody yakoresheje umubiri we mukwamamariza satani,ariko wibishyira kuri Gael melody si debile akora ibyazi kubwa cash,ntago wasenga Imana uririmba ibishegu,muri fou de TOI yactinxe nkumugore,he knows what he is doing and the king he is serving will definitely reward him
@uwasejeanclaude27722 ай бұрын
ko ntanama ujyiriye Ben c? sha wikwijyira mwiza mwese muraziranye indyarya ihimwa nindyamirizi
@daniellashemeza73032 ай бұрын
listening this interview, Muyoboke doesn’t like Melodie.
@nassrasaid5680
2 ай бұрын
Even Melody doesn’t like him I don’t know what is wrong with these guys
@jballer.7434
2 ай бұрын
Who care ??
@JacquesKwizera-cs8hu
2 ай бұрын
Sitegeko ko amakunda ahubwo agomba kumwubaha ikindi nuwo melodie nawe nta mukunda kandi melodie nta nubwo azi kubaha ikindi niwe watangije intambara y'amagambo itari ngobwa
Kuki atasobanuye impamvu Ben niba abana neza, atita ku matiku, kuki atapostinze achievement za Melody?
@mimibe42062 ай бұрын
Umvaa Muzeee jyamuzabukuru ,utegereze kobazagushyira muntwali plus tard 😂😂Uratwumvisha ibyowakoze niba twentabyotwabonye tubigenzegute 🙇🏽♀️🙇🏽♀️🙇🏽♀️🙇🏽♀️ Rekabana bikorere Show biz !!! Iyobavuze Theben urasara ngo barikwangiza umuziki Nyarwanda bavuga Mélodie bamusebya ukumva ntakibazo 😳😳😳Wumva utarimubi wowe ???? Uzikorere ubushakakashasti kuri ta personnalité uzasanga uri hypocrite mbiiii
@arakazajucy40432 ай бұрын
Wigereranya umunyarwanda na niaje aha dutuye iyo igize ibyaho niwe witura umunyarwanda ihita yiruka 😅😅😅😅😅
@user-hx1lm5tr7u2 ай бұрын
Muyoboke ateye iseseme pe!!! Uri ikinyogote cy'umusaza pe! Ben arambabaza kuba akugira inshuti kbsa...ahubwo disi wowe na emmy nimwe muzana intambara ya ben na melody... Gusa melody azabasaza ndarahiye
@alliancekalisa35312 ай бұрын
Melody atavuze Ben ntabwo yagaragara gusa Melody ari Cheap cyane ntabwo usebya umuntu ngumenyekane Shyaka ikindi kizima wizamukira mugusebanya
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
Wowe x wanze kuva aho uri nawe uzasebanye uzamuke tukurebe yee😂😂
@uwiringiyimanaprovidence3589
2 ай бұрын
Uri ikimara😅😅 ahubwox bruce iyo atavuga Ben twaribwongere kumumenya wabonye bitaramuteye gukora indirimbo melody azi show busyness kd ntashyari riba ririmo😊
@Jackjack299
2 ай бұрын
Udatukanye ntiwakumvikashi igitecyerezo cyane , nimugasebye umuhanzi mufana, nkundako abafana ba Ben barangwa nuburere nka Ben
@sankarakwizeraiwacutv35392 ай бұрын
UYU MUGABO YANGA MELODY AMUGENDERE KURE KBS
@IshimweDieudonne-el7zo
2 ай бұрын
Aramaze?
@sankarakwizeraiwacutv3539
2 ай бұрын
Oya mn abantu kbs mugomba kuba feel
@rugemanganjiderick52642 ай бұрын
Babwire muyoboke aze arebe ibintu yakoze, bigaragarako ari nawe kibazo
@Rurangw_a12 ай бұрын
Hhhhh aba bamanager bashaje bave mugakino, urukundo rwumuziki rwarashije dukeneye abamenamo cash nka coach
@user-lk4tk2ui1n2 ай бұрын
Ben ntumuntu wumugabo
@enockmizero2 ай бұрын
uyu mugabo nawe ni scam mbi 🤣😂 niyo mpamvu abantu yamanaginze bose bose barazimye
@niyitegekachristophe67882 ай бұрын
Melody azabarwaza umutwe
@sapunanadine93422 ай бұрын
Niriya jyejyera Gaile
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
Hhhhhhhh umbabaje nari nyoko kweli gael nuzi nuko byandikwa wowe ahubwo urinde with umugabo nyamugabo wibikorwa ngo ni njyejyera yewe abadashinga nimwe mubyina pee uraho nanana wowe kweli kazi
Пікірлер: 210
Nkunda akantu ka Sabin akundakuvuga ngokubera Imana! Kubera ukuntu ushyira Imana imbere niyompamvu izahora imbere mubikorwa byawe nomwitera mbere ryawe Sabin ! Nibanawe ubona ko Sabin arumugabo ukunda Imana kndi utandukanye nabandi ba KZreadrs bandi mpa like
Melody ❤️❤️❤️azahora mu mitima yacu aho yigejeje ni discipline Ako kantu mukunda kugarukaho ngo ikinyabupfura sinzi icyo muba mushaka kuvuga niba ari ukubika umutwe Sibyo bisobanuye discipline mes chéri naho Manager Muyoboke rwose ziriya awards zanyu🤐
@Karabo-
2 ай бұрын
Well said 🔥 Bruce Melodie ni Igitangaza rwose bidasubirwaho❤️
@PacifiqueUFITINEMA-ck6un
2 ай бұрын
Uwo se uvuga ikinyabupfura,agira ntituzi ibye
@KWIZERAInnocent-uv1xi
2 ай бұрын
Melody agira urwango kbx knd nanumwe utabibona usibye woe utabona!
umusaza yabikoze kbsa turakwemera musaza, nubwo nyine isi itabura kuzana ibyayo, ariko urabishoboye. kandi rwase uruhare rwanyu ruragaragara muri industry👏👏👏👏👏
Muyoboke nawe turabona Akomeje ubukangurambaga bwo kwangisha abantu Melody Ababyumva batyo Mumpe like.
@Karabo-
2 ай бұрын
Muyoboke byo kera yarakoraga ariko ubu arashaje none atangije udutiku
@niyonshutiraban
2 ай бұрын
Muyoboke ntacyo yakoze nareke kwirata imiringa 👎👎👎
Ese ko uvuga izatsinze ntuvuge When she is around ya Melody ko yatsinze nayo?
@mimibe4206
2 ай бұрын
Hahahhahahaha uyumusaza sumuntu mwiza nagagato
Muyoboke izo style za ndayishimiye sha
@NicoleUmutesi-vf8md
2 ай бұрын
Nonese angana namwe. Uragirango yigane kwambara déchiré.
@prestonben1860
2 ай бұрын
Hahhahahaa utumye mbyitegereza. Style ya Ndayishimiye rwose
Muyoboke Ibya Battle Ben niwe wabyanze abihuza namateka y'igihugu Bruce we yari yavuzeko ntakibazo afite ari tayali ubwose nabyo ugiye kubibatwerera kd?
Umva Discipline The ben Nanjye ndayimukundira kandi agira umutima ❤ mwiza cyanee 💯
The ben Imbere cyanee wa
Muyoboke is right person askaka amahoro muri game kubwurukundo bwa music, Kandi abanyarwanda tugomba gusupporting umuntu wese uza afite positive mind nkuyu Mugabo bless up Muyoboke
Kbs Ben afite ikinyabupfura Melody arekere hariya
Irene congratulation ni y igendere kabisa!!!y igumireyo pe!!!
Abakunzi Bumuziki Nyarwanda ntibakumve ibyo Muyoboke avuga Kuri Melody ntawe utamaze kubonako atamukunda rwose mbega umusaza
@murengerangomajeanbaptiste7468
2 ай бұрын
Niwe wamututse ngo azamukubita inkoni kunda nuruhara?mujye mureka gufana ubugoryi Bruce ntakinyabupfura Namba......
Abanyamakuru bimyidagaduro nibo bateza izimpagarara mubahanzi bacu.
Mugisha ben hejuru cyane
Iren garuka🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏turagukunda ❤❤❤❤❤cyannnnnnnn
Irene kwera cyanee
Ben Migisha❤❤❤❤❤
Manager or time 🇷🇼 🙌🙌🙌
@francoismwiseneza.6373
2 ай бұрын
icara wige kwandika
Muyobocye yubahwe igihe cyose kuko ufite intararibonye muri music komerezaho Kandi ntugakirwe intege nabo biyita abanyamafaranga
Kuba udakunda Melody uracyavunika. Ka mbe nigendeye.
@nyirimpuhwefabrice1701
2 ай бұрын
Jyubanza wumve ikiganiro cyose ntahantu nahamwe amuvugana peee
@nyirimpuhwefabrice1701
2 ай бұрын
Ariko jyubanza wumve ikiganiro mbere ya Comments kuko ntago yigeze amuvuga nabi plz
@sandrina6704
2 ай бұрын
Kagire inkuru
Muyoboke bazamugire Min of entertainment
Manager courage Kbx naho Abantu bamwe bafana melody nabo mbona bishyiramo umuntu umuvuze Kandi baba bavuga ukuri ajye amenya ibyavuga na musitari witwara kuriya.Abafana ba melody mumugire inama Kbx.
@UwaseJistine
2 ай бұрын
Kamikazi
Ubuse koko muyoboke aje kubeshyuza ibyabahanzi atariwe koko ngiyi mpamvu umuziki nyarwanda udatera imbere hhhh
Irene ntabwo yabidukora.azabanze ageze kure ba Vestine ubundi nashaka yigendere.ahubwo natubwire aho aherereye tunjye kumusuhuza ❤.
Ibyo muvuga byose Melodie ni no1 i Rwanda munyakazi kumutima❤️❤️❤️❤️
Muyoboke hejuru ❤❤❤ warakoze musaza
Muyoboke ❤
Sha Muyoboke waretse urwogwanko ufitiye Melody,washaje neza koko!!!
❤❤
Bruce wacu💥
Ntanumunota urashira mumpe like peeee
Bruce Melodie Forever and Ever . 🔥🔥🔥🔥 Muyoboke ibyo urimo ni business yabaye failed kuba warakoze mbere ugatwika wari muto ariko ndabona umaze gusaza menya umaze kurwara bya hypertension ndabona umeze nkusigaye uhumekera mu kwaha. Bref mukore mushore cash muve ku bugambo wowe na The Ben isi y'ubu iri Crazy 🔥🔥🔥🔥
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@uwiringiyimanaprovidence3589
2 ай бұрын
Cyazeeee😊
@m.bonneiradukunda7934
2 ай бұрын
💀
Number uno
❤❤❤
Ariko ubundi melody Niki ashaka kuri the Ben ko ntasambi badikiranyije ko badasangiye umugore ahubwo urwango Nuku rutangira ababirebera hafi bajye babikurikirana kuko bino bintu harikibyihishe inyuma kuko ukunuguhembera urwango kandi urwango nikintu kibi kandi inzangano zibyara ibintu bibi twarabibonye njyewe rero nagira inama bluce melody yo gukora umuziki we ukamutunga kuko arashoboye ariko akareka gukomeza gusebanya ahembera urwango kuko burigihe ineza yumuntu niyo imutera gukundwa the Ben rero Arusha melody igikundiro kubera uburyo Imana yamuhaye igikundiro ntabwo rero yagakwiye kuzira ko akunzwe kuko niyo atakora umuziki yakundirwa indangagaciro nyarwanda zimuranga agakundirwa guca bugufi no kwiyoroshya ndetse no gukunda abantu bose ntawe asuzugura melody rero nareke urwango ahubwo yicare yige kuko kuba umustar bijyana no kwiyoroshya ndetse no kugaragaza indangagaciro zigihugu uvukamo azarebe uko Ben yubahwa I Burundi cg Yuganda niyo mpamvu rero melody akwiye kwemera ko haricyo Ben amurusha kandi ntibibe impamvu yurwango ahubwo akabimwubahira
@estherizabayo4485
2 ай бұрын
Uzi igihe the Ben uwo yahereye asebya Melody? Siwe ubwe ubikora ahubwo arishyura ubwo Uzi igihe The cat yahereye Melody uretseko Melody Uwiteka amukunda bihebuje none niba Melody abona we adafite ama fr yo gutagaguza akuvugira abizire?mugihe bariya bakozi ba Ben bakiri mukazi Melody simuveba iyo utirwanyeho ntawakurwanaho da😅.
@uwiringiyimanaprovidence3589
2 ай бұрын
@@estherizabayo4485sukose😅
@mimibe4206
2 ай бұрын
Wiwese baguhaye angahe nguzekwandika imvaho nkiyi ??? Ibyo Theben wanyu akora yigize mwiza akishyura abantu ngobasebye Mélodie nibyo bibi !!! Mélodie ntabwo ari hypocrite ibitagenda cyangwa uwamukoreye ikitarikiza azabivuga ntazaca inyuma ngo amuteze abantu !bareke kwigira Malayika nabantu ,umuntu abamalayika yagiye mwijuru !!!Aha barikwisi
@estherizabayo4485
2 ай бұрын
@@mimibe4206 Sibyo rata?baba bigira beza abanyarwanda bamwe rero wagirango bibanira nubumuga bwo kutabona ngo bakabona ni ubwitonzi yee! Abakynda Ben mumubwire areke kwishyura abasebya Melody ngo akubitwe hasi ibindi bizagenda neza.
Muyobocye Nuwambere kbs❤
Aaah yayaya umuntu wumusaze yazinduste ajegusebya umwana abyaye 😳😳😳😳 Ben ni parfait ukobmbyumva 😂😂😂😂Kuki uterekana abahanzi Ben yafashije kuzamuka mumyaka amaze mumuziki ????Melody afite benshii yazamuye nibindi byinshi yakoze agikora !!!,….. Gusa Melody ntacyo wavuga kubamukunda ngotumureke peee Gusa uri hypocrite ! Ba umusaza uri correct ✅
@murengerangomajeanbaptiste7468
2 ай бұрын
Mureke ubugoryi keretse udatekereza neza niwe utabona ko Bruce yaciye inzira nziza nimbi kugirango azamuke .gutukana, kubeshya, gusebanya, guhimba ibinyoma bitabaho...Sha nagende ninzererezi...ngaho ngo isibo niya melody ngaho ngo yasinyiye miriyari ngaho ngo sinzi ngo abanebwe kwishyura abanyamakuru .........nagende
@mimibe4206
2 ай бұрын
@@murengerangomajeanbaptiste7468 Harya wowe umuntu aje ahutuye yasanga urinyanga mugayo ???? Niba uri Malayika ntabwo urikwisi urimwijuru !!! Ntimukaremereze ibintu Bruce il a signé le contrat na Isibo nuburyo bwokuyamamaza kandi objectif yagezweho mwarayimenye ,😅😅😅Niba utazi show biz jyaguhinga dodo ureke amatiku atarimo ubwenjye nagato !!! Ubwo inzererezi irutawowe yavahe kuriyisi 😳😳😳Rebakuntu urikuzerera mumihanda ya KZread urikuvugabusa 🙇🏽♀️
Ese ko numva sabin , irene kuba akora interview na irene bisankaho ibijinyora, uwa byumvishe like hafi aho
❤❤❤❤
Kutavuga kundirimbo ya bulldog Ben yatumye idasohoka barakoze na video
Muyoboke courage kbx
@NicoleUmutesi-vf8md
2 ай бұрын
Yego ntabwo avugaguzwa ataringombwa. Muyoboke he is respectiful
Mbaye uwa 1 mumpe like kbs
Muyoboke❤
Sabe ndagukunda cyane
Nahabaye❤❤❤❤😂😂😂🎉🎉🎉
mubafashe bave mu mazimwe, bombi turabakunda.
Toka muzehe ntukangishe abantu undi muntu
Iyo ni munyangire ujye ubyerura ko wanga melody
@claireuwamahoro3112
2 ай бұрын
Uyu mugabo ni indyarya mwabantu mwe, kndi yibasira akananga melody bucece yiyorobetse mu buryo aba ashaka kugaragaza ko atamwanga kndi nkabantu bakuru dukora analyse tukabona avugana ijinyori
@theophilemonica9691
2 ай бұрын
Wewe Muyoboke ubiba munyangire show busy ni show busy toka kure
@gen7034
2 ай бұрын
Noneho ukuntu aza yigize malayika.ese uyu niwe mugabo w’inda n’uruhara??!!😂😂
@chantaldusabimana4544
2 ай бұрын
Ariko namwe mugira munyangire pe ubwo Melodie we akunda Muyoboke ahubwo muzigishe uwo Bruce wanyu ikinyabufura cyo kubaha abamuruta
@theophilemonica9691
2 ай бұрын
@@gen7034 ibitama navyo umengo gifise imirire mibi ipu.
Ese Ninde muyoboke yabereye manager wageze hejuru hashoboka , cg ubu akaba agikora umuziki nanubu? ATI nyiri manager wa ...... Muyoboke agendera kuri ntari umugabo....
@mimibe4206
2 ай бұрын
Hahahhahahahahahahahhaa
Muyoboke ndamureba nkamwibwira 😂😂😂 Manager mba nkubona genda gake.
Komutonjyeraho amatiku ajyira nubudyadya ajyira kubera Indonke koko se yaramubeshyeye?umugabo wamatiku umunsi agahararo kanyu kashize uzagaruka uvuga ibindi
Muyoboke 🙏💯 abenshi tuzi ibikorwa wakoze muri muzika nyarwanda kandi humura ibikorwa byiza birivugira ubuc melody ko avuga ko akora cyane niyihe ndirimbo ye iyisaha aramutse aretse umuziki yasigara ku mutima wabanyarwanda ariko the Ben ahora mu mitima ya benshi kubera uburere bwiza ikinyabupfura ndetse ni ndangagaciro nyarwanda ziranga umunyarwanda wa nyawe ni ndirimbo ze nziza zitari bishegu bishishikariza urubyiruko ubusambanyi naho Melody arira ku mbehe yibishegu ntawa mwibuka rwose kuko yatwangirije abana kubera indirimbo zitagize icyo zimarira abazumva kandi mubuzima iyo utagira ikinyabupfura ibyo ukora byose biba zero kuko birangira nabi ntimukagereranye Ben kuko nu mugabo wumunyamahoro uzumve ukuntu Bruce melody yirirwa asebya the Ben na melody nuko bamurenze kandi ntazigera abigezaho na gato bizamugora kuko nuwo muziki avuga ngo umugize igitangaza nkuko yiyita nukwikina kuko harabawuvunikiye batumye ugera aho ugezuhu abo rero ahubwo bagakwiye kubishimirwa naho guhangana kwa Bruce melody yirirwa asebanya nakomeze gusa nubwo abibonamo umugati kuko atavuze Ben ntiyatwika ariko mugiriye inama yakwitonda mubyo avuga kuko natitonda azarangira nabi kandi muzaba mureba kuko nabanyarwanda barareba burya kandi kuba the Ben adasubizanya nawe nuko arumuntu warezwe kandi wiha agaciro the Ben Imana ikomeze ikurinde ibibi na babi tugukunda cyane musore wimico myiza urangwa no kwiyoroshya no guca bugufi instinzi iri mwisengesho humura Yesu Ari kumwe nawe kandi turagukunda cyaneee 💯🙏🙏🙏❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@user-mz5ds4ps2b
2 ай бұрын
Mbega ibintu biteye ubute kubisomaaa😮
@khenziemcpenny4303
2 ай бұрын
Speak for yourself indirimbo za Melody hari abazikunda ntimukabogame ngo mukabye! Melody numukozi kandi turamwemera ese kuki mutakunda bombi??? Ntacyo muzamutwara! Mumwange mumukunde azakora umuziki! Muyoboke turabizi ko adakunda Melody nta cyadutangaza kubyo yamuvuga!
@Karabo-
2 ай бұрын
Uziko ushaje mu mutwe kuba tucyumva Impala nibivuze ko zabagejeje kuri billboard. The Ben ni umunebwe. Manager we nawe amaze gusaza kuko nta gikora ahubwo agira amatiku
@mami2968
2 ай бұрын
Izo analyse zawe zose wagira uri gatumwa ubuse Melody wamukura mu mitima ya banyarwanda wowe uzi indirimbo bita (telephone) nizindiiiii
@M.A-es6vs
2 ай бұрын
Iyi comment ireshya itya sinayisoma nsomye intangiro ariko ntacyo ntoyemo usibye urwango wanga melody shaka utuzi unywe urebe ko waruhuka
Uyu mujama afite amatiku afite uruhande abogamiye rwo kwereka thé ben ko arumwera bruce melody hejuru urashaje wagisazawe cyuruhara nuruda
Hano camera ya Sabin irimo agaflou
Nyamara muyoboke ararenze nice mu manager wambere wamanaginze abahanzi. Knd bakavamo abagabo nt muhanzi wabaye Ibwa wayobowe n muyoboke bose nt abagabo
Umunyamatiku wigira makaika a.k.a Muyoboke ..wamusaza we ko ukuze waretse urwango ugirira Melody ko bitakubereye kweli ? Intambara za ben na melody niwowe wazizanye kuva mugitaramo cya Burundi noneho urazikabiriza kd mpamya ko abahanzi ntakibazo bafitanye
Melody umurwayi
Izinduru zose nizabanyamakuru.
Melody Vs The Ben ni hatred Hutu vs Tutsi uko mbibona
Muyoke Sha uramuzi ubera hose icyarimwe 😅😅😅😅😅ark muyoboke akoriki ????
MELODY ARASHABUSTE BEN ARAJUNJAMYE
MUYOBOCYE NUFATA UMWANYA WI GUSOMA COMMENT URABONA ICYO ABAFANA TWAKUBONYEMO WIFITEMO URWANGO RWA BRUCE CYAE KD UBWO SUBUPFURA KBX
Ubundi uyu muyoboke gahunda nukwangisha melody abantu ark agati katereswe n’Imana ntigahungabanwa n’umuyaga kdi Ben natava mukigare cyayo matiku yanyu azarangira nabi!!!ese ko uvuga Melody kuko we avuga meddy we mwapfuye iki?cg ugirango ntitukuzi ,inda nini muzime amayira abantu bashaka kunyunyuza abandi konka abahanzi hanyuma mukabiyitirira kuko Melody yabyanze rero byabaye ikibazo kuri wowe
@claireuwamahoro3112
2 ай бұрын
Aha bikomeye da
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
❤❤❤❤❤
Nsomye comment zose nsanga UMWANZURO NATANGA ARUKO BWANA MUYOBOCYE YANGA BRUCE MELODY KD UYU MUGABO WURUHARA KUCYI AGIZE AKAKAGESO KABI ASHAJE KOKO BRUCE NI UMU HUSTLE TURAMUKUNDA UBWO BUFRANGA BEN YAKUYE HANZE NIBWO BUKOSHYA
Akanyoni katagurutse ntika menya Iyo bweze Rero ni vyiza
Iyo barimo kurwanya melody ko muyoboke atavuga ariko bavuga the Ben agasara ngo barwanyije music nyarwanda
@mimibe4206
2 ай бұрын
Hahahhahahahaahaha sukoo 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣Akokantu
@kwizeraserge5079
2 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂😂Najye ndasetee
Muyoboke agiye gusa na Afande Nyamvumba
MUYOBOKE witubeshya kdi rwose bimenye Melody arayoboye ikintu mwakora kugirango ibintu bigende uko mushaka muce bugufi musabe imbabazi
@IshimweDieudonne-el7zo
2 ай бұрын
None se nyine niba ayoboye hari uwamubujije kuyobora, yaretse Ben. Ubundi ninde wamubwiye ko Ben akora umuziki gusa?, Melody yakoze Ibye akareka undi mwana,, nta displine, ubundi yarerewe he?
Melodie yatinye igaruka rya the Ben, kandi yari yarasigaye mu kibuga wenyine.
Arega melody rwose ntaho ahuriye na ben mukinyabupfura wenda bahuriye muri music ariko ben numwana warezwe rwose agira indangagaciro na kirazira
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
Nuko yararezwe turabizi na papa we yarabimushimiye
@isimbisylvie7487
2 ай бұрын
Arko utwo tugambo muba mwivugisha ngo the ben numwana warezwe kuba yararezwe bivuze iki kobaba bari muri show biz bareba nibikorwa byabantu baba bari kureba ibafite ibinyabupfura byinshi? ntimikavange show biz na za ideology zanyu zo mumiryango kuko bose bararezwe ntawe utarakuze.
@IshimweDieudonne-el7zo
2 ай бұрын
Yego rata utyo
Ariko wamugabowe ugira amatiku Mana yanjye,ibintu bijyakurangira ukongera ukabigarura ukunda urusakupe
@aquariumw3688
2 ай бұрын
Wabyumvise ?? Numunyamatiku uyu musaza pe
Hhaha. one se izi ni agiriye iyihe nama Ben? 😅😅😅
Ese ko mudefenda Ben gusa; ntimwamagane spaces zararaga zituka Melody na Gael.Mureke kwigira beza, mwese murabogamye muri n'indyarya team yanyu niyo igambanira Melody na team ye uretse babasize na kure murata umwanya.Twe turareba results zifatika.
Irene konamukundaga agiye ate koko arambabaje azagaruke
@Queen-ze1tm
2 ай бұрын
Wenda yasanze cherie kuva kera bavugako afite umudiaspora
@uwiringiyimanaprovidence3589
2 ай бұрын
Musangeyo chou😅
Nishari bluce abagirira
Murindahabi natahe kuko naguma aha ubu agiye kuzima !!
Muyoboke ugira amatiku kandi ukuze!!! Niwowe wakagombye guhuza abahanzi ariko bigaragarako wanga Melody kdi ushaka kumwangisha abantu . Sindi umufana we ,ariko the guy arakora ,mujye mwemera
@IshimweDieudonne-el7zo
2 ай бұрын
None se ubundi wakurikiye ikiganiro cyose cyangwa upfuye kwandika gusa
Mutama Sabe ndakwibarize ikintu, ukungene numva ubaza ibibazo n'ukungene utereramwo agaturufu ka mbali mbali, burya weho ntakabazo woba ufitaniye na Melodi ?? Imbwa yahiye kumurizo irasimba iti burakeye tuhereke abagabo
Muyoboke mbona afite gahunda yokwangisha abantu Melody
@HonestHeza
2 ай бұрын
Tuvugishe ukuli, indirimbo Melody aheruka ni Fou de toi, nayo siye niya Element. Kuva yajya kwa Gaél, aba ari mukigre, ntago yita kuri principles. Yiyanditseho PRIDE umwaka ushize. Gaél azi neza ko ari LOGO yaba Gay. Kuba Gay sikibazo, ariko kubyamamaza kubera amafaranga ni ikibazo!!! Melody ni umuhanga pe ariko yasubiye inyuma cyaneee....gusebanya, kwishyura abanyamukuru......hatali. Melody arasenga, kwitwara nkudasenga ntago byamuhira. Yisubireho turacyamukunda. The Ben afite principle ntago yari kwemera condition za Gael. No conflict, just my observation
@uwisunzedidier9308
2 ай бұрын
Kdi Koko mbambona Bruce melody we ntamutima mubi afitiye The Ben 🐅 buriyax nibyo ra??? Think twice
@user-kv3fz1go7u
2 ай бұрын
Muyoboke courage kbx
@nassrasaid5680
2 ай бұрын
@@uwisunzedidier9308Wapi yanga Ben openely
@beckythehustler2981
2 ай бұрын
@@HonestHezaat least mbonye umuntu wabonye ko melody yakoresheje umubiri we mukwamamariza satani,ariko wibishyira kuri Gael melody si debile akora ibyazi kubwa cash,ntago wasenga Imana uririmba ibishegu,muri fou de TOI yactinxe nkumugore,he knows what he is doing and the king he is serving will definitely reward him
ko ntanama ujyiriye Ben c? sha wikwijyira mwiza mwese muraziranye indyarya ihimwa nindyamirizi
listening this interview, Muyoboke doesn’t like Melodie.
@nassrasaid5680
2 ай бұрын
Even Melody doesn’t like him I don’t know what is wrong with these guys
@jballer.7434
2 ай бұрын
Who care ??
@JacquesKwizera-cs8hu
2 ай бұрын
Sitegeko ko amakunda ahubwo agomba kumwubaha ikindi nuwo melodie nawe nta mukunda kandi melodie nta nubwo azi kubaha ikindi niwe watangije intambara y'amagambo itari ngobwa
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
@@JacquesKwizera-cs8hunuko yee wowe konawe numva utoroshye raa singombwa ko muyoboke amukunda kuko nibyamubuza gutera imbere umwana wanzwe niwe ukura melody hejuru cyane
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
Yego rata namukunda
ibaze ko muri kuvuga kuri Ben we ntimumwafishe lol
Hhhhhh ikigisaza kirirwa kivuga ba charl na nina ukagirango twarabyibagiwe uko byarangiye wafashe undi muhanzi ukareka kujwigirira mungoto ibyo ko byarangiye wakoze ibishyashya
@claireuwamahoro3112
2 ай бұрын
Hahahah
@user-mz5ds4ps2b
2 ай бұрын
😂
@mimibe4206
2 ай бұрын
Hahahahhahahah🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Arinda amwangisha abantu se ubundi yarakunzwe kurusha nde??😂😂😂
@claireuwamahoro3112
2 ай бұрын
Ntabwo turi mwigereranya dore ko mukunda amatiku, afite abamukunda banyabo nabamwanga kimwe nawe nabandi bose ntawe ukundwa na bose rero vana ubusutwa aho
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
Abadashinga nibo babyina pee ngo giving jamari
@mimibe4206
2 ай бұрын
Ishyari 🤣🤣🤣Gusa siryiza niba udakunzwe nuko utikunda ,ntuzakunda abandi
A
Melody azi show bizz sha muvane ibyaho
Kuki atasobanuye impamvu Ben niba abana neza, atita ku matiku, kuki atapostinze achievement za Melody?
Umvaa Muzeee jyamuzabukuru ,utegereze kobazagushyira muntwali plus tard 😂😂Uratwumvisha ibyowakoze niba twentabyotwabonye tubigenzegute 🙇🏽♀️🙇🏽♀️🙇🏽♀️🙇🏽♀️ Rekabana bikorere Show biz !!! Iyobavuze Theben urasara ngo barikwangiza umuziki Nyarwanda bavuga Mélodie bamusebya ukumva ntakibazo 😳😳😳Wumva utarimubi wowe ???? Uzikorere ubushakakashasti kuri ta personnalité uzasanga uri hypocrite mbiiii
Wigereranya umunyarwanda na niaje aha dutuye iyo igize ibyaho niwe witura umunyarwanda ihita yiruka 😅😅😅😅😅
Muyoboke ateye iseseme pe!!! Uri ikinyogote cy'umusaza pe! Ben arambabaza kuba akugira inshuti kbsa...ahubwo disi wowe na emmy nimwe muzana intambara ya ben na melody... Gusa melody azabasaza ndarahiye
Melody atavuze Ben ntabwo yagaragara gusa Melody ari Cheap cyane ntabwo usebya umuntu ngumenyekane Shyaka ikindi kizima wizamukira mugusebanya
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
Wowe x wanze kuva aho uri nawe uzasebanye uzamuke tukurebe yee😂😂
@uwiringiyimanaprovidence3589
2 ай бұрын
Uri ikimara😅😅 ahubwox bruce iyo atavuga Ben twaribwongere kumumenya wabonye bitaramuteye gukora indirimbo melody azi show busyness kd ntashyari riba ririmo😊
@Jackjack299
2 ай бұрын
Udatukanye ntiwakumvikashi igitecyerezo cyane , nimugasebye umuhanzi mufana, nkundako abafana ba Ben barangwa nuburere nka Ben
UYU MUGABO YANGA MELODY AMUGENDERE KURE KBS
@IshimweDieudonne-el7zo
2 ай бұрын
Aramaze?
@sankarakwizeraiwacutv3539
2 ай бұрын
Oya mn abantu kbs mugomba kuba feel
Babwire muyoboke aze arebe ibintu yakoze, bigaragarako ari nawe kibazo
Hhhhh aba bamanager bashaje bave mugakino, urukundo rwumuziki rwarashije dukeneye abamenamo cash nka coach
Ben ntumuntu wumugabo
uyu mugabo nawe ni scam mbi 🤣😂 niyo mpamvu abantu yamanaginze bose bose barazimye
Melody azabarwaza umutwe
Niriya jyejyera Gaile
@user-lu8vg8uh2d
2 ай бұрын
Hhhhhhhh umbabaje nari nyoko kweli gael nuzi nuko byandikwa wowe ahubwo urinde with umugabo nyamugabo wibikorwa ngo ni njyejyera yewe abadashinga nimwe mubyina pee uraho nanana wowe kweli kazi
Melody he not good we know