Le 05/06/2024 : ''Igihe bicikiye i Gakurazo'' : Twibuke, tuzirikane, twibaze.
Rucunshu, Gakurazo, Kibeho, Tingitingi n'ahandi henshi cyane, aho hose haguye ingogo. Twibuke, tuzirikane, twibaze, dufate imyanzuro ituma bitazasubira, maze guhera ubu tubane mu mahoro, ubumwe, ubwiyunge n'ubufatanye buzira imbereka.
Пікірлер: 65
Amashusho meza👍. Wambaye neza😇
Komera komera musee munyamateka atagiramye kdi rwose turakunva neza kdi ibyuvuga nukuli imana iguhe impagalike nubugingo turagukunda cyane
Imana ikomeze iguhe umugisha
Igihe bicikiye i Gakurazo, .... warakoze cyane Padi. Ariko wagirango wari wabonekewe ngo uherekeze, usezere bwa nyuma kuri umwe mu bari basigaye mu batangabuhamya ba Gakurazo ari we Mgr Linguyeneza Venuste. RIP.
Horana amahoro Padri. Aba bagomeramana bamennye amaraso menshi cyane y'inzirakarengane.
Aba bahirz Imana nikomeze ibakire iwayo🙏🙏🙏akamalayika Sheja gakomeze kagume mu gituza cya Aburahamu🙏🙏🙏🙏❤️❤️❤️
Aba bose ndabunamiye cyane cyane umubyeyi wacu Padri Ignace Mubashankwaya, (yewe n'interahamwe zananiwe gutinyuka kumena amaraso ye kuko yari imfura pe) Directeur watureze, akadukundisha gukunda abantu bose tutavanguye duhereye ku bana twari kuzigisha. Niwe wampereje Diplome yanjye. Yahoraga adushishikariza kuzakirana urukundo abana n'urugwiro ababyeyi babo. Mubyeyi Padri Ignace ruhukira mu mahoro
Nyakubahwa Padiri Rudakemwa inkotanyi soco zibavabuka kandi arizo zabishe. Ahubwo muzatubarize I Roma impamvu zitakurikiranye iyicwa ry'aba bakozi ba kiliziya.
Wivunika Padiri nimutoze abemera Krisitu tubisengere cyane Imana izatwumva izo nzira karengane zizashyingurwe kuko Imana irabizi kandi ntirenganya
Yuragushimiye cyane bamwe ayamateka ntitwari tuyazi ariko nakumiro peee abakozi b lmana zarabamaze
Padiri.ndagukunda
Paix a ton ame Abbe Muligo Francois Xavier!
Ndagukunda padiri kdi ndagukurikira cyane ndi nyamubembe murugo niho murugo.ubusanzwe.n nkorera kgli
Tom Ndahiro afite urwango rw amateka y ukuri kuko we atozwa kuvuga ibitagaragasi we yita ko yashakashatse.
Mana uzampe kuramba maze unyereke iherezo ry’ariya mabandi yiyise INKOTANYI!
Nkunda ukuntu ukoresha Ikinyarwanda cyumutse!👍
Aba bantu barambabaza cyane
Aha Gakurazo hari mukuru wanjye yarasiwe rip Kageruka
BANYARWANDA
Mama Valence yiciwe ku Nyundo hafi ya PETIT Seminaire avuye ku kazi ahagana mu ma saa kumi n'imwe. Ni aruhukire mu mahoro.