Kurota Intambara, Kurota Wambaye Ubusa, Kurota Abapfuye,..SOBANUKIRWA INZOZI 20 UROTA ZIVUYE KU MANA
Ойын-сауық
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Пікірлер: 163
Ntarumva ikiganiro iyo mbonye uyu mutumirwa numva nsubijwe kubibazo nibaza Imana imuhe umugisha
Mahoro Imana abahezagire cane ingihe mwakoze ico kiganiro kimwo akantu beshi muzokidushiriko nubwo mwavuze ko mwoyaga atakamera muhezagigwe turasobanukiwe jewe mpise nishugwa kwi sengesho niri maz imisi senga ngo Imana impe gusobanukigw izozi Imana abahezagire cane
Uyu mukozi Imana Imuhe umugisha yahishuriwe Inzozi ntacyo namunenga nukuri Inzozi sumunaniro Imana ya gukeburira munzozi Yagukomereza munzozi mugihe wariwihebye
Maze igihe kinini numva ubusobanuro😮bwinzozi ariko uyumunsi ndanyuzwe lmana ibahe umugisha Kandi lmana professor imwagure cyane
Uzadusabire Dr. azatugezeho uburyo bwo kubara icyacumi
Nanje ndabashimiye ndasubijwe menye uko ngiye gusengera ubuzima bwanje kenshi cane gashoboka nkunda kurota ndikumwe unudamu twahora tubana mugipangu ariko yarapfuye kabona turikumwe nabandi benshi ariko bo nsindabamenya nkisanga twasangiye inyama zokeje nkavyuka mbabaye ariko ejo bundi naravyutse ndasenga ndamugamagara mwizina ndamwirukana mwizina rya YESU ndamubwira ko ataco tugisangiye kuva icogihe nsinongeye kumurota . Merci kurizi nyigisho rimwe narimwe ziba zikenewe.
Ntimuzamere nka prophet Bosco wa Yesu Arakiza TV waka ibitambo by amafaranga
@khloecalala7606
13 күн бұрын
Burya se arishyuza?
Imana ibahe imigisha nukuri mpise nibuka ukuntu naroteye umuturanyi wanjye mbona bakoze ubukwe ark umugeni baramubura nyuma dusanga ngo bamugonze,knd koko ubukwe bari babufite mbizi ko barimo kubutegura nyuma umugabo bamwirukana kukazi mbese busa naho busubiye inyuma ,ubu ngiye kujya nfata ikayi pe mpita nandika ibyo narose Imana iguhe umugisha Docter
Imana iguhe umugisha Proffesor Sam. Utabaye ingumba ya amatwi yatahanye ubumenyi.
Murakoze cyaneee hari ibyo nsobanukiwe cyane, Imana ibungure ubwenge mujye mudufasha.
Ooh welcome back Dr Samuel,, utwigisha nezaa..habwa Umugisha
Yoo ese mwana ukundwa iracyabaho! Ndayizi cyeraa i Gikondo hayoborwa na maman wabo! Prof Samuel na barumuna be bakiri bato! Emmanuel,Bienvenue,Henry pierre,....
Dr Samuel Byiringiro rwose Imana ijye iguha umugisha mwinshi cyane! Iyo nkumva nsubizwamo imbaraga n'ibyiringiro. Imana iguhe umugisha mwinshi cyane!.
Yamara Imana iravuga sister wanje yarose ngonafashwe ndi mu mahangana bantahana atacontwaye abimbariye ndabifata ibisanzwe ariko munyuma vyabaye impamo😢😢
Yesu ashimwe bakozi b'Imana.nukuripe mutegure ikiganiro tuzaze nubwo ndihanze yigihugu cyange ariko nzazape.kuko harinzozi nyishi shaka gusobanuza.urakoze.
Ohh Imana iguhe umugisha.jye nari narahuzwe topic zinzozi kubera abantu benshi baba babikopera bakaza kitubeshya no munsengero nkababuze icyobigisha.ariko iyo mbonye Dr .Samu mpita mfingura mba nziko burikinwe cyose yigisha kirimo ukuri nubwenge bwinshiii icyampa ngo ukajya uhora uboneka Twakura muburyo bwumwuka
Ubutaha nagaruka muzatumenyeshe kare Murakoze
Wauuu murakoze cyane. Mfite ikibazo nonese inzozi zokubona ibintu cg abantu mbireba bihirya yanjye Gato mbese mbibona cg nkababona barihirya yanjye munsobanurire nikindi nokubona inzoka
Dr. Ndagukundaaaa Imana ikumpere umugisha wigisha rwose ibintu birimo ubwenge bw'Imana
@user-sd1cr7hf1j
Ай бұрын
Ko utavuze kubantu bakunda kurota abapfuye
Uyu mukozi w'Imana Imana imuhe umugisha.Ubutaha ni umutumira natwe abari kure uzatubwire itariki tubaze ibibazo by'inzozi turota.
Yesu ashimwe ncuti benedata, ntangajwe cyane nukuntu nkubanye usobanura iby' inzozi naragize inzozi urimo ntakuzi, ntarahura nawe, ntaravugana nawe. Imana irahambaye
@mirasiredeborah4194
2 ай бұрын
Ibaze! Imana yacu Irahambaye
@Paradiotv
Ай бұрын
Kayitesi😮😮😮
ibyo uvuga nibyo rwose pe nitekerejeho inzozi ndota nuko zisohora pe Imana iratangaje pe
Yesu ashimwe cyane nabashije gusobanukirwa zimwe mu nzozi njya ndota ariko muzakore icyo kiganiro mwatumiye nabantu
Murakoze cyane ariko harigihe urata ikintu Kandi kikabaho nonese iibyobyo nibiki dusobanurire
Plaisir Uwiteka Akundindire Arwane nabakurwanya Ahagurukire kugutabara kandi wegucika intege kumurimo w'Imana ukwimbwa zimoka ntugatinde munzira uzitera amabuye ujye ukomeza urugendo rwawe
@user-vt9ro7rx1y
2 ай бұрын
Yego pe arasenga ajye asengera abatumirwa agiye kwakira umwuka umuyobore abatwika hano ntakabazane@@amen8
Yesu ashimwe cane. Ndashimye kino kiganiro Kandi Imana ihe umugisha Umukozi w'Imana. None ko numva ngo twiteho inzozi turose , jewe nkunda kurota ndi muri douche noga nisukira amazing menshi, ubundi nkabona ndimuri Toilette ndi kwituma. Ndakwinginze musigurire vyo bisigura iki?
Plaisir ndakund ibiganir vyuy mu papa Imana iguh umugish waw uzoduh nimer yiw
I love your smile Wigishije numuntu yafata, uraseka,,,, yooh
Abantu benshi bibwira Yuko gusenga Ari ukujya, nyamara twese tuvugana n'ikiswe Imana, mu nzozi, meditation, mu gutuza, kw'iherera!!
Zaburi nshya ndabakunda cyane
Murakoze kambisa,Imana ibahe imigisha myishi cyane
Murakoze cyane mutubwira ibyo twari ducyeneye kumenya
Icyifuzo: Plaisir , Wadusabira Dr.Samuel akazadukomereza za Nyigisho z' agakiza n' Ubuntu ... dukeneye gusobanukirwa cyane!! Akadusobanurira ku byerekeye Ukwizera guhesha Ubugingo no kwizera gusanzwe kuzwi ..... Muzaba mukozee❤
@rosineabayisenga1374
2 ай бұрын
Plaisir,, uzamutubwirira?
Ariko njewe narimaze imisi nibwira ko naba mfite ikibazo mu mwuka kubera kurota cane. Icakoze ibikoko uko nabirota kwose ntabwo nshobora kwemera ko vyampa ubusobanuru buri positive nico gituma mbonye igiko mu nzozi nukuvyuka nkatokesha mwiza Izina rya Yesu ubuntu nkahita nja mu masengesho yihuse. Jewe nubwo naba mpawe message iri positive mu bikoko ntayo na kwemera. Nabwira Imana ati koreshe iyi shusho iyi bikoko kuri jewe ntivyavamwo Mana yanje nawe urabizi.
@Mwizerwa12
2 ай бұрын
Iki kibazo turagihuje pe
Ni byinshi twifuza kumenya nukuri Uwo mwanya urarakenewe rwose Kd Murakoze kubwiki kiganiro
Uyu muvandimwe numwe mubakorera Imana kuri you tube neza kdi biratanga umusaruro kubabibona nabazabibona God bless you Man of God
Imana iguhe rwose turasobanukiwe neza Hanyuma iyourose ubona amafaranga ngo bisobanura iki
Murakoze kuko nafashijwe cyaneeeee,nasobanukiwe inzozi narimaze iminsi ndota ,nukuri uzagaruke kuko utumwe haribyo dusobanukirwa lmana ibahe umugisha muzagaruke
Murakoze cane Professor asha aha iwacu 🇧🇮 hari umuzungu yitwa Enzo bahoye ngo imbwa yamusanze mwishengero
Merci Doctor
Inzoka andi hari uyifata nka nature yashyizweho n’Imana kuburyo itamuhohoteye nawe utayihohotera ukayireka ikigendera. Aho ubifata ute? Nowa mubyo yashyize mu nkuge nazo yarazifashe
Doctor you have done a great Job to us
Ubundi abantu bazanye iyobokamana, Kuko Ari umuco, byabange gusenya Indi mico nururimi ruvugwamo
Imana ibahe imigisha kubwange ndanyuzwe. Uzagaruke
Imana ibahe umugisha mw'inshi cyane rwose turasobanukiwe nonese kurota uri gukura imegeri cg ibihumyo mudufashe mudusobanurire murakoze cyane natwe turabakunda
@VestineMbabazi-ek9tz
Ай бұрын
Ubwo uba umaze iminsi ushaka kuzirya
@MuhawenimanaJeannette-yq1qd
Ай бұрын
@@VestineMbabazi-ek9tz😂😂😂😂😂😂😂😂
@IngabireDiane-ls7so
12 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂@@VestineMbabazi-ek9tz
Uyu mugabo asobanuye ibintu neza!
Muri make twisanze Imana ivugana Natwe kenshi kenshi gashoboka ahubwo Ntitubimenya Uwiteka agukomeza Kandi aguhe Ubuzima
Ikiganiro ciza cane. Imana ibahe imigisha.
E really anointed to interprete dreams
Umuntu arose umukozi w Imana watabarutse arimo kumubwira ijambo ry Imana cg ijambo ry ihumure,bisobanura ko ari bibi?
Muhabwe umugisha utagabanije
Umwe Urabona wigeze gukora ubukwe, Ntagujya umusurap , nonex Wazamutweretse, disi Ntaheruka, Wamukobwa uhanura kdi Atabona, nonex Ntiwavuz Koo yitwa Belisee
Murakoze kabisa, ariko icyo kiganiro nanjye ndagishigikiye
Mudutegurire seminar kbsa.muzatumenyeshe tuzaza
Umubwiriza 5:2 Inzozi zizanwa n'imiruho myinshi,hano yahadusobanurira
Imana ibage umugisha
Kubona ubona amaf, wakanguka ukayabura Interpretation of this dream dear!
Murakoze. Muzadusobanurire kurota president
@munganyinkachristine8120
Ай бұрын
Nibagusubiza nanjye nzumviraho kuko nkunda kumurota
Uzamutubarize nkundakugira inzozi ndimurushengero ntambaye inkweto canke nambaye imyenda itariyo nateguye kwambara
Azatubwire kurota urikugwana cnke gutongana na petit frère wawe
Muraho mugire amahoro y'Imana
Thank you
Professor amvugiye ibintu! Hari igihe ndota ngo nasubiye kwiga Isomo runaka muri University!
Ninjya mu Rwanda nzagera nzagera iwawe umpaye karibu se
@Paradiotv
Ай бұрын
😅😅😅😅
Inzozi izarizozose zisengere kandi wizere ko Imana Ifite ubushake bwo kukubaka nokugusenya mumigambi wenda waba ufite
Muzadusobanurire kurota urigutsingwa mwishuri ntagisubizo nakimwe urigutora mubibazo byose
Imana ibahezagire
Imana ibahe umugisha mwaduhaye number ya Samuel mwaba mukoze
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana nfite akabazo kenshi nkunda kurota mugitondo canke nduhutse apres midi none itandukaniro kuberako biba atari ninjoro ?? bitandukaniye hehe ??
Imana ibahe umugisha
Plaisir uwo uryama mu nzoka ashobora kuba ari magicien
Iyugenda uguruka wagera humusozi uri ukagura bisobanura iki ukabawagendaga wagera mugikombe ugahita uguruka
Inzo niryo yerekwa, gusa ijambo inzozi n'ijambo rimenyerwe mu rurimi rw'ikinyarwanda!! Naho iyerekwa ni nkamuga yiyongreye mu Kinyarwanda, Ari ubundi nikimwe!!
Narose ndikumwe numusore ucuruza hafiyo.yomurugo narindigucuruza nabawe narabaye umugorewe Kandi tudakundana
Amahoro musobanurire iyo umuntu Arota Aguruka mucyirere bisobanuricyi morning
Plaisir nonese ko bakubwira ngo narose ukora ubukwe urasara
Sha nanjye indege buri hihe iransiga pe...rimwe na rimwe ngasanga nibagiwe passport..cg bakankatiraho da ngo ntege indi..cg ngasanga hari umwana utaraza ngo tugende
Pastor mwaramutse neza abantu bazi science sibo batemera Imana ahubwo abantu bize philosophy, Theology nibo bahakana Imana Rurema imirimo yayo
Mutegure rwose
Azatubwire kurota uhabwa amafranga mundoto iyindi ukarota ubona barikukwaka amafrnga
Mudusobanurire utuye ahantu h’ishyamba cg hari imirima urimo ukora isuku hafi y’urugo rwawe ukahabona inzoka nyayo atari mu nzozi yo yasobanura iki?
Ndikukubaza Belisee Wamukobwa😮 Uratabona Ntago umwibuka?
Murakoze cyane Ariko ngomba numbers z uwo mukozi wi mana Muzoba mukoze
Koko nibyo harumuntu waroteye udi yambaye inifomo zacyera kacye Kandi yambaye ikabutura nishati yayo ari mwiduka mbona harimo ibikarito byaragiye ahobye arataha nabugigo nubu rwose hari ibiribyo mukozi wima haraho tutanyumva kimwe wabona inka ikwirukankana ishaka kukwica ukavuga ngo numugisha Koko biri kuburi
Blesi Wazasuye Berise Umwe urabona, ese ntarabyara, amakuruyee disi?
@uweragogo8946
2 ай бұрын
Urikubaza ibyuzi .ubwo nibihuha wiriwe ubona kumihanda🙄🙄
Hari umu Pastor wo murwanda nakundaga kureba ibiganiro bye hanyuma ndota turimo tugenda munzira harimo nutwatsi mbona inzoka yambere ndikanga cyane we mbona ntacyo bimubwiye mbona iya2ndongera ndikanga ngira ubwoba we mbona ntiyikanze nkaho haricyo abiziho ndumirwa da.
Muzabitegure kbs
Ndabasuhuj murikigitond amahoro yimana abane naw narose ndimo ndagaburir abantu benshi bishimye ariko Sina meny ibyaribyo munsobanurir
@AnithaNijimbere
Ай бұрын
User,yg3cuch2v1t.2dago. Nukuvuga u rose urikougaburira abantu nukuvuga numurimo Wimana wokuririmba nucobisobanura bazokwishimira🎉🎉
Ikikintucyo gusubira inyuma muriprimer ngiyenacyumvape😴
Naho kurota telephone igwa has ikajanjagurika cyane ariko igakomeza igakora cyane cyane Guhamagarwa ariko kwitaba bikagorana.
Samuel ndamuzi avuga ibyazi arasobanutse.
Ko izondoto zokurota niga muri primary or secondary uwo ninjye sinigeze ndota niga muri university Kandi narayize , ngakunda kurota imodoka insiga cyangwa intambara ndikwihisha ibyonibicyi
Urose ukwiruka nkana ukayinigyira imbere yumuryango wawe
Akakantu rwose mudutegurire
Mana samu ndagukunda
Turakumva mukiziwimana ndi muri saudia
Ubuse ko narose ndigutambika jya iwacu umugabo akanyurukaho afite umupanga ashaka kuntema ndiruka ngeze hepfo mbona mugenziwe nawe antangira nawe afite umupanga ngobanyice ark nahise nkanguka ubwo bivuze iki
None kuba uli kumwe n'abandi bantu(inshuti cyangwa se umuvandimwe mwagera aho mwali mugiye ugasanga hali ikintu wibagiriwe mu rugo. Noneho ugasubirayo gushaka icyo kintu. Noneho mu guhindukira ukabura inzira ikugeza hahandi wasize ba bantu. Ukayobagurika mu nzira nyinshi aliko ntugere ha hantu wasize ba bantu . Izo nzozi zisobanura iki?
ndatahuye neza inzozi narose kandi nciye mbona ico zisigura bivanye nivyo ndimwo
Muhezagirwe, Hama jewe maze kurota kabiri nd'umwana wa perezida de😂la repiburika.munsobanurire 😂😂😂😂😂