Ahubwo iyi ni case study gusa bibabo ko umuntu ufata imiti virus 🦠 yashira mu maraso
@user-jp6wy1up3i5 ай бұрын
Ngaho da
@OlivierHabimfura4 ай бұрын
Yew.ndu miwe❤❤❤❤
@kwitondaalphonse48925 ай бұрын
Mwicirira imanza abanga nukuvuga iyo unwa imiti text iza ari negative , ahubwo azafatishe icyo bita viral road
@sarahnyirandokore543
5 ай бұрын
Yego
@Hozianaa5 ай бұрын
Nonese ko wumva no muri 2007 bari bayigusanganye ku muhima🙊ndabona ibi bintu birimo urujijo,gusa ushobora gusubirayo bakakubwira ko uyifite kugirango bikure mu makosa witonde sha cg se na none wasanga baribeshye uyifite,amavuriro yo mu Rwanda ni akandale
@gentillemukashyaka2458
5 ай бұрын
Arwaye Sida niyiyakire. Why two hospital bakwibeshya
@SereineNziza5 ай бұрын
Ngaho daaa
@user-um6xz8xm8q5 ай бұрын
Kuba yajya Kwa Muganga bakayimutera ibyo ni ugukabya no gusebya numva ntanyungu Yaba ifitwe na ababikora .
Uyu mubyeyi akibona ko imiti ayigizeho ikibazo yari gusubira ku bayimuhaye bakavura ibyo bimenyetso. Kugira ubwandu bwa HIV si ikibazo, hari abantu bakuru bayivukanye. Hari imiti umuntu anywa ubwandu ntibugaragare cyane ko umuntu aba ashaka advantages. Nta bwof umuntu ajya ku miti y'ubwandu ku bwo kumwibeshyaho. Ahubwo kubera guha morale umuntu babona ari agressif hari muganga ushobora kumubwira igisubizo kitari cyo.
@ndiki6945 ай бұрын
Wasanga bazamuha ibimuhuhura
@bankyolusegun37165 ай бұрын
Batumizeho Minister of health abisobanure Ubundi inaha USA ikosa nkiryo iyo ribaye nkuko bakujyana mu nkiko ubundi ba kakwishyura
@KiraboCyimana-bl8hy
5 ай бұрын
Umva Nawe ko ari muri Amerika turarira nawe ukaririmba Hano ni afrika cherie iturize urazi ubuvuzi bwaho nubwo na America ntahizera ijana kwijana Naho habamo ibifuti ikiza Nuko bo bahanwa rwose aho Ndi kumwe nawe
@didinenadinecaritas8135 ай бұрын
Akwiye ubutabera
@HekimaM29TV-nx7vw5 ай бұрын
elle a tout supplimée ,et cela ne signifie l,absence de Virus dans l'organisme
Пікірлер: 116
Yewe birababaje cyane,akwiye ubutabera rwose.
Ibyo bintu byabayeho cyane muri iyo myaka !!
Please ndabinginze uwo mumama mumufashe ibyo bamusabye byo gusubira kakicyiru ntazabikore yirinde namavuriro ya leta yose yaba amuzi cane! Ndamubwiza ukuri niba koko ari muzima bazajya bayimutera bakoresheje ibyo bamupimisha kugirango bikureho icyasha! Ndabinginze mumubwire rwose kuko jyew nzi uwo byabayeho.
@uweragrace4136
5 ай бұрын
Abahipimishirije bakababwira ko Ari bazima cg barwaye ndabasuhuje😂😂😂😂
@HekimaM29TV-nx7vw
5 ай бұрын
ariko nkawe
@mutuyimanasandrine2389
5 ай бұрын
Ubwose uvuziki kokoooo@@uweragrace4136
@isimbizawadi
5 ай бұрын
Ark ibyuvuga nukuri rata ntasubireyo
@isimbizawadi
5 ай бұрын
@@HekimaM29TV-nx7vw nkawe iki kobyamenyekanye. Wasangarihukorera mujye mubanza mukuremwimbuto mubone ......
Nasubirayo ahubwo barayimutera ,,abagaga bubu wagirango baba basinze,ubundi baba banyweye urunge rwangahe!?😂
@imenagitero832
5 ай бұрын
Akantu ko kuyimutera niko kabi😂😂😂😂😂
@user-jp9vc1wp5w
5 ай бұрын
@@imenagitero832 nukuri abaganga bubu sinzi Aho bize ,, ngaho abo basize imikasi mu mura ,ngaho inshinge mumura ,none ngo sida ntigaragara 🤔
@birandikwatv4608
5 ай бұрын
HAHAHAA MBEGA WOWE😂
@KiraboCyimana-bl8hy
5 ай бұрын
@user-jp9vc1wp5w Ibyo uvuze nu ukuri pe Nasubirayo barayimutera kugirango bikure mwisoni Ajye ahandi pe najya hariya baramutera sida bikure mwisoni
Mana c'est terrible.ntageyo barayimutera bikuraho ibyiha.umuri hafi amubuze nyabuna.
Sida ye iratangaje.. Muhima na Kacyiru se ko batandukanye... Nagende muri labo zikomeye nibo bakwerekana amarasoye impamvu byihunduranya.. Naho umugabo we bapfuye ibindi ubwo ntibari babanye neza
Muduhe nimero ye tumushakire nagasukari basi
Wamubyeyiwe reka nkugire inama niba warasanze urimuzima shima imana kuko ibinini byasinda nangaruka bigira zubumuga nago wasebya ibitaro byubatse izina nkabiriya ngobikunde ahubwo wowe uraseba ahobucyera nibagupima waba uyifite waba utayifite barayigusangamo kugirango basukure izina ryabo niko isi imeze nabwo wakwangiza izina kacyiru hosipt ngubishobore pe reka kwirizaho cyangwa bagusebye bavugeko ufite iyowavukanye😂
Ntajyeyo ubwo barashaka kuyimushyiramo ajye ahandi ninukubarega .
Muhima ejo umubyeyi yarahaje umwana amupfira munda barangije baramubwira ngo ajye kwishyura imiti imwongerera ibise abyare intumbi birangira batamubyaje arataha nintumbi munda gusa Imana irihangana pe uwo mubyeyi yihangane nawe
@joannah128
5 ай бұрын
Ku Muhima ibyo ni ibisanzwe rwose.
@mutuyimanasandrine2389
5 ай бұрын
Kumuhima ho turabamenyereye haragapfa gusa uzukuntu arabagome shaaaa byihorere winyibutsa
@Streetor1347
5 ай бұрын
Ubwo se ibyo bibaho ?
@Streetor1347
5 ай бұрын
@mutuyimanasandrine2389 ubwo bafite ubuyobozi bubi ntago abantu Bose baba babi ahubwo ubwo ubuyobozi bwabo nubwo buba bufite ikibazo
@AkalizaQuee
5 ай бұрын
Nakibagabaga nabo ni abagome
Abaganga baragwira ! Ni akumiro !
Bazamufatire PCR apimirwe kuri labo National .turabiziko hari abatekamutwe baba bashaka amafranga bashirishamo abaganga
@christineuwingabire691
5 ай бұрын
Azajyeyo kbs PCR niyo yonyine yagaragaza ukuri, naho Rapid test zo birashoboka cyane kuba negative kubantu bafata iriya imiti igabanya ubukana bwa hiv,ubundi ntibemerewe gukoresha HIV rapid test.
Rata ararwaye kuko iyorwara ndayizi icintege ukumva umubiri byanze ahubwo nannywe imiti ibibdi avana akajagari munzira gusa nimiti icintege gusa Imana imurengere yiyakire hhhhh naho abafite igikomere cyasida barangije kwiyakira bategerejd kujya bitahira amahoro
Ariko mana uwomubyeyi agende gake umuntu ufata imiti neza harigihe viload result ziza ari TND iyo igisubizo kijegutya iyo umurwayi umupimwe kuri areri combo igisuzo harigihe kiza aro Negative akagenda avugako yakize,ndimuganga nakoze muri service Yita kubarwayi babana virus,rero azajye kwamuganga bafate amarasoye bayajyane kuri Lab national.
@mukadusabeerinestine6123
4 ай бұрын
Nkeneye number yawe hari icyo nshaka kubavugisha
Yibashinja ubuhemu none se haricyo bapfa ahubwo nibitererano asenjye cyane
@DusengeAsifiwe-dl7lz
5 ай бұрын
Nawe warasaze pee
Nonese kacyiru no kumuhima naraziranyera hhhh ahubwo ashaka ipfashanyo sida sha ndumva bikaze hhhhhh natuze nabayirwaye barahoze sha
Ahubwo iyi ni case study gusa bibabo ko umuntu ufata imiti virus 🦠 yashira mu maraso
Ngaho da
Yew.ndu miwe❤❤❤❤
Mwicirira imanza abanga nukuvuga iyo unwa imiti text iza ari negative , ahubwo azafatishe icyo bita viral road
@sarahnyirandokore543
5 ай бұрын
Yego
Nonese ko wumva no muri 2007 bari bayigusanganye ku muhima🙊ndabona ibi bintu birimo urujijo,gusa ushobora gusubirayo bakakubwira ko uyifite kugirango bikure mu makosa witonde sha cg se na none wasanga baribeshye uyifite,amavuriro yo mu Rwanda ni akandale
@gentillemukashyaka2458
5 ай бұрын
Arwaye Sida niyiyakire. Why two hospital bakwibeshya
Ngaho daaa
Kuba yajya Kwa Muganga bakayimutera ibyo ni ugukabya no gusebya numva ntanyungu Yaba ifitwe na ababikora .
Mukizamini cya charge viral ziba modified iyo umuntu afata imiti bikaba byagaragaza negatif
@marieesperancecantella2772
5 ай бұрын
Oya handikwa ko itagaragara ariko igumamo
Njye ndumva aramayobera muhima bayigusanzemo,kacyiru bayigusangamo hagati yaho ufata umuti neza cyange c nabadaimoni fatiraho usenge
Ariko abaganga bacu baba banyweye iki?ko wagirango banywa urumogi.bwana Sabin ubu koko aba nibo baganga dukeneye koko😢
@gentillemukashyaka2458
5 ай бұрын
Ndumva utagira uwo ucira urubanza kuko ibyo uvuga ntamakuru ufite kuri Sida
@mukiza.aimable100
5 ай бұрын
Iyo wiga ikiganga se nyabu ukareka kunywa ibyo bo banywa !
Uwomudamu ntazahasubire kuko bazanayimutera murushinjye bashaka kwerekana ukuri ajyeyivurizahandi niyihangane
Erega mwabantumwe nubwo bavugako ubuvuzi murwanda ariko abaganga ntakigenda pe badufata nabiiiiiiii nge nabyariye kumuhima 2018 ariko umuganga wari uhari wumusore bahamagaraga ngo murundi ibyoyankoreye 🤭🤭🤭🤭🤭
Sorry Mum🙏🙏 gusa Nasubira kubitaro bya Kacyiru baramusangamo nk'iyudusaraba 8😂😂
@Fachibeton
5 ай бұрын
wajijiwe urumva bisekeje😢
@imenagitero832
5 ай бұрын
Ariko noneho ngo iyudusaraba 8,🥱🥱
@uwimanaangelique9302
5 ай бұрын
😂😂😂ntacyo.ubeshye 😂😂😂
pore mama
HIV iriyoberanya.Nakurikize inama agirwa nabaganga.
Nasubirayo barayimutera se bayibitse he? Babifitemo izihe nyungu?
😢😢😢😢😢😢
Nose agisubira kacyiru bakayimupima icyogihe abonye ibiraka iyoyipimisha nahandi koyaraziko bamupima bakibesha akareka guhita afata imiti
Narumiwe koko 😢😢
Byashoboka ariko ibyo, kdi muganga nawe ntakosa yakoze kuko muganga yentrepreta resulta yabonye miri test yakoze ahubwo iyu mudamu we nibamujyane kubitaro aho bizeye bamupime ariko ndumva kuvuga ngo muganga yaramubeshye kdi batanaziranye ngo namuhe amafaranga rwose byaba ataribyo.
@ryna4903
5 ай бұрын
Bashobora kuba baritiranije za résultats, bakibeshya ku barwayi bibaho. Ugasanga baguhaye ibipimo by’undi muntu. None ntimurumva abo bahindurira impinja ?
@AkalizaQuee
5 ай бұрын
Yego aho turikumwe cyane buriya bitiranyije results
Mx
Uyu mubyeyi akibona ko imiti ayigizeho ikibazo yari gusubira ku bayimuhaye bakavura ibyo bimenyetso. Kugira ubwandu bwa HIV si ikibazo, hari abantu bakuru bayivukanye. Hari imiti umuntu anywa ubwandu ntibugaragare cyane ko umuntu aba ashaka advantages. Nta bwof umuntu ajya ku miti y'ubwandu ku bwo kumwibeshyaho. Ahubwo kubera guha morale umuntu babona ari agressif hari muganga ushobora kumubwira igisubizo kitari cyo.
Wasanga bazamuha ibimuhuhura
Batumizeho Minister of health abisobanure Ubundi inaha USA ikosa nkiryo iyo ribaye nkuko bakujyana mu nkiko ubundi ba kakwishyura
@KiraboCyimana-bl8hy
5 ай бұрын
Umva Nawe ko ari muri Amerika turarira nawe ukaririmba Hano ni afrika cherie iturize urazi ubuvuzi bwaho nubwo na America ntahizera ijana kwijana Naho habamo ibifuti ikiza Nuko bo bahanwa rwose aho Ndi kumwe nawe
Akwiye ubutabera
elle a tout supplimée ,et cela ne signifie l,absence de Virus dans l'organisme
Nusang uyirway uzihangan
Muraharabika bayutera x bafite iyihe nyungu
@KIGALINk
5 ай бұрын
Ubux bizabagwa amahoro ababaganga
Najya kurega ibitaro.
ibitaro bya muhima nibyo nabonye bitanga service mbicyane naharwarije umuntu ariko nabagomecyane
@KiraboCyimana-bl8hy
5 ай бұрын
Bakeneye ko Dr Diane Gashumba agaruka akabashyirira mu myanya
Eeeeeeeeh. Nihatari
Ndumv Ari hatari
yahuye nabasitajerii nyn😅
@KiraboCyimana-bl8hy
5 ай бұрын
@user-ri4fh4zn7r Ntuzibeshye Ngo ubeshyere umunyeshuri uri muri stage baba bazi Ibyo bakora kurenze abo baganga kiba utabizi Kubera ko baba bagomba kwitonda Ngo batabyica bakabirukana or bakabura amanota ni gacye cyane abastageri bakora Ibyo nikosa ntubabeshyere nkumva
Yewe bibaho gusa uyuwe birababaje
hahahahaha aha😂
None se batanga imiti batakoze « charge virale »? (Umubare wa virus) ? Ntibisobanutse neza.
Birababaje kbsa gusa ibyobitaro bijyane munkiko maze baguhe impozamarira😂
Abaganga bapimisha ijisho se na bo!?? Uzasubira yo kwipimisha bayikwemeze burundu urumva bakwemera Ko ibitaro biseba se!
pore
HARI ABAKORA AKAZI KATARAKABO BAKORA IBYO BATAZI IZONJIJI BAGIYE BAZIKOSORA AHE
@sarahnyirandokore543
5 ай бұрын
Mwitukana bijya bibaho yemwe.I mean kubantu bamaze Iminsi kumiti test ishobora kuba negatif Kandi nabyo biba bifite icyo bisobanuye.ababizi barabizi
Abaganga ba fecke nabo kurya ayubusa
Nacyo leta izamufasha ahubwo bajyiye gushaka icyintu cyatuma agaragara nkuwabeshye
@uweradebor
5 ай бұрын
suko
Pole sanaaa 🙏
Ariko mu rwanda dufite ikihe kibazo koko?? Abaganga bibeshya inshuro zirenze 3 ntibishoboka azajye nahandi yipimishe arebe
@mamiimena8365
5 ай бұрын
Kdi yarahagiye bagasanga arimuzima
Nahabwe ubufasha
Ararwaye ahubwo umubwira ko ari muzima niwe umushuka
@umurazacrementine2771
5 ай бұрын
Hhh Nonese ipimishwa ijisho se
@Vestina-mudogo
5 ай бұрын
@@umurazacrementine2771 Oya nanone wa mugani. Ikibazo nuko rimwe bayibona ubundi bati ntayo
Mwihutira comment mutumvise neza nigute bwambere yanze gufata imiti ndetse akajya gu checking nahandi nyamara bwa 2 ntiyagira impungenge kandi aribwo yari afite dought kuko bwa mbere bitaribyo! Mwese aba commenting mu menye ko kwa Muganga atari mw'ijuru 80% yabantu bari educated bazi kwipima VIH Muganga nawe ni amaso akoresha none muteruye intosho muramuteye! Ntamuntu numwe uzi ibyo kwa Muganga wa commenting nkibi mbona aha !😢😢
Ntageyo barayimutera.
Ntamakosa ibitaro bifite ibi scientifically birashoboka bitewe na test zakoreshejwe
@user-hr4yn8rb6p
5 ай бұрын
Mbese ubwo result nkizi tuzi normalizing tu? Hanyuma iherezo rikazaba irihe?
@shibushami6388
5 ай бұрын
@@user-hr4yn8rb6p Hakwiye ibindi bizamini byisumbuyeho nkuko uwo muganga yabivuze
niba atarwaye se ikibazo kiri hehe?
@pierrebenit
5 ай бұрын
Ikibazo kirahari. Ni wowe usigaye kujyayo, bakakubwira ko urwaye cancer y'ukuguru, barangiza bagahita baguca Kandi bakubeshyera😮
Nasubirayo barayimutera pe
Niba nta sida ashimire Imana naho kuvuga ngo ararega ubwose ibyo ni ugushaka kwifuza . Imiti bamuhaga se yarayishyuraga Kandi wasanga kubwo gufata imiti aribyo bituma ibisubizo biza Ari negative .
Iyo umuntu afite sida afata imiti neza ushobora kumupima Ugasanga nta sida Kandi ayifite. Umuntu ufata imiti sibyiza kongera kumupima hari abaza babeshya Kandi bari kumiti
@gentillemukashyaka2458
5 ай бұрын
Yes of course
@uweragrace4136
5 ай бұрын
Ko byaba bitoroshye niba Ari ibyo?!
akwiye guhabwa ubutabera abobaganga ndumva ntazi njyewe menya ibyuma bakoresha bapima bitareba mumaraso neza