No video
Kaminuza y’u Rwanda yatangaje impinduka mu kwakira abanyeshuri bashya
Join this channel to get access to perks:
/ @rwandantvrbahafiyawe
#RBANews #RBAAmakuru #Rwanda #RBAHafiYawe
Click here to SUBSCRIBE : www.youtube.co...
Follow us on Twitter:
/ rbarwanda
/ rwandatv
/ kc2_rw
Follow us on IG:
/ rba.rwanda
Like us on Facebook: / rwandatvofficial
For more great content go to www.rba.co.rw and download our apps:
Android : play.google.co...
iOS : apps.apple.com...
Пікірлер: 5
Icyumvikana cyo nuko leta ikwiye kumena amafaranga no muri kaminuza zigenga kugira ngo Aho ubushobozi bwakaminuza bugarukiye ziyunganire
Noex mwatubwiye ukuntu ushobora kureba REG number warayibagiwe
Mbagire inama bantu mushinzwe uburezi! Mureke gusubiramo amateka.Nigute muvuga ko abantu bose bujuje ikizamini (Maximum aggregate)? Mugaheraho mukoresha ibindi bizamini bya nyirarureshwa ngo muhitemo abiga ibi cg biriya(Ex Medicine, foreign scholarship)?Ese nigute niba atari intervals mwakoze nabi muzi icyomugamije mu ishuri 1 rya sciences abanyeshuri 40 buzuza(Maximum aggregate) bityo ugasanga umwana wumukene wahereye muwa1aba uwambere mumuhaye kwiga nursing A1 naho uwomubakire wabaga uwa 40 mukamuha kwiga medicine ngo yatsinze interview ngo kuko amanota barayanganya.Murebe neza tutazabyitiranya nibyobavuga byiringaniza&kwemererwa.Icyifuzo:Mugabanye interval abanyeshuri barushanywe bigendanye nubushobozi bwabo,naho izo interview zirengagiza amanota ziveho. Murakoze kwakira igitekerezo cyanjye.
Kubona scholarship biragoye hazanjya higa mbarwa
Noex mwatubwiye ukuntu ushobora kureba REG number warayibagiwe