No video

Kaminuza y’u Rwanda yatangaje impinduka mu kwakira abanyeshuri bashya

Join this channel to get access to perks:
/ @rwandantvrbahafiyawe
#RBANews #RBAAmakuru #Rwanda #RBAHafiYawe
Click here to SUBSCRIBE : www.youtube.co...
Follow us on Twitter:
/ rbarwanda
/ rwandatv
/ kc2_rw
Follow us on IG:
/ rba.rwanda
Like us on Facebook: / rwandatvofficial
For more great content go to www.rba.co.rw and download our apps:
Android : play.google.co...
iOS : apps.apple.com...

Пікірлер: 5

  • @Tea_peu
    @Tea_peu Жыл бұрын

    Icyumvikana cyo nuko leta ikwiye kumena amafaranga no muri kaminuza zigenga kugira ngo Aho ubushobozi bwakaminuza bugarukiye ziyunganire

  • @DonathaNyirahabimana-y7j
    @DonathaNyirahabimana-y7jАй бұрын

    Noex mwatubwiye ukuntu ushobora kureba REG number warayibagiwe

  • @sabitijohn2770
    @sabitijohn2770 Жыл бұрын

    Mbagire inama bantu mushinzwe uburezi! Mureke gusubiramo amateka.Nigute muvuga ko abantu bose bujuje ikizamini (Maximum aggregate)? Mugaheraho mukoresha ibindi bizamini bya nyirarureshwa ngo muhitemo abiga ibi cg biriya(Ex Medicine, foreign scholarship)?Ese nigute niba atari intervals mwakoze nabi muzi icyomugamije mu ishuri 1 rya sciences abanyeshuri 40 buzuza(Maximum aggregate) bityo ugasanga umwana wumukene wahereye muwa1aba uwambere mumuhaye kwiga nursing A1 naho uwomubakire wabaga uwa 40 mukamuha kwiga medicine ngo yatsinze interview ngo kuko amanota barayanganya.Murebe neza tutazabyitiranya nibyobavuga byiringaniza&kwemererwa.Icyifuzo:Mugabanye interval abanyeshuri barushanywe bigendanye nubushobozi bwabo,naho izo interview zirengagiza amanota ziveho. Murakoze kwakira igitekerezo cyanjye.

  • @andreumukunzi3179
    @andreumukunzi3179 Жыл бұрын

    Kubona scholarship biragoye hazanjya higa mbarwa

  • @DonathaNyirahabimana-y7j
    @DonathaNyirahabimana-y7jАй бұрын

    Noex mwatubwiye ukuntu ushobora kureba REG number warayibagiwe

Келесі