Ningewe rwose nange mbonako azi gukina neza kd Ni namwiza ndamukunda cyane
@clemantineuwamahoro6240
Жыл бұрын
Ndayigugaye pe
@chantaluwamahoro9758
Жыл бұрын
Character zose ziramubera gusa iyo yakinye Ari inshinzi ndabyanga
@alees4907
Жыл бұрын
😅🥰💞💕
@akimanagrace5007 Жыл бұрын
Abantu mureb munasoma commentaires ndabasuhuj cane nario warananiy😂😂😂
@uwurukundoagripine5165 Жыл бұрын
Lidya ni umu acter mwiza cyane ❤️🥰 just azi gukina pe she feel it like real ❤️
@winnysumbwa7672 Жыл бұрын
Nario ikirara kigendera.Keep it up!!my best actor
@nellymanirakiza4080 Жыл бұрын
vyukuri ibikorwa vyanyu uhoraho akomeze kubihezagira ntako mutagira.mukutwigisha from BURUNDI je vous aime
@pelagiemuhoza8971
Жыл бұрын
Sana
@mutesiflolenceshow4348 Жыл бұрын
Ark Mana naho utavujyira pe nukuri Ijambo ryawe Mana naho ritazagera nukorero abafite amatwi nimwumve abafite amaso nimurebe. Muziko bitari mubakombwa gusa nomubamama birimo ugasanga bibononeye Ingo zabo so thank you so much BAHAVU AFRICA 🌍🌍🌍🌍
@regalopresent1037 Жыл бұрын
Sha Micky azi gukina cyane 🔥🔥🔥🔥bimurimo sibyo yihingamo
@sosomh5430 Жыл бұрын
Hari ukuntu ndi mu rukundo na Pertinah, ari naturelle kdi biramubereye, asa neza cane
@sarahuwamahoro7982 Жыл бұрын
Thanks kabisa kuri iyi episode iri nisomo kubakobwa pe Nario wabikoze neza Bahavu urategura pe much love
@iraharidiane7410 Жыл бұрын
nario uburaya buramubereye pe ya acting nkaho aribyo pe 🤣🤣🤣🤣
@user-dw5hv8uc1s Жыл бұрын
Gs ndabakunda cyaneee. Muba muduha amasomo respect kuri team's mwese
@esthermucyowera7006 Жыл бұрын
Uziko umutima indiye nkaho aribyo koko🤣 isi dutuye best movie 💪mukomerezaho
@mugishaesther1092 Жыл бұрын
Nario ur the bst actor kbx ubikor neza bagarure na Yvan ❤
@Rosette.U Жыл бұрын
Ibi bintu Micky akorewe aha hanze biriho thx kunyigisho
@umutonichristelle2314 Жыл бұрын
Isi dutuye film kabisa iratwigisha👌
@ndikaline Жыл бұрын
Iyi épisode yigishe abakobwa n abagore baja ku ma réseaux sociaux bavugana n abagabo batazi. Ivyo vyama vyabaye. No ku bagabo bakunda gupfa ku dragua abagore n abakobwa batazi, nabo bibabaho. Ndabivuze kubera maze kubona ama cas menshi. Mwigireho
Cyakora iri ni isomo rikomeye ku bakobwa mumenye ubwenge izo social media mukoresha zirabayobora zikaberekeza aho mutazikura, mwiyubahe plz mwubahishe n,imiryango yanyu
Пікірлер: 210
Umuntu ubonako Lydia akina neza ampe like
@mujawamariyavalerie2389
Жыл бұрын
Ningewe rwose nange mbonako azi gukina neza kd Ni namwiza ndamukunda cyane
@clemantineuwamahoro6240
Жыл бұрын
Ndayigugaye pe
@chantaluwamahoro9758
Жыл бұрын
Character zose ziramubera gusa iyo yakinye Ari inshinzi ndabyanga
@alees4907
Жыл бұрын
😅🥰💞💕
Abantu mureb munasoma commentaires ndabasuhuj cane nario warananiy😂😂😂
Lidya ni umu acter mwiza cyane ❤️🥰 just azi gukina pe she feel it like real ❤️
Nario ikirara kigendera.Keep it up!!my best actor
vyukuri ibikorwa vyanyu uhoraho akomeze kubihezagira ntako mutagira.mukutwigisha from BURUNDI je vous aime
@pelagiemuhoza8971
Жыл бұрын
Sana
Ark Mana naho utavujyira pe nukuri Ijambo ryawe Mana naho ritazagera nukorero abafite amatwi nimwumve abafite amaso nimurebe. Muziko bitari mubakombwa gusa nomubamama birimo ugasanga bibononeye Ingo zabo so thank you so much BAHAVU AFRICA 🌍🌍🌍🌍
Sha Micky azi gukina cyane 🔥🔥🔥🔥bimurimo sibyo yihingamo
Hari ukuntu ndi mu rukundo na Pertinah, ari naturelle kdi biramubereye, asa neza cane
Thanks kabisa kuri iyi episode iri nisomo kubakobwa pe Nario wabikoze neza Bahavu urategura pe much love
nario uburaya buramubereye pe ya acting nkaho aribyo pe 🤣🤣🤣🤣
Gs ndabakunda cyaneee. Muba muduha amasomo respect kuri team's mwese
Uziko umutima indiye nkaho aribyo koko🤣 isi dutuye best movie 💪mukomerezaho
Nario ur the bst actor kbx ubikor neza bagarure na Yvan ❤
Ibi bintu Micky akorewe aha hanze biriho thx kunyigisho
Isi dutuye film kabisa iratwigisha👌
Iyi épisode yigishe abakobwa n abagore baja ku ma réseaux sociaux bavugana n abagabo batazi. Ivyo vyama vyabaye. No ku bagabo bakunda gupfa ku dragua abagore n abakobwa batazi, nabo bibabaho. Ndabivuze kubera maze kubona ama cas menshi. Mwigireho
Alfa hejuru cane nukuri ❤❤❤🙏🙏🙏mukomeze mutwigishe mutanga message nziza cane
Ariko nario uburara buramubereye😂
@amahirwemarielouise6464
Жыл бұрын
Nubundi nicyo pe
@ishimweclarisse8113
Жыл бұрын
4
@ishimweclarisse8113
Жыл бұрын
Cyn +cyn👌
Mc Nario na Mamazuru murabakinnyi beza rwose 💕
Mamawee nukuri ndabamkunda murakina mu gambo zose ntacyo mundakora kwli ♥️👌👌👌
Bahavu 💪💗💗💗💗💗
Ndabashimiye nukuri ndabakunda kandi muratwigisha 😀😁💓❤
Cyokora nkunda lidiya rwose ni rore model wuntu pe♥️♥️♥️go Ahead umwiza
Wow 👏bavandi ibintu mukina njye numuryango turabashyigikiye tubateze yombi.
Ngamwereke akaguru 😂😂😂😂 Gs haraba tipe babikunda ibi izi nyigisho muduha nibyiza cyaneeeeee ndabakunda❤❤❤❤❤❤❤
Ndabakunda cane muranyi gisha ukonokwitwara mubuzima bwanje❤️❤️
Murakoze kunama muba mutugira urubyiruko nimwe mubwirwa Dore mugenzi wanyu iterambere rimukozeho
Turabakunda cyn ❤️❣️ mukomerezaho frm muduha zirimo inama byishiiiii ♥️❤️
ndakunda cyane ububyo mutwitangira muduhanura courage muranyubaka ndahakura impanuro zikomeye courage mwubahwe
Lidy je ndagukunda pe❤❤harukuntu ungyohera disi😘😘
Nario uburaya burakubereye👌👌
Wauuu congulaturation mwese ndabakunda cyn 🤣🥰😃🔥😃🔥🔥
Ubundi Micky niwe wange kbxa🍎
NIBYO PE NTABWO MUTUBESHYE😍😍😍
Incwi mwese mukina neza! Sister wa James ukina neza sana, Mickey nawe bravo, maman nawe uli great!
Nario kabisa ukina neza😂😂😂😂uti kirigute c😂😂😂😂ibaze koko ati nyereka no mugatuza😂😂😂😂ngo yisiga amata??? akarenzaho ubuki😂😂😂😂Nario weeeee ndumiwe
Ndabakunda cyanne mukomerezaho
Thank you for this episode nize isomo
Ark abahungu bazigusaba koko😂😂😂😂
Nukuri muratwigisha kd nibyiza iyababumvaga bakuramo, isomo ndabakunda nimukomezemutwigishe nibyinjyirakamaro
Ewe nario sha urashimisha nyen turashima impanuro zanyu💝🧡💞💜
Nice song mwaduha link yabo tuka tukayumva
Nario aryoshy movies pe🤣🤣
Reka mbambwire nti uwiteka azabahembere impinduka nziza muzana muri rubanda ntako mutagira Kandi ibikorwa byanyu nibyiza cyane mukomerezaho ndabashimiye cyane cyaneeeee
@mwizerwasylvie9046
Жыл бұрын
Nario urasa neza kbs komeza wogoshe gutyo
Ladies weeeee please mwihe agaciro nyumvira peee ngo nkwereke neza🤦♀️🤦♀️🙄🙄🙄
Alf nindanje muguheheta biramubera byahatari❤❤
Lidya I love your voice❤❤❤
@jomichsimba3311
Жыл бұрын
Muranyica kwr Miki n'a lidya mukorumuti p
@jeanclaudendungutse3088
Жыл бұрын
@@jomichsimba3311 \\\\\\\
Ati urinyensebura mbega nario nako alpha 😅😅😅😅😅
Uwaba azi izina ryiyo ndirimbo Lydie yumvaga yayidusangiza.
Good acting kbc all of u🔥🔥🔥🔥
Mbaga umuhungu wumugome wee icyakoze abakobwa tujyedushishoza Ibyo dukora
Yebabawe birababaje pe ubugome abahungu bakorera abakobwa ariko abakobwa twisubireho
Murigisha cyane
Nario🔥🔥😍😍
Urwishigishiye ararusoma nahagarare yumve
Mbega intoki 😂😂🙉
Alpha rwose untera ubwoba pe ukuntu Uba wabigize serious ubanza no mubuzima busanzwe aruko umeze☹️
@GODSTv7652
Жыл бұрын
Oya nukuri
@christineuwasse1396
Жыл бұрын
Ariko buri mukinnyi bamuha rôle ashoboye gukina
Lidiya I love you and you voice
Ariko nkunda uyumubyeyi disi uwampa kumubona face to face ndamwikundira
Ariko menya micky nomubuzima busazwe atumva nukuri kuko mbambona ataribintu yishakamo anyway ndagukunda cyane ubikora neza
@havugimanainnocent6101
Жыл бұрын
Umvaye iyi n role aba yahawe ntgo bivuzeko ariyo mico yae
A good leçon to all
Mukina neza pe! We love U
Nizere ko isomo ryumvikanye kuri twese.
Nalio hejuru❤️❤️❤️❤️❤️
Real life ,Nukuri 👌👌
Hhsahhaha😂 ark waretse Koko 😂 cyokoza muranadusetsa pe
Byiza cyane
Ewe Lydia urahanura nuko uhanur uwutumv😂😂
Akantu mukiny kanshits kumutima.mukomerezaho ntawomenya wosanga harabahahindukiy.
Nukuri film yanyu iratwigisha
Lidya ukin neza rôle zos bguh uzikin neza mwiza
Ndasetse koko😂😂😂😂😂😂😂😂🙏 gsa nkuyemo n'inyigisho
ese uyu mukobwa ko yiyerekana...niba yiyemeje ko atabwira umuhungu ngo nawe yiyambure,😂😂😂😂😂
Iri nisomo nukuri kose 🙏🙏🙏🙏🙏
I. Love you ❤️ ndabakunda nuva nzapfa🤣🤣🤣
Murakundwa❤
Let this be a lesson guys 👌
Twahasesekaye
Great lesson to all ladies out there
umuhungu angiriye nkibi nomucisha arakarabduk naje yoba anyishe😂😂😂
Mwese mukina neza p ndabakunda cyneeeeee
Nario ntabaho p🤣🤣🤣
Nta gahunda mfite yo kuba umuyoboz😅😅😅
ladies who do that are unbelievable hhh 👍👍😭😀
Jyewe nikundira Lydia❤❤❤❤
Isi dutuye ninyigisho zikwiriye kbs muradukora kumitima
Turabakinda cyane
😂😂😂😂😂😂Nario weee uri hatari peee
Uyu mugani ntubaho rwose hhhh ahubwo umuheto ushuka umwambi bitari bujyane
Ariko se utu dukobwa bakanga uku ndumiwe. Ubu yabwira police aka gahungu bakagatera inkoni kukabuno kagasha kagaturika askieee! uzi ko izingeso ziri mumitwe ya benshi ngo ibihumbi amajana atanu nkuko umengo yarayahingiye
Cyakora iri ni isomo rikomeye ku bakobwa mumenye ubwenge izo social media mukoresha zirabayobora zikaberekeza aho mutazikura, mwiyubahe plz mwubahishe n,imiryango yanyu
wooooooow isi dutuye kbx
Ndabakunda
Bon conseil 👍
🤣🤣🤣🤣🤣🤣 arko waretse Koko 🤣🤣🤣🤣🤣
Muranyigishije pe
Ururu type rubobeka nkakaraya mumaso🤣
@anithanshimirimana8552
Жыл бұрын
😅🤣
@alees4907
Жыл бұрын
😂😂🤣🤣🤣
Zaninka ndagukunda cyane pe
Nakupenda Lydia
Byiza cyan