Ndakunzee Tina gose Ni nakana keza bambeee gaseka neza ❤️💞💞 nayo story ubwayo ni 🔥🔥🔥🔥
@josianeuwase27403 жыл бұрын
Akakana kazi gukina mwazanye, kanafite voice nziza cyane kari talented mbese
@nsekojeanne50963 жыл бұрын
Bahavu Janet Umbera mushya muri munsi uri umwigisha mwiza kuri njye urugo rwawe ruzahoremo imigisha uri Umugore windashyikirwa Fleury washatse neza cyane
@uwamahoronaila29623 жыл бұрын
Mbega umubyeyi gito, Liza and Tina muri urugero rwiza rw,abavandimwe babanye neza, iri ni isomo rikomeye mu buzima, mubyeyi fata umwana wese nkuwawe, keep it up Bahavu Jeanette
ndatahije my sister ukuntu yabikoranye ubwenge burwiriy numutima mwiza wiwe God bless you sister ukuntu wagumije kumutima sister wawe l love you so much❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@joselynenibigira26473 жыл бұрын
Iyi episode iduhe isomo. Abansi bacu nibatangura kutwiyegereza, tuzamenye ko atari guhinduka ariko nyabina bidutume kubatinya no kwitubara cane kubera bazoba bahiga agahanga kacu
@vestinemugisha78033 жыл бұрын
Abambere mwese murebe mwandika kungirango abaza nyuma yacu bose babone comment basoma Barebe bishimye Timu yose ya Impanga TV Kubakunda byo ni ishingano kuri twe
Nukuri this is a lesson to all people out there to have a sense of humanity,I love the fact that those girls loved each other,and that’s all we need.(i umuntu,urukundo nubumana)and this world will turn into paradise.Thanks to all impanga team for the amazing work👏👏👏👏
@musabyimanasandrine3633
Жыл бұрын
!
@tabz19483 жыл бұрын
World🌍 is not easy at all
@cocomarino32483 жыл бұрын
Ngayo nguko, Niko isi dutuye imeze😫
@mutoniwasejoselyne3810 Жыл бұрын
abantu babaye inyamanswa
@hakizimanemmanuel2414 Жыл бұрын
nukur firim zany ziranyuzuza peeee🇧🇮💓
@yvetteingabire6903 жыл бұрын
Impanga series nayo muyizane 😂
@uwimanaconsole28733 жыл бұрын
Icyakora igihano umuhaye cyirakwiye pe umwana ninkundi
@francineisimbi113 жыл бұрын
Impanga ndababaye rwose mbega bibiiiii
@nzamukoshadivine2243 жыл бұрын
I really love this movie isi dutuye 1 thank y’all 😘❤️
@uwitekaniwemanaamen60083 жыл бұрын
Mbega umutima mubi 😢😢😢
@naebareann53683 жыл бұрын
This is a true love people needs for sure
@makuzaalain84593 жыл бұрын
Usanase Bahavu janet Tina na Liza turabakeneye pee mumpanga hose bishoboka bazazamuka neza kandi cyane byumwihariko Tina nemeye
Пікірлер: 217
Eheee arko narumiwe koko isi dutuye we!!!!Imana idutabare kuko birakabije pe.Impanga series murakora cyane imigisha myinci kuri mwe
Ababonye ko bakiniye kwa keza Jeanette mumpe like
Uyumwana mushyashya akinaneza kbx
@kubwimanacecile6475
3 жыл бұрын
Cyane rwose akinaneza pe
@makuzaalain8459
3 жыл бұрын
Tina keep it up nukur urategur janet uw mukinnyi ni sawa
@Uwimana-ik6lb
Ай бұрын
Mbega ishitani yumugorewe! Mbashije kumirwape!
Waaaooo nanjye ndazindutse noneho gusa nishimiye ibyo mudukinira kuko nibintu bibaho gusa nitunjya tureba binjye bitubera isomo
Ndakunzee Tina gose Ni nakana keza bambeee gaseka neza ❤️💞💞 nayo story ubwayo ni 🔥🔥🔥🔥
Akakana kazi gukina mwazanye, kanafite voice nziza cyane kari talented mbese
Bahavu Janet Umbera mushya muri munsi uri umwigisha mwiza kuri njye urugo rwawe ruzahoremo imigisha uri Umugore windashyikirwa Fleury washatse neza cyane
Mbega umubyeyi gito, Liza and Tina muri urugero rwiza rw,abavandimwe babanye neza, iri ni isomo rikomeye mu buzima, mubyeyi fata umwana wese nkuwawe, keep it up Bahavu Jeanette
Dis mukinaneza ukuntu uyumugabo muri flim yubushize ariwe warimubi none ubu umugore niwekabutindi nukuri muradutegurira pe mukomeze turabakunda cyane
Amasomo akomeye cane turiko duhabwa uwishimira uwumuntu ategura nkanje like
Ibi bibaho cyane babyeyi mwihora abana ubusa fata umwana we se nkuwawe
Nyina wundi ntaba ari nyoko kurererwa nundi mugore biragatsindwa by'iteka.
I always waiting your new video ndabakunda cyane mutwigisha byinshi bidufasha kubaho no kubana nabandi neza 👍👍👍😍😍😍
Nambar 1 from Nairobi Mumpe like umundi tumenyane 😍
@ingabirefrancine374
3 жыл бұрын
Burya uri Nairobi
@juliannewambui3059
3 жыл бұрын
@@ingabirefrancine374 yego
Tina Urumukobwa mwiza rwoseeee ❤️❤️❤️❤️ ba bubahwe 🥰🥰🥰
Yooo! isi niko yabaye abantu barikunda uyu mubyeyi ntampuhwe agira umwana wese numwana ntampamvu yokumubuza uburenganzira bwe
Imana ishimwe ko umukobwa we yakundaga yabyiyunvisemo ,bigatuma atakinwa nibyiza ma cherie ,ikimungu kive mubishimbo byiza
Ngize agahinda kuyumwana ukora akazi kuburetwa peee.mbega we😥 biduhe isomo pee
Murakoze cyane kubwinyigisho mutugezaho
ndatahije my sister ukuntu yabikoranye ubwenge burwiriy numutima mwiza wiwe God bless you sister ukuntu wagumije kumutima sister wawe l love you so much❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Iyi episode iduhe isomo. Abansi bacu nibatangura kutwiyegereza, tuzamenye ko atari guhinduka ariko nyabina bidutume kubatinya no kwitubara cane kubera bazoba bahiga agahanga kacu
Abambere mwese murebe mwandika kungirango abaza nyuma yacu bose babone comment basoma Barebe bishimye Timu yose ya Impanga TV Kubakunda byo ni ishingano kuri twe
@divineuwineza2031
3 жыл бұрын
😂😂😂
@divineuwineza2031
3 жыл бұрын
Ako Kantu pe
@adechoun9316
3 жыл бұрын
Yego ko🤣🤣🤣
@nshimirimanafrancoise2517
3 жыл бұрын
😆😆
Ambaaaaaa, Umanika agati wicaye......, Imana ikure ishyari mu mitima yabanyarwanda Bose.
Wow finally my answer is here twice a week oyeeeeeee❤️❤️🥰
Ubuzima bwajye 😭 Imana igibabarira ababyeyi nkaba kbs, baratwanga ark turanga tugakura.
Murakoze cyane nukuri muratwigisha tukanyurwa muduhe nizindi nyinchi turabakunda cyane Imana ibahe umugisha
Cyakoze Impanga Nukuri Murategura Pe Mutanga Isomo ryibintu Bibaho Mubuzima
@naomieumwiza
3 жыл бұрын
Umwana twize hamwe. Bimeze bite?
@ikirezibatamulizadivine7958
3 жыл бұрын
@@naomieumwiza nisawa Ntakibazo Wowe se Umeze Ute??
Inabi ntiyiganwa koko
Namba barabahaye indaro😏 narinziko nuwambere🙈 lmana ikomeze kubitaho kunyigisho muduha buri munsi 😘😘🇧🇮🇧🇮
Ndazindutse today nkunda ko mutadutenguha❤️
Umuntu ntazazira uko yavutse nimba uko tuvuga nkabantu ngo ntibyemewe Ariko ntampanvu 😭😭😭😭😭🙏🙏🙏❤️❤️❤️
Njye ndera 2 ariko unabatwaye narira nkagahinja pe nabafashe bababaye ndabatunganya numva ubantwaye napfa pe Imana yabampaye narabuze urubyaro baje ingororera umuhungu mwiza numugisha kurinjye
Mwagize neza turabakunda❤️gusa njyewe nzajya mbishyuza impanga series
I like the little angel the way she loves her sister Keep that heart ur so amazing much love baby girl
Akina neza uyu mukobwa mushasha😍
Iri ni isomo rikomeye,impanga kumutima
Turabakunda cyane nukr ntimukadutindire
Ndabakunda muratwigisha.
Mukinnye neza pee bakobwa beza naho Nyoko weee aragatsindwa ni Mana.arakababara araziza umwana iki koko
Unomusi notification inshiye kare murabe mundemere bavandi
Mukomerezaho rwose impanga family😍 episode 2 mu cyumweru ni sawa...
@impangaseries
3 жыл бұрын
Mukore share cyane tuzakomeza tubahe nizindi
Mbaye uwanyuma mumpe izo like kk ntako nagize
@theresakawera9794
3 жыл бұрын
Uragushonnye mada
Manaa abantu babayeho nkaba imana ibarengere cyane
Urucira muka so rugahitana nyoko...anyway thank u janet and Fleury iyi film irigisha canee
Tina muzakomeze kumuzana🥰🥰
Film nziza cyaneeee ndabakunda mukomerezaho rwoseeeww
Wawww imana ishimwe rwoseee
Ariko Mana we ibi mukina bibaho Cyane gusa bitera ubwoba wee
Mbega abakobwa beza bakundana gusa ababyeyi bameze nguyumugore ntabwo bakwiyepe nabandi bigireho kuko gushyira urwango mubana uku sibyiza ubuyariyihe kuyekubera umutima mubi
Murakoze cane ku nyigisho mu tanga. Imana ikomeze kubitaho
Kitoko yaririmbye ukuri Koko🙆 nyinawundi ntabari Mama😭😭😭
ese ububuzima buzarangira ryari niba harababaho uku??Imana ibarengere 😭😭 mbega agahinda weeee, impanga turabakunda kdi amasomo muduha aratwubaka, Imana ibahe umugisha🙏
Wawoooooo Isomo rikomeye👌❤️❣️
Wow twice in a week Blessings Impanga family
Great jobs bahavu and Fleury you make us Proud of you
Really loves the storyy ....Imanga team u will always be number one ❤❤
Nukuri nkunda inyigisho zanyu ziratunyura , I love flery & janet my name sake
Mugerageze iyi flim muyikurikiranye ninziza ark ntikurikirana
Arko Mana weeeeeeeee mbega 😭😭😭 gsa thx Fleury & Bahavu mukomeze muterimbere muribyose 🙏🙏
Twishimiyekubakurikira Tinaurinwari❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Uyumwana ndamukunze udashigikira amafuti yanyina
Sha uyumukobwa ndamwemeye
Mbaye nkibona agiye gutegura icyayi muringe hazamo ko agiye kumuroga bihita biba koko, uburyarya bwabamukase babantu ndabuzi kdi ndabwanga
Twishimiye kubakurikira mujye mukomeza mutugezeho firime nziza zijyanye niyisi dutuyeho zirushaho kutwubaka murakoze
Kabyare mugabo mwiza ,oya ntambabazi nukuri oyaaaaa rwose nagende nububyeyi mubi Kandi nukuri buri mubyeyi wese yarererwa ariko ibaze twese dukora nkibi Kandi twarabyaye weee mbega
Iyi movie ninziza kbs
Ndarize nukuri
Mwakoze kudutebukira kuduha indi series
Nukuri this is a lesson to all people out there to have a sense of humanity,I love the fact that those girls loved each other,and that’s all we need.(i umuntu,urukundo nubumana)and this world will turn into paradise.Thanks to all impanga team for the amazing work👏👏👏👏
@musabyimanasandrine3633
Жыл бұрын
!
World🌍 is not easy at all
Ngayo nguko, Niko isi dutuye imeze😫
abantu babaye inyamanswa
nukur firim zany ziranyuzuza peeee🇧🇮💓
Impanga series nayo muyizane 😂
Icyakora igihano umuhaye cyirakwiye pe umwana ninkundi
Impanga ndababaye rwose mbega bibiiiii
I really love this movie isi dutuye 1 thank y’all 😘❤️
Mbega umutima mubi 😢😢😢
This is a true love people needs for sure
Usanase Bahavu janet Tina na Liza turabakeneye pee mumpanga hose bishoboka bazazamuka neza kandi cyane byumwihariko Tina nemeye
Uyu mwana wuyumumama azi ubwenge nabandi turebereho nintwari yakunze mukuri atitaye kumabwire yanyina
Nn diane kwadakina tumukumbuye
@kiz250
3 жыл бұрын
Ubanza asigaye ari boss
Umuntu akora casting and writing mwiza movie yubahweeee gose
Ndumugabo wawe nakwirukana gatsindwe ,urasaba imbabazi ziki? Umwana ni innocent
Bono babyeyi noneho bahinduye uwari umugome ubushize niwe wacishije make today.
@muganwaapophia6260
3 жыл бұрын
Yego dis impanga barategura
Tubyerekane dushima kuko barikuduha episode 2 mucyumweru wowuuuuu twashimye ntimwatwumviye ubusa
Mbeg umugore mubi akwiye gupf
Mbega umubyeyi jyito ntago uruwo gukumburwa
Ayiweeee Rosa weeee urumukinnyi mwiza pe
Ndabakunda cyane
tina ururugero rwiza nukuri ndagukunda❤❤🙏
Courage rwose❤🔥🔥
Thank u kami
Isi dutuye ? 😭😭😭😭😭 Mwakoze cyane
Uyu mubyeyi ko ambabaje Kare ntaho ndageza ,akomana Liza mukobwa mwiza komera kibondo
ibyisi bikomeye byose
Egoko kirozi 🤣🤣🤣 nanga abarozi njy nuguhita mutumura Ako nimigeri myinshi
Ohhh God we love u more
Ndabakunda.murigisha.cane
Turabakunda cyane