Inkomoko nyayo y' ISI by ISMAEL Mwanafunzi
Dream big, change everything "RedBlue JD"
Iki n' ikiganiro kivuga ku NKOMOKO Y'ISI DUTUYE
Reba MATAYO High School: • MATAYO High School S01...
Ukeneye ko tukwamamariza m' uburyo bwose wifuza, yaba Amashusho cyangwa amajwi wahamagara hano: +250788365355
Ukeneye gutanga ubufasha cg Inkunga kuri RedBlue JD wahamagara hano: 0788365355.
Niba wifuza ko twagutegurira ibiganiro cyangwa kugufotora wahamagara kuri NUMBER zatanzwe haruguru.
Wadusanga Kimisagara hepfo y' isoko ugana NYABUGOGO. Uzahabwira nicyapa Kinini cyane cyanditseho RedBlue JD Studio
#inyanjatwogamo #Ibiraribyubutegetsi #waruziko
Please subscribe|| KORA SUBSCRIBE USOBANUKIRWA ISI N' IBIYIBERAMO BYOSE.
KANDA HANO: goo.gl/z9bWao
Facebook page:goo.gl/D66E5k
Twitter: goo.gl/MPQ4i8
Instagram: goo.gl/ATdt2a
Produced by RedBlue JD Studio as Video, Scriptwriter and Narrator is ISMAEL MWANAFUNZI. Video Uploaded by RedBlue JD.
All right is reserved as the copyright owner (RedBlue JD Studio)
Пікірлер: 67
Ngaho rero aho Immana ibera IMANA !! n'ako ga Créature katuritse kakabyara isanzure ntikiremye kandi nizo forces ntizabayeho au hasard ! Uwabihanze n'Igitangaza!!! Binteye kurushaho kwemera Immana !
Isanzure yabayeho kuvakera nukuri udukururira ibintu byiza komerezaho❤️❤️❤️❤️
Mwiriwe neza turagirango wihangane dukunda ibiganirobyawe twagize urujijo kumwaka ubaraga turagirango udusobanurire ahuhera uB Ara imyaka Yama milione ishize it'angira ute. Kandi tuziko isi imaze imyaka 6023 Murakoze ni Rukundo muri Congo.
❤ uzatubwire no kuri arichimede
Uri umumararungu wanje
MWANAFUNZI ndagukunda cyane uzadukorere ku imikorere ya mudasobwa wibanda kuri software zibamo zituma dukoreramo gahunda zitandukanye nuburyo wakwikorera software yawe gusa nibaza software ictaricyo nuburyo mudasobwa ikoramo igasangiza izindi severs etc. uzadusobanurire. kdi ndagushimira uburyo wahuje Atom ni isanzure warakoze cyane
@mukeshimanaclarisse3118
Жыл бұрын
Nawe urasetsa icyo Uzi se kuriyisi uburyo gikora nikihe na Telefone ntiwamenya nawe ubwawe uko ukora ntukuzi uretse Imana iyo usinziye ugakanguka nimana
Urumuhanga wo gusoma no gusobanura,njyewe nzagushaka nguhembe
Mbega ibintu itangaje
Jyewe ntemera imana abo bose baba balikubahatisha imana niyo izi ukuli ijuri nisi nibyimana
Nonese isi ibaho inyamaswa bayitagute
Urumuhanga wa mugabo we !
Mwazadukoreye documentary ya Stephen hawking wavuze ko hari virus izarandura isi ,nuburyo bazavumbura ubuzima kuyindi mibumbe yisi,thanks
Ohh my God ntabyonarinzi 😮🎉
Bibiliya ntabwo ar'igitabo c'ubushakashatsi ahubwo Bibiliya yerekana Uwaremye vyose agatanguza umwanya(time), ikibanza(space) na matière(matter), hamwe n'intumbero afise kuvyo yaremye; Science nayo yerekana uko Umuremyi yabigenjeje mukurema hamwe na process vyafasha kugira ngo vyose bibeho. UMUREMYI WACU NDIHO yubahwe nabose na vyose. Ubuzima buri rational.
Cyakoze
Ibi byose iyo wemera lmana, ubyumva nko mukanya ko guhumbya. Wowe upfa kwemera gusa hanyuma ugaca bugufi. La connaissance s'apprend à genou!!!
@mediciniyo8282
4 жыл бұрын
jules maurice Iyo wemera Imana kubyumva biroroha ariko iyo wemera bible gusa hari aho bidahura, ntago buri cyose cyaremwe mu munsi umwe umwe w’amasa. Niba izuba ryararemwe ku munsi wa kane( Itangiriro 1:18), ntawe uzi uko iyo minsi itatu yabanje yanganaga kuko izuba rizengurukwa mu masaha 24( umunsi umwe) ryari Ritararemwa.
@emmd1234
4 жыл бұрын
Ni byiza ku gitekerezo cyawe. Ariko ntiwareka gukora imibare ngo umenye inkomoko y'ibyo tutazi kuko n'iterambere tugezeho uyu munsi ryatewe no gucukumbura. Ikindi ni uko hari ibyo Bible itagusobanurira neza kuko igihe yatangiraga kwandikwa muri -700 hari ubumenyi butari buzwi icyo gihe. Erega no kubara ubwabyo no kwandika ntibyahozeho abantu bagiye bavumbura byinshi nk'uko iyi telefoni na internet bitahozeho. Bref, keretse abashaka kubigira intambara bashaka guheza inguni cyane, science ntituma duhakana Imana ahubwo ituma dusobanukirwa neza bikemeza ahubwo ko Imana ibaho. Science na Bible/Koroani rero ntibyakagombye kugaragara nk'ibihanganye. Niba igitabo kimwe kigaragaje ubumenyi butari buzwi bukavugurura ubwa kera, ntibiba bivanyeho message original ya Bible. For sure, nta muntu n'umwe uzi uko ibintu byose byatangiye kuko nta kimenyetso gifatika gihari usibye kubyizera gutyo.
Ikinyarwanda kiragoye, mu cyongeraza byumvikana byoroshye, planet born after the big bang which created the galaxy...that's all..easy like that..😂😂
Kbx urumwarimu mwiza Ndakwemera
🔥🔥🔥🔥
Ese turimwisi mwimbere cyagwa tuyihagamyeho
@kemosabe4996
4 жыл бұрын
byarugaba mubaraka uyihagamyeho
@Russell_ivan5656
4 жыл бұрын
Turahagamye wangu
@emmanuelmugabwambere9488
2 жыл бұрын
Tuyigenda hejuru urujyero Niko gufata ballo ugashyiraho udushishi tukayijyenda hejuru bisa nkibyo
We sumairi twaraguhinyuye wewe urumusiramu wihaye kugwanya bibiriya yera
@ArsenovicBabas_VEVO.
2 жыл бұрын
😂😂😂😂😂 rek kumurenganya
Kuki isi yikaragira mukirere amazi ayiriho cg inyanja ntameneke
Itangiriro rya byose ni ku Mana Rurema.
Number 2❤
Urumuhanga ndakwemera cyane
Imana ihabwe icyubahiro
Mwatuganiza kumakuru ya Australia
Mwanafunzi ndakwemera hamwe na manana. Ariko Yvette sandrine hamwe nabandi post zabo ntakigenda
@alexismuhamyankaka9802
4 жыл бұрын
Nonexe kucyi isi itiyonjyera kd isanzurere rihora rikura
Hhhhhhh ibi nibinyoma kuko ababi vuga nabo ntibazi iyobiva niyo bigana
@alexiswiller6346
2 жыл бұрын
Babwire izo ntumva imana izobahana
Sha aha noneho birancanze , nonese bamenye gute ko iyo sanzure yanganaga nakadomo ??
Ninziza
Egokoo
Ntaco nokuvugako atarukugushimira
Ubwo rero isi n'indi mibumbe irakura kuko asteroids ziyigwaho zikayongera.
Hari ibintu ntajyaga numva neza muri physics ibyo Ari byo ariko ubu narasobanukiwe
Izi Elliens zihora zitwifatira mumitwe. Ibibyose nukobesha ku avoc igwa ikamaneka kuberiki isi yo itagwa? Ko isi yo idakura?
Arik mfise ikibazo nn iryo sanzure ritarabaho nta rindiryaririhari
Ggr😊
Ver nice
Ariko uziko abafirozofi abanshi naba illuminate!!
Thx
Ese burya iyi niyo bita Big Bang theory?
Merci
@rwigemamwiseneza9331
4 жыл бұрын
She also
Icyo gihe ca 0 Jambo yariho byose byabayeho kuko avuze ati: Nihabaho. Ex nihilo nihil fit. Dieu a créé par sa Parole et par sa Sagesse qui dépasse l'entendement humain. Les découvertes scientifiques ont besoin de croire en la puissance du Créateur. Rien ne se fait par hazard
Jesus
@emmanuelmugabwambere9488
2 жыл бұрын
Uri umuhanga cyane ndakwemera cyane
🇧🇮🙏🏼🙏🏼🙏🏼🇧🇮💜🔥💥💜🇧🇮
The background melody is annoying!!
Science ntago ihakana iremwa ry'ibiriho. Ahubwo isobanura uko byagenze kugirango bibeho. Kandi nimusoma neza bibiliya muzasanga inkuru y'irema ari igitekerezo cy'abahanga baba bageregeza kutubwira ibiriho n'uko byabayeho. Ariko ni igitekerezo ntago ariko byagenze.
@futurevisionagency4518
4 жыл бұрын
Birashoboka ko ariko byagenze kuko Umuremyi yakora byose akibwira abo yaremye niyo inabaha Ubwo bwenge ngo bagerageze no kuvumbura. Ntacyo twahakana uko twiboneye kuko afite uko yabigenje. God bless our life.
@martinbunane7517
4 жыл бұрын
@@futurevisionagency4518 ikiganiro cyanyu nicyiza ndagikunda mwamfasha kumenya Aho inyamaswa n'abantu byabayeho.
@chesterfraterne3364
4 жыл бұрын
Ibiri muri Bible, ni ama codes y'ibibaho n'abayemera badafitiye ibisobanuro, badashobora no kuvuga igihe Bible yandikiwe. Biratangaje kwumva ibintu ukabyizera kuko hari abakubanjirije babyemeye bakabyizera. Ntagukora ubundi bushakashatsi byawe. Ese tugomba kugendera kubyo abandi bemeje gusa cga natwe dufite uruhare mugukora ubushishozi bwacu?
Solar eclipse ishobora gutuma imvura igwa
Thx