Nonex game we mbega story cyakoze nari naryohewe na story zanyu zo mu bwana umva mwaduhaye show🔥🔥🔥🔥mufite abavandimwe beza bisanzura umva ngo mpinga nu musazi nabonye noneho umurusha jermene weeee🤣🤣🤣🤣🤣agira story nyinshi nka mpinga🤗🤗🤗🤗arko disi ngwino asa na musazawe 👌👌👌umva much love jo twins rwose muba mwaduhaye sgow🔥🔥🔥🔥💞💞💞💞💞💞💞
@KibasumbaAbigael-zn7yk Жыл бұрын
Maze mbinga iyo arimubantu ntavuga cyane ark kangwino karavuga koko
@vanessaumutoni Жыл бұрын
❤❤ umva ka nicare nkore akazi ko kubareba ninshake sindye pe munkorera umunsi
yeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee kumbiiiiiiiiiiii muri bashiki ba Antoine 🥰🥰🥰🥰 kuntu mama wanyu muzi puuu nkayoberwa impamvu mbakunda
Louise namukunze bya hatari, namubonye kuri Jo twins ark nishyizemo ko ari umuntu mwiza
@zariank4763
16 күн бұрын
Since day One ❤️ #JoTwins hejuru
@Umuhoza199 Жыл бұрын
Sha show mwaduteguje murayiduhaye tuuuuu🥰 Germaine ni Mpinga ku kavuyo neza neza🤣🤣🤣 ntibatuma Antoine avuga weee mbega Famille Mukayirere ishimishije💋💋❣️❣️
@iranzijacques9057 Жыл бұрын
Ndabakunda cyane mama
@adelenshimirimana5323 Жыл бұрын
Ariko ababyeyi babavyaye Barahezagiwe muri famille zinza biboneka ko mukundana nabakunze
@medidiuwineza9542 Жыл бұрын
Wooow. Muri beza nukuri
@pretampogazi4452 Жыл бұрын
Mbega abavandimwe weee , Jo muragowe tuzajya tubabishyuza😂😂😂 ariko nkumbuye Mama wanyu Sha yampaye show kiriya kiganiro sinjya nkimenyera😂😂😂
@MichelMporananayo-by6st6 ай бұрын
Murakoze twari tubakumbuye❤
@dusengebrigitte1558 Жыл бұрын
Mbonye Skyla disi weeeee💝💝💝💝
@luciebella3327 Жыл бұрын
Yewe nimuze hano hahiye 😂😂😂😂😂🔥🔥🔥🔥🔥🥳🥳🥳🥳🥳
@deborahumutoniwase9871 Жыл бұрын
Ako kantu kimodoka ushyizemo kuko uyifite sibyiza utazamuta munzira yego ni blague ariko byumvikana nabi
@kayijamaheesther5753 Жыл бұрын
Game yaburijwemo😅 live long guys ❤
@vaijoamn1388 Жыл бұрын
❤❤❤ muri beza
@dusabebebe9120 Жыл бұрын
Ndabakunda gusa ,nibyo navuga akakanya gusa kdi muri beza pe
@hakizimanaemmanuel2362 Жыл бұрын
Nice to see you all
@najamboclaudine4917 Жыл бұрын
Ndabakunda birenze❤❤❤❤❤❤
@mbabazidivine6412 Жыл бұрын
Watching 5/5 😂 .. cyaze dore umuryango🤭 . Bang after bang 🔥🔥. Harahiye
@ESPERANCEMURAGIJEMARIYA-iu1sh Жыл бұрын
I love 💕 you 💘💘💘💘🤎💜💙💚 improve like that It is cute❤❤❤
Пікірлер: 217
Ahaho ndishimye cyaneeee abavandimwe bahuye ibyishimo byacu ndabakunda
Sha munkumbuje iyo migani narimfite igitabo yanditsemo myinshi nirirwaga nyisoma
Incwiiiii mbega ababyeyi babyaye neza we ! Muteye ishema bambi ❤
Mwaransize sha ariko nange ndaje tuuuu
🎉ndabakunda pe,muzaduhe amahirwe duhure mwadusazi mwe
Nonex game we mbega story cyakoze nari naryohewe na story zanyu zo mu bwana umva mwaduhaye show🔥🔥🔥🔥mufite abavandimwe beza bisanzura umva ngo mpinga nu musazi nabonye noneho umurusha jermene weeee🤣🤣🤣🤣🤣agira story nyinshi nka mpinga🤗🤗🤗🤗arko disi ngwino asa na musazawe 👌👌👌umva much love jo twins rwose muba mwaduhaye sgow🔥🔥🔥🔥💞💞💞💞💞💞💞
Maze mbinga iyo arimubantu ntavuga cyane ark kangwino karavuga koko
❤❤ umva ka nicare nkore akazi ko kubareba ninshake sindye pe munkorera umunsi
Woow muribeza mwese pee😍😋 nimukave irubavu mutadusuye
Ubugali nagasosi kinyama yihene kwa Bimeri sha😂😂😂 ibyaturikaga tubitsinde lol! Gatagara hejuru cyane
Harahirwa ababyeyi babibarutse❤❤❤❤❤❤❤maze muzakomeze mubabere imfura😘😘😘😘😘😘😘😘😘😘😘🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹🌹
yeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee kumbiiiiiiiiiiii muri bashiki ba Antoine 🥰🥰🥰🥰 kuntu mama wanyu muzi puuu nkayoberwa impamvu mbakunda
Nukuri murampemukiye cyane nisanze nasetse nibagirwako ndikumwe nabashyitsi😂😂😂😂😂 mbonye bose bandebera rimwe 😊😊
Ndabakunda cyane ❤❤ muzatubwire uburyo mwakoresheje kugirango mugabanye ibiro
Akabeba nanjy narakariye sha😂😂😂
Arikoweeee uziko amenyo mbanayanitse kugeza icyiganiro cyirangiye
Manaweee muranyemeje pe
Ese ko numva muri benshi wee! Mbega umuryango mwiza! Mbega ko ababyeyi banyu bagakoze kandi gakomeye 😍Babyeyi mwibahwe 🙏🏽💕
Shahu mpinga mukundira koyakoze umunwaaa Hhhhh
Mpise nkumbura abavandimwe twahuyee nukurara tuvuga kugeza mu gitondo😢😢❤❤❤
@zaza8625
Жыл бұрын
Nagira disi ngo nitwe twenyine bibaho,bucya turorera
Ahubwo se ko ndeba Antoine ariwe muto muri mwe!!
Ndikoniyumvira mama wanyu ukuntu acabakumbura ababonye 😘😘😘🇧🇮🇧🇮 sha Ngwino yarigirisha sha nagasazi nako🏊
Muduhaye utunota duke😭😭😭 turabakunda aba chou❤️❤️❤️
Nakunze ukuntu muvugira rimwe nk'abafaransa !!!
Shn Ange yazatubabariye akaza😂😂
Ngo antoine arihe mpise nseka
Mugubwe neza
Uyo Brother wanyu Nimwiza
Wauuuu, Great family Cyokoza mufte vibe’s nziza nukur uwa babyaye akwiye impundu nabakunze sana ❤️
Mpinga ndakwikundira nukuri ugira utuntu twutublage twiza ❤
Mbegaaaa urugambo ndabikunze ndabakunda sanaaa ♥️♥️♥️♥️👌
Musaza wanyu ndamuzi yari umwana mwiza akorera ku bitaro iwacu
Imana izampe urubyaro rutubutse nkuru🙏Kandi bazakundane munteye ishyari,hahirwa abafite abavandimwe
@UwimanaLouise-dr9ro
Жыл бұрын
Yooo humura natwe turi abavandimwe bawe❤
@clementinekaranga3416
10 ай бұрын
@@UwimanaLouise-dr9ronajye iwacu turi benshi turi 9 abahungu 2 gusa😅😅😅❤❤❤
@clementinekaranga3416
10 ай бұрын
@@UwimanaLouise-dr9rokandi natwe harimo impanga zabucura 😂😂😂
Ariko rero nuko iminsi yabaye mibi naho ubundi kubyara abana benshi byari umuti kbsa,ibaze nkubu mwese mwateranye mukikije ababyeyi bumva bamerewe bate Koko?noneho ukuntu mwese muri beza birashimishije.
Mpinga abavandimwe bawe mumeze kimwe but they are humble iLike it
Nyiramacibiri😂😂😂😂😂😂😂😂
Nuko mbyara mbazwe nanjye narikuzabyara abana nka5 koko nkumvukuntu mbaye👌 hagataho🥰
@clementinekaranga3416
10 ай бұрын
😂😂😂😂❤❤❤
Ngwino please vidéo iwawe
Restez bénis. Imana ihabwe icyubahiro nukuri mwagiriwe ubuntu budasanzwe. Harya Antoine niwe wavuze ngo: « Ni te amo se? »🤣 mbashimiye ibyishimo mudusangiza. Imana ikomeze ibabe hafi
Cyakoze mwantwaye umutima setu😂😂😂 ndikubakunda birenze
Wawoooooo maman pas imbere cyan Kumbi urumuvandimwe Wimpanga ndabakunda cyan
Famille yabasazi murashimishije nabakunze😂
I can’t wait ❤
Shaa nanjye ababyeyi babibarutse nababaniye 😘😘 Imana ibahe imigisha❤❤
Ayiweeee nkubu nari ndi hehe we😢😢 Beza ba Muzee Joseph ndabahobeyeeeee❤❤❤❤❤❤
Ndimunzira ntumusoze ikiganiro ntarahagera
Mukomeze mugire ibyishimo 🙏🙏🙏 NGWINO Love you 👍
Wahhhhhhh ndabakunze cyaneeee
Imana ikomeze kubarajyira kuko family yanyu iteye ubwuzu❤
Vyaryoshe kweli🤣🤣🤣ewana iyi family ni hejuru cane😍
Sha mwambwiye aho muri nkaza kubasuhiza ndabakunda wallah
Izo mbeba muvuga zikizungu numvise Afande Kabare avuga ko reta ya Habyara Ari commande yatanze hanze mubazungu zo kuvura bwaki zitwa"Sumbiliki"
antoine unyara inyuma yishuri 🤣
waw ndabakunda nukuri♥️♥️♥️♥️♥️
Mwakoze cyane kutuzanira abavandimwe banyu
Muribeza ncuti z'abega❤❤❤❤❤
Wooooow❤ muri beza
Hhhhhh Antoine Sha mwakoze cyaneee Jo
dutere udusonga bugali 😂😂♥️♥️
Ninde wokutaba uwambere ❤❤❤
Harahiye sasa reka nicare hamwe😂❤❤❤❤ Ngwi ndumva twaritiranwaga😂 nanjye shn nari Kidumbari😂😂😂 niba nawe warananutse ngewe ndacyari kidumbari🤣
Mpinga nanjye uzanshakire sogokuru naramubuze😂😂😂😂😂
Louise namukunze bya hatari, namubonye kuri Jo twins ark nishyizemo ko ari umuntu mwiza
@zariank4763
16 күн бұрын
Since day One ❤️ #JoTwins hejuru
Sha show mwaduteguje murayiduhaye tuuuuu🥰 Germaine ni Mpinga ku kavuyo neza neza🤣🤣🤣 ntibatuma Antoine avuga weee mbega Famille Mukayirere ishimishije💋💋❣️❣️
Ndabakunda cyane mama
Ariko ababyeyi babavyaye Barahezagiwe muri famille zinza biboneka ko mukundana nabakunze
Wooow. Muri beza nukuri
Mbega abavandimwe weee , Jo muragowe tuzajya tubabishyuza😂😂😂 ariko nkumbuye Mama wanyu Sha yampaye show kiriya kiganiro sinjya nkimenyera😂😂😂
Murakoze twari tubakumbuye❤
Mbonye Skyla disi weeeee💝💝💝💝
Yewe nimuze hano hahiye 😂😂😂😂😂🔥🔥🔥🔥🔥🥳🥳🥳🥳🥳
Ako kantu kimodoka ushyizemo kuko uyifite sibyiza utazamuta munzira yego ni blague ariko byumvikana nabi
Game yaburijwemo😅 live long guys ❤
❤❤❤ muri beza
Ndabakunda gusa ,nibyo navuga akakanya gusa kdi muri beza pe
Nice to see you all
Ndabakunda birenze❤❤❤❤❤❤
Watching 5/5 😂 .. cyaze dore umuryango🤭 . Bang after bang 🔥🔥. Harahiye
I love 💕 you 💘💘💘💘🤎💜💙💚 improve like that It is cute❤❤❤
Ndakunze ikiganiro murikumwe nabenewanyu. Muzongere pe.
Abawacu kanzenze ndaba suhuje👏
Mama skyla uransekeje ukuntu utunze urutoki skyla
Ndabakunda ❤
Ahaho kbs ndabakunda cyan muxantumire my crush ndabakunda
Mpinga nuwo muburasirazuba yikwiba abandi bana😂😂😂😂😂😂😂😂😂
My fam❤️❤️❤️
Skylar disi😂😍😍😍
cyokoze antony aritonda😊
Ninde yapfuye n'inde we😮😮
Josette ati" izina ry' akagari c ndakayobora"😅😅😅😅😅
imbere cyane
Basuhuze cyanee
Rekantere agasonga bugari kuko harashya🔥
Mbakunda kubi ❤❤❤❤
Ariko namwe ko muri benshi nkatwe ra😂😂 I love twi❤❤
Lundi nahuye numwe kuri nyirangarama ariko sinzi ngo nuwuhe?ariko nitwiza mwabantu mweee!!😍😍👌👌
💞ndabakunda bikandenga 💖💞
Icwiiiiii mbega ababyeyi bagize umugisha kurubyaro Imana nibihere kurama peeeeeee ❤
Antoine yakocyerezaga amabya y'ihene shaaa niyo aturika iyo uyokeje kdi araryoha weeeee hhhhhhh
Mbakunda kubiii umuryango wanyuu muri bezaa pee ❤