Muganga wacu inama zawe rwose ziradufasha cyaneeee ndi umugabo wo kubihamya
@emmadaughtry2 жыл бұрын
Hari noneho abahorana ikirungurira (acide nyinshi) noneho n'ibiryo bigatinda mu nda ugahora ugugaye, digestion ntigende, noneho wajya no kwa muganga bagasanga nta bacterie ufite!! Ni ko meze.
Пікірлер: 79
Urakoze cyanee nari narayobewe icyo rwaye nahoraga numva ibintu biniga mwijosi kuburyo kwa muganga bari barantangije ipompe yasima byaranze gushira
Yooo muganga urakoze cane hashimwe cane Imana yakuremeye munda kwa Maman na Papa wawe urimwiza ufise nutuzina twiza disi🥰hama jewe kwindya nkaguma ngira nisevu nkagira nivyonariye bikangaruka rimwe rimwe kandi mfisinda ndarungurirwa cane nkanagira kudahwa amaraso mbega nakwifata gute🤦♂️🤦♂️🤦♂️kandi irakunda kundya cane haruguru yinda ikandira nomumugongo
Muganga wacu inama zawe rwose ziradufasha cyaneeee ndi umugabo wo kubihamya
Hari noneho abahorana ikirungurira (acide nyinshi) noneho n'ibiryo bigatinda mu nda ugahora ugugaye, digestion ntigende, noneho wajya no kwa muganga bagasanga nta bacterie ufite!! Ni ko meze.
@uwiringiyimanaclarisse7372
2 жыл бұрын
Sha konanjye ariko meze
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Bisaba kureba ibyo murya cyane nkibifite amavuta menshi ntibiva munda vuba. Wagerageza ibiryo byoroshye bidafite amavuta menshi kdi ukarira igihe ukareba ko haricyo bigufasha. Gusa mwazaza tukabafasha by'umwihariko.
Murakoze cyane ku kiganiro cyiza. Ese umuntu yareba uwuhe mu specialiste kugirango twisuzimishe izo bactéries? Imana ibahe umugisha mwinshi, turagukunda muganga Léah.
@emmadaughtry
2 жыл бұрын
Ku bitaro byinshi abaganga b'indwara zo mu mubiri (medecine interne) ndetse n'abavura indwara za rusange bagufasha gukora ibyo bizamini.
@kagerukaemmanuel2099
2 жыл бұрын
Ndifuza kwibonanira na muganga leah,rendez- vs muyitanga ryari kandi twamusanga hehe?
@emmadaughtry
2 жыл бұрын
@@kagerukaemmanuel2099 Telefoni yayitanze ikiganiro cyenda kurangira.
Mutubarize,ufite igifu cya aside nyinshi, iyo uriye gikukuri ,acide iragabanuka na dusobanurire impamvu.
Murakoze cyane ❤
Murakoze cane
Murakoze ku nama mutanga.nanjye ngiye gukurikiza inama zanyu ndebe ko nakira igifu
Nimumfashe mubwire umuti nkoresha kuko nanjye barakinyirabuje nakoresheje cekap, ariko imiti bampaye ntakirikumfasha nkoriki? Murakoze
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Mwazaza aho dukorera kimironko hafi na simba supermarket bahita Nutri-Mediplus tukabafasha by'umwihariko cg mwanaduhamagara Kuri 0788940474
Fitumwana urya akaruka ntabiryo biguma munda araruka agatura umubi unuka cyane kwamuganga bambwiyeko afite acide nyishi mugifu nzakoriki mubwire naravuje nararushye.
Murakoze cyimireye nabiiiiii
Murakoze ubutaha uzambwire igifu iyo kidafunze neza urya nkiki? Hanyuma se cekapo niki? Hanyuma iyo aide iterwa niki? Murakoze
Muganga wacu Imana iguhe umugisha
Njyewe ngira ikirungurira cyane kandi mporana akayi mumuhogo rimwe na rimwe ndanaruka igihe ngize ikirungurira cyane,nivuje mumihogo byanze gukira,ubwo se nzivuze nigifu?
Ndabashimiye cane kuriki kiganiro ciza kiramfashije pe ikirungurira cari bwanyice
Urakoze Muganga!! Iyo nyagwa ngo ni Helicobacter pylori mperutse kujya kwamuganga bayinsangamo igifu cyari kimereye nabi. Kd Ibiro byanjye nanjye ubanza inkoko nyirusha nka 2. Ahubwo mbwira niba nzakenera kujya kureba niba yarashijemo nyuma yuko bampa Antibiotic nkazirangiza??
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Yego ni byiza kujya muri control bakareba ko yashizemo.
Ndatwite 5 mois noneho kuve ejo nimugoroba ikirungurira kimereye nabi noneh ubungubu nokuryama byanse wambabariye ukandangira umuti🙏
@nutrimediplus
Жыл бұрын
Twavuzemo gukoresha jus ya carotte gusa no kwita ku mirire yawe muri rusange ukirinda ibitera ikirungurira
Merci Mme,nanj mfis ikibazo cokubabara munda nkagir'umuriro mugifu,ngiy gukurikiza izo mpanuro.
Shalom igifu n igiki mu congereza canke mugifaransa
@nutrimediplus
Жыл бұрын
Ni stomach
Nanjye niko meze ndarya nyuma yisaha mpita nsonza vuba,
Murakoze cyane kutwitaho,gusa nibarize inyama z'umweru ni izihe?
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Ni ifi, inkoko, urukwavu, dendo,...
Abakobwa igifu cyabo giterwa no gufata regime ngo babe beza nta nda nini ntibarye igifu kikabamo ubusa
@uwiringiyimanaclarisse7372
2 жыл бұрын
Yesuwee ubwo x nibyo
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Yego nabyo bibaho abantu bafata regime zo kwiyicisha inzara by'igihe kirekire bigatuma barwara cg se bagakoresha ibintu byangiza igifu kuri quantite iri hejuru nk' indimu, tangawizi, vinegar,...
Muraho muganga ko narwaye ulcel bakambwirako yashizemo nkoroherwa bikarangira none nkaba nsigaye rya nyuma ya masaha 2 nkumva mugifu harocyera ubwo nakora iki?
@nutrimediplus
Жыл бұрын
Uzarebe ibyo uba wariye niba bitari mubyo twavuze byo kwirinda cg urebe niba bikubaho buri gihe kko ulcer ishobora no gukira wakwitwara nabi ikagaruka
Urakoze cyane usobanura neza ibintu. Ubutaha uzatubwire kumara maremare.ko numva bijya guhuza ibimenyetso nigifu? Mudufashe murakoze.
Murakoze
Hari abantu bamara kurya cg kunywa ibyo bariye cgkunywa mu kanya bakabigarura.Ese icyo gifu nicyo mu buhe bwoko kandi gikira gute??
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Ibyiza mwagana kwa muganga bakareba ikibazo icyo aricyo byimbitse.
Ubwo se uwabihekenya
Ndakunda ibiganiro vyanyu
Ikindi kuriya kuntu umuntu aba yumva ashaririye mukanwa byaba nabyo ari kimwe mubimenyetso byigifu kd aribyo nkunda kumva cyane??
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Yego birashoboka.
Muzatubwire no kubafite amibe bakwitwara bate?
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Amibe zo kwa muganga bakuvura hamwe no kurya ibifite isuku ihagije.
Muganga mbwira mbabara mumugongo harigufa nkanda nkababara wagirango haravunitse kandi ntacyo numva cyaba cyaramvunnye umugongo kd nkundaa nokugira ikirungurira nubwangati nokujya toilet bikanga 😭😭
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Ibyiza wajya kwa muganga bakareba ko ntakindi kibazo kirimo kubabara buriya ntibipfa kuza. Naho ibindi byo twagufasha mwadusanga aho dukorera kimironko hafi na simba supermarket bahita Nutri-Mediplus cg Mwaduhamagara kuri 0788940474
Igifu mugifaranca ni estomac
Mu muhogo wange nge hazamukamo ibintu bishyushye bibabaje
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Bishobora kuba ari acide iba izamukamo ibyo bita ikirungurira
@lolitaimena9782
2 жыл бұрын
@@nutrimediplus hagiye kunyica nisesemi kndi
Mwatubwira ufite igifu gifite aharangaye yavurwa gute ?
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Harigihe imirire ibafasha kugenda hisubiranya gusa harinigihe bisaba ko bahabaga bakahasubiranya
Sinkinywa fanta kuko intera akayi kadashira
Ababara mu ka meme niko bahita
Imiti bampaye nkomeze kuyikoresha?
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Yego
Uyu mudame ndamukunze kabisa
tres jolie tres intergente .que Dieu te benisse
@francineuwizeyimana8380
2 жыл бұрын
Muganga wakoze kutugira inama nziza ark mfite ikibazo iyo umuntu arimo kuribwa mugifu akanwa amazi ese nayo afite ingaruka kugifu
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Ntangaruka amazi afite ku gifu kuko ashobora no gutuma ufite ikirungurira kigabanuka. Amazi ni meza.
Merci bcp Mama Ese imineke itera igifu? Ibintu birimo isukari biba birimo acide?
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Oya ntago itera igifu. Kdi ntago ibirimo isukari byose bivuze ko bifite acide
Murakoze cyane,nanjye ndibwa hagati yimbavu ariko cyane cyane hejuru y'umukondo mugice cy'uburyo. Mwamfasha mukandangira umuti.
@nutrimediplus
Жыл бұрын
Mwazaza aho dukorera kimironko hafi na simba supermarket bahita Nutri-Mediplus mwazaza tukabafasha by'umwihariko
Nanjye rwose ikirungurira kimereye nabi pe
Muraho neza? Mwadufasha ukaturangira aho mukorera ko tubakeneye
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Dukorera Kimironko neza hafi na simba supermarket bahita Nutri-Mediplus mwazaza tukabafasha ntakibazo cg Mwaduhamagara kuri 0788940474
Ndatwite 5 mois noneho kuve ejo nimugoroba ikirungurira kimereye nabi noneh ubungubu nokuryama byanse wambabariye ukandangira umuti🙏
@nutrimediplus
Жыл бұрын
Wakoresha jus ya carotte gusa haba hari nibyo ugomba kwirinda kurya. Mukeneye ubufasha bw'umwihariko mwadusanga aho dukorera kimironko hafi na simba supermarket bahita Nutri-Mediplus cg mukaduhamagara kuri 0788940474
@tuyizereangelique5000
Жыл бұрын
@@nutrimediplus Carrots ziramfasha cyane. Merci
@user-pw7kh3gf8d
10 ай бұрын
Merci murakozekutugira inama .
Nonese buriya umuntu ufite acide nyinshi mubyukuri usibye amazi ikindi yemerewe kunywa gisimbura Fanta,icyayi.....
@nutrimediplus
2 жыл бұрын
Yanywa igikoma, amazi, smoothie z'imbuto yemerewe,..
@melosafrica3184
2 жыл бұрын
@@nutrimediplus Muganga, murakoze cyane kuberako mufashe n'igihe cyanyu mukansubiza!Imana ikomeze kubagura!
@KomezaPazo
Ай бұрын
Ngewe kirya nijoro ariko kikarya nkigisebe nagiye kwamuganga banyandikira atipiyotike ariko nkira igihe gito niyo imbeho inyishe Niro ryamye ndababara