IKIGANIRO GIKOMEYE💔HARIHO INSENGERO ZIFITE INZOKA KU RUHIMBI😭ZIHINDURA IBYO WARI KWIGISHA😭AMAHOTELI😰
Ойын-сауық
#Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Пікірлер: 54
Mwabantumwe numva ntarimo guhaga kubumva.. UwIteka Imana ya Burahamu Isaka na Isirayeli Ibahe Umugisha mwinshi utagabanije... Nimiryango yanyu yose..❤❤ KumaJambo Meza yubugingo Umwuka yabashize kumutima..ngo Umugeni wa Kristo arusheho guhembuka.. Muzagaruke rwose...
Niba udafite ukuri nta Mwuka wera ufite, niba udafite Mwuka wera nta gakiza ufite,niba udafite Umwuka wera nta Kristo ufite,niba udafite Kristo ntabwo uri umwana w’ Imana.
Nukuri Imana ikongerereze amavuta kuko inyigisho utanga nukuri zaranyuguruye amaso benshi bibaza ko bari murugendo ruja mwijuru ariko nasanze ayo madini azomara abantu pe
Mana yanjye Pamphile weeeee Mana dukomeze ndakwinginze uduhe amaso y"Umwuka wera 😢😢😢
Pemphile uzadukorere ikiganiro kumavuta asukwa kubantu bahawe inshingano m’umurimo w’Imana
@TheCharity.
10 ай бұрын
Ayo mavuta ujye wirinda ko akugera ku mubiri.
Icyicyiganiro nkisubiramo burimunsi kuko cyirimo inyijyisho nyinshi gs Imana iduhumure idukore kumaso pe naho abahanuzi biyiminsi aha
Mwabagabomwe murimokuvuga ibintu byiza ariko umuntu urimumubiri yabatera amabuye
Benedata Yesu ashimwe cyane, ariko kugirango dukize abantu turi kumwe mu rugendo rujya mw’ ijuru tujye tubwira abantu! Nkuwo mushumba akwiriye kujya ku mugaragaro! Uwo n’ umucumu! Kandi burya Imana iyo Itweretse ikintu igihe cyacyo cyo gushyirwa hanze kiba kigenze! Uwo muntu muri ryo torero abantu baho ni nzirakarengane bakwiye kumenya ukuri! Mana weee!
Ibyo muvuga ni ukuri. Pamphile azi imitwe y'abakozi b'Imana benshi. Basigaye babeshyera Umwuka w'Imana niwe ubabwiye cg ubayoboye. Hari Pastor uherutse gukora urubuga rwa Whatsapp rw'abo akeneyeho inkunga, arangije abwira abo yashyizeho barenga 25 ngo yahawe amazina yabo n'Imana.
ubundi dukeneye ijambo ry'Imana ry'ukiri n'umwuka wera ,utundi tuntu abantu bihimbira kubwinyungu zabo
Amavuta niyo ubu abantu na madini bizera cyane kuruta kwizera Imana .Imana nidutabare idukore kumaso duhumuke rwose .nikibabaje nabashaka kuvuga ukuri bariya bakozi ba satani bamurwanya cyane bakamugabaho ibitero .nisabire nsabira nabandi muzavuge birambuye kwariya mavuta.❤
Murakoze cyane. Ese mbabaze umuntu abwirwa ni ki ko afite umwuka wera? ese ni ibi dusanga muba Galati 5,22-24 Gusa ?. Ikindi hari Abantu usanga mu buzima busanzwe ari abana bezaaa, badakora ibyaha ,bafasha abandi,...... nabo se aba ari ukugira mwuka wera ?
Murakoze bavandimwe kubwubutumwa bwanyu ariko mfite ikibazo tuzabwirwa Niki insengero zikorera satani nizikorera imana ngo tumenye aho dutanga amaturo niba arahanyaho
Athanase ndagusuhuje cyane,
Yesu nashimwe nonese ukuri kurihe
None ko Pamphile avuganà ubukare bwinshi ?
Nge ndibaza Atari ngombwa kubavuga amazuna nabonye ingorane biteza iyo bashizeho abo Bantu public ntibyakira neza bigatuma biteza imvururu gusa nawe iyo ufite inzira zijya isiyoni urabyumva KO uwo muntu atarimo akujyeza kucyo ushaka gusingira nka (pawulo wavuze NGO nshaka gusingira icyo Kristo yamfatiye) .
Imana ibahe imigisha Ndunva nkangutse. Kuki dusoma bibiliya ariko nti duhuze wamugani 🙆♂️🙆♂️🙆♂️🙆♂️🙆♂️
Nukuri imana ibongere umugisha
Yesu Abahe umugisha.
Imana Idutabare, Iduhe mwuka wera tubone ibibereye
Amen
Imana ibampere imigisha❤
Umva muzabimbaze ge mfite iyerekwa rikomeye
Uwo Muhinde naramubonye mwo kabyaramwe ku ruhimbi aho mu Rwanda ndumirwa
Urengere intorezawe papa
Ubujiji umuntu iyo agikizwa abayigana abo asanze bigaterubujiji ikibazo nukuntumuntu ajijwa imyaka irenga 5ndibuka nkikizwa haritegeko mu cyumbahantu ngo nta mugore usenga adapfutsumutwe 😂maze bampaye kukiyobora mpita njyakugurudutambaro umva yewe nirukanyabantu uwanze kwambara nkamuheza hanze😂😂😂Imanijyitubabarirubujiji kwangirabantu gusenga kuberibitambaro😊
Nanjye mbabaze kwifotora urumuvigabutumwa kuruhimbi bivuziki
Bagabo benedata abantubakeneye mwukawera wi IMANA kuko abakoresha amavuta noguhuha nudutambaro ibyabo tawrabimenye kuko niyo wanabaza ahobakura izombaraga zituragura abantuhasi ntibatinyuka kugusobanurira ukobazibona ariko twe ntidufite isoni zoguhamya uko twabatijwe mumwukawera
Ikiganiro kiryoshye weeee lmana lshimwe
Hari n'abagira utugupfwa ku ruhimbi rwabo.
Ikiganiro ciza, muhezagirwe
Abayisengarusumo amahoro yimana abane namwe ariko ndumva yaratara shya kuko urutarutarun umuriro wafata gahamwe ugataruka ugafata ahandi
Biriya bintu ndabyanga byo kwambara imikenyero yo mu buhinde n’udusandari , muzarebe na Sadghuru ni umu phyilosophe ukomeye ukoresha na za conference ku Isi hose …. ni byinshi navuga ariko c’est terrible!!
Wavuze kurayomavutakoko abantubagasobanukirwa ibyayomavita koko aba efraimubinjiji bagasobanukirwa koko
Nonese iyo umuntu yuzuye umwuka ntiyumvire umwuka iherezorye nirihe
Pamphile
Koko nanjye ndabikuruye nsanga IMANA itarimo kuvuga ahubwo baravuga ngo iravuze kandi ntanihari pe
@divineog4764
10 ай бұрын
Mama divine murakoze papa iyane imana ibahe umugisha kubwamagambo yubutumwa bwimana
Birababaje peee ntago tucyubaha ahera
Amavuta yo sinyemera,ariko amazi yo arinjye nyasengeye ntagiye kuyakura ahandi yo nayakoresha,nonese murubavu rwayesu ntihavuyemo amazi avanze n'amaraso,yesuwe se koyatobye akondo akaba ariko asiga kumaso y'utarabonaga yarananiwe gutegeka gusa umuntu agakira,hanyuma yajus n'umugati dukoresha kwigaburo jus ntituyita amaraso umugati tukawita umubiriwe?n'amazi uyasengeye ukayaturiraho amaraso ya Yesu birakora,kd iyo ufite umwuka w'lmana ukwihanisha niyo arikosa lnana irabikubwira
Muganiriye ibintu byiza byakubaka intama murugendo
None ko ubinyegeza udufashije iki ?
Ntabwo ibijumba bipfubuka sha ndetse n’umutsima wapfubye uragatsindwa ntupfubuka !!!
Ariko na Paulo Mwuka Wera yaramuhinduriye iyo aja
Izabahonda.
Maze nu munyu ngo wirukana abadayi 😂uzabigishe wenda bazabireka ariko abanyedini bizera utuntu tumeze nkimpigi amazi arimo umunyu amavuta ibinyomoro nibindi igitaka cyo muri isiraheri
Arega nabadventiste nabo biciyemo ibice.
Igorogota Hari imisaraba itatu Kandi hose irakora mwisi yanone
@nsengimanajmv
9 ай бұрын
Hhhhh sha urakoze pe
Nukuba maso ubuyobe bwabaye bwinshi
Uziko umupanteko nyawe iburundi adashobora kuja gusenger murindini nkumuvugabutumwa wewe ntayanabikora bohita bamuhagarika kumuca rero mugumane indangaciro zanyu kabis
@jeanneuwamahoro7486
10 ай бұрын
Ninde wakubwiye ko kujya gusengera mu rindi dini ari icyaha cyangwa kuba usengera mu ba pentekote bivuga ko ukijijwe? Wowe senga uyoborwe n'umwuka wera W'Imana uzamenya ukuri