iKibungo tubonye Umugabo wicaga Abantu akabarya | Yariye mushiki we | Umurozi Police izi yarakijijwe
Ойын-сауық
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Пікірлер: 129
Plaisir nkunda iyo ari Wowe wakoze ikiganiro . Sinzi impamvu. Biranshimisha. Imana ibahe imigisha myinshi bakozi b'Imana.
Kubwa kavukire ntitwarabo kugira umugisha Ariko hashimwe yesu watugiriye neza akadukuruza ineza ye Alleluya .
Ubuhamya buraguira. Amatwi yunva byinshi. Ariko se mu Rwanda barya abantu!. Ariko Imana igira impuhwe tutakunva. 🤔🙉🙊 Yesu Christ we, hezagirwa Mwami w'Abami kuko ubwiza bwawe ntako busa. Amen
Aha niho umuntu ahitaririmba indirimbo"YANYISHYURIYE 88 GUSHIMISHA" Ibyaha byose wakoze iyukijijwe Yesu akubabarira byose. Abo yababariye ibyaha mumvugire ngw'Amen. Hallelujah.
Plaisir noneho utuzaniye abantu bafite ubuhamya buteye ubwoba!!gusa uwo mugabo Yesu akomeze amufate cyane izo mbaraga ziwabo zitazamusubiza muriyo gihonomu!
Mbega ubuhamya! Uwiteka Urahambaye,imbaraga zawe zirenze uko tuzitekereza.Ntabwo nkwiriye kugira ubwoba uri hejuru ya byose.Amen
Yesu ashimwe ko yaturengeye nukuri gusa nukujya dusenga cyane kuko ibihe biraruhije.
imana iratabara nukuri izagukomeze ntuzasubire inyuma kandi na mama wawe izamuhindure kristo arashoboye ntakimunanira
Imana ishimwe ku bwa Zaburi Nshya amabanga ya Satan aramenetse ko munzu y'Imana harimo abrozi bityo abana b'Imana basobanukirwe tujye dusengera byose dutwikirize amaraso ya Kristo buri muntu na buri kintu aho dutuye kuko ubona ikinyabwoya ukagira ngo birasanzwe naho ari Dayimoni. rwose Imana ihe umugisha Zaburi Nshya
Uvuze ukuri kwose:jewe bangerageje imyaka 32 narabananiye.baragerageje kwiyunga naho nyene ndabananira,vyose vyaranse bamwe baranapfuye mbere yanje.Bashaka kontoronka abana none babaye 4.Izina ry'Imana yacu ribandanye guhabwa icubahiro.amen.Muri Yesu vyose biremera
@mukadipiteyvonne9094
2 жыл бұрын
Nanjye nageragejwe nabarozi ngobirabananira barangije ngobatumuho umumaribu ngo ariwe ushyira abashakaga kuko ngoniwe washoboye abandi bananiwe arikonawe ntiyashoboye gukora ibyobashakaga.nukuri tujyedusenga twishinganishe mumaraso ya yesu tuzananira abarozi nibibi byose yesu ashimwe cyane kukotutabaye iminyago yabanzi bacu.
Urukundo rwa Yesu rurahambaye ntawarurondora🙏 ibaze gukunda umuntu wariye abantu ukabana nawe😭 Uyu mugore yashize ubwoba pe
Arko Uwiteka weee Urumunyembaraga nyinshi pe urahambaye urirubasha ntakikunanara pe Hejuru yimbaraga zose Hari imbaraga zawe Mana pe mbega ubuhamya bukomeye
YESU WEEEEEEEEE UFITE IMBARAGA N’UBUTWARE🙏
Imana ninziza yewe nange izambabarira
Imana izabafatishe umurunga w'urukundo ntimugasubire inyuma. natwe abasenga Iduhe kubikorana umwete tudacogora Imana izaduha kunesha nk'uko ihora ituneshereza. Amen.
Mana yajye ndagushimiye cyane mbega ubuhamya buteye ubwoba wee plaisir uzadushakire uwo mugire wazutse aduhe nawe ubuhamya bwe
Mbega amateka Yesu ni yamamare nukuri
Yesu warakoze kubwakavukire ntitwarabo kugirirwa imbabazi ariko waratubatuye nushimwe
Imana ishimwe yarakoze kuguha agakiza
Imana irebamumutima
Plaisir imana ijye iguha umujyisha iteka ryose
IMANA yacu irakomeye
Zaburi azajye kuzana uwomugore wumuririmbyi. Ikindi Paci wo mu Impanuro azakujyane kumukobwa amadaimoni agiye kwica kandi akamusambanya.
Iyi nkuru sinyirangije kuko ngize ubwoba pe
@gwizanaomi3387
3 жыл бұрын
Nange irananiye pe
Yooooooo ariko Mana urahambaye, icyubahiro cyose kibe icyawe. Nta kure utakura umuntu rwose imirimo yawe irahambaye. Bene data mugume muri Yesu ahindura amateka.
Inzu y' Imana yarinjiriwe disi....ni ugusenga cyane
@irenegatera1008
3 жыл бұрын
Byagera kuri Adepr bikaba agahoma munwa.
nukuri Imana yarakoze kumukura mu mwijima
Mwami yesu yewee ngizubwoba
Warakoze gushyira ibikorwa bibi bya satani hanze. Imana iguhe imigisha myinshi . Yoooo wari ufite imyaka itatu kandi nta mwana kuri iyo myaka utumvira nyina. Yooooh abarozi ni ibicucu bica abana babo gutyo. Nari nzi ko babakunda.
Yeyeyeye cyokora sndirine yaragukosoye peee ndamwemeye peee
Imana ibahe umugisha mwinshi
Imvugo yabantu babeshya ubuhamya akenshi ntavuga amazina yabantu niyo abavuze avuga ko bapfuye cg ko atazi aho bari ndetse namazina yuturere ntayavuga.
Imana ishimwe
Amen lmana ikongerere amavuta rwose
Really u God 🙏🙏🙏🙏
IMANA IMWAGURE TUMUSABIYE AMAVUTA
Aha ndumiwe Imana yacu ifite imbaraga nyinshi cyaneee
@kangabejosephine2117
3 жыл бұрын
Abapagani baragowe
Nimumvugire Ameeenn
Plaisir Imana yo mu gihugu cyo mu ijuru ikumpere umugisha
Ariko wibagiwe imyaka warufite kumyaka 3 ntibishoboka pe!
Imyaka , 3
Umwana afise imyaka itatu ntabintu aba aramemya
@kabehoclemence1056
3 жыл бұрын
Ashobora kuba yarabibwiwe mu kuvuga akaba yibeshye gs umuntu iyo atanga ubuhamya ntago yabura kugira ako y ibeshya,, Imana iguhe umugisha mwinshiiiiiiiii cyane nukuri mukozi w'Imana 🙏
@MMathy116
3 жыл бұрын
Ayinyaaaa
@cardinalendikumagenge6349
3 жыл бұрын
Ivya gishetani biragoye,bavuga kobabatira bakivuka
YESU WEEEEEEEE NDUMIWE GUSA😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Mbega umunyenga ubamugacyiza weee biraryahapee kubibamo numunezero
uyu muntu naramwumvise ark ndumva biryoshye kongera kumwumvira kuri zaburi nshya . Uwiteka yamamare hose arashoboye
Ndashima Imana konkiriho kuko ibyanpigaga byari bikomeye ariko hejuru yabyaye hari Imana
Eeehhhee praisel yamenye imitoma ,🤣🤣😅😅 abwiye umugore wabandi ngo ni mwiza 🙆 ahwiiii
NAJYAGA NKUNDA KUREBA UBUHAMYA CYANE BW’URUGENDO RW’IMIBABARO N’UBURWAYI, IBYA ABAROZI SINABYITAGAHO ARK UYU MUNSI IBYO NIMVISE😭😭😭😭😭😭😭😭🙆🏽♀️🙆🏽♀️🙆🏽♀️🙆🏽♀️🙆🏽♀️
Burya abarozi ntanubwenjye bagira ese burya baranirogera bakarya abana babo narumiwe pe
Plaisir uzadushakire Nuwo mugore nawe wishwe akazuka nyuma yukwezi nigice.
@Just5siblingsss
2 жыл бұрын
Ego aza muzane
Umwana wi myaka 3 ntamenya gutandukanya ikiza nk kibi .yobeshye imyaka .nuwo mugpre ntabeoba agira.
Ati iryumugisha Ni innocent
Uyu ntimuzahakane ibyo avuga twari duturanye ubu mushikiwe amaze kwica umugabowe amuroze
Birateye ubwoba pe
Ariko abagore bashirika ubwoba kweli!Umuntu nkuyu warogaga atya niyo yaba yarakijijwe ka jana ugatinyuka ukamushaka ngo mugiye kubana we?arahagazwe!.Ndagukomeje wa mugeni we.
@turibamweali8661
3 жыл бұрын
Uwo nubundi azongera aroge
@bellab1924
2 жыл бұрын
Ahubwo se urabona adafite ubwoba!Nigute waryama mubururi bumwe numuntu wariye inyama z'abantu!
Bashiki bawe abahe kdi mwari mwaravutse muri 3? Cg nabo kuwundi mugore
Biratangaje ukuntu umuntu yahinduka ikinyabwoya🙈
Amen amen gloire à Dieu tout puissant. 🙏🙏🙏
Umwana wi Imyaka itatu c yamenya kuroga Koko?
Dukeneye kumenya ingene uwo mugabo yabohotse, ingene izo nyama z'abantu zamuvuyemwo
Ngo yafashaga Imana gucyura abantu.😂😂😂😂😂😂😂😂
Inturo ni ibijangwe byo mugasozi
Hahhh plaisir Ngo reka nitahire🤭🤣🤣
Nibyo senya akazu kasatani
Yoooh ndumiwe nukuri
@nsanzetito1453
3 жыл бұрын
Birakaze
Igiturumyi na kanyamaswa kan gan a nipusi afite umurizo muremure gafite umunwa nkuwimbeba gakunda Kuba mumyobo yo kumigina gafatinkoko I yo kikanze gahita gahagarika amaguru 2 yinyuma ayimbere kakayazamura kemye nkumuntu.
Yooooooooo
Amee
Ibiro 200 byuburozi?? Harubuhamya wumva ukibaza niba ari ukuri!!
@khenziemcpenny4303
3 жыл бұрын
Ku myaka 3 waruzi gusinya?? 🤣🤣🤣 uyu mugani waruryoshye rwose wibagiwe gusoza ngo sinjye wahera🤣🤣🤣
Oya wunvise nabi afite bene nyina 6 nyina yababyaye ise amaze gupfa.
God help me last week I dreamed dreamed while I was drinking bushera but from then my body is weak
@irenegatera1008
3 жыл бұрын
May the Holy spirit make you vomit it in the name of Jesus
@niyomugabaaloys2684
2 жыл бұрын
Bagufate
NAKUNDAGA KUREBA ABABWIRIZA BUTUMA/ABARIRIMBYI ARK UYU MUNSI IKINTEYE KUREBA/KWUMVA UBUHAMYA BWABAROZI SINKIZI ARK NDUMIWE GUSA😫😭🤭🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔 MMM
Inturo nipusi.
Non ga ncuti ko muvuz ngo yakomej kwakira agakiza w agusiga muvyaha.aho yarafis agakiza ndabajije?
@chantalvumilia9779
3 жыл бұрын
Ntako yigeze yaragiye kwishushanya no gushaka abo yaroga murusengero nahubundi ntagakiza kuwo mukecuru mubi.
Njyesisobanucyiwe pe umwana wimyaka 3 ntabwenjye abazi cg ndikumvanabi
@uwinezafifi8584
3 жыл бұрын
Nanjye ndumva bitabaho kuri 3ans
😂😂😂😂😂😂😂😂😂ayiga mana 😂😂😂😂
Urabesye nta murozi uroga saa 3 batangira saa 6
Imyobo yose yabaga ari 3.5m😱
Ubu buhamya buteye ubwoba
Njyewe hariya hantu ndanahatinya buriya!!! Mu gisaka
@Queen-ze1tm
3 жыл бұрын
Ntago ujya utembererayo?
Ndabarakije Uhoraho abagirire naza, ADPR sinzi ico gisigura, sinzi ko ncanditse neza nkunze kumva ngo muri ADPR, Mwopa uko candikwa nuko gisigura.
@irankundaamina2179
3 жыл бұрын
bivuze ngo"ni itorero ry'umwuka wera murwanda"
@kellyange2279
2 жыл бұрын
Bisigura abapoloti mu kirundi
@kalifanny
2 жыл бұрын
ADEPR: Association Des Eglises Pentecotistes du Rwanda
Imyaka 3?🙊
@EjohacuTv
3 жыл бұрын
23
Nibazaga ko warufite nkimyaka irenze 5 kuko umwana uri hasi yayo ntiyabyibuka, ubwenge buba butaratangira kwibuka neza.
Umwana w'imyaka 3 aroga ate agasinya ate? ibi bintu mubitohoze turambiwe abatubuzi
@Queen-ze1tm
3 жыл бұрын
Yewe umbaze nkubaze 😅😅😅, haribyo umuntu yumva ukapfa kubyemera kubera ntakundi nyine
@titybyukusenge3954
3 жыл бұрын
Ashobora kuba ubuhamya yajijwa mo kuko bimaze imyaka
Iyi mana mwihaye kubeshyera igihe kizagera ibandagaze isi yose ibabone.Ibiro 300 by'uburozi bibaho!umwana w'imyaka itatu amenya gusinya!Abo bantu wishe wowe na nyoko RIB izabakurikirane mwakoze ibyaha.
Numiweeee!!!???
Kandi ubu police ibyinjiyemo byose babijakana!! None ntibarogaga abo bazi?
Ikigoryi gusa Wafashe isuka ukajya guhinga ukareka kwihisha mumana wirirwa usebya nyoko.
rero abarokore bagira ibintu byibikabyo mubuhamya gute warya inyama zumwana wawe mwagiye mureka this is not how to convince people
@cardinalendikumagenge6349
3 жыл бұрын
Biragoye gutahura ariko bibaho.Ndumva ko uba ahakigendeka ,tweho twarumiwe nivyo tubonesha amaso yacu
@nsanzetito1453
3 жыл бұрын
Ntamakuru ufite
@veredianegacumbitsi6747
3 жыл бұрын
Aha ntibyoroshye !!umwana wimyaka3 aba ari muto cyane ibyo ntiyabishobora pee ni amakabyankuru birumvikana ko aribihimbano ikindi nyoko yarazwi kumusozi wose ko arumurozi chorale yamwakira niyahe koko?umuntu yaba yaragize imyitwarire nkiyo akayobora korari ?mujye muvuga ibifatika ariko se koko uwo mukobwa se koko we yari yabuze abandi?aha!!ibintu byaya Marino ntibyoroshye peee!!!abantu bakunda inkuru zikabije!!!
@veredianegacumbitsi6747
3 жыл бұрын
Erega ikinyejana turimo isi niyabazi kuvuga koko kabone niyo baba babeshya bapfa kuba bazi kwemeza abantu ibinyoma byabo kubabeshyeka babyemera nkukuri
@veredianegacumbitsi6747
3 жыл бұрын
Ariko rwose birababaje peee kuri bamwe Imana zabo nibintu nabantu igihe cyo kubwiriza ibirebana nirari cyarageze !!
ARIKO MUJYE MUTANGA INKURU IRIMO LOGIQUE!WARI UFITE IMYAKA 3 URASINYA!?UMWANA W'IMYAKA 3 KOKO ASINYA ATE!?NGO IMIFUKA YA KILO 100 Y'UBUROZI!?
Mbega ubuhamya Imana ishimwe yaduhaye umwana wayo Yesu Kristo akadupfira tukabasha kuba abana bayo
imana iratabara nukuri izagukomeze ntuzasubire inyuma kandi na mama wawe izamuhindure kristo arashoboye ntakimunanira
Icyo nzi nuko mubayoboke ba satani ntazabamo Mwizina rya Yesu
Imana ishimwe
Uyu mugabo ntabwo ari kubeshya. Kuko ntiyabeshyera Nyina ibintu nkibi akiriho kandi yagiye avuga mazina yabantu bariho batanga ubuhamya
Plaizil uwomuntu azadusure inoha muri Zambia kabisa
Ko mbona iyonda idahuye nayo mezi cgmwariye ubukwe bubisi murabarokore🙂
@nsanzetito1453
3 жыл бұрын
Umvare
imana iratabara nukuri izagukomeze ntuzasubire inyuma kandi na mama wawe izamuhindure kristo arashoboye ntakimunanira
Hashimwe Yesu waguhaye igikundiro
Imana ishimwe