Ibitangaje ku bagore batwara imodoka nini za RITCO|| Bafite ubuhanga budasanzwe||Categories nyinshi
Niba uzi inkuru idasanzwe, umuntu ufite ubuhamya butangaje, amakuru atangaje cyangwa ikindi wifuza ko twasangiza abakunzi bacu, watumenyesha uduhamagara kuri 0788542538. Ntukibagirwe gukora SUBSCRIBE niba utarabikora, kugirango ujye uba mu ba mbere bakurikirana inkuru yacu.
Пікірлер: 44
REBA HANO IKIGANIRO TWAGIRANY N'UMUYOBOZI WA RITCO ASOBANURA UKO ABA BAGOR BITWARA MU KAZI kzread.info/dash/bejne/nIWT07CNgbm3j9I.html
Uwo wiyambariye Ingutiya rwose,Azi Gukanda Icyuma 👌
Murakaze pe. Kagame oyeeeee ,niwowe wazamuye iterambere ryabagore turakwemera
Navuganye n'umwe mu bashoferi bakorana n'aba badame ngo bazi imodoka sana kurusha benshi mu bagabo bakorana. Nabashije kuganira na Ernestine muha Félicitations pe! Na bagenzi be nimpura n'a bo ni ko nzabigenza. Aba ni urugero rwiza, babera icyitegererezo bashiki bacu baba bacyitinya. Muzatuganirize umupilote w'umudamu ukora muri Rwandair
Aba bagore barabizi cyane! Kubabona baparika uhita ubona ko babyumva rwose!!! Much respect from #venustvrwanda
Njyewe nkunda kuvuga ko abanyarwanda ntakintu twakwiga ngo bitunanire nabandi babura uburyo ariko babishibora babonye ubufasha bwo kubigeraho rwose ariko nta gitangaje mubindi bihugu nibisanzwe rwose gusa umuntu niwe wiremamo icyizere cyo gushobora rwose congratulations babyeyi beza big up
Ibi bintu rwose birashimishije cyane courage kandi birababereye cyane
Waooooo byiza nanjye nkunda gutwarwa numudamu Bis bayitwara neza
Ariko sha rosine wagiye gutwara bus giheki nkuzi muri za 2000 utwara moto frestation
Rosine wowe uri uwa mbere. N'indege uzayitwara. Courage rata.
Aba ba 3 ine ndabemeye cyane👍
ROSINE,Claudine ,M Caline ndabasuhuje cyane
Niba wemerako aba bagore bashoboye mpa like!!!
Courage
Umva rosine atwara icyuma birenze!kbsa mukomereze ahooo!!
Ndagukunda cyane mama Eric losine ndagusuhuje ugira umutima mwiza nkwifurije nokuzatwara indege bravo losine 👍❤ uze kumpa namber zawe njyewe ndi Ingabire Aline🇦🇪 kwa Dr Chryso
I mana ninziza rosine we courage kera wabyigaga bakwita umusazi
Uwakubwira care batanga iyo baca muba clients babasekera wakwifuza ko imodoka zose aribo bazitwara pe
Umwe muri aba yarantwaye mva Muhanga njya Kgli ariko uwo niwo munsi naryohewe n' umunyenga saaaana
Byiza
Courage ndabakunze mpume nbr yumwe muraba ndabinginze
Uriya wijipo arko numwadepr?
Claudine ni umuhanga kumodoka rwose ndamuzi
Amazina yabo Aherwa na Ne
Rozine tukurinyuma udutwara neza
Rosi,nkikubona kbisa nahise mvivura
Ndabemeye pe mwa badamu mwe
Harimo uwakoreraga ikabuga
Abagore murashoboye pe!ariko hari ababyeyi bagifite imyumvire yuko hari imirimo yagenewe igitsina runaka aho niho benshi bagwa.
Ugirango ni uko barista abandi se
@turibamweali8661
3 жыл бұрын
Ushatse kuvugiki ? Ntibisobanutse neza
Rosine oyeee
Uyu mu maman nu muhanga
Vive les femmes Rwandaise.
umuntu yagumya akayumva kubera ukuntu iryoheye amatwi kzread.info/dash/bejne/fm2Bk7KEfdzJZ9o.html
5:03 muri RITCO mazemo imyaka 12😂 Harya munyibutse Ritco imaze imyaka ingahe mu Rwanda?
@angeteteli-manzi5571
3 жыл бұрын
aravuga imyaka amaze mu kazi ko gutwara ama midoka manini atwara abagenzi.apana imyaka amaze muri ritco
@user-zz2cp3hu2l
6 ай бұрын
Sobanukirwa mbere Yuko yitwa Ritco Yahose yitwa Onatracom
Gutwara imodoka ntago ari ko kazi gakomeye, ndabibitsa ko hari ibihugu utangira gutwara ufite imyaka 16... Kandi ntago ubunini bw'imodoka bivuze ko kuyitwara bisaba imbaraga physique nyinshi.. Ntaho bihuriye !! Igihe Rwanda ruzagera kuri level y'uko imodoka iba nécessité et un nom un luxe ni bwo muzumva ko atari affaires ndende. Gusa dufite imyumvire iri hasi mwakoze gukora ikiganiro
@kuzakerodriguez1576
3 жыл бұрын
Ahubwo wowe ufite ikibazo mumutwe harimo nishyari nurwango ntamunyarwanda utazi ko haribihugu byatanze u Rwanda muterambere mujye mureka twishimire ibyiza tugezeho cg abanyarwanda bagezeho tuziko aribisanzwe ahandi arko kuritwe niterambere ibandi niyo batwara ibyogajuru icyiza nuko natwe iyi arintabwe nziza urwanda rurimo kujyamo
Courage
Uwakubwira care batanga iyo baca muba clients babasekera wakwifuza ko imodoka zose aribo bazitwara pe