Ibibazo biba mumatorero y’abanyamulenge/ Gucikamo/ Icakorwa/ Pst Seba Kiyana.
Kubera iki amatorero y’abanyamulenge ahorana ibibazo byahato na hato?
Igihe itorero ritangiye kwiyubaka kubera iki ricikamo? Biterwa niki ngo ikanisa ricikemo? N’amakosa y’abakristo cabuze abungeri?
Biterwa niki kugira ngo tugire amakanisa menshi nayo adahuza?
Niki cakorwa ngo dukosore bene ibi bintu?
Kurikira ikiganiro hamwe na Pator Sebatware Kiyana asubiza ibyo bibazo.
Only on 1 Africa Channel/ please subscribe and share. Thank you!
Пікірлер: 11
Umugabo nuvuga ukuri 💯💯💯
Uko uri Rev kweli
Ok
This is Amazing
Amazing
Mbonye ikintu nemeranyijeho na sebatware 100% . Ndumiwe koko
Byarakomeye kweri
Ibyo uvuze bifite inshingiro kabisa
ahhhh,ibibazo mu matorero si mu abanyamulenge honyine nihose satani arwanya itorero ntamwihariko w'ubwoko,gusako MUNIGANTAMA we simwitorero gusa nomubindi akunze kugaragara muri byacitse
@vinariza8972
3 жыл бұрын
Shuti yanjye iyo umuntu arumunyakuri muriyisi ahora muntambara. Nukuvuga kwogira ukuri abantu beshi batumva rero niyompamvu ahora muntambara. Imana izimuneshereza
Wari kubaza impamvu ahubgo abanyamulenge baza bashika hanze aho kwirubura muyo bahasanze! Integration iz itugora nayo iri mu mpamvu zitumye ducumbagira