Ibi ntibisanzwe: umugore n'umugabo bateranye amagambo mu rubanza karahava
Iyi nkuru iragaruka ku bagabo badahahira ingo zabo ndetse ugasanga batunzwe n’abagore nkuko babigaragarije visi perezida w’inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite mu kiganiro bagiranye mu mpera z’umwaka ushize mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo.
Пікірлер: 9
Abatarasha dufite ubwoba kbs ntambuto mukitwerera pe
Ariko ingo zikigihe ziri mumanegeka koko,abagabo ntibakimenya inshingano zurugo rwose babaye ntibindeba.kandi bimaze gufata indi ntera kuko birakabije pe!!!ibazebumugore agahaha yavunitse umugabo nawe akaza kurya.bagabo rwose mwisubireho ntibikwiye
Amushyize kukarubanda ntibatahanatu
Mbona ibibazo byo mungo bitakakemukiye mumuhezo....
Kwafobiyani🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Harya ubu aba bashyiranye hanze mu ruhame baratahana bararane mu buriri bumwe?! Ni hatari
@intuntu7863
4 жыл бұрын
None ko aribyo babayoza se!
@daniellamonorina9504
4 жыл бұрын
Ibaze nawe. Kwishyira hanze haraho byavuzwe ko aho bizagera umugabo akishisha umugore we and vice versa