I Burayi nabanje gukoropa||Nagezaho ndicuza,nifuza gutaha||Ndakize yadusangije ubuzima bw'i Burayi
Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Пікірлер: 533
Ibyo avuga nibyo nanjye nabaye hanze ndahazi . Burya abantu baba hanze banga kuvuga imirimo bakora kugirango badaseba kandi baba bafite amadeni menshi cyane. Iyo uguze inzu hanze urangiza kuyishyura nyuma yimyaka 30 nawe umva imidoka uyishyura mumyaka 5 . Mbega stress Zarabarenze kubera amadeni . Muri Africa nimwijuru urebye hanze bamwe bahakundira ibyo bita social services babaha amafaranga iyo badafite imirimo. Ariko hanze umuntu ntashobora gutera imbere urebye bose bakorera ubukode ninda
@akarihotech
5 жыл бұрын
Ibyo uvuze ngo bakorera(ubukode n’inda) nibyo nabandi bose bakorera ncuti yanjye. No mu Rwanda ntuzapfa gushora utatse inkunga muri Bank. Inzu bishyura nuri 30 ans se wari wumva hari urira ngo yayabuze? Byose biba ari automatic byivana ku mushahara kandi ntibayakwaka bataguhay umushahara birimo byose babyubatse neza.
Irungu ryo ni dange iburayi Sha . Depression iragukubita ukumirwa
Umva wowe uzigumire i Rwanda kuko ntabyo wishoboreye byaragucanze neza Gusa abantu baba hanze ntibabayeho kimwe ninkahandi hose ntagitangaza rero ikibazo mugenda muziko mugiye gutoragura amafr 😂😂😂😂
African 🌍 💙 kumutima. Icyo maze kubona cyo nuko ntahantu hakurutira iwanyu Kandi ibyishimo byose aho biva bikagera nibimwe iyo wishimye uba wishimye. Let make us proud of ourselves. Wherever you are, u can be happy let use what we have first. I see ntabwo wiyemeye nkabandi bigamba yo. They just want show us they are great Kandi ntacyo bimaze gupfiramo birica cyane kubi
Impamvu wowe ibibyose byakubayeho nuko waje ukurikiye umugore ibyuvugabyose bitadukanye rye nibyombonahano
Ntimukabeshye abanyarwanda , Ntago abantubajyahanze bose arko babayehonabi, bafite UbuzimaBubi or bafite Utuzitubi. nkunda gukurikirana ama interviewers yababantu bagiyehanze EUROPE or USA but nasanze bahuriyee kukintu kimwe!😁😁 nubikurikirananeza uzasanga nubundi baragiye ntakazi gafatika baribafite ahobaturutse... bisobanuyeko bahoze ari Sans Papier. Or ntibakandagiye mwishuriii. Nonese mwabantu nibugiye nta Diplom nimwe wigeze haba niya high school !! Iryoshuri ryo uzarijyamogute🤷🏻♂️ akazikeza uzakabonagute!!. Ahantuhenshi Iyugiyeyo ufite diplom uragenda uk’ upgrading warangiza kwiga ukabona akazikibyowize..... Rero akenshiii abantu muha ama interviewer ntibaba barize, banagerayo bakabona batasubirakuntebe yishuri ngobige.... that’s why bahora around yutwotuzi twinticanikize😱. Ibintu bababavuga those makes no sense🙅♂️. Niba no murwanda iyo udafite amashuri udashoborakubona Akazikeza.! Kukiwunvako uzakabonera mumahanga!!🤔🤔 Knd hobarateye imbere!! ...... mubitekerezeho .... @Sabin. Uzatumire nabandi banyarwanda bafite utuzitwiza or babaye successful mubyobakora. babahanze knd nibenshipe. Burimunsi utuzanira abahuye nibibazoguzo😳
@ingabirerosine6741
5 жыл бұрын
Ahubwo c mu Rwanda ko kabona bake kdi mwese mwarize n amashuri menshi,uzi kujya ahantu icyo usabwa arukwiga gusa nabyo for free bakanaguha akazi ntako bisa,na za PHD waziga da
@mapemdogaga1768
5 жыл бұрын
Hubwo wagirango nibyo bigezweho kwirirwa bavuga ko bakoropye. Uyu mwanya ariguta aribwo akigerayo yakabaye arikuwigamo ejo ejobundi akabivamo kubona fr biragoye ariko akahita yose ayategamo akaza murda ngo akore za interview? Let me mind my own business 🤐
Umva mwana Ndakize ! Nyuma y'iyo myaka umunani nzagushaka umbwire niba ugiye gutaha ngutume !/ Eric muri sweden
@successfulman7032
5 жыл бұрын
Eric Iza Baya 😀😀😀😀😀😀 baba bateta, bya bihumbi 5000 byiriwe convetion gufata 197$ buriya uwababwira kubaha visa ziburayi byagenda bite... mwagiye munyurwa
Mbega umusore ubeshya! Yenda haba imirimo ukora ukavunika kuko n'abazungu barakora cyanee ariko uhashakira inoti kdi zikaboneka gusa imyaka ibiri ni mike kuba wamenya uko bikorwa, pole kabisa
@PanaAfricanist7
5 жыл бұрын
Aravuga ukuru cyane kko nange mba hanze kdi abantu benshi babayeho like that....not easy!
@ghislaincyusa7436
5 жыл бұрын
icyo namukosora nuko atakwishyiramo ko bavangura kuko ibo misstro twese yaba ba kavukire yaba abimukira tmese turayicibwa, bitandukanira ku bantu uba fite à ta charge, kandi ibyo yaba abazungu yaba twe urugero rw'isoresha ni uniform. umushahara umwe, umusoro umwe.
@lamanene8848
5 жыл бұрын
Ntabubeshi avuze buriwese afite experience or testimony mubuzimabwe uvuga ibyoyiboneye nawe,ufite ibyawe wavugaa
None se ko mbona n'iyo misatsi Kgl nta biro wakoragamo, n'amashuri yawe ko nyakemangaa>>wagiraga ngo abazungu bo bakugire ikihe gitangaza? Finland ni igihugu cya mbere ku isi mu mibereho myiza (Ref World Happiness Record 2018), ntukirirwe ubeshya abantu kubera amarangamutima yawe. N'abadakora bahabwa amafaranga kandi ahagije, izo stages uvuga sinzi aho wazikoreye! Abazi icyo gukora amafaranga barayafite kandi barasaguza. Hama aho Kigali uzajye wirirwa uramukanya, unasakuriza abaturanyi.
@kevinmugisha939
5 жыл бұрын
\_\
Uzaze muramerika nubwo ntaheza hisi ariko ugize ikinyabupfura ugakora ukamenya ibyawe ntakibazo.abazungu hano barasuhuzanya😂😂😂😂
Sabin ibirebana na diplome ni hose no muri Africa hari ibihugu byinshi bikoresha système za equivalence iyo processus ni mondial nabwo uva iwanyu ngo bucye winjire mwishuli.
Wibeshya cyane! Sindi Finnland, ariko ushobora kuba waragiye nta plan y,ubuzima ufite. Ndumva usa n,uwakurikiye umugore. Kandi ntibikunda cyane. So wibeshya cyane abana bashaka kujya kwishakira ubuzima.
@Hotpotandtee
5 жыл бұрын
Sam Mpfizi Njye ndumva ntawe yabujije kunjya gushaka ubuzima ahubwo, abantu bagomba gusobanukirwa neza, gusa bigaragara ko abazungu babafashe mukamazi.
@kayitareeddy6855
5 жыл бұрын
Sam Mpfizi ibyo yavuze byose nukuri kumu sans papier muri europe Ubuzima buragoye pe !! ugeraho ukanicuza ! Ark ufite ibyangombwa byuzuye ntaheza nkaho !!!
Aba batype ntibakababeshye baba bagira ngo baduhabure. Ngaho se byibuze nagume aho byibuze umwaka urebe ukuntu aba rubebe. Urabona ukuntu ayaga. Iburayi nta kazi kabi kahaba. Baba baratese bari aho botsa inyanya gusa. Uwampa ibyangomba nanjye nkajya gukoropa
@Tzj255
5 жыл бұрын
Blight Bilss ntagoabeshye Finland yoabazungubaho nabagome cyane batandukanye na ba nya merica cyane
@patrickmutuli8600
5 жыл бұрын
Abanyarwanda ntibishimira ko benewabo batera imbere...koko iburayi bisaba gukora cyane na discipline yo murwego rwo hejuru ibyo bindi bavuga nukubeshya kk abandi banyamahanga iyo bageze iburayi bahamagara bene wabo...ariko rwose iyo ushoboye gukora ama frs urayabona pe
@THEOPHILE611
5 жыл бұрын
Uyu mutype arabeshya Finland nigihugu kiza cyane. Kereka niba yaragize ikibazo bwite nkibyangombwa....
@rtony1840
5 жыл бұрын
Brigi ca kuri email nkubwire Ibanga njye n
@THEOPHILE611
5 жыл бұрын
@@Tzj255 no bari tumide ariko si abagome. Uramutse ugiyeyo uri umuntu ukunda urusaku byakugora, ari ur'umuntu ukunda umutuzo ntahantu heza nkaho.
CANADA 🇨🇦🇨🇦🇨🇦🇨🇦nacyo tubaye pee umunebwe niwe uzaphana ubukene
@JeanineDusabe-ej8pq
Жыл бұрын
Yoo shakirange ndababaye
Komeza wiyamamaze abandi ko batera imbere wowe urumva udafite ikibazo Kd umenyeko akazi ukora atariko abandi bakora Ukubitaho utumenshi cg dread kutakomeje ngo use nabandi Sha kora wa mugabo we niyo si turimo Niwumva ugize igishoro utahe uteze imbere iwanyu
Uy’ umusore murikumuziza ubusa kbx! Ndakekako kuvuga opinion yuko abona ibintu ntakibazo kirimo, njye ndumva ntampamvu yatuma abanu mwese mutangira kumwurirana. Niba wumviseko yavuze nabi, biraruta ukajya ku ISIMBI TV cg kuri tv iyo ariyo yose ugatanga opinion yawe uko abona ibuntu. Ntimunyumve nabi ariko uyumusore murikumurenganya. Ibyimibereho ya Finland nabayeyo ariko sinigezendya rimwe kumunsi cg mbure icyokwambara. Abantu baho barya byibura gatanu (5) kumunsi. uyumuvandimwe wasanga byaramunaniye.😂😂😂
Nimba ntamakaratasi warufite ubwo c wareka kusebanya gute ?? Ubwo c Kigali niyonziza kuki c wajyagayo kumariki ko Kigali ariyo iteye imbere ? Kandi umukozi w’omurugo aruta umukire wa Kigali .
Ibyo uvuga ndakumva cyane kko nange maze imyaka 7 mba hanze ya Africa mu ibihugu bitandukanye but LIFE IS NOT EASY AS U SAID....gusa ikiganiro nki kirakenewe especially to the new generation!........
Uraba utamaze numwaka ubundi uvuge Ubundi uricyahe wowe🤨🤨🤨🤨 ituza wizanye warikugira ubuzima widusebya hano harababayeho neza ahreeeee
@uweramarie7869
5 жыл бұрын
Ntabwenge agira 😉😉🙄🙄🙄🙄
@wealllovefootball1425
5 жыл бұрын
Uravuga ukuri 100% .Niba uba muri Finland waba warabashishe kwigurira inzu? Waba utwara imodoka itari ideni? Kwambara neza no gutwara imodoka nziza ntibivugako ufite ubuzima bwiza. Gutera imbere ni ukwigurira inzu yawe kandi wishyuye cash atari ideni
Niba waravuye Kigali uri sans diplome nta mwuga uzi gukora utazi indimi ntumenye integration,uzaguma nyine inyuma.Please wibeshya abantu Finland Education System yabo iri muri top 5 za mbere ku isi kandi iri open Masters na PhD batanga bourses nyinshi kandi biga in English,nanjye narindiyo.Kandi Mbayeho neza ntuka generaliser ibyakubayeho niba uri sans papier na sans diplome kuko iyo wize mu Rwanda diplome bayikorera reconnaissance muri Ambassade yabo Kigali basanga koko uyifite ukayikoresha bakabyemeza ukayikoresha.
@semutochristine688
5 жыл бұрын
Uyu nibyo yivugisha icyo nzi nuko uko azahatinda niko azajya ahakunda ibyo ariiho arivugisha
@ayii779
5 жыл бұрын
lans mbert haaaaaa umbaye kuree! Aba bantu bafata imibereho yabo bakayigira iyabose! Sans papier nuko nyine bizakugora! Cg aba bona ayo $ make yavamo ibyingenzi bakumva ubuzima nubwo ntibirirwe bashaka gutera imbere! Ahubwo isimbi ajye atubariza kuki musubirayo? 😳
Uri ikigwari, umunebwe cg intégration yarakunaniye, Finland igihugu kiri mu myanya 5 ya mbere ku isi, ngo nta buzima bubayo ? 😁😁😁 Ururimi biga 6mois cg un an rwarakunaniye? Nonese wumva uzabona akazi utize?
@semutochristine688
5 жыл бұрын
Rwose Finlande iri mugihugu cyiza nareke ubunebge yige ururimi ubundi akore nareke ubunebge
@erichitayezu2190
5 жыл бұрын
Uvuze ukuri Rwose
@ghislaincyusa7436
5 жыл бұрын
Ariko mumwumve ari muri phase ya integration igendana na déprime iyi bame tuyirenga nta kibazo ariko hari nabo biva kuri déprime bikaba bibi bigahinduka dépression. Nibaza impamvu umugore we (niba ari umunya Finlande atamuteguye ) mu mutwe mbere yo kumujyana. Ariko nyuma yiyo myaka 8 wavuze bishoboka ko uzajya wibuka ibi wavuze muri iyi interview ukiseka nawe kuko uzaba waramenyereye wumva biryoshye kuhaba.
@MrProssyyy
5 жыл бұрын
Ese muramuziza iki? avuze ibyanyu ko avuga ibye
@jaitousmutesi5314
5 жыл бұрын
Huyu ni mshenzi
Mbega injiji: intégration yaramunaniye akabyegeka ku gihugu cy'abandi. Kuba muri Europe si imishinyiko: bisaba ubwenge no kugira gahunda ihamye. Sigaho gusebanya, ntubeshye abantu bataragera Europe.
@kwizerayvonne1950
5 жыл бұрын
sawa sha , naje ndi Suede kandi naje nkuze UbU ndakora meze bien . ico nikibomotsi cihoze
Umva man niba ari habi gutyo bwira umugore wawe mutahe mujye muri Paradizo yo muri Africa. Njye mba Belgium kandi ntakibazo mfite. Nziko niyo akazi kanjye kaba karangiye nabaho ntakibazo mfite. Vuga ibibi ariko wibuke ko ibyiza byaho biruta ibibi byaho.
@3mtvdignite565
5 жыл бұрын
Urakoze Sandra 😘
@ukurikiyeyezurachid5937
2 жыл бұрын
Erega icyo tutazi nuko hariya ari amahanga abariyo rero bakamenye ko n'abazungu iyo Bari hano iwacu niko baba babibona icyingenzi nukumenya icyakujyanye
Shambonye uko nava bannyahe nugupfa Ukene 1)imodoka 2)inzunziza 3)ibiryo 4)imyenda Ubifite niki kinda ubushaka Nonese nimba arihabi kuki batazango batahe sha hanze nidanger natwe tugende ahubwo 🔥🔥🔥🇦🇺
@CodeNest256
5 жыл бұрын
Izahige bikaze bro, birakunda cyane kbsa
Gukora business ino byo biragoye, uzitegereze neza uzasanga harabirabura b'abaganga abashoferi ,... Urenda wajya muri police yabo umenya amabanga yabo Kubera iki? Uzabare cash za pension zi burayi nizo muri africa uzatubwire. Gucuruza mu Rwanda na ho Bisaba cash nyinshi.
@esperancemujawiyera7986
5 жыл бұрын
Umva yikuvugisha byinshi ndumva afite ubutesi bwinshi ubaze ubwiza bw'iburayi ntiwaburangiza
@sherifmpozembizi5335
5 жыл бұрын
@@esperancemujawiyera7986 haha.nuko akihagera uko uhatinda ninako urushaho kuhakunda.
Hahahahh🤣🤣 ariko Sabin urishakira kujya imahanga kwabatumirwa bawe aribo gusa? Nibyiza kumenya amakuru ariko bakajya batubwira nibiri positif by’imahanga kuko 85% nibyo byinshi😳 Uyu arashaka hit nka mucoma?🤣🤣 1. Wamugabowe numuntu uvuye mucyaro cyiwacu aza kigali muri 2ans yaba atarafatisha neza. En plus imahanga?badusize! Iyushaka gutera imbere kurwego rwabo nyine urabiharanira! 2. Niba waravuye mu Rwanda ntamashuri ufite wikwibazako bizakorohera nkuwize cg ufite ibyangobwabyogutura🤷♀️usibye ko nudafite diplôme abaho neza kurusha Docteur wahongaho ! 3. Agahugu numuco wako , ntukagereranye za mwaramutse zo muri Africa nokwirirwa mungo zabaturanyi ngo nirwo rukundo kdi twe(Africa) twuzuye ubugome burenze ndengakamere( kwicana , kurogana, namashyari)! Racism ntaho itaba nanjye ahonakoraga ahongaho,harabana babasore babwira abanyamahanga « ngo wibuke ko urumunyamahanga » kdi arabayobozi babo😂. Nkanstwe abazungu tutaramaraso amwe😥 ariko se aho kotwangana turibene kanyarwanda ! Kdi haramategeko yubahirizwa umwene gihugu niyo yabikora, haba hari itegeko! Abazungu baba Ipfura burya. Birambabaza kubona babaha micro ntibababaze impamvu mudasubirayo! Wavuze byinshiii bitaribyo ikiricyo ni nka 1% irungu naryo ntamwanya waryo , tuba turi mukazi! 🤣Ugeraho ukaba nkabo mugani 🤣 ukaba busy. Ariko abanyarwanda nabazungu barahari babana beza,kuburyo ntarungu. Ubundise ahoho ikigali ntushobora kumara amezi utarasurana numuturanyi cg umuvandimwe? Mutaranavugana kuri fone?😳😳 4. Ubuzima bwiza niki? Kwarukubona abana bawe biga neza , ntibaburare, iwacu i Rwanda bakugezaho akabazo ukagakemura doreko hano tudategereza ukwezi! Ex njye nakoraga mukigo gikomeye kigenga , ndi licencié, ndi mubuyobozi , nishyurira abana école française, meze neza mubigaragara. Ariko hageraga kwishyura amashuli nkashoberwa!!! Aha nta stress yamashuli ngira, ikigeretse bakabaha argent de poches 🤷♀️, nibyangobwa byose byimyidagaduro,igishishije babigisha gukora (biblia nikwivuga ngomukore) Ikindi ubu nshobora gukemura utubazo twaho! Nkiraho nubwo nabonaga menshi nirirwaga ndira! Ntizeye sécurité yibyanjye... tujye tuvugisha ukuri Africa ni africa , ihinduka nkibicu ( nuko iwacu aho dufite agahenge) njye niyo wampa 7000$ yumushahara sinahasubira kubera inyumgu zigihe kirekire ndeba! Subira mwishuli wige cg ukure amaboko mumufuka doreko twari twararezwe nabi mubunebwe! Aho uwaguha 15$/Hr ngukorope muri magasin doreko aha uba ufite namashine ibikora, akakwemerera ama assurance, n’a crédit yinzu y’a étage ukajya wishyura nka 1%yayo, agaha abana bawe ibintu byose nkibyabanyegihugu,abo mubiro bose ntibasohokamo? Navuga byinshiiii, ariko wiriza ababibuze sha! Shaka hit yawe ureke 🤣 Kdi umenyeko ntabyera de! Humura uzamenyera ugeraho ushime Imana!😂🙌🏼 Mureke dukore , twige kdi dushore iwacu !! Nabataragize ayo mahirwe basi baryeho!
@sandrabirdy3449
4 жыл бұрын
Yego rata wowe, ubundise batagusuye, ukitonda ukimerera neza, ugakoropa, ukabaho neza nabiwanyu bakabaho neza, bitwayiki? SHa bano baba bahaze, uwangezayo nkibonera akazi niyo naheha abana babo ariko nkabaho, ntago bazihano kuntu ubukene buvuza ubuhuha cg kubona akazi arindyankurye. Ubundi umuntu warusha abanyarwanda kwangana ninde. Noneho ko twangana tunahuje amaraso. Njyewe yego haribyo avuga biribyo, Gusa ushaka arashibora, rero two years simyinshi yo kumvako wagezeyo pe!
@mukashimwefrancine3902
3 жыл бұрын
Umva ndashaka ko wampa numero yawe tukiganirira ukampa amakuru thanks
Abantu baba Iburayi ntimukirarire ubuzima bwaho buragoye kbs
Aba Racist ntaho bataba niwacu africa banza ufungure amaso urebe. Uhere S.A ugeze Marrok Cg uzarebe iyo imuzungu ari murda bamufata. Niko Nature yaremwe mukure imiteto aho. Cg urugero urufatire kumoko yinyamanswa.
@ingabiresaid999
5 жыл бұрын
😂😂😂😂aba raciste ba mbere ahubwo ni twebwe abanyafrica maze kubibona
@francoisniyitegeka7341
5 жыл бұрын
@@ingabiresaid999 Ja Am with u
@adelaidemukasi478
5 жыл бұрын
Ikigora ni intégration iyo umaze kumenya ururimi ntakiba gisigaye ururimi ni urufunguzo.
@bridgeofpeace5697
5 жыл бұрын
sindarenga u Rwanda ariko nzi racism icyaricyo ......hahahhh
Bro uzagaruke nayo mashuri yawe uvuga uyarate hano mu rwanda njye maze imyaka 6 ndangije amashuri yewe niyo university nayigezemo still now ndi umushomeri kereka uwanyigereza muri American ngo nihigire kahave
@uwayezumariegrace7729
3 жыл бұрын
Wabuze ako gukoropa mu Rwanda? Gusa itandukaniro nuko nka America ukoropa na nyiri bank barya bimwe😄
Nzagushima udasubiyeyo! Finland ubamo ubanza itaba iburayi pe! Wowe uri babandi bakira bakishimira ko benewabo bakena kugira ngo babe ibitangaza mu miryango yabo. Nta muntu nzi waje i burayi ngo yicuze keretse injiji itazi iyo iva n’iyo ijya. Icyampa tukicarana ibyo uvuga nkakubaza ibibazo, waseba cyane. Rekera aho kubeshya abanyarwanda.
@semutochristine688
5 жыл бұрын
Ibyo byo ari kubabeshya pe kubaroga
Ururimi nibyo rwose, n iwacu mu Rwanda niko byakagenze. Gusa turacyakeneye abanyamahanga, so turakemera abakora iwacu batanazi Ikinyarwanda
Ariko ukoropye ukabona ticket yo kujya gusura family ibyo ni bibi ?
@ino2k50
5 жыл бұрын
😂😂😂😂
@clemencemukesha2676
5 жыл бұрын
Sibyo se
@3mtvdignite565
5 жыл бұрын
Ngo ni uko iwabo bagiraga ababoyi 😄 mu Rwanda ni utagira akazi gafatika agira umuboyi ,si Finland yonyine ncuti yanjye ndumva ari ibihugu byinshi muri Europe ,ariko aho kudasuhuza abanyeshuri byo ndumva Finland ari hatari ,nibyo koko ukorana ni abantu imyaka myinshi ariko mwahurira muri supermarkt markt , ukagirango ntimuziranye ,i burayi haba irungu kbs 😭 gusa uko imyaka ishira natwe abirabura tubaho nkabo ndavuga kwibana ,sha uyu muhungu niwe uvuze ibiri byo by imibereho y iburayi Finland ariko yo noneho irampamije , ibintu byo kuyoba sha umvugiye ibintu 🤔🤔
@jamboafrica2234
5 жыл бұрын
@@3mtvdignite565 Sha ubuzima byimahanga abantu nibanyamwigendaho gusa
@bestfunnytiktokvideo1998
5 жыл бұрын
Jane Hope njye nahakundiye ko ntababoyi bahaba 🤣🤣🤣🤣 kuko iyo uvuye mu rda warufite umukozi biraguca ugashyira ubwenge kugihe 💃💃💃
Wa mugabowe ntukabeshye rwose wifata ubuzima bwawe ngo ubusanishe nubwabandi ngo ntiwasagura 😳 gutese byumvikaneko wahageze uri kumutwe wumugore wagutumyeho ikindi kwiga uyo wize utabeshya baguha amahirwe menshi ya exam wa kora ukinjira muri kaminuza ukiga nkabandi ese ubundi ugiye gukoropa ukabona amafranga bitwaye iki?uyuzubwenjye uzi icyakuzanye birihuta ahubwo wowe ntakigenda icyuzi nurugambo gusa cy wararongowe nyine iburayi iyuhaba ufite ibyangobwa bikwemerera kuhaba uba ufite ubuzima bwiza ahubwo umugore wagutwaye aragowe ibisobanuro byawe nibyumusongarere cy ntiwakandagiye mwishyuri niyo mpamvu byagucanze umuntu utagira akazi fenerande yagura inzu irwanda kandi yariye
@3mtvdignite565
5 жыл бұрын
En tous cas kugura inzu mu Rwanda nta kigoye kirimo
@msan4591
5 жыл бұрын
Baba bagirango abandi batajya mumahanga
@santv5700
5 жыл бұрын
Umubyije ukuri pe .😄 avugishe ukuri kandi twige kunyurwa kuko byose sibyaba biza nkuko tubishaka.
@jacquelinesibomana2551
3 ай бұрын
Mube mureka kwiyemera ivyashikiye namwe mugishikayo mubivuge
Ubwo urahaze, wagiye nabi uzajye ahandi hataraho wagiye mbere, ubuzima buraryoshye gusa ntitwakwibagirwa iwacu, ariko ugereranyije tubayeho neza gusumba umuntu wumuturage wiwacu, kuko umuturage abayeho nabi nicyo cyatumye tujya hanze hanze gushaka aho bwacya 2
Ntamikino wangu, urwanda niburayi wangu ni muri paradizo , u Rwanda 😍😍😍
@esperancemujawiyera7986
5 жыл бұрын
Ntamakuru ufite !!!!!!
@roroanne6520
5 жыл бұрын
Murwanda ni heza ariko opportunity ziba iburayi ntuwazigereranya nurwanda, hanze kubona akazi nokwiga biroroshye kdi akazi kose karubahwa ariko murwanda hari nabarangije masters ariko babuze akazi
@justinemumu303
3 жыл бұрын
Uri njiji.
Wowe na mucoma nimwe maze kubona bambere bibigoryi orginal murwanda no muri easter Africa. First of all reba GDP per capital ya finiland ugereranye niyurwanda. Icyakabiri mwagiyeyo atarinzozi zanyu bibagwiririye mwagiye muri zero francs none muhora mukirere mukurahe amafaranga yo kwishyura indege? Ikindi mwakwihamiye iwanyu niba mutarahakunze .ngewe birambabaza cyane aho nabonye mutera abandi imbaraga ngo mubabwire ugo system de vie zahandi uko zubatse kd zikorera abanyagihugu cyabo mukadushuka gusa. Wowe ubayeho uri impunzi kd dore umeze neza kd uri umuturage wohasi ubuse umuturage wohasi muri Africa tuyobewe kwarya rimwe muminsi ibiri mujye mumenya ibyo murimo kd ibyo mushaka kd kuko abazibyobarimo baranezerewe. Ivuge wowegusa abandi baratengamaye.
Wabyihoreye Koko !wibaza ibyaguhuruje Sha amahanga nukumenya kuba nyamwigendaho wagiye se muri m3 usize umwana bahamagara police ushobora kumara imyaka nimyaka utaramenya umuturanyi,akarwara agapfa muturanye ubimenya ko Hari ikibazo ubona police na ambulance,njye icyambabaje akana kamwe karirutse kikubita hasi imbere yanjye ngiye kumuhagurutsa nyina yarandashye bati hano si uko,kumira akana kakureba kumwe uba ubona kagize ubusambo ngo musangire baguhitana ntibyoroshye ababantu bateye nabi reka baduteranye ntabumuntu bafite
Arabeshya kbs natwe turahaba gusa ibyo arikuvuga byose nukubeshya kuko burimuntu hano abona amafranga ari gusebya gusa . None c ticket nimishinga yomurwanda amafranga yayakuyeho avugishye ukuri ubuzima buratandukanye kandi namwe murabibona ko atameze nkuko yarameze mbere😊 kuko kino gihugu kiri mubihugu bifata neza abaturage .
@3mtvdignite565
5 жыл бұрын
Ariko rero yavuze ko fr ahari ariko ubuzima buhenze ,mu byo numvise yavuze njyewe ntabwo numvise icyintu yabeshye ni ukuri
@lovatouwase9283
5 жыл бұрын
Hoya ngo amaze 2 ans donc aracyari umururu najye Maze iriyamyaka ntumvaga manze
@vugatvonline8340
5 жыл бұрын
Ntabwo abeshya nawe kubivuga ubwo umaze yo igihe kuko iyo umaze yo igihe uba umajije kuhamenyera ndetse nokubona wenda akazi
@santv5700
5 жыл бұрын
@@3mtvdignite565 none c uremerako ukora wabura ayuzigama ese abandakora bo ntibabaho ese ntibazigama? None c kwatavuze ubufasha abadakora bahabwa? Tujye tuvuga ibibi tuvuge nibyiza plz
@3mtvdignite565
5 жыл бұрын
@@santv5700 nsanze hari ibyo ntemeranya nawe ,wenda urugo rwe ntiruzigama rufite abaruguriza iyo impanuka ije , cyeretse Sans abris nizo zitazigama ,🤔
😂😂😂😂! Bimbwire iki? Njye ahubwo ibyo nibyo nkunda wansuhuza utansuhuza ibyo ntibiba bindeba uretse ko njye aho ntuye bavugavuga mba numva nabarambiwe😅😅😅 bansakuriza uko ntivanga mu mibereho ya bandi niko mbanshakako abantu nubundi bamenya ibyabo nanjye nkamenya ibyanjye😂😂😂Sorry kbs
Genda sha uhende abandi munganya ivyiyumviro.muri finland wabonye umwana waho arwaye bwaki?wabonye mayibobo urara mu muferegi ku muhanda?ubu uje mu rwanda umwana wawe akiga mu rwanda nta mahirwe waba umutesheje?wari wabona umu finnois arwara ntavuzwe?ikigoryi gusa.Waronse ibiringaniye nuko gutekereza kwawe kungana
Kuki mutagaruka mu rda niba ibyo bihugu ari bibi.Ntumukajye mubeshya abantu icyo nemera harimo ibintu bitari byiza nkuko no mu rda harimo ibintu bitari byiza ka mashyari namarozi
@esperence4656
3 жыл бұрын
wewe turajana kuki baza akongera bagasubirayo baba basubiyeyo gukora iki? Kuri Iyisi ntaho wobona heza 100% uruhande rumwe haba ari heza urundi arihabi.
@niyonkinzoniyonkinzo4095
3 жыл бұрын
Barababesha kugira mugumaho.kuki bajayo.
@blandineineza8449
3 жыл бұрын
@@niyonkinzoniyonkinzo4095 nyewe sinkunda ukuntu bahabura abantu sinzi uko mubindi bihugu hameze ariko ahomba iyo ukoze,ukagira displine ikindi ukabasha ku managinga stress zo mubihugu byateye imbere n irungu ryaho ubuzima bugenda neza .
@esperence4656
3 жыл бұрын
Muncamake abavuga hanze ko ari habi ni abanebwe batazi gukora kuko bahora bashaka kugera kuri vyinshi vyiza kandi ntibashake gukora bakiyongeramwo irungu bagatangira gusevya igihugu.
@blandineineza8449
3 жыл бұрын
@@esperence4656 urumva bino bihugu biba bitandukanye nibyo twavuyemo cg twavukiyemo uba ugiye gutangira à zero.iyo rero uhagurutse uva iwanyu ntumenye ikikujyanye ngo umenye nicyo uricyo mugihugu cyabandi ibintu biragukomerana.ikindi uba ugomba gukurikiza amategeko n amabwiriza uhazanze.niba badasuhuzanya ubwo nyine nibyo uzajya usuhuzanya wasubiye iwanyu ariko ibyo ntibyatuma ubwira abatarahaza ngo Ni habi.usibye nigihugu niyo ugiye gusura abantu ndavuga Mu gihugu cyiwanyu ukarara haragutonda nkanswe igihugu kindi.
Ntimugatere abantu isereri muza kubiryaho kuma micro,Taha ureke Finland cyane ko ntawakuzirikiye kugumayo
Haaàaaa Wariziko ujyiye kuyoragura amahera nkibibabi bihunguka . Nonese nibwo bameze gutsyo ubona hari umutima mubi babikorana, impamvu byakugoye nuko utijyeze wichisha bugufi ,Ko mubona abazungu iyo baje iwanyu bicara hasi kujyirango baterekanako bashoboye .nonese ukoze akazikose ukora ugakemura ibibazo byawe ntusabirize ,akazi kabi gahesha akeza, kutavuzeko iyo bakora bakorana umwete muribyose
Ikibi avuze Niki? Aradushishikariza gukunda u Rwanda nkigihugu cyacu, ndumva niba mudakunda uRwanda nimugende namwe. Mbega abapagani!¡!!!
80% wibyo wavuze, ni imico myiza inanira abantu. Gutwara wasinze, kurwana, ...nyine baragufunga...ariko didi Fine ho ndumva bikabije cyane cyane irungu. Ariko urashyira ukabona inshuti, Ishuli,akazi,....1,2 baba bahagije. Nubundi abantu sibeza
Ark se koko utatuveshye nuwaba atahazi we ntiyabibona ko ibyo uvuga haribitaribyo ubwo kumyaka 2 gusa umaze kumenya ibyo byose natwe kumyaka 9 ko tutakwivuga wese ubwo ubwenge ntibwaguha ukagira ibyo wibikira utavuze yose yewe icyakubwira ko ntanigihugu cyimeze nka Finlande cyiri mumutekano nigihugu cyambere cyiri turvallinen abo barasism uvuga ubwo niwowe wenyine ubabona usubize amaso inyuma pe ibyo uvuga ntago bisobanutse🙄🤔
Rwose ni uko bimeze, byose yabivuze pe.Thx
Erega muri Yesu niho huzuye, ark kd niba ahantu uhahahira bigakunda ntacyo bitwaye
IBINTU BYOSE URABIVUZE PE 👍👍👍 KO NO MURI SUPERMARKET HAKOROPA UWABYIZE, BAGAKOROPA ABANTU BAHAHA BACAHO KANDI HAGACYA
Ubuzima bwo mu rwanda ntabwo wabugereranya nu bwi buraya ugamba gukora nka bazingu
Nukuri nabeshye ibyinshi avuze niko bihagaze
@nickibarbie3892
4 жыл бұрын
Byishi nibyo stage ntibahemba kandi hano uhaje urumunebwe nyene harakunanira bisaba uvane amaboko mumpuzu
@justinemumu303
3 жыл бұрын
Wibeshye ibihigu .integration.
Sha Finiland ko arigihugu cyaka2 kuba kiza kko nyuma ya Norwegian ubwox twabyemera? Cyokora icyo mpamya nukubutazi ikirimi cyabo nihatari pe
Ndifuza kuzahura bawe nigera murwanda
Nkurikije ibyo wavuze ugume mu Rwanda hanyuma madame age akoherereza 200€ buri kwezi unezerwe😂😂😂😂
Urakoze habwa umugisha kubwo kutubwiza ukuri
@mutonivlog
5 жыл бұрын
Murindabigwi Samuel uku sukuri kuko yaje akurikiye umugure watumye acamuribi
@murindabigwisamuel4893
5 жыл бұрын
@@mutonivlog ntakundinyine ntamahoro yuzuye arimwisi mpaka tugeze mwijuru kdi Mutoni Thx kunsobanurira
@Hotpotandtee
5 жыл бұрын
Mutoni Sarah Yeah urakoze kuvuga ukonguko, gusa nyine wowe ufite uko waje kandi wasanga nawe arugutinya kuvuga uko bimeze bitameze neza, ahubwo ukobiri nawe arabivuga, ababitinyase nkamwe mwese, munjye mureka abantu bavuge ubyabo nkuko biri.
Uzaze CANADA, aho wagiye ndumva warakamye ikimasa, gusa ntuzaze ushaka kuba umupolice, nuba ushaka igipolice uzigumire aho murwanda wowe ndumva atari inzara yakuvanye aho numurungwe warugukuye aho
All right~ Diaspora imaze kumenyekana. Ibyiza birahari.. Ariko imbogamizi ni nyiiinshiii
Ariko murivyishi wamvuze wabeshe ibibihugu iyo wituye ubuyobozi buragufasha cyanee urumubeshituu
@maylaburundiantv9519
Жыл бұрын
Tubwire nawe ukuri ko wumva yabeshe
agahinda kararenze ubuse nzongera ntekereze kujya hanze ya afrika aba batukana babuze tick ibagarura ok niyompanvu mpamagara oncle ngo nampe kubicheri ntansubize byiza kuvugisha ukuri courager dukunde afrika kurusha ahandi
Jewe mba canada ivyo uvuga nukuri cane iwacu niho heza
Sha njyewe IRUNGU IRANKUBITA NKIBURA
Urabeshye cyane ngo umusoro barawutwara iyo wakoze amasaha arejyeje muringo 40 mucyumwelu niho baca tax nyishi kandi nayo baraysgusubiza kumpera yumwaka, wagorutse iwanyu niba ataribyiza urirata nuko wajyiyeyo ushaka kuba ministry utarabyijyiye ,jyakwiha niba ushaka kubaho byoroshye .
Ntago waba umupolisi utarahavukiye? Birakaze pe!!! Gusa icyo wakora cyose niba kigutunga, ugasagura. Nisawa. Ubundi washaka agapapuro kaho ukabasha gukora ibindi...
Sha warahuye
Hari ibiribyo ariko nkawe kuko ukiri mushya ugirango twese niko tubayeho hanze biragora cyane iyo utaramenyera ! Muri 2 ans umaze urumva wahita ubona iki cyaho! Ntanuwicwa ni inzara nkuko ubivuga kdi uracyari mushya ntabwo ukwiye kwibwirako twese ariko tubayeho
@semutochristine688
5 жыл бұрын
Ariko se wamugani imyaka 2 gusa amazeyo arashaka ngo abe iki? Ahubgo se burya ni ururimi se araruvuga da kuko ubanza kwiga ururimi rwaho. Uri mushya rwose ihangane wige ubundi ubuzima ni bgiza da ntiwabugereranya ni KGLI da.
Nta cyo abeshya pe! N'iyo umuturanyi apfuye ubona basohotse bagiye guhamba cg kubatwika bitewe n'ibyo aba yarahisemo mbere y'uko apfa.
yewe urasekeje rwose nibac byagucanze watashye nako urahari ntuzasubireyo,urumvara ntitwanga iwacu murwandape ariko turabiziko ubuzima bwaho butugora niyompamvu ducaho twabona ubuzima tukagaruka,ndinkawe rero nazana umuryango maze nkabaho ntuje
Myamara uyu musore ashobora kuba avuga ukuri,Hari muvandimwe ubu UK muri 2007 yigeze kubwira ibisa neza nibyo uyu avuze kabiisa
@remesha
3 жыл бұрын
Oya ivyavuze ntibingana nibiri muri UK ahoho biranze. Ego iburayi habari mind your business ariko hagukenera muri africa wokenera iburayi kuko nakokazi hiyo muvugako arikabi ino karagutunga
Icyo nakubonyeho utinya akazi, ninde wakubeshye ko eurpe ari mwijuru? Ugomba gukoresha umutwe nikibuno iburayi barakora ntabwo arikuhifotoreza cg kuhitera izuba. Ngaho hita ureka gusubira.
Huuu nibwo waryama mumuvure w'umutobe ntiwahaga utanyweye ku isi hose umuntu yatera Imbere uhubwo Biterwa no mumutwe w'umuntu ,i iburayi turahabaye kdi ntakibazo kidasanzwe mbona Rwose arko itagira intego nubwo wamutuza muri paradizo ntiyatera imbere
Niba bahamagara polisi kubera bumvise nkumwana arira bidasanzwe, ibyo nisawa. Harabana barengana, abantu bicana...na Rwanda nibyo badushishikariza
Nyene utaramenyera biragora ,ntavyogukwegana ngo abaturanyi ivyonivyo murwanda
Uyu mutype aradupfunyikiye imyaka ibiri abonye uko agaruka aje kwe joyinga nonese arimo kururangira
That's truth guys
Uvuze ukuli, even in USA it is the same
Wowe se Uruwahe ahubwo 😂😂😂
@kglnews2176
5 жыл бұрын
Desange Mwamini hhhhhhhh ko umuseka? Ngaho mubwire wowe ibyo wagezeho nimyaka umazeyo? Nimujya museka abandi mujye mubanza mwirebe 😂😂😂
ISIMBI TV uyu mutipe yavuze ukuri kubijyanye na Finland mbese iyo niyo experience ye muri Finland. Naho uwo wundi wavuze ko Finland ari nka paradizo nukuvuga ngo we yarahageze biramuhira ahita yi adapta kumuco climat nibindi kuburyo bworoshye. Naho Dupaul we buriya yahuye nicyo bita culture shock akigera Finland.
Sha uzoze Canada.
Finland iri mubihugu byambere bikize ahubwo wowe urikigwari niyo mpamvu wenda life yakunaniye😂
@mutonivlog
5 жыл бұрын
Desange Mwamini nibyo warye
@Hotpotandtee
5 жыл бұрын
Desange mwamini Wowe itananiye wageze kuki, wanasanga kandi ucyiga ururimi nawe rwarakunaniye ahubwo warahageze uriyakira kuko ntabindi wakora, stop kuvuga ibyo mutazi kabisa kandi munjye muvugisha ukuri.
@kglnews2176
5 жыл бұрын
Harya wowe wageze KuKi? Ururimi wararumenye? Nshuti ntugaseke abandi kuko nawe hari abaguseka😫 harya Tampere uba wageze KuKi? Ufite ammatti? Ufite c nibura imico myiza? Ufite harya iki? Nihitiraga 😂👌🏾😂😂
yeah imico yabantu iratandukanye muri rusange, nanjye nkunda uburyo babaho , kuko burya ntibibabuza kugira incuti ! ark nyine umuntu agomba kubyakira kuko utabyakiriye ntiwahaba. mu Rwanda rero hari igihe wibwira ko abantu bagukunda kandi ari uburyarya....
@kwizerayvonne1950
5 жыл бұрын
sawa sha
Birakaze bro ❤
Ubundi Africa ni iyambere, utikanga intambara, ufite agafaranga .. Rwanda niyambere
Canada je suis bien. Mureke gusebanya. Kandi mazeyo 17 ans.
@mukemwema
5 жыл бұрын
Ma belle ici aussi il y a de systèmes comme ça. c'est juste eu il cachent . il montre pas. Il y a des métiers que tu peux pas trouver un noir .exemple vent dans le grand hôpital montrez-moi 3 docteur noir. Les Noirs c'est juste des préposés bénéficiaires des infirmières. Et des autres métiers mais de bons mais tiens jamais.
@ingabirerosine6741
5 жыл бұрын
Nibe namwe mubona izo occupation zikanabeshaho,twe c ko uniga nizo za kaminuza n indimi eshatu zose uzizi ukabura aho ubidepoza
@kwizerayvonne1950
5 жыл бұрын
ego sha nibareke gusebanya . none muvuye za afrika hama ntimwige mukibaza ko Ayo ma diplome yacu ntibayemera , mutize ivyaha ntakazi abazi baguha . je nahereye aha vyose zero gushika za kaminuza aha , UbU ndakora . iburaya rero mushaka kuhafata nka afrika , oya nagato , ni diplome yahabo ikora , ntaco muba mushikuza rero
@bjc2811
5 жыл бұрын
Niba umeze bon sukuma dorars
Thx
Ntagikoropa imyaka 3 ,ndumva fenalande arigihugu kibi
@uwayezumariegrace7729
3 жыл бұрын
Sha mumahanga, wamara nimyaka 100 ukoropa, cy ukora imyenda kumera nkabyi. Gusa biragutunga, ugatera imbere kandi nicyo cya mbere. Ariko iyo ushatse agapapuro(diolome, certificate) ubasha gukora ibindi.....no my Rwanda ndumva ariho tugeze. Abana bararangiza university bakajya gukora ubuyede,...mbere yo gukora akazi keza...cyangwa bagahitamo gushomera. Itandukaniro nuko yenda mu Rwanda bitapfa kugutunga....
Non wagomba ukore mwijiru??,cank wagomba ukore akazi utigiye??.Nomuri kenya iyugiye mumpangu gupanga inzu habaho amasezeranoko utazigera urenga kumategeko yurupango ntamuntu yemerewe gusakuriza abandi baturanyi.
Ehhh aho birakaze usa hano yego naho sishyashya arko amerika burya nigihugu cyateyimbere muri byose hano kubumusirikare cg umupolisi ahobigoranye nugukora muri white house ibindi bareba ubushobozi
Uyu musore rwose yavuze make ko ataramenyera amahanga! Imyaka 2 ni mike cyane cyane uba utari intégra ntanicyo uba uzi by the way
@blessingsjolam8162
3 жыл бұрын
Amahanga aragoye cyane Turayazi Vyose urimenya.
Uyu mutype niwe uvuze ukuri kwino 100/100. Sha na hano ni kimwe neza gusa ibyo byuko umuturanyi yumva ufunguye urugi nawe yari agiye gusohoka akareka ukabanza ukagenda no mu Rwanda ni kimwe ntuzi umuttu zuhura se agahagarara ukabanza ukarenga?
@fabrice5610
5 жыл бұрын
Urakabyara iyo mubona nkamuha inka ikibazo dufite nimumutwe imahanga harahanda ntabwo yabeshye kuba mumahanga utiga amashuri nigake ugira icyo ugeraho kidasanzwe iwanyu naho mumahanga ho ntanakimwe wageraho gusa uko abantu biyakira Sikimwe
Bro ivuze kuri cyane nibyo
Reka kubeshya abantu wangu. Kura amaboko mu mufuka ukore ureke imiteto.
@munyanadenyse3718
Жыл бұрын
ibyavuga nukuripe
@gitoridaniel6753
Жыл бұрын
Niko kuri iburaya ntabwo horoshe pe
Kuki uterekanye diplome y'amashuli ngo baguhe akazi ushaka??Ibyo uvuga birakugaragaza ko uli idebe...Murumva uko agereranya ubuzima bw'i bulayi no muli Afrika ??
C est vrai hari ni byiza nka mashuli ya abana utariha. Kwivuza no kurya. Suetout nkumuntu icRwanda atabasha kurya mayonaise nu umugati witeka na frites confiture aho ni sawa. Aliko obiryo byiwanyu biruta byose. Ni kuba gusa ku izuba. Uwo mugabo ibyo yavuze ni ukuri benshi bahisha ubuzima babamo naho batuye.
Avuze akantu keza pe: hari abakire bajyana abana babo muri Africa ngo bige ubuzima, ariko nukuli harabigira ubuzima mumahanga peee. Amahanga arahanda wa
Aliko sabin nawe ujijutse koko wemera ibyo bakubwira byose harabantu batazi gushaka ubuzima batize badashoboye nibo baza kuvuga ubusa iyo uli inkandagira nuko nyine mujye mureka kubeshya wana
Mugabo we uzajye utandukanya ibihugu byamaze guterimbere nibikiri munzira y'iterambere ahongaho uribeshye
@3mtvdignite565
5 жыл бұрын
Ntakugereranya guhari aracyari mushya ntimumurenganye ariko pe 🙊
@semutochristine688
5 жыл бұрын
@@3mtvdignite565 nibyo.2 ans ni mike cyane
Ibyo wavuze ni nukuri solitude ni yose i burayi ni mbeho nyinshi cyane surtout Finlande ubyuka bwije ugataha bwije ntarumuri rubaho cyeretse amezi 2 gusa ya été. Urakira ukabona amafaranga. Ariko yose agashira mukuriha inzu nazindi factures. Nta economie ugira i burayi cyangwa muri america batagura na mutuelle. Benshi bapfira munzu
Ariko ibyo yabuze nibyo peeeee 💯
Usanga batwidogera ngo ntamahera tubaha
Konumva bitandukanye niwacu USA
@eddyfightmanzi2502
5 жыл бұрын
Cyakoze bro icyo nkundira usa 🇺🇸 nta racism ihaba umwimukira numwenee guhugu bafatwakimwe mugahembwa kimwe iyo mukora akazi kamwe finland 🇫🇮 ndahatinye pe sahantu nukuri pe
@Makhanika
5 жыл бұрын
@@eddyfightmanzi2502 ibyuvuga nukuri kbs ubaho uko ushaka ntawukwitambitse!