"Gutakaza ubuzima uri mu Gisirikare ni ubutwari" - Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, ibi yabitangaje mu ijambo rye nyuma yo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda ba Ofisiye 624 abaha ipeti rya Sous-Lieutenant. Perezida Kagame yasabye aba ofisiye bashya kwanga agasuzuguro, ubugwari n’ububwa ahubwo bakaba bapfira ukuri. Ati “Ugapfira agaciro ubuzima bwawe ukwiriye kuba ubuha. Ibyo navuga nkwiye gusubiramo, ubazanaho intambara, akabyicuza.”
Camera & Editing: Richard Kwizera

Пікірлер: 6

  • @MbabaziVestine-zu8ki
    @MbabaziVestine-zu8kiАй бұрын

    Murakabaho nkwari zigihugu cyu Rwanda uwiteka abarinde Mbifurije kurinda neza igihugu cyanure kandi cg, cu turikumwe ngayo nguko ❤❤❤❤❤❤❤ ndabakunda pe ngabo zigihugu cyatubyaye ndabashimiye pe muharanire ubumwe bwigihugu cyacu uwiteka abarinde bye

  • @ngabozizaserestin2048
    @ngabozizaserestin2048Ай бұрын

    Turashimira imana yu rwanda yaduhaye prezda kagame Paul komeza imbere

  • @mupenzirafiki4952
    @mupenzirafiki4952Ай бұрын

    RDF Songa Mbeleee

  • @gatawe
    @gataweАй бұрын

    kagame

  • @colours4301
    @colours4301Ай бұрын

    get rid of the sword, its not an african thing

  • @KamanziFred-nl3jz
    @KamanziFred-nl3jzАй бұрын

    Nyakuwawa perezida kongunda igisirikare wazasizemo ngajandinda igihugu cangi nukuri ndagukunda nyakubawa urakoze

Келесі