"Gutakaza ubuzima uri mu Gisirikare ni ubutwari" - Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, ibi yabitangaje mu ijambo rye nyuma yo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda ba Ofisiye 624 abaha ipeti rya Sous-Lieutenant. Perezida Kagame yasabye aba ofisiye bashya kwanga agasuzuguro, ubugwari n’ububwa ahubwo bakaba bapfira ukuri. Ati “Ugapfira agaciro ubuzima bwawe ukwiriye kuba ubuha. Ibyo navuga nkwiye gusubiramo, ubazanaho intambara, akabyicuza.”
Camera & Editing: Richard Kwizera
Пікірлер: 6
Murakabaho nkwari zigihugu cyu Rwanda uwiteka abarinde Mbifurije kurinda neza igihugu cyanure kandi cg, cu turikumwe ngayo nguko ❤❤❤❤❤❤❤ ndabakunda pe ngabo zigihugu cyatubyaye ndabashimiye pe muharanire ubumwe bwigihugu cyacu uwiteka abarinde bye
Turashimira imana yu rwanda yaduhaye prezda kagame Paul komeza imbere
RDF Songa Mbeleee
kagame
get rid of the sword, its not an african thing
Nyakuwawa perezida kongunda igisirikare wazasizemo ngajandinda igihugu cangi nukuri ndagukunda nyakubawa urakoze