GATANYA - KUGABANA IMITUNGO BITEJE IMPAKA - ICYO BAVUGA KUGUSHYINGIRA ABAFITE IMYAKA 18

#rwanda #kigali #afrimaxtv
*Uyu mushinga w'itegeko wagejejwe ku Nteko rusange y'Abadepite, ugomba kuganirwaho muri Komisiyo ukanozwa, Aabadepite bakaziba ibyuho byose
*Uyu mushinga uha inshingano ushinzwe irangamimerere mu Karere kwemeza impamvu zitumye umukobwa, cyangwa umusore agiye gukora ubukwe afite imyaka 18, kuko itegeko ryemera imyaka 21.
*Kugana imitungo, abashakanye iyo basinye ivangamutungo bagabana habazwe imitungo yabo, n'imyenda bafite, itegeko rigena ko imirimo idahemberwa yagenewe 10%, ariko umucamanza ngo ni we uzagena agaciro nyako.

Пікірлер: 77

  • @GapIce
    @GapIce3 ай бұрын

    Gatanya cyanee cyanee izidafitiwe impamvu zirahari pee nikurweho peee nuzajya ayisaba abihanirwe

  • @mukeshimanaphocas4813
    @mukeshimanaphocas48133 ай бұрын

    Courage ba honourable keep harababikozemo business uwari Chr agahinduka umusazi amubwirango icyo naskakaga narakibonye, ahubwo mwari mwaratinze thanks thanks

  • @fulgencekandekwe4649
    @fulgencekandekwe46494 ай бұрын

    Urugo rwari project y'Imana. None ni project yo ba nyirabazayire n'basupikazii na afande na bagitifu 😢. Mwagiye kubaka izanyu mukaduha urugero rwiza

  • @twizeyimanaj.damascene1269
    @twizeyimanaj.damascene12694 ай бұрын

    Yego rwose, Gushakana Umugisha ikiremwa muntu cyagenewe n'Imana bihindutse ikibazo, kubera itegeko 50/50 riha ibyuho ibisambo n'abatekamutwe bishyingirwa kandi atariyo ntego Ahubwo intego Ari iriya 50/50, akaba ariyo Gatanya zabaye indengakamere!

  • @mugishaalexandre3542
    @mugishaalexandre35424 ай бұрын

    Mushake n'umuti w'abajura, mutore itegeko ry'ihariye rigena uzajya afatirwa mubujura buciye icyuho

  • @franciskarangwa6554
    @franciskarangwa65544 ай бұрын

    Ibi bintu bikwiye gushyirwa muri referendum abaturage bose bagatanga ibitecyerezo >> this is a big big deal > otherwise marriage is like a business deal!!

  • @Muhaburaa
    @Muhaburaa4 ай бұрын

    Umuryango nyarwanda urimumanegeka

  • @user-mt4bi9kz5w
    @user-mt4bi9kz5w2 ай бұрын

    Turasaba ko gatanya yajya iba vuba knd ikabera kumurenge

  • @nkunzumuremyiphilemon9032
    @nkunzumuremyiphilemon90323 ай бұрын

    gatanya bwanjye bayitanya ntamananiza kuko iyo abantu bakuru yageze munkiko biba byarangiye

  • @SibomanaVerien
    @SibomanaVerien3 ай бұрын

    Yeweee,ibi si iby'i Rwanda pe.

  • @GapIce
    @GapIce3 ай бұрын

    Icyadufasha nidushyingire ababishaka ariko imitungo kiveho buri wese ajye akora yiyandikaho ibye icyo kuvanga imitungo kiveho abanye bumvikane ishingano zurugo rwabo utazubahirije abe yabibazwa icyo gihe unaniwe kwihanganira undi aceho ajyane nibye itegeko ribategeke icyo bagomba abana ariko imitungo yabashakanye ivangurwe bagishakana ikindi uwasabye gatanya yanayihawe itegeko rigene no gukurikiranwa nyuma kuko usanga nyuma habaho kugaragara kuwarenganye kwigamba no gushakana nuwateje iyo gatanya.

  • @niwemushaijaboscoh8730
    @niwemushaijaboscoh87304 ай бұрын

    Ariko gushakana bibaye ikibazo peee, in our caltural values - birababaje

  • @MuhireFilspierre-qz8jx
    @MuhireFilspierre-qz8jx3 ай бұрын

    ewana nibyiza pe arko nihibarwe mugureba GDP ariko contribution 10% ninkeya kumugore pe yaba asubijwe in Yuma cyane kucyo tumva nibakore hanyuma kubyo babobona barikugeraho bongere kubwimvikane bwabo baze bongere bandikije ibyo bangezeho hakurikije ibyinje ndetse nuko byinjiye nuko tubizi .

  • @mugiranezaalphonse4955
    @mugiranezaalphonse49553 ай бұрын

    Erega mbona buriya gushyingiranwa mu kiha igihe cyo kubana kdi hakagaragazwa ibyo umuntu yarafite aribyo pe!!

  • @thierryartspace
    @thierryartspace4 ай бұрын

    Ibi birababaje bongere imyaka yo gushaka nibura 25,

  • @UMUSEKETV
    @UMUSEKETV4 ай бұрын

    Wowe urabyumva ute? Urumva ari nde wakwemeza impamvu abantu bashaka gushyingirwa bafite imyaka 18?

  • @user-rr4ht6cd7r
    @user-rr4ht6cd7r3 ай бұрын

    Byabayeho njyewe umugore yatayurugo ajyagushaka undimugabo abonyeko atwite yagiyegushaka Divoruse(gatanya) umucamanza mugusoma urubanza yategesteko umutungo dufite tuwugurisha tukagabana50-50 yibagirwako dufite abana2 Esubwo abobana bobazabaho gute?

  • @Rurema8880
    @Rurema88804 ай бұрын

    Kubwanjye numva habaho itegeko ryo kudatana kuko baba bariyemeje kubana akaramata rero itegeko rya gatanya riveho mbere yo gusezerana kubana bajye bigishwa ko ntawemerewe kwaka gatanya nibwo bizakunda no kwicana kwabashakanye bizahita bishira burundu kuko ntagatanya izaba igihari

  • @pierrineineza3165
    @pierrineineza31654 ай бұрын

    Imitungo niyo ihabwa agaciro kurusha umugore

  • @mugishaalexandre3542
    @mugishaalexandre35424 ай бұрын

    naho gushaka abagore barenze umwe kubabyifuza?

  • @nolanmckain2061

    @nolanmckain2061

    4 ай бұрын

    Wakwemera ko umugore wawe agira abandi bagabo?

  • @akalizainezarayce3537

    @akalizainezarayce3537

    4 ай бұрын

    Uwo ufite uramuhagije? Ubwo babyigeho bagusubize kndi ntibibagiwe ko n'uwomugore abagabo nibura 3 batazamugwa nabi😂😂😂😂😂 umunsi mwaza brother Salomon

  • @nteziyaremyefrederic8727

    @nteziyaremyefrederic8727

    3 ай бұрын

    Gushakana ubanza bigiye guhagarara ubundi umuntu akazajya arongorana n 'uwobahuye wese bitewe nicyo bumvikanye ​@@akalizainezarayce3537

  • @user-cf1um6be4z
    @user-cf1um6be4z4 ай бұрын

    Udukobwa two mu Rwanda twabigize Akazi nimudafatira hafi bazanicana kuko ntamukobwa ucyubaka ngwamare imyaka 3 akirurimo iyo rurimo umutungo

  • @bronzestudiocompanyltd
    @bronzestudiocompanyltd3 ай бұрын

    Muzige nuburyo bwo gutanga gatanya hatabayemo gutinda kuberako havamo no kwicana

  • @umukunda2507
    @umukunda25074 ай бұрын

    Ese abantu basezeranye gusa nkumu gabo numugore byemewe na mategeko gusa, ubundi imitungo hakabaho kuba ari ubushake ko umugabo cg umugore yakwandika kumutungo ye umufasha we ahubwo mugu tandukana bagaha ukuri umu gabo/gore kwe kubyo bari bagezeho nyuma yokubana ikindi abana bakagira ukuri kumitungo yabombi kuko bo ntibasabye kubyarwa.

  • @thomaskaraha8351
    @thomaskaraha83514 ай бұрын

    Iri tegeko ry'umuryango rwose muri subiremo ariko ubushishozi bube bwinshi kuko hari bamwe barengana cyane ku mugore aravunika nu bwo ntakazi kinjiza yaba afite afite inshingano yo kwita ku rugo kdi ntagiciro wabibonera byibuze ajye afata 30% y'umutingo, ikindi imyaka yo gushaka numwa 18 yaba rusange nta mwihariko kuko abafite imyaka yubukure kdi afite inshingano habo no mukazi aremewe. Murakoze

  • @Ethan00477

    @Ethan00477

    4 ай бұрын

    Yewe hari cyera ntabwo abagore bakinona umwanya wo kwita kurugo, haje telelphone za whatsap, instagram, birirwaho, akazi gakorwa n'abakozi, haje baby shower events, bridal shower events, amakwe umugabo atazi yo bajyamo buri weekend, haje ibimina bitazwi, mbese na 10% babagera ni nyinshi cyane kubwange

  • @mukamutarajacqueline7758
    @mukamutarajacqueline77584 ай бұрын

    Murakoze ba nyakubahwa. Mfite ikibazo nifuza ko mwashakira igisubizo cyerekeranye n'umugore.mubyukuri usanga niyo basezeranye ivangamutungo,umugore nta burenganzira aba ayifiteho,,ndetse iyo habayeho gutandukana muge mureba no kumusaruro w'urubyaro ruba rwaravuye Munda yumugore, Kandi abana baba Ari ab'umugabo.bivuzengo nabo usanga nta burenganzira bwuzuye nyina abafiteho Kandi ariwe wabibyariye.icuo nacyo kibazo gikwiye guhabwa agaciro. Haba n'abashakana bagahuza imbaraga,bagashakana imitungo ariko umugore ntayigireho ijambo

  • @josephhabimana8489

    @josephhabimana8489

    3 ай бұрын

    Nigute atayigiraho ijambo imitungo bashakanye Koko?Ako Kaba Ari akarengane

  • @nkunzumuremyiphilemon9032
    @nkunzumuremyiphilemon90323 ай бұрын

    Kuko ndakanze ntivyamo ndagukuze

  • @niwejambofamily
    @niwejambofamily4 ай бұрын

    Mbega ngo iri tegeko rirabishya urugo! Ingo zizubakwa zishingiye kuri iri tegeko zizaba zibishye pe!

  • @mukamutarajacqueline7758

    @mukamutarajacqueline7758

    4 ай бұрын

    Icyo mbona gushaka bihiye kuba ikibazo gikomeye.kubera ko abagabo bashaka bareba ku mitungo,kuriya gutekereza ku rukundo,abakobwa bagiye kujya bishakira imitungo yabo biyarange bibyarire abana bo kukuzayiranga umunsi bazaba barashaje cyangwa batakiriho. Nta rukundo rukiba mu bashakanye.imitima yabagabo itinda ku bintu kurisha abagore babo.

  • @user-ne9kq4gq7s
    @user-ne9kq4gq7s4 ай бұрын

    Hoya barabeshya imitungo uruhare runini rujya kumugore

  • @kidsanimation3229

    @kidsanimation3229

    4 ай бұрын

    Rwose umugore age afata uruhare ruruta urwu mugabo Niko kuri

  • @nteziyaremyefrederic8727

    @nteziyaremyefrederic8727

    3 ай бұрын

    ​@@kidsanimation3229ubwo ushyigikiyeko mukugabana umugore yazajya atwara byinshise , ubwo nomugutangira urugo akwiye kujya Azana byinshi rero ?

  • @user-jj2rb1sb2g
    @user-jj2rb1sb2g3 ай бұрын

    ❤❤

  • @KagoyireCloudine
    @KagoyireCloudine3 ай бұрын

    Abagore turarengana nkubu umugore akagur imitungo umugabo ati:uzagenda ntacyo uwanye,pourcentage nini ihabwa umugabo

  • @user-gs3vm5rh1d
    @user-gs3vm5rh1d3 ай бұрын

    Abana batungwa bate ,nyuma y ugutandukana kw abashakanye ?ese leta Hari kerediti Kade izaha abana nyuma yo gutandukana kw ababyeyi ,ko iyo bamaze gutandukana abana basiganirwa kurerwa uko bikwiriye ?

  • @josephhabimana8489
    @josephhabimana84894 ай бұрын

    Ntabwo numvikana nuwo mubyeyo 10/100 niyo pe kuko iyo muvuze ngo umugore akora iyo mirimo yo murugo umugabo aba akora nawe cyne kd birenze kugira ngo uwo muryango ubashe kubaho eg:minervale,ibyokurya imyambaro ndetse ugasanga anataha agafasha umugore imwe muri iyo mirimo

  • @nyiranduhuraaimee8280

    @nyiranduhuraaimee8280

    3 ай бұрын

    MURIYI MINSI MWIBAGIWE INSHINGANO ZANYU , IBYO BYOSE NIBA MBIKORA NDUMUGORE UBWO PARTICIPATION YANGE NI 10%? BIRABABAJE PE SINZI ICYO MUGENDERAHO.

  • @AnaniasNiyoncima
    @AnaniasNiyoncima3 ай бұрын

    Kukihabaho ingamba ninyigisho zigamije kwigisha abashaka gutandukana kuko abenshi usanga babura imiryango yokubunga.abafite amakimbirane muburyo buzwi bakababatandukana ariko dushyire imbaraga mukubaka imiryango kurusha uko twakoroshyako gatanya yoroshya.

  • @MUKAGATAREElyvanie
    @MUKAGATAREElyvanie4 ай бұрын

    Icumikwijana nimake umugore aravunika muzabyigeho neza.

  • @josephhabimana8489
    @josephhabimana84894 ай бұрын

    Ntabuhuza kumuntu kumuntu ukeneye ko mutana agamije gutwara imitungo keretse Wenda kumuntu ubona akeney kubaka

  • @s.konyine1469
    @s.konyine14694 ай бұрын

    Mugihe urugo rufite abakozi bateka, bakora byose babibara gute🙄

  • @jehovashalompracious3714
    @jehovashalompracious37144 ай бұрын

    Ariko iyo abantu bagiye kubana ko badasezerana murukiko kuki gutandukana bijya mu nkiko??

  • @k_____p

    @k_____p

    4 ай бұрын

    Kujya mumurwnge Niko kujya murucyiko kuko Umuyobozi wumurenge aba aruhagarariye muburyo bwamategeko niyo mpamvu bararirira kwi Darapo bakabisinyira

  • @etiennemignonnefamilyevent5227
    @etiennemignonnefamilyevent52273 ай бұрын

    Business plan 😂😂😂

  • @augustinmutabazi7474
    @augustinmutabazi74744 ай бұрын

    Umurimo womugitanda kumugore muzawubarira angahe? Kwarumurimo uruhije koko?

  • @k_____p

    @k_____p

    4 ай бұрын

    Nonese arawikorana ???

  • @ihohotvshow9607
    @ihohotvshow96074 ай бұрын

    ubuse kate bashabe azafata 10/100 kunzuye nihatari nizereko ntamukobwa uzongera gusezerana

  • @pierrineineza3165
    @pierrineineza31654 ай бұрын

    Nibura iyo mirimo idahemberwa bayihe agaciro ka 25%

  • @nyiranduhuraaimee8280
    @nyiranduhuraaimee82803 ай бұрын

    ESE IRI JANISHA UWARIGENDEYEHO AKORA IKI? ESE YAGENDEYE KUKI? HARI IBIGANIRO MWIGEZE MUGIRANA NABAGORE N'ABAGABO, NTUSHOBORA GUFATA UKO URUGO RWAWE RUMEZE NKO UBISHYIRE MUBANYARWANDAZI BOSE. TURAVUNIKA DEAR ARIKO AGAHINDA KINKOKO KAMENYWA NINKIKE YATOREYEMO.

  • @psambassador3510
    @psambassador35104 ай бұрын

    Mu rwanda ishyano ryacitse umurizo, hari abakobwa bamaze kuba abaherwe kubera kugabana imitungo y'abasore,akava murugo iwabo afite aka bag karimo utwenda dutatu, nyuma ya 6 months ati"ndashaka divorce" akagabana imodoka,amazu,amasambu,n'ibindi umusore yaruhiye igihe kirekire( uburinganire bwaringanije byose(.....) ariko burandura n'umuco) njye ndabona conclusion yazava mu bitecyerezo by'abaturange c'est tout.

  • @user-mm7qk5jt5f
    @user-mm7qk5jt5f3 ай бұрын

    Ibi birasobanutse gusa araho mushaka kugaraza ko umugabo ariwe origin ya divorce

  • @dnindnin8845
    @dnindnin88454 ай бұрын

    Muraho neza, ndumva byaba byiza yuko uwateje ikibazo cya gatanya(kubavanze umutungo mu buryo busesuye) ko hashyirwaho ingingo zigaragaza iyo mpamvu yagatanya, hanyuma nyirabayazana agasezererwa amaramasa. Bizatuma umushinga wo gushyakana adankereswa n'abashyakanye. Accountability no mu muryango iracyenewe just nkuko umukozi abona akazi yakica akabibazwa. Izo mpamvu zishobora kuba yenda gucana inyuma hari guhamya, cg gusinda no gukubita hari gihamya, etc.

  • @oresteniyonsaba7903

    @oresteniyonsaba7903

    4 ай бұрын

    Wibuke ko umutungo w'umuntu ari nta vogerwa! Nta sentiment mu mitungo y'umuntu!

  • @josephhabimana8489

    @josephhabimana8489

    4 ай бұрын

    Aho sinkushyigikiye kuko umwe ashobora gutega mugenzi we umutego yawugwamo agasezererwa aramasa

  • @karabayingajoseph1778
    @karabayingajoseph17784 ай бұрын

    Uko bisanzwe mu by'amategeko, itegeko rihindurwa iyo ritagikemura ibibazo ryashyiriweho gukemura. Mbere y'itegeko muriho muvugurura nta butane biteye ubwoba bwari buzwi nka none! Aho none umuzo w'itegeko ry'umuryango sicyo kibazo? Ubwo ntibyagaragaza ko ubu abantu bashakana bakurikiranye imitungo gusa?

  • @josephhabimana8489
    @josephhabimana84894 ай бұрын

    Kubarura imitungo nibyo mbere yo kubana arko bizakunda neza inkwano zivuyeho kuko sinumva ukuntu twabarura imitungo buri wese azanye inkwano mukazireka .ikindi kd mugihe umugore biragara ko ariwe ufise urugo muntoki (bijyanye no kurubeshaho kurusha umugabo) ubwo umugabo mukugabana nawe yagenerwa 10/100

  • @kidsanimation3229
    @kidsanimation32294 ай бұрын

    Nibyo rose bavaneho gatanya uwo bizajya binanira azajya agenda ntabindi kuko azaba atinya urupfu

  • @UMUSEKETV
    @UMUSEKETV4 ай бұрын

    Wowe wumva kugabana imitungo byajya bikorwa gute?

  • @iradukundatity95

    @iradukundatity95

    4 ай бұрын

    Jyewe ndemeranya nuyu mugabo kugitekerezo ya tanze Abantu bajye bandikisha ibyo umuntu yashatsembere then mukugabana bagabane ibyo bashakanye

  • @akalizainezarayce3537

    @akalizainezarayce3537

    4 ай бұрын

    Barebe KO bakora contract izajya yonjyerwa nibura buri 5ans kndi buri wese agumane umutungo we utawufite ashishikazwe no kuwushaka! Ariyo mpamvu ntemeranya no gushyingirwa kumya 18

  • @phanuelniringiyimana8647
    @phanuelniringiyimana86474 ай бұрын

    Ibi bintu si ibinyarwanda pe!! 5 years of marriage contract, sexual activities in married couples zibaye akazi kishyurwa!!! Umushinga w'urushako uhindutse business deal nk'izindi projects zose, iby'indangagaciro ntibigishishikaje abadepite pe! Iri tegeko rizakora amabara

  • @user-qf6ix7ih4v
    @user-qf6ix7ih4v3 ай бұрын

    Ubundi c kera hose ntimwabibonaga

  • @faustinkarasira2831
    @faustinkarasira28314 ай бұрын

    Nibyo kigomba guteza impaka kuko ziriya ngingo abashakanye bahitamo uko bazacunga umutungo wabo bombi, ziteye ikibazo. Umutungo rusange umwe mubashakanye hari ubwo aba agambiriye guhemuka no kuriganya mugenzi we, hakabaho na none ababyemera kubera isoni cg kubabaza mugenzi we. Njye numva habaho gusa guhuza umutungo muhahano byemewe n'amategeko ibindi bikazajya bisabwa nabo ku giti cyabo mugihe babishatse.

  • @mukeshimanachristine5925
    @mukeshimanachristine59254 ай бұрын

    Icumi kwijana nirikecyanepe ,umugore murugo ahera mugitondo akiva muburiri agakubiriza mumirimo ntakuruhuka rimwe narimwe numwanya wokwicara ngwafatamafunguro ntawubone ninjoro akayambwa nyuma yabandi , ntahobihuriye rero nawawundi wajyiye mubiro akicara kumashini sasita akajya muri pose ,nimugorobagataha , mubisubiremo kuko abagore baravunika cyane

  • @josephhabimana8489

    @josephhabimana8489

    3 ай бұрын

    Ntabwo Ari gake gushaka byabaye business yabagore. iyo mirimo muvuga muyikora umugabo abagabo bari kuvunika ndetse birenze (minervale,amafunguro,imyambaro,mutuelle,ubwizigame bwo murugo)byose bikajya kumutwe wumugabo plse

  • @josephhabimana8489

    @josephhabimana8489

    3 ай бұрын

    Ese iyo muvuze ibiro muhita mwumva ko Ari ukwicara???

  • @GapIce
    @GapIce3 ай бұрын

    Icyadufasha nidushyingire ababishaka ariko imitungo kiveho buri wese ajye akora yiyandikaho ibye icyo kuvanga imitungo kiveho abanye bumvikane ishingano zurugo rwabo utazubahirije abe yabibazwa icyo gihe unaniwe kwihanganira undi aceho ajyane nibye itegeko ribategeke icyo bagomba abana ariko imitungo yabashakanye ivangurwe bagishakana ikindi uwasabye gatanya yanayihawe itegeko rigene no gukurikiranwa nyuma kuko usanga nyuma habaho kugaragara kuwarenganye kwigamba no gushakana nuwateje iyo gatanya.

  • @user-ne9kq4gq7s
    @user-ne9kq4gq7s4 ай бұрын

    Hoya barabeshya imitungo uruhare runini rujya kumugore

  • @mukamutarajacqueline7758

    @mukamutarajacqueline7758

    4 ай бұрын

    Urabeshya abagabo barikunda,Kandi Bazi kuburana bakanabeshyera abagore kuburyo babeguraho imitungo yose umugore akagenda gutyo gusa.kandi n'abana akabamwima ngo ntabwo yabanye iwabo Kandi barababyaranye.

  • @theophileniyonsenga9062
    @theophileniyonsenga90624 ай бұрын

    umuryango ndumva uhinduwemo business

  • @nyiranduhuraaimee8280

    @nyiranduhuraaimee8280

    3 ай бұрын

    AKO KANTU, AHAA ITERAMBERE RIRAHA????????

  • @GapIce

    @GapIce

    3 ай бұрын

    Ibyakosorwa nibyishi nigute uwasabye gatanya yemererwa guhagararirwa n'abavoca koko?ntiyisobanure we ubwe ko mugushyingirwa se ho ahibera ntahagararirwe mubikisore nukuri

Келесі