Fata imbavu😳Mbega byizaaaa Mama Lionel burya ntasanzwe akoreye abakobwa ikintu kiza cyane cyingenzi
Ойын-сауық
yesu ashimwe mbashimiye urukundo murushaho gukunda ibiganiro byubaka ndetse nijambo ry'Imana nindirimbo tunyuzahano! muramutse mushaka kutugira inama cyangwa ibindi bitekerezo muduha mwaduhamagara cg mukatwandikira kurizo nimero +250783731299 na +250788469364
muramutse mushaka kudutera inkunga nubundi mwakoresha izonimero tubahaye hejuru
murakoze cyane Imana ibahe imigisha
Пікірлер: 125
Mwagiye mwibuka aho mwabanje mukareka ibikabyo uko abantu batavukira rimwe Niko tutazasubirizwa rimwe
Mwizina rya YESU sohora😢😢😢
Yego yego maman Lionel,sohora n' abarozi batuzengereje.
Mushobora kuba mwamwumvise nabi kuko arikuvuga gusohora ibishaje ikinjiza ibisha kandi yavuze kumbaraga za Masengesho
Yewe ikiriho nuko twese tuzapfa naho ibyamasafuriya nugukabya uzasege imana neza izo nyigisho nibinyoma
@AminaAmina-pu2sk
3 ай бұрын
😢😢😢wew utahuyik Koko icavuze kitaric nikih gusohor ibishaj ukagur vyiza nikosa avuz
Muhezagirwe mukozi w’ Imana uri kuvuga aho amasengesho adukura!
Maman Lionel we Uwiteka aguhe umugisha. Abantu baruhijwe nabandi pe.
Yesu yambwiye petero ko tucyirimwisi tuzakubirwa inshuti Ijana Imana Itange uburyo ahubwo
Ameeen turahura mwizina rya yesu
Mwebwe muri kumwumva nabi ari kuga ngo dusabe ibintu bishya ibishaje tubyange kd dusenga dusaba Imana ngo idutabare ituvane mu bukene
@horapacifique4721
6 ай бұрын
Tuvyumva kumwe
Njyewe uyu mudamu yanjyaga abwiriza nkafasha ariko nsigaye mbura ibyo nkura mubyo abwiriza gusa birababaje ndetse cyane wagiye ufasha cyane nkumva haraho mvuye ubukoko ntugiye kuba nka ba Yongwe 😢
@user-qp6sp9ej5q
7 ай бұрын
Nukurige narumiwe isi yaramutwaye ibinibicyi turashize weeee😂
@urinzwenimanaildephonse45
7 ай бұрын
Yewe, ibyo ubona nanjye nibyo mbona. Icyo nabonye cyo Nuko Izi social media zikamura abantu pe! Abantu Bose bagiye baza kuri KZread Ari bazima ariko uko iminsi igenda yicuma Niko bagenda bakamuka. Ubu se Koko Aya magambo yafasha bangahe Koko? Umushonji nta jambo ririmo ryamuhumuriza Ahubwo yakumva Ari ubwishongizi gusa gusa.
@beckythehustler2981
7 ай бұрын
Amavuta arakayuka ukabona igikombe cyuzuye ariko ntacyanga Nta gishya,nicyo gituma twamatane na christo abantu bo bapfa havuka abdi
@peacemuganwa8755
7 ай бұрын
Ariko mwibuke ko Imana yohereja ijambo ifite uwo ishaka gukiza nigihe yesu yageraga ahantu Bose ntibakiraga hakiraga uwo umutima we waciriye.
@nikomezegrace1595
6 ай бұрын
Nibyo ryose ntajambo rizira ubusa riba rifite uwo rifasha nuwo riziye@@peacemuganwa8755
Yesuuuu weeeeee singututse ariko hindura imyigishirize mubyeyi mwiza, gerageza wigishe ibihembura imitima.
@AminaAmina-pu2sk
3 ай бұрын
Sengiman aguhezagire usohore ivyobishaj ntacavuze kitumvikana😂😂😂
Wowese ko udubwira ko watinzwe gusubizwa mutureke natwe ayo dusenga igihe cyo gukora Kwa kirtso Yesu azadusubiza mureke gutwika ikisigihe cyo gutwika 😢
@NiyomukizaJosepha-nm2uj
7 ай бұрын
🎉😂😂❤
@Nova7726
6 ай бұрын
Atarasubizwa bamubwiye gusohora ibishaje?iyo ugiye kubwira abantu Ku bijyanye n'ubutunzi bafite kandi ibigaya ni byiza KO ufatamo bamwe ukajyanayo ibintu ukabisohora ukaba igikoresho cy'Imana cyo gusohoza ubwo butumwa naho kubwira abantu ngo basohore ibintu bafite ndumva ntacyo birabafasha
Icyakoze ivugabutumwa musigaranye rirababaje
@user-qp6sp9ej5q
7 ай бұрын
Nukuri bimezenabi nugusenga
Wallah koko!Kirazira kurahira Izina ry'Imana mu busa no mu binyoma.
Uyu mugore ko yiyemera cyanee yewe uri nkira buheri
Ndagukunda cyaneeeee maman mwiza komera nyagasani murikumwe
Ntimukumve nabi nimuve mubitagera umumaro uwo mwuka wokumva ko utava aho uri ubavemo lmana yacu numutunzi kuki wibohera mumwuka wabukene lmana ntiyaturemeye uburushyi yaturemeye mwisi ngo tuyinezererwemo
@user-qp6sp9ej5q
7 ай бұрын
Hhhh ubugingo imbere ibindi muzabyojyererwa yesu sukoyadutumye ayavuze kumwamamaza
@user-br7wk4lx3b
5 ай бұрын
Ndakunva neza turi mumwuka umwe
Wamumamawe imani ikubabarire uradukomerekeje😂
@gracemartine6814
7 ай бұрын
Nibyoda mwizere musohore
Gusa tubanze dushake ubwami bwimana nogucyiranuko agaciro nubugingo buhoraho kuko nabapagani barabitunga
Mbega imitweweee!! Uzamera nkayongwepe
kubivuga.gutyase niko.kubuvamo..mujye.musoma.ijambo.ryimana.isi.izarinda.ishira.abakene.bariho.razaro.na.nyamutunzi.byajyenze.gute.kandi.ntibituma.Imana.ititwa.Iman
Mwishakira amahera kwer
Mbega ibinyomaweeee urabyibushya umuntu se ukoresheje amagambogusaaa wamuhaye ibiryo? Iyonicomedi
Wamudamu Imana yo Mwijuru ikubabarire urahimvye nabi ubu rero umuntu afise imatera ishaje nisafuriya ninte bishaje sabantu b'Imana? Soma abaheburay 11:37-38 abo nibo babaye abahizi mukwizera
@Kanuma50
7 ай бұрын
🤭🤭
@alicenyirabagenzi1958
7 ай бұрын
Rwose niba udashaka gutabarwa igumire mu bishaje byawe,abumva ibyo mvuga bari kwakira!!!!!
@alicenyirabagenzi1958
7 ай бұрын
Rwose niba udashaka gutabarwa igumire mu bishaje byawe,abumva ibyo mvuga bari kwakira!!!!!
Ndagukunda cyane 🌹🌹
Iman'iguhezagire maman Lionel ndafashijwe. NDI umurundikazi agukunda
@UWIZEYIMANAGeralidine
3 ай бұрын
Arko aho kugirango akore kubantu bashirire hasi yakwivugira ibi
Yewe ibyo nugukabya cyane
❤❤❤❤❤😂😂😂 ndagukuda nukuri gumamwo
Ese ubwo muramutukira iki icyo mutumva niki ahubwo niyo mitima ishaje muyisohore
reka.ntacyo.kuvuga.akijyira.ubuse.ijambo.rihembura imitima.akijyira.nirihe.abadandikase.sabantu
Aliko disi birababaje.Mwatangiranye iby,umwuka none mursngirije mimubiri.None se kugira ibintu bishaje ni ukuba utari umuntu w, Imana???Ibi ni ibiki koko?Nta meuka w,Imana ukora gutyo Umwuka w,Imana warangije kubavaho.
Ntabutumwa buraho wamugorewwe gabanya ibikabyo
God bless you forever ❤❤
Ufite umurengwe wa mugore we, amatase ashaje bajugunye, namatora zishaje basohore😮😮😮😮😮, uwo numurengwe ubikuvugisha , uriyokera byo
@UwimanaDaphi-qu1cq
7 ай бұрын
Nyumviranawe buriya amaze kwibagirwi byoyabagamo
@mutesiyvonne7376
7 ай бұрын
Nonese hari uwanga ibyiza?
@Kanuma50
7 ай бұрын
😭🤭
@user-pp2ve3hz8b
7 ай бұрын
Nibyo bijumba hahirwa ubibona
@P2024D
7 ай бұрын
Ariko buriya uba wakurikiye?? Niba udafashijwe aha, wajya ahandi, ariko nziko hari abantu baba bafashijwe.
Amen amen!
Amen amen 🙏🙏
Reka kubahenda ufise yesu nikimurongo
Amen🙏
Mama lione ndagukundapeer
Turagukunda mubyeyi
Watangiranye mwukawera none usigaye usengera mumubiri ntugise ngera mumwuka ibyobishajese babikoresha kuko bobanga kuberwa nibintu bisha umvubwiye mezi gusa
@Kanuma50
7 ай бұрын
😭🤭
@P2024D
7 ай бұрын
Ariko arimo arigisha ngo abo bafite ibishaje, bashaka ibyiza, babone ibishya. Wagirango ibyumwuka wera niwowe ubisobanukiwe kurusha Imana. Muba mwigize intunganeee. Niba udafashijwe aha, ubwo message si iyawe, ariko hari uwunsi ifasha. Wowe jya gushakira ahandi
Umwuzukuru wa rahabu yego yari indaya ariko yacumbikiye intasi ibyo bituma abarirwa mubana ba isrheli
Hhhhhhhhhhhhhh ndagukunda mubyeyi ❤❤
Amen amen
Abatuka mama lioneli. Mumurekevugukuri
Sohora sohora imisajirwa kwizera kurarema
Ubundi nimutubwire ijambo ryImana ibindi bigenwa nigihe
@Kanuma50
7 ай бұрын
🥱🤭
Ariko wacishije make ubwo butuma ntacyo bwamarira abantu ninde wakubwiteko ibirayi arimwijuru aho satani atarasa imyambi kadi ntabavira rimwe mukigeragezo.kwita abantu ibyisi no nabanyabyaha Uwiteka arabakunda
Jyewe kubera ibikabyo usigaye ugira , nsigaye mbona nta apetit ibyo uvuga bigitera abantu , mwuka wera nagusubize ibihe byawe bya kera warufite amavuta adafunguye
@Kanuma50
7 ай бұрын
😭🤭🤭
Ahhhhaa narumiwe peee 😢
Wabonanavuzibyanyu. Komeza. Mukoziwima
Unyibukije ngisengera Rwanda for jesus tukagenda dutoragura imfunguzo ngo Imana igiye kuduha imodoka 😂😂😂
@nadinenduwayezu4668
6 ай бұрын
😢😢😢😢😢
Kuva KERA abakene bahozeho wamubyeyiwe gabanyaa ibikabyo
@musabyimanaimmaculee5693
7 ай бұрын
Buri wese agira igihe cye rata...niuburyo imana yateguye inzira zubuzima azanyuramo....duturize mubuzima turimo dusenge...igihe kizabirangiza
❤❤❤❤
Izinyigisho zageza umuntu mwijuru koko ubuse nkumu pagani aha yakuramicyi koko 😂
Mbega ikigore kiyemera
Shamurazikwifatiraabakirisumubnyomabeniyasoraramasafuriyaashaje Uyumusiwiteguyekurirabagahe
Nabakire irabemera rwose nikucyi tutacyizwa Kandi ducyize
Abo basohora munyihere mwokagira lnka mwe😅
Sohora imisazirwe sohorape
Cyakoze warasaze
@honorineofficial8866
5 ай бұрын
Ubwo se wowe uri muzima? 😂😂😂😂
Ndagukunda 4:01
ibijumba.birahenze.ngwiburayi.makaroni.ziryabakubiswe.shahuwe.
Nugufata imbavu pee
Kuwa gatanu musengerahe
Harimo nubwirasi
Mbabajwe nuwabeshyengo amuhaye Imodoka kkkk urunva ukuntu arikubateranya nabavandimwe babasuhuza babaza amakuru mbegaawee ese umuntuwese yakuvugisha aguha amafranga? Mwaragowe
uhaze.nabi.sha.umuntu.ahomeshase.aruko.yanze.ibizima.
Bisohokeeeeee byose
Bahamahera none babahindure none
Nzabandeba😅😅😅
Vraiment
@rosettegikundiro2754
6 ай бұрын
Imana igukomeze Mukozi w’Imana
Kuwa gatanu musengera he
@user-wu8jg7kh4r
7 ай бұрын
22:12 ❤
3:28 3:28 3:28 3:28
3:28 3:28 3:28
Beganyishobirazanabipe
Ariko mwambwira yesu yaje mwisi gukoriki? Ko batakitubwira ubugingo? Yego ibyisi turabikeneye ariko se kurwego nkuru?
Ntamuntu. Ubaiburayi ubusa ikibanza ahoavuka
@bazuriodette2294
5 ай бұрын
Are weee hari n'ababura unités zihamagara abo yasize inyuma
😏😏😏😒😒😒reka kubesha abantu
@rsfdzxzx2274
7 ай бұрын
Urasara abantu mube maso imandoka zifu
😳🤣🤣🤣🤣🤣
Ariko muzi ko Satani ni ngabo ze bicaye? Ubundi harigihe bazajya babaho bazi ko bakivuga ibifasha abantu kdi babakomeretsa batabizi. Gusa uwavuze ko ubusinzi atari ubwinzoga gusa. Nibintu byishi bitera ubusinzi.
Ariko ubu narumiwe koko ,wahinduye sisteme zubujura kabisa,uri kimwe na yomgwe pe
😂
ngahose.gurira.nkabatanu.mstera.tubibine.mureke.kujya.mwibajyirwa.ahomwavuye.ibijumba.se.birya.abakubiswe.ubwo.abahinga.ibijumba.urabspfobeje.gabanya.guhaga.mada.
Turagukunda mubyeyi
Amen amen
Ibijumba ubu ni byo bihenda kurusha ibirayi maze😢
Ntabutumwa buraho wamugorewwe gabanya ibikabyo