Dr Rusa AGARAGAJE EDENI ngo IMANA YARATEGETSE UMUNTU ABAHO YESU NIWE GITANGAZA
#0788726286
Christo Ashimwe cyane, Tubashimiye Umwanya mutanga Mukurikiye Ijambo ry'Imana ku Ijwi ry'Umukanguzi tv.
Imana lbanezeze.
#0788726286
Christo Ashimwe cyane, Tubashimiye Umwanya mutanga Mukurikiye Ijambo ry'Imana ku Ijwi ry'Umukanguzi tv.
Imana lbanezeze.
Пікірлер: 185
Muzatubarize dr Rusa kugitabo cy'ibyahishuwe. Ibi biganiro byanyu na Rusa nibyiza cyane
Ngukwo ukuri rero, abarundi 🇧🇮🇷🇼🇧🇮🇷🇼🇧🇮🇷🇼🇧🇮 turabakurikiye cane,Yesu twamwigishijwe nabi tumumenya nabi
@MANIRAKIZANathan-nq1uy
Ай бұрын
Doctor ndagukunze uba wagerageze kubona no gusobanukirwa courage kubyo usobanurira abantu .ariko uracyifitemo udusigisigi twibyo wabwiwe cg wasanze byavuye mubazungu komerezaho rero nutundi dusigaye tuzagushiramo
@MANIRAKIZANathan-nq1uy
Ай бұрын
Nakunze uburyo ubwiye abantu ko imana itabumbabumba cg itabumbabumbye umuntu nkuko abantu babumba amavaze cg ibibindi .kuko imana ntigira amaboko si umuntu imana itandukanye nibiremwa byayo ntisa ntakimwe icyaricyo cyose
@MANIRAKIZANathan-nq1uy
Ай бұрын
Doctor nawe arakitiranya ibyitwa gucungura kwacu na yesu .kandi mubyukuri icyazanye yesu ni ukwigisha abantu ugusenga imana nimibanire yabantu nabandi nibikorwa byiza gusa
@MANIRAKIZANathan-nq1uy
Ай бұрын
Doctor imana ikomeze iguhe ubushishozi kandi iguhe kurama kugira uzagire bimwe mubitekerezo bya bamwe uhindura .uvuze ukuri Qorun iteye neza ni ntamakemwa utundi dutabo turimo ibyitwa hadith nitwo twangirije idini ya islam .
U Rwanda rurahirwa kuko rufite umugabo w'intwari kd w'umuhanga nka Dr Rusa Bagirishya 👏👏
@Raggaf102
Ай бұрын
Ni umuhanga gute ariko aravuga ibyo yihimbiye bitanditse
@mrsnzinahoraticket5344
Ай бұрын
Nkunda ibiganoro vyiwe ni umuhanga cane.
@muhireolivier7856
19 күн бұрын
@@Raggaf102 icyo nkundira abantu bari brainwashed ni icyo, hanyuma se ibyanditse byo wemezwa n'iki ko ari ukuri?? Dr Rusa Bagirishya nubwo ibintu yavuga ntaho byaba byanditse ariko biba bifite logic.
Yego rata "umuntu utandukanye nibindi biremwa ni muntu w'imbere,muntu w'ubugingo,muntu w'Umwuka muntu usa n'Imana :Niwe wahoranye na Christ,kdi usa nawe,uhishwe muri we " "Kumenya no gusobanukirwa ibyo biguha gushorera imizi muri we
Uyumugabo nizahabu y’u Rwanda kbs ndamukunze abazungu nibyinshi batubeshye
@kuradusengejeansothere6130
Ай бұрын
Ni Africa yose
@sammarley1413
Ай бұрын
Kandi ntiwebeshe kugira mubivane mumitwe yabanyafrica ntivyoroshe . Ikintu citwa eclesia numwanzi wambere abaho kubanyafrica
@Raggaf102
Ай бұрын
Ni izahabu kunjiji zitasomye kuvuguruza icyo Imana yavuze muri Bible nicyo umwemerera, Bibiliya uko ivuga ivuga ko umuntu yaremwe nintoki z'Imana ubwayo
@sakani-b4867
Ай бұрын
@@Raggaf102 nigiki yavuguruje c uretse kwigira injiji Ari weho. Ibyo yavuze birumvikana ahubwo abantu nkamwe nimwe mwibera musi yikigare nti munashaka guhumuka. Imana (as word) niba Ari kinyarwanda nigute ubwira ngo abanyarwanda bakera ntibaribazi imana
@Raggaf102
Ай бұрын
@@sakani-b4867ikibazo cyanyu Nuko mutemera icyo ijambo ry'Imana ryavuze mukaryita iryabazungu, muzabanze mumenye ko bible yahumetswe n'Imana Atari iyazanywe nabazungu
❤❤❤. Oui.idini ni divisionisme yakozwe muri africa kugirango babone uko babaryanisha then babasahure.nikimenyimenyi abayoboke b,idini n,abayayobora bahora baryana. Banyarwanda nimwicare mwige mutege amatwi Dr Rusa ndetse nabandi bahamga dufite mugihugu kuko Imana iri kubakoresha. So mureke gutsimbarara ,ahubwo mutegure umurage uzira uburetwa muzaraga abazabakomokaho.
Umubyeyi wabyaye Dr.Rusa yatubyariye umuhanga kweli kweli. Jah bless
Dr Rusa Imana ikomeze ikwagure mubwenge Abantu iyo tuba tuzi neza Yesu Kristo uwo ariwe ntabwo Amadini yabaho ahubwo twese tea Kwizera Yesu gusa ubundi tukazabona ubungingo bw iteka kubw Umuntu w imbere,Yesu Kristo niwe Mana.
Dr Rusa asobanura ibintu neza pe!❤
Dr, ndagushimira insobanuro kubifatana n'imana ndagukurikirana program yawe j'imbere Ndi mu uganda.
Dr.azatubwire.amatunda Adamu.yariye.koko.inzoka Yarushaga.ibiremwa.ubwengr Murakoze
Rwose Dr Rusa ni nkaba cheikh Anta diop cga ba kalala omutunde . Ndamwemera cyane.
Rwose Dr Rusa asobanura ukwemera nyako abantu dukwiye kugira pe
mureke africa twiyubahishe doctor ninumwa y Imana na frica
Interesting! DR Rusa wagirango ni umugorozi
Ndakunda Uyomugabo Uhoraho Yaramuhaye Ubwenge Budasanzwe Uhoraho Amutuzigamire Arambe Kuko Tumwigirako Vyinshi. Ahubwo Reka Nanje Nongereko Akakantu. Ubukoroni Bwambere Nuko Badahinduye Amazina Tukitwa Amazina Yiwabo. Mugihe Tucitwa Amazina Yabo Biragoye.
Ikingenzi nukwizera IMANA imwe rukumbi.kandi Tugakiranuka kugato no kukanini.tukirinda kubangikanya IMANA.
Very interesting my doctor rusa I'm watching this from south Africa I'm always with you guys 🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Imana ikora uko ishaka kuko ishobora byose. Yesu harabo yakizaga ategetse. Harabo yakoragaho. Hari nuwo yasize akondo ku maso amutegeka kujya gukaraba.
Iyo mwatumiye Dr. Rusa ndabikunda cyane! Ariko biriya bindi mwirirwa mwigisha ntagahunda biba bifite. Nimutayiboka spirituality ntimuzamenya ukuri kuko bible ivanzemo ibinyoma by'abayihindura uko beije n'uko bukeye.
@user-ms6oj8ck5h
Ай бұрын
Watubwira nkikinyoma kiriuri bible byibura kimwe?
Dr. Rusa thanks a lot! uyu mugabo afite ubwenge budasanzwe
Muzatubarize Rusa isano Yezu afitanye na Kibogo Umutabazi
Reka rero mbabwire!!! Uwiteka Imana numugambi wayo wagakiza birenze ubwenge bwa muntu!! Ese itafari ryasesengura uwaribumbye? Uwiteka yarihishuye!! Nkeka ko rero kumenya Edeni aho ibarizwa na Yesu aho yavukiye ntacyo byatwongerera kumugambi wagakiza!!! Kuko Ijambo ry Imana rivuga ko urubyaro rwa Aburahamu kumubiri sibo rubyaro rwe nyakuri!! Kuko abahawe ayo masezerano barayishe!!! Ubwenge nyakuri ni Ukubaha Uwiteka
Ahubwo ijwi ry'umukanguzi rijye rimutumira kenshi twimenyere ibyo tutari tuzi duhonoke ubuhone bwa abazungu😂😂 njyewe naraburambiwe😂😂😂😂😂
@nduwayezuancille6506
Ай бұрын
Nange naraburambiwe😂
@muhireolivier7856
Ай бұрын
Dr Rusa ari kubikora neza, benshi mubamukurikira ubu twarahonotse!!!
@Raggaf102
Ай бұрын
Ibyavuga nukubyihimbira nta nyandiko ntacyabaye
@Raggaf102
Ай бұрын
Arahimbahimba nanjye nshatse navuga ibyo nishakiye kuko ntaho byanditswe ibyo avuga
Abatukana mwe mwakurikiye.mukeneyebkwicana gusa ubuse amadini urabona agana he?guhinduka byarabananiye niyompamvu mumarana.
Ico nanje nico kintangaza !!! kweri,kuberiki aba Christo badakundana?!!! Bicana hagati yabo ,nokumvikana bikunze kugorana nacanecane abitwa ngo nabakozi b'Imana. YESU adufashe .kweri
Ingobyi ya edeni yari muri afrika miri kongo kinshasa iryo ni banga rizwi nabake
Rusa aragenda arushaho kunshimisha pe! Habuze gato ngo anyemeze ibyo yemera.
Nakurahe icyo gitabi L'impérialisme sur le dos de l'afrique. Murakoze.
Jye munsabite Doctor bible yo muri Ethiopia.nsome numve.amadini yo ni ikibazo kbs.ahubwo tuzajya tuvuga itorero kuko niryo rya kristo yesu yasize😮
Abantu bisaba ngo basome bible basenge kukokuyoba kubaye kwinshi wavuze ikuri ariko ugeze kukuremwa k umuntu ubwenge bwamuntu buhita bugaragara ibindi byose lmana yaravuze ngo haheho bibaho Ariko igeze kumunti kuko adasanzwe iravuga ngo tureme umuntu ,tureme ...
Dr Rusa please igifaransa kirangora cyane ,uni insomnia nukonyarwanda nkundainyigisho yawe pe
Byoba byiza twese twerekeje mumasomero tugasobanukirwa neza cng mudushakire uburyo buhagije mutwigishe ndunva aribyingenzi
Muzatubarize Dr Rusa niba yemera imperuka nkuko tubibona muri bible
@Jdmcs19-81
Ай бұрын
Uko biri kose, uretse Imana yonyine twemeye ko itagira intangiriro ntigire n'iherezo, nta bundi bumenyi budasanzwe ducyeneye ngo tumenye ko :Icyagize intangiriro cyose kigomba kugira n'iherezo byanze bikunze".
muzombariz dr ATI birya vyibutso vyaho yesu yaciy naho yasengey naho yabambiwe nibindi rwumva biri muri Israel nibihimbano cank nivyukuri?
@samtumalabar9767
Ай бұрын
Wumvishe ikiganiro cyose ?
Sof 3:10 [10]Abazanshashazaho, ari bo bana banjye batataniye hakurya y'imigezi yo muri Etiyopiya, bazanzanira ituro ryanjye.
Jye nzaza tuganire rwose risa kuko duhuje imyumvire
Shalom! Ni ingorane ikomeye kwibaza yuko ukuri kwose kuri muri Dr Rusa!!! Iyo avuga ngo abanyamadini bamubabarire. Ni ingorane kuvuga ibintu utahawe!!! Burya Imana yaradugaye ingabire zitandukanye pour l' "unité dans la diversité"!!!! Ivyo yize, ivyo asoma n' ivyo yoba yarahishuriwe ni une goutte dans l' océan ku bwenge bw' Imana yasanzagije mu bantu. Duce bugufi dusonere abantu n' ivyo Imana ibatuma, twirinde kwanka abazungu kuko ivyo bakoze mu gihe cabo ni ivyo bashoboye. Ndi convaincu cane ko iki gihe ari ic' abanyafrika. Duhaguruke dukore kandi ivyiza abazungu bakoze tubigenderemwo, ibibi tubikosore. Urufatiro ni Ijambo ry'Imana riboneka muri Bibiliya na Yesu uko Bibiliya imuvuga. Ko aba umwirabure, umuzungu canke uwariwe wese, ivyo ntaco bivuze. Yesu yaducunguye ivyaha n'ingaruka zose zavyo. Murakoze
@MANIRAKIZANathan-nq1uy
Ай бұрын
Hanyuma se niba yesu yaragucunguye mu byaha byawe ubu ntacyaha ukigira cg ukora .barakubeshye ese yagucunguye ibyaha wowe utarabaho utarabikora
@Murphy28889
Ай бұрын
Mumbarize
Dr Rusa ndamukunze bikwiye afise ukuri kwinshi muriwe ndashaka contact yiwe uwayimpa yaba akoze.
Abraham yavukiye muri mesopotamia(Syria, iran, Iraq, Jordan) Ese mesopotamia yari igice cya Africa. Dr mfasha nsobanukirwe.
Catholique= italy rome Advantiste= amerique Anglican= angletaire Orthodox = Greek Umunyafrica asenga imigambwe yabanyaburaya yarangiza akaja mumuhanda ngo ashaka ubwigenge😂😂😂
Ndakunda Dr Rusa. NDI I Bujumbura, nashaka nsabe abatunganije ikiganiro, Rusa adutahuze harya hantu havuye izina rya AFRIKA n'insiguro ryayo. Ikindi ndashaka kumenya impamvu abayobozi hafi ya Bose ba Afrika bisa nivyananiranyeko bunga ubumwe bakagira Union Africaine. Kuki baguma barwana?
Muyoboka buhumyi niyo mpamvu abantu barimburana.ubuse twahuje tugakubdana.amadini icyo azana ni ibibazo gusa.
Dr Rusa arrange cyane. Nimugari cyane
Dr Russa ndamukunda,agendera kumuco wacu.
Ndabaza Dr ubushize waravuze ngo Israel nagace ka Egypte none nunvise uvuze ibindi nsobanurira neza Israel yavuyeh ?
Ahubwo vyagomvye ko kino kiganiro gitangwa mundimi zabazungu ngo amanyanga amenyekane
Reba ibihugu byari bigize ico bita: Gonwana.
Mwasomye amateka mbere yo gutukana.mbese ko adahakana yesu.mumwumve.nanjye nifuje kujya muri Etiopia
Ibyo Dr Rusa avuga ni byo na science irabyerekana ko hahozeho umugabane umwe, indi yaje nyuma.
Icyo avuga ni uko Imana itegeka itagomba kubumba.igikuru ni uko yemera ko umuntu yaremwe.Etiopie muzanzanire bible yaho.
@user-cf1um6be4z
Ай бұрын
Atemera irema ubwenge Bwe nawe nti bwaba bufite ishingiro niyo mpamvu mwita umuhanga Kandi ibi avuga Dufite intiti nyinshi zibizi zitabivuga ngo zidahomba imikati Yabazungu bazanye ubwo buyobe
Abantu bibwirako ubwenge bw 'Isi bwabahesha kumenya Imana. Icyo ni ikinyoma!!!
@user-cf1um6be4z
Ай бұрын
Bandese ? Ubwose urashaka kutubwira ko Doctor nta Mana Azi ? Ahubwo abamisiyoneli ba Cyera Baje Kutwubakamo ko Aribo bayizi Ariko mubyukuri Batanayikorera Kuko imbuto zabo nimizi yabo nanubu Bera imbuto mbi cyaneeeee, ahubwo Yaba twakabaye Dufite abanyabwenge nkaba 1000 bahindura isi nziza
@godefroidhakorimana414
Ай бұрын
Kuba ari Doctor sibyo Uwiteka areba!! Kandi umenyeko ari Doctor mubumenyi bw Isi. Ntabwo ari Doctor mubwenge Imana itanga!!! Yesu Christo ni we Bwenge bw Imana
@user-cf1um6be4z
Ай бұрын
@@godefroidhakorimana414 icara wige Waratannye Cyane uyu mugabo Azi Yesu kurusha Benshi Cyane , Erega Twigishijwe nabi niyo mpamvu benshi Baba mukigare Cyamadini nonese wasomye neza imirongo yabibiriya nabahaye yo mwitangiriro yerekana ibyo yakomojeho Avugako Africa Ariyo yabayeho mbere ? Nanjye nahise mbereka muri bible imirongo yerekana ingobyi ya Eden ko yakebwe Hafi aha muri Africa, Bitandukanye nibyo Twigishijwe ko Ari muri Aziya kubabyize , ikibabaje Bibiliya turazisoma ntitubibone wakumva umuntu abivuze ukabyita nkubuyobe Kandi Bibiliya ibivuga Neza Cyane .
@godefroidhakorimana414
Ай бұрын
Abaye azi Christo uwo ari we, ntabwo yaba ari mubarwanira inkomoko (African, Asian nibindi) ya Yesu
@godefroidhakorimana414
Ай бұрын
Ntabwo uziko ubwenge bw Isi nibyo twize mumashuri biduhesha kumenya Imana.
Ndasaba ko mwazatumira Pastor Mpazibirego Pierre ufite Channel yitwa Gusenga every day, ni umuhanga mubya Theoligiya muzamuhuze na Dor Rusa bakore discussion kubyo Rusa atemera kuri Bibiliya noneho bajye impaka.
@augustinmugemanyi4611
Ай бұрын
Uvuze ukuri uriya musaza Dr mpazibirego arabizii kabisa
Ndemeye docter urasobanutse
Jyewe mbona Eden hari muri Congo ndetse mu karere k'ibiyaga bigari
Ndumva aribitekerezo nkibindi byose kuko haribibazo doctor atasubiza buretse kumwihorerera uko abyumva ntakundi!
@matsikomoses
Ай бұрын
Cyokora muteye Imana agahinda niyo mpamvu tuzaguma kuba abagaragu nabandi bantu nkatwe 😢😢😢
Nyamara dufite Abantu . Nkaba Bubahwe . Uwaduha benshi ... Mana Tabara ...
Dr urakoze sinarinzi ko uri umukristu
Uyu mu doctor yaravangiwe kumva ko ibyiza byose byabayeho byabaye muri Africa ikindi aravuga ibyo yihimbiye ntaho abisoma azabeshye injiji
@hasanischadrack3220
Ай бұрын
Suzuma neza ataba ari wowe wavangiwe
@Raggaf102
Ай бұрын
Ngwewe iyo ntaho usoma ibyo uvuga sinabyemera kuko ntawamenya icyo aricyo kuko hazaduka abantu benshi bavuga ibinyoma Kandi bible iravugango nibatavuga ibihwanye niryo jambo ntamuseke uzabatambikira@@hasanischadrack3220
Ibintu bimana tubyitondere😢
Shishikara ukuri kk beshi dushingira kwamadi ariyo yatumenyesheje , tukibagira ko imbere yumuzo wiryovumwe ryamadini lmana yarituzi,ariki lmana ishimwe kuku ubu ,uwariwe wese asomye bibiliya canke corowani afise amakenga hagati yidini arimwo hamwe nigitabo biyitira ko kibarongoye
Anicet yagiyehe, njye nkunda inyigusho ze kuko haba harimo ubwenge kd ntago ashyigikira ibibi,
Uyumugabubwirimana ngovayo .aragirangwivehehe koko?
Comment puis-je avoir le contact de Dr GUSA ?? Tu me fais comprendre beaucoup de choses mon frère
Wow
Yes Doctor uduhe number yawe
Narabibonye kiri Google nta origine yumuzungu Ibaho ariko origine yumwirabura nani africa👏🙏respect doctor 👏
Hello Dr eseko uvugako abantu twese dukomoka nkumuntu umwe uwomuntu ninde ni Adamu cgse nundi nibase arundi we akomokahe yabayeho ate nikimanukase ubworero niba twese dukomoka kuri Adamu ubwo ni rya yobokamana ryabazungu ubwo mwambwira neza uko bimeze
@Jdmcs19-81
Ай бұрын
Banza umenye ko Adamu atari izina ry'umuntu ahubwo bivuga icyo aremwemo; ubutaka,isi,umukungugu...( adamah) mu rurimi rw'igiheburayo. Urumva rero ko ikibazo atari Adamu cg Eva nk'amazina, ahubwo ni matières ziremye X na Y.
Dr yemera inyigisho za John Mugabo?
Oui oui oui la nature s'arrange ibintu bigahinduka.
yohani 14:28 je mfise ikibazo. Yesu, n'Imana "Data", n'umuntu umwe canke n'abantu babiri batundakanye, umwe aruta uwundi?
@dusabimanajeanbosco2037
Ай бұрын
Ni Imana yambaye ishusho y ' umuntu.
Aduhe number ze tuzamubaze byinshi
Yesu ntago azagaruka ahubwo abana natwe buri munsi
Dr turemeranya twese turi bamwe ibindi nimihimbyo
vyukuri ikikiganiro nicukuri. rer mwig ukuntu mwokwagur ibiganiro nkibi.
Ingimbyi ya Eden yari Africa, aho kayini yiciye Abel atangira kuzerera isi ahungira I Nodi
Mukomeze twunguke ibindi .
Icaha c inyanduruko bte Dr ?
Yewe,uri mubuyobe n,uwagutumiye mission afite Omana umuhe ubwenge,cyakora satanini arakora,ese nukwanga isiraheli gusa bituma mugenda mubeshya,ese ko mumwuka wera agikora ndetse n,Imana ya isiraheri Imana ya yakobo ikaba ivuga ibyo bya sience mubona bihurirahe,ndababaye Niyomugabo wowe uzatumira ,nabazabayobya ubwanyu atarababakurikira gusa,erega niyo utakwemera ko urukwavu ruryoha ntiwahakana ko ruzi kwiruka,aha navuga byishi ariko igihe kizatanga igisubizo
@muhireolivier7856
Ай бұрын
Abantu muri brainwashed ndabakunda cyane! Gusa muranambabaza, kuki wumva ko ari IMANA ya Islael na Yakobo ?? Kuki atari IMANA y'irwanda yayindi ihorana natwe?? Kuki atari IMANA y'Africa??
@Murphy28889
Ай бұрын
Ngo Imana ya Israel ubwo niyo wemera ngaho jya gutura Israel nimba wumva itagera hano mu rwanda
@muhireolivier7856
Ай бұрын
@@Murphy28889 mumbwirire muvandi 🤝 unamumbarize impamvu Imana asenga ari iya Islael??
Eva havuyeho niba ntabwoba ryakozwemo
Dr Rusa, ntituri aba Ethiopiens, turi aba KAMA Kamites.
Byose nugushishoza
Eva yavutse ate
Yego turikumwe.ariko azatujyana pe .azakomeza kubana natwe.
Itangiriro Ibice 2:10-15
Irisengesho ritangijwe ikiganiro riragura riti Mwami Yesu vayo utuyobore! Imvugo ngo Vayo ikoreshwa mu Isengesho? Iyo usenga uba ubwora nde? Uwo usenga akwiye gukoreshwa ho iyi mvugo ngo Vayo utuyobore? hanyuma ati korowani ninziza kuruta Bibiliya!
@Ob1021A
Ай бұрын
Ijambo rikwiye riruta vayo ni irihe?
@ruganzutiger115
Ай бұрын
Ngwino. (Ugusaba) Vayo ni (ugutegeka)
👏👏👏👏👏👏
Ethiopia, si ururimi rwa KAMA
Uyu musaza ko atangaje ra nta nubwo ahuma iyo barigusenga kdi ngo abwiriza uko abitekereza
None Doctor nyuma yogupfa uzabahe?yesu yaraducunguye pe .nonebntituzabaho nomurupfu?
@gihamyaonline
Ай бұрын
Yesu yagucunguriye hehe?
52:18 nonese ko uciye ubwenge uziko bible ari iya romans bakdukoreye. Ww uyifite ute koko 😂 tunga iyaba nya ethiopian x
Kiriziya y Uwiteka
Uyu mugabo numuyobe cyane aho ntatekereza ko ariwe wize amateka gusa cg Geography. Ngo inyanja zabayeho nyuma! Ngo Yesu wumwirabura we abyemezwa Niki? Umuntu wese utemera Bible ntabutumwa bw'Imana aba afite
@UwinezaJaphet
18 күн бұрын
Ntiwakurikiye
Ngira ngo abo Mahomet yavugaga ngo nibatemera ubusilamu babice ni abo babaga bahanganye ku rugamba barwanyaga abasilamu mbega ni abahakanyi b'iwabo iyo barwanyaga bakanica abasilamu
Menye impamvu umunyaetiopia atemera ko ari umunyafurika.barisobanukiwe peee.
Ngo VAYO utuyibore😂
Israel ni igicebkicyahoze ari Israel.
Ubu Isi irimo igendera kunkingi zirindwi za New Age teachings!!! Nyamara muce bugufi mutaboneka ko murwanya Umugambi wagakiza!! Theories zivugako Yesu Christo ari uwabayuda ni ikinyoma!!! Yego yabavukiyemo ariko sicyo kimugira uwabo!!! Kuko abizeye Yesu Christo bose bagahabwa umwuka we, nubwo ari bake, nta bwoko bagira mu isi kuko baba babyawe n'ijuru. Si abayuda, si abanyamahanga ahubwo ni abana b Imana
@moshwayne2565
Ай бұрын
They say that Bantu people are Israelites.they are grand sons of Jacob,he had 12 sons 1.RUBEN 2.JEHUDA 3.SIMON, 5.ZUBULON,6.LEVEI,7.ISACAR,8.YUSOUF 9.BENJAMIN 10. DAN 10.OSHER 11.NAFTAL 12 .GAD
@godefroidhakorimana414
Ай бұрын
Burya ntabwo ubwenge twize aribwo butumenyesha Uwiteka!!!
None why the génocide of Rwanda ?
Ubu umuntu agiye ethiopia nihehe wasura?