Dr PAUL GITWAZA ATI” ABA ISLAM ☪️ BAZAJYA MW’IJURU✅” || ABA PASTORI BABIGIZEHO IMPAKA|| MENYA UKURI

Комедия

WE ARE ALL ABOUT EDUCATION & ENTERTAINMENT.
Join and become family: subscribe, like, comment, and share.
Contact us for interviews, advertisement or sponsorship
Phone: +1 (806) 683-7104
Instagram: / papalegend_og
Support our channel w/ CashApp:$JohnsonKwizera1
Papa Legend TV Shirts Available: my-store-bb24ea.creator-sprin...
#PAULGITWAZA #PAPALEGENDTV #SUBSCRIBE

Пікірлер: 90

  • @ndayijules7561
    @ndayijules75612 жыл бұрын

    Amena si nyama n'amaraso bikuvugisha nshuti komerezaho.

  • @JAimeNtakarutimana
    @JAimeNtakarutimana3 ай бұрын

    Ntadini narumiwe rizoburamwo umugene nukuripe. Umuhanuzi Paulo Gitwaza yavuze ukuri !

  • @TIK-TAK820
    @TIK-TAK8202 жыл бұрын

    PAPA LEGEND A.K.A. OG much respect kbs umuntu nakwemeza uzabi uvuge erega

  • @user-io1vv2gc2y
    @user-io1vv2gc2y11 ай бұрын

    Erega abantu benshi bamugirira ishyari cyane , ndavuga Gitwaza

  • @twahirwabeatrice890
    @twahirwabeatrice8902 жыл бұрын

    Gitwaza avuze neza cyane, ati abatemera Yesu kristo bazacibwa urubanza n amategeko yabo bemera.

  • @jbwajesus705

    @jbwajesus705

    2 жыл бұрын

    Ntago yavuze atyo ahubwo yavuze abataramubwiwe (abatarumvise Yesu)

  • @mukanwalileonie2746
    @mukanwalileonie27462 жыл бұрын

    Yesu kristo Niwe nzira yukuli n ubugingo

  • @mutabazivenuste4501
    @mutabazivenuste45012 жыл бұрын

    Yesu niwe nzira ukuri n,ubugingo ntawujya kumana atamujyanye

  • @yvescyubahiro349
    @yvescyubahiro3492 жыл бұрын

    Wise man thanks for your clarification

  • @agneskayitesi
    @agneskayitesi2 жыл бұрын

    Urakoze cyane ,ariko abaswa baramutondagiye

  • @anaisigihozo3645
    @anaisigihozo36452 жыл бұрын

    Ndagukunze cyane uvuga ukuri gitwaza nuwambere

  • @nathanaelndengeyinka1177
    @nathanaelndengeyinka11772 жыл бұрын

    Dr Apôtre Gitwaza arasobanukiwe Cyaane

  • @TIK-TAK820
    @TIK-TAK8202 жыл бұрын

    Uyumugabo mbere yogutera comment kubyo yavuze bisaba kumwumva ukongera ukabisubira pe. True

  • @emmyregan4314
    @emmyregan43142 жыл бұрын

    Wowe umugira Mose gute

  • @JNissi-pu2rq
    @JNissi-pu2rq2 ай бұрын

    Amagambo Umukozi w'Imana Gitwaza yavuze ni aya ngaya, kandi nabwo yarakaswe hari ayayabanjirije byaba byiza bayatangiye nibwo umuntu abyumva neza. Utwo tudomo nashyizeho ni uko hari amagambo abanziriza ayo ari hasi yayabanjirije abantu bazumve iyo video neza kuko yarakaswe niyo mpamvu habayeho impaka. ..............Abisilamu, abahindi n'abahindu, bazajya mu ijuru igihe bakurukije amategeko yose yabagengaga ntibayice. Naho ubundi biragoye ko navuga ngo Yesu ariwe nzira, ukuri n'ubugingo ntawe uzajya kwa Data atamujyanye, ko iyo nzira bayicamo ngo bagere mu ijuru, oya ahubwo bazacirwa urubanza n'amategeko yabo y'imbere. Imana umucamanza niyo ibizi.

  • @ICGLRGERARD
    @ICGLRGERARD2 жыл бұрын

    Gitwaza kubazi kwumviriza yasobanuye neza ko Yesu Kristo ari we wenyene Nzira ijana mw'Ijuru. Abandi avugako Imana ariyo izomenya uko ibagenza bivanye n'ivyo bemera. Kandi yavuze rya Jambo ko nimba utemera Yesu Kristo nk'inzira yonyene ijana mw'Ijuru yaramaze gucibwa urubanza. Na Yesu Kristo bikenewe yavugira mu migani kubera yaba abona abo ariko arabwira ari injinji zikomantaza imitima ntizemere inzira ya Yesu Kristo. N'abigisha ubwabo ba Yesu ubwabo kenshi ntibatahura inyigisho za Yesu Kristo bamubaza biherereye ivyo yaba yashatse kuvuga.

  • @amuriclyon9377

    @amuriclyon9377

    2 жыл бұрын

    Ibyo byose nibinyoma bivugwa nabanyabinyoma bagenzi babo Yesu ntacyo ari cyo uretse kuba Intumwa Y’ Imana gusa

  • @aminailiasa1260

    @aminailiasa1260

    2 жыл бұрын

    Ahubwo bazi ko bamuzi gusumba abaislam ,uko nukwihenda

  • @JNissi-pu2rq

    @JNissi-pu2rq

    2 ай бұрын

    ​@@amuriclyon9377 Kristo Yesu ashimwe! Weho ukuri kwawe uragushingira kuki?

  • @fredak3326
    @fredak33262 жыл бұрын

    Abantu ntabwo baramenya ububasha n'imbaraga za Yesu Kristo wazutse. Biratangaje ko ntamukozi w'Imana Data ushobora kubisobanura akoresheje Ijambo ryayo mugusobanura ko abapfuye batarabwirizwa umwami Yesu Kristo bashobora kuzabaho mubwami bwe nabo. Ntamukozi w'Imana ukwiriye gukinisha kuvuga ko atakwemeza ko Yesu Kristo ariwe wenyine Nzira, Ukuri n'Ubugingo kuko yarabyivugiye ati ntawajya kwa Data atamunyuzeho. Ibyo byaba ari ukwiciraho iteka kuko byaba ari uguhakanya ihame shingiro ry'ukuri Yesu yahishuye. Umuntu wese waremwe ntaburyo yakwinjira mubwami bwa Yesu Kristo atamunyuzeho. Intumwa Petero yabivuze neza ahamya ububasha n'imbaraga za Kristo Yesu kubantu bapfuye bataramubwirijwe (1 Petero 3:18-20 na 1 Petero 4:4). Yesu Kristo niwe wenyine ufite urufunguzo rw'urupfu n'Isi y'abapfuye (Hadesi/Hades) - Ibyahishuwe 1:18.

  • @justinebora2047

    @justinebora2047

    2 жыл бұрын

    Fred wab wunvise Neza icyo apostle avuze ? ntitugace imanza rero ! Kuko umuntu wese azabazwa ibyo yamenye ! ibyutamenye ntubibazwa! ubwiru bwubumana buratangaje

  • @fredak3326

    @fredak3326

    2 жыл бұрын

    @@justinebora2047 Yego cyane narabyumvise ndanabisesengura nkoreshejwe n'Umwuka wa Kristo undimo ariwo mwuka Wera. Ubusanzwe Apostle ndamwemera cyane ariko ikosa yakoze nuko atahamije byeruye ko Yesu Kristo ariwe wenyine nzira ijya mubwami bwe cga icyo aba Kristo bita mwijuru. Ukuri nuko ntamuntu numwe waremwe ushobora kujya mubwami bw'Imana aribwo bwami bwa Yesu Kristo atamunyuzeho nkuko yabyivugiye. Iryo ni ihame ndakuka. Bibiliya Yera ivuga yeruye ko Yesu Kristo ariwe mucamanza w'abazima n'abapfuye. Ntarubanza naca kuko ibyo ni ibya Kristo Yesu. Amadini yabayeho mbere yo kuvuka kwa Yesu Kristo na Nyuma yo kuzuka kwe havutse ayandi menshi urugero Islam yaje hashize hafi imyaka 600 ubukristo bubayeho kuburyo Intumwa Pawulo yivugiye mugitabo k'ibyakozwe n'Intumwa ko yabwirije ubutumwa bwiza muri Arabia ndetse no kuri Pentecote Umwuka Wera Amanukira Abayuda iYeruzaremu harimo abantu bahanuye bahamya Yesu Kristo mucyarabu abandi bayuda baturutse muri Arabia baratangara bivuze ko Yesu Kristo bamubwirijwe Islam itaraza. Yesu Kristo ni Imana rero ntamuntu numwe wamucika cga ngo yinjire iwe atabizi. Satani ni umubisha utegera abakozi b'Imana mumagambo Imana Data ibabarire umuntu wayo mwizina risumba ayandi mazina yose rya Yesu Kristo. Amen

  • @nishimwejosee3829

    @nishimwejosee3829

    2 жыл бұрын

    Ahubwo uho ugereza mukumva cg mwisesengura ryawe , ntago uragera kukumva icyo yashatse kuvuga ahubwo Imana igukuze,igihe nubwenjye.

  • @fredak3326

    @fredak3326

    2 жыл бұрын

    @@nishimwejosee3829 Imana ikubabarire. Gukosora abakozi b'Imana byahozeho kuko n'Intumwa Pawulo yakosoye Intumwa Petero. Ibya Yesu Kristo bisobanurwa na Mwuka Wera apana Amateka na Theology. Natwe Amateka na Theology twarayize kurwego ruhanitse ariko ntaho bitubwira ko dukwiriye kugoreka ukuri tugahindura ukuri kwavuzwe na Kristo Yesu. Mbese wari waganira n'Abahindu, Ababurdhist, Abasiramu, Abarozi n'Abapfumu ngo wumve neza Imana zabo izo arizo? Amategeko yabo ntaho ahuriye n'ayimana kandi bose bahakana ko Yesu w'Inazareti ariwe Messiah cga Kristo. Imana igufashe uhumuke muburyo bw'umwuka kandi ikubabarire kuko utazi Ingaruka zo guhakanya Umwuka Wera ariwo mwuka wa Kristo.

  • @JNissi-pu2rq

    @JNissi-pu2rq

    2 ай бұрын

    Kristo Yesu ashimwe!!! Niba byarateje impaka mwazamubwira akaba ariwe ubisobanura neza ku buryo abantu nbabasha kubyumva nk'uko bamwe babivuga ngo yabivugiye muyindi dimension. Byaba byiza cyane kurushaho ubwe abyisobanuriye neza.

  • @integuzaministries
    @integuzaministries2 жыл бұрын

    Birababaje kuba nyuma y'imyaka yose ubutumwa bwiza bumaze bugeze mu Rwanda, abanyarwanda batarasobanukirwa iby'ishingiro ry'ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo!

  • @TIK-TAK820
    @TIK-TAK8202 жыл бұрын

    👍👍👍👍👍👍👍👍👍

  • @ubwiru7023
    @ubwiru70232 жыл бұрын

    Ibintu apostles Gitwaza yavuze byo birumvikana ndetse neza Gusa Hariho abantu bahitamo kumva ibintu uko bashaka aho kubyumva uko biri bigendeye kuri Bible. Kandi Bene abo no kumva Imana birabagora. Ese ntitwari dukwiye gushyira hasi mind yo gushaka guturana hasi Tugakorera ubwami Bwa data? Cyakora abatabasha gusobanukurwa bo birumvikana, Ariko nabo bagasobanuza bafite umutima w urukundo ushaka kumenya utari uw agapingane. Thank you all.

  • @JackSon-sl3ct

    @JackSon-sl3ct

    2 жыл бұрын

    Byumva abajijutse gusa kuko amagambo avuga aba yuzuye ubwenge numwuka.

  • @JackSon-sl3ct

    @JackSon-sl3ct

    2 жыл бұрын

    Ntibyashoboka ko babikorana urukundo kuko kutajijuka nabyo bitera ubugome bwo kurwanya ababaruta. Ni inferiority complex.

  • @irambove
    @irambove2 жыл бұрын

    Ap Gitwaza afite influence ikomeye mw'iyobokama buri jambo avuze rigira discussion ikomeye . Azajye yihangana asobanure neza kuko ubwenge bwe ni bwinshi

  • @JackSon-sl3ct

    @JackSon-sl3ct

    2 жыл бұрын

    Exactly! Ni umunyabwenge cyane ikindi ntavugishwa nkabamwe tumenyereye ahubwo avugirwamo numwuka kuko nta muntu wafa kuvuga nkawe atuzuye ubwenge numwuka. Injiji rero zizakomeza kumutera imijugujugu kubera imyumvire mike.

  • @justinebora2047
    @justinebora20472 жыл бұрын

    Igiti gifite imbuto nicyo biterwa ibuye !

  • @shikuludamascen4819
    @shikuludamascen48192 жыл бұрын

    Namwe mwamenye ukuri andi Niko kuzababatura ubwo ukuri siwe yesukrito none ubwo uwanze kwemera ukuri cg uwamurikiwe akanga kureba urumuri akisinziriza ntazagirwaho urubanza? Mumfashe musubize,Murakoze papa ndagukunda cyane

  • @fatumauwimana1694
    @fatumauwimana16942 жыл бұрын

    Muvuga ibyo mudasobanukiwe mwese ababayeho Yesu ataraza muziko bstazajya mwijuru mwitegure arihafi kuza kubihakana

  • @jbwajesus705
    @jbwajesus7052 жыл бұрын

    muvuze neza mwese ndabashimiye rwose

  • @benjaminvyizigiro6353
    @benjaminvyizigiro6353Ай бұрын

    ❤❤❤❤❤❤

  • @mukanwalileonie2746
    @mukanwalileonie27462 жыл бұрын

    Ibyaha byose birababarirwa keretse gutuka umwuka wera ,ubu kugeza mukinyejana tulimo hari Umuntu utarumva ubutumwa bwiza bwa YESU KRISTO ,byose byarumviswe

  • @b.estherihirwe1266
    @b.estherihirwe12662 жыл бұрын

    Uvuze ukuri pe!!Abarwanya Gitwaza n'abatamuzi neza.

  • @shyaka-1
    @shyaka-12 ай бұрын

    Uvuze neza rata buri wese azanjyanwa numutima we.

  • @anastasehaguminshuti7981
    @anastasehaguminshuti79816 ай бұрын

    Arega n dumva yarababereye Yesu? Uwo gitwaza wanyu.

  • @user-nm1je5pt4u
    @user-nm1je5pt4u2 жыл бұрын

    Je mbona abantu mwamutahuye nabi polo gitwaza ntabwo ajejwe guca imanza zabanyamadini ko bazoja mwijuru canke batazojayo .muvyukuri yakoreshe amajambo yu mbwenge nuko abantu badatahura kumwe

  • @user-ck8wd7he9h
    @user-ck8wd7he9h5 ай бұрын

    Ariko murasetsa koko nonese abizeye cyamategeko ya mose harya ubwo niyababereye inzira yukuri ayo namarangamutima mushyira kuri yesu

  • @alafatiog
    @alafatiog2 жыл бұрын

    Oya sibyo Gukiranuka kw "Imana niko kuzatugeza mu Ijuru konyine ibindi byose ni ubusa.

  • @uhfvf1083
    @uhfvf10832 жыл бұрын

    Ama TV yiyi minsi abashaka ama viewers yitwaje Gitwaza kuko baziko akunzwe uwabona ifoto ye wese ahita afungura akabumva😀

  • @ernestinehaganje4001
    @ernestinehaganje40017 ай бұрын

    Uwakimubajije,yaranyuzwe???

  • @TIK-TAK820
    @TIK-TAK8202 жыл бұрын

    Jyewe ndamwubaha kbs ibz umuntu wavutse Imana yamwise nizina we😒 naho mwebwe ngo #nzamwita ejo

  • @user-uf4xp2ht6h
    @user-uf4xp2ht6hАй бұрын

    Gusa abantu basobanura ibintu kuburyo bitandutanye ,wavuze kubatubanjirije Yesu ataraza,Bibiliya ivugago abo baza cirwa urubanza ruhuye nibyagenderwagaho icyogihe.Naho abo mugihe cya Yesu we yivugiye ko ariwe nzira yukuri nubugingo none urambwirako utamwizera azajyayo?

  • @MosesElshadai
    @MosesElshadai2 жыл бұрын

    Ibintu Dr. yavuze birumvikana, ahubwo abanyamakuru nibo banyiri matiku

  • @JNissi-pu2rq
    @JNissi-pu2rq2 ай бұрын

    45:45 YESU niwe ufite ijambo rya nyuma kuri buri muntu wese: uko ni ukuri kutavangiye rwose. Gusa niba ibuntu biteje impaka yakagombye kugaruka we ubwe akabisobanura neza kurushaho akavuga ko abantu bamwumvise uko atashatse kubivuga, none c ntahari muzamubwire agaruke abisobanure ku buryo bwumvikana. Naho kuvuga ko Yesu nawe yavugiraga mu migani abwira abigishwa be ntaho bihuriye, none c nawe ni abigishwa be yabwiraga??? Erega impaka mu bantu ntabwo zabura cyane ko na Yesu nawe yaje mube ntibamwemera ariko kandi kuba Yesu ariwe: 1) Nzira 2) Ukuri 3) Ubugingo Iyo ni principe Birashoboka rero ko hari ababyumvise nabi bitewe n'inyungu zindi tutamenya ariko kandi byanashoboka ko harimo ababyumvise nabi kubera kudasobanukirwa neza. Ikindi kandi namwe murasibanura uko mubyumva ntimwavuze muti yadutumye ngo dusobanure dutya, ko ahari mwazamubwiye ko ijambo yavuze ryateje impaka akarisobanura kurushaho. (Niko nabyumvaga ku giti cyanjye si ukurwanya abakozi b'Imana). Gusa mu gihe tugezemo abahamagawe byukuri bakwiye gukanguka cyane amazi si yayandi.

  • @brightvonline5088
    @brightvonline50882 жыл бұрын

    Nonese,hano mu isi y'ijuru ni nde uzi abazarijyamo?

  • @vanessamutoni4869
    @vanessamutoni48699 ай бұрын

    Personally I don’t listen to him because his said a lot of specious things this is why it’s important to read your word and know Christ for yourself understand what salvation means 🙌🏾 encounter Christ for yourself stop relaying on people to meet with God we have the spirit of the lord to help us

  • @papalegendtv

    @papalegendtv

    9 ай бұрын

    Where have you been Cutie😂

  • @TIK-TAK820
    @TIK-TAK8202 жыл бұрын

    Sasa rero mureke tuvugishe ukuri uyumugabo sumunyabwenge burenze??

  • @JackSon-sl3ct

    @JackSon-sl3ct

    2 жыл бұрын

    Cyane rwose

  • @mukazirimwabagabohashura6401
    @mukazirimwabagabohashura64012 жыл бұрын

    Erega ukwemera kuba kumutima kd kubaha Uwiteka nibwo bwenge ese uwiteka ninde?

  • @vianneynsengiyumva7592
    @vianneynsengiyumva75922 жыл бұрын

    Uwo musore ndemeranya nawe 100/100.

  • @nsabimanabenjamin1100
    @nsabimanabenjamin11002 жыл бұрын

    Bibiliya ibivuga mu buryo butatu: 1. Ku bamaze kumva ubutumwa bwiza bw'ubuntu bwa Kristo, inzira n'imwe gusa. Ni Yesu Kristo (Yohana 14:6; ibyakozwe n'intumwa 4:12) 2. Abapfuye batari bumva ubutumwa bwiza, igihe Yesu yari ikuzimu yakoze umurimo wo kubabwiriza ubutumwa bwiza (1Petero 3:18-20) 3. Abariho bakazapfa batarumva ubutumwa bwiza bwa Kristo, bazacirwa urubanza rujyanye n'amategeko Imana yashyize mu mitima yabo (Abaroma 2:12-16)

  • @sabinemico8833

    @sabinemico8833

    11 ай бұрын

    Ubisobanuye neza 🙏🙏🙏🙏🙏

  • @estherkabebe4307
    @estherkabebe43072 жыл бұрын

    abantu bumvise nabi yavuze abatarigeze bumva ubutumwa bwiza bwa Yesu paul yavuzeko uwiyemeje gukkurikira amategeko nabasha kuyatunganamo yose aho nisawa uhubwo nuko ntawabishobora arko ibyo apotre yavuze nukuri

  • @fredak3326

    @fredak3326

    2 жыл бұрын

    Ikibazo Gitwaza yavuze ko atakwemeza ko Yesu Kristo ariwe wenyine nzira. Ibyo byonyine ni ishyano. Imana Data imubabarire mwizina risumba ayandi mazina yose rya Yesu Kristo kuko Apostle Dr. Paul Gitwaza ni umukozi wayo mwiza nubwo Satani yashatse kumutegera mumagambo. Ijuru ubwabyo byivuze ubwami bw'Imana aribwo bwami bwa Yesu Kristo. Ninde washobora kubujyamo atamunyuzeho? Igisubizo ni Ntanumwe. Yesu Kristo niwe mucamanza w'abazima n'abapfuye. Hari amadini menshi yabayeho mbere y'ivuka rya Yesu nayandi yaje nyuma y'ivuka rye ariko Yesu wazutse afite ububasha bwo kubwiriza imyuka y'abapfuye nayo kugirango imumenye imwumvire izabeho mubwami bwe cga nitimwumvira izacirweho iteka nk'abandi bose batamwizeye. Ubwo ni ubwiru buri muri Bibiliya Yera (1 Petero 3:18-20).

  • @sabinemico8833

    @sabinemico8833

    2 жыл бұрын

    Yavuze abatarigeze bumva ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo sinzi impamvu abantu batabanje gutega amatwi neza uburyo yasubijemo iki kibazo

  • @fredak3326

    @fredak3326

    2 жыл бұрын

    @@sabinemico8833 Ntamuntu utarumvise ubutumwa bwiza bw'ubwami bw'Imana bwavuzwe na Kristo Yesu. Abapfuye nabo barigishijwe ntakigaragaza ko badakomeza kwigishwa kuko Yesu Kristo ntaho ahejwe. Bibiliya Yera ivuga yeruye ko ariwe ufite urufunguzo rw'urupfu n'Isi y'abapfuye (Hadesi/Hades) - Ibyahishuwe 1:18. Abigisha n'abavuga butumwa bwiza bakwiriye kuba babisobanukiwe. Ibyo Intumwa Pawulo yabwiye aba Kristo b'Ikorinto nibyo Intumwa Petero yabwiye aba Kristo Nyuma bigaragaza ko hari ibyo bahishuriwe

  • @aminan777

    @aminan777

    2 жыл бұрын

    @@fredak3326 uvuga iki kuri Romans 2:14-16 ? Shalom 😇

  • @Gasimba785
    @Gasimba7852 жыл бұрын

    Mw'abapasiteri mwe muri abaswa kabisa, ni nde utazi yesu se, mwari mwaganira n'abasilamu ngo mwunve ko batemera Yesu.

  • @fowaahadjei7978
    @fowaahadjei79782 жыл бұрын

    Gitwaza ndemeranya nawe Imana niyo ibizi Abaslamu nabo bazajya mwijuru nibakurikiza amategeko

  • @anastasehaguminshuti7981

    @anastasehaguminshuti7981

    6 ай бұрын

    None niba atabizi arikutubwiriza iki?ubusa busa ,reka mbabaze niba Yesu yarivugiye ko ariwe nzira ibindi bisobanuro nibyiki? Urakekako kuyoba kwabenshi kwatuma Imana igira impuhwe, nongere mbabaze nigize umwigisha wibinyoma benshi bakankurikira byatuma Imana itinya kubaroha mumuriro ngo muri benshi murakoze mwirinde amaranga mutima yacu ntaho yatugeza.

  • @safiam5338
    @safiam53382 жыл бұрын

    Icyo nabunganira gato ikanzu ningofero ni nyambaro nkimyemda yindi ariko sukuvugako ikanzu ariyo iranga idini kandi buriya ntawuzi abazajya mwijuru na bazajya ahandi naho yaba arumukozi wimana imana yonyine niyibizi

  • @bararushyacelestin8074
    @bararushyacelestin80742 жыл бұрын

    Ubwiru bw'Imana ntahantu bihuriye nomuba ari doctor mwakabaye muvuga ibyo Yesu yavuze gusa mukareka kuyobya.

  • @mugiranezanaphutal1764
    @mugiranezanaphutal17642 жыл бұрын

    Harikibazo mufite mbabaze ikibazo unsubize Amategeko Yesu yavuzeko ataje gukuraho Amategeko ahubwo yaje kuyakomeza munsubize Yarayahe ? Nimumara kuyavuga mumbwire igihe yayahinduriye . Murakoze

  • @ndizeyereagan6629

    @ndizeyereagan6629

    2 жыл бұрын

    Ntamategeko yesu yavuze ko yaje gukomeza, yavuze ko yaje kuyasohoza(to fulfill ,accomplish) muvandimwe ongera uhasome neza , Matayo 5:17

  • @kabarezephanie3573
    @kabarezephanie35732 жыл бұрын

    Ntamuntu wicyitegererezo ubaho icyetegererezo cya abacristo Ni iyerusalemu

  • @healthservicetv1665
    @healthservicetv16652 жыл бұрын

    *REKA TUREBERE HAMWE kU INDWARA Y'AMIBE ESE WARI UZIKO IKIRA IGASHIRA MUMUBIRI?* Amibe ni indwara y’inzoka zo munda ituruka ku mwanda.Bishobora guturuka ku mazi anyobwa cyangwa akoreshwa ndetse n’ibiribwa bidasukuye. Ikaba iterwa n’udukoko duto twitwa ’Entamoeba Histolytica’ twinjira mu mubiri iyo uriye cyangwa unyoye ibyandujwe n’amagi yazo. Kugira ngo indwara y’amibe ikure mu mubiri, agakoko k’antamoweba histolitika karagenda kakibera mu mara, aho gatungwa n’amaraso kanyunyuza mu muntu, bityo rero kakaba gashobora guca ibisebe cyangwa kagateza ibibyimba ku mara. Ariko kandi hari n’igihe ako gakoko k’amibe gashobora no kwinjira mu maraso kagatemberamo bityo bigatuma gashobora no kugera mu mwijima maze naho kakahateza ibibyimba. Ibimenyetso bya Amibe ukwiye kumenya • Kubabara mu nda • Kugira umuriro rimwe na rimwe • Gushaka kujya ku musarane nyamara wajyayo bikanga • Guhurwa ibiryo bimwe na bimwe ndetse no kubura appetit • Impiswi akenshi hakagaragara mo amaraso • Kwishimagura,……….. • Kubyukana isesemi Uko twakwirinda Amibe Inama y’ibanze yo kwirinda iyi ndwara ni ukugira isuku y’amazi, ibiribwa n’isuku y’ibikoresho byo mu rugo, ukoresha amazi atetse cyangwa ugakoresha amazi arimo imiti yagenewe gusukura amazi, koza ibiribwa mbere yo kubirya, gukaraba intoki kenshi gashoboka cyane cyane uvuye mu bwiherero na mbere yo kurya cyangwa konsa umwana ku babyeyi bonsa. Ese Amibe iravurwa igakira? Abantu benshi bibeshya ko Amibe idakira ariko ni ukutabimenya kuko Amibe ivurwa kandi igakira burundu. Ahubwo ni ingenzi kwirinda bihagije kuko akenshi iyo umuntu yavuwe agakira maze ntagire isuku ihagije akongera kwandura akeka ko atakize neza kandi Atari byo, byaba byiza rero ugize isuku maze ukaba wirinze burundu indwara ya Amibe. Ubu rero habonetse imiti myimerere ikoze mu bimera ivura amibe igakira burundu. Iyi miti yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Administration). Muriyo miti harimo *Reishi na Yee Garlic* Iyi yica amibe ndetse ikamenagura n’ibikonoshwa amibe. Twabibutsa ko iyi miti nta ngaruka igira ku muntu wayikoresheje. Uramutse ukeneye iyi miti wahamagara cyangwa ukatwandikira kuri whatsapp +250783303692 ......

  • @kabarezephanie3573
    @kabarezephanie35732 жыл бұрын

    Aho ngaho uribeshya gitwaza kuko umuntu wamenye ubutumwa ntabwizere uba amaze gucibwa urabanza

  • @NtagungiraARemy
    @NtagungiraARemy2 жыл бұрын

    uzi ko mwari mumubeshyeye.ngo yavuze ko bazajya mwijuru.

  • @rukundodavid6836
    @rukundodavid683610 ай бұрын

    Umva wowe uvugako yavuzeko bigoye kubwira umusiramu inzira ya Yesu , inshingano zu mukirisito nizihe??? Yesu yaravuze ati mugende mumahanga yose muvuge ubutumwa bwiza kugirango bubabere umuhamya ( Mark 16: 15 ) None wowe ngo biragoye 🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔

  • @rukundodavid6836
    @rukundodavid683610 ай бұрын

    ARIKO IBYO MUVUGA BYOSE MWIBUKE KO YESU ARIWE "NZIRA , N'UKURI N'BUGINGO👈👈👈👈👈👈

  • @oliviernimbona8702
    @oliviernimbona87022 жыл бұрын

    Abapfuye bataramenya amategeko. Twebwe rero ntiturapfa twarayamenye bivuze ngo amategeko kuri twebwe azokurikizwa.

  • @user-io1vv2gc2y
    @user-io1vv2gc2y11 ай бұрын

    Gitwaza ararenze man ntimukamutindeho

  • @nsabimanabenjamin1100
    @nsabimanabenjamin11002 жыл бұрын

    Iby'Imana, ibyo kubona ijuru, ntabwo habamo gushishoza cg gukoresha ubundi bwenge. Ahubwo byose biri muri bibiliya byose byoseeeee. Waba pastor, waba apostle, waba bishop, waba umuvugabutumwa, nta mpamvu yo gukoresha uko ubyumva. Ahubwo byose birasobanutse muri bibiliya

  • @JNissi-pu2rq
    @JNissi-pu2rq2 ай бұрын

    Kuvuga ko ari imvugo ya Dr ntabwo aribyo nanone pe kuko birumvikana. None c bakumva batabwirijwe? Uwabwirijwe azabazwa ibyo yumvise

  • @davidmuneza8867
    @davidmuneza88672 жыл бұрын

    Gitwaza ibintu avuga ntimwabishobora azi ubwenge cyaneeeeeeee

  • @oliviernimbona8702
    @oliviernimbona87022 жыл бұрын

    Aba Islam babeirijwe Yesu bakamwanka ntajuru bazajamwo kubera niba barabwirijwe Yesu baramwanka baraciriweho iteka. Kobanse inzira yukuri bajayo baciye he? Aba Islam bizera inzira yukuri Yesu bazajayo. Namba hari aba Islam batarabwirizwa yesu abo bazojayo hisunzwe ivyagezwe bibagera muri societé

  • @deborahmukamuhirwa1329
    @deborahmukamuhirwa132910 ай бұрын

    Iyo Mana yakubwiye idini koko ibaho??? Nawe ayo ni amarangamutima yawe, Gitwaza nawe nimukomeza kumwogeza gutyo muraba mumukurira mukurimbuka.

  • @JNissi-pu2rq
    @JNissi-pu2rq2 ай бұрын

    IKIBAZO CYAVUTSE NI KIMWE GUSA ABANTU NTIBASHAKIRE AHANDI: VIDEO YARAKASWE. ABANTU NIBAYITANGIRE KUGEZA IRANGIYE KUKO NANJYE NAYUMVISE YARAKASWE NGIRA IKIBAZO ARIKO NUMVISE AHO YATANGIRIYE BIRUMVIKANA. UKURI NI UKU NGUKU: Abaroma 10:14 Ariko se bamwambaza bate bataramwizera? Kandi bamwizera bate bataramwumva? Kandi bakumva bate ari nta wababwirije?

  • @nsengafrancois4816
    @nsengafrancois48162 жыл бұрын

    Gitwaza yumvishwe nabi mu mvugo ye iracyagaragaza ko Yesu ariwe nzira. Bikim nawe sobanurira abantu ko umuntu ashobora kwakira Yesu acyambaye iriya kanzu ya Islam cg nibindi ,bityo uwo muntu aba yamaze kuba uwa Kristo. Abantu nibave mu rujijo Yesu ntarasimburwa.

  • @TIK-TAK820
    @TIK-TAK8202 жыл бұрын

    PAPA LEGEND A.K.A. OG much respect kbs umuntu nakwemeza uzabi uvuge erega

  • @alafatiog
    @alafatiog2 жыл бұрын

    Ariko uziko ibibazo ari ibibazo ,Yesu yabwirijwe uhereye kera kose yari azwi ,kuva mbere hose ,Adamu ,Nowa,Abrahamu,n'abandi bari bazi Yesu cyane kuko n'ubundi bose bakizwaga no kwizera bari bafite muri Yesu wari ugiye kuzaza .

  • @alafatiog

    @alafatiog

    2 жыл бұрын

    ntabwo rero Yesu ari uwanone uhereye mu myaka ibihumbi 2000 ishize ahubwo ni uwakera yahoze ari isezerano .Soma igitabo cy'itangiriro cyose iyo bavuga urubyaro ,murubyaro rwawe ngo nimo Amahanga yose azahererwa umugisha baba bavuga Yesu.rero muri make Utizera uwo mwana (Yesu )ntabugingo afite kuko ubugingo muri muri yesu umufite niwe ufite ubugingo utamwizera Azacirwayo iteka. Gusa muru banza rw'Imana .Imana izaca urubanza ikurikije uko Ijambo ryayo ryakirirwe n'uko ryumviwe bigendanye n'amahiwe wari ufite utakoresheje neza.kubatarumvise ubutumwa bwa yesu ngo Bamwizere hazagenderwa kw'ijwi ry'Imana ryumvikanira mu mutima nama uko ryumviwe Teleph 0786902044

  • @brightvonline5088
    @brightvonline50882 жыл бұрын

    Nonese,hano mu isi y'ijuru ni nde uzi abazarijyamo?

Келесі