DORE WA MU VISIMEYA WABAJIJWE N'UMUNYAMAKURU AGAHITA YIGENDERA|BABYISE ISHYANO|REBA IKIGANIRO CYOSE
Ойын-сауық
Umuyobozi w'akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza Kamanzi Axelle abajijwe ku kibazo cy'abasigajwe inyuma n'amateka bubakiwe amazu yatangiye kuriduka ataramara n'umwaka, yaruciye ararumira ubwo yari mbere ya banyamakuru ahita abatera umugongo arigendera.
Пікірлер: 99
Yoooooo nukuri uyu mubyeyi ntako atari agize pe!! Ntimumurimireho itaka rwose icyo kibazo cya nyuma wenda mwari kukibika mukakibaza ushinzwe imiturire!! Uwo mubyeyi yashubije neza cyane ibibazo byose yabajijwe!!
ibikomeye bibazwa mbere!!!!! ubu se ikosa yakoze nirihe komukunda byacitse!!!!!interview mumategeko ntigomba kurenza nibura 8min kumuyobozi, nabwo iyo ubaza ari umuhanga ntigera.bravoooo muyobozi kunda cyaneeeee
Uyu muyobozi Umenya arumu Cristo yanze kubeshya nogusubiza Ibyatazi aricecekera
Sometimes,silence is the best answer.
Uyumubyeyi ntako atagize yasubije neza kariya kajemo yarafite nubushobozi bwokubabwirako bizakemuka vuba mukagenda ariko yirinze kubabeshya namwe mugiye kwerekana kumbuga nkoranyambaga muzana agace gato muzikosore sibyiza ubundi itangazamakuru rikoreshejwe nabi rirasenya ariko rikoze neza rirubaka
Itegeko rya Access to Information: The information is the facts provided or learned about something or someone. With all that" how sure are we that she has that information?. Silence is better if you have no information( facts). Bravo VMayor
@mgj.c6758
2 жыл бұрын
Well said 👍👍
Mwamubajije byinshi murakabya,kandi aho kugira ngo usubize ikintu utizeye,wakwicecekera.mujye musigaza ibibazo muzabaza ubutaha
Uyu muyobozi narinzi ko atakibazo na kimwe yasubije ... None ndunva yarasubije byinshi !!! Rwose ndamushyigikiye ,ibibazo yasubize birahagije kuko si conference de press yari yakorssheje !!! nayo igira iminota yagombaga kureka umunyamakuru akajya no gukora akandi kazi..... Abanyamakuru nabo bakwiye kwiha agaciro kubaza umunsi wose nkaho nta zindi nshingano afite !!???
@kamanzifelcien3908
2 жыл бұрын
Sha ntako atagize pe ariko abanyamakuru bikigihe bakunda byacitse
Ariko namwe rero mwamujyanye kuyindi subject ubwose mwumvaga afite igisubizo ako kanya kandi ataribyo yararimo🤔 ahaho ndamwumva noneho kuko iyo abasubiza ibitaribyo mwari kubifata ukundi .ntakosa yakoze rwose kuri njye kuko ibyo mwari muri kumubaza mwabitandukiriye
Uyu muyobozi yagererageje kwitwara neza gusa abanyamakuru mujye mu gabanya kwiharira ijambo kandi ntimugasezere mutarahabwa igisubizo. None ko mwamusezeye agirekereza ubwo muli kumushyiraho ayahe makosa.
Ntabirenze kuko ashobora kuba ntanamakuru afite.
Yarabemeje
Ntitugace kuruhande mubyukuri yasubije neza ariko yasoje nabi ubwo se guceceka niyo solution yari kuvuga ati nta gisubizo mfite cg ati biri kwigwaaho byari kumutwara iki koko
Kubera iki RBA yahise ikurayo micro yayo
Ark Ibigoryi birenze Abanyamakuru nibihe? Ubu rero murimo kumuconganisha nabayobozi bohejuru ngo agirane ikibazo Nabo maze mubone ibyo Mubwejagura, ubux icyaha yakoze Niki?Muzajye Gatsibo murebe ibibazo biriyo murebe ko ibyo bimicro byanyu ko batabimena ark muhimbiye Uwo Mwana wumkobwa muramwiha knd Ntacyo atakoze ngo abasobanurire
Abantamakuru namwe murabaza ibiba,o byose mwabajije koko!!!! Ntagisu izo yarafite
Mu nyamakuru mujye mugerageza kuba abantu ubwo uwo muntu muri ze Aho mumubuza umugati mwazibabarira koko u wise icyo kibazo kumwe atashubije nicyo cyatumye muca ibikuba ? Aho kugirango asubize nabi yakwicecekera kdi mwamushimiye abona kugenda urabinako ntanagasuzuguro karimo.
Yari yabasubije nuko abantu tugunda kureba ikibi Kiri ku muntu aho kureba icyiza kimirimo!
Ndasetse
Ako abanyamakuru murarushay urabona iminotayose mwamubajije nange aringewe nakigendera
Ark namwe mwarimwakabije pe kubaza ibibazo ukagirango ntazagaruka cg ntajya abaha umwanya, mwagombaga kugaruka nikindi gihe
Uyu mibyeyi arasobanutse ! Abamuri hafi bamuhe congs ibi no ibisanzwe . mubonye bibangamye mwari bugacuttinge ariko nta birenze
Ariko njyewe ndabona yagize ikibazo Kiri emotional kuko wabonaga agiye nko kurira wenda mama we yishwe ninkangu
Uyu mu mama ashobore kuba yagize ikibazo during the interview
@techomeltd8330
2 жыл бұрын
May be kbs
Simbona se yari yabaganirije mere kose. Kiriya atasubije nicyo mwagaragaje gusa. Kugirango ibintu mwetekane ko mwasuzuguwe. namwe rero abanyamakuru haraho muhinduka abanyamatiku,
Njye ndakeka icyatumye atabasubiza ni uko bamubajije ikibazo kitajyanye na theme yazo!
@nicegreentv9635
2 жыл бұрын
Ikijyanye na theme ubwo kizaba ikihe?
@pascalndagije1320
2 жыл бұрын
None se ko ashinzwe imibereho y, abaturage wumva byari kubazwa nde?
@inezgusa01
2 жыл бұрын
Ikibazo ni uko agomba kumenya niba ibyo bavuze batabihimbye... Niyo mpamvu atasubiza umukuru w'umudugudu, akagali, umurenge batamubwiye amakuru nyayo! Visi Meya ntabwo amenya details z'ibibera muri za quartiers. Byaba ari ukwaka akazi inzego z'ibanze zaho!
@Thierry354
2 жыл бұрын
@@inezgusa01 ariko se agaceceka cy yasubiza ko Wenda afatanya ninzego zibanze akamenya ayo makuru neza
Mbere hose se?
😁😁😁 ukuntu byatangiye bameranye neza bikarangira bashwanye akanagenda adasezeye😁😁
Uyu mumama harimpamvu Atasubije iki kibazo suko Byamunaniye.
Uyumuyobozi yarasubije pe ntako atariyagize !
Ahubwo urabona afite ibibazo byinshi mu maso. Wasanga yavuye mu rugo atonganye na bwana 🤷♂️
@mukamakombesofia8478
2 жыл бұрын
Hhhhhhh aragowe rero niba ibibazo bye azabizana mukazi ashinzwe
Uyu mugore n'umuhanga pe
mbona Atari kubihorera pe yenda yarikubabwirako atarabizi ko agiye kubikuricyirana.guceceka sibyo.kbx
Ahubwo c nyuma yo gushimira umuntu hakurikiraho iki? Nukwimanukira!🤸♀️
ni ntwari
Umuyobozi yasubije ibintu yarimo yivugira byimirire. Nuko mumuzaniye ibyimiturire atanazi mu gihe akirimo kubitekereza muba muramushimiye muri make mumubwirako birangiye. nge ndabona nta gikuba cyacitse amakuru umuyobozi yari afite yayatanze ayandi mwamutunguye.
Nyiramannyo
Niwe ubashoboye🤣🤣
Mubyeyi mwiza wasubije neza ahubwo abanayamakuru bafashe agato kabi akaba ariko bakwirakwiza mbere bahishe ibyiza byabanje ahaaa nzaba numva ntacyo mvuze
Yarabasuzuguye cyane abayobozi bamwe ntibaha itangazamakuru agaciro kd abaturage aribo baba batezeho ukuri kwaburi kimwe mubibakorerwa
Ntampamvu yokumuzanaho ubujajwa bwanyu
Hahahahahaha nanjye mbona yari gusubiza abanyamakuru ko icyo kibazo atakizi ko wenda agiye kugikurikirana akazabaha igisubizo ubutaha Hano rwose yagaragaje agasuzuguro cyangwa uburere bucye naho gusubiza ko yari yasubije ibyanyuma byabindi bica amazuru birayamuca nyine Sorry ntawe udakosa tumubabarire ariko yarakosheje
Umumama yiburiye igisubizo da
@niyomugabafelix7794
2 жыл бұрын
Uyu mu Mama njye mbona ntacyo mushinja .gusa murashaka ama views gusa musabya abayobozi ibyo arimo arabizi kd ntacyo atakoze asubiza kd neza
Ndasetse🤣🤣🤣🤣
Yewe ntakosa narimwe mbonyemope ahokugirango asubize ibitaribyo yatuza kd abanyamakuru namwe murakabya kuko yabasubije ibibazo byishi ubworero ikibazo kimwe atasubije sicyo cyatuma mumwiha
Nuwakahe karere
@mugiranezaeric1805
2 жыл бұрын
Musanze
😂😂😂😂😀😀 ukuntu yiruka nkuwiruka mugipangu cyiwe murugo nibyo ntamenyera mwa 😂😂 namwe mwari mwamubajije igihe ariko banyamakuru mwe banza yari ananiwe agafatwa nakantu please please please
Ariko abanyamakuru muragoranape ubu umwanya amaze avuga asobanura imibereho yabaturage ni muke ahubwo numuhanga ukomeye pe
Bamwirukane?
@xxxyyy3737
2 жыл бұрын
Umusimbure se?
Umuyobozi uvuga ataruhuka hahahaha
Hhhhh ndumiwe
Bamutindanye agerahoo arakubwa
hazoze mbona abantu bapostinze bikancanga gusa ntagitangaje kirimo,kuko mwamubajije bihagije abasubiza neza kuko biri munshingano bibyo akora ibi bindi mumubaza rero yumvise Atari ngombwa kwihutira kugira icyabatangariza,erega RIB siyo yonyine ikora iperereza kukintu runaka burya n'umuyobozi atanga ikiganiro cg amakuru kubintu yakozeho iperereza,ndumva ntabirenze rero kuba atihutiye gusubiza ikikibazo cg wasanga hari na mugenzi we wakagombye kukira icyabivugaho kurusha uko we yabibasobanurira nuko mbyumva kuruhande rwange🤷🤷
Ahubwo nawe asubiza byinshi kukibazo kimwe
Nkurikije iki kiganiro uyu mu byeyi yagize ikibazo ntimwabiha agaciro, kuko ibindi byose yasibizaga neza. Ahubwo abandi ko bataduhaye nkibi🤔🤔🤔🤔
Ndabona yari yabiborotse ibyo ya ugava hariya kacitse ntawundi mutima mubi
Aho uyu muyobozi ni ymuhanga kuko bigaragara ko ibibazo byose uhari yabisubije neza .Iki kibazo yarimo agitekerezaho kugirango abasubize nuko bahita bamushimira atabashije gusubiza.njye niko mubibona.
Ariko rero iriya edited video mwaramusebeje koko biragaragarako uyu muyobozi yari yabahaye ikiganiro kandi kiza, mwarahemutse kumugaragaza nabi mugihe mwavuganye umwanya ungana gutya kandi asubiza neza
U
Uyu muyobozi ko byamubabaje raaaaa hhhhhhhh
Démission démission démission démission démission démission
@xxxyyy3737
2 жыл бұрын
Humura ntibamukuraho ngo umusimbure tuza ukomeze wibere uwo uriwe kandi arakomeza kuba umuyobozi.
@xxxyyy3737
2 жыл бұрын
Kuko ibijyanye nishingano ze yabisubije neza
Ariko uyu ko ntawumubajije ibyo murugo rwe yashubije ibyo bamubajije niba atabizi akegura.ubwo se umuturage amugenza ate?
Byashoboka ko yari akubwe ajyiye ku bwiherero aragaruka wenda 😃😃😃😃
@irakizatv2584
2 жыл бұрын
Hhhhhhh
Hhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhh
Aliko afite ikibazo cy'iminwa
@nyiresthertv8572
2 жыл бұрын
Ni feminine iri muri mind ( ka kandi ko kwirya usangana umugore ukiri muto , ubwo ku minwa ni ho hari hormone nyinshi za feminine
Ariko ndabona nta igikuba yaciye,Kuko mwamushimiye abona kugenda.Rero kuba yagiye nuko mwari mumubwiye Ngo murakoze. Ikindi nuko mwari kongera kuganira Nawe nyuma y'Inama mukongera kumubaza Kuri kiriya kibazo,Wenda muri Iyi inkuru mukatubwira ko yabimye Umwanya. Urebye Rwose yari yagerageje,Namwe mujye mushima pe!!! Ntimugakunde Cyane Views,Like,comments mujye munakora Kimuntu not only business guys!!!!!
@sawarero9652
2 жыл бұрын
Yagerageje ariko nyine ku munota wa wanyuma yitwaye nabi.ubwo se nkumuyobozi kuba abajijwe ikibazo abaturage ayoboye bagize akabazwa icyo azabafasha agahitamo kubacecekana ubwo urabona byo nta kibyihishe inyuma??yarangiza bamushimira akikubita akagenda niyo Waba Ari ubwambere uvuganye nitangazamakuru ntiyari kwikubita kuriya babyita ibimwaro ahubwo icyo kibazo azagisobanure ndetse ndetse afatanye nabo bayoborana kugikemura buriya Ni ubushizi bwisoni Niko mbibona🥴
@gatabazijosefu5974
2 жыл бұрын
Murwanda turacyafite abayobozi nkaba koko abere abandi isomo
Arazunguza amannyo yanga gusubiza sulambaya ABA nibo baduteye ubukene
Birashoboka Ko atumvise ikibazo neza 🤔
@maeli6300
2 жыл бұрын
Hama ntiyari kubabwirako atumvise bakamusubiriramwo🤔
Mumwirukane
@africangasorejeanmichelson177
2 жыл бұрын
Ndumva ubaye umuyobozi wamara abantu...kuki mureba cote négative gusa
@mugishafatuma7612
2 жыл бұрын
Bakaguhe wenda wowe uzabona ibyusubiza ntakutagize ushinzwe imiturire bamushake asubize
@Decoration20247
2 жыл бұрын
Ishyari gusa bakaguhe se?
@Decoration20247
2 жыл бұрын
Ishyari gusa bakaguhe se?
Ndebera uburyo vice Mayor akaraga amabuno yuzuye imisoro yacu bamubaza icyo afasha abaturage bari mukaga agahungira munzu atubatse uyumugore rwose ateye isoni niba anashoboye ntashobotse
@shimwatv2215
2 жыл бұрын
Wakabije.
@nyiresthertv8572
2 жыл бұрын
Oya sha ! Ariya mabuno yarayavukanye ntiyayazaniwe n'imisoro
@MNE11985
2 жыл бұрын
Ntabwo yahunze ntimugakabye, umunyamakuru yaragize ati murakoze ubona ko ikiganiro gisojwe
Niyo baba bamubajije kuyindi subject nabyo biri munshingano ze ntiyakabaye abacecekana kuriya yajyaga kugira icyo avuga!
@africangasorejeanmichelson177
2 жыл бұрын
Hahahaha ni uburenganzira bwe ariko Guceceka
@mugishafatuma7612
2 жыл бұрын
Wowe c ariwowe wasubiziki? Ariwowe ntabwo byoroshye mumureke