DORE UKO UBIMENYA KO UMUKOBWA YAKWIMITSE MUMUTIMA WE 100%
Dusangize ibitekerezo byawe ukurikirana urubugarwacu rwa facebook
kiza natasha ndetse na Instagram @ natashakiza3
Niba wishimiye video y'uyu munsi reba izindi aho hasi nkazo.
Gukundana numuntu uri mumahanga reba izo video
• MENYA IBINTU 10 BIVUNA...
Inama kubakunda muri rusange reba izo video
• MENYA UBURYO UKORESHA ...
Menya uburyo utegura amafunguro videos zose aho hasi
• DORE UBURYO WATEKA PIL...
Kwita kubuzima reba izo video
• MASQUE YAGUFASHA GUKUR...
Connect with me on social media
Facebook: pages/?categ...
Пікірлер: 68
Natasha uraho.nukuri ngushimiye mbikuye kumutima, wanyigishije gutereta, nukuri ubu ndanezerewe ndi murukundo.
Natasha ndagushimiye cyane !!! Mfite icyibazo biterwa nicyi kuba ukunda umukobwa koko wumva ari umugore wawe nubwo mwaba mutarashakana ariko we ukabona ashidikanya byaba mumagambo cyangwa mubikorwa kandi warakoze buri kintu gyishoboka kumwereka ko azakubera umugore arko mwaba muganira ukumva ashidikanya nukuri mbabarira umbwire
@natashakiza3488
Жыл бұрын
Wiriwe Frank, mubuzima busanzwe iyo uvuze nkikintu ntugishyire mubikorwa bituma ashidikanya muri buri byose. Waba wara mwerekanye mumuryango?incuti zawe zaba zimuzi? Waba umaranye nawe igihe kirekire muziranye?Niba mutaziranye bihagije wowe ukahita ubona ko akwiye Kuba uwo uzashaka ariko kuriwe akikwigaho bimutera gushidikanye kuko wabimubyiye hakiri kare. (Ikindi aha niba umukobwa bitamurimo ariko uri mubuzimabwe kuko haricyo agucaho ntakwemererako mwabana kuko atibona nawe muri future agahora akwereka ko ashidikanya kuko atarakwakira nkuwo azashaka ariko aha arakunaniza cyane umunsi kuwundi aho kuganira ataguha umwanya we, ukabona ariwowe ushyiramo imbaraga nyinci kugira ube mubuzima bwe.) Ubyo urebe izi ngero 2 nguhahe urebe nihe ubona agu shiramo.I hope nsubije ikibazo wambajije.Umunsi mwiza.
Yeah give us More nivyiza cyane
Good lesson ,better courage Natasha kiza
Natasha ndi kimironko nkunda iganiro utugezaho❤️
Thank you so much Natasha
mbaye nuwambere kuyuviriza
Ibyo byari byakera Natacha Ubu ngubu ntamukobwa yokora ibyo ngo agume akwandikira jewe ntabyo nemera ko hariho umukobwa wabikora
Yes Nukuri ibyo
Much love❤❤❤❤
Ndagukunda cyane kiza
Nukuri wanyubakiye urukundo 💕💞
Muraho neza!nitwa Anthony ikgl ibiganiro byae nibyiza cyane!niyihe mpano Waha umukobwa winshuti yawe kndi aba muntara!
I am going to watch you shortly
This is real and makes more sense, I should count on her right away🥰
@natashakiza3488
Жыл бұрын
Glad to hear🙏.
Much respect kbx
Nice
cyakoze
Je hari umukobwa tubana muri cartier vyaranse uko nomubwira ko namukunze.Ndabigenzente? Merci.
Ivyutubwira nivyo nn se komfise umukobwa misiyose mugitondo sasit nimugoroba anyandikira inyipfutiza ibvyobintu ubwoyobankunda?
Yego cyan
Ndakwikundira especially your voice
@natashakiza3488
Жыл бұрын
Urakoze cyane
Yeah👍
❤❤
Natasha Welcome
Ibiganiro vyawe ndabikunda birafasha gutahura
yego.
Yego hama nashaka mumbwire uko warasha umukobwa ariho mugihura iryambere
@natashakiza3488
4 ай бұрын
Iyi video yagufasha kzread.info/dash/bejne/fqRozJKLhbDeYM4.html
Nukur wew uvug ukuri ndakwikundira
Yego
yego
mukaza muranduha namapotaeri yokoeogoramwo abandamu nonndufise imborogufimuchaka turobingezegutw
Noneho! Urakoz . Akubony akakwinyegeza bikubwira iki? Kugum atwenga, murikuvugan?
Nkumu kobwa muba mubana kur like uba American canke Canada womenyagute kwagukunda?
Nkunda ibiganiro byawe Uzadukorere 1. Nigute wamenya ko umukobwa mukundana agutendeka (akunda nabandi) 2. Nigute wakwitwara igihe uri in distance relationship 3. Niki wakora kugirango uzarambane numukunzi wae
murakoze cn
Ego
😍😍😍
I love you Natasha. Ni omer iburundi
@natashakiza3488
Жыл бұрын
Thank you 😊 Omer.
Bamuguteranyijeh
Yegooooo
Mbega nkiyo mukundana numukobwa ariko igihe cose akakwandikira aruko umutanguye uwo mukobwa mwogumana?
Amahoro nata
Kwagaza mukigaza noho bisobanuriki naho beshi barabikoresha
@natashakiza3488
Жыл бұрын
Nibadusobanurire sinzi bivuze nanjye.
Murakoze , byinshi mubimenyetso biranga umukobwa wita kumusore umukunda ndabona. Ariko kimwe nuko iyomwandikiye arasoma sms ariko ntansubiza . Nonesubwo nakwizera ko azampindukirira, ngaho nsobanurira.
@natashakiza3488
Жыл бұрын
Mico urakoze kubaza. None Mumaranye igihe kingana gute mukundana?
@micofrederic9879
Жыл бұрын
@@natashakiza3488 Murakoze, tumaranye imyaka itatu 3years and 2 months. Iyo ampaye umwanya kuri 4ne numvu urugo narugezemo, ariko yego yiwe narayivuze kd ntabwo ampamagara, niyo nanditse arasoma ariko nta subize . Gusa iyo tuvugana kuri phone ntabwo anca mwijambo gusa amainite anshirana numva akinkeneye yewe niyo nova navuze ibyo tudahurizako( urug: nko gutangiza umushinga wubukwe.)
Yego advisor wacu
Yego
Natasha ubu nawe nagutreta kandi ukemera
Yego
Yego
Yego
Yego
Yego
@ClovisNdizeyimana-bx4sz
2 ай бұрын
💗💗💗
Yego
@ntiheburacharles2898
Жыл бұрын
Yego , kandi ndabikundira cane
@NezaUmulisaAlice-pi9gi
11 ай бұрын
Yego