Ddumba ibyo avuze nukuri 100%, nanjye mba Europe ark ingigo zose avuze nukuri 🙏🙏🙏🙏🙏
@ak48.094 жыл бұрын
Ddumba has really told the truth. I'm Ugandan living in Texas. Everything he said is true. I lived in Rwanda for 2years, still learning the language. Good job to you ladies!!
@emmakay3883
4 жыл бұрын
AK 48.0 AKA 48 , Texas where, I am in Fort Worth hit me on my email, if possible..ekayitare@lincolnucasf.edu
@ak48.09
4 жыл бұрын
@@emmakay3883 uh! Nice I live in Dallas. I will reach out and hopefully see you after things get back to normal.
@user-rl8pq3uj4w6 ай бұрын
kbx ahoho uraduhuguye nanjye mba numva mfite inzozi zo kuzagera us ahubwo inzira bicamo nizihe mujye munaduha information y uko umuntu yagerayo thanks Dduma.
@jeanpierrenzeyimana45323 жыл бұрын
Doumba ikiganiro cye kiraryoshye cyane kubera ko yagiyeyo ari muto. Hari byinshi yize kandi hari umuco yahinduye.
@maombihakiza58584 жыл бұрын
yaaaa Ubivuzeneza cyane nshimye TBT kbs nahano Finlnd nikobimeze mumibereho ijyihari namafaranga ariko kunezerwa nigake kbs nkabaje turi hejuru yimyaka 17 dukumbura Afrika cyane kuko harijyihe inshuti zacu ariho zasigaye bikaba impamvu yokuhatekereza.
@Sunshine-ms4ih Жыл бұрын
This guy is wise burya kabisa. Najyaga mubona asetsa but I had never actually heard him talk for a long time.
@gilbertmugemanyi71834 жыл бұрын
It’s true ibyo ababwiye kandi DDumba is smart true
@Afroxidental1234 жыл бұрын
Ok njye maze kumva iki kiganiro, ariko ngiye gutanga comment yanjye mu cyongereza no mu kinyarwanda. Mba muri Canada nanjye, mu ntara ya Quebec. Niho mvuka, ni n'aho nakuriye, nagiye mu Rwanda inshuro 4 (my last time was last summer) so the points I'm going to give take into account my experience as a Canadian-Rwandan. There are some points I agree with Ddumba, nkuko iyo umuntu ari umunebwe cg umukene mu Rwanda, azongera abe umukene cg umunebwe aramutse agize amahirwe wo kuza muri Canada. Ariko iyo point nayo ikeneye balance, kuko njye impanvu abadiaspora bakunda gusubira muri Canada cg USA, ni kubera ko system yaho iri already built for the easy development of the person. Opportunities aho ziba ziri nyinshi kdi amahirwe muri Canada wo kwicwa n'inzara, nk'urugero, ni hasi cyane ugereranyije n'ayo mu Rwanda. Niyo mpanvu usanga abapapa n'abamama mu Rwanda bakunda kwohereza abana babo ngo bajye kwiga muri Canada kuko system iba iri already built. Ddumba ukuntu avuze yuko system muri Canada iri made kugirango ube trapped ntago aribyo unless you let it trap you. It's all about wisdom as he said. Ariko njye ndi umwe muri bo bashaka kuzasubira mu Rwanda in the next 3 years, ariko ndabanza gutakinga advantage of the system Canada offers me, and see how some parts of it can be applied in Rwanda, without pretending to change the whole system. Because Rwanda is a civilization as a whole, and has to be considered as such. There are great things in Canada that can be brought in Rwanda, but it takes wisdom to put them in place buhoro buhoro. Ku byerekeranye n'abagore na rights bafite, I think he's exaggerating. Bafite droits, ariko mu buzima bwa buri munsi, as a man, I don't feel less valued than a woman. Those scenarios of divorce happen because two stupid people got together, thinking they could get advantage of each other in a dishonest way (the man downgrading the woman, the woman sucking everything from the man). Njye nzi imiryango myinshi y'Abanyarwanda where the two parents are still together for many years, kandi nibo the majority mu Banyarwanda nzi baba muri Canada. Impanvu usanga abana babo babaye ibirara n'uko ubuzima muri Canada bushobora gutuma utamenya abo abana bawe bagendana, icyo bumva, abo baganirana, kubera ko umubyeyi arazindutse, akajya ku kazi, akagaruka atinze, agateka, akarya n'abana babo, bagahita bajya mu bintu byabo and life keeps going. No time to educate, to follow up, anything. But as I keep saying, wisdom and responsibilization, from the parent as well as from the child. Musenge, mubahe Imana, the rest, he's gonna take care of it.
@gerardnizigama115
4 жыл бұрын
Uvuze ukuri pe. Ahubwo Juliet na Clair bari bakwiye Gusuma iyi comment yawe. Ni 100% right. Njye mbaye muri Canada imyaka irenga 30 commentaire natanze ihuye niyo yawe, warahavukiye, nanjye nahageze ndi muto cyane ndahakurira. Nicyo gituma twahuje commentaire pe. DDUMBA yabesheye Canadian system cyane. Nimba Canada yabaye igihugu cya kabiri mubuzima bwiza muri 2018, icyambere cyabaye Suisse, nivyo pe ndabyemeza koko, kandi iyo rapport y'isi yose yagizwe n'ababizi neza. It is a system of opportunity. Mu myaka nka 25 ishize njya muri Afrika every year. Ibyo wavuze kuri comparison you are totally right. I am asking Clair and Juliet to carefully read your comment, which is exactly like my long one I made. Wagira ngo ntabyanditse tikumwe. As you said it might not be very easy to implement some changes in Rwanda based on Canadian way, it is two different systems and it requires caution and gradually and at the end you will make your contribution using the best inspiration you got from Canada. Again I congratulate you for saying the naked truth without bias. Imana iguhezagire, we need honest people. Like you
@edisonwaza7739
4 жыл бұрын
Murakoze kabisa for your I deas kbx kdi nibyiza kabisa
@OneMuntu
4 жыл бұрын
I believe ko ibyo Ddumba arikuvuga ni perspective yumuntu wakuriye murwanda akagya canada cgw se mumahanga, nibyo ahura nabyo. Uko mbyumva ngewe, mbona abana bakuriye hanze nabakuriye murwanda ntibakumva ibintu kimwe coz they we're brought up in two different worlds. Niyo wazagya ugya murwanda buri mwaka, Hari ukuntu uzumva ibintu bitandukanye nuko uwakuriye murwanda (niyo yamara 30y) azabyumva.
Ddumba ibyo avuga ni ukuri . Mba Europpe . Nawe nibyiza muganiwe from now to invest there never be later . Africa ifte potection nyinshi. TBT iki kiganiro nuyu mutipe nibyiza kuko bizaza bitanga figure yomumahanga uko hateye. Kumva ko buriwese ashobora gushaka ubuzima bugakunda depend na courager yawe. Thaxx.
@habiyamberejean-marie45794 жыл бұрын
Rwose yabaye bashobora kuvugana namwe nagira icyo nongeraho ngatanga ma version, aravuga ibintu biri local cyane
Thank Dumba kutubwira muri macye!!!! we wait part2
@mukundemukunde75694 жыл бұрын
KABISA USOBANUYE NEZA UBUZIMA BWA HANO NEZA NTACYO NAKONGERAHO.
@stellabatamuriza65554 жыл бұрын
THANKS so much for explaining to our people because no matter how we try to explain to them they will never understand how we feel it's west of time the way I'm from Burundi living in America
@jeanpierrenzeyimana45323 жыл бұрын
Haribyo Society zabo ziha agaciro bihenze cyane. Ari nabyo biha agaciro umuntu. Iyo utabifite ntabwo wabona amafaranga. Nta nuwuguha icyizere. Bityo bikakudindiza ntutere imbere. Wabijyamo nabwo bikagutwara amafaranga menshi cyane.
@jeanpierrenzeyimana4532
3 жыл бұрын
Amafaranga barayaguha arko bakongera bakayagutwara n'ibiyakugezaho. Niko Capitalism yubakitse.
@smjl15164 жыл бұрын
Ddumba urakoze kutuvugira. Iyo video muyihererekene bose bayimve uko ubuzima bumeze bareke kujya badutesha umutwe.Urakoze cyane Ddumba namwe abanyamakuru
@bigirimanaabubakari35544 жыл бұрын
So interesting, everywhere has challenges,gusa Kuba muri Diaspora hari some Advantage kandi nabwo bisaba mumutwe. Guys you are doing excellent job. TRUTH BE TOLD 🇷🇼
@napoleonnimbesha31384 жыл бұрын
Woou avuze ukuri.. Nuko bimeze p.. Th most African people bibaza ko Kuba (gutura) muri diaspora ko biri easy but that's not true at all.. Home Sweet home.. It's so hard outside there. Let's build out continent. @Africa it's really a paradise..
@Richard-pb7mt4 жыл бұрын
T B T Vraiment ndishimye Muzamugarure Kuko Avuzeukuri kuri 100%Dumba ndagukunzesana Ndumunye Congo mbera muri Sweden ariko system zababazungu nizimwe. Ahubwo igikuru twubahe ibihugubyachu. Merci T B T Rwanda
@bajenezaemmanuel33234 жыл бұрын
Ndi canada aho Ddumba aba 100% ibyo ababwiye nukuri cyane
@jamilairakoze6600
3 жыл бұрын
Nshya ndipfuz kuhashika kwer
@hassinatumukunde41034 жыл бұрын
Nukuri muzamugarure
@kidstz26954 жыл бұрын
From Tanzania🇹🇿
@eddienziza91773 жыл бұрын
Truest of truth.abisobanuye nezaaaaaà
@richardsangwa21464 жыл бұрын
Monsieur Ddumba Semitego ndagushimiye cyane ibyo uvuze birenze Kuba ukuli 100% MBA I Burayi nagiye Canada marayo 3 ans nahavuye kibuno mpa amaguru.. ntaheza nkiwanyu. twakwiye kugira neza ibihugu byacu muri Afrique twese hamwe dufatanyije tukareka kugwa mu buhenda abana abazungu badushukisha nshimiye n'abajournalistes ni beza elles sont très professionnelles babaza ibibazo byiza byubaka bikanigisha byungura ubumenyi n'ubushishozi. Might God bless you all.
@eddienziza91773 жыл бұрын
nta u mu aventurier wemera undi cyaneeee cyanye iyo muvuga rumwe na vision akenshi ziba zitandukanyecg c muri muri different stations or life style.
TBT is soo dope .Juliet and Claire ba presenting neza cyaneee with constructive common sense.highly energetic flamboyant biryoheye amatwi binafite aho bishingiye
Mr Ddumba, respect man. Uvuze ukuri kuri bamwe May be is shocking but kubandi babibayemwo is hitting to the spot(May be counselling theurapy who knows). Thanks to the TBT team have invited you🙏🏾
@Kabuzebasiza4 жыл бұрын
Ddumba Kbsa avuze ukuri kwinshi...very honest...system hafi ya zose z'abazungu ni zimwe ibintu byinshi yavuze abantu baba hanze biyumvamo haba Europe cg North America...gusa nyine kuba umushomeri n'ubushake niyo difference ikindi icyo yibagiwe kuvuga nuko hanze haba abakobwa bake bene wacu ! Kandi abakobwa nta dini bagira hari igihe usanga tanto bari ku datinga abanyamahanga twe abanyarwanda b'abagabo dukunda gustikinga kuby'iwacu..naho abirukankira hanze burya hari imyaka itari myiza kujya hanze..nimba uri over 25 think twice ..bitwara igihe kumva systems minimum 10 years... already uba ugeze 35 ubwo namwe gutangira ubuzima @ 35 sinzi uko abandi babyumva!
@uwamahoroemmanuel75454 жыл бұрын
Courage TBT, mwakoze kuzana Ddumba...love u
@Ngewe.2143 жыл бұрын
sinarinzi ko this guy burya ari serious bigeze aha hhh...asubiza neza as a gentleman
@manziamaniinkotanyicyane42014 жыл бұрын
Mr Ddumba you are meaning the real, thank you kbsa Mrs Juliety and Mrs Claire ilove the way how you seat down and think to whom we may have a conversation with its agreat job may God bless You
@Kabuzebasiza
4 жыл бұрын
Ikindi kibazo!!! nkubwo wavuze i Kinyarwanda, uziko ntumbise ibyo uvuze!
@UwimanaPaul-zl1gc
7 ай бұрын
Hello! Mwurakoze ! Mwaduhaye nimero ya Dumba?
@thecharitytv20454 жыл бұрын
Ok ni byiza bakorera amfaranga menshi iyo uyabaze mu manyarwanda ariko mujye mwibuka kubabaza uko bayakemuza ibibazo byaburi munsi.kandi niba umuntu yakwiyubakira inzu ye hanze bitagoye.ese byasaba iki ngo umuntu akore akabisinese ke kugiticye
@landryruberintwari13164 жыл бұрын
Clair and Juliet you are doing great, keep it up. Love from burundi
@gabrielmushi28134 жыл бұрын
Kumbe huyu jamaa ni mrwanda 💥💥💥💥
@gorettyndoli68904 жыл бұрын
Interesting conversation!
@allanrusty97074 жыл бұрын
This guy has alot of wisdom & content.. type of people to be invited we pray you bring such mind captivative people more often#part 2 should come Asap pliz en pliz
Somewhat nukuri ariko biterwa nuko wahinjiye. Iyo uhinjiye kuri green card ubuzima buba bugoye pe, kuko nta support ya government ubona nkuwaje ari impunzi. Gusa ndi USA. tumazeyo 4 yrs ariko umutware wanjye akorera 30 dollars hourly nkakorera 18 dollars. So byose ni mumutwe kdi Ikindi buri mwaka ukabona tax return itari munsi ya $9000 iyo ufite abana. Inah haba hari opportunities nyinshi iyo mushyize hamwe no matter what mugera kucyo mwifuza kdi nta stress za school fees kuva umwana atangiye nursery kugeza arangije secondary. Home sweet home but iyo imyaka yose wahabaye ntacyo wagezeho in 4yrs only ukaba ufite burikimwe ubwo urumva waherahe uvuga ko ntakigenda?? To be honest with you guys, I'm enjoying every single bite of this country!!! Icyo abenshi babura ni information zicyo ukeneye gukora kuko iyo uturanye nibigwari biguca intege gusa.
@janviermurwanashyaka685
4 жыл бұрын
yego rata byose ni mu mutwe biterwa ni myumvire meme nahano mu Rwanda turi ntibyoroshye???
Ibyo DDumba avuze ni ukuri rwose.kandi abanyarwanda muri mu gihugu mute mwiza gushima kandi namwe mugire neza abandi kuko iyo umuntu nakoherereje 100€ cf 100$ si uko aba yabuze icyo azikoresha.ahubwo aba akwitangiye bitewe n'urukundo. Rero please mwige ikinyabupfura.ubuzima bwo hanze ntibworoshye
@shemathierry79354 жыл бұрын
He’s really gusa nanone ntago ari ubuzi bubi Coz hari n abantu bakora mu ma office bafite ubuzi bwiza cyane bakora mu ma Call Center no muma Office bakora he hose kandi baba bahemba amafaranga menshi cyane so wivuga ngo nubuzi bubi cyane Secondly hano ibwa n ipusi bifite agaciro cyane kuko habanza Umwna ,umugore then Ibwa n ipusi, then Umugabo aza nyuma
@ndayishimiyeemmanuel91144 жыл бұрын
Thank you Ddumba and TBT
@mutra97114 жыл бұрын
Jyewe ndagushimiye cyane pe!!! Uratuvugiye
@claudine5691
4 жыл бұрын
Ndoumba ibyo uvuze nibyo koki!!!
@jamesmuhile45254 жыл бұрын
Uvuzukuri Ddumba in Sweden
@mukundehedivine41044 жыл бұрын
Murakoze pe db ibyo avuze nibyo pe
@sherifmpozembizi53354 жыл бұрын
Navukiye mucyaro najyaga mbaza ngo i Kigali hameze gute. Nza kuhagera ntangira kwibaza niburayi uko hameze, inkuru mbarirano iratuba muracyari bato mubiharanire ndabifuriza kuzahatemberera mukahibonera Kandi Imana ishobora byose. Naho abavayo bababwira uko hameze bagashyiramo n'umunyu n'isukari Kandi. Harabantu baza i Kigali bakahagirira umugisha kurusha nabo bahasanze,Abandi bagasubira inyuma bakarutwa nabo basize mucyaro. Vraie ou faux? Gusa ikigaragara mubihugu bikize ni mumuriro utazima igihugu cyose amazi meza gaz kaburimbo. Voilà.
@mindcleaner92903 жыл бұрын
Ddumba numuhanga gsa nkunda ko atajya abyirata,,aca bugufi saaana
Ikiganiro cyawe Ddumba kiranyuze pe ! Kandi ndizera ko cyubatse abantu benshi rwose.
@MH-nq7wy4 жыл бұрын
100% System y'abazungu n'imwe. Erega Canadian system yaremwe n'abanyaburayi. Icyo bita gukanura ukarebesha amaso 4 n'ukuri . Hanze ubuzima buba bwiza kubantu bavuga ibitagenda mu Rwanda kuko nta bwoba bagira bwo kuvuga ibyo batekereje. Ibyerekeye ubuzima byo, byose yavuze nibyo. Ibyo yibagiwe kuvuga n'abantu bafite akazi keza barize college ku ma deni, ukagura inzu kuli credit, ukagenda mu modoka ya credit. Ukora balance ukumva gutaha bigoye. Noneho waba ufite umugore mutumvikana bigahumira ku mirari. Ubutaha muzamubaze kuli Depression, cg stress ikabije ibuza abashakanye kubaka urugo. Ndavuga mu buriri (Ngiyo ngaruka nr 1 yo gusenya) Africa iryoha ufite cash, ababishoboye ni mwiyizire ahantu inzara ari amateka. Uzi kwiga Masters ikugoye ukarutwa ubuzima n'umu motard? Be kuzababeshya uko bimeze kose Africa niwacu ntawanga iwabo, Ariko mumenyeko basic needs(Maslow pyramid) hano twazirenze. Mu Rwanda hari abacyabura Kaunga n'ibishyimbo. Reka sha benshi twifuza gusazira i Rwanda ariko kuhatura kuli jye ni 0,0001% nkunda kuvuga byose kubera ko system y'abazungu yanyinjiyemo. None mvuze ku mugaragaro ibitagenda muzi ko hali service ntahabwa? Ibyo nshima ni byinshi ariko nkagaya injustice nyinshi mu Rwanda. Ibi bituma nzigumira mubazungu ijisho nkarikanura.
@blessingvictory2363
4 жыл бұрын
Sha naho uba hari ibyo wavuga ukabizira gusa si cyane nka hano kuko hano tumenya iby ubutegetsi cyane kuko igihugu ni gito ariko naho ngaho hari abantu ubutegetsi bwica kuburyo wabivuga ukabizira, za amerika tubona uko birirwa bica abirabura. Kagame niwe ubishya ubuzima aha aho yica nuwitsamuye we arakabya pe.
@fabienrugamba39634 жыл бұрын
Ubabwiye ukuri kuzima vraiment . Ndi muri diaspora. Ico nokwongerako kubijanye na l un des raisons zituma aba afrains birukira hanze. Ntimuboneko u Rwanda bimeze neza ,mwagize chance mubona the really leader ( Son Excellence Kagame ) , ni murabe gusa mindset yabo babegereye ( Burundis, Ugandans ). Des presidents qui ne se soucient pas du tout de l avenir de leurs peuples et patris. Corruptions, dictatures, tueries permanentes, pauvretes....abantu bakatakaza hope de leur avenir, ariko baga birukira hanze , abari basanze baba hanze nabo , bakabura uko bogaruka kugira investiment muri ivyo bihugu vyabo vyononekaye , Kandi bibandanya vyononekara
@uwamariyaangelique51604 жыл бұрын
very right
@issanhikazohera10554 жыл бұрын
Okay nimba atuye cananda nibyo cananda ntakazi bafite Ariko ufite abana ok.ngewe ntuye USA 🇺🇸, USA hari akazi akazi kose kakubeshaho uba ufite imodoka nziza icyo wifuaza ugomba kuba ungufute
Heee kumbe huyu jamaa ni wa Rwanda!I nilikuwa sijui
@bujumb36874 жыл бұрын
U r very right brother abantu badashima when u send what u can afford
@muragaraphilippe90874 жыл бұрын
Ngira ngo africans bumvitse ko home is home 👍
@mugungagodfrey11264 жыл бұрын
My comments reason why we people in diaspora especially men we do like dating in our home country impamvu ya mbere abakobwa bacu hanze iyo ushyize kumunzani yumugore wokubaka abo mu rwanda baba bagifiye umuco kd baca bugufi Mugihe uri hano hanze kubaha guca bugufi ntabyo bagira pe
@jeanpierrenzeyimana45323 жыл бұрын
TBT turabashimiye kuri iki ikiganiro. Asobanuye neza with facts.
@sagahutuhabyarimana83944 жыл бұрын
Yavuze ukuri 100% kandi si abanyarwanda gusa. Narindi aho bita Fargo muri USA numva abanya liberia nabo bavugako hari umukobwa wabikoze umusore. Hari n umurundikazi usiga umugabo murugo akajya kwinywera inzoga muri night club. Ahubwo abanyarwandakazi baragerageza keretse akiri muto mu myaka.
@UbukireNyabwoTV4 жыл бұрын
Uwo musore arakoze cyane, namwe bakobwa bacu mwakoze cyane kumuzana. Canada no mu bindi bihugu biteye imbere hariyo imibereho, ariko ntabwo ihira bose kuko bisaba umuntu ufite discipline ndetse n'umwete wo gukora. Niba wemeranya nanjye kora SUBSCRIBE kuri UBUKIRE NYABWO TV
Mu Rwanda kimwe no muri Canada ubuzima burashoboka. Hamwe hafite ibyiza byaho n'ibibi byaho . Gusa haba mu Rwanda cg Canada ugomba kumenya uko witwara muri system ukoreramo. Kugira discipline mu mibereho yawe ' mu byo ukora ni ingenzi .
@julesmuhire4634 жыл бұрын
Ikiganiro ni cyiza cyane. Gusa kubera umuco wacu, hari ibyo twita ko ari imirimo mibi ariko ahandi atari ko ifatwa. Noneho iyo ugiye muri communism system, ugasanga ukubura umuhanda, utwara taxi, ukora muri kaminuza, n'indi mirimo ukeka ko ikomeye muri Leta, ugasanga bahembwa amafaranga angana (or almost), ni bwo ubona ko umurimo wose ari umurimo.
@umutoni16574 жыл бұрын
Ntago nemeranya na byose wavuze, abantu batishoboye badashoboye kubona ibiryo bajya kuri FoodBank, hari secondhand stores waguriramo ama winter jackets na boots bihendutse nka Salvation Army stores. Yatumye abantu baba muri Canada bagaragara nkaho bari helpless. That's not true!!!!!!!! Gusa ni umusore wumwana mwiza!!!
@jeanpierrenzeyimana45323 жыл бұрын
Yarize neza aho atuye. Ibyo bihugu biteye imbere bifite system ifite imbaraga ishingiye ku bushobozi bw'amafaranga. Bafata abantu nayo mafaranga na Media ku marangamutima y'abantu.
Пікірлер: 431
Ddumba uvugishijukuri nukuri mumufateneza ntabwajyabeshya knd icyizacye ntabwo yitaka uwemeranya nanjye ampe 👍
Ddumba ibyo avuze nukuri 100%, nanjye mba Europe ark ingigo zose avuze nukuri 🙏🙏🙏🙏🙏
Ddumba has really told the truth. I'm Ugandan living in Texas. Everything he said is true. I lived in Rwanda for 2years, still learning the language. Good job to you ladies!!
@emmakay3883
4 жыл бұрын
AK 48.0 AKA 48 , Texas where, I am in Fort Worth hit me on my email, if possible..ekayitare@lincolnucasf.edu
@ak48.09
4 жыл бұрын
@@emmakay3883 uh! Nice I live in Dallas. I will reach out and hopefully see you after things get back to normal.
kbx ahoho uraduhuguye nanjye mba numva mfite inzozi zo kuzagera us ahubwo inzira bicamo nizihe mujye munaduha information y uko umuntu yagerayo thanks Dduma.
Doumba ikiganiro cye kiraryoshye cyane kubera ko yagiyeyo ari muto. Hari byinshi yize kandi hari umuco yahinduye.
yaaaa Ubivuzeneza cyane nshimye TBT kbs nahano Finlnd nikobimeze mumibereho ijyihari namafaranga ariko kunezerwa nigake kbs nkabaje turi hejuru yimyaka 17 dukumbura Afrika cyane kuko harijyihe inshuti zacu ariho zasigaye bikaba impamvu yokuhatekereza.
This guy is wise burya kabisa. Najyaga mubona asetsa but I had never actually heard him talk for a long time.
It’s true ibyo ababwiye kandi DDumba is smart true
Ok njye maze kumva iki kiganiro, ariko ngiye gutanga comment yanjye mu cyongereza no mu kinyarwanda. Mba muri Canada nanjye, mu ntara ya Quebec. Niho mvuka, ni n'aho nakuriye, nagiye mu Rwanda inshuro 4 (my last time was last summer) so the points I'm going to give take into account my experience as a Canadian-Rwandan. There are some points I agree with Ddumba, nkuko iyo umuntu ari umunebwe cg umukene mu Rwanda, azongera abe umukene cg umunebwe aramutse agize amahirwe wo kuza muri Canada. Ariko iyo point nayo ikeneye balance, kuko njye impanvu abadiaspora bakunda gusubira muri Canada cg USA, ni kubera ko system yaho iri already built for the easy development of the person. Opportunities aho ziba ziri nyinshi kdi amahirwe muri Canada wo kwicwa n'inzara, nk'urugero, ni hasi cyane ugereranyije n'ayo mu Rwanda. Niyo mpanvu usanga abapapa n'abamama mu Rwanda bakunda kwohereza abana babo ngo bajye kwiga muri Canada kuko system iba iri already built. Ddumba ukuntu avuze yuko system muri Canada iri made kugirango ube trapped ntago aribyo unless you let it trap you. It's all about wisdom as he said. Ariko njye ndi umwe muri bo bashaka kuzasubira mu Rwanda in the next 3 years, ariko ndabanza gutakinga advantage of the system Canada offers me, and see how some parts of it can be applied in Rwanda, without pretending to change the whole system. Because Rwanda is a civilization as a whole, and has to be considered as such. There are great things in Canada that can be brought in Rwanda, but it takes wisdom to put them in place buhoro buhoro. Ku byerekeranye n'abagore na rights bafite, I think he's exaggerating. Bafite droits, ariko mu buzima bwa buri munsi, as a man, I don't feel less valued than a woman. Those scenarios of divorce happen because two stupid people got together, thinking they could get advantage of each other in a dishonest way (the man downgrading the woman, the woman sucking everything from the man). Njye nzi imiryango myinshi y'Abanyarwanda where the two parents are still together for many years, kandi nibo the majority mu Banyarwanda nzi baba muri Canada. Impanvu usanga abana babo babaye ibirara n'uko ubuzima muri Canada bushobora gutuma utamenya abo abana bawe bagendana, icyo bumva, abo baganirana, kubera ko umubyeyi arazindutse, akajya ku kazi, akagaruka atinze, agateka, akarya n'abana babo, bagahita bajya mu bintu byabo and life keeps going. No time to educate, to follow up, anything. But as I keep saying, wisdom and responsibilization, from the parent as well as from the child. Musenge, mubahe Imana, the rest, he's gonna take care of it.
@gerardnizigama115
4 жыл бұрын
Uvuze ukuri pe. Ahubwo Juliet na Clair bari bakwiye Gusuma iyi comment yawe. Ni 100% right. Njye mbaye muri Canada imyaka irenga 30 commentaire natanze ihuye niyo yawe, warahavukiye, nanjye nahageze ndi muto cyane ndahakurira. Nicyo gituma twahuje commentaire pe. DDUMBA yabesheye Canadian system cyane. Nimba Canada yabaye igihugu cya kabiri mubuzima bwiza muri 2018, icyambere cyabaye Suisse, nivyo pe ndabyemeza koko, kandi iyo rapport y'isi yose yagizwe n'ababizi neza. It is a system of opportunity. Mu myaka nka 25 ishize njya muri Afrika every year. Ibyo wavuze kuri comparison you are totally right. I am asking Clair and Juliet to carefully read your comment, which is exactly like my long one I made. Wagira ngo ntabyanditse tikumwe. As you said it might not be very easy to implement some changes in Rwanda based on Canadian way, it is two different systems and it requires caution and gradually and at the end you will make your contribution using the best inspiration you got from Canada. Again I congratulate you for saying the naked truth without bias. Imana iguhezagire, we need honest people. Like you
@edisonwaza7739
4 жыл бұрын
Murakoze kabisa for your I deas kbx kdi nibyiza kabisa
@OneMuntu
4 жыл бұрын
I believe ko ibyo Ddumba arikuvuga ni perspective yumuntu wakuriye murwanda akagya canada cgw se mumahanga, nibyo ahura nabyo. Uko mbyumva ngewe, mbona abana bakuriye hanze nabakuriye murwanda ntibakumva ibintu kimwe coz they we're brought up in two different worlds. Niyo wazagya ugya murwanda buri mwaka, Hari ukuntu uzumva ibintu bitandukanye nuko uwakuriye murwanda (niyo yamara 30y) azabyumva.
@OneMuntu
4 жыл бұрын
Nongeyeho nuko iyo ukuriye "iburayi" ukagira ubuzima busanzwe iyo Uri, birangira nubundi ufite more opportunities nuwahaje yarakuze!
@ibinyoma8067
4 жыл бұрын
Wé Semitego nyaruka tu je kwa Mario saison yatanguye reka Abo bamyakigali
Ddumba uvugisha ukuri kbsa ur smart
This man is so wise and so honest. Avuze byinshi cyane by'ukuri.
Iki kiganiro rwose cyari cyiza pe.....!! hanyuma muzakosore akantu gato....Ntibavuga "mwabyumvishije", bavuga MWABYUMVISE. murakoze. #NTIBAVUGABAVUGA
Oh ibi bibaho cyane kbs no muri American
Ddumba ibyo avuga ni ukuri . Mba Europpe . Nawe nibyiza muganiwe from now to invest there never be later . Africa ifte potection nyinshi. TBT iki kiganiro nuyu mutipe nibyiza kuko bizaza bitanga figure yomumahanga uko hateye. Kumva ko buriwese ashobora gushaka ubuzima bugakunda depend na courager yawe. Thaxx.
Rwose yabaye bashobora kuvugana namwe nagira icyo nongeraho ngatanga ma version, aravuga ibintu biri local cyane
Njyewe,ngukundiye,ko uvuga! Utabeshye!!ufite,ukuri ndagushimiye,cyane,Mn, urakoze cyane. Imana iguhe umugisha.
Uyu mukobwa munini arakubaza cyane, nawe naze yirebere ibyo atekereza abikore.
Thank Dumba kutubwira muri macye!!!! we wait part2
KABISA USOBANUYE NEZA UBUZIMA BWA HANO NEZA NTACYO NAKONGERAHO.
THANKS so much for explaining to our people because no matter how we try to explain to them they will never understand how we feel it's west of time the way I'm from Burundi living in America
Haribyo Society zabo ziha agaciro bihenze cyane. Ari nabyo biha agaciro umuntu. Iyo utabifite ntabwo wabona amafaranga. Nta nuwuguha icyizere. Bityo bikakudindiza ntutere imbere. Wabijyamo nabwo bikagutwara amafaranga menshi cyane.
@jeanpierrenzeyimana4532
3 жыл бұрын
Amafaranga barayaguha arko bakongera bakayagutwara n'ibiyakugezaho. Niko Capitalism yubakitse.
Ddumba urakoze kutuvugira. Iyo video muyihererekene bose bayimve uko ubuzima bumeze bareke kujya badutesha umutwe.Urakoze cyane Ddumba namwe abanyamakuru
So interesting, everywhere has challenges,gusa Kuba muri Diaspora hari some Advantage kandi nabwo bisaba mumutwe. Guys you are doing excellent job. TRUTH BE TOLD 🇷🇼
Woou avuze ukuri.. Nuko bimeze p.. Th most African people bibaza ko Kuba (gutura) muri diaspora ko biri easy but that's not true at all.. Home Sweet home.. It's so hard outside there. Let's build out continent. @Africa it's really a paradise..
T B T Vraiment ndishimye Muzamugarure Kuko Avuzeukuri kuri 100%Dumba ndagukunzesana Ndumunye Congo mbera muri Sweden ariko system zababazungu nizimwe. Ahubwo igikuru twubahe ibihugubyachu. Merci T B T Rwanda
Ndi canada aho Ddumba aba 100% ibyo ababwiye nukuri cyane
@jamilairakoze6600
3 жыл бұрын
Nshya ndipfuz kuhashika kwer
Nukuri muzamugarure
From Tanzania🇹🇿
Truest of truth.abisobanuye nezaaaaaà
Monsieur Ddumba Semitego ndagushimiye cyane ibyo uvuze birenze Kuba ukuli 100% MBA I Burayi nagiye Canada marayo 3 ans nahavuye kibuno mpa amaguru.. ntaheza nkiwanyu. twakwiye kugira neza ibihugu byacu muri Afrique twese hamwe dufatanyije tukareka kugwa mu buhenda abana abazungu badushukisha nshimiye n'abajournalistes ni beza elles sont très professionnelles babaza ibibazo byiza byubaka bikanigisha byungura ubumenyi n'ubushishozi. Might God bless you all.
nta u mu aventurier wemera undi cyaneeee cyanye iyo muvuga rumwe na vision akenshi ziba zitandukanyecg c muri muri different stations or life style.
Abana babazungu nibo bambere bakoresha kandi bacuruza ibiyobya bwenge kurusha kure abana babany Africa . kandi Divorce abazungu nibo bazikora cyane kurusha abirabura .
Montreal, the city... miss the place
TBT is soo dope .Juliet and Claire ba presenting neza cyaneee with constructive common sense.highly energetic flamboyant biryoheye amatwi binafite aho bishingiye
Nakukibali sana njoo tanzania
@jeanhareri9400
3 жыл бұрын
jp none kuki ataguma aho kandi ejo nzamubona hano yiruka ibyishi nukubeshya.
Mr Ddumba, respect man. Uvuze ukuri kuri bamwe May be is shocking but kubandi babibayemwo is hitting to the spot(May be counselling theurapy who knows). Thanks to the TBT team have invited you🙏🏾
Ddumba Kbsa avuze ukuri kwinshi...very honest...system hafi ya zose z'abazungu ni zimwe ibintu byinshi yavuze abantu baba hanze biyumvamo haba Europe cg North America...gusa nyine kuba umushomeri n'ubushake niyo difference ikindi icyo yibagiwe kuvuga nuko hanze haba abakobwa bake bene wacu ! Kandi abakobwa nta dini bagira hari igihe usanga tanto bari ku datinga abanyamahanga twe abanyarwanda b'abagabo dukunda gustikinga kuby'iwacu..naho abirukankira hanze burya hari imyaka itari myiza kujya hanze..nimba uri over 25 think twice ..bitwara igihe kumva systems minimum 10 years... already uba ugeze 35 ubwo namwe gutangira ubuzima @ 35 sinzi uko abandi babyumva!
Courage TBT, mwakoze kuzana Ddumba...love u
sinarinzi ko this guy burya ari serious bigeze aha hhh...asubiza neza as a gentleman
Mr Ddumba you are meaning the real, thank you kbsa Mrs Juliety and Mrs Claire ilove the way how you seat down and think to whom we may have a conversation with its agreat job may God bless You
@Kabuzebasiza
4 жыл бұрын
Ikindi kibazo!!! nkubwo wavuze i Kinyarwanda, uziko ntumbise ibyo uvuze!
@UwimanaPaul-zl1gc
7 ай бұрын
Hello! Mwurakoze ! Mwaduhaye nimero ya Dumba?
Ok ni byiza bakorera amfaranga menshi iyo uyabaze mu manyarwanda ariko mujye mwibuka kubabaza uko bayakemuza ibibazo byaburi munsi.kandi niba umuntu yakwiyubakira inzu ye hanze bitagoye.ese byasaba iki ngo umuntu akore akabisinese ke kugiticye
Clair and Juliet you are doing great, keep it up. Love from burundi
Kumbe huyu jamaa ni mrwanda 💥💥💥💥
Interesting conversation!
This guy has alot of wisdom & content.. type of people to be invited we pray you bring such mind captivative people more often#part 2 should come Asap pliz en pliz
Muzajye mudushakira abantu nka Doumba bavuga ukuri. Abandi baradushuka.
Uyu mugabo avuze ukuri rwose ,haba ku bya Divorce, abazungu babidushishikariza ku bwinyungu zabo,hanyuma n'abavandimwe bo mu Rwanda bajye bamenya ko utwo bita ducye umuntu amuhaye aba afite icyo yigomwe kugira ngo abashe kutumuha.
Yeah we need part 2 kabisa!
Ikiganiro kiza kingenzi kandi kitarambiranye cngz mwabikoze neza kandi Dhumba nawe yabivuze byose TBT family 🔊🔊🔊
Muroho neza banyita Emmy mwakoze cyaneee gutumira DDumba ndamukunda cyaneeee nariwamuntu ukunda hanze cyaneeee arko mpese mbivamo kdi ndabaku kubiganiro mutujyezaho
Uyu mu type muzongere mumutumire kuko avuze byo.Mba muri ayo mahanga niko bimeze pe
Thanks a lot!!!!
Ibyo muvuga niko biri nka America barakora ubuta ryama rimwe narimwe ukagira stress Ariko amafranga wana yabona ugafasha incuti n’ umuryango Ariko gushimira kuba guke... bisubire rwose...
Ddumba Asante Sanaa ikiganiro ciza cane
Wowe, icyo nagushimiye nuko uwuze kumpamde zose kandi uzi byishi mubyo uwuze
Somewhat nukuri ariko biterwa nuko wahinjiye. Iyo uhinjiye kuri green card ubuzima buba bugoye pe, kuko nta support ya government ubona nkuwaje ari impunzi. Gusa ndi USA. tumazeyo 4 yrs ariko umutware wanjye akorera 30 dollars hourly nkakorera 18 dollars. So byose ni mumutwe kdi Ikindi buri mwaka ukabona tax return itari munsi ya $9000 iyo ufite abana. Inah haba hari opportunities nyinshi iyo mushyize hamwe no matter what mugera kucyo mwifuza kdi nta stress za school fees kuva umwana atangiye nursery kugeza arangije secondary. Home sweet home but iyo imyaka yose wahabaye ntacyo wagezeho in 4yrs only ukaba ufite burikimwe ubwo urumva waherahe uvuga ko ntakigenda?? To be honest with you guys, I'm enjoying every single bite of this country!!! Icyo abenshi babura ni information zicyo ukeneye gukora kuko iyo uturanye nibigwari biguca intege gusa.
@janviermurwanashyaka685
4 жыл бұрын
yego rata byose ni mu mutwe biterwa ni myumvire meme nahano mu Rwanda turi ntibyoroshye???
@clairekayihura54
4 жыл бұрын
Abakobwa ahubwo barashaka amakuru gusa atabareba 😏🇺🇸
Wooow iyi interview ibaye ntoya disi
Very true that!!!
Biranangajepe!!
Ibyo DDumba avuze ni ukuri rwose.kandi abanyarwanda muri mu gihugu mute mwiza gushima kandi namwe mugire neza abandi kuko iyo umuntu nakoherereje 100€ cf 100$ si uko aba yabuze icyo azikoresha.ahubwo aba akwitangiye bitewe n'urukundo. Rero please mwige ikinyabupfura.ubuzima bwo hanze ntibworoshye
He’s really gusa nanone ntago ari ubuzi bubi Coz hari n abantu bakora mu ma office bafite ubuzi bwiza cyane bakora mu ma Call Center no muma Office bakora he hose kandi baba bahemba amafaranga menshi cyane so wivuga ngo nubuzi bubi cyane Secondly hano ibwa n ipusi bifite agaciro cyane kuko habanza Umwna ,umugore then Ibwa n ipusi, then Umugabo aza nyuma
Thank you Ddumba and TBT
Jyewe ndagushimiye cyane pe!!! Uratuvugiye
@claudine5691
4 жыл бұрын
Ndoumba ibyo uvuze nibyo koki!!!
Uvuzukuri Ddumba in Sweden
Murakoze pe db ibyo avuze nibyo pe
Navukiye mucyaro najyaga mbaza ngo i Kigali hameze gute. Nza kuhagera ntangira kwibaza niburayi uko hameze, inkuru mbarirano iratuba muracyari bato mubiharanire ndabifuriza kuzahatemberera mukahibonera Kandi Imana ishobora byose. Naho abavayo bababwira uko hameze bagashyiramo n'umunyu n'isukari Kandi. Harabantu baza i Kigali bakahagirira umugisha kurusha nabo bahasanze,Abandi bagasubira inyuma bakarutwa nabo basize mucyaro. Vraie ou faux? Gusa ikigaragara mubihugu bikize ni mumuriro utazima igihugu cyose amazi meza gaz kaburimbo. Voilà.
Ddumba numuhanga gsa nkunda ko atajya abyirata,,aca bugufi saaana
Ddumb turakwemera kd urakoze kutuganirira kbs thx
Dumba ni real kbsa
Dhumba ndagukunda cyaneeeeeee
Jewe mba Hollande, ivyo Ddumba avuze nivyo kabisa
Nkunda uburyo ukoramo ibintu byawe, Ariko hagati aho indirimbo Nesiimye ya Chosen Becky warayiryoheje cyane.
Ngaho nimuge hanze daaa, namakuru bafite Ddumba Bampere wangu
@luizfigo1133
4 жыл бұрын
Sha ntakiza cyo hanze ubaye wifiye wenda icyo ukora inaha
Arabesha amafaranga akorera kukwezi Canada aruta ayo minister wo.murwanda akorera
Mwiriwe, courage bakobwa
That true bro
Thanks bro
Ukuri kuzuye
Dumba sinaribwo numve ikiganiro nakimw ciwe ark nkunze kwavug ukuri kbs atanishira hejuru
Ikiganiro cyawe Ddumba kiranyuze pe ! Kandi ndizera ko cyubatse abantu benshi rwose.
100% System y'abazungu n'imwe. Erega Canadian system yaremwe n'abanyaburayi. Icyo bita gukanura ukarebesha amaso 4 n'ukuri . Hanze ubuzima buba bwiza kubantu bavuga ibitagenda mu Rwanda kuko nta bwoba bagira bwo kuvuga ibyo batekereje. Ibyerekeye ubuzima byo, byose yavuze nibyo. Ibyo yibagiwe kuvuga n'abantu bafite akazi keza barize college ku ma deni, ukagura inzu kuli credit, ukagenda mu modoka ya credit. Ukora balance ukumva gutaha bigoye. Noneho waba ufite umugore mutumvikana bigahumira ku mirari. Ubutaha muzamubaze kuli Depression, cg stress ikabije ibuza abashakanye kubaka urugo. Ndavuga mu buriri (Ngiyo ngaruka nr 1 yo gusenya) Africa iryoha ufite cash, ababishoboye ni mwiyizire ahantu inzara ari amateka. Uzi kwiga Masters ikugoye ukarutwa ubuzima n'umu motard? Be kuzababeshya uko bimeze kose Africa niwacu ntawanga iwabo, Ariko mumenyeko basic needs(Maslow pyramid) hano twazirenze. Mu Rwanda hari abacyabura Kaunga n'ibishyimbo. Reka sha benshi twifuza gusazira i Rwanda ariko kuhatura kuli jye ni 0,0001% nkunda kuvuga byose kubera ko system y'abazungu yanyinjiyemo. None mvuze ku mugaragaro ibitagenda muzi ko hali service ntahabwa? Ibyo nshima ni byinshi ariko nkagaya injustice nyinshi mu Rwanda. Ibi bituma nzigumira mubazungu ijisho nkarikanura.
@blessingvictory2363
4 жыл бұрын
Sha naho uba hari ibyo wavuga ukabizira gusa si cyane nka hano kuko hano tumenya iby ubutegetsi cyane kuko igihugu ni gito ariko naho ngaho hari abantu ubutegetsi bwica kuburyo wabivuga ukabizira, za amerika tubona uko birirwa bica abirabura. Kagame niwe ubishya ubuzima aha aho yica nuwitsamuye we arakabya pe.
Ubabwiye ukuri kuzima vraiment . Ndi muri diaspora. Ico nokwongerako kubijanye na l un des raisons zituma aba afrains birukira hanze. Ntimuboneko u Rwanda bimeze neza ,mwagize chance mubona the really leader ( Son Excellence Kagame ) , ni murabe gusa mindset yabo babegereye ( Burundis, Ugandans ). Des presidents qui ne se soucient pas du tout de l avenir de leurs peuples et patris. Corruptions, dictatures, tueries permanentes, pauvretes....abantu bakatakaza hope de leur avenir, ariko baga birukira hanze , abari basanze baba hanze nabo , bakabura uko bogaruka kugira investiment muri ivyo bihugu vyabo vyononekaye , Kandi bibandanya vyononekara
very right
Okay nimba atuye cananda nibyo cananda ntakazi bafite Ariko ufite abana ok.ngewe ntuye USA 🇺🇸, USA hari akazi akazi kose kakubeshaho uba ufite imodoka nziza icyo wifuaza ugomba kuba ungufute
Ibyo uvuze nibyo ,abanyafurika bishimira kurya ayo fr babaha aho kuyashyira muri activités z'abana
I respect you bruh
Heee kumbe huyu jamaa ni wa Rwanda!I nilikuwa sijui
U r very right brother abantu badashima when u send what u can afford
Ngira ngo africans bumvitse ko home is home 👍
My comments reason why we people in diaspora especially men we do like dating in our home country impamvu ya mbere abakobwa bacu hanze iyo ushyize kumunzani yumugore wokubaka abo mu rwanda baba bagifiye umuco kd baca bugufi Mugihe uri hano hanze kubaha guca bugufi ntabyo bagira pe
TBT turabashimiye kuri iki ikiganiro. Asobanuye neza with facts.
Yavuze ukuri 100% kandi si abanyarwanda gusa. Narindi aho bita Fargo muri USA numva abanya liberia nabo bavugako hari umukobwa wabikoze umusore. Hari n umurundikazi usiga umugabo murugo akajya kwinywera inzoga muri night club. Ahubwo abanyarwandakazi baragerageza keretse akiri muto mu myaka.
Uwo musore arakoze cyane, namwe bakobwa bacu mwakoze cyane kumuzana. Canada no mu bindi bihugu biteye imbere hariyo imibereho, ariko ntabwo ihira bose kuko bisaba umuntu ufite discipline ndetse n'umwete wo gukora. Niba wemeranya nanjye kora SUBSCRIBE kuri UBUKIRE NYABWO TV
Twekwigora , Niba mushaka itandukaniro , duhere muribibihe turimo , . Murahireko aho mu Rwanda CORONA nidacogora bakongeza iyiminsi wenda nkamezi 2 cg 3 ,Inzara itamara abanyaRwanda , nubwo ntawe ibyifuza.
Ikindi wamugani abakobwa dukwiye kugabanya Inda mbi kubana numuntu umukurikiyeho ifaranga utamukunda faux sana
@JeanMarieRPayne
4 жыл бұрын
Muzahame iwanyu.
Ndashimiye umushitsi wanyu, ashobora kuvura imitima myinshi.
Mu Rwanda kimwe no muri Canada ubuzima burashoboka. Hamwe hafite ibyiza byaho n'ibibi byaho . Gusa haba mu Rwanda cg Canada ugomba kumenya uko witwara muri system ukoreramo. Kugira discipline mu mibereho yawe ' mu byo ukora ni ingenzi .
Ikiganiro ni cyiza cyane. Gusa kubera umuco wacu, hari ibyo twita ko ari imirimo mibi ariko ahandi atari ko ifatwa. Noneho iyo ugiye muri communism system, ugasanga ukubura umuhanda, utwara taxi, ukora muri kaminuza, n'indi mirimo ukeka ko ikomeye muri Leta, ugasanga bahembwa amafaranga angana (or almost), ni bwo ubona ko umurimo wose ari umurimo.
Ntago nemeranya na byose wavuze, abantu batishoboye badashoboye kubona ibiryo bajya kuri FoodBank, hari secondhand stores waguriramo ama winter jackets na boots bihendutse nka Salvation Army stores. Yatumye abantu baba muri Canada bagaragara nkaho bari helpless. That's not true!!!!!!!! Gusa ni umusore wumwana mwiza!!!
Yarize neza aho atuye. Ibyo bihugu biteye imbere bifite system ifite imbaraga ishingiye ku bushobozi bw'amafaranga. Bafata abantu nayo mafaranga na Media ku marangamutima y'abantu.