Aba Jo twins show 👍👍 muze twige😂😂😂 ariko Amag niwe waririmye ati umuntu wishe yezu??? Ariko gukizwa muvuga niki?? ngo n umuririmbyii?Aba Jo munyihere like rata❤❤
@Mumeshimanadelphine
18 күн бұрын
Sibyo Rata
@uwizeyimanajosiane8784
18 күн бұрын
Aba Jo ntabwo tu judging 🧐🧐🧐😊
@odettemusabyimana-mo1yj
16 күн бұрын
Kugeza ubu ndabona hari icyo abantu batarasobanukirwa, kuba umuntu afite ihungabana cg agahinda gakabije ntabwo igisubizo ar'ugusenga gusa cg kujya kuririra kuri social media, muhe agaciro psychologists kuko nibo bonyine bashobora gufasha umuntu bigatanga umusaruro ufatika, baraboneka henshi hashoka yewe no mu bigo nderabuzima. Social media icyo mbona rifasha bamwe baterwa inkunga ariko inkunga siyo ikiza ihungabana. Tureke gukinisha ubuzima bwo mu mutwe, biragoye kugira icyo ugeraho nta buzima bwiza bwo mu mutwe ufite
@ndabahimyealphonsine8980
15 күн бұрын
@odettemusabyimana-mo1yj iyo nama utanze ni nziza! Ko nanjye nkeneye phisicologsit namubona gute? Ese koko bigira icyo bimara ? Meze nabi pe! Numva umutima ugiye kuzansandarana! Hari n'igihe numva imitsi y'umutwe igiye guturika kubera ibyo nahuye mabyo mu buzima bihora bingora kubyakira!💔💔💔
@dusabefortunee2509
15 күн бұрын
Ureba kure kbs
@DivineB-ph2bi17 күн бұрын
Yewe narabivuze ko nta Patrick ujyuba serieux baranseka😢😢😢😢
@user-ly9kg4te1v
14 күн бұрын
Hhh rekx
@user-vb2uw2nv2y
14 күн бұрын
Hhhhhh cyane
@patrickmuhire733
14 күн бұрын
Tokakure babuzwaniki
@morganangel3063
14 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂 ndasetse
@Mamie29313
14 күн бұрын
Sha wagirango uwabaroze numwe😂😂😂
@jeanafazari186418 күн бұрын
Ibi nibyo Sabin avuga ngo uyu munsi biba bimeze neza ejo bimeze nabi Imana ibane namwe 😢
Umva wa mubyeyi we, shakisha mu ibyanditswe umenye Umugabo witwa Yesu Kristo hakurikijwe Ibyo Yesu Kristo yigishije n'ibyo intumwa ze zigishije kuri we.
@chany9950
18 күн бұрын
🤣🤣 none ho ubona yobifatira umwanya gasha akeneye umugabo vyihuta pe
Yaragutuburiye si byiza kwereka umuntu ko umukeneye cyane witonde muguhitamo abantu bamaze kumenya ko ushaka umugabo cyane badakomeza kukubabaza!
@roka642918 күн бұрын
Ariko mwo kabyara mwe, ko dukunda Imana yacu, koko mwafungutse amaso ko aya madini ari aya abajuru baje kubacycyura ibyo mutunze😥, mumbabarire sinirase: maze kuza mu ndege na aba aba apostles muri first class inshuro 2, n’abagore babo, nakwibaza ko aya mafranga ari ayo babakuramo mu mitsi nta handi bayakuye, batiyushye akuya, kandi bamwe mwabuze ayo kugaburira abana, ndababara ndirira mu mutima. Ndashaka kumenya abantu baba barahakuye imigisha? Reka mbabwire rero: barabonka energy zanyu mufunguke amaso bene data. Ntabwo aribo bazabazanira Imana. Njye nkiri mu idini nara struggling cyanee. Ariko nasenze Imana ntawe ndi munsi y’ibirenge ankandamiza. Kuva nava mu buretwa nkihebera Imana nta myaku y’abajuru: nahise mba neza kweri. Barabiba nimukanguke bene data. Reba ibyo barimo bakora muri za youtube!! Ariko ibifi binini biranumye kuko bizi ibanga ryo kubonka cash, naho udufi duto turi kurwana na views babicisha mu gutukana kandi ngo ni ba pastors, ariko bikoreye amakara ashyushye ku mutwe. Shalom
@@christella5092😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂rekada kuki😂🎉😂😂😂😂😂😂🎉🎉utaravumbura kombona ufite ubwenge di
@JlmnVhio-ns5cg
18 күн бұрын
@christella5092 sha babivuze ukuri ko abarundi amadini yabahinduye abasazi koko ni byo,nkawe koko uri aha utubwirako Imana yavuze ko umugore atagomba gukora ngo agomba gusigara mu rugo akabyara hahh ni inde wagushutse ko ari Imana yabivuze?mu Rwanda kuva na kera umugore yarakoraga kuko yaranategekaga nta n'umwami wemererwaga gutegeka adategekanye na nyina none wowe urazana ubo bujiji bw'amadini ukabyitirira Imana.ubwose iyo utekereje usanga Imana yaribeshye mu guha ubushobozi umugore bwo gukora?iyo ibyo uvuga biba ari byo umugore uko yaremwe ntabwo aba abasha gukora ntibiba biri mu bushobozi bwe ariko kuko bimurimo ni uko Imana yabimushyizemo nyine.wowe urasinziriye kabisa va mu buyobe nta bwo satani ari we ubwira umugore ngo akore,umugore akora kuko ari ubushobozi bumurimo yaremanywe.niba muri benshi mutekereza gutyo aho iwanyu sha mwarayobye pe mukanguke.
Reka mbanze nseke😅😅😅😘😘😘😍😍Ntago ndi guseka Uyu mukobwa ndigusetswa nu ukuntu Uyu mujura wamutesheje agaciro We igikomere kitamuheranye🫶 ati ahubwo ngomba undi😅😅😅😅😅vuba nta ni imyaka ibiri burya koko Hari abantu batabaho nta mugabo ndabyemeye Ati sinagumana iyi myaku 😅😅😅Courage Imana irare imuguhaye😍
Reka nkugire inama itrii nto: Niba wikunda unakunda ubuzima n'ubugingo bwawe, ntukizere cg ngo urambirize ku muntu. Ikindi Reka kwiha rubanda wivamo nk'inofu ubwira isi yose ubuzima bwawe bwose. No one is ready to help you for really, they will break your heart again nukomeza gushakira inshuti kuri social media no kwizera abakwerekako bakijijwe cyane. Anyway, be sorry and strong for painful love story 🙏
@AlthrayhGold-qh1ii18 күн бұрын
Bawihagararako utihaye agaciro ntawukaguha😢😢😢
@isumotv18 күн бұрын
Iyi mihanda isigaye ishyushye kbsa. Pole saana kandi humura kuko haribyo Imana ikurinze.
Abagabo nkeka batuma umuntu asaza vuba imburagihe. Ko mbona ahise amera nkumukecuru aka kanya.😢😢😢 nzarya duke niryamire kare ninyagasambu rirarema
@umuhirwajoyeuse9457
18 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂winsetsa
@EARTH-dv2uh
18 күн бұрын
hh mbega oe se nta mugabo uziteza ngo udasaza¡
@KiraboCyimana-bl8hy
18 күн бұрын
@christinen8291 uko ni ukuri abagabo babamaramo imbaraga wana 😅😅😅😅😂jugujugu rya buri joro sha abagore barakomeye ni ibiremwa bidasanzwe
@EARTH-dv2uh
18 күн бұрын
@@KiraboCyimana-bl8hy amba ko munteye ubwoba, sinshaka gusaza vuba da¡😂🤭
@mukashyakaaesther186
17 күн бұрын
Uyu mu gore narekeraho kwishakira umugabo ubundi nta mugore ushaka umugabo umugore arashakwa na komeza ibi nubundi azahura na batekamutwe kdi nabanze ikire ibikomere byuyu muteka mutwe!! Mama Teddy tuza kbs!!
@chantalrupfura995318 күн бұрын
Imyaka ntikabakange ngo mwirukire ibirura mugirango ni intama sha ikiganiro cyawe umwerekana narabikemanze.pole sana maama
@igirimbabazi
16 күн бұрын
Yego rata
@ndashimyeemmanuel7481
14 күн бұрын
Buriya pressure ya société kuyicika keretse Yesu wenyine. None se ko uhura n' ababyeyi, abo muva inda imwe, inshuti bagira bati ko utarongora( rwa)??? Iyo Uzi icyo ushaka urabihorera kuko muri iyi si buri muntu ni unique ku buzima bwe.
@chantalrupfura9953
12 күн бұрын
@@ndashimyeemmanuel7481 umva sinzi icyo Abantu bapfa nokubaza ibyo,ikintu umuntu atiha ubundi nta mpamvu yo kukubaza ibintu byinshi kuko bigutera complex y'ubusa,njye bwira urubyiruko ngo bage bababaza niba hari iduka babacururizamo ngo babarangire bigurire pe😂😂😂 . Umuntu ukumva ngo ese ko wacupiye?ukibaza ni Cash zo kugura amavuta aguhaye? Ese kuki uba hariya nukuntu ari habi?hari imvugo zitera umujinya n'ukuri.
Пікірлер: 1 900
NUMERO YA TEDDY KU BASHAKA KUMUVUGISHA: +250 783 327 709
@juriennewamboi2284
18 күн бұрын
Ihangane umugabo warumukeneye kubona waka keredi ngukunde urongorwe birababaje ihangane ibyabo ubyihorero wirere umwana ntubundi nibazaguhambisha ikara
@irankundalucie343
18 күн бұрын
Rero Ngewe Theddy inama nakugira ,kuba utanze nimero yae hano uraje ubone abandi baguhamagara benshi kdi bamwe muri bo bazaba bafite n'amanyanga arengeje aya Patrick ,rero wikumva ko ukeneye umugabo cyane kuko utanamubonye ntacyo byaba bitwaye rwose cyane ko woe ufite n'amahirwe ukaba wifitiye umwana genda gake rwose abagabo si wo munezero gusa ntunababare ahubwo ushime Imana ikurinze no kubana na we.
@cynthiaishimwe5190
18 күн бұрын
Ark ubanza barakuroze abagabo 😂😂😂haraje haze indi nkonkobotsi doreko nayo ikwemeze watanze na nimero ubundi ninde wakubwiye ko isimbi itanga abagabo 😂ubundi nimba utaboneye umugabo mukazi ukora cg aho usengera cg muri karitiye urumva isimbi umugabo azavahe
@kurura783
18 күн бұрын
Kandi iyindi nama reka were kana ko ukeneye umugabo cane ,niyo system bazocamwo yo kukubabaza kandi.
@desirendayisaba5651
18 күн бұрын
Ihangane igiye kumuguha
Niba ukunda Isimbi Tv♥, nange nkorera kwifoto unteze imbere
@mushikiwabonaylar2235
18 күн бұрын
Ubu turikuri shawe umugabo yatuberey kasha 😂😂😂😂😂tuzakorah ejo
@umurazacrementine2771
18 күн бұрын
Rock bimeze gute twaziguhaye 💕
@RehemaAnge
18 күн бұрын
Turagukunda twarabisoje
@user-sm7ni8us4s
18 күн бұрын
Hhhhh
@MugishaYakin
18 күн бұрын
Murinjiji uyuse ni lock😂😂😂 nifotogusa kuko lock ntiyabivuga mumuhe mutavuze ngo ni lock
Uwibuka ukuntu uyu mudamu ngo yasengaga yambaye ubusa agaramye asaba umugabo nampe like
@umwizakabanda3187
18 күн бұрын
😂😂😂😂😂urabinyibukije😂😂 ngo saa cyenda zijoro yambaraga ubusa akajya kumukeka agasaba umugabo😂😂😂😂😂😂
@girukwishakaevelyne4470
18 күн бұрын
Unvugiye ibyo naringiye kubaza 😂😂😂😂😂😂😂😂uyu mugabo aramuhemukiye pee
@UkuriKuzuye
18 күн бұрын
Nicyo cyatumye uyu mugabo amuca amazi .
@user-ud7uj2lh2o
18 күн бұрын
Iyo weretse umugabo ko umukeneye cyane aguca amazi 😅😅😅 narinabitse iriya videos yambere none mbonye iyiyisubiza😂😂😂
@uwizeyeclaudine3306
17 күн бұрын
@@umwizakabanda3187😅😅😅😅
Aba Jo twins show 👍👍 muze twige😂😂😂 ariko Amag niwe waririmye ati umuntu wishe yezu??? Ariko gukizwa muvuga niki?? ngo n umuririmbyii?Aba Jo munyihere like rata❤❤
@Mumeshimanadelphine
18 күн бұрын
Sibyo Rata
@uwizeyimanajosiane8784
18 күн бұрын
Aba Jo ntabwo tu judging 🧐🧐🧐😊
@odettemusabyimana-mo1yj
16 күн бұрын
Kugeza ubu ndabona hari icyo abantu batarasobanukirwa, kuba umuntu afite ihungabana cg agahinda gakabije ntabwo igisubizo ar'ugusenga gusa cg kujya kuririra kuri social media, muhe agaciro psychologists kuko nibo bonyine bashobora gufasha umuntu bigatanga umusaruro ufatika, baraboneka henshi hashoka yewe no mu bigo nderabuzima. Social media icyo mbona rifasha bamwe baterwa inkunga ariko inkunga siyo ikiza ihungabana. Tureke gukinisha ubuzima bwo mu mutwe, biragoye kugira icyo ugeraho nta buzima bwiza bwo mu mutwe ufite
@ndabahimyealphonsine8980
15 күн бұрын
@odettemusabyimana-mo1yj iyo nama utanze ni nziza! Ko nanjye nkeneye phisicologsit namubona gute? Ese koko bigira icyo bimara ? Meze nabi pe! Numva umutima ugiye kuzansandarana! Hari n'igihe numva imitsi y'umutwe igiye guturika kubera ibyo nahuye mabyo mu buzima bihora bingora kubyakira!💔💔💔
@dusabefortunee2509
15 күн бұрын
Ureba kure kbs
Yewe narabivuze ko nta Patrick ujyuba serieux baranseka😢😢😢😢
@user-ly9kg4te1v
14 күн бұрын
Hhh rekx
@user-vb2uw2nv2y
14 күн бұрын
Hhhhhh cyane
@patrickmuhire733
14 күн бұрын
Tokakure babuzwaniki
@morganangel3063
14 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂 ndasetse
@Mamie29313
14 күн бұрын
Sha wagirango uwabaroze numwe😂😂😂
Ibi nibyo Sabin avuga ngo uyu munsi biba bimeze neza ejo bimeze nabi Imana ibane namwe 😢
@HerveCyuzuzo-je2iu
17 күн бұрын
Nibyo nge ndubatse ndumupapa wabana3 Ariko 😊bagore mumenyeko abagabo bose bambara ipantaro siko arabagabo.rwose bagore mwirinde. izombwa.
@niwemugenimediatrice5640
17 күн бұрын
Aba yababwije Ukuri PE!
@prime_a
4 күн бұрын
Bikaba bikumariye iki se, Imana igire it? ayoiiiiiii mon oeil
Wowe narakumvise mubuhamya watanze na mbere wagirango urimo gukina ikinamico uribuka uvuga ngo agaciro kumugore numugabo mbese urimo urashakira agaciro mubagabo uzatagangara,nkugiriye Inama banza umenye ko umugabo ahari adahari ufite agaciro kuko niwowe wo kukihesha
@kanestevens6462
18 күн бұрын
Yego rata , iryozina gabo sinshaka nokuyumva
@Mariam-tk8zn
18 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂 warakumvise nawe
@Liliane3
18 күн бұрын
Ndamukomeje cyane pe umuntu ugishakira agaciro ke mubagabo
@nyampingachantal7104
18 күн бұрын
Cyokoze murabarokore murabasazi nukuri mbega wowe mubamushaka kusetsa
@ingabiremarie8313
18 күн бұрын
Ahubwo iyo avuga imibabaro ye ko Ari mubagabo naho ntamugabo umbikiye agaciro
😢😢😢😢😢😢😢😮😢 maman wange wapfakaye kumyaka ye 30 akaturera turi abana barenzr umwe barenze babiri batatu wenyine kmdi neza yubahwe pe ni intwali 😮😢mbega
@m-claudinekarengera1095
13 күн бұрын
Ubwo niwe Mubyeyi nya Mubyeyi.
@iradukundaliliane3902
12 күн бұрын
Uwanjye yapfakaye afite imyaka 24 chr 😢 arinjye Mwana njyenyine afite ubu agejeje 51 none twebwe ntidushobora no kwihangana😢😢😢😢😢
@imanishimwejeandamour3661
11 күн бұрын
The same story
@MurekeziAimable
9 күн бұрын
Muhame hamwe
@NyirahagenimanaLaurence
3 күн бұрын
Nonese nyoko niba ntawe yabonye umubaza izina bivuzeko abantu Bose bazaba nkawe
Inama naguha nuko wakwemerera YESU mubuzima bwawe niwe uzaguhitiramo umugabo mwiza ugukunda ❤
Ahubwo SE ko mbona wabaye mwiza cyanee ndamugusabiye mu izina rya Yesu
@InezaNice-nf5ul
18 күн бұрын
Nukuri Imana imukize umutima
@chellachella1181
18 күн бұрын
Imana iguhoze amarira muvandimwe,uzagaruke hano wishimye useka. Kdi wanabaye mwiza cyane rwose,uzamubona umugabo mwiza.courage❤
@UwamahoroSafina-xu2wo
18 күн бұрын
Kuba mwiza byo yabaye mwiza
@sylvieniyo2650
15 күн бұрын
Teddy ni mwiza ahubwo yari yaricupije asengera umu adpr none dore aramwumvishije.
Mbaye uwambere nimunyihere like😊
@Mariam-tk8zn
18 күн бұрын
Wambonye❤❤❤❤
@Mariam-tk8zn
18 күн бұрын
😂😂😂❤❤❤❤ ndihano
@Loveinpower444
14 күн бұрын
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto unteze imbere ❤
Muvandi inama nakugira tuza igihe cy'Imana nigihe mbere yigihe sigihe nanyuma yigihe sigihe igihe mikigera Imana izaguha uwawe uwo nubundi sumugabo nagasekirume tuza pe
Pole sana! Iyi nkuru irababaje pe!
Pole disi IMANA iguhe umugabo muzima ufite umutima❣️
MAMAN wanjye ni Intwali yapfakaye ari muto areba abana Bose afite abona ntiyabashakana kumyaka 32 Aratwitangira 😢😢MAMAN Imana izamfashe mbikwiture 🙏🏽😭😭😭
@mukamazimpakaphilomene6074
18 күн бұрын
Igo sha Imana izagushoboze kumwitura🥰
@carinemanirambona2708
18 күн бұрын
Uzamwiture
@Mariam-tk8zn
18 күн бұрын
None wewe warumwe??? Uyu yategerezwa gushaka umwanumwe Kandi yaramureze nimukuru
@furahanyirakanyana3194
18 күн бұрын
Yakwishakiye umutera indi nda se akava mubyabagabo
@merryiyakaremye948
18 күн бұрын
Abantu sikimwe nshuti
Oooh teddy pole sana mama,nari narishimiye urugo rushya 😢none ngo byarapfuye ñukuri....narintegereje ukuri kwawe none koko nibyo😢gusa humura Imana yo mwijuru niyo itwubakira ubwo ntago yari uriya😢komeza wisenjyere kd umenye ngo abiyita abachrto siko bimeze abenshi nimbura buryo nabatekamitwe.azaza uzamumenya ko ariwe Imana yavuze❤
Pole Mama! Umugore wibana ahura n'abescrots muri ubwo buryo! Icecekere pe!
wamweretseko umucyeneye cyane umugabo sicyihutirwa madam cungasana
@Josiane38085
18 күн бұрын
Sh yarakabije pe njye narebaga ibiganiro akora nkumva numujinya uranyishe wowe umunu mwenda gushakana ariko uri kumufata nkumwana kuriruriya rwego
@geraldinekamali832
18 күн бұрын
Wazize kumweteka KO ari" IKIGIRWAMANA CYAWE" 😭
@geraldinekamali832
18 күн бұрын
Ariko noneho uzabihishe umugumanne iyooooo
@mutuyimanasandrine2389
18 күн бұрын
Umuntu wajyaga avuga ngo azajya amwoza nibirenge weeee hhhhhhh
@umurazacrementine2771
18 күн бұрын
Hhhhhhhhh. Nihatari
Umva wa mubyeyi we, shakisha mu ibyanditswe umenye Umugabo witwa Yesu Kristo hakurikijwe Ibyo Yesu Kristo yigishije n'ibyo intumwa ze zigishije kuri we.
@chany9950
18 күн бұрын
🤣🤣 none ho ubona yobifatira umwanya gasha akeneye umugabo vyihuta pe
@Josiane38085
18 күн бұрын
Ahubwo muriki kiganiro arahabonera uwundi kuko nuwambere niho yamukuye 😂
@nadegecyizere7213
18 күн бұрын
Yewe mpise nibuka pastor Theogene 😢yaravugaga ngo harigihe uyihamagare ikagucecekana.uyu muvandimwe buriya ukurikiranye wasanga ahanganye na karande, ahubwo mfite ikibazo ko azarwara Pressure bitewe nikwifuza kubaka
@graceuwisanze7387
18 күн бұрын
Inama nakugura nibushaka uguhoza ukeneye gukizwa Yesu akaguhoza akagusetsa,, naho disi nibukeneye ibyishimo kumwana wumuntu,,,rekadukomeze dutere agatebe
@emelyneumulisa8500
18 күн бұрын
@@nadegecyizere7213Uti azarwara pressure 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Yaragutuburiye si byiza kwereka umuntu ko umukeneye cyane witonde muguhitamo abantu bamaze kumenya ko ushaka umugabo cyane badakomeza kukubabaza!
Ariko mwo kabyara mwe, ko dukunda Imana yacu, koko mwafungutse amaso ko aya madini ari aya abajuru baje kubacycyura ibyo mutunze😥, mumbabarire sinirase: maze kuza mu ndege na aba aba apostles muri first class inshuro 2, n’abagore babo, nakwibaza ko aya mafranga ari ayo babakuramo mu mitsi nta handi bayakuye, batiyushye akuya, kandi bamwe mwabuze ayo kugaburira abana, ndababara ndirira mu mutima. Ndashaka kumenya abantu baba barahakuye imigisha? Reka mbabwire rero: barabonka energy zanyu mufunguke amaso bene data. Ntabwo aribo bazabazanira Imana. Njye nkiri mu idini nara struggling cyanee. Ariko nasenze Imana ntawe ndi munsi y’ibirenge ankandamiza. Kuva nava mu buretwa nkihebera Imana nta myaku y’abajuru: nahise mba neza kweri. Barabiba nimukanguke bene data. Reba ibyo barimo bakora muri za youtube!! Ariko ibifi binini biranumye kuko bizi ibanga ryo kubonka cash, naho udufi duto turi kurwana na views babicisha mu gutukana kandi ngo ni ba pastors, ariko bikoreye amakara ashyushye ku mutwe. Shalom
@bnkazoza9972
18 күн бұрын
Ukuri kwuzuye
@happinesskayitesi4220
18 күн бұрын
You're right.
Komera cyane Bambeeee Theddy Imana izaguhe umugabo nyamugabo apana ipantalo igenda ❤❤
@Loveinpower444
14 күн бұрын
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto unteze imbere ❤
Pole teddy Ariko ubutaha Uge ugira amakenga guhura numuntu bwambere amaso kumaso mugahita mupanga ubukwe. Akakubwira ni inkwano azatanga😮 ntampamvu yogufata ibyo Ubonye ngo nuko ariwe waruje bwambere. Urugo ni ikintu cyo kwitonderwa
@Indy-indatwa
18 күн бұрын
Chr abakobwa hari imyaka bageramo ubukwe aricyo kintu cyonyine yifuza ahari kuza rero ubimubwira ahita agu formata kbs hari umushuti wanjye byabayeho ahura numutype after 3months barabana after 5 months baratana so ntiwamurenganya nukuba impumyi murukundo ariko bibaho pe
@ufitabeanathalie1509
17 күн бұрын
Arko bange bitonda rwose kdi njye ndibuka mu kiganiro cyambere abantu bamugiriye inama ngo yitonde agire amakenga
@ishimwejoy149
16 күн бұрын
rata munyifashirize babyeyi
@mpinganzimacolette8302
14 күн бұрын
Ngo my school??😂😂😂😂 Cg my class??? Cyaze
Pole kabisa,gusa manza wige kwiyakira muri condición urimo niho ubushishozi buziyongera naho nugaragaza inzara nyinshi uzarya ibyo ubonye byose utashishoje. Murakoze
Ihangane Mama, yagufatanyije n,ibihe, Akina n,umutima wawe, gusa guma wizere Imana izakunezeza, gusa wibuke ko ijya yemera ko nabyo bitugeraho.
Njyewe ndumva waragize Imana pe! Ibaze kubana numuntu umeze gutyo munzu?
@MURWANASHYAKABenon
18 күн бұрын
Nabwo bari bakabanye wibeshye
@Josiane38085
14 күн бұрын
@@MURWANASHYAKABenonnawe avuze ko yagize amahirwe bipha batarabana
Umutaka ☔️ wagikirisitu urimo ibisambo og byinshyi My happy 👉🏻My school 🤣🤣🤣🤣 Uyumusi abaribyiza Ejo bika bibi said :Sabin Imana imukomeze ibyamatorero abenshyi nukubigendera kure tukizera Imana buriwese kugiticye GOD’S ON OUR SIDE🙏🙏🙏 👇
@Mumeshimanadelphine
18 күн бұрын
Sibyo Rata🤣🤣🤣🤣
@ndashimyeemmanuel7481
14 күн бұрын
Ngeraho ibiswikiri, ibirandamuke n' ibigwarudubi.!!!!! Ahwiiiiii ndasetse pe
Ihangane rwose Imana izagushumbushe ikwibagize patrick rwose.
umubyeyi yagize agahinda ajya kwiyahura kunyanja ahurirayo nundi , umwe ati ese ujegukoriki kuriyi nkombe undi ati nje kwiyahura lmana yanyimye urubyaro , undi ati nanjye nje kwiyahura kuko abana nabyaye bagiye kusaza barananiranye kubaho ntacyo bimariye , birangira bumiwe basanga hose ntamahoro yuzuye wabona barataha, none uyu nawe ati shaka umugabo niyomahoro, ntaziko harababafite benda kuzisariramo, ikiruta watuza ukiyakira ukemerera ubushake bwimana, kuko ndabona wibeshya cyane!!!
@TheBeautyHub0206
18 күн бұрын
Uri umunyabwebge
@egidedusabe6605
18 күн бұрын
Kuba harabo byanze ntibivuzeko abashaka abagabo bazareka gushaka .buri wese afite uwo lmana yamugeneye .ahubwo beshii basaga ababo bagashaka abatarababo .buri kigabo gufite iikigore cyacyo .akeshi dukora amakosa iyushatse utaruwawe nuku nabo wumva zanze nuko bihutiye gushaka gusa ariko badashatse ababo nuku birangira nyine
@umurazacrementine2771
18 күн бұрын
Nukuri gusa bisaba kushishoza kugirago ubone uwawe wanyawe
@user-ve8yj8rc3j
18 күн бұрын
@kamaberaagnes-sk7obyooooo impore bambe abo tubahuriyeho turi benshi uyu uri gusaba umugabo ntazi ibyo arimo kuvuga
@egidedusabe6605
18 күн бұрын
@kamaberaagnes-sk7ob Sha mujye mwihangana kbsa harubwo umuntu abaziko ashatse umugabo ataziko ashakatse umwana wasatani .!ubundi sobukwe satani iyaje kubasura nawe urabyumva utangira gusharirirwa .gusa komera pe
Ihangane udusore twi cyigihe tuba tuziko abantu bakuze bafite ama frw tuza ubeho yesu niwe nshuti idahemuka
@umwalijuliet3184
18 күн бұрын
😂😂😂 was akantu ko gukura necessary??? 😂😂😂😂
@DeniseKaguta-tb1ng
17 күн бұрын
Ahubwo ndabona afiturwangaro😂😂 ndeberukwangana ngwarashaka umugabo😂😂
Ninde usekejwe na "my School"
@uwitonzeadelphine732
18 күн бұрын
Sinovugira hejuru, karansekeje 🤸🤸🤸🤸
@UmuhozaDesange
18 күн бұрын
Nanjye my school iranyishye😂😂😂😂
@user-qz4vm3so8k
18 күн бұрын
Ahaaaa njye anyihereye izina Nita umuntu 😂😂😂My school
@mwubahamanajosee2479
18 күн бұрын
Nanjye karansekeje
@mwubahamanajosee2479
18 күн бұрын
@@user-qz4vm3so8knanjye nuko
Teddy yihangane ibyo yahuye nabyo bibaho mu buzima. Kandi hari igihe bibabaho kugirango Imana iigucishe mw'ishuri. Kandi Imana izamutabara imuhe umuhoza amarira yarize. Ntawagutera ibuye kuko nibenshi bibaho. Kandi nturakura cyane humura ,Kandi nusubira kongera uzagire ubushishozi ndetse cyane.
Abagabo urebye nabi bagusaza iyo ubashaka cyanee nabo baraguprofita kakahava😊
Love is our name ❤❤💎🥰🔐✨🙏 Jo twins show Family 🔥👍
Yesu aguhe umugabo mwiza.Sha Teddy shima Imana kufise umwana.naho utoronka uwundi wobaho neza.
Pole Mama Nyagasani azagushumbusha undi byose biba kugirango twige isomo komera komera
Ngwarashaka undi?😂😂😂😂 Kantere agatebe umugore arishakira umugabo nibyo bamukoze😂😂😂 banza umugabo aryoha we😂😂
@Wmnflorence
18 күн бұрын
😂😂😂😂
@Mariam-tk8zn
18 күн бұрын
😂😂😂😂😂ivyishomo vyishi nagasema
@user-eu4ck3xw4f
18 күн бұрын
ntago aryoha gusa ahubwo araryoha cyaneeee
@ingabirekellen4635
18 күн бұрын
Abagabo bubahwe kbs... kandi umugore ufite umugabo agira icyubahiro ntawamutera amabuye
@florenceuwaduhimana2726
18 күн бұрын
Ese ningombwa kuza kumushakira kumuhanda Aho wirirwa , unyura ntabagabo bahari??? Rekq haze undi mutype noneho agutware na metela uryamaho
Mwikiheba,Yesu ni muzima
Ihangane cyane peee. Imana niyo Nkuru izaguhoza .,
Ayiweee humura ahubwo shimir'Imana wamumenye mutarabana ayo madeni nayo Imana icinzira nyinshi izukwizabigenza senga cyane ubwo nubuzima bwumukristu muriyisi komera
Ariko mana ndambabaye cyaneeeeeeeeeeee 😢😢
Ndahari nanjye nkeneye umugore uri serieu. Jye mfite 45ans. Ndi single ntuye Kagugu. Nkeneye umugore nkawe ukuze,uzi icyo gukora. Erega abagore mukunda abantu bamamaye,bafite akazi keza,mukita kumikirizwe,nyamara abakijijwe nibo babi. Ikindi mukurikira amakwe,mukunda kimva ko ubukwe aribyose,nyamara wagashakana numuntu,mukabana,nubwobukwe bwarorera,ahubwo mukabana mumahoro. Kuko ubukwe sicyo gisobanuro cyurugo. Kuko burigihe gusezerana sicyo cyubaka urugo.
@Gooza-cy1pb
17 күн бұрын
Ko utatanze nimero ngo undi uhuje nawe ikibazo akwandikire
@niyigenaalice3009
17 күн бұрын
Naze twihuze kbs😂😂
@akalizainezarayce3537
16 күн бұрын
😂😂😂😂😂 akabi gasekwa nkakeza gusa!
@SifaNyirahabimana-wu4hs
16 күн бұрын
Singushyigikiye wamusorewe Nako muzehe😂😂😂😂😂
@user-mn9ew5bq2r
15 күн бұрын
Wowese ubwabakagugu warababuze. Ujekumbuga nihuzamubonera
Imana imuguhe wama
Dis yabyinnye mbere y!umuziki, pole sana ,umugabo nimali kbs
Ivyo bibaho iyo wakunze uwuvyera ampe like
Dore ahubwo wahuye n'umutekamutwe aguteza mugenzi we w'umutekamutwe akubeshya ko amufitiye ideni. Ahubwo ni umufatanyabikorwa we cg umuyoboro anyuzamo amakuru mabi yo kukubenga. Ariko nawe Teddy niba yemera kukurongora akagushyira mu rugo ubucyene ntibwatuma umubenga kandi ntukwiye no kumwishyuza kuko utamugurije ngo mukore ubukwe nawe warabushakaga cyane.
@ruturayassin392
18 күн бұрын
Yes nibyo bamutekeye umutwe kugira atazakomeza kumukurikurana amwishyuza kdi ndakeka na mama we barabigambanyeho
@assinaakabanyura9017
16 күн бұрын
Uvuze ukuri 👍
Imana ishimwe pe! Humura ubwo wageze ku isimbi Tv amafr yose wahombye, aragaruka kandi yikubye kenshi
Teddy pole rwose bibaho mubuzima kdi ngukundiye yuko utacitse intege zicyo washakaga (urugo) ndizera ntashidikanya ko uzarubona Ikibi mubuzima nugucika intege naho kuburiho byose birashoboka ISIMBITV Mwakoze kubwa Teddy.
Cyakoze ndumiwegusa, ikimbabaza nukuntu mujya gukinira kwidarapo ryigihugu ngo nukugirango mutwemeze, cyakoze umunyarwabda yaravuzati vuga uziga, 6:24
Ikintu kimbabaza urwanda rwafashije abagore ngo bamenye gukora,abagabo bahita bishyira hasi aho abagore bahoze,bagore mukore cyane abagabo mubareke humura kandi ideni rizashiramo
@christella5092
18 күн бұрын
Biriya Urwanda uvugako gwakoze nimigambi yasatani ariko mwibazango niterambere oya siterambere numugambi wasatani kuko Umugambi wImana nuko umugore yibaruka akarera Abana neza kuruha ntavyari birimwo satani ahari kugira acurike ivyImana yakoze igihe cose harikintu gihabanye nuko Bible ivuga kiba cavuye kwasatini isi iraziko umutima wurugo arumugore kandi atarugo rwiza ntamahoro ntabugingo ica ifata wamutima iwikoreza ivyo umutwe wakwikoreye ariwe mugabo niyompamvu baguma begeza umugore imbere bavumbuyeko umugore ari maboko igihumbi ashoboye kuko baraziko umugore namara kuruha harivyinshi bizokwangirika umugore nata Abana akaja mukazi vyinshi murugo bizokwangirika kandi atabana beza ntagihugu ciza kizobaho niyompamvu mubona umugore aguma ajimbere burimunsi kandi igitamgaje iyo umugore afise akazi umugabo inshingano zose acaparika uzimpamvu nukugira satani ace yongorera umugore ati nawe ufise ifaranga ja ukwawe witunge wimenye ntufise akazi???kandi mukwitunga kwumugore harimwo amabi menshi mbese kuduzwa kwabagore mwiterambere si umugambi wImana ni sistem yasatani
@lolitaimena9782
18 күн бұрын
@@christella5092😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂rekada kuki😂🎉😂😂😂😂😂😂🎉🎉utaravumbura kombona ufite ubwenge di
@JlmnVhio-ns5cg
18 күн бұрын
@christella5092 sha babivuze ukuri ko abarundi amadini yabahinduye abasazi koko ni byo,nkawe koko uri aha utubwirako Imana yavuze ko umugore atagomba gukora ngo agomba gusigara mu rugo akabyara hahh ni inde wagushutse ko ari Imana yabivuze?mu Rwanda kuva na kera umugore yarakoraga kuko yaranategekaga nta n'umwami wemererwaga gutegeka adategekanye na nyina none wowe urazana ubo bujiji bw'amadini ukabyitirira Imana.ubwose iyo utekereje usanga Imana yaribeshye mu guha ubushobozi umugore bwo gukora?iyo ibyo uvuga biba ari byo umugore uko yaremwe ntabwo aba abasha gukora ntibiba biri mu bushobozi bwe ariko kuko bimurimo ni uko Imana yabimushyizemo nyine.wowe urasinziriye kabisa va mu buyobe nta bwo satani ari we ubwira umugore ngo akore,umugore akora kuko ari ubushobozi bumurimo yaremanywe.niba muri benshi mutekereza gutyo aho iwanyu sha mwarayobye pe mukanguke.
@christella5092
18 күн бұрын
@JlmnVhio-ns5cg ndabonako utantahuye hama Uburundi ntibusumvya amadini Urwanda kandi ivyo amadini yomurwanda akora Uburundi amadini yaho ntaranabigerageza pe kandi ntibizokunda hama kubanavuzuko ndazikuhava wibazako ndinderamaboko ndumukozi nanazu ndiko ndayubaka ntuhave unyihendako ariko ubikunde uvyemere abagabo barataye inshingano zose zirikubagore nicogituma umugore arushiriza gukora imirimo myibshi ivunanye ntadini ndimwo ahondi ntanamadini ahabarizwa ubonako Uburundi umengo murabugwaye wibazako muBurundi atabagore bariyo bateyimbere??bari muma bureaux wangu bari mubuzi butandukanye kandi nihose nibihugu vyose umugore arimbere ntiwibazengo nimuRwanda gusa ariko kunyita injiji utanzi nivyo bintangaje pe murashoboye kunyita injiji ntibikuraho ivyoyumviro vyanje kandi sivyanje niko biri kandi kuba biriko birakogwa ntibivuzeko arukuri ngonuko kuvakera babikoze barakora ariko abagabo baruzuza inshingano zurugo ntamugore yubaka inzu umugabo yigaramiye ntamugore yamenya amashure yabana umugabo ahari mbega abagore barakora ariko bigereranye ariko abagabo nka 70kwijana bose ntibagikora ntibacuzuza inshingano uko bikwiye
@uhfvf1083
18 күн бұрын
@@christella5092ibyo uvuga Nukuri
Waramukundaga cyane twazsnye kumodoka akuzanyee kukwerekana iwabo
Iyo umugabo azi ko umubabaye cyane ni uko birangira. Ibi nari mbitegereje
Umuntu yavuga ngo azishakira umwana ubundi yiturize amurere ngo ni injiji ubuse uyu ntiyararumo aseka none akaba ari kurira Imana imusange kbx imurengere ,
@Liliane3
18 күн бұрын
Nawe undebere
@user-ch4js2qn2q
16 күн бұрын
Nawundebere abonye ibyo yirukira
Ndakwinginze nkorera ku ifoto❤
@mutesirose9631
16 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂
Oh pole sana sister, humura uwawe arahari kandi Imana igukomeze, gusa njyewe arananyisekereza ati pfakuba noneho ahumeka😂😂 nukuri rwose imana iguhe umugabo ugukwiriye🙏
Inama naguha mama we, va kumuhanda wirerere umwana naho kwiga ntibirangira, ntiwibwire ko nabafite imyaka 40 uri kuvuga ushaka batakwigisha, nibo bafite hight school ahubwo, ndagutegereje mubihe bizaza nutava muribyo ngo uturize Imana ikugenere.
Arko x mana kuki abakobwa bikigihe basinsiriye koko? Utaranigwa agaramye agirango abasore bubu na bantu njyewe narabahabutse peeee😂
@user-gb8vp7io9e
18 күн бұрын
Pore Sha ntibarabamenya neza noneho babarokore basigaye barutwa nabifatira agacupa cyakora abakobwa ntibahaha nabandi bumvireho
@manishimwejoseph3007
18 күн бұрын
Ntabwo Ari bose
@nsanzinezaTuyishime-lx2xx
18 күн бұрын
Arko mukobwa mwiza ntukabikore turahari turacyari fresh and clean 😎😄
@tekanezaviocheftv1949
16 күн бұрын
Uwudasinziriye ntiyubaka abazakukubesha ubawabafotoye ukabasubiza inyuma wihuse ariyompamvu beshi ububaravyara ivyabagabo bagashira umupira hasi ishishozacane ntamariyaje ugira😂😂😂😂😊
Teddy, mukobwa wa mwiza ngese ntago nagutuka cg ngo nkubwire nabi ,kuko ibyatubayeho nawe ntago wari wiyanze, ahubwo Imana iturebera twebwe aho tutareba Izagukorere ikintu cyatuma umutima waee wishima ❤
@Loveinpower444
14 күн бұрын
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto unteze imbere ❤
@UwaseRusi-bi6jl
14 күн бұрын
Muvandi ihangane peeee najye habuzegato byaribigiye kumbaho
Imana yunva gusenga kwabayo ndayisabye iguhe umugabo rata.
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto unteze imbere l❤
Ngumugabo Kokose ahubwo inama nakugira senga cyane umugabo azaza imana nibona kobikwiye banza utuze ndakwinginze mume twatunu
@nadegecyizere7213
18 күн бұрын
Yewe harigihe ugira imyaka ikwereka ko umugabo urimo kubona ko ntawe
Umuntu yarahurudutse arandika ubushize ati reka kumutaka cyane atazakuraburiza none ndebera😢 isi we!!
@kubwimanaliliane9052
18 күн бұрын
Ngo azajya amukarabya😂Sha iyi mihanda izabanika
@odettelebrun5631
18 күн бұрын
Menya . abagabo barabuze pe ugarutse urira😅😅😅
@DenyseNYINAWUMUNTU
18 күн бұрын
Bagiye bavuga make kweli 😂
@InezaNice-nf5ul
18 күн бұрын
Oya Sha mwiseka sibyiza harabantu bakunda kutifata bagashirahanze amarangamutima yabo hanze so please remember ijiru ntirisakaye😢😢😢😢
@rwandamum8323
18 күн бұрын
Ntabwo uwabyanditse yahurudutse,ninvugo mbi none se yarabeshye.ahubwo nigute umuntu abyina mbere yumuziki.tujye turinda urulimi kuko ninyama yijyenga.pole teddy.
Humura Imana izagutabara mugihe gikwiriye, ibyo bibaho mubuzima .
Ikiza nuko,ukuze,utazatekereza kujya kwa makuza naho, ubundi,ibyo bibaho cyane mujye mwihagararaho,ntimukiteshe,agaciro
Reka mbanze nseke😅😅😅😘😘😘😍😍Ntago ndi guseka Uyu mukobwa ndigusetswa nu ukuntu Uyu mujura wamutesheje agaciro We igikomere kitamuheranye🫶 ati ahubwo ngomba undi😅😅😅😅😅vuba nta ni imyaka ibiri burya koko Hari abantu batabaho nta mugabo ndabyemeye Ati sinagumana iyi myaku 😅😅😅Courage Imana irare imuguhaye😍
@Juliejulie216
18 күн бұрын
Nibyo ariko burya tujye twiyaturiraho ibyiza bizatinda buriya abone uwo bahuje icyerekezo
@dellybelinda5309
14 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂
@user-ct7lc4ix7n
14 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂
@habimanaolivier2445
14 күн бұрын
Nanjye niyo wampa na 20,0000000frw sinakwemera byonyine kuba ujya kumbugankoranyambaga. Irigishoshwe.
Bagore bakobwa muri hano mwica imanza namwe bibabayeho twavugako ntabwege mugira musege gusa utabutya abwita ubumera nomunkundo mubamo nimushishoza muzasanga muri kumwe nabatubuzi
@naomiuwamahoro4658
18 күн бұрын
Ariko yikomeza gutsimbarara kumugani! Kko byabonetse ko we icyo ashaka Ari umugabo!nashake Imana kuko abantu barahinduka!
Humura Imana yitwa ishoborabyose, izaguha uguhoza amarira
Reka nkugire inama itrii nto: Niba wikunda unakunda ubuzima n'ubugingo bwawe, ntukizere cg ngo urambirize ku muntu. Ikindi Reka kwiha rubanda wivamo nk'inofu ubwira isi yose ubuzima bwawe bwose. No one is ready to help you for really, they will break your heart again nukomeza gushakira inshuti kuri social media no kwizera abakwerekako bakijijwe cyane. Anyway, be sorry and strong for painful love story 🙏
Bawihagararako utihaye agaciro ntawukaguha😢😢😢
Iyi mihanda isigaye ishyushye kbsa. Pole saana kandi humura kuko haribyo Imana ikurinze.
@abegadarl4716
17 күн бұрын
Iranyerera 😂😂😂
Uwiteka aguhojeje amarira humura kandi uyu muruho ntuzongeta kuwibuka kuko noneho ubonye n'umugabo ufite uburyo...ugiye kuzagaruka uhamya kugira neza kw'Imana yacu❤ ntabwo Imana yakomeza kukubabaza iteka ikugiriye ibambe
Amarira ntago ashirira mubagabo madame tuza ushyire akaguru hamwe wicare usenge Imana uyitegereze 😊
Abagabo nkeka batuma umuntu asaza vuba imburagihe. Ko mbona ahise amera nkumukecuru aka kanya.😢😢😢 nzarya duke niryamire kare ninyagasambu rirarema
@umuhirwajoyeuse9457
18 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂winsetsa
@EARTH-dv2uh
18 күн бұрын
hh mbega oe se nta mugabo uziteza ngo udasaza¡
@KiraboCyimana-bl8hy
18 күн бұрын
@christinen8291 uko ni ukuri abagabo babamaramo imbaraga wana 😅😅😅😅😂jugujugu rya buri joro sha abagore barakomeye ni ibiremwa bidasanzwe
@EARTH-dv2uh
18 күн бұрын
@@KiraboCyimana-bl8hy amba ko munteye ubwoba, sinshaka gusaza vuba da¡😂🤭
@mukashyakaaesther186
17 күн бұрын
Uyu mu gore narekeraho kwishakira umugabo ubundi nta mugore ushaka umugabo umugore arashakwa na komeza ibi nubundi azahura na batekamutwe kdi nabanze ikire ibikomere byuyu muteka mutwe!! Mama Teddy tuza kbs!!
Imyaka ntikabakange ngo mwirukire ibirura mugirango ni intama sha ikiganiro cyawe umwerekana narabikemanze.pole sana maama
@igirimbabazi
16 күн бұрын
Yego rata
@ndashimyeemmanuel7481
14 күн бұрын
Buriya pressure ya société kuyicika keretse Yesu wenyine. None se ko uhura n' ababyeyi, abo muva inda imwe, inshuti bagira bati ko utarongora( rwa)??? Iyo Uzi icyo ushaka urabihorera kuko muri iyi si buri muntu ni unique ku buzima bwe.
@chantalrupfura9953
12 күн бұрын
@@ndashimyeemmanuel7481 umva sinzi icyo Abantu bapfa nokubaza ibyo,ikintu umuntu atiha ubundi nta mpamvu yo kukubaza ibintu byinshi kuko bigutera complex y'ubusa,njye bwira urubyiruko ngo bage bababaza niba hari iduka babacururizamo ngo babarangire bigurire pe😂😂😂 . Umuntu ukumva ngo ese ko wacupiye?ukibaza ni Cash zo kugura amavuta aguhaye? Ese kuki uba hariya nukuntu ari habi?hari imvugo zitera umujinya n'ukuri.
Uracyaruha wewe rwose😢😢😢gerageza wige cyane witekerezeho uhumuke!!!!
Ihangane Maman kandi Usenge Imana Ikomeze Iguhe Umutima Ukomeye, kandi rwose banza ugende gakeya Uko Usenga usaba Imana niko Izaguha Icyo Uyisaba.
Pole sana Teddy humura rwose yesu afite nubundi buryo
@RehemaAnge
18 күн бұрын
Imyumvire ye yumva ko umugabo Ari we byose kuri we
@uwababyeyiolive9607
18 күн бұрын
Oya rehema ange we siko bimeze..umuntu wese agira ikimubabaje akeneye kubaka atiyandurishije ibyo kurya byibwami. Abenshi basambana batarashaka niyo mpanvu nta pressure baba bafite kumuchristo nyawe we aaba ashaka kubikorera murugo rwera
@Loveinpower444
14 күн бұрын
Niba ukunda Isimbi Tv%, nange nkorera kwifoto🙏🏾❤️
Ngo My school yooo imbavu ziranyishe weee
Uwo mugabo yakubereye ikigeragezo ariko nibyiza kuba udaherantwe nagahinda👏👏
Izere Yesu nk,Umwami n,Umukiza wawe ibindi vy,abagabo uvyihorere batazogusaza wa muvyeyi we
Ihangane niba usenga byukuri uzasubizwa ariko nikindi gihe kirazira kubyina mbere y'umuziki
Abazakurambagiza uzabazane ku isimbi tuguhitiramo tukubwire uyu byavamo uyu hoya😂
@uwizeyeclaudine3306
17 күн бұрын
Oya se😅
@janettujada1180
14 күн бұрын
Winsetsa KD mbabaye
Humura muvandimwe. Bibaho. Ariko ntucike intege. Haracari ibihumbi birindwi birapfukamira bayali❤❤
Imana Data wa twese igukomeze. Ariko wihangane Imana irakubona kandi izi byose ninawe agaba abantu bose.
ESE ibyishimo byo mu isi ko mbona ari iby'akanya gato!!
Sha wa mwere tse ko umushaka cyanee niwowe wihemukiye kwereka umugabo ko umushaka ura suzugurwa
Pole kibondo. Ukuntu uri mwiza umutima ukeye ufite gusa.
Ooohh my Goodness, niyihangane
Impore Mama Imana izakugirireneza gusa cyiriya cyohe cyizapfe kuriya cyizapfe gihemuka iryo deni rya bank niryorimbabaje naho iriyambobo wagize imana igenda kare
@yvonneayinkamiye7130
18 күн бұрын
Cyangara kizabure amahoro gukinira oumutima wi innocent women 😊
Pole muvandi Imana ifite izindi nzira humura uzabona uwumumaro abeza barahari humura
Shima Imana ko mutabanye ,uze wihende agushuke ngo muriyunze (.......)
Hahaaaaa kirazira kuza kuvuga ibintu utarabona ko bikunze, kumbura usenge Imana abe ariyo izogutabara niyo yonyene ibona umutima w umuntu. N ubundi uzorabe n uwundi umurose yo ku deceva nk uwambere. Imana igutabare ikurengere iguhoze amarira idatanga idafatiye kumarangamutima y umuntu.
Ayiwwe 😂😂😂😂 tsetsembabaye Isimbi yagushakiye uwambere ngahonishye amaboko igushakire undi 🙌😂😂😂😂
Yoooo Imana igutabare shenge
Impore Teddy mwiza Imana izaguha umugabo wumugisha. Kndi uri mwiza❤
Nubura ubwenge Imana izakureka
@fillety7816
18 күн бұрын
Sha vuga macye iyisi ntisakaye
@uwerajanvielle7049
18 күн бұрын
@@fillety7816 oya nta mugabo wo kuri social media kuko buriya abagabo bose babonako Teddy ababaye umugabo cyane niyo mpamvu haza abatekamutwe bakamubabaza,niba amukeneye cyane nasenge niyo nzira yonyine naho ubundi hazaza noneho umubabaza kurushaho,uziko buriya nuwamushaka yazajya akora agakosa gato akamucyurira ati nubundi nakwanduruye kuri KZread waragumiwe,nshuti yanjye iyo utihaye agaciro ntawe ukaguha kbsa
@user-io4wn2xu9s
18 күн бұрын
@@uwerajanvielle7049sha biterwa harabo bihira harabo nzi knd barishimye
Gusa wabaye mwiza disi👍ariko ntuzongere kwereka umugabo ko umuhangayikiye cyaneee.tuza wowe ibyawe Imana izabyikorera
@genestekwizerimana7816
16 күн бұрын
Nukuri 👌👌👌👌.
Mwabagabo mwe muhemukira umuntu yagukunze nukuri muzobibazwa na NDIHO pe
ngo ushaka undi mugabo uzabanze ucyire igikomere uwo yaguteye Kandi nukomeza kujya wifuza umugabo cyane ntawe uzabonan ahunwo uza musabe Imana iyo itanga byozebyose izamuguha
Uzirinde kuzajya ugaragaza amarangamutima yawe cyane kuko hari igihe satani yakomeza kuyuririraho. Nsenga Imana izaguhoza amarira kdi wikwirwanirira birekere Imana.