BIGENDA BITE IYO UMUNTU APFUYE?
#DASHDASHTV #IJAMBORYAHINDURAUBUZIMA
Ushaka gusoma inyandiko zivuga kubijyanye n'ubuzima nyuma y'urupfu, washakisha ibitabo birimo nk'icyanditswe na NILS O’JACOBSON wanditse igitabo “LA VIE APRES LA MORT”(1970), E. BERTHOLET wanditse “LA REINCARNATION”(1978) ndetse na Dr RAYMOND MOODY wanditse “LA VIE APRES LA VIE”(1975). Ibyo banditse bose ahanini bijya guhura uretse ko buri mwanditsi wese agerageza gusobanura ku buryo bwe akurikije ibyo yemera n’ibyo yifuza kugaragariza abandi.
Subscribe to my KZread Channel:
/ @dashdashtv
IG: / dashim250
Facebook: / dushimimana.dashim.9
Whatsapp: +250784069299
Пікірлер: 32
Ndakwemera courage musore mwiza
Abarundi bose mukande Hano tumenyane🇧🇮🇧🇮
Ndasobanukiwe kweri!! Imana uguhe umugiaha
Ndagukunda cyane narahindutse because of you
@twagirayezuassa
Күн бұрын
❤
Thanks you brother, turagukurikirana cane🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ikikiganiro narinyitegereje♥️♥️
Dashima uzotubwire ubuzima nivyo yakoze iyo ntumwa y'imana Muhammad
Dashim ikiganiro inzuyibitabo turagikunda
Woow big up bro
Uzadusigurire kuvyerekeye ijuru kubera hariho nkabatemera ijuru koririho par exemple ABA Jéhovah bavuga ko Paradiso aringaha kwisi
Thanks bro
Thanks Dash
Ikiganiro cyiza cyane. Thanks DASH. Niba wifuza kumenya byinshi kuri..., Etc... Kanda/sura UMURAGE Initiative.
Thanks so much brother but it’s not easy to dead 💀 we are all scared about dealing 😭😭😭😭😭😭😭😭😢😢😢😢😢
Nonese iyo uzukiye mu nka cyangwa igiti Inka ikaribwa nabwo roho yawe yimukira he???
Yes musaza!! Iki kiganiro ndi kumva gifite sense!! None umuntu yapfa akabaho imyaka myinshi akazongera akaba umuntu? Ese ubwo umuntu kugaruka kuba umuntu nibiterwa Nutwo tunyabuzima tundi umuntu yarya tugatuma asigarana inanga zituvuyemo akaba ataye inda gutyo hakavuka again umwana?
Saw mugize neza kudusigurira ivyo gupfa uko bimeze.Gusa jewe nagira ndabibarize munsigurire" Indavyo"mu kirundi kuko ntaco natahuye.
nubwo ntemera ko iyo umuntu apfuye roho ye ihindukamo ibindi biremwa ariko nsanzemo ko umuntu asabwa gukora neza mugihe agihumeka kd igihe dufite nicyaka kanya..... kumugani wa Dashim ntawamenya ibyejooo
kuba twarahishwe ibizatubaho nyuma yogupfa nabyo mbona arakarengane
Dashim uzatubwire kwijambo ryahindurubuzima ku ba perezida bayoboye urwanda barimo kayibanda ndetse na habyarimana hamwe nabizimungu h e kagame we twaramwunvise. Thanks.
Bishoboke ko hari indi si umuntu ajyamo
twika rata bareke. ndakemera
Nge ibi iyo ubivuga mbambyumva neza kuko hari ibyambayeho
@Heavensmelling
2 жыл бұрын
duhe kubuhamya nawe se muvandi?
ibi uduhaye birasobanutse pee ! nanjye nayimenye nkiri muto !!!! ibi bisobanuro birarenze peee ! DASH DASH bien !!!!
None se Dashimu,ivyo utagezeho ,bijanye na roho yawe,iyo muba mugiye woba ubandanya kubishira mubikorwa?
Nonese iyo roho iyo Igiye muriyo nyamaswa nyuma igapfa byo bigenda bite? Cg iyo Igiye mugiti nyuma bakagicana bigenda bite? Ngukurikirana kenshi udufashe udushaka shakire nokuribyo murakoze
Thinks 🙏🙏,my,blo
Muraho neza nshuti? Dore iminsi mikuru iregereje!!! dukora isuku kinyamwuga iwawe murugo naho Mukorera kugiciro gitoooya fungura iyi channel yacu mubone contact zacu Twoza intebe z'imodoka na Tapis zazo Twoza intebe za salon(ubwoko bwose) Twoza Amatapi(ubwoko bwose) n'amakaro Twoza amapave, amatafari yokunkuta ndetse n'amategura (ibisenge by'amazu) Twoza Ibirahure by'amazu asanzwe n'amaremare Dutera imiti yirukana ibiheri nibinyenzi, Umuswa amasazi nubushishi, inzoka, imbeba na Marie jose (jecko) Mudusure kuri iyi channel yacu mubone contact nibikorwa byacu,,,,..
None muca muvyita gute ubuzima butazima kandi nubundi hagera igihe nanyandavyo zikuma canke bakazamura,nyabiti bakabitema?