BA BACUNGAGEREZA BAREKUWE BAMWE BARIRUKANWA||HARI ABANDI BARYAMANYE N'ABAGORORWA BAFUNGUWE BARABANA
DUKURIKIRE KURI TWITTER: / ukwezinews
TWANDIKIRE CYANGWA UDUHAMAGARE KURI 0788542538 NIBA WIFUZA KUDUHA IGITEKEREZO, KWAMAMAZA CYANGWA GUKORANA NATWE MU BUNDI BURYO
Пікірлер: 79
Yewe nange nakugira inamayo kudakomeza kuza mwitangaza makuru hato utazatanga amakuru yagutera ibibazo niba nawe ariko ubyumva nkandira kwiphoto twimenyanire ntutambuke utamfashije rwose ntacyo bitwaye❤❤❤❤❤
@habinezaolivier7273
Ай бұрын
We love you too
Pole Blandine,,Gusa nibura uvugiye bagenzi bawe kdi ntakosa wakoze kuba wasaba ko uburenganzira bwawe bwubahirizwa nubwo wakoze amakosa ntiwaceceka kdi Hari ibyangirika
Ugira ishyaka mme Blandine. Singuciye intege, ariko ijambo kurenganurwa, ategeko uvuga..mbishyizeho ? Bonne chance Blandine
Ariko nge ndumva ntacyo yavuze cyamutera ubwoba ihangane ukomere blandine ntabitarangira!
Ariko amabanga yakazi birabujijwe kuayamena umunyamakuru name arakugushamo cyane
Uyu mugore mumubwire areke gukomeza kuvuga kuri ibyo bintu ahubwo yiturize Imana izamuha akandi kazi
Gusa ntawe yakandamizaga,yooo ndabona amaze no gukura disi
Sha nimukomeze mutakambe Wenda leta izadohora
Ariko kuba hari abakundanye kugeza ubu bakaba babana sinumva ikibazo kirimo ninkuko mwarimu akunda umunyeshuri uzabaze Emmanuel Macron na Brigitte
Ubwo uri mubiki koko
Eeeeh
Ark wirengagije kumutubariza icyo we yazize?
@CharlesMatanda-lh2ge
Ай бұрын
Aba basambanye nabagororwa,kuko bahise birukanwa
@linem6641
Ай бұрын
Yohereje umugororwa amafr nho akoresheje code aho kubinyuza mu nzira nyazo zabugenewe, niba numvise neza
Urikongera ibyaha
Sha njyewe nakugira Inama kudasubira murako kazi kuko kabamaramo ubu muntu kabisa
Ariko se buriya ntiwakwitahira ugashakisha ibindi ukora ,cyane ko nawe wiyemerera ko wakoze amakosa?
mwaringegera
Mwimufunga umunwa kuko azi gupima neza amagambo akoresha . Uburyo bwiza bwo kumurinda kuzavuga ibyo Ari gukikira ni uko atakirukanwa kuko nikosa yakoze ni rito.
@ndolididier7094
Ай бұрын
Yeah 👍
Shawe nuko bakora nicyo gihembo bahemba to😂😂
@ntarejohn1843
Ай бұрын
Ubwose uvuze iki wadebe we
Rcs habamo ibintu bitaribyiza bahana bamwe nabamwe
Ikinicyo gihembo kiyireta
Ni mwiza ,ariko avugira ku ryinyo, akazi ko gahebe kuoo wageze social media mbere y umwanzuro
Njyewe numva nkurikije uburemere bw' ibyaha niba ari cyo bamushinja cyonyine bamushyiriramo imiyaga.
Guhana abakundanye ndumva atari byo.Ikindi nuko nkeka ko baba batafunze urukundo ,ahubwo mfite igitekerezo cyuko amategeko akwiye kuva mubukoroni akajya mubwenge kuko kuba umuntu yakatirwa birenze amezi 6 bidakwiye ko abuzwa kongera gukorera Leta nkaho diplome ye iba yacitse
Urambabaje wowe urimo kuza mwitangazamakuru uraraye nyiwiriwe ubaze amakuru ya Coffi cyangwa bahati nabandi batazwi nibwo uramenya ko haraho ugomba kuvugira naho utavugira
Kuvuga akarengane kawe nibyiza ntibakubeshye icyo utazakora nukigbanira igihugu cyangwa kubeshya
Ababacungagereza se ntibafite uburenganzira bwo gukundwa?
Ariko ureba nkakaraya kabanyururu peee!!!
Uyu we yemera ko yakoze iki ?
Wa mugore we iba ushaka amahoro va mwi tangazamakuru ,ceceka ikindi shaka indi mibereho nkuko abandi baturage bose babaho bagakora ibindi Nu birengaho uraza guhura na kaga witeye fubga umunywa wawe ntabwo leta ikunda ivuzivuzi uyitamaza. Uracyari mutoya ntiwabura ibindi ukora kabisa.
Ahubwo uwo batinze kumuhana,ndamuzi cyanee
@user-oz8jn8mu4v
Ай бұрын
Yakoraga ibiki? Umuziho iki?
@nkundimanafirmino7014
7 күн бұрын
Ahhhhhh
INTWARI YUMUMAMA. URWANDA RUMAZE GUTERIMBERE MUKURINDA ABANYARWANDA.
Uyu umubonye wagira ngo ni umwali w'umutima kandi ari umunnyanankota😂😂😂😂Igihugu cyarapfuye kuva hasi kugera hejuru...
@sangwalaetitia3415
28 күн бұрын
Sehene rwose 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@IgirimbabaziInnocent
12 күн бұрын
Sehene kuki uhora wihinduranya nkurunyaruvi
Iyaba waruzi neza ukuntu mwafata abandi namwe byabageraho se ibuka nawe abo waba warakandamije cga warakubise nawe ibuka izo wakubiswe wumve uko bimera sha
RCS yari yahakanye ivuga ko nta muntu ufunze none ngo barekuwe?
Wamwanawe va mwitanga,zamakuru
Ariko c Mada Koko ubu ninde wakugiriye inama yo kujya mu itangazamakuru ko hari inzira z'amategeko ziteganywa n'amategeko ubwo wumva itangazamakuru ryakumarira iki?
@philbawakweli8340
Ай бұрын
ikibi yavuze ni ikihe koko?namwe banyarwanda mujye mureka gukabya. uziko muba mushaka kugira urwanda ikuzimu?ubu se ibi ubona leta ari injiji kugirango ibimufungire? mujye mureka gutera ibwoba,urwanda ntirurenganya harenganya abameze nkawe bumvako kuvuga ibitagenda neza ari uguca inka amabere.kandi itangazamakuru sumwanzi w'igihugu ngo twumveko yahungiye kumwanzi.
Reka mujya mugira ngo abo muhemukir si abantu nkamwe? nk' umuntu nabonye mwaciye ikibuno sha!!! Koko ibyo perezida abatoza byo kubaha ikirenwa muntu! Murakora kinyeshyamba kbs!!!! Umuntu areba yakubona mu muntu ufite ubumuntu disi..kandi bigaragara kuba uzi Yesu.
1) Itegeko ry'u Rwanda ku gufunga by'agateganyo ririmo icyuho. Ushobora kurenza amezi 6 ufunze ariko urengana nyuma ubutabera bukakugira umwere, ariko ntiwemererwe gusubira mu kazi. Urumva atari akarengane gashyigikiwe n'itegeko koko? Muzi abantu bafungisha abandi babarenganya. 2) Kuba umuntu yakunda umugororwa nta cyaha kirimo kuko erega abagororwa na bo ni abantu. Nk'ubu se uri umucungagereza umuntu wawe agafungwa wareka kumugemurira? Ikibi ni ugukora amakosa y'akazi.
Komeza wojyere ibibazo mubindi uravuga iki wakwicaye ugatuza ugashaka ibyo ukora bindi ko gukora reta bikunaniye
Urukundo ntirugira umupaka , Kandi uwo muzabana mushobora guhurira ahantu benshi hanyuranye ( mu kazi, muri bus, mu kabari, mu rusengero, mu ishuri n' ahandi henshi ) Rero simbona ikibazo kirimo kuba umuntu yamenyana n' uwo bazababana bahuriye mu kazi akora , kereka iyo uwo muhuro wabo cyangwa uwo mubonano wabo ushobora kugira Aho ubangamira akazi cyangwa wica amategeko y' umwuga . Ex : * Kuba umwa Avocat yamenyana n' umu client we batagira Aho bashobora kubana ndumva nta tegeko ribihana. * Kuba muganga yamenyana n' uwiveze kuba umurwayi we bahuriye Ku bitaro simbona icyaha kirimo * Kuba umucunga gereza yamenyana n' umugororwa bakazabana afunguwe sinumva icyaha bigize igihe cyose ntanumwe muri bo wangije amategeko amugenga muri gereza. Kereka niba hari ibikorwa by' urukundo bibera muri gereza hagati yizo category zombi Ayo yo Yaba Ari amahano.
@rodriguerwaka987
Ай бұрын
Ubwo wabasha kurinda uwo musambana
@byusambarushimanagilles
Ай бұрын
@@rodriguerwaka987 Ntago Ariko navuze ko nshyigikiye ubusambanyi muri gereza usome neza wumve icyo nashatse kuvuga
@rodriguerwaka987
Ай бұрын
@@byusambarushimanagilles uko biri kose gukundana nuwo ushinzwe kurinda nikosa byanze bikunze wakisanga wakoze nandi makosa urugero naguha uzarebe prison break uzabonamo umuganga wavuraga abafugwa yisanze yatagiye kubafasha gutoroka gereza nyuma yogukundana numwe muribo, naho ibyo uvuga ngo uwo muzabana muhurira ahantu hose ntibikuraho ko mwanabana ariko mwahujwe namakosa guhanwa rero ningobwa
@Niyiturinda
Ай бұрын
@@rodriguerwaka987erega nyumany'akazi nabo ni amantu..bagira amarangamutima
None abazirika inama cg bagaca amavi ko badafungwa abandi bakazira amakosa adafatika
Pole sana Blandine! Ariko se ubwo utanze amakuru nk'aya ntibazahita bakwirukana burundu?
@uwimfurajosiane1468
Ай бұрын
Baramwirukana ka2 c
@Niyiturinda
Ай бұрын
@@uwimfurajosiane1468 nonayo mpamvu avuze nuko bamwirukanye...none aje kumena umuceri arimo ashobora......kuba nka koffi
byose bifatwa ko ari ihohoterwa rishingiye ku gitsina/Gbv na rape ibarizwamo theo, kuko aba amufiteho ububasha.
@MuhawenimanaJeannette-yq1qd
Ай бұрын
Cyakoze bibamaramo ubumuntupe wagirango sinzi ibibabaho
Hhhh
Nonese gereza n u Rwanda bitandukaniye he ??
Ahhhhhhh!!!!!!! Blandine ko waciraga abantu mumaso ubwo uwo wagiriye neza ninde ukaba waramuzize.
Arko uwo mugore yibuka 2014 ko yahagaritswe mukazi azira gusambana n'umugororwa nubwo tutamenye uburyo yagarutse mukazi .
@williamdeo2888
Ай бұрын
Noneho yikundira abagabo disi,hagize umushyir mu rugo basi
@IgirimbabaziInnocent
12 күн бұрын
😂😂❤
Ese mumbwire ko nabonye ari umubare munini wabafashwe buriya akazi kasigayeho bande????..ese u u barimo barangaja abandi?????
Ariko nakosa wakora uri mukazi urye muri rib hubwo Bose babiruka a
Ko wemera amakosa uje hano gukora iki rero??
@ndolididier7094
Ай бұрын
Aje gutakamba buriya ntayandi mahitamo kugirango arebe ko yasubira mukazi gusa niba yoroherereje cash umufungwa umufungwa akoresheje code ndumva bazamubarira ikibi cyacu ubu ubwo aje mwitangazamakuru birarangiye ntazasubizwamo ahaaa mba nihitira
Uri mwiza peee
@CharlesMatanda-lh2ge
Ай бұрын
Birirwaga basambana nabagororwa
@user-nk3ue2cs4k
Ай бұрын
@@CharlesMatanda-lh2ge it does not matter that much. It happens in USA and other countries...ntawamurebera izuba afite uburyo 😂😂😂🤣🤣🤣
@IgirimbabaziInnocent
12 күн бұрын
@@user-nk3ue2cs4kburiya shahu imfungwa zizi nokurongora sana
Urumva gusakuza mwitangazamakuru biri bugufashe iki komeza ubwejagure sha , ubwo rero wigize umuvugizu w'abandi
@ukwibishakapastor5837
Ай бұрын
None se ko bamwirukanye araramira iki ubwo nawe ukorana nabo namatiku yo muri rcs
@mugabarigirapatrice73
Ай бұрын
nshaka number yawe
@nkurunzizadiogene7240
26 күн бұрын
Arko nawe ukoresheje imvugo mbi wagirango ntiwarezwe umuntu arabwejagura koko ntakinyabubupfura ugira!