Apotre Gitwaza na Prophet Sultan ntibavuga rumwe ku nyigisho z'Ubuntu

Ойын-сауық

Пікірлер: 91

  • @itsyourtime.
    @itsyourtime. Жыл бұрын

    May the HOLY SPIRIT overflow in your life for everyone who say that we are already forgiven ( our sins). The truth must been spoken.

  • @Suzana00892
    @Suzana00892Ай бұрын

    ubutumwa bwiza butumenyeshako twabàbàriwe gusango tureke kugira ubwobà kuko ñtàmuntu utàràkoze ibyaha ahubwo igihe nikigera uzambwirenze ñkusure mumuriro kuko ushatse wàyoboka😊😊. ahubwo àmàhoro nimisha bibe kumushumba wàcu prophet Sultàn❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤nzahora nkukuñda pastor❤😅

  • @davidbyiringiro3763
    @davidbyiringiro37635 жыл бұрын

    Icyo uricyo ntigihindura ico wagizwecyo so twige bibilia cyane kurusha kuvuga ibindi

  • @ndikumanadesire5964
    @ndikumanadesire596425 күн бұрын

    Abavuga ngo twikorere ivyaha ngo nta kibazo ngo mw'ijuru tuzajayo, ni abanyabinyoma. Ariko ndumva n'ibi mukozi w'Imana uvuze harimwo udusembwa n'aho ari duke!

  • @yesuniwenziraklara833
    @yesuniwenziraklara833 Жыл бұрын

    Ariko kuko ufite umutima unangiwe utihana, wirindirije umujinya uzaba ku munsi w'uburakari, ubwo amateka y'ukuri y'Imana azahishurwa, -Rom 2 : 5 kuko Imana izītura umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze. -Rom 2 : 6

  • @gukoraamasabuneyokwisiga
    @gukoraamasabuneyokwisiga7 ай бұрын

    Amahoro nimigisha bibe kumukozi w lmana sultan eric

  • @precioushappy8302
    @precioushappy83025 жыл бұрын

    Inzira ijya mu Ijuru irafunganye. Naho inzira ni ngari ijyana abantu kurimbuka. Dushake IMANA dusomye Ibyanditswe Byera, Ijambo r'IMANA, harimo ukuri kose.

  • @kaberapatrick5605
    @kaberapatrick56053 ай бұрын

    Ahubwo Dr.gitwaza ndabona atarasobanukirwa ni yanditswe twicare twige neza bibiliya ubwayo irisobanura neza

  • @mammykwizera2406
    @mammykwizera24063 жыл бұрын

    Ndamutse ndimbutse nzize ibyaha byanjye christo yaba yarazize ubusa rwose.ikijyanye nibyaha na leta tubamo ntitwemerera kubikora ibyo prophet sultan avuga nukuri kutavangiye peee abiringira imirimo itegetswe namategeko bose nibivume

  • @atibomoises8892

    @atibomoises8892

    3 жыл бұрын

    Yesu ntabwo agitwerera ubuntu bwe! Ntan ubwo azagukiza udashaka ! Naho sultan we ni sultan nyine , baba bashaka abaclients

  • @yesuniwenziraklara833

    @yesuniwenziraklara833

    Жыл бұрын

    Umuntu aragabiza umubiri we malaya ngo yarababariwe déjà! Ese azajya mu ijuru rya nde Ko Yesu yamennye amaraso ye ngo atweze, none ugumye mu ngeso za kamere ubwo buntu Urumva warabwakiriye nubwo wabuhawe cg urihesha amahoro kandi ntayo! Harya Ananiya na Safira ntibari mu gihe cy’ubuntu?

  • @inzira_y_agakiza

    @inzira_y_agakiza

    Жыл бұрын

    Uzarimbuka ubizize pe kandi Yesu azahora ari Uwera

  • @mugambiramaurice4604
    @mugambiramaurice46045 ай бұрын

    Mbonye ko nawe ufite ibyo utarasobanukirwa kuko Ubuntu bwa Kristo nta kindi busimbuzwa. Wabyanga wabyemera Ubuntu bwa Yesu burahagije

  • @kwizeraobed9377
    @kwizeraobed93773 жыл бұрын

    11 Kuko ubuntu bw'Imana buzanira abantu bose agakiza bwabonetse, 12 butwigisha kureka kutubaha Imana n'irari ry'iby'isi, bukatwigisha kujya twirinda, dukiranuka, twubaha Imana mu gihe cya none 13 dutegereje ibyiringiro by'umugisha, ari byo kuzaboneka k'ubwiza bwa Yesu Kristo, ari we Mana yacu ikomeye n'Umukiza 14 watwitangiriye kugira ngo aducungure mu bugome bwose, kandi yuhagirire abantu kugira ngo babe ubwoko bwe bwite, bugira ishyaka ry'imirimo myiza. 15 Ujye uvuga ibyo kandi ubibahugure, ubahana nk'ufite ubutware rwose. Ntihakagire ugusuzugura. (Tito 2:11;15)

  • @thafulidjatysifa7539

    @thafulidjatysifa7539

    2 жыл бұрын

    Ni ukuri kuko ubuntu butumenyesha ko twahawe agakiza kubuntu atari imbaraga zacu,imilimo myiza yacu cg ko dushoboye kubahiriza amategeko kuko iyo ataba Yesu twese twari twarakoze ibyaha ntitwabasha gushyikira ubwiza bw'IMANA

  • @mukamanafrancoise4688
    @mukamanafrancoise46883 ай бұрын

    Ubundi ntiki cyazanye yesu simbabanzi ikindi munye mwigisha abakirisito ngusoma ijambo ijambo nyi mana ntintako kuri

  • @ruhukatv9262
    @ruhukatv9262 Жыл бұрын

    Gitwaza aho urabeshye rwose!

  • @kwizeraciciciella2063
    @kwizeraciciciella20633 жыл бұрын

    Sultan yigisha ukuri benshi ntimuzi ico yesu yakoze kumusaraba mushaka agakiza munguvu zanyu mara ngo batange ivyacumi kubera indazanyu twakijijwe kubuntu dutanga ivyubuntu tutagoberewe

  • @atibomoises8892

    @atibomoises8892

    3 жыл бұрын

    Ezekiel yeretswe amagufwa yumye agenda ahinduka etape par etape ....kugeza abaye abantu bazima ; uko niko yesu agenda ahindura umuntu gake gake , ati nzabakuramo umutima w ibuye mbashyiremo umutima woroshye ...ibyo kujya wiyicarira ngo yesu yarabirangije ....ni ukwibeshya sana , na petero ati : mpora mfa!

  • @Suzana00892

    @Suzana00892

    Ай бұрын

    ubundi niwowe wange👍👍👍👍👍

  • @gilbertdejesus7342
    @gilbertdejesus73426 ай бұрын

    Gitwaza Dr. Umugabo kugeza nubu utaramenya Ubuntu bw'Imana

  • @Suzana00892
    @Suzana00892Ай бұрын

    Gitwaza aravuga ibitaribyo kuko Imana yàtànze umwanà wayo ngo tubabarirwe ahubwo Gitwàzà afite ikibazo mumutwe àzabanze yige bibiliyà isezeràno rishyà ubone kuvuga. ñtasoni?👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎👎

  • @ancillecilla
    @ancillecilla3 жыл бұрын

    Mwebwe mwanka kw'igisha ubuntu bw'lmana kugira mubeshe abana b'lmana ngo badatanze icacumi ngo bariko umuvumo muragakizwa

  • @mukamanafrancoise4688
    @mukamanafrancoise46883 ай бұрын

    Aho murabeshe cane rwose pastel binzegenze bakubwirako ashigikiye icyaha oya peeee uvuze uko atari rwose aho umwibesheho rwose

  • @patrice1974
    @patrice1974 Жыл бұрын

    Muzambarize Apotre Gitwaza niba we atagikora icyaha ubundi nibwo muzamenya icyo inyigisho zivuga ubuntu izo arizo

  • @user-cf1um6be4z

    @user-cf1um6be4z

    2 ай бұрын

    Ntabwo akora icyaha ahubwo Akora Ibyaha Akangari😂

  • @user-cf1um6be4z

    @user-cf1um6be4z

    2 ай бұрын

    Atari ubuntu nawe Imana Yamuhana sinjya mbona abavugako yabariye amafaranga mubintu byamazahabu Ahubwo icyo nakubwira Nuko uhuje inyigisho za Gitwaza nizo zubuntu nibwo twasobanukirwa neza naho ibyo bakora byo bibiliya ivugako bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwami bw'Imana

  • @murwanashyakaaugustin
    @murwanashyakaaugustin7 ай бұрын

    Ubuntu buraduhagije nyine

  • @gilbertdejesus7342
    @gilbertdejesus73426 ай бұрын

    Idini imodoka ngari ijyana abantu mu kurimbuka😂😂😂

  • @patrice1974
    @patrice1974 Жыл бұрын

    Gukorera Imana ntabwo ari ugutanga icyacumi n'amaturo Nonese amafranga mwirirwa murwanira suko aritwe tuba twayabahaye. Satani arwanya ubutumwa bwiza kweli

  • @bamurangeelise9893
    @bamurangeelise98934 жыл бұрын

    Sultan Eric aravuga ukuri Pastors mubwire abantu umumaro wo kuba YESU yarabambwe akamena amaraso nuwuhe?

  • @benimanatheogene5311

    @benimanatheogene5311

    3 жыл бұрын

    None se dukore ibyaha kugirango ubuntu buganze

  • @Jean12252

    @Jean12252

    2 жыл бұрын

    @@benimanatheogene5311 ariko ibi mubikura he koko? Ninde wigisha ubuntu wabwiye abantu ngo bakore ibyaha koko? Ese ubundi mwe iki ibyaha kandi mubiziko ari bibi?. Nta muntu wigisha grace ndumva abwira abantu ngo mugende mwisambanire mukore ibibi byose kuko mwababariwe, gusa ikibazo kiriho nuko abatabwemera kubwa kamere mbi zabo zibatsinda iyo babwiwe ko bababariwe biyumvira ko ari ukubaha uburenganzira busesuye bwo kwigira mu ngeso mbi, ntibikabeho rwose. Erega ikigira umwana kuba yitwa uwo mu muryango runaka ni kavukire kuruta ibikorwa bye byaba ibyiza cg ibibi ariko ntamuryango ubaho wakwifuza ko abana bawo bahora mubikorwa bibi iteka ibyiza bihesha ishema umuryango.

  • @yvettenyinawumuntu2270

    @yvettenyinawumuntu2270

    5 ай бұрын

    Ariko kandi nimukora nibyaha dufite umurengezi kumana kubwa yesu tugomba kwishima ko twababariwe naho uwo uvuga ngo dukore ibyaha ubuntu busage nareke kubikora 😂😂😂ejo azambwira 😂😂ariko abantu twamanitse amaboko tukemera ko twatsinzwe rwose ko ntanicyo twakora ngo dushyireho akacu,gusa yesu ndamukunda burigihe cyose iyo nibutse impano nziza yaduhaye yubugingo buhoraho amarira yibyishimo andusha imbaraga,nkimara gusobanukirwa niribanga nahishwe imyaka myinshi nahise mbona abataramenya ubutumwa bwiza barushye,bararushye.

  • @IM-uc7kv
    @IM-uc7kv3 жыл бұрын

    Umuntu akizwa n'ubuntu, ubwo buntu nibwo buduhesha kudakora ibyaha. Mwembi muravuga ukuri, umunyabwenge ahuze izo theories zanyu zombi kandi zibe imibereho ye ya buri munsi. Amen

  • @munezeroclaude7676
    @munezeroclaude76766 жыл бұрын

    Imana yiyereka buriwese uko ibishatse ibyo wamenye nibyo yaguhaye hari nabandi yeyeretse kuko imana ntamupaka

  • @precioushappy8302
    @precioushappy83025 жыл бұрын

    Biblia Ivuga ko tudakwiriye gukomeza gukora ibyaha kugirango ubuntu bukomeze busage. Ahandi Biblia Ikavuga ko gukiranuka k'umukiranutsi kutazakubeshaho umunsi uzakora ibyo guliranirwa. Ni nk'uko( +) + (-) = (-)

  • @ayii779

    @ayii779

    5 жыл бұрын

    Precious Happy Imana ikomeze iguhaze utanze ubusobanuro bwiza

  • @atibomoises8892

    @atibomoises8892

    3 жыл бұрын

    Yego rwose gukiranuka k umukiranutsi ntikuzamubeshajo ku munsi wo gucumura kwe ezekiel 33

  • @Jean12252

    @Jean12252

    2 жыл бұрын

    Byakabateye kumenyako hariho ukundi gukiranuka kwahishuwe guheshwa no kwizera kutava mu mirimo itegetswe n'amategeko. Nibyo rwose niwiringira gukiranuka kwawe uzayatamo ariko niwiringira ugukiranuka uheshwa kudakomoka kuri wowe uzatsinda, bibiliya itsinda benshi ariko ntibabibona biyumvira ibindi. Mukomeze mukiranuke kubwibikorwa byanyu umunsi mwabonye ko ibyo ezechiel yavugaga atabeshye kuko ni ukuri kwuzuye 100% mukamenya ko yateguraga ukuza kwa Kristo waduhesheje gukiranuka kw'Imana kutari ukwacu muzabohoka. 18 "Kubaha Imana ntikuri imbere yabo." 19 Tuzi yuko ibyo amategeko avuga byose abibwira abatwarwa na yo, kugira ngo akanwa kose kazibwe, kandi abari mu isi bose batsindirwe n'urubanza imbere y'Imana, 20 kuko imbere yayo ari nta muntu uzatsindishirizwa n'imirimo itegetswe n'amategeko, kuko amategeko ari yo amenyekanisha icyaha. 21 Ariko noneho hariho gukiranuka kw'Imana kwahishuwe kudaheshwa n'amategeko, nubwo amategeko n'ibyahanuwe ari byo biguhamya, 22 ni ko gukiranuka kw'Imana abizeye bose baheshwa no kwizera Yesu Kristo ari nta tandukaniro, (Abaroma 3:18;22) IMANA IDUKUNDA CYANE IKOMEZE ITUGIRIRE NEZA.

  • @benimanatheogene5311
    @benimanatheogene53113 жыл бұрын

    My Dady nkunda ko utarya indimi

  • @n.h.m8128
    @n.h.m8128 Жыл бұрын

    Uzabimenya neza umenye igihe ukoze icyibi umutima nama wawe ukubwirako ukoze amakosa kudahita umbwirwako byarangiye

  • @mukamanafrancoise4688
    @mukamanafrancoise46883 ай бұрын

    Ntimukabe mubunzi bwogusebya abantu ahubwo ntawe mwigishe abakirisitu ngusoma ijambo ryimana ibyo urikuvuga mukonzi wi mana ngitwaza uko urikumubeshera rwose a

  • @mukamanafrancoise4688
    @mukamanafrancoise46883 ай бұрын

    Ahubwo ntamwe mwe kuyobya abakirisito mubabwinzukuri ariko munzi aho abakirisito bomuriyimisi bayobeye Salomo yasabye nteza kubera amaragamutima yabakirisito gukunda umuriribyi ntuntaka ntiba andahari ugataha

  • @gukoraamasabuneyokwisiga
    @gukoraamasabuneyokwisiga7 ай бұрын

    Twarababariwe byiteka niba usaba lmana imbabazi uzarimbuka ntakabuza

  • @ayii779
    @ayii7795 жыл бұрын

    Gitwaza ndakwemera!!!!!!

  • @MussaBorah-zn4rx
    @MussaBorah-zn4rx3 ай бұрын

    Ahubwo wowe ukwireye kwigishwa kuko mwebwe ntimuzi nibyagakiza

  • @patrice1974
    @patrice1974 Жыл бұрын

    Kuki gitwaza ashaka icyacumi kandi adakomoka kuri lewi

  • @princemugisha1073

    @princemugisha1073

    Жыл бұрын

    Harico uzumuha?

  • @lilioseuwera5795
    @lilioseuwera57953 жыл бұрын

    Ikibazo nikimwe abavuga ko badakwiriye gukora ibyaha ese bo barabireka byibuze ?

  • @yvettenyinawumuntu2270

    @yvettenyinawumuntu2270

    5 ай бұрын

    Bambarize wenda barabireka bigakunda😂😂😂icyonzi cyo😂😂

  • @r.e1178
    @r.e11786 жыл бұрын

    Agakiza ntabwo ari ukureka ibyaha,ahubwo ni ukubabarirwa ibyaha(Luka 1:77).Kandi uwakabonye ntabwo akamburwa n'ibyaha yakoze kuko imirimo myiza siyo ikamwinjizamo(Abefeso2:8).Ariko ntabwo bivuze ko uwirinda ibyaha yarakijijwe byamwambura agakiza kuko no kubyirinda ni byiza nubwo bidafite uruhare mu kubona gakiza.Kubw'ibyo ari uwaretse ibyaha yarizeye ko yababariwe, ari n'utarabiretse ariko yarizeye ko yababariwe by'iteka barangana imbere y'Imana nubwo batangana imbere y'abantu nkuko muri Yobu 35:6-8 havuga;kuko twese Imana yatubumbiye mu bugome ngo itubabarire twese(Abaroma 11:32).Twese dukeneye ubuntu gusa imbere y'Imana tutitwaje ko hari ibyaha tudakora cyangwa twaretse.

  • @manofgod1321

    @manofgod1321

    5 жыл бұрын

    Hahaha nguhaye devoir yo gusoma 1 jean chap 1 na 2 na 3 aho yohana avugako icyaha ari umwiza n uruphu . ukor icaha wese n umuja w icaha . ntabwo twababarirwa ngo tugume mu vyaha . ugomba kwihana my friend ukanabireka . utwo tu verset utanga wadukuye muri context yazo soma context woye gukura ama verses muri context kugira uzane pretexts. Wihane frere

  • @nshimirimanaarcade868

    @nshimirimanaarcade868

    4 жыл бұрын

    r .e ubwo nibwo Bubeshi burimwo gukwira isi. duharirwa ivyo twakoze apana ivyo tuzakora

  • @leonardndamiye1956

    @leonardndamiye1956

    3 жыл бұрын

    @@nshimirimanaarcade868 teahariwe ivyaha vyoooose apana ivyo twakoz gusa.kuko ntavyaha Yesu yadusigarij.

  • @Jean12252

    @Jean12252

    3 жыл бұрын

    @@nshimirimanaarcade868 haa haa ubu se warabiretse ntabyo ugikora? Nizereko iyo usenga udasaba imbabazi z'ibyaha kuko utakibikora ariko niba usenga usaba imbabazi ubwo nturakizwa nyine ukurikije uko ubivuze kuko ukora ibyaha kandi warababariwe rimwe ridasubira inyuma. Ubuntu ntibushyigikira gukora ibyaha ariko ntibunaciraho iteka uwagikoze kuko icyaha si igikorwa umuntu yiga gukora ahubwo ni ikintu kimurimo ntuzigera ubuzima budakora icyaha ukiri mur iyu mubiri, iyaba waruzi impamvu uzapfa ukabora ukazazukira kwambara undi mubiri, ariko nako ndanigizankana urabizi da( gupfa kuyu mubiri ni ingaruka z'icyaha ariko hashimwe kristo watsinze icyaha agahesha abizera kutazaheranwa n'urupfu). Ubuntu n'amahoro biva kuri kristo Yesu bibane nawe.

  • @Jean12252

    @Jean12252

    2 жыл бұрын

    @Good news of our Salvation haa haa ko uri mubihano byibyo adam yakoze mu myaka nyagateke ishize urazira iki?😂😂😂. Yewe nigihe kristo yapfiraga abari mu isi icyo gihe wowe ntiwari unariho ahubwo😂😂 Nta nubwo usobanikiwe impamvu uri kurugamba utazi igihe rwatangiriye, utazi iyo ava ntamenya niyo ajya.

  • @rebeccatushabe
    @rebeccatushabe6 жыл бұрын

    Amen amen papa ubarikiwe sana tena sana

  • @gilbertdejesus7342
    @gilbertdejesus73426 ай бұрын

    Imana ntirya icyacumi, gitwaza nabo murugo rwe nibo bakirira, gitwaza ashobora kuba aruwo muri lewi

  • @niyomuvandimweemmanuel8093

    @niyomuvandimweemmanuel8093

    3 ай бұрын

    😅😅😅

  • @frank-vy4ul
    @frank-vy4ul Жыл бұрын

    None abigishwa ba yohana cange ba yesu basengera mwidini nyabaki🤷‍♀️🤷‍♀️🤷‍♀️🤷‍♀️

  • @bellakenzo4826
    @bellakenzo48265 жыл бұрын

    Ariko i cyacumi ko mugikura mubantu babakyene kandi tukabona abakuru (aba postor ) bisegyero aribo babyungukamo gusa Mugura amamodoka meza na mazu meza Mbese ayo masegyero church mwubaka abakene bakabwirizwa gutanga icyacumi Mbese baba bazagyiramo shares murayo MAsegyero mwubaka?? Ese ibyo bya cumi mwirirwa mubwira abantu ngo batagye Bagyiye babifashishamo abana batagyira ubaha amafaranga yi shuri , abana bakiga ubujiji bugacika burundu mu Rwanda Ubwo Imana ntabwo yakwishimira icyo gikorwa?? Gyewe icya cumi cyagye kyigya kubana 2 bimpfubyi ubu baragyije kaminuza Na biblia arabivuga ngo mufashe abatishoboye ndetse na family Aba pastor naba Bishop bose mu Rwanda bagyendera mu mamodoka meza kandi ahenze ndetse bose bafite amazu meza Ariko Imana ifashe aba nyarwanda ndetse na bandi banyafurika Imana iduhumure amaso cyane Gyewe nkunda Imana nu mutima wagye wose kandi ndapfukama munzu yagye nkasenga . iyo mbishoboye gya no murusegyero kandi nkaba natagya nituro Ariko bitari icyacumi Kandi Imana isubiza gusenga kwagye mugihe kyayo kandi neza. Ese ko noneho mwagyize na ma radio ndetse na tv mwagyiye ariho mutagyira inyigisho??? Tugomba kubaka u Rwanda rwacu!!!!! Mureke kunyunyuzamo abakene udufaranga twabo babakoreye rwose Mwihane kandi muhindure mumyigishirize yiyoboka Imana . Kwigisha abantu kugarukira Imana nokureka ibyaha ni byiza pe!! Ariko muhindure kabisa Murakoze cyane

  • @niyomugabophilbert8023
    @niyomugabophilbert80233 жыл бұрын

    Ubuyobe ni iki?

  • @r.e1178
    @r.e11786 жыл бұрын

    Nabwo njye mbona abantu bari bakwiriye kubwirwa ko bababariwe by'iteka kuko niko biri: “… Ahubwo yinjijwe rimwe n’amaraso ye amaze kutubonera gucungurwa kw’Iteka.” ( Abaheburayo 9:12) Niwe waduhesheje gucungurwa ku bw’amaraso ye, ariko kubabarirwa ibicumuro byacu nk’uko ubutunzi bw’ubuntu bwayo buri! Mu murongo ufungura turahishurirwa ko Umwami Yesu yaduhesheje gucungurwa ariko kubabarirwa ibicumuro, kubw’amaraso ye. Ese ni iyihe impamvu amaraso ye yakoreshejwe kugirango tubabarirwe? Ni uko itegeko ry’umwuka rivuga ko ibihembo by’ibyaha ari urupfu ( Abaroma 6:23) Hakabaho n’irindi tegeko rituma ducungurwa ariko kubabarirwa, ari ryo kumeneka kw’amaraso. Riragira riti: "kuko ukurikije amategeko ibintu hafi ya byose byezwa n’amaraso, amaraso atavuye ntihabaho kubabarirwa ibyaha" ( Abaheburayo 9:22). Biragaragara ko gusaba imbabazi bidatuma tubabarirwa, ariko Imana ishimwe ko twababariwe binyuze mu kumeneka kw’amaraso ya Yesu. Kandi ntiyinjijwe ahera cyane n’amaraso y’ihene cyangwa n’ay'ibimasa, ahubwo yahinjijwe rimwe n’amaraso ye amaze kutubonera gucungurwa kw’iteka ( Abaheburayo 9:12). Imana ishimwe ko Yesu yatuboneye gucungurwa kw’iteka, (nk'uko twabibwiwe mu Abefeso 1:7). Gucungurwa ni kubabarirwa ibicumuro. Bityo niba gucungurwa ari ukubabarirwa urumva ko tubihuje n'umurongo tumaze gusoma bivuze ko twababariwe by’iteka. Yesu yatuboneye imbabazi ziteka, twarababariwe by’iteka. Ibi biraduhishurira ko niba twarababariwe by’iteka bivuze ko ibyaha byejo hashize, ibya none, n’ibyejo hazaza byarababariwe binyuze mukumeneka kw’amaraso ya Yesu Kristo. Kubw’ibyo ntabwo dukwiriye gusaba imbabazi kuko twarababariwe, ahubwo dukwiriye gushima Imana ko twababariwe. Imana ishimwe ko twababariwe by’iteka ryose. Rekeraho kutizera ko wababariwe maze ujye uhora ushima Imana ko yaduhaye imbabazi z’iteka.

  • @ivantune2434

    @ivantune2434

    4 жыл бұрын

    Sound powerful

  • @Sultancharis55

    @Sultancharis55

    Жыл бұрын

    ntateka nzacirwaho " Imana ishimwe ko nejejwe byiteka ryose ! ndu wera ndu muziranenge , umutagawa.

  • @imananiyonkuru4481

    @imananiyonkuru4481

    Жыл бұрын

    Mwiriwe Neza Muvandi Urambabarira Sinkuzi Ariko Reka nkubaze Ese Niba twarabariwe Byiteka Ubwo bivuzeko Ejo ninica Umuntu Cyagwa nkasambana Ntangaruka bizajyiraho Narabibabariwe Unsubize Ndakwijyinze

  • @mybabiestv4907

    @mybabiestv4907

    Жыл бұрын

    Va mubuyobe kuko nubwo ubyibwira kenshi niko urusheho gutinya ko uzarimbuka

  • @jeandedieuiradukunda3960

    @jeandedieuiradukunda3960

    Жыл бұрын

    @@imananiyonkuru4481 ingaruka zirahari kuko nusambana ushobora gutera inda cg ugatwita icyo gihe Uba ubyaye utabiteganyije cg niwica uzafatwa ufungwe izo ningaruka ariko ku Mana nta rubanza

  • @Jean12252
    @Jean122523 жыл бұрын

    Icyo nkundira abanyedini iyo bakomye kubyababuza indamu ibibazo biravuka!, muzanshakire aho itorero rya Kristo ryigeze ryigishwa gutanga 1/10 yewe n'intumwa niba hari aho zabishishikarije abo zigishaga. Ese 1/10 ko cyahabwaga Imana kuko cyagombag gutunga abatambyi kumpamvu zuko ntagakondo babaga bemerewe kugira mwe uyu munsi mukaba mubirengaho mutunze amazu n'amamodoka bihenze bite byanyu? Byo si Ijambo ry'Imana? Ubuntu ntibwemerera abantu gukora ibyaha ntibikanabeho rwose, ariko se abavugako butanahagije bo bite byanyu ko mwanga ibyaha kdi mukaba mwarabwiwe nanubu mu kibwirwa ko ari ibibi ariko mukanga mukabikora bite byanyu? Ikimenyimenyi nuko isengesho ryanyu ritangizwa no kwihana kuko muziko muri babi mudatunganye! Kuki mudashaka kwemerera m'uruhame ko muri babi ariko imitima yanyu ikabemeza ko muri babi? Ese ubundi nib Kristo atararangije byose mwumva ari iki yasigaje mugomba gukora mu mwanya we? Ari umuntu na kristo ni nde wacunguye umuntu? Gukora nabi ntawe ubyishimiye ntanubishyigikira ahubwo ni ukwibaza impamvu umuntu yanga agakora nabi kandi abizi nezako ari bibi kuburyo yanabizira. Ubuntu ni kristo kdi ufite uwo mwana niwe ufite ubugingo ntituzajyanwa mu ijuru nuko twakoze iby'ubutwali, imirimo myiza siyo gakiza, gukora neza ni ishingano z'umu kristo ariko siko gakiza, kuko nuwa byirase uko kristo yamusubije ntawe utabizi. Paul ibi yahoraga atabyumvikanaho na peter kugera naho yamuhuguriye m'uruhame kuko izindi ntumwa zumvaga ibyo paul yigisha bikazirenga kuko yahawe inshingano zo kugeza agakiza mubanyamahanga ( natwe twese abanyarwanda turimo ) abandi bakabirwanya kuko bibwiragako agakiza ari akabayuda gusa kandi bakibwirako gafite conditions zikiyahudi nyine. Ariko njya ntangara cyane iyo mbona ukuntu abantu badashima Imana Kristo wabazaniye agakiza k'ubuntu nyamara kuva cyera Imana itarababaraga nk'abana bisezerano, kugera aho twe abanyamahanga tutanamenya igihe twaherewe agakiza kubera impamvu njye mbona ifite ikindi kiyihishe inyuma, impamvu yo kutubwirako tugomba gusoma bibiliya ariko tukarindira abayidusobanurira kandi ibyanditswemo twabisomye tubyumva, kugera aho ibyo udasobanukiwe nuwakabigusobanuriye yumvako nawe atabyumva akakubwirako ukwiye kubitwara uko wabisomye.

  • @estherkabebe4307

    @estherkabebe4307

    2 жыл бұрын

    NONES MUVANDI KO IBYANDITSWE BYERA BYAHUMUTSWE N'Iman usome muri malaki 8 iyo chapter yose uziko YESU ARI UMUTAMBYI AFTER MELKESEDEKI NONE C ABRAHAM NITATANZE ICYACUMI BEFORE LOW WAS ESTABLISHED NONE C KUKI UBU WUMVAKO BATAGOMBA GUTANGA ICYACUMU

  • @Jean12252

    @Jean12252

    2 жыл бұрын

    @@estherkabebe4307 abraham umpe iyo verse ivuga uko yatanze 1/10 kuko ndumva ushobora kuba witiranya 1/10 n'ibitambo, kandi ibyahumetswe byose bifite umumaro wo kutwigisha ariko sinzi impamvu mwumvako ibyo bisobanuye kudutwara( aha nakubaza kuki hatorwamwo bimwe na bimwe ibindi bakabireka, kuki gutanga ibitambo by'amatungo byo bitagikorwa kandi ibyanditswe bibivuga, gusa hari icyo bitwigisha kuko ibyo tutazi ko byabayeho byanagorana kwemera ko Kristo koko ariwe wabaye igitambo.), ikindi nabaza ni ese koko urakiranuka kubwibikorwa byawe?, ibi mbibajije kuko nziko igisubizo umwana wumuntu ahorana ari oya kuko abaye avuze yego yabwirwa kutazongera gusenga yihana, ariko nyamara nubwo bimeze gutyo hariho gukiranuka guheshwa abizera. Muri maraki niho havuga ibya 1/10 uzasome abagihabwaga nusanga hari abafite izo conditions muri iki gihe uzambwire, kuki bashaka ko tuvuga ku bagitanga ariko ntibavuge kubagihabwa kandi byose bible ifite umurongo yabitanzeho?. Urakoze Imana iguhe umugisha

  • @andrewchegzo1598
    @andrewchegzo1598 Жыл бұрын

    Ariko ubundi mwanjiji mwe muba mwakoze inkuru zubugoryi kugirango muhondanye imitwe yabantu gusa! Maze rero injiji nkamwe ziba zarondogoyeeee! Ubundi x nigute mufata Apostle mukaza kumuhanganisha, n'umuntu utaraba na paster?? Ubwo MURASHAKA views gusa! Cyangwa muri no kubiba urwango mubantu ?? Musigeho kuyobya abantu mwabapfapfa mwe

  • @bellakenzo4826
    @bellakenzo48265 жыл бұрын

    Yego n

  • @christineineza4135
    @christineineza41355 жыл бұрын

    Urakoze cyane

  • @Suzana00892

    @Suzana00892

    Ай бұрын

    iki????🤔🤔🤔

  • @kubwayezugedeon8468
    @kubwayezugedeon84683 жыл бұрын

    None wowe Gitwaza waretse ibyaha hhhhhhh? Haricyo ukora ngo abakristo bawe bakizwe ntabuntu bwa yesu bubigizemo uruhare? Mbese ko wizereko iyo usengeye umunyabyaha abikurwaho? Amagambo yawe umuvugiraho niyo yasimbuye amaraso yamenekaga kugirango umuntu yezwe? Please Gitwaza mubwize abantu ukuri, mubasobanurire ibyimpongano yibyaha twakoze ko ari amaraso ya Yesu yamenetse rimwe gusa, tukagira ijambo kumana.ahubwo nawe burya haricyo ugomba kwiga wahishwe, Ubuntu kristo yakugiriye bukagira agaciro.

  • @ruhukatv9262

    @ruhukatv9262

    Жыл бұрын

    Nge nibwo mbyumvise, gusa yaratakaye ndetse cyane

  • @iyamuremyeeugene5755

    @iyamuremyeeugene5755

    7 ай бұрын

    Gitwaza ahamya ko Ubuntu aribwo Kristo budagagije gusa biratangaje Kandi birababaje

  • @dushimimanajenvier6672
    @dushimimanajenvier66724 жыл бұрын

    None c wowe wigisha kureka ibyaha. Hamaze kurekaka abantu banganiki kireka no kutongera hukora ibyaha. Sibongera bakabikora ? Kd nawe paster ndibaza ko kubireka byarakunaniye. Kuko ntibwakwira ntaniyegeko utabuze itegeko rimwe wica! Kand rimwe wishe uba ungana nuwishe yose! Kwizera ubuntu niyonzira imee rukumbi yo kumenya kristo! Naho ubundi amategeko nuyihambiraho azagutsinda kd kwizera ubuntu ari ntakiguzi

  • @joliejoie2010
    @joliejoie20105 жыл бұрын

    Ibyo uvuga nibyo papa nkunda!!!!

  • @ruhukatv9262

    @ruhukatv9262

    Жыл бұрын

    0

  • @mukamanafrancoise4688
    @mukamanafrancoise46883 ай бұрын

    Ahubwo ntamwe mwe kuyobya abakirisito mubabwinzukuri ariko munzi aho abakirisito bomuriyimisi bayobeye Salomo yasabye nteza kubera amaragamutima yabakirisito gukunda umuriribyi ntuntaka ntiba andahari ugataha

  • @gukoraamasabuneyokwisiga
    @gukoraamasabuneyokwisiga7 ай бұрын

    Twarababariwe byiteka niba usaba lmana imbabazi uzarimbuka ntakabuza

  • @niyomugabophilbert8023
    @niyomugabophilbert80233 жыл бұрын

    Ubuyobe ni iki?

  • @kubwimanamubaraka8125

    @kubwimanamubaraka8125

    Жыл бұрын

    You 35:5,8

  • @patrice1974
    @patrice1974 Жыл бұрын

    Kuki gitwaza ashaka icyacumi kandi adakomoka kuri lewi

Келесі