Ap. MIGNONNE Yakiriye umugabo ufite ukuri kwinshi NTAMUGABO waraye mukabari akomeze kwitwa umugabo
WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Пікірлер: 34
Couple nziza, zigisha neza. Nabikunze cyane.
Urakoze nshuti ya Yesu kubw'inama utanze. Imana ishoboze abo bose bashaka guhindukira.
Bishop twagirayezu azikwigisha cyane peee
murakoze cyane guhwitura abagabo byari ngombwa, ariko urakome urushyo ukome n'igasire, sinkeka ko muri ibi bihe amakosa atera gusenya akorwa n'abagabo gusa , icyo twabasaba n'ugukora ubushakashatsi bucukumbuye, abagore nabo ntago ari shyashya nshuti y'umusaraba , hazaze umugore ahwiture bagenzi be anagaragaze agahinda k'abagabo kagiye kuzabaturitsa umutima bo ntibakunze kuvuga, no kurira ntibabishobora akenshi gusa mwakoze n'intambwe ya mbere.
Nukuri ibi bintu ni byiza ariko byasa neza birushaho mugiyr munatumira za couple zidasa neza ku jisho mbese barya tworoheje ubona nyine nabyo .....Murakoze
Wauuu Pastor mwiza uvugisha ukuri
Pastor Patrick ndamuzi agira ukuri kwinshi cyane
Mwige urukundo ibindi ni imyemerere kdi ni myinshi kdi buri wese imyemerere ye niyo yukuri...ariko byose bizashira hasigare urukundo! Imana ni urukundo
What a wise gentleman! Whats his name?
Uwiteka aguhe umugisha utagabanije my lovely Pastor
I like this man. He makes strong statements. He must be enlightened....
Apotre wacu ufite impano nzizapee utuzanura abantu beza b'Imana mbega byizaweee❤
Urinfura cyanee wa mugabowe
Yoooo ndafashijwe mbega umugabo w`Imana
Ndakwemera mushumba wange,uruwagaciro kubuzima bwanshe
Uyu mugabo aravuga ukuri rwose,kuraza icyubahiro cyo kwitwa umugabo hanze yurugo ntibikwiye.
Ntiwumva umugabo nya mugabo uwiteka agukomereze amaboko
Inyigisho nziza. Murakoze
Kubahana no kugendera muri gahunda Imana ifitiye umuryañgo nibyo byagabanya divorce. Nituvuga rights twibukeko hari abava mungo zabo baramira ubuzima bwabo rwose Aho let us not condemn anybody.
Umusinzi wumugore nishyano cyane rwose
Ndafashijwe❤❤❤
Waouh ,thank you for sharing
Imana iguhe umugisha😊
Tell them just may be one man selp in bar will hear you
Family is an incubator of humanity. It's impeccable.
Nubwambere numvise umwigisha ugaragaza icyorezo feminism yazanye mu muco no mubuzima bw’umuryango! Wow! Rwose ibi bintu nibyiza! Mwene aba bantu Televisiyo Rwanda ijy’ibayumira badufashe twubake imiryango!
Ivyo birayi barabitanga??? Wapiiii Ntavyo batanga bayaha abahabara mugenzi
Tubwire uko uyu mu pastor yitwa reka kumwita umugabo uvugisha ukuri. Tubwire uko yitwa please.
Mwaguye mumwobo abanyama dini bagiye kubarimvukana, Babuloni
Irindi vuriro nukuri
Harabagabobakizwawe?mukomeze mutubure
@priscaayinkamiye9669
5 ай бұрын
Abagabo barahari bakizwa pe. Nkuko yabivuze, abahuye na Yesu bakamwemerera kubabera Miami n'umukiza niwe utanga imbaraga zitsinda kamere.
@mukamurenziesperance4663
5 ай бұрын
😂😂😂
Vugikinyarwanda urakizi