Antoine RUTAYISIRE: Ibintu bituma Amasezerano Imana yagusezeranyije iyasohoza| Imana y'Amasezerano
Ойын-сауық
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Пікірлер: 34
from Canada 🇨🇦ukunda uyu mubyeyi nampe like please
@kobwayirejuliene124
2 жыл бұрын
Ko nabuze uko nkugira koko amen amen amen ndujujwe.nkomeza Yesu weee
@iamaftergodsownheart...6314
2 жыл бұрын
Nanjye urumuturanyi 👉🇨🇦.. Imana ibahe imigisha Kandi nkunda Pastor Antoine Rutayisire aranyubaka Kandi nkunda ukuntu aciye bugufi ..Imana ikomeze imukoreshe imwongerere imigisha nimbaraga zo gukora imirimo myiza yamushinze...Shalom ☮️💜🦅
@jeanmariendihokubwayo6410
2 жыл бұрын
Sha mwese mumukunda Jew natanguy kuko ariko arandema akanyubaka ubu ndi ntayegayezwa lmana imwitungire!!!
From United kingdom turagukunda kandi turagusengera uburinzi na mavuta mumirimo y'Imana kandi uradufasha cyane gukura in Spirit!!!♥️♥️♥️♥️🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Amen,Pastor ndagukunda Imana izaguhe ijuru niryo ngusabiea buri munsi,nakwigiyeho byinshii kdi wankundisjine Yesu cyaneee uramuvuga nkanezerwa.
Haleruya inkuru za rusi ndazikunda cyane.uwiteka abahe umujuisha.j
Nukuti mukozi w,Imana uvyara beshinmumwuka wera,Imanikuduhere kashi natwe aborotuzoshikirw kumpande zose
Uyu mugabo ayonowe numwuka wera pe zaburi nshya Imana ibakomereze amaboko
Nizeyeko imisozi yarembere yanje kwihomvotse mw-izina rya yesu!
Uwiteka ahindure imisozi yose indi imbere ibibaya mw'izina rya Yesu🙏🙏
Nanjye imisozi yose indimbere IMANA iyihindure ibibaya mwizina ryayesu kristo.
Ndagumunda Pastor kubyumwuka wera ukuvugiramo. Yesu azasohoze amasezerNo yose yagusezeraniye
Imana ikumpere umugisha pastor
Imana.igufashe.wigisha.neza.cane
Amen amen iryo ja bo nange ndarikunze
Alleluiau uli infura .
Imana ishimweee
Amen amen 🙏🏽 Witeka ajyaguha umugisha wangiriye umumaro mubuyo bwumwuka!!
@christineserugomb8210
3 жыл бұрын
*muburyo bwumwuka
@kobwayirejuliene124
2 жыл бұрын
Nzakugire nte Papa uzahemberwa abo wahemburiye kururubuga.Uwiteka aguhaze uburame.nanjye umfashe unsabire ntere intambwe mukirenge cyawe.amen
@jeanmariendihokubwayo6410
2 жыл бұрын
From Emirates united Arabs Jew ndi ahantu badasenga NGO bizere Christo nza ntora phone ngatora Bible na carnet nkiga kubwiyi mfura nzima twiherew n'Uwiteka!! Imana imuhaze ivyiza!!!
Amen Amen Amen 🙏
@kobwayirejuliene124
2 жыл бұрын
Igitekerezo:nkuko dorone ijya mukirere ikabuza abantu kwegerana ngo batandura corona.nawe ubu butumwa bazabuhe dorone ibutange hose mugihugu hose kuko dufite nyinshi mwijuru hanezerewe pe nanjye ndanezerewe
Twaragukunda
Amen
🙏
Uko nukuri abantu bashaka kubona umujyisha batajyendera mumuhanda wumujyisha.
Imisozi yose irimbere yanje uyikureho Mana
Pastor,inyigisho zawe ziratwubaka
Gukinga igipangu, na magufuri hejuru ugashiraho amacupa biransekeje pe
Ibyo ni ukuri kose.
plse can i have his contact . thx
mumasezerano Imana yare yaremye umuntu aziko azabaho, kandi imukunda . Ahubwo isano cacu ni Mana iracyahari, icyaha niki ? Icyaha nukwica amatejyeko Y'mana. Yesaya 8-20 Imana iravuga it tubanze gushaka ubwami bwayo niho ibindi tuzabyojyererwa . Ahubwo twarihanwe niba twarihanwe ibyaha bikorwa nabande? Bible tuyitwara uko iri cyagwe se turayicurika, tujyera ikirejye mucya Yesu ni Ntumwaze . Cyagwase tukijyera mucya aba Pastoro . Wijyeze ubuna Yesu ahemba intumwa. YUDA wajyaga ayiba mwabonye iherezorye , ubwami bwi Mana buri hafi do you not west a time Jusus is came soon. Open you eays . Thanks