Antoine RUTAYISIRE arabihishuye: Ukuri ku cyacumi n'Amaturo | Abapasteur barababeshya | Si itegeko
Ойын-сауық
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Пікірлер: 76
Murakoze mushyumba kubw’inyigisho nziza, ariko hari ubwo tugira confusion kuko bibiliya ivuga yuko icyacumi cyari icyabalewi kuko niwo mugabane Imana yabaraze kuko nta yindi gakondo bahawe usibye kuba abatambyi. Ikibazo mfite nuko abiyita abatambyi ubu usanga abenshi bafite business bakora hanze kandi zifatika ubwo se yaba akiri umutambyi ? Icyo gihe icyacumi kizaba kidakora inshingano yacyo nkuko biri mu Bibiliya.
Murakoze kutugezaho inyigisho Imana ibakomereze amaboko.
Ukuri kutavanze. Urakoze Pasteur uhoraho abandanye kuguha umugisha.
Yesu Mwami wacu, ibyo dutunze natwe abwacu ni iby'ibyawe mucunguzi. Udushoboze kudutura kuko ni wowe udutunze. Umukozi w' Imana arakoze
N'ubundi jye sinyuzwe pe! Ikibazo mfite ni uko ahenshi abakira ayo maturo n'ibya cumi batanyuranye cyane na bene Eli. Ku buryo bigoye kunyumvisha ko iyo mbashyikirije ibyo "byera" koko mba mbihaye Imana. Ku bwanjye mbishoboye hari n'amadini narinda amafaranga kugira ngo amahoro ahinde. Umushumba Rutayisire ndamwemera ariko reka ndindire inyigisho zikurikiyeho. Jye numva amaturo uyu munsi tuvugishije ukuri tukabwira abantu ko ari imisanzu yo kubaka itorero byarushaho kumvikana. Na ho ahenshi rwose amaturo yubaka ubwami bw'abayakira ntiyubaka ubw'Imana.
Rv Pasteur Antoine Dukunda cyane abigisha ukuri ninyangamugayo aritonda nimfuru no urugero rwiza abandi ba Pasteur bakwiye kwihiraho.
Mushumba murakoze kuko uyumunsi nibwo nsobanukiwe byuzuye kandi kuva uyumunsi sinzongera gutura nkutura umuntu ahubwo nzajya ntura ntura Umwami wajye,Imana ibahe umugisha
Pasteur Antoine avuze amagambo yubaka rwose ariko Hari abigize abami mu cyimbo cya kristo , imbere y' uwo mwami uzadufashe gusesengura aho ariho mu by' ukuri!
Turagomba ikiganiro cakurikiye iki.Imana ibahe umugisha mushumba w' Umwami abasubirize aho mwakuye.
Icyo dukuyemo ni ishingiro ryo gutanga amaturo n'icya cumi ! Imana izamfashe kumva ibizakurikira! Amen.
Umunsi nagarutse mu Rwanda uru nirwo rusengero nifuza kujyamwo👌
Imana ni umwami cyane
Icyo n’ibagiwe cyingenzi n’umunyabwenge, inyigisho ze 👌 . Iyi nyigisho atanze yerekeye icyacumi ikuyeho urujijo kuri benshi nanjye ndimwo.
Mukoze cyane pastor
Yesu aguhe umugisha pst
Good teaching, murakoze cyane, twari tubikeneye. Blessing to our Pastor
Amena Pasteur
Pastor ntabwo abashije kugaragaza ihuriro n'itandukaniro ku isezerano rya kera n'irishya Tekereza biramutse bibaye ngombwa ko umuntu akwiriye kuza imbere y'Imana aruko hari icyo uzanye byarangira abenshi bahacitse. Gutanga ibifasha amadini abantu babarizwa mo ndabyemera ariko muby'ukuri icyacumi n'amaturo ntibikiri itegeko kuko bibaye ariko bimeze Pastor yadusobanurira impamvu asiga inyuma kweza isabato mu mirimo itegetswe n'amategeko yari imbere.
Amen mukoziwi mana yesu agukomeze
Imana ibahe umugisha kukonanjye ndasobanukiwe
Uri umugisha pastor!
Ivujyisha ukuri nkagukunda
Thank you Pastor. You talked of Jesus fulfilling the law. Kindly talk about the sabbath. We who pray on Sunday, aren't we breaking the law of " remember the sabbath and observe it. Commandment 3. Thank
@nsabimanajeanbosco9417
2 жыл бұрын
Sabbath se ni ryari?
@godiseverything9763
2 жыл бұрын
Jesus himself is the sabbath. It’s now about observing all the 613 laws of Moses, it is about loving God (hating sins). The laws are already written in our heart. Even before the gospel arrived in our country, killing, stealing, insulting people,… were condemned. And remember that we are saved by grace.
Imana iguhe umugisha pastor
Ndagukunda mubyeyi
Mwampa imirongo ivuga mu gutanga icya cumi God bless you
@evboazyofficial4424
3 жыл бұрын
Malake 3:10
Ikigisho kiza pastor! Ndafashijwe
Uyu niwe wenyine nemera mu pasteur bose baba mu Rwanda, ni inyangamugayo ,acabugufi, 👌 ntabwo yigwizaho imitungo nkabandi ba pasteur,
God bless you
I like him so much
Haleluya
Yesu ni Umwami n'Umukiza wanjye naremeye ngo anyiyoborere
yooo , karibu mushingantahe antoine kayisire , ndaku respekta caane kubera umwuka wimana
Mushumba Wacu, Imana Ikomeze Ibashigikire, Turabakunda cyane
Shalom. Nyakwubahwa Docteur Rutayisire, ndumva mwarakoze recherches zikomeye kuri Bible, ariko murasubiramwo mukore recherches zisumba ngaho. Umwami Yesu Kristo abahezagire.
amen amen
Amen
God bless you Man of God, offering is like the obligation
Amen!Pastor iki kibwiriza ni kiza ,gusa muzadusobanurire neza kubara 1/10kuko turacyubaha cyane bijya bigorana cyane ex:umuntu ufite ideni rya banque
@zackmuhire7370
3 жыл бұрын
Mu gihe Pastor atarasubiza, reka ngusangize ibi. Ubundi mu gutanga icyacumi, tubikora tuzi ko Imana idusukaho umugisha, ngo ndetse tukabura aho tuwukwiza (Malaki 3:10). None se Imana igusutseho umugisha ubura aho ukwiza, wananirwa kwishyura uwo mwenda? Rero, kubara icya cumi ntidukwiye kubikora twibaza ngo ndasigarana iki, kuko aho tuba dushaka kwirwanirira mu bushobozi bwacu, nyamara Imana yarashyizeho icyacumi ngo ibone uko idutabara. Imana ni Imana igendera ku mahame yayo, ntabwo ipfa kwivanga mu buzima bwawe utayitumiye. Ariko iyo uyitumiye nk'uko, ukayishyira imbere muri byose n'umutima uyizeye, iza mu byawe ikabikemura mu buryo nawe utangara!
@mukamugemaflorence7664
3 жыл бұрын
ntabwo usobanuye icyo abajije arko nange bashaka kumva ufite credit wahembwaga 300k ugasigara uhembwa 150k
@mukamugemaflorence7664
3 жыл бұрын
@@zackmuhire7370 Mbwira wumva umuntu yatanga icyacumi kuyahe , pls tel mi
mbaye uwambere hano
Igitambo gikuru n'umutima umenetse widucacanya
Yegope
Nashaka mumbwire abapasteur nabo Batanga icicumi
Aruwatuye umutima nuwatuye imitungo yesu yashimye nde?
Ubwo uko nshobojwe ndagitanga pe ariko impungenge nuko naba ntanga ikidashyitse ,nkacyita 1/10 ataricyo🙏
@nkundaodette8050
3 жыл бұрын
😄😄😄😄😃😃😃😀 ubundi abenshi batanga icacumi kidakwiye bibwira ngo kirashitse
Ariko ntiwatandukanije ikigiracumi n'ishikanwa.Ico nemera ntakuza mu ngoro y"Imana iminwe misa.Ariko ikigira cumi nibazako kitari mumategeko.None kugenyerwa ou circoncision ko mutavyigisha ?kandi navyo vyari muri loi de Moïse.umuntu akwiye gutanga bivuye mu mutima uko arongowe na mpwemu.
@zackmuhire7370
3 жыл бұрын
Umwuka Wera atuyobora binyuze mu Ijambo ry'Imana. Mu Migani 3:5 haravuga ngo we kwishingikiriza ku buhanga bwawe. Rero, niba udafite ubumenyi bw'Ijambo ry'Imana, ibiri mu mutima wawe bizakuyobora mu zindi nzira bitewe n'ibyuzuye muri wo.
Iki cyigisho kinteye kwibaza ibi bibazo: 1) ltandukaniro hagati y'isezerano rya kera (amategeko, ubuhanuzi, n'imihango n'ubutambyi byashushanyaga Kristo) n'irishya tubonamo ugusohora kwabyo. 2) Ese Imana yacu tuyisanga muri izi nsengero zubatswe n'amaboko y'abantu nk'uko byari kera mu isezerano rya kera? Dufite ikibazo cyo kutamenya gutandukanya aya masezerano bigatuma n'abatambyi bishushanya n'aba Kera bikagendana n'imihango byagendanaga tukiyibagiza ko byarangiye ubwo hahishurwaga nyirabyo ariwe Kristo Yesu muzasome neza igitabo cy'abahebulayo kirabisobanura neza. Murakoze!
@eliassegese8567
3 жыл бұрын
Ariko none ko mwi sezerano risha, kuva Mathayo ugashitsa mu vyahishuriwe Yohana , kwa ta nahamwe ijambo ikigira cumi kivugwa.
Ikinyoma cyidini.
Nibarize niba mubinyemereye: Icyacumi ni rimwe mu mwaka cg niburi kwezi? Murakoze
@alicenyirabera9876
3 жыл бұрын
Uko wungutse utanga icyacumi
Ese icyacumi nikimwe kuki mudatanga byose??
Mw'isezerano rishasha ntacacumi kibaho
Ko utadusomeye mu baroma 8kuvakumurongo 1kugeza 31
Prioritizing tasks: - Helping needy people - Delivering offering at church Referring to the Word of God, what comes first?
@danieltaremwa8583
2 жыл бұрын
Helping the needy comes first for that is the religion of Heaven.
Ikigiracumi iyumuntu agitanze mugikoresha iki? Ndifuza kubimenya icogikora murakoze
None ho ikindi bamwe tudasobanukirwa neza ugasanga ufite nirindi deni yenda ujya ku kazi uteze ,ubundi ugasanga waranikopesheje rimwe na rimwe ugasigara muri mainazi?
Ariko icyacumi rwose kuri mumategeko y'abanya Israel ntago itorero bitureba peee
Ese umuntu ubarizwa mu itorero rifite ubushobozi ashobora guhitamo kujya yohereza icyacumi mu itorero ritari irye mu rwego rwo gushyigikira umurimo w'Imana mu matorero akennye??
Icacumi ni obligation spirituelle, ntabwo wabitahura uri mumubiri, kuko mumubiri uc'ubibara kwa Pastor ngo arakirya. Tube maso beneDa inyigisho z'ubu c'est du paradoxe, ni musenge muyoborwe n'Umwuka wera, sinon vous serez traqué à mort. À bon entendeur, salut!!
Icyacumi ningenzi ngewe ndagitanga
None ga Sha pasteur Niba usengera abarwaye??? Ni kuki utobwira abo ba docteurs boooose baraho i Kigali basohoke hanze bave mu bitaro Hama nawe winjire usengere abarwaye booose harimwo na barwaye ba covid-19 Bakire atamiti bafashe
Amen
Amen
Amen
Amen